Umugore wampaye inzaratsi|Yaryamanye n'umugabo wanjye|Yaransenyeye ndanakubitwa|Sauda nisomo ku ngo

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 1 лис 2020
  • Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126

КОМЕНТАРІ • 771

  • @chrismuganwa8634
    @chrismuganwa8634 3 роки тому +31

    Icirwa ndahakuye nuko irugo rwubakwa na 2 umugabo n'umugore.kandi kugira urugo rugende neza murugo haba hakwiye kuba communication hagati y'umugabo n'umugore!! Madame keshi uba ukwiye kumenya ko abagenzi bose atari beza!!
    Good is good all the time!! ibihe bibi mubuzima bw'umuntu nibihe vyiza bibaho!!
    Love from Burundi 🇧🇮!!
    Sabin thank u so much!!

  • @bellab1924
    @bellab1924 3 роки тому +26

    Iki kiganiro meze nkuwicaye mu ishuri!uyu mugore imana imuhe umugisha aratwigishije adufunguye amaso

  • @nc6733
    @nc6733 3 роки тому +79

    Iyi story ninziza ahubwo abahanga nibayikoremo filime Nyarwanda izafashe urubyiruko uko rwakwitwara murushako

  • @evaristeshema2621
    @evaristeshema2621 3 роки тому +62

    Sabin ni umunyamwuga pe. Birambabaza iyo mbonye umunyamakuru wakoresheje umuntu interview akamurusha amagambo kandi agenda amuca mw'ijambo, ariko wowe uha umuntu umwanya agasobanura ibintu neza utanamuca mw'ijambo. I really appreciate it.

    • @World_Of_Fashion257
      @World_Of_Fashion257 3 роки тому

      Kabisa iyowatumiy umuntu murek avuge ahex ivyowamubajij thanks to Isimbi

    • @nsengalpho2020
      @nsengalpho2020 2 роки тому

      @@World_Of_Fashion257 pplppppppppppppppppppppppppppppppppppppplpppppppppppppppppplppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppplpppppppppppppplppppppppppppppppplppppppplpppppllpppppppppppplplppppppppplpppppppppppppppppppppppppppppppppppppplppppppppppppppplpppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppplpplpppppplppppppppppppppppllpplpplppppppppplppppppppppppppppppppppppppplpplppppppppppppppppppplppppppppppppppppppppplpllpppppplpllpppppppppppppplppppppllpppppppppppplppplpplplppppppppppppppppppppplppppppppppppppppppppppppppppppppppppppplppppppppppppppppplppppplppppppppppppppppppppppppppppplpppppppppppppppplppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppplpppplpplpppplpppppppppppppppppppllplplpllppppppppplplpppplppppllplppppplpppppplpppppplpppppppppplpppplppppppplpplplppplpppppppplpppplppplppppppppppplppplpppppppppppplpllppppplppppplppppppppppppplppplpppplplpllppplpppppplpppplplpplppppppppllpppplppppplppppplpplpplppllpppppplppllppppppplpppppplpplplppplppppppppppppppppppplpppllpppplpppppppppppppppppplppppppllppppppppppppppppppllppplpplpppppplplppppppppplppppppppplplplpppppppppplpplpplppppplppppl

    • @nsengalpho2020
      @nsengalpho2020 2 роки тому

      @@World_Of_Fashion257 lppllpppppppppppppppppppppllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllll

    • @nsengalpho2020
      @nsengalpho2020 2 роки тому

      @@World_Of_Fashion257 ppllpllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllpllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllpllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllplllllllllllllllllplllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllplppppppppppppppppppppppppppppppllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllpllllllppplllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllplllllllllllllllllllllllllllllllllplpllllllllplpppppppppppppppppp ppppppllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllplllllllllllllllllllllplllllllllllllllllllllllllllllllllpllllllllplllllllllllllllplllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllplllllllllllllllllllllllllllllllpllllllllllllllllllplllllllllllllllllllllplllllllllllpllllllllllllllpllllllllllllllllllpplllllllllllllllllllppppllllllllllllllllllllppppppp ppppppppppppppppppppppppppppllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllpllllpllplpllplllpllplllllllllllpppppppppppppplllplpppplllppppppp pppppppppppppppppppppppppppplllllllllll ppppppppppppppppppllllllpllpllllllllppppppppppppppppppppppppllllpllppllllllllllllllllllllllllllplpllllllllllllllpllllpllllplppppllllllplppppppppppllllllllllppppppppppppppppppppppplpllllppllpllplllpppp p ppppppllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllplllllllllllllllllllllpllllllllllllllll pp lppllpppppppppppppppppppppllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllll ppppppppppppppppppllllllpllpllllllllppppppppppppppppppppppppllllpl pppppppppppppppppppppppppppplllllllllll ppl ppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppplpllpppppppppppllpllllllllllllllpllllllllllllllllpppplpppppppppppppppppppppppppppppppppppllllllpllllllllllllllplllplpplllllllllllllllllllllllllllll ppplllllllpppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppllllllppppppppppppppppppppppppppppplpllllllllllllll

    • @jeanclaudemunyezamu2987
      @jeanclaudemunyezamu2987 2 роки тому

      Well done Sabin

  • @kaberajojo1212
    @kaberajojo1212 3 роки тому +33

    URUMUBYEYI MWIZA RWOSE 👏🏻👏🏻👏🏻KUGIRA INAMA ABARI KWITEGURA KURUSHINGA cg NABARWUBATSE 🙌🏼🙏

  • @faithiagift6614
    @faithiagift6614 3 роки тому +6

    Ibyo umudamu yavuze nibyo hano hanze arabantu bashuka abandi badamu kandi ukabizera kandi bashaka ko usenya.. Nikuba amaso no gusenga.. Story nziza cyane. Merci madame. Imana iguhe umugisha for being open

  • @joannahgatete3054
    @joannahgatete3054 3 роки тому +51

    Such innocent girl 👧 . Harabagore bamajini koko eh! Niyompamvuntanshuti z akadasohoka z abagore njyira wapi. Inshuti yanjye ni Yesu niwe tuganira nkamubwira byose

    • @mussaafsa7066
      @mussaafsa7066 3 роки тому +3

      Rwose inshyuti ni Yesu 🙏

    • @dusengeanni1277
      @dusengeanni1277 3 роки тому +1

      Shaaa uneze nkajye kbs

    • @genestekwi.nibizi8631
      @genestekwi.nibizi8631 3 роки тому

      Wew ndakumva ningoga urabizi cane; nukuri ntacuti yukuri ibaho uretse umwami Yesu.

