Pastor ati:Mbabazwa n'abaislam batemera Yesu ko yapfuye kubera ibyaha byacu /Haj Seguin nibyo koko?
Вставка
- Опубліковано 18 лют 2022
- #Rubangisa_Sulaiman #Dawa_Rwanda_Tv #0788682703 #0738278248
Dawa Rwanda Tv ni urubuga rucaho inyigisho zitandukanye z'idini zigamije gufasha abaislam kurushaho gusobanukirwa Idini yabo ndetse n'abandi batari abaislam bibafasha kumenya no gusobanukirwa ko Ubuislam ari idini y'ukuri.
Ni kubwiyo mpamvu Dawa Rwanda TV isaba buri wese wifuzako izinyigisho zakomeza gukorwa ndetse no gusakarizwa abantu ko buri muntu yabigiramo uruhare atera inkunga murwego rwogushyigikira iyu murimo.
Ushobora gufasha unyuze kuri Mobile Money +250 788682703
Airte Money +250 738 278 248
cyangwa muri
GT Bank Kigali Account 222/241578/4/5106/0
Swift code GTBIRWRK.
KCB Account 4490796536 Kigali Rwanda
Ukaba nawe ukoze ivugabutumwa kandi uzaba uteye inkunga Dawa Rwanda TV.
Abamwakiriye Bose yabahaye ububasha bwogucika abana b,Imana
Igihe kigiye kungera maze ibintu bigasobanuka mwitonde ibyi Imana nukwitonda.
Mureke kuyobya Abantu nimukomeze musome Abakorintu 15:20
Mujye mukomeza muramwe urikuzimu imana yacu iba mwijuru yesu yaravuze ngo tuzararame turebe mwijuru niho gucungurwa kwabera kuri
Amen
Abamwemeye yabahaye ubushobozi kwitwa abana b imana❤
Imana niyo nkiru
Allah akomeze abongere ubumenyi mukomeze kudufasha gusobanukirwa idiniyacu amina
Yesu numwami sinzigera muvaho ese komutemera yesu 🙏 muzaryanwa nande mwijuru
Inkuru Nziza Yesu yarazutse,kandi na nyuma ye hari abandi bazutse ku bw'imbaraga ze, mwavuze ukuri rwose iyo atazuka abamwizera baba bababaje nibyo bizera , bigisha biba bibaye ubusa, ariko noneho si ubusa kuko yarazutse.
Allah akbar. Allah akbar. Allah akbar Allah akomeze abaterinkunga mukomeze mukwirakwize ubutumwabwe
Murekaba yisiramu kuko ndibemera kuguhumwanya
Wokuvuga bareke kukomu
Hamedi niwebagereranya
Na Yesu
Bavandimwe ba kirisitu ntimukavugire Yesu ibyo aravuze pe!
Umwisilamu asobanurate ibya Kristo
Rwose ntimukirushye mwivugire Mohamad naho Yesu ntawe mwashobora uwo utizeye ntiwamusobanukirwa
Alleluya Pasteur wabwire abo batagenywe muri Kristu , Kandi imbara zabo ni nu Kuko ya abandi , Yezu yabwiraga abayahudi ngo nibatamwemera bazapha bazi kutamwera , abaslamu mutazapha mushire .
Abantu bose batizera imbabazi Imana yaduhereye muri Kiristo bazapfana ibyaha bya bo n'ubwo baba basenga mu idini iryariryo ryose! 1 Yohana 5:20 Kandi tuzi yuko Umwana w'Imana yaje akaduha ubwenge, ngo tumenye Iy'ukuri kandi turi mu Y'ukuri, kuko turi mu Mwana wayo Yesu Kristo. Iyo ni yo Mana y'ukuri n'ubugingo buhoraho.
