lbi nawe Urabyibaza? Bihamwa nde? Ubujura ku maturo | bitangwa nande? Ev. Anicet 0788726286
Вставка
- Опубліковано 11 жов 2023
- Christo Ashimwe cyane Tubashimiye Umwanya mutanga Mukurikiye Ijambo ry, Imana k, Umukanguzi tv Imana lbanezeze Ushaka kutuvugisha Call cg sms cg WhatsApp nundi wese wakwifuza Gutera INKUNGA Iri VUGABUTUMWA mwakoresha -+250788726286 HABIYAREMYE ANICET
Anicet kumaturo nawe haribyo utazi urabeshya pe ntuzi ko samweli yavuze icyaha cya bene Eli kitazahongererwa ituro akamaro yari kweza soma abaheburayo 10:9-10 ese yesu yahawe amaturo yohana se yahawe amaturo ese mwalimu na pasteri nuruhe rwego rw'ijambo rubigena ese abadiakoni nabaririmbyi babona iki sha nzaguhamagara
Yesu Kristo Niwe wabaye Igitambo cyacu. Rero nimubanze mutambe imitima yanyu ibe Igitambo gishimwa n'Imana, kandi n'imibiri yanyu yezwe ibe inzu yImana. Rero Uwiteka yabahereye Ubuntu namwe nimutangire Ubuntu. Maze mufashe imfibyi n'abapfakazi,. God bless you
Anict turagukunda cne Arik ndifuza isomo ryi byahishuwe
Imana ishimwe Uwiteka yongere abaramburire Amaboko Tubaze ko tuzi ko Abanyamahanga twagiriwe Ubuntu Kristo Yesu yatugiriye tukabona Agakiza Inkomoko yabanyamahanga niyihe muzahatubwire murakoze
sha kumaturo rwose urabigoretse,kuko Yesu Christ yaje kuyakuraho,nabyo ubivuge neza ushize amanga.Abaheburayo10
Anicet Imana ikomeze iguhe umugisha ukomeje kudufashisha ijambo ry'Imana,nifuzaga ko wazadusobanurira neza icyacumi gishyitse kuko nabaye confused aho hari uwasobanuye ko icyacumi gitangwa mubyo dusaguye tumaze gukuramo depense,kdi ukabona witaye kuri depense ntanubwo bivamo!mfasha rwose utubwire cyane nko ku mushahara ariko ukore hose buri wese asobanukirwe murakoze
Murakoze kudusobanurira ariko mudusobanurire ijamambo Yesu yavuze ngo mwaherewubuntu mutangire ubundi
Urumuntu wimana
Abantu benshi Banga gutura bitwazako amaturo akoreshwa nabi,icyo uvuze bo nibatage bahabwe umugisha, abahawe nibayakoresha nabi, bazaba bikururiye umuvumo :(gutanga guhesha umugisha, kurura guhabwa )
Usenga neza kbs njewe nfashwa ugitangira gusenga turagukunda cane
Imana yamahoro ijyekurinda imbaraga namavuta ugwizubwenge bwubwiru bw Imana ndagukunda cyaneee umugisha wisumba byose ukomeho numuryango wae
Murakoze cyane kuduhugura, Imana ikomeze kubagura mu murimo wayo
Amen! Ndize cyane Imana ikomeze ikwagure Mukozi w'Imana
Imana inshimwe cn❤❤ndaryohewe
Yambaye neza rwose aranaberewe kd mugize neza kutuganiriza ibijyanye no gutura muhabwe umugisha
Imana iguhe umugisha
❤Imana iguhe umugisha
Imana ishimwe kubw'ubwenge bwayo igenda iguha
Ikindi uruhu rw umwirabira n uruhu rutukura cg rwera (umuzungu) bikomokahe muzabitubwire murakoze cy.Muhorane Amahoro (Murumumaro)
Imana iguhe umugisha twarungutse ku bwawe
Courage
Uvuga Imana utuje turagukunda cyane
Ndafashijwe nukuriii Imana ibongere umugishaa
Ndafashijwe cane
Anicet namumenye uyu munsi. Nukuri namukunze. Imana ishimwe cyane kubwanyu.