    • @genestekwi.nibizi8631
      @genestekwi.nibizi8631 3 роки тому

      Si ndi umugabo ariko abagore baragoye nanje nabagize incuti barampemukira.

    • @fehiciteand8784
      @fehiciteand8784 3 роки тому

      @@genestekwi.nibizi8631 Sha nanje mbikuyeho isomo

  • @Nelson_Rwa
    @Nelson_Rwa 3 роки тому +33

    Uyu mudamu ararenze! Ubwiza, ubwenge, ubwitonzi, umutima, kwihangana,etc... Umugabo wawe yahisemo neza n’ubwo atitwaye neza.

  • @kabagambafidele7810
    @kabagambafidele7810 3 роки тому +15

    Nukuri muratwubatse, Imana ihe umugisha uyumubyeyi numutware we muribyose, muminsi basigaje kuriyisi. Amen

  • @marieclairerusanganwa8542
    @marieclairerusanganwa8542 3 роки тому +11

    Abadamu bajye birinda gushyira amabanga y’ibibera mu ngo zabo hanze cyane cyane babibwira bagenzi babo b’abagore. Abenshi batanga inama zisenya. Mwige kuvuga make

    • @nikkiiliza5988
      @nikkiiliza5988 3 роки тому +1

      Bayahisha bayasohora uwashatse kugenda aragenda. Abagira iyo bajya baragenda ahubwo akenshi iyo abagore babivumbuye barekarira bagenzi babo kurenza kurakarira abo bashakanye

    • @marieclairerusanganwa8542
      @marieclairerusanganwa8542 3 роки тому

      @@nikkiiliza5988 uko byagenda kose mushakana muri babiri gusa. Iyo byanze ni mwebwe bireba uwa gatatu aza ari indorerezi, umushinyaguzi cg akaza kogeza ngo mushwane burundu. Hisha munda nicyo cyagufasha

  • @umurungiteddy9293
    @umurungiteddy9293 3 роки тому +27

    Ayiwee wahuye numugore wishitani disi 🙈Ihangane Imana izakugira neza kuva utarapfuye icyo gihe. Kandi ayo marira urira uwomubi azayishyura

    • @douglashassan5299
      @douglashassan5299 3 роки тому +2

      Kobwa hhhh warakuze sha jya ugira ubwenge ariko mbere nambere AWW komeza ujye usali Imana issubiriza igihe

  • @bikorimanaandregtltd_admin8958
    @bikorimanaandregtltd_admin8958 3 роки тому +49

    Mama Nasiri(Sauda),ubuhamya bwawe ni isomo ryiza kuri benshi,kwihangana bitera kunesha.Muri inshuti ndetse abaturanyi beza bacu ,ubuzima mubayemo none turi abahamya ko mugeze kure mwiyubaka,mukundana kdi mwakirana umurava ababagana bose.Wowe na Hakim wawe mufite umuryango mwiza kandi muri abana beza Turabakunda,Mukomereze aho Imana nayo ikomeze kubaha imigisha yose .

    • @batetaaida4418
      @batetaaida4418 3 роки тому +3

      Ntanshuti yumugore ndiwe ariko ndabatinya ntanubwo mbakunda

  • @JJE77
    @JJE77 3 роки тому +9

    Byiza cyane bibe icyigisho kubana bacyubaka batazi abantu hanze aha, ariko ntitubabwiye ngo ntimukagire inshuti kuko inshuti ningirakamaro . Sawuda urakoze pe hari benshi ukuye mubujiji

  • @hagenimanaelie6555
    @hagenimanaelie6555 3 роки тому +45

    Uri umusiramu mwiza imana iguhe umugisha.

  • @mariemercie6657
    @mariemercie6657 3 роки тому +8

    Icyo nkuyemo ni uko ari umugore ari umugabo bagomba kwirinda inshuti mbi. Kdi abagore si bo baba inshuti mbi Gusa kuko hari na benshi bahemukirwa n'abagabo. Icyo tutemeranywa ni uko kumva ko ibyo umugabo yakoraga we yari afite raison. Kuguca inyuma ni icyaha noneho kugukubita bikaba amahano. Ni byiza kwihangana ku mugore ark ntibikwiye ko abahungu bacu tubarera tubereka ko bo bakwiye guhubuka ngo ikibaye cyose bakubite. Ntibikabe rwose. Niba umugore ari ituze ry'umugabo ntibivuze ko umugabo agomba kuba stress y umugore. Oya rwose

  • @edisonndahimana2652
    @edisonndahimana2652 3 роки тому +5

    Uyu Mubyeyi ni Impfura pe ! Sabin Nawel uri Umuhanga. Amin

  • @bugenimanaeuphrasie3042
    @bugenimanaeuphrasie3042 3 роки тому +10

    Njye nta nshuti ngira ariko nanga abagore cyane Ni abanyamashyari gusa.nuwiyita inshuti yawe nuko haribyo aba agukeneyeho

  • @Amidangirente
    @Amidangirente 3 роки тому +6

    Urakoze cyane rwose hari intwererano utanze murubu buhamya bgawe. Abagirurwa ubuntu bgo kubgumva harimwo inyigisho nyinshi. Imana iguhe umugisha.

