DORE ICYO MWAHISHWE ADAMU NIKI YAKOREYE MURI EDENI AKIRUKANWA ???? IGITI NIKIHE? YARIYE??
Вставка
- Опубліковано 29 кві 2024
- Christo Ashimwe cyane, Tubashimiye Umwanya mutanga Mukurikiye Ijambo ry'Imana ku Ijwi ry'Umukanguzi tv.
Ushaka kutuvugisha Call, sms cg WhatsApp nundi wese wakwifuza Gutera INKUNGA Iri VUGABUTUMWA mwakoresha -+250788726286 HABIYAREMYE Anicet.
Imana lbanezeze.
Turabashimiye cyane Imana ibahe ungisha mwishi turabakurikiye rwose mukomeze mudusobanurire knd mutwigisha
Uyu mugabo Imana ijye imuha umugisha pe. Nge mwumvise vuba arko amaze kunkamgura pe. Nyagasani ajye agukomeza
Urakoze yesuakugirireneza ushishikare kubana nimana
Wa mugabo we uri umuhanga Kandi usobanura neza iyi bibiriya yacanze abantu bayisobanura binyuranye bikaducanga ariko rwose habwa umugisha.nkunda cyane ubusobanuro utanga...
Uherutse kuvuga ijambo rikomeye rivugango Imana ntizi ubwenge ahubwo niyo bwenge ark nawe bwenge atuye muri wowe pe ndumva ndushaho kumva neza Imana byanyabyo
Ako kantu niko kabisa. Ubuhanga buri muriwe
Imana ibongereze umugisha ndabakurikirana cane kandi ndafashwa cane
Inama y' agakiza yabaye mbere yuko umuntu aremwa rero Imana yari iziko umuntu azacumura Imana rero si nk' abantu ngo yibuze icyo yagambiriye niyo mpamvu yateganije gucungurwa kuwo muntu
Igiti kimenyekanisha icyiza n' ikibi ni igiti cyerekana ko umuntu afite amahitamo ntabwo Imana yaremye umuntu utagira ubwisanzure kdi kubugira kwe no guhitamo nabi kwe ntibyatumye Imana imureka
nibwo bumana bwayo kuko ntijya ibura uko igira
Ni igihamya gikomeye ko imbere yayo turi abagaciro ntiyibujije kuturema nubwo yari iziko tuzacumura ahubwo yatanze umwana wayo ngo aducungure aho niho urukundo ruri kutibuza kurema umuntu no kutamureka nubwo yahisemo kutumvira
Ntago njya ndambirwa kukumva ❤ ufite ubwenge bw, isi n,ubw,I juru ❤
Mwarakoze cyane ubafite afite byose imana ikomeze kubaha amavuta kadi natwe mwaziye ijyiye
Imana yandikwa mu nyuguti nkuru buri gihe (I) mana.
Iyo wanditse (I)mana uba wanditse ikigirwamana.
Uretse n'ibyo kandi izina ry'umuntu naryo ni gutyo n'ubwo haba mu nteruro hagati.
Murakoze
Ndagukunda rwose mukozi w'Imana! Imana igukoreramo rwose! Iyo nkumva mbese sindambirwa
Mukozi w'Imana uzadushyurireho gahunda yo guhura na we! Hari inama nyinshi umuntu yakugisha,kuko Imana iri kumwe nawe!.
Ndagukunda cyaneeee
Urakoze cyn mukozi w' Imana Imana uguhe imigisha myinshi nkunda ko ukora icyakuzanye
Nukuri ijwi ryumukanguzi nanjye ryarambyaye mbasabiye umugisha rwose
Imana iguhe umugisha mwana wi Mana ariko tubwire nyirizina imbuto Eva na Adamu bariye cg utumbwire muburyo mbweruye icyaha bakoze
Muri ingenzi kuba Kristo 🙏
Wigishaneza nkagukunda Imana iguhe umugisha
Ndumva nanjye nahura nuwo mugabo pe kuko ndamukeneye cyane
Imana ibahe umugisha ndashaka gusobanukirwa mwitangiriro Imana yaremye umucyo numwijima (burira buracya) kandi izuba ritararemwa .tuziko isi ifashwe nimbaraga zizuba munsobanurire aho isi yarihagaze mbere yizuba
Yesu ashimwe!
Nukuri ntawe utafashwa pe, ikibazo ni uko jyewe meze nka wawundi utangira kurya, yakoramo ubwa kabiri isahani ngo bombori bombori.
Icyiza ni uko mpora nizeye kurya kandi koko akaba ariko bingendekera.
Uwiteka abakomereze amaboko!
