Niziritse ku Mugabo Anyica Nabi😭Urugo rwanjye rwarigereza|Laila yanyuze mu bikomeye
Вставка
- Опубліковано 14 жов 2024
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
Amazina Laila akoresha kuri Tiktok: Khlaad
Numero ye: 0788359691
Sorry nkosore gato ni Khilaad
Courage mukobwa mwiza
Laila hey uziko duteye kimwe gsa turahomba p
Nagukunze bazina wange ndagukurikiye
Mbega ukuntu. Histoire isanirangiye neza sha n'ukuri ntacyo ubaye urumu maman mwiza cyane se wa bana yari henze Kandi ur'intwari washoboye kwizitura komera Imana iguhe umugisha 🙏🙏🙏
Umugore wese ukunda umugabo we cyane birenze umugabo amutunguruka mubwonko akamukoresha uko abishaka .kwizirika kumugabo ni ikibazo gikomeye.uzaze umbaze.uru rukundo rurenze abagore tugira rudutera ingaruka
Nyamara uyu mu sister
Avuze akantu kubwenge,burigihe ibyishimo bibanziriza umubabaro,cyimwe nuko umubabaro ubanziriza umunezero.
Uri intwali, wamenye ubwenge uribohora iyo ukomeza kwihambira yashoboraga kugukubita bikakuviramo nubumuga ntushobore no kwirerera abana. The best is yet to come
you are beautifull ujye wihagararaho inzira yurukundo nimwe gusa mugutangira, iva kumugabo ujya kumugore iyo bibaye le contraire biba nabi.
Leila Gusabiye umugisha ku mana kandi tu es fille intelligente, belle.Une vraie personne.
Komera imana igufashe .ubuhamya bwawe bumeze nkubwange neza wagirango nibwo.gusa ngewe yaragiye kunyicisha inkoni.nange yajyaga ambwira ngo nidutandukana ngo nzajya kwicuruza ngo azajya aza kungura Nandi magambo Mabi menshi akomeretse umutima .gusa uyumunsi ndashima imana kuko ntikora nkabantu. Ndashimimana ko yampaye amahoro yo mumutima 🙌🙌🙌🙌 icyo mpamya cyo iyo ngumayo ubu mba narapfuye naribagiranye ndumva emotions 😭
Ko uri Kumvugira ibintu se disi!!!ngo Utari Umugore wange ntanuwaguha intoki!!!Ako Imana si nk'Abantu ubu ndi amahoro ndarya nkaryama n'Abana bange Imana ihe Umugisha Abagore bikorera
Imana irakiranuka ntiyaremye umubabaro, umubabaro wazanwe nicyaha.Imana irera,ntibikabeho ko ikora ikibi.njye iyo ikibi kingezeho nziko kiba kizanwe n'umubi ahubwo Imana yabiretse bikangeraho hari itandukaniro rinini hagati yo guteza ikibazo no kureka ikibazo kikagera k'umuntu.
My mugenzi wanjye.Ntibikabeho ko lmana ikora ikibi
Uzubwenge , urimwiza , may God bless you
Nange nabwirwaga amagambo nkayo mabi ariko ubu nditunze kandi ntacyo mbaye.
Nibyo biri kuumbaho
❤❤ BRAVO❤❤ kabisa wabaye Intwalii....
@@MINOUCHEMIREILLE urakoze cyane
courage
Kwizirikaho njye nunva nicyagihe aba akenye arwaye yagize ibibazo uhakomeza ukamunambaho mubyaye mutabyaye ntumutererane. Ariko umuntu kwizirika kumuntu utagushaka wapi ibyo sinabishigikira ubuse waba uri spare part ye bamuteyemoooo cyangwa ashwiiii.
Suko se.kwizirika kumuntu Uba uri kumubangamira pe! Ibyanze urarekura kugira uhe umutima wawe amahoro
Nta mpamvu nimwe yatuma wizirika k'umuntu rwose! Keretse abaye umubyeyi wawe cg umwana wawe so...