  • @godfirst5899
    @godfirst5899 3 роки тому +23

    Aliko abagore muli abanyampuhweeee mana gusa nubupfubyi nabwo sikintu weeeee kutagira iyo umuntu ajya yemera byose yooooo🙏🏾

    • @uwamahirweporsper4487
      @uwamahirweporsper4487 3 роки тому +3

      Niyo si turimo nshuti ,imfubyi turihangana tukemera byose kuko Imana idushakira ibitambo kuko no gupfa biba bishoboka

  • @rwandamum8323
    @rwandamum8323 3 роки тому +20

    None kuki utabwiraga umugabo ayo magambo yiyo nshuti yawe.amakosa tugira nukutaganira byose nabo tubana ntacyo duhishana cyane iyo mwabanye mukundana.mujye muvuga bagore.

    • @mukamakombesofia8478
      @mukamakombesofia8478 3 роки тому

      Suko 😥nanjye ndumva byandiye cyane pe

    • @pascalinenicimpayepascalin4273
      @pascalinenicimpayepascalin4273 3 роки тому +2

      Yamubwira gut Kandi yabonagako arincuti ye magara atamumeneribanga buriya ubivuga nubwobwenge ubufite wabonyeko agushuka nihatali nanje byambayeho bisanibyo abantu nibabi ndi iburundi

    • @umuneshiaratsinze2663
      @umuneshiaratsinze2663 3 роки тому +2

      Urii intwari Mubyeyi Imana wizeye Izaduhe Amasaziro meza

    • @niyonsengajoselyne3109
      @niyonsengajoselyne3109 3 роки тому

      @@pascalinenicimpayepascalin4273 yari yaramuroze sha ubwenge bwose yariyarabutwaye

  • @monikamuke4257
    @monikamuke4257 3 роки тому +6

    Urakoze ku mpanuro zawe, uli umudamu mwiza. Sauda nagukunze cyane uli umudamu ufungutse kandi uzi ubwenge. N'ubwo waciye mu bibi aliko waje gukura mo amasomo. Ali nabyo wiyemeje gusangiza àbandi. Merci.

  • @mugabekazi9971
    @mugabekazi9971 3 роки тому +28

    Wow!!wambaye neza, ndetse wanajyanishije na makeup🤩🤩

  • @uwayezumariegrace7729
    @uwayezumariegrace7729 3 роки тому +6

    Njya mvuga ko kugendana nabatipe(ntamabi mukora) birinda byinshi kandi bikigisha byinshi byumumaro..ariko iyo umaze gushaka ntibikunda kuko abagabo baba barubatse!! Abagore babo bakuvunira umuheto kuko baba bakeka amabi atanariho!!! Ariko abadamu sinzi pe!!!!!! Nibake cyaneee bumumaro!!!!

  • @uwayezumariegrace7729
    @uwayezumariegrace7729 3 роки тому +48

    Byose byari byiza usibye kuvuga ko uwakubiswe agomba kumva ko aramakosa ye. Ntawufite uburenganzira bwo gukubita uwo bashakanye wa!!!

    • @nikkiiliza5988
      @nikkiiliza5988 3 роки тому +19

      100%agree. Urebye neza uwo mugabo yigiraga marayika kdi ariwe mubi. Agaca inyuma akanarwana. Umugore nawe agafata agakomeza kuko yari amutunze. Ese ibi ntibyakatwigishije gutoza abana bacu kwitunga aho kwicara ngo batungwe n' abagabo ko ari ho hava gusuzugurwa no gukubitwa. Dukwiye gushakira ikibazo aho kiri. Umugabo cg umugore wawe hari abazamwifuza byanze bikunze ariko kugira ngo babagereho nibo bazabigiramo uruhare. So, the are the ones to blame not the outsiders.

    • @copdancy1529
      @copdancy1529 3 роки тому +3

      Commentaires nziza cyane pe!

    • @lilianekayitare6
      @lilianekayitare6 3 роки тому +3

      Muvuze neza cyaneee. Commentaires zanyu ndazikunze cyane. Rwose ntampamvu nimwe yemerera umugabo gukubita umugore we surtout ko yabaga yanamuciye inyuma. Kdi umugore ntiyagombye kumva ko ariwe wabiteraga umugabo we.

    • @johngoldenhabimana173
      @johngoldenhabimana173 3 роки тому +4

      Ndemeranya nawe abantu benshi bahohotewe igihe kirekire bageraho bakumva aribo ba nyirabayazana.
      Nta muntu n'umwe ukwiye gukubitwa uko byagenda kose.

    • @lumumbagustave5282
      @lumumbagustave5282 3 роки тому +1

      Ikibazo:kera umugabo yakubitaga umugore bikarangira ubusabane bugakomeza
      Ubu abagabo ntibakubita abagore ariko nibwo babanye nabi na zagatanya nyinshi
      Ni iki cyiza?

  • @auroracyubahiro5809
    @auroracyubahiro5809 3 роки тому +14

    Ntekereza ko abagore benshi ibi bibabaho kubera ubujiji please abakobwa mugire ubwenge mwibukeko ntamuntu ubakunda kurenza uwo mwaganiriye mukemeranya kubana! Mugihe uzabura ubwenge ukita kumabwire y'abantu uzamenye ko wirahuriraho imiruho yose🔥

    • @inesnsabimana3168
      @inesnsabimana3168 3 роки тому +1

      Mbega ikigore ciza cumutima wera. Ndakunze iki kiganiro, kandi avugisha ukuri sha. Izimpanuro zifashije benshi.

  • @lavieenrose6818
    @lavieenrose6818 3 роки тому +42

    Iyi niyo interview nziza yambere mbonye kuva natangira kureba isimbi TV
    sabin keep up the good Work
    Imana iguhe umugusha

  • @jeannejeanne5242
    @jeannejeanne5242 3 роки тому +45

    Harimo isomo rikomeye kubazi kumva. Pore Mama.

