Pasiteri ati ibyo muvuze simbyumvise neza musubiremo.// Noneho pasiteri byamucanze
Вставка
- Опубліковано 3 тра 2022
- #Subscribe_now #Like_and_Share #Dawa_Rwanda_Tv
Dawa Rwanda Tv ni urubuga rucaho inyigisho zitandukanye z'idini zigamije gufasha abaislam kurushaho gusobanukirwa Idini yabo ndetse n'abandi batari abaislam bibafasha kumenya no gusobanukirwa ko Ubuislam ari idini y'ukuri.
Ni kubwiyo mpamvu Dawa Rwanda TV isaba buri wese wifuzako izinyigisho zakomeza gukorwa ndetse no gusakarizwa abantu ko buri muntu yabigiramo uruhare atera inkunga murwego rwogushyigikira iyu murimo.
Ushobora gufasha unyuze kuri Mobile Money +250 788682703
Airte Money +250 738 278 248
cyangwa muri
GT Bank Kigali Account 222/241578/4/5106/0
Swift code GTBIRWRK.
KCB Account 4490796536 Kigali Rwanda
Ukaba nawe ukoze ivugabutumwa kandi uzaba uteye inkunga Dawa Rwanda TV.
Yesu Kristo abababarire kuko mutazi ibyo mukina nabyo
Na paster yabyzucyavyga ubwo nkawe uravugiki
Uwomugabutumw yubahwe kabis
Ya Allahuuu uzufashe umuryangoo wanjee wemere kwinjiraa idini rya isilamu 🤲🤲🙏
Inshaallah nanjye ndabyifuza
@@Mariam-ev8ei ishallaa bizokunda bazemeraa
Amiina
@@khadijaty7148 Allah yakire idua yawe
Insha Allah Allahum Amiin
Vyukur abapasteur baraduhenze pe!yesu nintumwa yimana naw yarabyivugiy
Mashallah Allah Akbar
Ariko mwabafarisayo mwandyaryame ko yesu yavugaga ubutumwa bwubwami bw Imana bwokwihana ibyaha mwebwe ubutumwa muvuga nubwo gukiza abantu iki
Sha nkamwe mbambona muri nkabasazi mubona nkibyo haribyo byageza kugihugu koko aho mutagashatse ikibateza imbere murimo murajya impaka mumafuti
Abavuga ngo mwami mwami sibo bazinjira muri ubwo bwami keretse abakora ibyo yesu kiristo ashaka
Nimujya gusoma ibyanditswe ntimukajye musoma umurongo umwe mujye musoma igice cyose musobanukirwe
Ahubwo iyomirongo barigusoma ntinahuye nivyanditse muri bibeln yukuri vrt. Jewe navyirebeye barasoma nkaraba ko bihuye nsanga ahubwo bidahuye ibindi biri kuyindi mirongo atariyo bavuze
Amen bavugishe ukuri
Nitafiya kwa Jil ya Lahillah ilallah Muhammad ya Allah soon Allah 🙏
Bismillah!
Mashallah 💞 ya Allah ujye utworoherez
Mashaa Allah Allah anjye abatera Inkunga
MAnsha Allah ,murakoze kutwigisha
Ma nsha Allah 💕
Ark abatabizi bicwa nokutabimenya Koko !!!,yesu yaradupfiriye icyampa mukabimenya
Hhhhhhhh😂 ufite ikibazo
Manshaallah hadi raha Allah abakomeze mumurimo we
Muzatumire pst antuanne Rutayisire
😍😍😍😍mashallaa
Imana.. Ibahe.. I. Igisha... From.. Juba
S w w ,mbega inyigisho zishimishije ,mwarakoze gufungura iyi cano
Man shaa allah
Wp muri kwigisha ijambo ry, Imana nabi muri gusoma ibice Kandi Imana ibabarire pee!
