Umugabo ati ndumiwe imirongo musomye yose nukuri.// Nanjye ngiye kujya nsenga nkuko Yesu yasengaga.
Вставка
- Опубліковано 8 чер 2022
- #Subscribe_now #Like_and_Share #0788682703
Niba wifuza kutugana kugira icyo uvugana na Dawa Rwanda TV cyangwa hari ubuhamya wifuza kudusangiza bushingiye kumyemerere aho uherereye ku isi waduhamagara kuri iyi Numero + 250 788682703
Dawa Rwanda Tv ni urubuga rucaho inyigisho zitandukanye z'idini zigamije gufasha abaislam kurushaho gusobanukirwa Idini yabo ndetse n'abandi batari abaislam bibafasha kumenya no gusobanukirwa ko Ubuislam ari idini y'ukuri.
Ni kubwiyo mpamvu Dawa Rwanda TV isaba buri wese wifuzako izinyigisho zakomeza gukorwa ndetse no gusakarizwa abantu ko buri muntu yabigiramo uruhare atera inkunga murwego rwogushyigikira iyu murimo.
Ushobora gufasha unyuze kuri Mobile Money +250 788682703
Airtel Money +250 738 278 248
cyangwa muri
GT Bank Kigali Account 222/241578/4/5106/0
Swift code GTBIRWRK.
KCB Account 4490796536 Kigali Rwanda
Ukaba nawe ukoze ivugabutumwa kandi uzaba uteye inkunga Dawa Rwanda TV.
Abazimu nabadayimoni bashe mwizina Rya yesu kristo umwami numukiza wubugingo bwacu Amen.
Mashalla. Asalamulayikumu walahmatululahi Wabarakatu. Wallah izi nyigisho zirakenewe Kandi imana. Igumye kubaha imbaraga zo kugumya. Gusakaza ubutumwa. In.shalla
Ntarindi Zina ryahawe abarimwisi dukirizwamo uretse Yezu Kristo.
Mansha Allah !! Nukuri akazi mukora ALLAH ajye akomeza kubishimira kandi ibyo mukora ALLAH ajye abibahembera!!
Mumeze nkabafarisayo Yesu nUmwami mUmwami nUmwami ntacyo muzabihinduraho
Kd ni Inzira yukuri nUbujyingo ntawuzajya kuMana Atamujyanye
Niwe kuzuka nubugingo umwizera naho yaba yarapfuye azongera abeho
Mumenye ko arumwami mumwemere kd mureka akavuyo Yesu wacu muramugana akavuyo
Ariko muce bugufi numumyembabazi
Zana aho byanditse
Yayoboye ubuhe bwami !
Asalam alaikum walahmatulah wabarakat. masha'Allah wallah this is so wonderful nukur mutanga inyigisho nziza cyne muzaze ni kabuga ndabasabye Allah azabashoboze lsha'Allah
Ijambo ryima muvyageze 17,27 yesu yavuze ati nijewe mwami wisi nijiru kandi Nije mwami wisabato
Mutubwira ibya yesu tukumva mufite ukuri pe (ni intumwa)ariko muzadusobanurire MUHAMD Mutubwire 1 ibyo imana yamutumye 2ibyo imana yatumye yesu 3 impamu imana yatumye babiri
Aha ntakindi umuyisiramu yagusubiza usibye kukubwirako Yesu yatumwe kubisiraheri gusa naho Muhamadi agatumwa kwisi hose,Kandi Yesu arivugiye ATI Yohana 12:37 nanjye nimanikwa hagati y'Ijuru nisi nzihererezaho abantu Bose.
Ibi bintu birambabaje kweliii??
Mwahuye n’utazi ibyanditswe byera none mwishimye karahava😭😭😭 yesu ni umwami(References ari imbere ya pilato amubaza ngo uri umwami, Roman 9:10, Colossians 1:15.....nahandi henshi)
Indimi zose zivugwa mw’isi zaturutse kuriwe kuko abazikoresha bose baremwe nawe (ibyakozwe n’intumwa 17:22-26).