Ibyo nukuri pe
Man'shaa Allah
Alhamdul llah rabbal aalamiina
Allah ajye abaha umugisha bavandimwe bay'islaamu
Abaislamu murasabwa kwemera Yesu by ukuri nk Umwami n Umukiza wanyu kuko na korowani irabibasaba
Utuzeyi Yesu upfana ibwaha
Barababeshye Yesu yarazutse
Yesu ashimwe abaslam ikibazo musoma ibice bice musome muhereye 1 abakorinto 15:1-22
20 haravuga ngo ariko Kristo yarazutse ni umuganura wabasinziriye kuko ubwo urupfu rwazanywe n'umuntu,niko nokuzuka kw'abapfuye kwazanywe n'umuntu.
22 nkuko bose bokojwe gupfa na Adamu,niko bose bazahindurwa bazima na kristo...
Abaroma 5:12 kuko bimeze bityo,nk'uko ibyaha byazanywe mu isi n'umuntu umwe,urupfu rukazanwa n'ibyaha,ni ko urupfu rugera kubantu bose bakoze ibyaha
Usome 15-17
Imana iguhe umugisha rwose.bajye bareka gusoma umuronko umwe 1abakorinto 15:20
uriya muntu bazanye ntago ari pasteri nuwo bizaniye ngo babone uko bemeza abantu muri turiya tugambo batoraguye muri bibiliya, kd urabonako nta n'ijambo bamuha, nibyo basobanura ntibijyanye n' ikibazo bamubaza.
@@healthylife2166 I'm
O
Uvuzeko urupfu rugera kubantu bakoze ibyoha bose murumvako namwe muhindura yesu umunyabyaha kuko muvugako Yapfuye,ubwo c Urumva ibintu byose mutivuguruza
Yesu yazize ibyaha byacu
Yoooo bano bavandimwe mbagiriye Impuhwe disi.
Kubereko bahishe abantu ukuri 1cor15:20-23
Mujye mwereka abantu ukuri mutagoreka ijambo ryImana musome neza 1abakorinto 15:1.ukomeze ugeze 20 bibapfukirana musome neza icyo give cyose
Quaran 19:33_34 na korowani irahamya ko yazutse
Quaran42:13
Quaran2:97
Quaran3:11(abakurikiye Muhammad bose)
Quaran19:71 musome neza mutayoba
Umuntu wese utemera Yesu kristo ko yapfiriye abantu ibyaha muzarimbuka kuko niwe nzira yonyine ijya kumana
Kuko Allah aravuga ati abamukurikiye bazarimbuka.Allah yamaze kubyemeza Quaran19:71
Allah ati abakurikiye Muhammad ni abakafiri nkabo mugihe cya Farawo korani3:11
Korani ivugako ubutumwa Muhammad yigishaga yabuhawe numwanzi wa Jibril(marayika Gaburieli,ubwo se umwanzi wa marayika wImana ninde?) korani 2:97 musome Quaran neza
Korani 57:26;27
Korani 19:33_34
Asalaam alaikum wallahmatulah wabarakatuh,bavandimwe bavuga butumwa ndabakunda munzamurira Imani Allah abahe jana
Ibya Yesu utarabyarwa na se ntiwabimenya kuko sibyinyama na maraso bisa kandi bitewe nuko abizera Yesu tudakora isuku yu mubiri gusa tubanza iyu mutima ibyacu ntimwabimenya ibya Yesu kuva kera bimenywa na banyamwuka abanyamubiri ntibabishyikira cyokora utazagira ukuri azarimbuka muve mumadini mukore ibyo Imana ishaka mukiranuke kuko ntadini rizajya mwIjuru imirimo umuntu yakoze akiri mwisi niyo izamubesha mwIjuru so samadini
yesutuzomukundagushikagaruste ❤
Mazinge
Yesu ahimbazwe iteka ryose, knd abamwizeye bose yabahaye kwitwa abana be. Amen amen
Ark mujye mutumira abavuye muri Islam eg: Annicet Niyomugabo
Niwe wababasha ntibemera ko unabasubiza Reba ukuntu bari kumutera ubwoba hhhh kristo ni urutare niho itorero ryubatse nimukomeze wibere muri uwo mwijima ariko mbisabire nimwakire Yesu nk'umwami numukiza wubuzima bwanyu mureke amajini
Abaheburayi 4:14 Yesu ni umwana w'Imana
Ariko buriya umuntu utemerako Imana ibyara wamubwira ute ko Yesu yapfiriye abanyabyaha koko kubyara kw'Imana ni muburyo bwu Mwuka hanyuma gukizwa ibyaha ni muburyo bwo kwizera Yesu ntiwabibwira utabizi ngabyumve kuko ubwo bushobozi ntabwazi
Ma shaa Allah tabaraka'Allah.