  • @mujawamariyaliiliane3737
    @mujawamariyaliiliane3737 3 роки тому +3

    Thanks Sabin ibiganiro by'isimbi sinjya nsimbuka none ngisubiyemo 2
    Sauda urakoze guhugura urubyiruko
    All Muslim where you're
    Kugira amakenga ni ingenzi
    Munshuti tugira tujye tugira aho tugarukira
    Msman Merci bcp

  • @Nettech591
    @Nettech591 3 роки тому +1

    Ok Imana yarakurokoye yaragutabaye gusa ngize impungenge, ese umugabo wawe yakwemereye gutanga iki kiganiro ko harimo andi mabanga wamumeneye?
    Witwararike cyane ikindi mujye mureba uko mwafasha bariya bagenzi banyu twa abagabo badufata nk'ababakandamiza gusa batitaye ku isoôko yabyo!
    Bakome urusyo n'ingasiire abarengera abagore nibabikore ariko bitondere kuduhutaza gutyo gusa babikore mu mutuûzo kdi ntibabogame kuko ntacyo byaba bimaze ahubwo byazatera ibindi bibazo madamu urakoze cyane!

  • @bishyaridoline4354
    @bishyaridoline4354 3 роки тому +9

    Uranyigishije !! Ntamugore azongera kunziraho murugo. Yayaaaa urakoze maman.

  • @wintijejacqueline8250
    @wintijejacqueline8250 3 роки тому +6

    Nkuyu miwe tuba ducyeneye sabe ujyutuzanira nkaba,ihangane mbe mubyeyi

  • @graceimperiale337
    @graceimperiale337 3 роки тому +5

    Sauda wanje wavuye kure imana y'amahoro iguhe umugisha 🙏🙏utagabanije ma chérie . Grâce ncuti yawe en Belgique 😘😘❤❤

  • @marianeumugiraneza8384
    @marianeumugiraneza8384 3 роки тому +2

    Pole mama najye naciye muli byinshi kubeshyerwa gusuzugurwa nanjye uwampuza na sabin ngo mvuge ikindi kumutima

  • @Kezaheza
    @Kezaheza 3 роки тому +1

    bambi uyu mugore anyibukije undi mugore twahuye yataye umutwe kubera abashuti be bamubeshye bakamujyana mu nzaratsi bakagaruka akaba aribo barangira umugabo aho bamubwiye azishyira akamuhondagura, urwo wararucitse ujye ushimira Imana nubwo wari wahondaguwe ubwo icyo gihe uwo mugore yari yarangiye umugabo aho yazisize avuga ko ari wowe wazimuteze. mpise nibaza disi niba uwo mugore nduzi ko yari mushya murugo yarasubiranye numugabo we, abakobwa bacyubaka rwose mujye mugabanya ubutesi, burya nubona umuntu ntacyo agukurikiyeho ariko ukabona akwitayeho kurusha uko wakwiyitaho bijye bigutera kwibaza ikibazo. ubundi umuntu wese wakugira inama igutanya nundi cg ibateza ikibazo atakubwiye kwirebera ukuri ujye umushyiraho akabazo. Saudi warakoze gutanga ubu buhamya pe, nziko buzafasha abagore binjiji benshi basenyerwa nabo bita onshuti zabo cg abaturanyi ndetse nabakozi babo.

  • @nduwayezujeanclaude
    @nduwayezujeanclaude 2 роки тому +3

    Abemerako Sabin akwiye no kuzatuzanira umupapa ufite ubuhamya bwubaka nkubwuyumubyeyi mumpe likes👏

  • @munguikomasafi9724
    @munguikomasafi9724 3 роки тому +3

    kugeza nubu sinemeranya nawe ko gukubitwa kwawe ari wowe wabaga wabyiteye!ishwiii ishwiii nturi itungo bahanisha inkoni mama!yagombaga kukwicaza mukaganira mukagira ibyo mufataho imyanzuro ariko inkoni siwo muti rwose Sauda mwiza, umugabo wawe muri icyo gihe ntiyakubereye imfura.ikindi rwose yego kwihangana bitera kunesha ariko nanone haguma ubuzima mama🙏ntawe nagira inama yo kwihanganira inkoni rwose.nasoza nkwifuriza kubaka rukaguma rukazira izo nyagwa zinkoni burundu.gira amahoro

    • @justinndaiysaba3618
      @justinndaiysaba3618 3 роки тому +2

      Njyewe ndagaya umugabo wawe, kubona akubangikanya agakina double jeux igezaho rwose yarakwexipoje uwomugore yarinokukwica, ikindi ndunva ugaya uwomugore gusa kandi akamaro kumugabo kambere ni protection ntayo yagukoreye washatse umugabo ufite ihabara baranakonezanya ujye ushima Imana uri umurame. Ikindi wakabije kwimariramo undimuntu nibyo byagukozeho,. Ikindi naho wakosa ntampanvu yogukubitwa bigezaho. Urabivuga kuko utahamugariye cg ngo akwice mugukubitwa burya ntiwamenya ahobigarukira. Ndagushimiye kunama.