Ni dawa rwandaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaa ndabakunda
Harandiste ngo ubutumwa buzagera kwisi hose isi yose x ikoresha ijyarabbu?? Twigishe ibyerekeye Yesu apana idini kandi ubutumwa bwamaze kugera kwisi hose rero ijyo tugomba kwamamaza ni byo Yesu yakoze
Yohana 18:37 Yesu ubwo ahamya ko ari umwami
Yooooh urakoze cane mugenzi burya Hari abakirisu baba batarakura kandi ntibafate umwanya mwiza wokwigishwa nicogituma vyoroshe cane ko bananirwa bakagwa
Urakoze Cyn waba wasomye imirongo yabanje yesu we avugako ubwami bwe Atari hano kwisi ubwami avuga Nuka yanze ko abigishwabe barwanya abayuda. Aha yesu yashakaga gusohoza ibyahanuwe Niko yavuzeko Ari ubwamibwe buzaba mwijuru Atari ku isi
Ibibiganiro n'ibyiza ndabikunda cyane pe! Akose buriya natwe mwazadukoreye dawa. NGOMA, RUKIRA, KIBAYA
Gusa mfite igitekerezo ahomuzaza mukoresha igiterane muzaza mwamamaza dawa Rwanda kugira abantu bazaze bobona ururubuga kuko Hari abataruzi Kbs Kandi ndabashimira kubwa dawa Rwanda yamfashije cyane Allah akomeze kwagura ibikorwa izamenyekane mugihugu hose
Byiza Kbx
IKORA ITE IVURA IZIHE NDWARA ?
ManshAllah
Allah azakomeze abahe ibyiza kandi azabahe ijuru rye
Ibikorwa birivugira
Amiin yaa rabbi
Icyampa mukamenya ukuri, ahari mwakihana, kubw’ibyaha byanyu n’imirimo yanyu mibi!
Ese ubundi ko mutamwemera nkaba numva ariwe murimo gutangaho urugero kweliii 😢, ese ko mumwemera nkinzira n’ukuri n’ubugingo cg ni conviction ya public ibari imbere 😢😢😢😢 uwabanyegereza gusa maze nkabibariza, ubundi ibyo muvuga bigakama kubw’ubuntu bw’Imana.
nshuti ntago yesu tumuhakana ko atari inzira kuko atari inzira ntago twakora nkibyo akora kdi twemerako yabyigishije kdi niba uri tayari kubaza nkuko ubivuze turi tayari kugusubiza kdi ibisubizo byumvikana byo mubitabo apana imyumvire yabantu
Ubundi umuntu udafite umwuka wera yivugira ibyo ashaka kuri bible aba nta nikintu umukristo yakabay avugana nabo Umwuka wera abasange abasobanurire musengeshe umwuka iteka mu bihe byose byo gusenga kd ntimwishushanye nabiki gihe,,,,,, icyo mubura ni umwuka wera ngo abemeze ibya Yesu kuk na petero atarahabwa mwuka wera yihakanye Yesu , ariko umunsi yamuhawe yamwamamaje ashize amanga !!
Islam we muranshimisha p
Uziko mugera kuri bibiliya tugatsindwa
Musome Matayo 3:17. Nguyu umwana wanjye nkunda nkamwishimira
Allah abahe umugisha mwinshi
Allahuma amiiin
Kubama ntabwo aruguhena iyo uvuze kubama nukurambarara hasi natwe mubutayu turarambarara hasi naho kugenda nkuko Yesu yagenda nukugenda dukiranutse
Allah awawezeshe ningeomba mukafika Burundi bujumbura
Imana niyo nkuru
Mabere Mabere Hariho Jambo mumenye ko yesu ari Umwami
O Allah, send prayers upon Muhammad and upon the family of Muhammad just You as have sent prayers upon Ibrahim and upon the family of Ibrahim, and bless Muhammad and the family of Muhammad just as You have blessed Ibrahim and the family of Ibrahim in all the worlds, verily You are the Praiseworthy the Glorious.
Yohana 18:37 aha Yesu yihamya ko ari umwami.
Masha Allah Tabarakallah ❤❤
Mwabonye uwo mwifatira sha
Imana izabahe ijuru nukuri
Ikibazo cyawe nikimwe usha ka kuvuga wenyine
Kwirata idini sicyo kizajyana abantu mu ijuru ahubwo be tuzajyanwa nuko twakiranutse.
Muzotinda mukizwe izondimbo muririmba Yesu arabareba umusi umwe muzokwisanga muri Yesu neza
Ibyomwakora byose mumenyeko yesu numwami wabami ntawuzamusimbura munzira yukuri nubungingo
Mwubahwe kwel Allah abubahishe
Mwazazanye pst teogene inzahuke
Ahubwo pastor Michel zigirinshuti😍
Hari naho yivugira ATI nahawe ubutware bwo mwisi nomwijuru.
Akumiro ni amavunja. Muhanganye na Yezu Kristu wabayeho mbere y'uko mubaho. We ntiyangana namwe, kuko yabaremye nka Jambo wabanaga n'Imana akaba Imana n'Umuremyi (Yohani 1, 1-30). MUCECEKE, KUKO NTIMUZI IBYO MUVUGA.
Seguin! Wikwishuka ngo ushuke abandi.