Byiza cyane.
Alhamdulillah to be a Muslim.
Yesu yazuye Razaro bavandimwe babayislamu mwikwirengagiza Yesu iteka azahora ari uwa mbere
Biragatsinwa kugwa muri nyabarongo uyita ikiziba icakora ijambo ryImana rivuganezako abatarizeye inzira yumusaraba arabana bokurimbuka pole Saaanaa 😭
mashaallah
Yesu we yarazutse kuko ya nazuye razaro
Iyo Bibiliya ya polo harimo amakosa menshi , ntabwo ariko bimeze pe , ushaka gusobanukirwa neza uzazane umunyagatolika Bibiliya Ntagatifu , apana Izo Bibiliya zi buchupuri , uzanga at ariko bimeze , none aho ngaho mubanyakorinti 15:12-15
Umuhanuzi Yesaya 52:3 :mwaguzwe ubusa muzacungurwa nta feza utanze.icyakabiri gihamyako twacunguwe n'amaraso ya Yesu. Abefeso 1:7 niwe waduhesheje gucungurwa kubwamarasoye ariko kubabarirwa ibyaha byacu.icyagatatu gihamya abaheburayo 10:10/ ibyahishuwe 1:5
Allah akomeze abagure mu bumenyi
Murakoze kyane jye naridi gusobanuza ngo izina RAMU risobanuriki nukuri mwamfasha kabisa
MUhamadi si umunyarwanda na Yesu si umunyarwanda kd mwavuzeko Yesu ari umwana w'Imana niko biri ninawe nzira ukuri n' ubugingo, ntawe uzajya kwa Data atamujyane, mwese nta kuri mufite, uyu ntago ari pasteri ni uwo bazanye ngo bemeze abantu, pastor se yahinguka muba Islamu ate, nawe ntago azi bibiliya, buri wese yigumanire, kd ntawahindura ibyo undi yemera. ukuri kuzamenyekana, aba bari kwitwaza bibiliya ntago bazi bibiliya utu tujambo batoraguramo ntacyo tumaze. kd naho wabereka ukuri kwa bibiliya ntibakwemera.
Bazabona ishyano abakerensa agakiza k'Imana yaduhaye binyuze muri Yesu kristu
Komera
Gukotera ku mwami yesu is yose irakwemera ndetse na satani arabyemera uber nuko ajya yihagararaho namwe ibyanyu byagiye hanze turabizi ch gukunda,impiya nigiye kubarimbura barohereza inka zo kwirayidi 4 mukabaga imwe izindi mukazigabana bigakorwa nabayobozi ngo nabamenyi da cyakora mwamenye ubujura namatiku no kwikubira mwarangiza mukishushanya 😊
Waleykum salam warhamatullah wabarkatuh, tubahaye ikaze reka ntege amatwi ndahamya ko haricyo ndi bukuremo , indi comment ni nyuma ...........
Abasiramu rwose muragowe cyane peee
Pl sn wakristo
Assalamu walaikum warahamatullah wabarakatuh Allah ajye akomeza abaturindire bamenyi beza!!!!!
