Abadiventiste bibaza impamvu basabwa ibirundo kdi batanga icyacumi bahawe igisubizo. BARARENDEZA
Вставка
- Опубліковано 6 лип 2023
- BARARENDEZA Augustin, Chorale Ndihano Mwami Ntuma @Nyamirambo SDA
Chorale (choir) , umuntu ufite impano, cyangwa ikindi ushaka kugeza ku bakurikira #UmurinziTV hamagara kuri telefone +250788731603 cyangwa utwandikire ukoresheje E-mail: lyhotelyn1@gmail.com
Urumuntu ukuze wishuka abadive babitanga batabitanga ntaco byongera kumwizera wizeye yesu ahubwo mukore nkuko intumwa zakoze mureke kwigwizaho ibyo yesu atakoze
Murakoze Imana ibahe umugisha kandi mukomeze gukurikira no kugeza ku bandi ibyigisho tubagezaho binyuze ku #umurinzitv UMURINZI TV
Murahoneza mudufashe mudusobanurire neza tubyumve neza kimwe mu icumi ko ari icyuwiteta cyabaye icya bapasiteri ryari murakoze
Icya Pasiteri gute?
Naragenze ndabona! Ntabwo ari ibi Umwami Yesu yabatumye kwigisha! Uyu ni umwuka wo kugwiza impiya uhabanye cyane n'ubutumwa bwiza. Biteye agahinda.
Ni uburenganzira bwawe gutanga igitekerezo kigaragaza uruhande rwawe. Hakorwe iki?
Njye ndabyemera , amaturo icyacumi kuko ariya mazi yababwiriza butumwa, abazamu, amazi bakoresha ,umuriro nibindi ntavuze ariko si ngombwa gutanga ari uko mwabwirije ibijyanye nuko mwifuza ikindi umuntu atanga uko ashobojwe bitewe n'umutima ushima naho kuvuga ngo mukorere kurugero mwifuza sibyo!
Urakoze cyane ku gitecyerezo utugejejeh
Erega icyacumi cyabaye icyacumi.intambara.abagihabwaga,ntayindi mirimo bakoraga,ntibacuruzaga,babaga munzu yimana gusa.nono mwe murahinga mugacuruza ,mugakora nakazi gasanzwe,ubundi nabo bakoragamo bagaha abashonje.none mwe ni miru miru.
Wowe wumva byakorwa bite?
Mubanze mwigishe abantu babyumve naho nimushyiraho imbaraga nyinshi abantu babifata nkiterabwoba kandi Imana yacu sinyagitugu
Urakoze ku nama utanze
ibirundo, amaturo byose ndabyemera kandi mbansaba Imana ngo imbashishe kubitanga nezerewe
Imana iguhe umugisha
Ibi ni uburyo bwo gushaka kwigwizaho imitungo ya rubanda mwa badive mwe. Ni gute bibanamira gufasha abakene babarimo ahubwo mukihatira guhaza inda z aba ba Pasteur?
Imana ntikeneye ayo mafaranga mwibeshya
Umuntu wese atange nk'uko abigambiriye mu mutima we, atinuba kandi adahatwa kuko Imana ikunda utanga anezerewe.
2 Kor 9:7
Ahubwo se nigute ushobora kuvuga ko amafaranga adakenewe kuba Imana idakeneye amafaranga ariko aho bayisengera arakenewe nonese insengero zubakwa gute zubakishwa iki!?wibwirako ali amafaranga ava mu ijuru se!?
Courage sawa
Murakoze Imana ibahe umugisha kandi mukomeze gukurikira no kugeza ku bandi ibyigisho tubagezaho binyuze ku #umurinzitv UMURINZI TV
Abantu batanga se kubera ubwoba kuki ababwiriza bakunda gukangisha indwara nge ndabitanga ariko mvitangishwa Nuko nizeye Christo Kandi umurimo we ukeneye gukorwa ku isi yose
Imana ikunda utanga wese anezerewe mu mutima.
@@umurinzitv komeza uyobe Kandi wasanga n' umukene muturanye utanamureba n' irihumye ngo umugirire neza ko aribyo Imana ishaka gusa warukwiriye kumenya yesu naho ubundi ntabwo kuko mu Idini batakivuga yesu bivugira icyacumi n' amaturo n' ibirundo habe no kubwira abantu kwihanza ibyaha.
Kuki mukunda amahera gusu mba yesu lmivurungano IBA mwishengero Iva kumahera
Amahera ateza imbere umurimo w’Imana
Imanaicoishaka nimitima iboneye yihanye vyukuri atajwi rikwagirizaikibi
Imana iguhe umugisha.