Ikindi ni uko aho Yezu Kristu yavukiye bavugaga Icgarameya n'Igihebureyi . Uretse ko n'indimi zose azivugiramo. SEGUIN! URI UMUSWA
Kurikira ibyo bavuze ureke umujinya
Imana ikubabarire ntuzi uw wisw umuswa
@@chadiagitangaza4529 umujinya uwubonye he? Kuvuga ukuri se ni umujinya? Nta na commentaire nzima ukoze ku byo navuze.
@@habonimanarahmat3628 ni umuswa rwose. Ni we kandi wishyize hanze
@@Padiripierrot relax
Ubwambere nambere jambon yariho kanduwojambo uarimana kanduwojambo yahoranye nimana muvyaremwe vyose ntakintu nakimwe kitaremwe nawe
Ubwo ntabobiriya yasomye
Amin Allah Allah 🙏🙏🙏💐🌹💫
Amiin🙏
Mashalla🤲🙏
Bafashe uturongo two muri bible two kwifashisha ngo basenye abakristo and this is bad. Uko bimeze kose Kristo yaranesheje.
Aba sheihe bacu mwadufashije mugahura nuwo bita paster theonest
Musome muri Yesaya 9:5
Yohana 14:6-7
Maashaallah Maashaallah Maashaallah Maashaallah Maashaallah Maashaallah ❤❤❤❤❤❤
Allah akomeze abatere inkunga
❤
Abantu barigukura
Abantukuriyyesu
Babajyanakurimbuka
Mashallah
Sege Allah ajya amuhozaho abamarayika
Maa nshallah
Mashallah vyiz can 🤲
Naam
Muzabahuze na mbebayinzungu
Nonese yohana ntabwo ariwe wabanjije kubatiza abantu? Umurimo wa Yesu ntabwo wari uwo kubatiza kuko nawe ubwe yabatijwe na yohana gusa uwo muntu mwazanye wiyita umu christo nawe ubwe Ni nyamujya irya nino ibyo avuga nibyo akora ntabyo azi
Niko kuri.yumvise Bibilia ntabwo yayisomye
Asalam alaikum wa rahmatullah wa barakatuh, mumeze mute
Abayislamu hano muri kwigisha iki? Cyangwa nukwishakira abayoboke? Ikindi ntimugasome akantu kamwe ngo abe ariko mushaka kwangisha abantu Kristo
💜🧡💛💚💙
Ntujane nyabahururu?!
Allah akbar
Komera
Yohana 1:1-12
Allahu Akbar
Ntacomvuze ndihitira
Nta ikintu kizima na kimwe muri Islam.
Byose ni ibyo bagiye bigana hanyuma babigira ibyabo . Islam ryari idini rya Abraham , none aba Swahiri barigize iryabo.
Ni akumiro pe !
Vahoo
Udasobanukiwe azaze mugiterane nuwo Uzi ibyanditse azaze yitwaje bible
muri Israel bavuga icyarabu hahahaah, Jesus, ngo yavugaga icyarabu, Yavugaga icyaramu ni igiheburayo, muge kwiga bavandi.
Umira kwibanga mwemangire Yesu ntibagukoreshe ivyo udatahura
Seguin arimo kuroha abantu ikuzimu abakura kuri Kristo
Ubisomahe !!!!!
Genda ahubwo akurohore nawe warayobye
Ibyo uvuga ubikurahe nonese ntarikubikura muri bibiliya ahubwo mwe kwinangira mwumve ukuri
UWO MUKIRISU AZABANZE GUSOMA IGITABU C'IJAMBO RYA NDIHO NEZA Hanyuma aheze aronke akanya ko guhangana n'abo bapinga UHORAHO. IJAMBO RIRAVUGA NGO UDAFISE UMWANA NA SE NTAWE AFISE. KANDI NGO NTAWUNDI ANTIKRISTO ATARI UWUVUGA KO YESU ATAJE YAMBAYE UMUBIRI. Reka abo ba anti kristo!
Muramuhohotera uwomuturage
Ibikorane mukirundo
Q791
Islam niy fini yukuru 👊👊👊
Mwabagabo mwe mwaretse gukoresha Bible KO mutayizi?
Nibo bayizi bruh
Wowe uyibarusha bakosore aho babeshye
If the father is the only king,what about his only son.A servant??❌ I pray for your souls u Muslims
Pray for your own soul brother!
@@Ibra_001 You run away from the Truth, okay!!!!
@@Nefilms569 which truth are you talking about?, confirming that Jesus was a king yet he didn't rule any kingdom? do you want me to call jesus God himself???
Nkunda Islam gusa murugo ni abarokore
Kd ndashaka kuba umu Islam nange
Wampamagara kuri iyo Number tukazahura ntakibazo 0788682703 Rubangisa
yego
Bishoboka gute barongozi mutwara abakristo banyu badakomeye my majambo y'Imana kuja guharira n'abashehe ?
❤❤❤❤❤❤❤❤