Pasiteri ati ndashaka kubereka ukuntu Yesu ari Imana 100%. Hajj Seguin aratunguwe
Вставка
- Опубліковано 16 лют 2022
- #Rubangisa_Sulaiman #Dawa_Rwanda_Tv #0788682703 #0738278248
Dawa Rwanda Tv ni urubuga rucaho inyigisho zitandukanye z'idini zigamije gufasha abaislam kurushaho gusobanukirwa Idini yabo ndetse n'abandi batari abaislam bibafasha kumenya no gusobanukirwa ko Ubuislam ari idini y'ukuri.
Ni kubwiyo mpamvu Dawa Rwanda TV isaba buri wese wifuzako izinyigisho zakomeza gukorwa ndetse no gusakarizwa abantu ko buri muntu yabigiramo uruhare atera inkunga murwego rwogushyigikira iyu murimo.
Ushobora gufasha unyuze kuri Mobile Money +250 788682703
Airte Money +250 738 278 248
cyangwa muri
GT Bank Kigali Account 222/241578/4/5106/0
Swift code GTBIRWRK.
KCB Account 4490796536 Kigali Rwanda
Ukaba nawe ukoze ivugabutumwa kandi uzaba uteye inkunga Dawa Rwanda TV.
Nanubundi imana yabasiramu siyo manayacu Imana yacuyigaragarije muri yesu kristo
imana yabasiramu ni alla iya bandi yitwa uwiteka Imana yabagaturika yItwa Uhoraho
Nones ko mutemera ko aba kristo basubiza muri abesikoro murabeshya cyane
Niwemera kumva ngo dusubanukirwe
Yesu ni IMANA, 100%
Nakigenda cyanyu
Imanayacu, yitwa ndiho, nditangiriro, ndetse, ninjye herezo, yesu yasuye abantu, ,muhamadi, yakoze iki?
Assalam Alaykum warhamatullah wabarkatuh. Allah akibar, wallah ndishimye sana kwa vipindi vyenu, umuntu wishimiye kuba umu Islam nkanjye ampe like,kuko yahisemo neza. Oscar kimwe nabandi bemera nkawe nibave mubuyobe bayoboke inzira y'ukuri kuko ibyo barimo nubwo bibwira ko bafite ukuri oya rwose sibyo . No gusobanura ibyo bemera birabagora . Harakabaho #Dawa Rwanda)
Alahamdulilah
Ego yesu nimanaija100/;
Allah niwe wambere
Hajj Seguin ✋
Munjyemureka nabandibavuge
Kd muzarimbuka yesu numwami ibihe byose izompaka zanyu zizashira
Munyeneza ko Ubwiru bwubu Mana burakomeye Imana ishobora byose muriyo
Asalam alaikum warhimaturllah wabarakatuh dawa rwanda tv allah abashyigicyire ndabakunda
Hagize umpa link ku nyigisho zivuga kuri kuriya kuntu abantu abasigaye biyita abahanuzi aho biva cg kuriya bavuga ngo bavuye abantu
Korowani nigitabo kigari icyo Man ahubwo nigitabo cyabantu nkamwe nimumenya Yesu muzaba mumenye niMana
Yaaw
Byiz cyane
Imana ntakibazo ifite kdi ntago impaka zanyu ntacyo zimaze uretse kwiregereza ho abantu imitima yabo
Sompaka bari gushakisha inzira yukuri muvandi wirakara
Mansha Allah🙏🙏
Ni Khadija ndagukund cyaneee
Yohana 14:1
Uzakore debate,n,abapasteur batwing,nka gitwaza,masasu,najye umuvugabutumwa,reka kucanga nabatarakomera mugakiza
Non batora Abantu batazi bibiriya nn kuberik badator abizijambo ryimana
Gusabo bagabo nibigugu je ndabahay ngwinka ivyo nibaz vyanyu ntibibaho kuk barananka ko avuga
manshaallah
Uwomugabo yisubireho iyosideba ntarekangonabandingobavuge
Manshallah more blessings to you guys,
Nihatari ntanubwo bazi ibyo kwisobanura
None uwomugabo wumuyisiramu kwatareka ngwavuge nuwomuclisto?
Ndenda nanje mu magare migiterane ngicyo
🇧🇮🤝
Oscar numuswahili mubandi ntamurongo numwe azi muri bible soma yohana1 :1 niho mumenya neza Yesu uwariwe
Noneho iriya Mirongo ya Bibliya ntabwo uyemera soma Yohana 8:40
Kubitaaaaaa
Uriya nuwabo bari kwiburanya kuko osikari ntazi bibiriya ntacyo batweka osikari yavuze
Oscar twariganye rwose nagukunze kuba watinyutse guhangana
Allah abishimire 🙏🙏
Seguin yamize Bible
Oya ntabwo aeuguhangana ,nukugaragaza ukuri kw'imyemerere umuntu akwiye kwimika muriwe. Ariko aba ba kristu nubwo abenshi tubona bagendana ibitabo ariko ntabw bazi ibirimo.hhh Jazak Allah khairan ba Islam mwese mwagize icyo mukora ng iki giterane kibeho kbs.
Uyu mugabo ntazi nabibiriya kdi ntujya impaka n,abibiriya utayizi ntazi ntazi na Koran uyu yaje gukinishwa ikina mico