Niba ukunda IMANA nkandira kuriyi foto
SubahnAllah
Muzahamagare Rutayisire cyangwa Zigirinshuti
Ntibatinyuka,nabo bashaka utazi kuvuga nogusobanura,birambabaje,nkozwe nisoni nagahinda
😂😂😂😂😂😂
Ntipopima kuko bose botaha babaye aba kristo n sheikh arimwo
Yemwe musoma nabi, ntago musoma ibyanditse nkuko byanditse. Mureke kuyobya abantu
Allah Akbar! Allah Akbar! Allah Akbar
Ese ubwo mugamije iki koko? mwahindukiye mukacyira Kristo nkumwami n'umukiza mubuzima bwanyu mukareka imikino 🤔🤔
Niba mwiyizeye muzatumire pastor Uwambajimana Emmanuel
Muzabanze Mwigishe Asiya wimasaka areke ubugome agira nahinduka nzamenya ko musenga Imana yukuri
Ikibazo abisilamu mufite muvuga ibintu kumunwa gusa ariko bidafite imbaraga mumitima yanyu
Umutima uzwi Nanyagasani
Twanze ibyo muvuga twarabamenye nuko mwaje arik muzaseba
Nimubigishe
Tutazobura kugaragarizwa imbere y'intebe y'amateka ya Kristo,kugirango Umuntu wese nivyo yakoze...
Allahu akbar
Ivy sivy kbx
Itonde sha alah wabaisiramu siwe Mana waba kirisito
Inyishu nkiyi: Matayo 28:16-20 Yesu kristo atuma abigishwa biwe kwigisha no gukora ibikorwa!
Yesu aracyakora kd muzakorw a nisoni kuko murakora ibitandukanye nubushake bwimana
kuburana n'abantu vadafite umwuka biragatsindwa
Wahora niki urandebera 🤔, gusa barababajepe
Ese uwo mwuka muhora muvug ninde ukiri muzima utawufite
Ariko ko mudakoresha kowani yanyu mugakoresha Bibiliya kandi rwose murashaka kwemeza abantu Ariko Imana izarengera intore zayo ariko ntibishoboka ko muyobya intore zayo.
Mw ibeshya abantu yavugaga abadakiranuka
Nibyo
Abaroma 8 :14 Twebwe turongorwa na Mpwemu Yera ni we mwigisha wiwe!
Igitabo cya mwene siraki gishakirwahe muri bibiliya?
Murakoze.
Uyuntago Aripasterpe, irambika ijambohasi!!!!
Ndasuhuza shekh ahimed kampara
Eregatwese, sikotuzarijyamo, sheh, we urumukomedie kabisa
Waaaauuuu❤💌🇧🇮
O Allah, send prayers upon Muhammad, Your servant and Messenger, the unlettered Prophet, and send prayers upon the family of Muhammad and his wives and progeny, just as You have sent prayers upon Ibrahim and upon the family of Ibrahim; and bless Muhammad the unlettered Prophet and the family of Muhammad and his wives and progeny, just as you have blessed Ibrahim and the family of Ibrahim in all the worlds, verily You are the Praiseworthy, the Glorious
Pp
Mwa Bayisiramu mwe mumenye ko ibyanyu Yesu muvuga mugoreka Inzira ye agiye kubishyira ahagaragara .
90 Verses says: Jesus is not God
Compiled by Adenino Otari
All four Gospels record Jesus as saying, “Blessed are the peace-makers; they will be called sons of God.”
The word ‘son’ cannot be accepted literally because in the Bible, God apparently addresses many of his chosen servants as ‘son’ and ‘sons.’ The Hebrews believed God is One, and had neither wife nor children in any literal sense. Therefore, it is obvious the expression ‘son of God’ merely meant ‘Servant of God’; one who, because of faithful service, was close and dear to God as a son is to his father.
Christians who came from a Greek or Roman background, later misused this term. In their heritage, ‘son of God’ signified an incarnation of a god or someone born of a physical union between male and female gods. This can be seen in Acts 14: 11-13, where we read that when Paul and Barnabas preached in a city of Turkey, pagans claimed they were gods incarnate. They called Barnabas the Roman god Zeus, and Paul the Roman god Hermes.
Furthermore, the New Testament Greek word translated as ‘son’ are ‘pias’ and ‘paida’ which mean ‘servant,’ or ‘son in the sense of servant.’ These are translated to ‘son’ in reference to Jesus and ‘servant’ in reference to all others in some translations of the Bible. So, consistent with other verses, Jesus was merely saying that he is God’s servant.