Murakoze gukurikira UMURINZI TV
Ibirundo nubutekamutwe bwo gukomeza kurya imitsi yabakene abandi ntibihaba
Ibitekerezo byose bitangwa bigomba kuza mu bwubahane twirinda imvugo zisesereza abandi. Murakoze
Iritorero ntirivuga ikitanditswe ntugasebnye
Ikiganiro cya pasiter deo yatanze ku itabaza tv kokidahuza nibi?
Kivuga gute?
Mudusobanurire impamvu ibirundo biba mu Rwanda gusa.
Murakoze Imana ibahe umugisha kandi mukomeze gukurikira no kugeza ku bandi ibyigisho tubagezaho binyuze ku #umurinzitv UMURINZI TV
abaroma 1;18-32 ibi abakurikiye yesu bati invugo isyo ngiro ,babwire yesu bati uzaturinde guhusha intego uturinde imihango itagira umusaraba-basigaye kumunsi wa7ariko umwami bamuteye umugongo.
ibirundo ni idurugensiya yo muriki kinyejana
Murakoze Imana ibahe umugisha kandi mukomeze gukurikira no kugeza ku bandi ibyigisho tubagezaho binyuze ku #umurinzitv UMURINZI TV
Murakoze Imana ibahe umugisha kandi mukomeze gukurikira no kugeza ku bandi ibyigisho tubagezaho binyuze ku #umurinzitv UMURINZI TV
Imana ntisabiriza
Umuntu wese atange nk'uko abigambiriye mu mutima we, atinuba kandi adahatwa kuko Imana ikunda utanga anezerewe. 2 Kor 9:7
@@umurinzitv iyaba mutashyirago nintego ubundi mukarebako badatanga gusa Aho kurunda mwasaruza
Mubyeyi koresha impano yawe neza amafr nu muzi wibibi warabwiriza tugafashwa; senga twuve neza ibyo mutwigisha!!
Hari icyigisho yatanze gisobanura neza ibyo yavuze, #UMURINZI TV uzagihitisha vuba
Abadiventisteu. Ibyijyisho basigaranye , , bimeze nkibyo , abatambyi , baribafite , ijyihe kristo yavucyiraga , mwisi. ❤abashumba barabimenye. Abo , ibaburoni barabimenye. Ariko , abatambyi mugasuzuguro kenshi kabo , ntibijyeze , babimenya. None , aba nabo ngo , ibirundo.🎉🎉 Ubitanga nubihabwa , bose bazarimbucyira , rimwe. 🎉 Kuko , iyo , impumyi , iyoboye , indi , 🎉zose zigwa murwobo.mat.15.14.
Jya uba maso
Uko Niko kuri
Ivugire sikobizahora
Genda gake
Courage brother
Murakoze cyaneee
@@umurinzitv3:16
Imana irashaka amafaranga !!!!
Hehe?
Ariko rero mureke NAMWE kutubeshya mwitwaje IMANA abaheburayo10:5 Niba YESU yarakuyeho ibitambo namaturo
Yakuyeho ubuhe bwoko bwamaturo kuki musoma mutaruka bikwe mwitwaje inda nini yabanyamadini IMANA se yishyuza ibyo idukorera .ntampamvu numwe wabona ituma mutwaka ibyo KRISTO yakuyeho usibye kumuhakana mbese kwaka amaturo no kuyatanga Niko guhakana YESU
Murakoze Imana ibahe umugisha kandi mukomeze gukurikira no kugeza ku bandi ibyigisho tubagezaho binyuze ku #umurinzitv UMURINZI TV
Yewe ibyo uvuga nawe ukeneye kwigishwa abizera bamwe bamaze gusobanukirwa ubwo nubusambo ntabwo ari Yesu wabatumye .
Yabatumye kumwizera mukamwigisha abataramumenya
Murakoze Imana ibahe umugisha kandi mukomeze gukurikira no kugeza ku bandi ibyigisho tubagezaho binyuze ku #umurinzitv UMURINZI TV
Yesu ashimwe
Mfite ikibazo kucyerekanye na kimwe mwicumi "ubu mfite umunzani narawuguze wenda40,000 nkawugurish30,000 nzatanga icyacumi gute?
Yesu ahimbazwe iteka ryose
Ntabwo mwasubije!
Urumunyabinyoma nubwo uruwiwacu nukuri uranesha sobanura neza ureke gupapira
Murakoze Imana ibahe umugisha kandi mukomeze gukurikira no kugeza ku bandi ibyigisho tubagezaho binyuze ku #umurinzitv UMURINZI TV
Iyo ni imitwe
Dusobanurire unereke abandi icyo ushingiyeho
Mbese ibyo birundo abafite Aho babirunda bajya babitanga ariko ntibahore bavugango ibirundo ibirundo!!abafite Aho babirunda bajye babipakurura babitangepe ntacyaha kirimo.