Turagukunda mukozi w Imana Anicet
You look beyond Yesu azakwibuke kandi udusengera
Amen
Irubavu mahoko nzobanukiwe neza uburyo bwiza bwogutura hallelujah
Isi ifite umugabo wumuhanga turabanyamahirwe kuba tugufite
Mwaherewe k’ubuntu mutangire ubundi, ivyo vyogucuruza impano ndavyumviyaha
Shalom shalom !!! Ibintu utubwira nukuri pe!!!
Ukuri kubyo gutura rwose àriko bivugane gutinyuka nkuko uvuga nibindi
Muzatuganirize no kucyacumi kuko mperutse kumva ikiganiro kivugako Umushahara utagomba gutangirwa Icyacumi ngo keretse wabanje gukuramo Depance zose.murakoze
Murakoze cyane kuko nize byinchi ntarinsobanukiwe
Ese wamfasha ni gute nakora icyo Imana ishaka mugihe ndi mubi ?
Niwihane ivyaha vyawe vyose wizere ko Yesu yafuye akazuka kubwawe niwegere abakozi bimana bukuri atari iryarya bagufashe Yesu kristo ateze ibigaza aragutegereje
Amen u vuze ukuri
Abahanuzi b inzara ni koko bahanura ibibi kandi bakavuishimira disi ko bisohora
Anicet surely I love you
Amen amen blessings
Amen amen🙌🙌🙌
Mbega ukuntu ubivuze neza weeee ndanyuzwe
murababaje .
Iyo umuntu aguhaye 20k ngo gura fanta Cg se ni umuvandimwe ukoherereje bafata mo 2000f uyatangemo 1/10 ubwo ni kumafr no kumwero wibyo wahinze ukeza nabyo ubitangira icyacumi ,gutanga icyacumi rero n’ituro rishyitse nukubanza ukezwa iyo utura utejejwe ituro ryawe ntiribarwa Ku mana uba urihombye
Uwiteka abahaze uburame mwarahezagiwe
Nkunda uko udusobanurira ijambo ry' IMANA
Harubwo umuntu akoresha Wi-Fi zo ku karere cg iza tap &go umuntu akicara muri gare runaka, kubari mu mujyi wa Kigali😂
Amen -Amen
Ese iyo uturiye umushumba akorera imana y'ikigihe, rigira umumaro kuwaritanze??
Ndabakunda
Amen🙏🙏🙏
Uyu mukozi wimana ayivuga neza peeee
Amennn
Numv mfashijw vrmt
31:01 ingabire yubwenge
Uzi gute ko njye nawe tutazasigara mu nyungugu z'Imana zo gukiza abinangiye uri stronge reka turekere ubushake bwa Yesu😢
Ese umuntu aguhaye amafr runaka ningombwa kiyatangh icyacumi??? Murakoze
Ubutaha uzadusobanirire neza icyacumi kuko bivugwah byinshi ese kk icyacumi ni iki? Gitangwa ryari? Gitangwa gite?? Muzakivugeho birambuye dusobanukirwe uko gitangwa
Ikindi hari ukuntu uwo mubana aba atemera nibyo by'icyacumi atabyumva atanabishaka,kdi ari ku mushahara wawe,wakora iki?mudufashe muduhe ukundi kiganiro turusheho gusobanukirwa
Ntuzasenye kubera iyo mpamvu , ntuzakore ikintu utumvikanaho n uwo mwashakanye , kuko Imana ntibayirwanirira. Knd ntuzarimbuka kuko utatanze icya 10 , Imana ikunda umutima umenetse kuruta ibitambo
Stay anointed Brethren❤
Nonese ubwo ituro rishyitse nirihe?
Amen
Muje mutubabarira ,birashoboka ko umuntu atange ituro ukavuga ibingana n ubgenge bgawe,kandi ataruko yaragendereye kugusuzugura.
Urumuntu wimana
Amen
Urakoze cg imana igjhe umugisha