Additional problems with Trinity
To a christian, God had to take human form to understand temptation and human suffering, but the concept is not based on any clear words of Jesus. In contrast, God does not need to be tempted and suffer in order to be able to understand and forgive man’s sins, for He is the all knowing Creator of man. This is expressed in the verse:
‘And the Lord said: ‘I have surely seen the affliction of My people that are in Egypt, and I have heard their cry because of their taskmasters; for I know their pains.’ (Exodus 3:7)
God forgave sin before Jesus’ appearance, and He continues to forgive without any assistance. When a believer sins, he may come before God in sincere repentance to receive forgiveness. Indeed, the offer to humble oneself before God and be saved is made to all humankind.
‘And there is no God else beside Me; a just God and a Savior; there is none beside Me. Look to Me, and be saved, all the ends of the earth; for I am God, and there is none else.’ (Isaiah 45:21-22, Jonah 3:5-10)
Biblically, people can receive forgiveness of sins through sincere repentance sought directly from God. This is true at all times and in all places. There has never been a need for the so-called inter cessionary role Jesus plays in attaining atonement. The facts speak for themselves. There is no truth to the Christian belief that Jesus died for our sins and salvation is only through Jesus. What about the salvation of people before Jesus? Jesus’ death brings neither atonement from sin, nor is it in any way a fulfillment of biblical prophecy.
Christians claim that in the birth of Jesus, there occurred the miracle of the incarnation of God in the form of a human being. To say that God became truly a human being invites a number of questions. Let us ask the following about the man-God Jesus. What happened to his foreskin after his circumcision (Luke 2:21)?
Did it ascend to heaven, or did it decompose as with any human piece of flesh? During his lifetime what happened to his hair, nails, and blood shed from wounds? Did the cells of his body die as in ordinary human beings? If his body did not function in a truly human way, he could not be truly human as well as truly God. Yet, if his body functioned exactly in a human way, this would nullify any claim to divinity. It would be impossible for any part of God, even if incarnate, to decompose in any way and still be considered God. The everlasting, one God, in whole or in part, does not die, disintegrate, or decompose: ‘For I the Lord do not change.’ (Malachi 3:6)
Did Jesus’ flesh dwell in safety after his death?
Unless Jesus’ body never underwent ‘decay’ during his lifetime he could not be God, but if it did not undergo ‘decay’ then he was not truly human.
Bible says that God is not man
‘God is not a man’ (Numbers 23:19)
‘For I am God, and not man’ (Hosea 11:9)
Jesus is called a man many times in the Bible
‘a man who has told you the truth’ (John 8:40)
‘Jesus the Nazarene, a man attested to you by God with miracles and wonders and signs which God performed through Him in your midst, just as you yourselves know.’ (Acts 2:22)
‘He will judge the world in righteousness through a man whom He has appointed’ (Acts 17:31)
‘the man Christ Jesus’ (Tim. 2:5)
The Bible says that God is not a son of man
‘God is not a man nor a son of man’ (Numbers 23:19)
The Bible often calls Jesus ‘a son of man’ or ‘the son of man.’
‘so will the son of man be’ (Matthew 12:40)
‘For the son of man is going to come’ (Matthew 16:27)
‘until they see the son of man coming in His kingdom.’ (Matthew 28)
‘But so that you may know that the Son of Man has authority’ (Mark 2:10)
‘because he is the son of man’ (John 5:27)
In the Hebrew scriptures, the ‘son of man’ is also used many times speaking of people (Job 25:6; Psalm 80:17; 144:3; Ezekiel 2:1; 2:3; 2:6-8; 3:1-3).Since God would not contradict Himself by first saying He is not the son of a man, then becoming a human being who was called ‘the son of man’, he would not have done so. Remember God is not the author of confusion. Also, human beings, including Jesus, are called ‘son of man’ specifically to distinguish them from God, who is not a ‘son of man’ according to the Bible.
The Bible says that Jesus denied he is God
Jesus spoke to a man who had called him ‘good,’ asking him, ‘Why do you call me good? No one is good except God alone.’ (Luke 18:19)
And he said to him, ‘Why are you asking me about what is good? There is only One who is good; but if you wish to enter into life, keep the commandments.’ (Matthew 19:17)
Jesus did not teach people that he was God
If Jesus had been telling people that he was God, he would have complimented the man. Instead, Jesus rebuked him, denying he was good, that is, Jesus denied he was God.
