TURARIZE🥲NIBAGA ABANA b’IMPINJA KWA MUGANGA🥲NKABESHYA UMUGABO KO NABYAYE🥲HARI UWO NIBYE YAPFUYE
Вставка
- Опубліковано 10 лют 2025
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
Arega mujye mumenyako umugabo wese aremwe mwirari rero umugore cyagwa umukobwa yaba anuka yaba aricyigoryi gitinkonda yaba arumusazi ntacyabuza igitsina gabo cyitamusambanya kuberako abayicyemurira icyibazo cyiremereye umubiriweee umugabo cyagwa umusore uzagusaba kugusambanya ntakabuza ntuzigere wumvako agukunda haribyaba yicyiza bikuremerereye umubiriwe.gusa uwowe rwose yaragukunze .
😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢 icyaha gikomeye nimba unibeshyera RIB ira kureba. Nyabuna abatanga buhamya mujye mugerageza kwihishira
Nakunze ukuntu mama wawe atigeze agutererana canke ngo agufate nabi ugitwita ubwa mbere
Ariko Mana we abantu pe ubwose kumufunga nicyo gisubizo cg ni uko ariwe ugaragaye kuri camera agasaba imbabazi ariko mujye mu menya ko satani ari umugome Kandi iyo yakuziye akwereka uko ukora Ibyaha akakugusha uyu niwe wemeye kubivuga ni ubwa mbere mwumvise inkuru yabiba abana kwa muganga ahubwo Uwiteka akorera yamutumye kumbwira abantu Ibyaha byabo ngo bihane Imana imuhe umugisha.
Yego rataaa
Mana tabara abantu bawe turaremerewe😢 Kdi utange urubyaro kubarukeneye❤
Yesu yarakubabariye humura Imana ni nziza Kandi ni umuhanga arakuzi Mama
Imana iguhe umugisha ko wemeye kwatura. Kd Rwose Ikomeze igufahse kubabarirwa warababariwe . Abo wahemukiye Imana igufashe bazakubone bazaruhuka rwose na bo. ufite message nziza maman. Wakoze
Muraho 🤝 yesu na shimwe Bana bi Mana mwese mbi furije a ma horo ni ge we Zawadi Abanyiha ngani chije aba 🙏 Abaciriye Urwapirato 🤝👏Ni mu ... Kuo ..Ahubwo Ndashima lmana yampaye imbaraga zo kumena Amabanga ya Satani ndaje Vuba mbabwire ni bindi mutamenye Gewe nzi byishi Ahubwo Satani agendere kur 1:56:29 💪e
Ndakuzi warururara ururwesikoro urindaya ucuruza mituyu kiyosike niba warihanye bikurimo nibyiza lmana humura
Izakubabarira ndetse yarakubabariye keera komereza aho twese turabanyabyaha ariko
Iyi nkuru irababaje arko nuyumubyeyi nawe yarababaye kd niyihangane akomere cyane
Matayo 6,6 injira mu cyumba cyawe wifungirane So wo mw'ijuru ureba ibyihishe azakwishyura. UWITEKA ntiyivuguruza mw'ijambo rye. Nimuve mubuyobe bwamadini bwo kwatura cg penetensiya mwizere UWITEKA n'ijambo rye ry'ukuri.
Yoooo imana ikubabarire disi byosewabikoze kugirango uramire amagara
Wewe ntibari kugufunga.ahubwo baguhe infidhi kuko abakwiye gufungwa nabaniga abana. Ibyo wakoze wabitumwe n’urukundo rw’ibibondo🙏🙏🙏
Usa na Rose Muhando
Oya
Rose,ndebye intro y’ikiganiro ariko ndabona ntazi. Iyi nkuru se ubu imeze ite?
Pole chr icyangombwa nuko wakize imana inakugiraneza uratura kuko ninyigisho tukuyemo peee
Nonese ikibazo nfite, umuntu bahaye transfer ajya gutega public buses cg bahamagaza ambulance 🚑?
Imana ikubabarire gusaba imbabazi ntibyoshye
Hari ibyo ntasobanukiwe:
1. Ko nta murambo muri Islam bashyingura batabanje kuwusukura ni gute batavumbuye ko wabeshye kandi uvuga ko umwana yari yarakunguye?
2. Ni gute ivuriro ryohereza umubyeyi uri ku nda ku bitaro nta ambulance ngo najye kwitegera? ndavuga uwo wibye umwana bari bamuhaye transfer akajya kubyarira i Kibagabaga
Ibindi ndifashe
Ndi kumva harumo ibinyoma gus
Rose uhura na benshi, ariko noneho uyu muhuye ni ruranginza. Ati umugabo wange yasekaga neza nkawe😂 hubwo kuba atariruka kumusozi sinzi.
Mbega igisatsi kiza we !!
Wawubonye nawe
Imana imukomeze ntuzasubireyo
Iyinkuru iteye ubwoba ariko mbambona ufite depression yoo Uwiteka akomeze akurinde!