  • @edwardtoughnuckle7230
    @edwardtoughnuckle7230 3 роки тому +31

    Uratuje Maman ndankwishimiye

  • @zackmuhire7370
    @zackmuhire7370 3 роки тому +23

    Madam, biragaragara ko ukunda kandi wubaha umugabo wawe cyane. Ikintu kimwe nakugiraho inama, ni ukugabanya uko kwishyiraho ibyaha, ngo amakosa umugabo wawe yakoraga ni wowe wayateraga. Umugabo wawe ni umuntu mukuru, ni we responsable w'ibyo akora byose. Kubyigerekaho nicyo gituma udakira. Warababariye kandi komereza aho, ariko wirinde kwigerekaho ibyaha by'abandi. Nta muntu uzabwira Imana ngo "narakosheje ariko nabitewe na kanaka". Rero n'umugabo wawe yakosaga kubera icyari kimurimo, byarashobokaga ko yakwitwara n'ukundi. Iyo nta mpamvu irimo. Ibabarire rero Madame; ibyakubabaje birahagije. Komera kandi Yesu aragukunda

  • @pascasientandikiye7006
    @pascasientandikiye7006 3 роки тому +3

    Pole sana Madame. Ico abagore dukwiye kumenya ni uko umugore ashaka kugutwara umugabo abanza kukugira umugenzi. Abagore dukwiye kumenya ubwenge.

  • @gisabenjamin9394
    @gisabenjamin9394 3 роки тому +3

    Sauda Imana izaguhe ijuru ntuzacike intege ujyukomeza ugirire Imana icyizere kuko niyo ncuti nziza kdi ujyukunda kuganiriza abakobwa utange uwo musanzu wo kubaka umuryango nyarwanda komera MDI courage

  • @rebeccamutoni1971
    @rebeccamutoni1971 3 роки тому +16

    She really struggled. But Genius, God bless her marriage.

  • @1Mignone
    @1Mignone 3 роки тому +2

    Benshi bahishira ikinyoma bakigaragaza uko batari. Ibyabo bakabigira ibanga. Mbega ni babandi bashobora kugira icyiza bamenya ntibakubwire ngo utagira icyo wunguka cyangwa ukabacaho. Wowe Sauda, nkubonyemo ubutwari no kutikunda kuko inama zawe zagirira benshi mugukemura ibibazo byo mungo zabo. Imana iguhe umugisha.

  • @umugwanezaconsolee422
    @umugwanezaconsolee422 3 роки тому +8

    Sh urintwari wa mudamu we,kuko ngew ibibintu ubashije kuvuga nukuri ngew simpamya ko nabishobora p,ahubwo naturika umutima

  • @dhrj.nijoehire7483
    @dhrj.nijoehire7483 3 роки тому +2

    Urakoze cyane kuvuga neza abarundi... Au moins toi tu es honetes et reconnaissantes ! Iyo bakureka ukavuga , abadusebya Massamba nabandi bakumva ko tutangwa nabose

  • @kagiranezabosco1110
    @kagiranezabosco1110 3 роки тому +2

    Sab, mwagize Interview, nziza cyane Keep going, gusuyumu Dame, nuwagaciro abanya Rwanda kazi bakeneye kubak'ingo zabo ababer'umuri bamwigireho kuko harabasenyingo zabo bitewe nincuti zabo Sabe,
    👍👍👍👍👍👍

  • @genestekwi.nibizi8631
    @genestekwi.nibizi8631 3 роки тому +3

    Gusa Mama ndagukunze cane! Yesu Akumpere umugisha mwishi kuko uranyuguruye amaso nanje. Kandi ndagushimiye ko ushima Abarundi

  • @buterapascal3557
    @buterapascal3557 3 роки тому +20

    I ain't muslim but I respect a woman who looks decent...she looks elegant and respectful
    Who wouldn't want to take her home really
    Peace to everyone!

  • @nyampingachance4722
    @nyampingachance4722 3 роки тому +15

    Mwiriwe,Sauda warakomeretse ariko Imana yarakurengeye ub"uri urugero rwa Benshi!!Gukubitwa mu rugo hari igihe Umuntu abyikururira.Ndabizi byambayeho.

  • @christinemujawamariya4633
    @christinemujawamariya4633 3 роки тому +3

    Iyo umuntu akwereka ko agukunda,akwitayeho biragoye guhita umutahura.Ariko iyi nyigisho itwibukije kugira amakenga kuri buri kintu na buri muntu ugaragaje ubwiza budasanzwe

  • @kalisahope1871
    @kalisahope1871 3 роки тому +5

    Imana yarakoze kukurinda ,kuko uwomugore atakwishe cg agusaze ,ukaba ukiri murwawe God is good all the time

  • @GG-sd3ei
    @GG-sd3ei 3 роки тому +11

    Disi nta nshuti yumugore yo kwizera ,
    Barahemuka ,kuko tubizera cyane .bagore ,twigire hano plz .

  • @karurangagabegabe4518
    @karurangagabegabe4518 3 роки тому +12

    Imana idutabare pe....isi igeze habi....Mureke turebe IMANA Niyo itanga amahoro adashira

  • @selemanimurangwa5916
    @selemanimurangwa5916 3 роки тому +8

    Pole sana dada yangu usuhuze umugabo wawe hakimu

  • @godfirst5899
    @godfirst5899 3 роки тому +111

    Aliko wajyanishije na maquillage byose uraberewe cyane uli na mwiza rwose

  • @muhimpunduchristine1762
    @muhimpunduchristine1762 3 роки тому +1

    Kwihangana bitera kunesha nshuti yanjye ndagukunze cyane ikiganiro cyawe nikiza cyane rwose isuku murugo kumugore no kumubiri we ningombwa cyane harigihe umugabo yigira nabi ukihangana arko birangira utsinze ibyo nukuri wowe duhuye twaganira uwiteka aguhe umugisha warakoze kwihangana

  • @manishimwejoyeuse901
    @manishimwejoyeuse901 3 роки тому +18

    Urakoze sauda kuvugako twifata neza abarundi

    • @jartininget773
      @jartininget773 3 роки тому

      Ukunukuri peee abarundi ni gake wamenya ubukene bwabo ahubwo udakenye niwe agomba kuba nkumu escro.