2 Kor 9:7 Umuntu wese atange nk'uko abigambiriye mu mutima we, atinuba kandi adahatwa kuko Imana ikunda utanga anezerewe.
Ikindi Kandi lmana ntikeneye amafaranga
Murakoze Imana ibahe umugisha kandi mukomeze gukurikira no kugeza ku bandi ibyigisho tubagezaho binyuze ku UMURINZI TV
Murakoze Imana ibahe umugisha kandi mukomeze gukurikira no kugeza ku bandi ibyigisho tubagezaho binyuze ku UMURINZI TV
Rwanira inyungu z'idini shaa!!
Uuuh
Abantu ubusi sibijuju mutaronse amahera ntajambo ryimana mwovuga petero yabwiyabantu kwihanaivyaha
Kurikira icyigisho cyose urasubizwa
Nonec komuhoramubyishuzabimaraiki?😊
Murakoze Imana ibahe umugisha kandi mukomeze gukurikira no kugeza ku bandi ibyigisho tubagezaho binyuze ku #umurinzitv UMURINZI TV
Ibirundo si itegeko Kuko bitangwa murwanda ahari no muribimwe mmubihugu by'afrika ariko ahandi rwose ibyo ntibizwi. Ndavuga Aho njya ubwanjye nigereye nkanabibaza abayobozi baho. Ibirundo ahubwo mwabyita irindi Zina
Iryo bifite se hari icyo ritwaye?
Ahubwo se wariwumva numusi numwe babwiriza nicacumi ,imisaruro yo se ntuhitaiyabagirwa . Ahubwo umugani wawe siniyumvisha ukuntu abanyafurika aritwe dukenye tukabazwa byishi kurusha ibihugu bikize .
Nye nageze ahandi ,imisaruro ibirundo ,ntibabizi kandi nabadive . Cyokora icacumi kiratangwa kandi ntibirirwa bafata ibibwirizwa ngo bariguhugurira abizera icyacumi ushaka aratanga
@@esperancemukundufite3228 ESPE nanjye rwose naratunguwe cyane ukuntu iwacu bahatira gutanga amafranga , kubihimbira namasomo. Ngo abisoraheri bararunze birasaguka. Oui je l'admet mais barundiraga iki ? ESE birangiye bakomeje kurunda? Uruzi iyo baka ibyo birundo batitwaje kwishyuza abantu umwuka bahumeka, cg lift bahawe, imbwija ibijumba twagemuriwe? Noooon , kubwanjye ndumva bahindira inyito bakaniyashira Andi masomo rwose. C'est même une torture pour les chrétiens bitewe nuburyo babibwirizamo ndetse bakanabikorera ivuna. Aho guhugura abantu no kubafasha kwizera nokubakiza imitima bâti amafranga kandi uru rusengero rwanyu mufite urugero rwa miliyoni 15 mukwezi kumwe WE. Birambabaza cyane . Mumbabarire kurondogora mais twige bible neza tuyoborwe numwuka tureke gushaka amafranga mubizera. Tubaha ingero zitarizo. Tubigishe gushima Imana ni kuyishimisha mubyo dutunze nta target tubaha ye. Murakoze
@@nyirahirwamariegrace1157 you are really right. May God bless you
Aba Bajama bagira siyasa iteye ubwoba😂😂
Ni Ababwirizabutumwa si abajama
Intumwa ntamafranga bashira imbere ariko mwebwe sinzico mwayabonyemwo
Kurikira icyigisho cyose urasubizwa
Musohoke mu idini ry'ikinyoma
Murakoze Imana ibahe umugisha kandi mukomeze gukurikira no kugeza ku bandi ibyigisho tubagezaho binyuze ku UMURINZI TV
Nubujura
Ubuhe ?
Ayo ni amaco yinda twarabamenye ntimukadukange ubukristo ni ugufasha abarwayi gufasha abakene naho ibyo birundo nibindi bijyanye namafara ga nimwe mwabishyizeho kandi nimutihana namwe birabakoraho kuko umwanya munni musigaye mufata muvuga amafaranga kuruta gushaka agakiza no gusengera abarwayi ndetse nibindi bikorwa bya gikristo wagirangi muriyi myaka haruwabayatumye hose natwe murusengero niyo nyigisho koko ngo kuramya kwera ni icyacumi namaturo kokomunsobanurire kuko harigihe mbona namigisho asigaye ba editing kugirango bagere kucyo bashaka kugeraho
Imana yaguhaye ubwenge, iguha Bibiliya na Mwuka Wera ho umuyobozi
Nibyo pe kuko abapasteur bubu bamwe nabamwe bataye inshingano
Ahubwo ndumiwe!!!! Uziko ibibintu biri mumadini hafi ya yose!!!