Ndebye iki kiganiro uyu munsi, nyuma y'umwaka mugikoze, Laila nsinzi imyemerere yawe, ariko kuri kuri jye wiziritse kuwo ushaka Imana iramukugabiza, ariko ifunga irembo ryo kuguhekesha umusaraba wiziritseho , niyo mpamvu uwo mukundwa wawe ataguhaye amahirwe yo kujya mu murenge kuko Malayika murinzi yakubereye maso aho warufite ubuhumyi maze akurinda effets za gatanya yaribugutanyagure muri amour sincère wabijyanyemo
Uyu mubyeyi, niyihangane hari aho avugishwa n'igikomere. Nko kwizirika ku babyeyi sibyo... kuko Imana igusaba kubasiga. Kwizirika ku bana nabyo ni inshingano ariko ntabwo harimo affection nk'iy'umugabo. Gusa ku byakubayeho birumvikana, ariko gerageza ubirenge!
Ndakwemeye nange umugabo twajyaga tutumvikana kumyitwarire ye mibi irimo kuntungiraho abagore ubusinzi kugenda ansebya
Gusahura urugo ,namubwiragako nintandukana nawe umutungo nzamukuraho nanamushimira ari abana dufitanye akambwira ko ntacyo nakwimarira ko namushakisha mfukamishije amavi yaje ,kubona akazi ngirango azisubiraho ahubwo agenda rimwe ashaka umugore ntiyagarutse narangamiye Imana hari mu 2010 abana 4 yansigiye uwa 1yarangije A0 uwa 2ari UNVST uwa 3 s6 uwa 4 s4 mubyukuri namwumvanaga kenshi ko abagore ntabwenge bagira kugeza ubu tubayeho birenze ukotwabanaga mumpagarara humura urwane ishyaka
Ntawubeshwaho n undi Imana irengera uyihungiyeho.
Ufite ubuhamya bwiza mama🙏🙏🙏🙏 courage
Ohhhhh!! Imana ihabwe Icyubahiro🙏🙏
@@shemaauxiliatrice3285 Amen kubwubwo buhamya hashimwe Imana yatumye wiyarura muricyo cyocyezo usengere nabacyiri muribyo wahuzemo .1guharikwa
Guharikwa .gusahurwa umutungo ihohotera ni bindi byinshi nawe urabizi Imana yonyine
Wawooo imana ikomeze ikwahure
sha byihorere njyewe abagore ndabubaha!. byambayeho arikeba aratabaza ngo ndamutemye ntamakuru mufite gusa urintwari kdi komera nanjye ndikubarera uwumwe kdi mfitibyiringiro abagore barampabuye awiiiii😢
yemweeee niwowe muntu wigitsinahore mbonye uvugishije ukuri imyaka yawe niyo kd niyukuri wowe ntiwigira uruhunja pe and you’re so beautiful 🥰🥰
Laila nanjye ndagushyigikiye ntampamvu yo kwizirika ku muntu wamaze kubonako atagukunda kuko nubuzima wabuhatakariza
Mujye mureka gufuha cyane kuko ntamunezero wazigera ubona murugo knd iyo itabimenye kare ngo umunye uko ubikosora bituma uhita usenya knd impamvu zikaba nyinshi mugihe ukiri muriyo situation
Ngo Ngwiki?? Ushobora gusoma ayo magambo wandiste?? Niba yaramukundaga si Uburenganzira Bwe?? Wiowe ntushobora kugira Jugement gurtyo.... Birababaje cyane ....
Laila uransekeje cyane,ugezaho wacuruje imyenda. Ndagukunze cyane .kandi komera pe Imana irahari
Erega hari Situation umuntu abamo ntacyo utakora,,,, ahubwo we yari Class .... Hari ibiri Inyuma yo kugurisha Imyendaa
Ut'Agatambaro karaguye? "l'amour rend aveugle et le mariage rend la vue " voilà tout.
Umugabo ugukunda byukuri ntago akubabaza (ntago aguca inyuma, ntago agukubita, ntago agusuzuguza abandi, ntago akugira igitaramo mubandi). Ibi bintu byose nibindi ntavuze bibabaza abashakanye rero umuntu ugukunda ntago yagukorera ibintu nkibi. Arakwegera mukavugana mugashakira ibibazo byanyu umuti!!!!!!