    • @jartininget773
      @jartininget773 3 роки тому +1

      Imana ihabwe icubahiro kko yarwaniye Sauda akaba yaranesheje abanzi be. Abobagome babagore Imana izabahindure

  • @Hubbs567
    @Hubbs567 3 роки тому +50

    Inama nkuye muriki kiganiro: please aba papa babanyarwanda nabanyafrika en general ndabinginze mujye mukora uko mushoboye abakobwa banyu mwabyaye mubashyire mwishuli, mub encourager bagere kure hashoboka mubarememo self confidence bakure bazi ko bashoboye kuba self sufficient etc nyuma mubashyingire ari abakobwa bajijutse bafatanya nabo bashatse kubaka urugo rwiza. Ubujiji ni source yibibi byinshi biba ku mwana wumukobwa.

    • @nkundiye34
      @nkundiye34 3 роки тому +4

      Uvuze ukuri kose kabsa abagore benshi batunzwe nabagabo niyoho hava no kubasuzugura abakobwa mwige cyane Kandi mwishakemo ibisubizo mureke gutega amaboko kubagabo

    • @mig6725
      @mig6725 3 роки тому +3

      Sheje Eddie ibi uvuze nukuri kandi ninama nziza cyane kuri buri mwari, nubwo utaba warabonye amahirwe yokwiga ariko ushobora kuba wakora akazi kuburyo udategera burikimwe kumugabo.

    • @ndamaze1984
      @ndamaze1984 3 роки тому +5

      Nturabana n'injiji yize ngo ikwivangire ubwayoooooo! Iby'abagore ni birebire ariko nibo bubaka kdi ni nabo basenya.

    • @fehiciteand8784
      @fehiciteand8784 3 роки тому +1

      @@ndamaze1984 uvuze neza kujijuka ntabwo biraba uwize canke uwutize

    • @user-iq5ql5dd8l
      @user-iq5ql5dd8l 9 місяців тому

      Injiji nizize hhhhhhhh

  • @kagoyireernestine4758
    @kagoyireernestine4758 3 роки тому +2

    Urakoze nshuti yanjye Sawuda,Imana iguhe Umugisha kubwubuhamya bwiza uduhaye,dukuyemo isomo rikomeye

  • @chantalvumilia4811
    @chantalvumilia4811 3 роки тому +1

    Mama komera ntukizere umwana wumuntu.ibibintu byambayeho donc njye ndakunva mama umuntu asazira murugo yaraciye muri byinshi. Murakoze cyane kuko nubu hariho benshi barimukigaragezo cyi cuti mbi courage mama.

  • @janviereuwihirwe4506
    @janviereuwihirwe4506 3 роки тому +11

    Ubuhamya bwawe ni bwiza ariko njye ndabona umugabo ariwe nyirabayazana kuko yagucaga inyuma niwe watumye icyo kigore kikuzengereza gutyo.
    Warakoze kwihangana ariko les hommes nabo nabo kwisubiraho barakabije !!!

    • @lilianekayitare6
      @lilianekayitare6 3 роки тому +2

      Merci. Nari nabuze umuntu uvuga kuri uwomugabo. Umugore amakosa yose yayashyize kunshuti ye nawe ubwe yishyiraho amakosa umugabo we yagizwe umwere kdi ni mubi pe. Akamuca inyuma yarangiza akanamukubuta bigeze hariya burimunsi koko. Uyumu maman yagombyr kumva ko ntakintu nakimwe kemerera umugabo we kumukubita jamais. Yanagukubise ntakumushakira impamvu zabimiteye. Gusa wabaye intwari mukwihangana.

  • @kampiredaphrose5678
    @kampiredaphrose5678 3 роки тому +2

    Murakoze cyane!
    Ngo "INSHUTI YAWE IKUBA HAFI NK'IKURWAJE KOKO"

  • @umugwanezaconsolee422
    @umugwanezaconsolee422 3 роки тому +2

    Munguwe uranyigishije p nange ndubatse maze10ans arko ntababyeyi narimfte ngo ngo barangira inama yo kwubaka,nanubu ngenda ndahura ibyiza so thanks nkwigiyeho.

  • @mukundanenyakuri9398
    @mukundanenyakuri9398 3 роки тому +46

    Reka reka bamwe twagize za trauma😭😭😭 kirazira njyew ntamugore wapfa angereye murugo, abagore turibabi mumpande zose, ishyari gusa niryo rituranga🤷‍♀️😭😭

    • @alphonsinekarangwa6651
      @alphonsinekarangwa6651 3 роки тому +4

      Ntabwo ari bose Ma haracyariho abantu batarapfukamira bayari

    • @mukundanenyakuri9398
      @mukundanenyakuri9398 3 роки тому +3

      @@alphonsinekarangwa6651 ego mama ndabyumva ariko ubu aho isi igeze nabasenga ntabwo umuntu akwiye kubizera, ibiri mumazi byose si amafi. Ikintu kimwe gusa nizera n’ Imana numwana wayo Yesu ariko abandi bose ntanumwe wambesha. Abantu turibabi🤷‍♀️🤷‍♀️

    • @claireheart5197
      @claireheart5197 3 роки тому +4

      @ Nyakuri ndakumva ariko nanone ntibyakubuza kugira inshuti gusa ukamenya aho ushyiraho limit, abantu bose buzuye trauma niho havamo urwango mbese ni birebire gusa uko abantu bazajya babahoka bakavuga story Zabo niko nabandi bazahumuka

    • @rosenayiga7735
      @rosenayiga7735 3 роки тому

      @@mukundanenyakuri9398 5ijiiikkkoikkkkkkkkkkkkkil

    • @espoirejane446
      @espoirejane446 3 роки тому +5

      Sha nanjye narazinutswe, nigeze kujya kwereka abakobwa babiri bava inda imwe umu cher wanjye ,mukuru w uwo wundi atangira ataka murumuna we ngo ni mwiza afite mu akanwa hasa ni ahimbwa ,ni ubwambere numvise ko mu ikinyarwanda ngo kugira mu akanwa nk ah imbwa bisobanura kuba mwiza 😱😱🤮 koko nibyo pe uwo murumuna we afite umunwa muremure ni urwasaya nk urw imbwa
      .....ingegero ni nyinshi, nkunda abantu ariko ubu ndi sure ko ,ntazongera kugira umugore nzana mu ubuzima bwanjye

  • @uwerajuliet780
    @uwerajuliet780 3 роки тому +22

    Urakoze cyane uranyubatse

  • @muhirevalens4605
    @muhirevalens4605 3 роки тому +8

    Nakwikundiye aha mpakuye isomo rikomeye 'Imana iguhe umugisha!