Ndafashijwe rwose lmana iguhe umugisha mukozi w'lmana
Imana ishimwe cyane kubwizinyi gisho nziza. Imana izabahe Ijuru
Yesu aguhe umugisha kndi amavuta akomeze yiyongere
ijwi ryumukanguzi ntawe ritagirira umumaro ryavuzwe na anicet ubumenya mana nkubonamo nabwisangamo nte ndagukunda cyane ariko nkunda ibyubiba
Bambi Anicet ndagukunda haraho wankuye ugira Aho unhyira🎉🎉🎉🎉🎉
Iyuvuze ijambo ndanezerwa kndi ijambo uvuga ryaranyubatse mba muzima Imana ibahezagure
Murakoze cyane kudusobaniri kuko aho hantu abantu benshi babyumvaga nabi kbx Kandi nayesu amaze nokuzuka yeyereka ababigishwa bekugira ngo bemere yarariye ifi bemera ko arimuzima
Turagukunda rwose mwana w’Imana
Iyo turikukunva ntiturambirwa
Imana ibahe umugisha !
Nda gukunda ivuga Imana neza nkumva naguha Inka Nuko ntayo mfite arko Imana y'amahoro izaguhe iherezo ryiza
Niyomugabo rwose Imana ikomeze ikwagure ❤
Imana,ibahe,umugishape
Uririba ryisoko ndagukunda
Murakoze rwose Imana ibahe umugisha
Murakoze Imana ibahe umugisha. Ariko muzadusobanurire icyo giti bbibiliya ivuga nikihe? Abantu bakivuga bitandukanye.ukuri nukuhe?
Murakoze cyane Anicet, komeza uhabwe imigisha +iherezo ryiza
Wowe ngukunda burundu. Gusa Imana imfaaaaaaashe yo kabyara isi ntizaguhindure kuko ijambo riri muri wowe riterura umuntu rikamushyiiiira christo yesu Amen
Imana iguhe umugisha
Ndabemera barapfuyepe uzi gusobanura 👍
imana ishimwe
Ndashimiye uwo mukozi Wimana Numwisha mwiza ndashaka Imana ishoboje noza kumuramutsa Imana yomwojru ishishikare kumuha ivyigisho vyishwi.
Umugabo yuzuye ubwenge bw'Imana. Nkwipfurije ijuru muvyeyi !!!!!
Iyonacitse intege mubugingo nukuri ibiganiro byawe binsubizamo imbaraga nibyiringiro ndagukunda mukozi w, Imana imbaraga amavuta ubudahangarwa bibw kuri woe Iteka Amen
Good,urumuhanga kbs
Hari Aho uvuze ngo Imana yicuhijr icyatumye irema umuntu none mwabigereranya naho yavuze ngo sindi kumwana wumuntu ngo nicuze.muduhe ubusibanuro
Hariya ngo Imana yicuza icyatumye irema umuntu iyo tubisobanuye tubisobanura nabi
Mungu akubariki saaana Papa EV Anicet nawatumishi wenzako mazina na jene kwizera
Muzadufashe nogusobanukirwa ukuntu IMANA yanangiye umutima wa Farawo abasiraheri bava muri egiputa Imana yanangiye umutima umuntu ntacyo yabasha gukora none kuki farawo yarimukanye ningabo ze kd IMANA ifitemo uruhare? Muzadufashe murakoze nkunda uburyo mutwunga numuremyi tukarushaho gusobanukirwa nokumwizera.
Imana iguhe umugisha Annicet wigisha neza pe..we love u so much
Imana ibahe umugisha ibakomereze amaboko
Abavuga ko ngo icyaha nuko basambanye ni inyigisho zadukanye n umugabo witwa Branham . Zimaze kobya benshi cyane
Ndi Bujumbura muburundi ndamenye ivyikimazi Uyumu Papa Imana imugirire neza
Murakoze Imana ibahe umugisha
May God keep on putting more knowledge inside you. Turabakurikirana cyane nubwo tutari abanyarwanda canke tutari mu Rwanda. Ntanguye gukurikirana ijwi ryumukanguzi vuba ariko ndahezagirwa cane
ndabaramukij Hama mugabo Imana yarizi ko Ad et Ev baaocumura
Imana ishimwe. Kumvira imana biduha ubutware. Amen
Imana ibahe umugisha ndasobanukiwe kuriyo topique 🎉
Imana nishimwe cyane,nkunda inyigisho zawe zukuri kwibyanditse
Mwabavandimwe mwe,(Marcel &Eugene) mwarahiriwe mwe muhura keshi nuyu mu Papa
Muraho neza Bera b'Imana njye Niba ikiganiro Kuri UA-cam haricyo gifasha uwagishizeho njye nzahora nkina izi video zivuga amakuru y'ijuru
Imana ibahe imigisha, nitwa Karim ndabakunda cyane nafashijwe
Murakoze. Missionaire Anaclet
Wowe ndaakwikundiira cyane 🙏
Obrigada. Amen
Sha nemeye ubusobanuro bwawepe Imana igukomeze ikwagure
Imana iguhe umugisha peee
Imana lbahe lmigisha. Hari icyo nungutse
Imana ibahe umubisha ni semuga
Ahuuu!ndafashijwe
Muhezagirwe n'uwiteka!
