Ndabivuze Barabibahishe Ubutinganyi Imyuka y,Abamarayika Ev Anicet niyomugabo +250788726286
Вставка
- Опубліковано 22 вер 2023
- Christo Ashimwe cyane Tubashimiye Umwanya mutanga Mukurikiye Ijambo ry, Imana k, Umukanguzi tv Imana lbanezeze Ushaka kutuvugisha Call cg sms cg WhatsApp nundi wese wakwifuza Gutera INKUNGA Iri VUGABUTUMWA mwakoresha -+250788726286 HABIYAREMYE ANICET
Turikumwe cyane muvandimwe nkwemera nkumuhanga watoranyijwe nuwiteka nyirisi nijuru
Bagabo b'Imana nimukanguke mubwire abantu ukuri ko Yesu Christo yaducunguye agapfa mukimbo cyacu ngo ababyizera babe batsindishirijwe nawe bakaba babyawe n'Imana , gusobanukirwa ibyo nibyo bizabohora abantu b'Imana ,naho kuba mumategeko yisezerano ryakera biratuma umuvumo wokutayubaha utuzengereza ukatubuza kwinjira mukirere cyaba christo
Imana ibahereze umugisha bavandimwe amen hallelujah nukuri muranyubaka cyane muri yesu christo
Yesu akomeze aguhe umugisha mwinshi
Am EV. IYAKARE THEOPHILE from Gaseke.
I am sure that you are the servant of God and also a Son of God through Jesus Christ superstar of our faith.
Komerezaho uramfasha cyane Anicet mwene data.
Murakoze cyane .sinzi niba nunvic neza . ntabwo nunvic neza ukugaruka mw' isi kwa Elia mwaza dusobanurira neza bikunvikana
Shalom shalom turabaramukije mw'izina rya Yesu hama singombwa ngo mutahugwe na bose abanyamubiri nibo batagutahura nokutakwumva harabo muriko murafasha cane muriki gihe kitoroshe
Ndabasuhuje mu izina rya Yesu Kristo! Nashakaga kubasobanura kuri ki kiganiro! Ko hari ubusobanuro bw'inzozi numvise ngo iyo urose utwite hari ibishashya umuntu aba agiye kubona! Waba wabaye nabyo bikagira icyo bisobanuye! Aha ko niba numvise neza sinzi uburyo ibiremwa bitagarara biryamana n'abantu bakabyara mu mwuka wakicura ugarutse mu mubiri ntubine wa mwana! Mwansobanurira neza ntabwo nabisobanukiwe! Murakoze
Yesu ashimwe! Nanje nagize ikibazo kunkuru ya Abraham agenderwa n abamalayika,aka gace kose nasomye umurongo kuwundi vyarancanze! Muzadufashe!
Urasobanukiwe turakwemera.
Ntabwo ndi gusobanukirwa uburyo Eliya yaje muri Yohana kuko yohana nyuma amaze gupfa Mose na Eliya babonekanye igihe yasu yari kumwe na Petero na yohana na Yakobo igihe Petero yavugaga ngo reka bace ingando
Ndagirango uzahasobanure neza
Yesu ashimwe.muzadufashe kumenya neza.satani araboshye? Kdi dusomako ahora azerera ashaka uwo aconshomera?kdi nanone dusomako yesu ubwo azamanukana n'itorero azaboha satani igihe gito?azamuboha kdi asanzwe aboshye?.murakoze
Karabaye ! Ubuse turamenya duherereyehe Mr ! None ko iwacu twasanze baraguza ! "Kwajina la Yesu" Yooo , ark nanone .........! Eh! nibyinshi nako . Anyway Imana itabura uko isobanura ibintu niyo nishingikirije ngo ize insobanurire !....... Yoo yooo ! Yewe sorry kabisa jye nunva ibi ntabifata cyangwa ntari kubyunva ! Ark Imana se wa Yesu & nanjye ndetse nababyemeye bose idusobanurire nukuli . In name of Jesus i pray and i believe in Amen
Ndashaka gusobanukirwa cyane Aho mwavuze ngo Eliyah yahindutse yohana ndumba ntasobanikiwe neza murakoze
Mubakozi b'Imana barongogwa na mpwemu wayo nemeza ijana kwijana ndabahamya pe mwatumwe mugihe nyago
Wau ibintu uri kutubwira biraryoshye pe
Imana iguhe umugisha mwene data kubwo kudufasha .kdi ntuwuzi umwana w' Imana keretse uwabyawe ni Imana .
Amen.Imana ijyikomeza kubungura ubwenge kko natwe tubungukiraho byinshi.