Abatabyara bazandebe nge mbyara double 2
Pore cherie waciye mubintu bikomeye we yesu azokwiteho mama🙏🏾🙏🏾
Imana igume iguhe imbaraga Kdi izaguhe umwana ndabona ukiri muto, nawe si wowe Warababariwe nukuri
Yooo warababaye kandi wabitewe nuwagufashe ubwa mbere ugira nibibazo nyuma yo kubyara ihangane
Komera cyane 😭
Imana niyo igena byose 😭
Rosa inkuru yamwitereye ubwoba ARANIHISHA pee😂 Rose habe no kumufata kurutugu nk'uko abikora abandi abakomeza . Ahuiiii
Yoooo pole Maman warakubitiste Yesu nabane nawe
Mana we Tanga urubyaro ku barukeneye humura imana irahari rata.
Ndakubabariye n'Imana ikubabarire. 🙏
Urakoze 🙏 Chaka ubwire niba uri mubantu na koreye icyo cysha ?
Rose TV show akazi karakunaniye pee buriya izi ninkuruki uba uzanira abantu kweri😢
Pole mama your story is sad and heartbreaking
Rose dutegereje inkuru yose Yesu yamugiriye neza pe l
Nta gice cya 2?
😂😂😂 Rose mbabarira ureke kunsetsa uti yego baba 😂😂😂
😂😂😂😂J ndamwikundira rooooseee
Mbega ubuzima we pore sana mama uwiteka arakora
Byarenze ubwenge bwange kbs.
Ayiwe reka nuve
Ibintu byuyu mugore byananiye kubyumva,rimwe ati naritwitishagq,ubundi mfite abana babiri,ubundi ati nibaga abana,narivuje ndakira ndangije nisubirira murugo,kandi yariyatubwiye ko yashatse,ibyuyu mugore byananiye kubyumva,ariko uyumugore asa nuba indimanganyi pe.
Ariko urumunyamahirwe kuba warakijijwe
Ndakwibuka korari yawe yadusuye kuntenyo gusa urakijijwe pe
Ihangane Uwiteka arakuzi.
Ahubwo wari warize biology ingana ite ngo umenye ibyo byose
nawe wibabarire maman ni igikomere wagiriwe ukiri muto ,ahubwo uwagufashe kungufu imana izabimubaze cg yihane nanabona iki kiganiro azagusabe imbabazi, ariko Rose mfite ikibazo wize ibijyanye na pyschologie clinique? sha mbona wumva ibikomeye cyane ,ariko uzaduhe paty 2
Mwizina rya yesu 😢😢😢
Kumbure nuwo mu maman yoba yarapfuye. Ikibabaje nuko bamuhamvye nk umu islam kumbure yar umu Kristo😢
Ariko Rose, mubaze ibyo byo kwiba abana bapfuye or bazima nabyo yabibwiraga nyina nawe akabimushigikiramo? Konubundi imigambi ye yose yabibwiraga nyina. Yina yiba ibyo byose yarabizi agaceceka, nawe numufatanyacyaha. Bose babafunge puu
Esubu ibi bintu muvuga mujya mwibukeko hariho urwego rwitwa RiB 😂 ibibyaha birahanirwa wamudamu we
yamuhaga iki
Uwomuntu usengera ababyeyi bitwite mwamutubwiye
None se abo wibye impinja bahise bagukurikirana munkiko
🤣🤣 mbega wowe
Turashize ye, ubu se uyumugore nimuzima. Ahubwo bagufate ufungwe.
Kuberiki ?
👏👏👏👏🙌🙌🙌
Manawe mbeginkuru😭😭😭
Warasaze wowe mujye mwihishira
Ushaka gukira arata indwara
Bagufunge guko urinkozi yikibi kwiba umwana wuwundi wari warabuze abokurera kumuhanda sibeshi bakeneye abo kubarera. Hari nabakene babafise barise uwumujana akamurera neza bamutanga ariko kuja kwiba ubwo nubugome 😂
@@ivannabella8768 uyu mugore nimubi cane. Afise umutima mubi. Ibaze nyenumwana ukuntu yamaze imisi arira. Hari uwo bamwivye yararize kugera yaho bazana doctor upima ingwara zomumutwe bamubwira ngo numusazi
Waba warigeze wumva rya jambo Yesu bamuzanira umugore bafashe asambana?? Niba uyizi igufashe!!
Na we nabaza utarakoze icyaha muri mwe muri kumusabira gufungwa rahira ko ataza kunamuka mwese amaguru mwayabangiye ingata 😂
Ubuhamya bwe buteye ubwoba ariko ni uko we abusohoye, twe ab’isi uwasohora ibyacu twabura aho dukwirwa
Satani ni mubi aragatsindwa
@@hotmail906 🤣😂🤣😂😂😃😂
@@hotmail906 gose turacumura kandi keshi. Ariko kwiba akana vyarandenze pe
Ibyontaho bihuriye nokwiba urumugome bakugendere kure
😊
Rose at yego baba 😂😂
Ariko se umurwayi ahokugirango utoroke ibitaro, ntuba waratumye murumuna wawe akaba ariwe ujyayo gushaka amafanga
Bagufate bagufunge. urumunyabyaha, kandi bagutware na indera urwaye mumutwe.
Ego baba
Ariko ndumiwe umwana wimyaka munsi ya 20 ukamenya kubeshya ibintu bikomeye gutyo? Satani afite imbaraga burya,gusa yaratsinzwe
Roze ATI yego baba 🤣
Ugirango si gitangaza wa!
Bibaho.ukomere