Nibyo 💯
bien dit❤
Disi urakoze wigishije ikintu gikomeye "KWIZIRIKA"(k'umuntu utagukunda)
Laila numvise ubuzima bwe mpita mukunda disi. Narinziko ari umwiyemezi ariko disi Imana imbabarire🙏
Uravuga ukuri mama
Umugabo utagukunda arakubabaza Kandi akabikora abigambiriye yitwaje ko umukunda ni amakosa kwizirika 😢
Abagabo barabaza cyanee amagambo yabo nimabi cyaneee
Wowe ayawe aryana kurusha igisebe
@@nsengimanaaloys7335 niko bimeze kuko iyo uzi ikibazo ufite ugerageza kudahura nibigushuka icyambere yagize amahirwe ariga
Rosé Bonsoir,bwira uwo mudamu ngo yihangane kandi ntakajye a regretté kubyabaye buriya ni MANA yariyabipanze,rero nyuma yubwo buzima harubundi ntazihebe
Ntago ari Imana ibipanga ntimukabeshyere Imana, nuhitamo kubana n umuntu ibizakubaho ni amahitamo yawe si ay'Imana kuko ntawe Imana ishyiramo umugozi ngo abane n'undi byose ni amahitamo y'abantu kandi urugo rwiza rugira formule kandi bitangirira mu mahitamo umuntu akora atarashaka,nuhitamo umusazi ntuzibwireko azahinduka muzima ngo nuko mwashakanye,ni nkuko utajya kugura imineke mu isoko ngo wibwireko nuyigeza mu rugo ihinduka ibirayi,ikica abantu ni ukwibwirako gushaka ari ishema bityo bigatuma bafata uje wese nyamara aho gufata uje wese birutwa no kudashaka.igihe cyose ubonye uwo muntu ntacyo akongerera mu buzima,ukwiye guhita umureka ,iyo wumvise abarira bose bakubwira uko bashakanye ubonako ikibazo atari urushako ahubwo ikibazo kiri mu mahitamo yabo y'uwo bazashakana,nimwigire ku bakera bagenzuraga imikurire y'umuntu bakagenzura abo akomokamo ,inshuti ze ibyo byose bikwereka byinshi mu ngeso z'umuntu,nonese uzabona umuntu ahita uti ndagukunze tubane hahh urushako ntirukinishwa,nkuko iyo wubaka inzu ubanza kuyikorera inyigo ukanayizigamira ukitegura ibizayubaka byose kugeza irangiye kuki ibyo ubikorera inzu ariko wagera ku muntu ntiwitegure ngo umwigeho neza ibyo mudahuje nubona utazabyihanganira ukaba wahita umureka ako kanya.ikibazo si urushako nta nubwo ari gatanya ahubwo ikibazo ni abizirika ku muntu bakarenza amaso ibyo babona badahuza kuko icyo baba batumbiriye ari ugushakana nyamara bya bindi badahuza barengeje amaso ni byo baba basanze bagiye kubana nabyo buri munsi ,ni gute wakwanga umuriro nyamara ntuwuhunge ukawijyanamo uwureba ngo uzazima igihe nikigera hahh Imana irarengana ntawe ishyiraho igitutu ngo abane n undi nuzabivuga azaba ayibeshyera 100%
Mbega comment uwiiii 😂
Comment ni sawa
Leilaa uzatwereke ako ka BIDON KO GUSEVINGA UKO WABIGENJE UZABA UKOZE PLEASE
Umugabo ushobora kumwizirikako iyo agufasha abana naho atagukunda ariko atagukubita agufasha muri byose.
Mwari famille modeste ngira ngo nicyo washatse kuvuga. Si famille noble.
Turaje tugukurikira mugore mwiza
Laila uri umugore mwiza kandi uracyari muto bagore muve hasi dukore erega niyo hava agasuzuguro kandi ntanubgo mwasezeranye ubgo simana wagize. Courage mugore muto
From the beginning, wiziritse ku mugabo utari uwawe. Ntabyo yigeze avuga rero.
Ariko uwo mugabo wawe, na we yahuye n'inzira y'umusaraba...kuko wamwiziritseho ubitewe n'amarangamutima n'ibyiyumvo byawe, arakwihanganira, none aho ananiriwe uramuvumira ku gahera...ni impanuka kdi bigaragara ko wishimira ko wamubyaye ho abana...
Komera wa mfura we gukunda si bibi ahubwo nuko wakunze umuntu utagukunda hanyuma mubundi bihugu ko umukobwa akunda umuhungu ntibabana?Nta kosa na rimwe wakoze ahubwo iyo nzira ntabwo muri gahunda y"Imana wari kuyisimbuka.Rekura urekuye Yesu aracyakora kdi azaguhoza amarira.