Imana idushoboze kumva neza iyinyigisho ninego yayo. Uwiteka Umwami Imana abahire
Yesu aguhezagire ndatahuye kuko hari ivyagiye binshikira sinabitahura ndfashijwe
Muvandimwe Anicet, Uwiteka aguhe umugisha mu murimo we umukorera.
Ndasaba ngo n' ubona umwanya, uzatuganirize byimbitse " Uburyo Eliya yasamuwe adapfuye, nyuma akagaruka mu ishusho ya Yohana Umubatiza, akaza gupfa"
Hano, njyewe ndemeranya nawe.
Umugisha w' Imana ukubeho.
😀😀 naze akubeshe .
Ndakuramukije mwenedata kubwamarasoya yesu kiristu. Ndabaza nanone kuko imana yicuza ibyo yakoze Kandi Atari umuntu ngo yicuze?ntiba yabonye nibyahazazase?itungurwase nibibaye ikicuza?ibitunguwe
Congs dear Anicet.nge nkunda abahanga.ubu ndaje ngukurukire peee.
Urakoze Imana iguhe umugisha
Imanaĺbaheumugish❤❤
Ibyo byahozeho ntabwo bije ubu mureke abantu bisanzure kuko mwese ntawuzi iby'Imana nibyo mwabwiwe kndi barababeshye
Imana iguhe umugisha muvandimwe, nsobanukiwe kuri izimbyaro zombi, benedata tube maso kd twigenzure kugirango tumenye aho turi, nitwa Liberté
I thank you Anicet Ubumenyi ifite Imana irusheho kubumurikira
Abari muri ksitsoyesu nibobanabimana bategerezwa kugwana intambara ushoboragutsinda. Cankeugatsindwa
Yesu ashiimwe yuko agukoresha ukatuyobora muvandimwe
Ikikigisho ndagikurikiye numva hari ubumenyi kinsigiye ariko nagize ikibabazo ngirango munsobanurire abana bavuka muburyo bwimyuka iyobya nababyeyi nabo bagiye gushaka urubuyaro mubapfumu nabo babarwa mumubare wabacungiwe namaraso yayesu murakoze
Eliya na we tuzi ko yagiye adapfuye!
uzatuganirize Nuko abamarayika bakora
Imana ikomeze ikwagure mwenedata
Nkunda ukuntu wigisha witonze,utaguruka nk abandi bose.
Turagukunda cyane mushumba wacu utubwiza ukuri pe 🙏
Yesu ashimwe cyane,
Uhabwe umugisha mukozi wa Ndiho.
Amahoro neza,muhezagirwe cane! Mais ibi bintu vyabamalayika bavyaye kubantu ntibisobanutse neza nukubidusubiriramwo niba bishoboka
Yesu aguhe umugisha rata!
Umugisha wi mana ukomeze kuba kurimwe
Abamarayika Bari uburyo bubiri abamarayikabakororanwe nasatani abakabiri nabagumanye nimana mwijuru
Ariko ntitugomba kwirengagizako lmana ariyo yatanze itegeko ribuza gushushanya kubaza ikintu cyose gisa nicyo mw,ijuru hejuru mw,ijuru icyo mw,isi ndetse nicyo munsi y,isi ndetse nikizira Imana yanga urunuka ndetse cyonona ugikoze abashushanya abamarayika n,andi mashusho yose yo mw,ijuru n,abagome ndetse bagomeye Imana kumugaragaro
Ijyitabo cya henoki cyaboneka mukinyarwanda najyikurahe kiranunse kibonense
Icyo wemera sicyo abandi bemera nicyo utemera nibisobanura ko aricyo..... ibitambo bya mabara ni byinshi kandi ujye wibuka ko umutinganyi ashobora guhindura icyerekezo cy ibara ngo atere urujijo. Icya kabiri ibyuvuga si hame singombwa ko ubutinganyi buzemerwa hose na bose
eseko numva ibibiganiro ukora bidutera matsiko yokugira ibyo tumenyaho byishi ntibyaba byiza ugiye kujya gukora ibiganiro nkibi ugatumira abashaka kubikurikirana murikumwe bakaba bagira nicyobabaza imbona nkubone
God bless and bless you Anicet
Yesu ashimwe, none mbabaze uwaraguje agakizwa ubwo abana yaragurije bigenda gute ?
Dufite byinshi tutazi pe
Ikiganiro iraryoshe cane continue please
Wazambonera COMMENTRY ya bible study! Waba ungiriye neza!
Dukore umurimo w'ivugabutumwa ibindi tubiharire Imana.