Yesu mwami wajye nzakunambaho
Wallah ndabasabye rwose mudufashe muzaze no kumagarage mugatsata Aho bita mucyerekezo kuko nibyo kd birakwiye
1 Abanyakorinti 15:20
Ariko mu by'ukuri Kristo yarazutse, atubera umuganura w'abapfuye bazazuka.
1 Abanyakorinti 15:21
Nk'uko urupfu rwazanywe n'umuntu umwe, ni na ko kuzuka kw'abapfuye kwazanywe n'umuntu umwe.
Mwakwigisha kiristo mutamuzi mutamwizera mute uwo twakurikiye turamuzi .
Abasiramu murantunguye,burya ntimwemera ko Yesu yazutse!
Muzamenya ukuri kdi Niko kuzababatura
Abaislam rwose bayobya abantu, bazajye babasomera imirongo yose kuko finally uwa 20 gukomeza wemeza ko Kristo ariwe kuzuka kdi ko nabamwizeye bazazukana nawe.
Alhamdulillah kua muIslam
Alhamdulillah
Yesu❤
Pasteur wikwinyuramo , Imana yari yarababwiye ko nibarya kuri kiriya giti bazapfa. icyo Kiristo yadukijije ni irwo rupfu si imibabaro yazanywe n'icyaha! Icyo kuzuka si ukuzuka kwabo bahambwe mu marimbi, ahubwo ni kuba muzima mu mwuka, atari mu mubiri. Abefeso 2:4 Ariko Imana kuko ari umutunzi w'imbabazi, yaduhinduranye bazima na Kristo. ntadini narimwe ryigisha umuzuko wa Yesu, bose bigisha umuzuko w'abapfuye ( abashyinguye mu marimbi) !!!!!
Impamvu aba bagabo baburana urwandanze bagasa nabarutsinze ni uko nabo bajya impaka mbona bjegera kdi ngo ni aba Pasteurs cg sha ni ba bacollecteurs bamaturo gusa?aha Imana ni iyera gusa ntakindi mvuze.
15: haravuga ngo : Bamaze gushikira amafaranga bagenza uko baribabwirijwe . Nuko Iyo nkuru iyogera mu Bayahudi kugeza na n’ubu .Iyo ni Nkuru nziza ya Yezu Kristu , aragasingizwa Kristu.
Mujye musima igice cyose mureke gusoma umurongo gusa. Mureke kugoreka ubutumwa bwiza Yesu Christ
Cyokoze iyaba mwese hari uwari kwiyongerera iminsi yo kubaho buri wese iminsi ye nurangira azacaho ahubwo mujye mutekereza aho muzajya nyuma yuripfu
Mwabantu mwe ndumurokore arko banteye imirongo ndemera
Please continue read 1korinto versec 20
"Ngo twubaha imana ntitwubaha ibirenge byayo "inalillahi wa Inalillahi radjiruna 💔
Sha mujya impaka maze musoma agace ka bibiliya mukazabiranya abachrist mukabacanganyikisha bakabura icyo bavuga.niko se ye kuba yesu yaravuzeko abayuda nibatizera ko ariwe bazapfana ibyaha byabo ni igitangaza?nonese ko mbona muzi bibiliya mwakomeje ayo magambo yohana8:21-30maze mukongera kuvuga ko yesu atari umwana wimana?yesu si intumwa nka mahomed imana imuhe amahoro nimigisha,yesu n'imana ni bamwe mucyo twita ubutatu bwera aribwo Imana data
Imana mwana(yesu)
Umwuka wera
Ok . tugende 12: ukuntu havuga , ni bwo bateraniye hamwe nabakuru b’umuryango nuko bajya inama : nuko Baja abasirikare amafanga .