    • @UMWARISpeciose
      @UMWARISpeciose 2 роки тому

      😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭

  • @leopoldndizeye7028
    @leopoldndizeye7028 3 роки тому +3

    Iyi ntahe ndyikunze cane. Ndameza ntashidikanya KO abatari bake baza kuvanamwo icigwa kidasanzwe kibafasha kwubaka Ingo zabo. Murakoze

  • @mukansangamediatric5161
    @mukansangamediatric5161 3 роки тому +2

    Uraokoze mugore mwiza kubuhamya bwawe,abenshi dufite intambara nk,izawe kdi zivuye kunshuti mbi,ariko mu ijuru hari Imana izisoza

  • @jeannettemukankemuye4344
    @jeannettemukankemuye4344 3 роки тому +12

    Powerful educational show today
    Good job Sabin
    Keep up
    Be blessed

  • @bugenimanaeuphrasie3042
    @bugenimanaeuphrasie3042 3 роки тому +3

    Yooooooo!!!uziko yari yarakuroze.gusa nabaho mbonye ubuhamya bumfashije cyane

  • @inkindimanziduse520
    @inkindimanziduse520 3 роки тому +71

    Uraberewe na make up kubiiiii🥰🥰🥰

  • @cynthiamunezero3126
    @cynthiamunezero3126 3 роки тому +13

    Burundi oyeeee..Sauda mwiza

  • @4c4ever77
    @4c4ever77 3 роки тому +18

    Ma Cherie suada! Uko nagukundaga ngiye kubikuba inshuro icumi, uraduhuguye cyane! Ko utabwiye Sabin ngo akuremere kuri ya channel yawe, agakora pinning. Nzaza kukureba hahandi ukorera twiganirire, ikindi umuntu wagukoreye make up yabikoze beza cyane!

  • @nyampingachance4722
    @nyampingachance4722 3 роки тому +21

    Uri Intwali kuba utaragiye mu Bapfumu kandi Imana Izabiturinde iteka ryose.

  • @annemariebihirabake6444
    @annemariebihirabake6444 Рік тому

    Madame Sawuda yarahuye n'ishetani y'umugore kandi nawe ari une Ange. Tres belle aussi, waouuuh. Sabin merci nawe

  • @nzeyimanacelestin8145
    @nzeyimanacelestin8145 3 роки тому +10

    Uri very Innocent

  • @nathanndamage173
    @nathanndamage173 3 роки тому +5

    Sauda urakoze kudusangiza iyi story yawe.
    Ijambo ryi Mana riratubwira ngo uwizera umwana wu muntu avumwe.
    Ikosa ribabaje ni ukubona umugabo agukubita nku kubita umujura,ibyo ni agasuzuguro.
    Ushobora gukangara umuntu buke ariko gukubita cyane ni ubujyinga.
    Umuntu wese wubatse ibyo bibazo ahura nabyo.
    Ikindi mugomba kumenya abagore ba ba nyafrica batanu batatu baba ari abarozi babiri nibo bazima.

  • @delphineingabire1554
    @delphineingabire1554 3 роки тому +2

    Umubyeyi mwizaaa cyanee utuje. Sauda Imana ikomeze ikurinde ikurindire nurugo.

  • @agapetv8563
    @agapetv8563 3 роки тому +2

    Sabin uzashake umubyeyi witwa ZAMUDA azaguha ikiganiro cyafasha imiryango myinshi ku isi. Thank you for this one

    • @murekatetelucie8217
      @murekatetelucie8217 3 роки тому

      Mbega ubuhamya Weee!! Warahuritse cyane gusa mwijuru hari Imana. Icyampa Number yawe rwose. @Sabin nkorera umuti rwose uyimpe. Nanga abagore numvaga ntazaba umugore 😭😭

  • @slimkay9172
    @slimkay9172 3 роки тому +24

    Lets first admire the beauty of this young woman

  • @graceimperiale337
    @graceimperiale337 3 роки тому +1

    Uranfashije pee ubu ngiye kugira très attention. Merci 👏👏

  • @ezechielkabanda1616
    @ezechielkabanda1616 3 роки тому +6

    Ubuhamya bwawe ndacyeka ko ari isomo rikomeye kubadamu bubatse ingo

  • @ndarishikijejeandedieu8860
    @ndarishikijejeandedieu8860 3 роки тому +4

    Madam ivyago waciyemwo Imana izogushumbusha ibihetangabo 1000 kandi ukomeze kwigisha abandi. Sabin nawe ndamwipfurije gutera imbere akomeze ahezagirwe caneee.

  • @muhozagloria710
    @muhozagloria710 3 роки тому +18

    Urakoze Sauda ikiganiro Kirimo inyingisho Sabin nkunda ibiganiro byawe

  • @uwimananadia6066
    @uwimananadia6066 3 роки тому +9

    Abarundikazi turihano ma belle😘🇧🇮

  • @kobusingemunyanajesca6428
    @kobusingemunyanajesca6428 3 роки тому +2

    Wakoze cyane kubwinama watanze ikiganiro kizingiyemo impanuro nyinshi ,gusa agakungu kabagore iteka ntigasiga ubusa

  • @primebagarure5871
    @primebagarure5871 3 роки тому

    Madame, Pole sana.
    Erega burya uwo mugore yaguhanuye ngo utuke umugabo ; *uyo muntu wawe yava ng'aho nawe agahabwa isomo ry'ingene abagore bakwiye gukubitwa.*
    Fm Bdi

  • @anastaserwabarinda5204
    @anastaserwabarinda5204 3 роки тому +21

    Uyu mu mama ni imfura

  • @JDee813
    @JDee813 3 роки тому +7

    Pole mama!