Numvise iby'aba bana bavutse barasabwe mu bapfumu, mission yabo ku isi, bintera kwibaza ku bagabo cg abagore bashakana umwe muri izo couple yaramukuye ku mupfumu.
Bo watubwira mission yabo ku isi cg ingaruka zigera kuri bene izo couple?
Ese wemera isabato ?
Ndakumv cane gose ka urakoze cane papa wacu turagukunda
Eeeeee,!!!!!! Muzatubwire kuraba bamarayika mubitegure vuba tubihuze nibi. Amahoro n'imigisha bikomeho Papa
Ibi bintu birakaze cane
Igice cyakabiri turagitegereje, gusa nanone kubwinkingo niba ushaka kumenya icyabaye uzanjye kuri st ya Vaticano urebe igiceri cya 20 bakoze baserebura ubutsinzi bwinkingo za Covide, uzamenya ukuri
Hagwiriye mo byinshi bidafite reference muri Bibiliya kuberako abantu bizera Bibiliya nk'umwuzuro wa byose bituma Icyo batabonye muri Bibiliya bagifata nkikitabaho! ariko harageze ngo nabahamya Yesu Kristo tumuhanye kurwego nabahanga baza kumeza kugaburirwa nabo atari ukugaburira abafite ubumenyi buke gusa! Kuko isi turimo yanone nizaza niyabahanga Kandi bashaka ubuhanga .
Muzatubwire aho gusenga ku cyumweru no ku Isabato uko byatangiye n uko byaje mu mateka yabyo. Hanyuma muzanatubwire iby umubatizo w amazi menshi n uwo ku gahanga uko byaje. Ese aya madini tubona yaje ate ko Yesu yasize itorero ry intumwa gusa ubu akatorera cg amadini akaba yarabaye menshi aduconfusinga? muzadufashe
Amen Amen
Nzajya nza nzanywe no gushima 🙏🙏🙏🙏🙏
Mukoziwimana uzakidusubiriremo kuko harabantu turabana mubyagakoza ujyunadusengera umwukawimana aduhe ubwenge bwogusobanukirwa neza
Nine c INYENYERI YO MU RUTURUTURU NI YESU CG NI SATAN WAZAYISOBANUYE NEZA??
Amen
Muraho neza,
Ntabwo nsobanukiwe aho wavuze ngo iyo urose wabyaye biba byabaye, bivuzeko niyo urose uryamanye n'umuntu biba byabaye?
Yesu ajyaguha imbaraga
Muntu w'Imana , Imana ijye iguha Umugisha 🙏🙏
Imana ikundindire
Mukozi w Imana, kukiri muto ukigishanya ubwenge , ubwo bwenge ubukura he? Kubwenge buva kurisekibi
Umva mbese 😂 kukise utumvako ubwenge buva mukwiga?
Hoya Hoya ubwenge buva Ku Mana ubuva kuri sekibi nubwenge bwisi nayubwenge bwukuri buva Ku Mana yaremye ijuru nisi
Uko ubisobanura biragoye kubitahura
Abatinganyi ntamuntu afise ubwenge bwumwuka wera yobumviriza
None ubwo bivuzeko Eliya yabyawe 2 ku bagabo 2 n'abagore 2?niba koko arwe yohani umubatiza?
Ndakeneye numéro ya Anicet
Habea umujyisha wi man
nabaza ga tubazo 2 mwatubwiyeko enoki ariwe wagiye mwijuru eriyawe yaragarutse cg arahandi hantu
Uzabitegure neza utubwire kuko Biblia ni yo itubwira ko Marayika afite amababa none uvuze ko Marayika atagira amababa. Abiri yarayagurukishaga yandi 2 yayatwizaga mu maso he. ...
Ok
Ndagushuhuje mukuziw Imana icyk kintu uvuze ndemeranya nawe njye we inkingo sinzemera kugeza nubu sindafata na rumwe kuva 2020 ndi mubantu bambere yaje KGL bagifungura airport kuva icyo gihe kugeza ubu maze kujya UK , Israeli iwacu mpaza buri mwaka ibyo bihugu muziko byari byarafashe ingamba zikomeye ko ntawabyunjiramo adafite inkingo ese koko byari ukurinda abantu Ciovid cg haribindi babateragamo ??? Bwiza ukuri aho ubogamiye kuko njye mbihuza n ikimenyetso cy inyamaswa aribyo bakomeje gukora icyahindura ubwenge bw umuntu ??