Mwiriwe neza.Mbaze,muremera Y'UKO lmana izi vyose?(Kahise-kubu-kazoza): lzi VYOSE,CANKE Hariho n.ibiyisoba?ahandi,ishusho y.lmana mw.isi ni Adamu n.uruvyaro rwe CANKE ni Kristo n.ishengero (abizera)?
Murakoze cane
Jya uhezagirwa Aniseth we....
Birumvikana. Ibyo uvuga.
you're right
Njya mfashwa nijambo wigisha Imana ijye igushyigikira
Yesu n'Imana mwana
Narakubonye kwa minyoni ngira u woba ndibaza nti umuntu urimo umwuka w,Imana ntamenye minyoni arantangaza
Good
Erega bibiliya iravuga ko umusi 1 imbere yimana ungana nimyaka 1000. Urabona ko adamu atashikije imyaka 1000. Imbere yimana yapfuye adashikije umusi. Shetani numubeshi aratubesha.
Yego ndakumva muhungu wa Yesu abantu bariho bapfuye muburyo bw'umwuka pe
Ndumva wazabisubiramo abantu bakabimenya neza, abakurikigd Yerlbowam bagasenga ibigirwa mana nibo bemewe?
God bless you my brother
Kuki Enoki atadusigiye inyandiko Kandi yaricaranaga n Imana igihe kinini ?
Give us the next part
Yobu canditswe na mose muri 48. uyo mwaka uba wisunze iyihe calendar? Mbajije kuko nzi ko Mose ashobora kuba yabayeho 1500 BC.
Right
Ndabaramutsa,ni ukuri igihe cose nkwirikiranye inyigisho n'insobanuro za Anicet ndafashwa cane. Numva mfise ipfuhe ry'ubwenge Imana yashize muri we. Nubwo atamahirwe mbona yo kuvugana nawe ariko Imana irushirize kumuhezagira.
Kuberiki icyaha eva yakoze kitiriwe adamu kuko bibiriya ivugako urufpu readers kubera icyaha cya adamu
Amen Amen
Kundiba yumutima wange havuyemo ijambo ngo urakoze
Amen 🙏
Icyakora uri umuhanga pe!!
Ndafashijwe cyane imana iguhe umugisha, ariko mfite ikibazo nifuza ko uzansubiza mukiganiro uzakurikizaho, twemerako icyaha cyubusamvanyi bwo kumatelefone bubaho, none avashakanye bikaba ngombwa ko batari kumwe mukarere kamwe cg batari mugihugu kimwe kubwimpamvu zakazi, ese wemerewe kwiyambura ubusa mukoresheje telefone umwe akareba umugabo we cg umugore we ? Ese ibyo byo kuritelefone murambyemerewe, ? Umugabo agize intege nke akabigusaba wabyanga? Bibilia ivuga ko umugore agomba kugandukira umugabo we, ese ibyo nabyo babigandukamo? Ese biramutse bibaye ni cyaha? Nizeye igisubizo cyanyu .
Muba mukoze icaha kuko ntivyemewe
Ndafashijwe ndacyane ku Mana umuntu ashobora kugarara nkupfuye ariko kuri satani ari muzima kuko arimo ashyira mugambi wa satani muri gahunda.
Eden ni Africa 🌍
Nonese ko tuzi ko Imana ituzi nibizatubaho even nigihe tuzapfira! Tuvuge ko itarizi ko Eva na Adam bazacumura? Nge numva byose byari m,umugambi w,Imana 🤷🏻♂️
Hhhh...Imana iguhe umugisha nari narabuze aho nzakura ukuri kuriyo ngingo y'urubuto.nteze amatwi mutangiye ndasozanya namwe share zo nazitangiye ntarasoza ikiganiro
Turafashijwe
Mwiriwe turabashimira ukuntu mutwigisha ariko aho tudahuriza mutwihanganure nimba imana itarizi ko adamu atazokirya twoca tuvuga ko imana itazi kazoza kumuntu
Amen
Turaafashijwe
Nifuza kumenya byinshi nkawe pe ujye udusabira ubwenge
Ndabaramukije,amahoroyi,Mana,abane,namwebavandi,ndumurunkunda,ibiganiromushikirizavyicamboryuhoraho,nukuribirampimbara,ukomubisobanurabigatumaja,ahandihantu.hariconipfuzakumenya,ese,umwirabura,akomokahe,umuzungu,agakomokahe?arahonasomye,kohabonetse,amahanga,abiriyarimunda,atandukanye,shakamufashemuzobamuko,mwarahezagiwe,umwukawuhoraho,ubanyekubamurikira.murakoze
Yego yarapfuye Adam
Anicet ni umuhanga.