Gusa ihangane ibyo abantu bavuga ntiwabivamo gusa urarondogora ntuvuga inkuru neza birumvikana
Ararondogora cyaneeeee
Ariko mana,abagore beza bahura n,ingorane
Ngukundiye kuvugishije ukuri gusa urukundo ni rwiza ariko hari igihe urubona nk'aho ari rubi
Beautiful leila ndagukunda cyane. ❤
Laila ndagukunze cyane kbs
ubundi umukobwa abwira umuhungu ko amukunda gute???? Vyumvikana ko uyu mugabo atigeze agukunda niwe wamukunze.
Iturize uko umuhungu yabwira umukobwa kamukunda ninako umukobwa yabimubwita
Wauooh Rose mbaye uwa mbere nabaho kanicare numve neza❤
😀😀😀Uti reka nicare numve🤗🤣
Story yahatari ,,, uziko umuntu abona abantu bagyenda baraciye muri Rwinshi....
Weeeeh eeeh mbega umumama mwiza kandi w'umuhanga!!!!! Nagumye kunvira story yawe irangira ntabizi. Gusa ndakwihanganishije. Kandi nkunze ko wimenye hakiri kare
Nawe Rose uri mwiza cane !!!Ndagukunda !!!
Burimuntu abayibereye mubye ngo naramufatilanye bitewe ni bihe walimo Kandi ukaba ubyemeye Imana Ninyembabazi
Muvandi ntampamvu zo kwizirika mungo habamo byinshi umuntu mukundana akwihishamo wahagera😭😭 byagera kudahaha kdi afite ubushobozi🙆....twinshi
Uri umunyakuri Bambe
Sha ndakwibuka disi muri horizon kbs wagaragaraga neza kbs
Pole Sana kbs m classmates humura byose bigira iherezo knd urishimye ntacyo ubaye
Ndagukunze pee Laila mama mwiza Nyene uvuze ibyawe numva ahari umenga uvuze history yanjye peee wagira uvuze ibyanjye neza neza 🤔🤔🤔🤔🤔
Ariko uziko wakoreye iwacu mugikari kwa set koko nkwibutse we nawe rero niyo mpamvu numvise uvuga ngo kirimo diii,warahaje rwose ndabyibutse neza
Ntabyo kwizirika sha we! Gute se???? Ariko umuntu akwica uhagaze kubera iki?🙅🙅🙅🙅🙅🙅
Nibyo rwose ibyo Leila avuga nibyo. Kwizirika kumuntu ni bibi kuko birangira nabi. Tubitandukanye no kwihanganira amakosa amwe n'amwe kuko uwo wihanganira afite ibindi byinshi umuziho
Part2 muyiduhe
Wow wow wow 🥰🥰❤️ mbega Ibintu nkunze utumye mfunguka mumutwe Laila mwiza,ujya kwitiranwa numukobwa wanjye,iki kiganiro ukoze kizakugaruka mugutwi kd kizatuma unyibuka ndabizi neza nzabikwibutsa👍👍
Rose dushaka part 2 vuba rwose muradupfubije, ariko disi azi ubwenge kandi azagera kure! Kuberiki abagore bazima batagira Ingo nziza koko! Ndababaye urumva umuntu nkuyu ufite ibitekerezo nkibi iyo agira umugabo bashyira hamwe ubu aba agezehe
Mana we sha chr wavutse ryari konumva urinjye wanyawo
Akenshi umukobwa yiziritse k'umuhungu, naho abishitseho birangira umuhungu amubabaje. Ariko umuhungu yiziritse ku mukobwa, iyo amwemeye yiga kumukunda, kandi bigakunda.
Abagabo x uwo mwanya bawubona?
Yewe komera nange umugabo yarabimbwiye ngo dutandukanye sinabaho ariko ndiho imyaka 8irashize
Intahe yawe ni intahe ikomeye n'ishure. Komera Imana izagushumbusha
She's beautiful 😯
None se ujya kwizirika ku mugabo , utaramubona ntiwabagaho abakobwa mukwiyw guhindura imyumvire ntukumve kubaho biri mu biganza byundi muntu nawe utariho umugabo yabaho rero sinumva impamvu muzajya mwizirika ku bagabo
Uzi ubwenge kabisa njyewe ndakwemeyee
Noble cg modeste?