Ibi byumvwa nabanyabwiru gusa
ndabashuhuje mugire mahoro
ese mwaduha ahobyanditse koyaba yaragarutse kwisi
Cyakora urumunyabwenge pee
Ame, God bless and protect you Anicet for feeding our souls.
nawe gira amahoro ya kristo
Amahoro mwene data! Mbwira koko igitabo cya Job ni histoire imaginaire???? Mbabarira ubinsobanurire kuko maze kubyumva kenshi nkumva ndacanganyukiwe.
Kuvuga ngo Enock, Eliya.. bari mw' ijuru na Yesu ivyo sivyo ntamuntu numwe araja mw' ijuru atari Yesu wenyene aho lmana yabashize niyo ihazi .
John 3: 13
Nta waduze mw ijuru, atar' uwamanutse ava mw ijuru, ni we Mwana w'umuntu wo mw ijuru.
Yohana 3:13
Ivyo kuvuga ngo Enock yahindutse Yohana ieo ninyigisho za kabbale yaba yahudi
Usibyako nizereko ibindi byagufashije nawe numuntu buriya aracitswe umwihanganire
Soma abaheburayo 11:5 urumva iyo henock yajanywe! Eliya nawe sooma 2rois2: 11 nawe wumve iyo Ari, Ico utazi ugira ngo ntikibaho! Kuko ntawumenya vyose atari uwahishuriwe
Bibiliya ntibayisomesha impwemu y umubiri😮
@@user-bz8ms2lp4u none se amajuru nangahe ? Canke wo precisa neza aho haherereye ? Paul ya twawe mw' ijuru rya kangahe ? Kuvuga ngo arikumwe na Yesu ivyo nivyo nanse . Kuko n' abapfuye tuvugako bagiye mw' ijuru ariko ico ivyanditswr bivuga nuko barimuburuhukiro .
@@user-bz8ms2lp4u wewe uyisomesha amaso ya mpwemu wera nyereka muri bibiliya aho batubwirako Enock yahindutse metatron?
Yesu ni ashimwe,
Niba ubuzima bwa Eliya bwaragarutse bukaboneka muri Yohana, ???
Umwuka wari muri Eliya ko waje muri Yohana, none umubiri wo wasigaye he , ko Eliya yagiye akuze , hama yohana akavuka nkuko abandi bavuka ???
Hanyuma se, ko bimeze bityo ??
Twabihuza dute " n'imyizerere ya Hinduism ??
Bo bavuga ko umuntu iyo apfuye , avukira ahandi ????
Ubwo sibyo kimwe na Eliya waje Ari yohana ????
Enoch siwe wasimbuye satani ubigereranya ute? Sinawe wenyine kuko na eliya yarigiyemo adapfuye ni benshi ese uzi mariya aho ari? Eliya niyagarutse kuko ababonye yesu bamwise eliya barajijwe noneho wemera incarnation yaba boudha? Ko umuntu apfa akavuka ahandi? Ibyo uzabisobanure neza. Umwuka wagukoreramo ariko sukuvuga ko uwo muntu yagarutse jamais.
Mbega azizel n'abamalayika babaye neutres ntibaje Ku ruhande rwa rw'Imana canke rwa lucifer batandukanye gute?
Ngo Enoki niwe metatron? None abo bombi uwabayeho mbere ninde? Unsobanurire please mukozi w Imana
Ikinyoma sha . Metatro n'izina kigirwamana ca traduction yabayahudi
@@perivenizigiyimana5905 yego rwose. Ahubwo narizi ko ari daimon ikontrola ikirere cy imyuka mibi.
Amen Amen ndagushimiy
Imana itubambire amahema
Le song est très très mauvais...harimwo ifirimbi😮😮
Muri mubucuruzi nimunjye mwisegero niba mushaka kubwiriza hano murigushaka umugati
Ndatekereza ko ibyo uvuze Atari byo kuko hano arimo aratwigisha kdi ndatekereza ko Hari benshi Ari kubwiriza batashobora kubonanira nawe mu rusengero ngo bumve izi nyigisho. Rero rwose arimo aratubwiriza, nahabwe umugisha
Ni byiza kubaha initiative y'umuntu cyane iyo ari nziza nk'iyi ! Numva twatega amatwi tugakuramo ibyubaka ubugingo tutagiye beyond!
@@janetumuhoza5120 yego
Uvuze nkumupfafa disi!!!
Hano ntabwo bahacururiza reka gusenya umutambyi
Amen
Abatinganyi ntamuntu afise ubwenge bwumwuka wera yobumviriza
Imana iguhe umugisha nuguhugura abantu bakibuka ko tugeze mugihe kigoye.
Amen