The Bible says that God is greater than Jesus
‘My Father is greater than I’ (John 14:28)
‘My father is greater than all.’ (John 10:29)
Jesus can not be God if God is greater than him. The Christian belief that the Father and son are equal is in direct contrast to the clear words from Jesus.
Jesus never instructed his disciples to worship him
‘When you pray, say Our Father which art in heaven.’ (Luke 11:2)
‘In that day, you shall ask me nothing. Whatsoever you ask of the Father in my name.’ (John 16:23)
‘The hour cometh and now is, when the true worshippers shall worship the Father in spirit and in truth; for the Father seeketh such to worship him.’ (John 4:23)
If Jesus was God, he would have sought worship for himself
Since he didn’t, instead he sought worship for God in the heavens, therefore, he was not God.
Jesus worshipped the only true God
‘that they might know you, the only true God, and Jesus Christ whom you have sent.’ (John 17:3)
‘he continued all night in prayer to God.’ (Luke 6:12)
‘Just as the son of man did not come to be served, but to serve’ (Matthew 20:28)
How did Jesus pray to God?
‘he fell with his face to the ground and prayed, ‘My Father’ (Matthew 26:39)
‘During the days of Jesus’ life on earth, he offered up prayers and petitions with loud cries and tears to the one who could save him from death, and he was heard because of his reverent submission.’ (Hebrews 5:7)
Who was Jesus praying to when he fell on his face?
Was Jesus crying in tears to himself pleading to be saved from death? No man, sane or insane, prays to himself! Surely the answer must be a resounding ‘No.’ Jesus was praying to ‘the only true God.’ Jesus was the servant of the One Who sent him. Can there be a clearer proof that Jesus was not God?
The Quran confirms that Jesus called for the worship of the Only True God:
“It is Allah Who is my Lord and your Lord; then worship Him. This is a Way that is straight.” (Quran 3:51)
Shehe yesu azirukana inkozi zibibi malaki 3:19
Uyu numuislamu wiyise pastor
Kabaye
Assalamualaikum walhmatulurah wabarakatuh muzandusure kinyinya mugisasa 🙏🙏
Assalamualaikum muzaze irusizi inyakabuye mugaseke mukangure abantubpe
Abamwemeye bose bakizera izina rye yabahaye ubushobozi bwokwitw abana bimana. Yohana 1:12
Ibyumwuka bimenwa nabanyamwuka
Ndashaka muzotumire Antoine Rutayisire🙏
Ijanbo ry Imana nukuri
Abo nabayuda bavugaga kuko baribarataye Imana ya Abrahamu.
Mubyerekeza kuruwo muvugabutumwa
Twese tuba kwisi bavandi
Ntantungane ihaba niyo npamvu namwe musenga ukwezi kose musaba imbabazi Imana imwe rukumbi.
Ne nkivyo nibibazo Aba mizilima barikubaza? Nuri Yesaya suko havuga murabeshe mushaka abashabiki gusa. Birumvikana mwigisha nabi be nogucira imanza. Yesaya 50:10 havugango Ninde muri mwebwe yubaha Uhoraho, akumvira ijwi ry'umushumba wiwe? Ugendera mumwiza, adafite umuco, Niyizigire izina ry'Uhoraho, kandi yisunge Imana yiwe. Mwa ba Mizilima mwee muvuge ivyanditse muri bibeln yukuri atari izo muzana zipfutse nkazo atarizo nimirongo atariyo. Sivyiza
❤
kwirirwa uburana naba ba islam batahawe umwuka w'Imana ntibishoboka
Kuki mufata abantu batazi ijambo ryImana
Mbese bavandimwe isilamu ko mwiharira umwanya jye nakunze icyicyiganiro iriko nabagaye kwiharira umwanya kuba silamu
Matayo 7:21-24 Yesu aravuga abantu binyegeza mu kwigisha bakora n'ivyaha binyegeje? Yababwiye ngo: simbazi mwabakora ibizira mwe!