Umva ihangane bizashira abagabo bavuga ibyo bishakiye bakagirango nibo buzima nanjye nabinyuzemo gusa uzaba umugore nyina wa bana mwiza Kandi wumukozi wumukire
Yewe sinarinziko abagore beza nabo baruha disi, so sad
Ehee baruzuye nyabu!
Icakozeee wamanye akamwemw kbisa
Ahubwoooo Bazakwite : NDI MURUKUNDO LEILA ,,,KUKO UKUNDA BIRENZE
Laila ndagukunda inkuru zawe ziranyubaka
Rose uyumunsi wambaye neza cyane
None se Kaminuza waje kuyireka? Kø utatubgiye any way courage
Yabivuze yarayisoje
Nange nitwa lairat yewe uribazina nange nariziritse ariko bitumye ndeba ikiganiro wenda wanyubaka
Ursnsekeje,Leila. Erega amafaranga ni musema kweri
Vava afite chance yokukugira.Azagukuraho byishi.
Nibyo rwose👌👌
Nibyo rwose👌👌
Wari smart cherie wanje. Kwiyumvira ikintu nkico usavinga,Nikita gikomeye cane ndakwemeye
Woow udukoreye umuti pé! Home saving turaje tuyikore.
Ahwiiiiii ati ninjye wamukunze yewe ndagukomeje😆😆😆😆nako umeze nkanjye gusa birababaza😢😢😢😢😢😢😢😢😑
Iii Ubu yariyakiriye, yarakuze!
niwowe uzi kwizirika abandi barabesha
Muri afrika biragoye iyo umugabo atagukunda kuko amategeko ntakora neza muri afriķa nokukwica yokwica. Nibyiza kwigira nabana
Wanteye gapapu mugenzi wawe rero watwaye Urukundo utari Urwawe Kandi yari yabikubwiye
Raira uziko amateka yawe arinkayajye nezaneza wabivuganga nkavuga uyumuntu nijyewe
Nta muntu shinganwa kbs.umwe avuze undi yabaho,nkuko turiho,ntibakajye badufata nkigikoropesho
Ihangane uwo ntiyari uwawe
Lailah ndagukunze
Yayayaaaa Leila ntabwo yari Umugabo Cyari IGISIMBA.... Kugucishaho IPASI😮😮😮 URAMUREKA NTIBAMUFUNGA YAGUCISHIJEHO IPASI🙊🙊🙈🙈🙉🙉
Witega abantu iminsi
Uritwari muvyeyi . Kandi uranyigishije
Ese uyu Rose avukana na Antoinette? Barasa bavuga kimwe
Niyo mpamvu leta ishaka ko abantu Bose biga wabashije kwihagararaho
Ihangane pe
Nimwiza njye ndamureba simuhage. Iyaba abagore bose twabashaga kwihagararaho gutya byaba byiza
Shahu se Niko urushako bigenda natwe na batabivuga suko bitabariho njye ceceka mwana wumukobwa
Uzi ubwenge kdi ufite imbaraga , komera pe! Kandi witeze imbere
Ariko mfite ikibazo munsubize,ntabagabo bo bahemukiwe n'abagore ko ntabo mbona batubwira kuri you tube?
Uzagende kureba kwa Sabin isimbi Tv haruherutse kuza gutanga ubuhamya umugabo arababaje umugore yaramwangije byahatali yapfuye ahagaze.
Uzagaruke
nkunze kumunota wa 54.... niko kuri chr, gusa Imana Iraduteturura pe...courage turi intwari.
Oooohhh disi ndakwibutse uri mudilat wa jaama yacu muri Lycee de Rusatira
Oya uwo mugore yakoze amakosa wapapuye Mugenzi wawe rero nishimiye ibyakubayeho kuko Tipe ntiyige agukunda narimwe
Amagambo arababaza ariko no kwihangana ni byiza kuko abagore Bose bahukanye kuko bababwiye Nabi,abana nibo babigenderamo bagatakaza urukundo rw,ababyeyi bombi,Kandi abagore bazi kwihangana no kubabarira no kugira ibyo urengaho kubera abana bawe,abo barubaka rugakomera.nanjye ukubwira sinihangana ariko ntakaza byinshi kubera kuragira kwihangana.kwihangana ni qualite ifitwe n,abagore bake niyo mpamvu divorce Ari nyinshi
Ari rose wize lycee de nyanza