  • @marykampiire7834
    @marykampiire7834 3 роки тому +3

    Mwakoze pee yesu abampere umugisha

  • @uwimananadia6066
    @uwimananadia6066 3 роки тому +10

    Reka nunve disi kuko nanje nkunda kwizera abantu banduta, ariko akenshi nasanze batugira abagenzi kubwinyungu zabo!

  • @duabeadventine7288
    @duabeadventine7288 3 роки тому +13

    Nkeka ko impamvu atari kuvuga amakosa yumugabo nanubu baracyari Kumwe . Nuwo mugore yarahemutse ariko numugabo wawe yarahemutse

    • @nadjibthegamer3944
      @nadjibthegamer3944 3 роки тому +1

      Ongeraho bikabije ngewe nari kumubabarira ariko kubana byo sinaba mbikuye kumutima rwose , kuko unongeye kumbwira nabi rimwe gusa nahita ncaho

    • @Kunguruapigwe6050
      @Kunguruapigwe6050 3 роки тому

      @@nadjibthegamer3944 abantu batekereza nkawe kubaka birabagora

  • @irakozechimene9879
    @irakozechimene9879 3 роки тому +1

    Waouh mam Wararway uratsinda Ivy Bigore Vyiyit Incut z Abantu kumb n Bisuma jw Nzaberek shaaa Urugo Umuntu Aruronk Rumugoye.Ikib N ugukoresh Imiti bifite Igih mw Bagore .
    Ahubw Duseng Imam kk Abagab bub Baragoy

  • @nailaniyonkuru5718
    @nailaniyonkuru5718 3 роки тому +52

    Jyewe ndumugore ariko ntanshuti ngira zabagore mbanga kubi sinzi impamvu pe.

    • @gakuyanonadine2432
      @gakuyanonadine2432 3 роки тому +3

      Sh tuvyumva kumwe nanj ndumumama ariko ntabagore babagenzi nifuza

    • @nikkiiliza5988
      @nikkiiliza5988 3 роки тому +5

      Sinkekako abagore aribo babi gusa. Ahubwo umuntu wese ni mubi. Ari amagambo n' amatiku burya bigira bose ahubwo ibyitabwaho ni iby' abagore.

    • @ingabiredalila597
      @ingabiredalila597 3 роки тому

      Sha nanjye nuko peee

    • @dianalizaumwegakazi4790
      @dianalizaumwegakazi4790 3 роки тому +3

      Nikundanira nabasore cg abagabo biraho ntamitereto murwego rwogutinya igitsinagore kuva mubwana kugera uyu munsi bampemukira ntanibiganiro ngirana nabo ariko utabihaye ntacyo bakakwita indaya utariyo ngo nuko ugendana nabasore hhhh kdi nasanze abiyorobeka aribo butwi bariya bagira ibigare byabagore benshi Imana ijye ibatembereza

    • @sylvainkomeza8699
      @sylvainkomeza8699 3 роки тому +1

      Nibwo bwenge di sukubanga ahubwo nukugirango urugo rwawe ruramuke have urumuhanga komerezaho

  • @nduwayezujeanclaude
    @nduwayezujeanclaude 2 роки тому

    Niba rwose ibyo uwomubyeyi avuga bihuye nukuri kumutimawe, imana imuhe umugisha, akenshi hano kumbuga nkoranyambaga abantu tuyoborwa namarangamutima cyane ko utanga ubuhamya imana yamuhaye uburanga, rero rwose abakurikiye ikiganiro twumve isomo ririmo cyane cyaneee bashiki bacu mumwigireho kuko ingo mubona zimeze neza ubu zavuye kure bityo dushikame dukomere .

  • @k_____p
    @k_____p 3 роки тому +1

    Sabe nkundayuko uha agaciro umutumirwa ukamuha umwanya akavuga utamuca mwijambo komerezaho byiza cyanee kbs

  • @HANDITSWENGO
    @HANDITSWENGO 3 роки тому +1

    Ibyahishuwe 3:20,
    Dore mlagaze kurugi ndakomanga, umuntu niyumva ijwi ryange nzinjira iwe dusangire.
    Bavandimwe Namwe nshuti bakundwa, mbifurije gukingurira Yesu mu mutima yacu kugira twere imbuto zikwiriye abihannye.
    🙏🙏🙏🇷🇼🇷🇼🇷🇼✋✋✋

  • @kariyobaker9617
    @kariyobaker9617 Рік тому +3

    A painful but educative story. However I wonder why she couldn't listen to advice from three very wise people in her life, including her own husband !
    I wacu hano i Mbarara, Uganda, baca umugani ngo: "Amatwi arimwo urupfu ntiyumva" !

  • @gagedamoursarusaru8079
    @gagedamoursarusaru8079 3 роки тому +8

    Uyu mu dame atugiriye inama nziza cyane twe bagenzi be!

  • @katebern8749
    @katebern8749 3 роки тому +1

    Umva uvuze ukuri nanjye nizeraga umudamu byahatri ariko nyuma ibyo twaganiraga byose naje kubisanga hanze mana kwiyakira byarangoye namufataga nkamam wanjye ariko yanteye kutongera kumwizera .saud urakoze cyane nabandi bumvireho bajye bavuga baziga,umuntu nimwinshi

  • @neemaagnes8816
    @neemaagnes8816 3 роки тому +2

    Ngusabiye umugisha utagabanyije mubyeyi mwiza uranyigishije mubuzima nubwo undijije nu kuri ndagukunze