🤲🤲🤲🤲
Bahuye numwana
Ayo masinagogi mwirirwamo munywa ibiyobyabwenge mukirirwa musakuriza abantu Leta yagiye iza ikabambika amapingu
Irintumwa y imana
Mumbabarire muzatumire abagorozi bakora umurimo w'ivugurura n'ubugorozi mugirane ibiganiro
Abose nabapasteur bahehe muba mwazanye ibyo mwakora byose Yesu nimuzima kd ingoma yiwe ntizahanguka abo Bose nabo mwaguriye segue ndamuzi imuhanga numutekamutwe uteye ubwoba
Gusebanya ni bibi muvandimwe wibabazwa nukuri ahubwo soma ibyo bakwigisha ureke gusebanya nicyaha.
Hhhh ngo abanu bavuga yesu bazarimbuka da hhhhh
Wewe Mazinge nabo muri kumwe : soma 2 abi korinto 5:10 kuko twese
Hajj kamana turagukunda
Azirukana abatakoze ivyashaka
Ndabakuricyiye. Ndi maraw
iyi title iransekeje
Allah akbar
Mwabagabo mwe ubusobanuro mwatangaga butandukanye n'ukuri
Iyomirongo bagiye bavuga iranyuranye. Ibivurwa muri bibeln yukuri sicokimwe niyo bafite
Wakristo munabisha san allah awape mwisho mwema
😭 Allah akbar
Wabiye wasikiye ao makafiri mana hawasikiyangi
Pastor wowe ceceka utahe umeze nku borosa inkoko cg umena amazi kunkoko
Mu gihe mutasoma ngo murangize umurongo ngo musobanukirwe neza ntimwabivuga uko biri ndavuga islam, utamenye intangiriro ntushobora kumenya iherezo!! Ese mbabaze kuki muba mushaka kwisomera akarongo kamwe muri Bibiliya kandi uwo murongo uba ufite abo uri kubwira batandukanye! Urugero nka hariya muri Yesaya muvuze 56:10 habwirwaga ibicibwa bya islaheri bitashatse kwizera ibyo yesu kristo yigishaga.( Nimwe mwabwirwaga hariya nuko mutumva ngo munasobanukirwe). Islam nubwo mwaba muri mu kuri ntimwashobora kwigisha ukuri.
Kugez ubu kuri njye, abahamya ba yehova barabanza, islam igakurikira nibo nabonye batagamije gushaka indonke mu bayoboke babo,abandi bose ni icyuka gusa.
Kuki bavugirarimwe ibyo murabizi?
Arko se aba bantu ntibazi ikinyarwanda none kuba maso nugukanura amaso??cg nukuba umutima uri maso??hama kubwira abantu ngo bahumirize ntekereza ko arukugirango batarangara bakavuga ibitekerekeranye kdi bari imbere y'Imana
Gusa abislamu mujyimpaka kandi nicyaha ikindi kuberiki mwirirwa muvuga ibintu bitajyanye
Bigishe bigishe
Uyo nuwihita Pastori ata we!
Arko pasiteri .,arababwira ntibumva, abazirukanwa nyine nabakora ibyo Data yanga .murasakuza gusa
Tugomba kubatsinda
Abo azirukana babokora ibyo data ashaka
Murateranira ku muntu umwe nabwo udasobanukiwe
ua-cam.com/video/aENPcjjG4As/v-deo.html
Ngizo INGARUKA z'urusenda k'ubuzima bwacu
Ubukangura mbaga buraha? Islam ntiyoroshye
Namwe mwihererenye umuntu utazi bibiriya
Wowe urayizi ? Ngo nawe uzaze???
Uyupasitr ntiyigishijwenezap muzampamagare
Guca bugufi kwambere ni ukomumutima
Hamagara abasomyi ba bibiya muyage apana kwifatira uwo mwishakiye
Ariko iterabwoba ryanyu mwitonze
Ubu c uyu ni pasteri wahe koko hhhhh
rwanda irakeneye umuco wakristo kuraba bahenzwe muvyobatazi
Kandi aboba pastors murikumwe nabo ntabumenyi kubya bible bazi rwose. Kandi ikindi ntabwo mutanga umwanya ngo nundi avuge muramukubita amagambo menshi nurusaku ntabone uko avuga
Mutumire mutabazi wiyemera ndebeko abava munzara
Imihadhara yose mujye muyiduha hano
Pastor emera peee!!