Umva kandi, icyo mpfa namwe wagira ngo sinzi. Yesu yaje kuducungura urubanza rw'ibyaha n'imbaraga mbi zabyo, naho ubundi igihe umuntu azaba akiri kwisi ntazabura kuruha nikimenyimenyi namwe muri indushyi
Disi Islam yubakiwe ku kinyoma kd basoma uduce gusa bigatuma bayobya abadakomeye mwijambo
Gusa Yesu Kristo yarazutse kandi yagiye mwijuru kd azagaruka kd abatamwizera ntibazabona ubugingo kd ibyo babamo byose bizarangirira muri gehinomu.
Ikibabaje nuko musoma uduce komudaheza imirongo?
Ahoniho mutsindigwa👇👇
Kristo mu misi yabaye mu mubiri, amaze kwinginga no gusenga cane iyashoboye kumukiza urupfu, atakamba cane arira, kand' amaze kwumvirwa kubgo kuyubaha kwiwe, naho yar' Umwana, yigishwa kwumvira Imana n'ivyo yababajwe, kand' amaze guhingurwa rwose, abera abamwumvira bose inyanduruko y'agakiza kadashira: Imana imaze kumwita umuherezi mukuru mu buryo bga Melekisedeki.
Abaheburayo 5:7-10
15: 3 honyine hemeza ko yesu yapfuye arazuka ,na 15 :12 asoma arajijisha agasoma adakurikiza utwatuzo,ariko icyo haremeza ko abatement kuzuka
Bakiristo ntiyobe muyobejwe nabababwiriza ibyo batazi basoma imironko yo mugice ntibasome inkuru yose
Urugero nibasome: 1abakor15:20,21,26.
Nimwigishe ibya Muhammad wapfuye ntabashe kuzuka kuko ntaho yarafite handi ajyana abo yigisha uretse murupfu rudafite kuzuka, ariko Yesu Kiristo twizeye yarapfuye kandi arazuka ariho ni muzima namwe ahubwo nimuve mubuyobe mumwizere.
Nimutizera yesu kristu muzapfana Ibyaha byanyu
muraho reka dufashe uwo mukiristu
Adamu na Eva bakoze icyaha cyo
KUTUMVIRA kuko bariye ibyo babujijwe rero kuba abagabo biyuha akuya n abagore bababara n ingaruka z icyaha Yesu yaje gufasha abantu kumvira Imana twibuke ko Imana ari urukundo
Bityo rero nta muntu ukunda mugenziwe wamukorera icyaha
Icyaha: no ikintu kigutandukanya n umuntu ndetse n Imana
Murakoze
Nijye nzira n.ukuri nubugingo
Hahahahahahah ustadh Wakwetu man shaa Allah tabarakallah
Yesu yarapfiriye . 1korinto 11:25-27 niyo mpamvu yadusabye kujya twibuka urupfu rwe.
Ma sha All
Twentitwemera impaka kuko bizana intonganya guceceka kuwo mugabo nuko ari umunyabwenge
Yesu niwe nzira nukuri nubugingo ntawe uzajya kwa data atmujyanye .utamwizeye azacirwaho iteka.
Nanone ibyo mukunda kuvuga ngo yatumwe kubanyayisaraheri gusa. Musome Yohana 12:32,Yesu yarivugiye ati nimanikwa hejuru y'isi nzihererezaho abantu bose. Nanone amaze kuzuka yabonekeye abigishwabe 11 apana 12 kuko yuda yari yabavuyemo,yarababwiye ati nimugende mwigishe amahanga yose abazemera muzababatize mwizina ry'Imana data na Mwana na Rohomutagatifu.
YESU yarazutse
Ooooooooh mbega ubupagani bwa abavandimwe baba Silamu asomye 1Abakorinto.15:12---19 hhhhhhh😂 birasekeje ngaho nageze kuri 20 hanyuma akomeze Yesu nashimwe iteka yarakoze Amen Yesu 🙏
Muzabonishyano kumusiwimperuka
Niwenzira nukuri nubugingo ntawujyankadatatamujyanye
Ntabwo mwemera ko yazuke Koko ndumiwe none ubwo kwizera kwanyu namwe ntamumaro mutizera ko Yesu kristo yazutse
Basilamu bavandimwe Mujye mwemera kd mureke guhagarara kumafuti yanyu
Muje musoma icye cyose uretse kubesha abantu..kandi na shatani yasomaga bibiliya
Matayo : 28 : 11 , haravuga ngo abagore bakiri munzira ,bamwe mu bazamu baza mu murwa kumenyesha abatware babahererezabitambo ibyari byabaye byose .