Narinziko ar'iryacu gusa none no mubafive ndumva inyigisho ar'amafaranga gusa!!!
Ibyo nibyo rwose
N'aie pas peur, car le Seigneur ne t'a pas envoyé
Tu es sûr ?
None mutabonye amahera ntabutumwa mwovuga shira imbereyesu wenyene vyoseazobikora
Ibyo uvuga urabikura he?
Murakoze gukurikira UMURINZI TV
Ibirundo n'iki ? Ese mugihe cya Yesu cga k'intumwa ibyobirundo byaratangwaga ? Niba byaratagwaga byakoraga murimo ki mwitorero ?none se kotubona mu byanditwe byera ko handitswe ngo mutange icyacumi n'amaturo ibirundo kontaho tubona Imana ibidusaba ?.None se niba mubigereranya no mugihe kintumwa igihe bagurishaga ibyabo bakabizana bagasangirirahamwe kuki abapasiteri ubwo baba babitwaka bakabirya ibyobirundo bonyine ?? mudusobanurire Bapasiteri kuko ntitubisobanukiweho ibyibyo birundo kuko n'imwe mubyaka nokungufu rwose..kuko Imana ivugango muzane kimwe mwicumi n'amaturo kugirango inzu ye ntibure mo ibyokurya kuko abatambyi nabarewi batazabura ibyokurya aribo twagereranya n'ab'Abapasiteri ubu.ijambo ibirundo rivahe bijoreshwa he mu biki ? Turakeneye Ubusobanuro Bapateri mwe
Pastor wawe rwose azagusobanurire ubyumve neza. Murakoze kubaza
Bwirabantu bihaneibirundo naho twobitanga inzigo ishari gusambana ugwanko kuremantanya mutabiretse ibirundo ntibizobakiza
Umuntu atihanye ingeso zakameremere ibirundo vyomukiza
Soma 2ibyokungoma 31:6-9 urabibona neza cyane
Ibujura 100/100
Bisobanuye iki?
None se Mmubwiriza mwebwee mwemeza ko dukomeza kugenda buhumyi koko?toujour amaf koko Yesu naza azabaza ibirundo Mwarundishije koko?
Urakoze ku gitekerezo
Ese ibyo birundo mubishyira he?
Mu bubiko
Ubwo bubiko bubahe ko mugihe cya isiraheri bwagaragaraga@@umurinzitv
Hahaha!!! Ngo bazajye ChK??? Nibwo bazayatanga neza!?? Ariko harya ubwo uwayatanga uvuye chk yaba ayatanze kuko yashijwe!??? Cy nubwoba????
Umva ibyabuzwe wekwitiranya ibintu
Ubwo buyobe mubukomora he? Ibyacumi n' ibirundo n' amaturo mwaka mwabitumwe nande ese ubwo n' ubutumwa bwiza Koko iyaba mwamenyaga mwakabaye mwumvira Kandi mukayoborwa n' umwuka aho kuyoborwa n' amategeko mushaka gusohoza imirimo itegetswe nayo ubwose uwo ni yesu ubatera gukora ibyo?
Murakoze ku gitekerezo mutanze
Ndikubona abantu bazarimbuka nobaza ngo barikujambere
Abantu kubera icaha cogukunda amafaranga mugeretseho kurwanya ivyanditse ngo icacumi ngo ntimucemera
Ivyanyu biraturambiye mwabasohoke mwe
@@NiyungekoInnocent Imana ikubabarire wowe gusa sinkurenganya Niko wigishijwe. Wigishijwe agakiza k' Imana kagurwa ariko ijambo ry' Imana riravugango ntikorererwa n' amaboko y' abantu nkigira icyo ikennye gusa muri abigisha gito mbabazwa cyane n' ubugingo bwanyu
Nonex ibirundo bigira urugero ?
Urwo wakwiha kugiti cyawe
Murakoze 🙏
1/10😂
👋
Ndabinginze mwige ubuturo bwera mushingiye mu baheburayo igice 7-9
Musobanukirwa impamvu yo gutura no kudatura icyo bivuze
Reka twe kujya impaka ahubwo dushake gusobanukirwa n'ukuri
Systeme Uwiteka niwe uzi uko azayigenza
Babonye bayankuramo kungufu ubutaha habe nigikoroto cyijana nzabaha
Utanga wese abikora anezerewe
@@umurinzitv biriya sugutanga byo ahubwo nukukwaka kumbaraga ibyabaye nibwo nabibona aho nabereye umudive