Abakristo mukeneye kwisomera Kandi mugasobanukirwa bibiriya uyu mu islamu arikubeshya arahakana ko yesu yazutse kanti uhakana umuzuko wa yesu wese ni antkristo kuki atakomeje asome 1abakorinto 15:20-25
NTIMUKAYOBYE ABATO MUKWEMERA! Mukoresheje amagambo amwe mumagambo y,ibice mujye musoma igice cyose
Soma 1bakor 15:1 ---urangize igice
Bavandimwe nanjye murambabaje kuko mutazi yesu
Yesu numwami numukiza
Yesu ni muzima irumfu ni rwamuheranye shimwa Yesu kristo mwami wabami.amahoro yusuye nayasanze muri kristo Yesu
Muge musoma umurongo kumurongo kuko Iyo usomye Agace gato ntabwo usobanukirwa
Yesu mwene maria yaje nkigitangaz cyagatat mwis kucyi mutemer ubushoboz bwiman ese kuba umuntu ashak indonke.agasobanur ikinu uko agishak byibuz wowe njyewe dushak kwemera byanyabyo dushak umuremy byanyabyo imana ninyemuhwe kubiremwa byay kand yahay umuntu kwigenga umuns wibihembo nibihan bizaza nyagasan wandemye mugitak gisuzuguritse azabane nanjye nyagasan waremye isi nijur ndagusab kubana nanjye kuko utanga byos mana
Nigute umuswa azagukora impaka naba doctori koko
Uyumugabo wumukristo nimuswa kbsa birbabaje kbsa
Mpise nange neza isirama kbc mundangire uku nakibera umusiram
yaeh usubij nez😊
Musomera bibiriya mumubiri muriguseka mubyo muzariramo ntushobora kumva bibiriya munyuguti kereka amaze kumwizera igihe mutarakira yesu kristu muri abapfu ntimwasobanukirwa nibyanditswe byera
Yavuze ngo kugira ngo Umwizera wese Atarimbuka!
Ukuri ni uku : abaroma 5:12 yesu kritso yaraducunguye abaroma5:18
Abatemera ibi bizabagora
Hama 1colinto15_20 kubandanya havugiki muriko mutanga lmirongo y,ibice muzimiza abantu.
1abikorinto15:20 kukokristro yazuste mubapfuye abakolosayi1;1_20
Yes,icyo nikimwe mubihamya ko ukwizerakwacu ari ukuri.
Icyabyawe numubiri cyiba ari umubiri,niyompamvu Yezu cg Yesu yavuzeko abamwizera bahabwa ubugingo buhoraho ntabwo ari umubiri uhoraho.
Yesu yarazutse ni muzima gusa abasiramu ntibaguha umwanya wo kuvuga kuko bashaka kumva ko muhamedi ariwe uvugwa,ariko Yesu ni muzima
Kuko bible ari imyanja bagiye abafata imirongo yomwisezerano ryakera ihakana yesu akaba Ariyo bifashisha baburana
Yesu yarazutse
Bene data bakundwa ,muge mureka kugoreka ukuri.Ijambo ry'Imana n'ukuri Kandi ukuri niko kuzababatura
Ahubwo hari abakoresha bibiriya nabi
I still wonder in this era of internet how someone can still be a Muslim. Yahana 8:24 aha wamusyisiramu yasomaga haramusubiza neza
oscar bravo
Nukomeza gusoma hasi urasanga haraho Yesu yavuze ATI"nimutizera kondiwe muzamfana ibyaha byanyu.