Igihugu mbamo ni Paradizo|Mazeyo imyaka 11|imbwa iyo isakuje Polisi irahamagarwa|Mahoro muri Finland
Вставка
- Опубліковано 27 вер 2024
- Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126
REBA channel ye hano: ua-cam.com/channels/TqS1MBnVRgLbXyDzYt9Fcg.htmlvideos
Nonese ko iyi channel idafunguka
Ok
Hy
urakoze cyane sabin kuri iki kiganiro wagiranye na Innocent njye ndi muri Usa ariko numvise ibyinshi tumeze kimwe ubuzima bw'ibihugu biteye imbere ni bumwe rero abari kuvuga nabi bavuge baziga kuko burya ku isi ntago wabona ubuzima bwiza 100% kuko nabo bari kuvuga ko yabeshe nibabyuke bataha iwabo niba koko babangamiwe nubuzima barimo kuko ibyo yavuze ugereranyije nubuzima bwo muri Africa abatari mu ntambara barimo kwicwa ni nzara urumva ko ubuzima buratandukanye . buri wese aho aherereye ku isi nashakishe ibyamuteza imbere akore cyane azabona ubuzima bwiza naho izo nzangano ntaho nzabageza bamwe muratukana nta mumaro urimo kdi ikindi hari uwavuze ngo yagiye nk'impunzi ibyo si ikibazo kuko ntawifuza kuba impunzi abona bimuguyeho . Thx again Sabin
Chaque expérience est différente pour chaque personne uyo wundi niba bavuga ko yabeshe maybe we yavuga par rapport à son experience
Bien dit.
Kbisa uvuze neza👌 buriwese nubuzima bwe, abantu Bose mugihugu ntibabaho kimwe
@@bijouxdor6238 nibyo rwose, kimwe nuko muri america hari uzakubwira ko amerewe neza undi akakubwira ko ubuzima bwanze. Turi ku isi, igihugu cyose waba urimo, ntago abantu bose babaho kimwe.
Sha, Sabin umuntu arakubwira ko yaje gushyingura mama we, ntunamubwire ngo pole!!! Mbega wowe...
Sabin nundimuntu
Oui ngeso nabonye ayigira 🙄🙄🙄
Icyo apfa ni vieuws sabin
@@espoirejane446 Ariko se ndibaza ni Sabin uba wabashatse for interview or nibo baba bamushatse?
@@martheu.8043 nkeka aribo ni ugukeka ariko
Pole sana Mahoro, umukecuru Imana imwakire mubayo.
Abemeranwa nanjye ko twakorera Sabin calendrier tukamuha invitation akaza gusura ibihugu byo hanze mumanike urutoki!. Twagiye mulihe? Njye ndakwemera kuzajya kureba aho iminwa zijya mwishuli. Igihugu nzakikubwira iyi gahunda itangiye. TWAGIYE?????? Niba Sabin ali tayali.
Sabin ntuzansige nanjye🤣
Nange arandinde tujyane
That’s a very good idea 👌👌
Muzareke mutwaze ibikapu pee😩
Abibwotamasimbi mulihe? Buli continent Sabin agomba gutumirwa, adutumikira kenshi, aduhuza nimbabare, nyinshi z'Imana zihindulirwa ubuzima, tumutumire adusure, natwe tumuhe umuganda mumilimo ye .
Ndahazi cyane kweri aho hose uvuze ndahazi
Ndashaka Kuza a kuhaba nkahakora business yamadiva yintebe, nziza ngo bifite cash cyane aho
Reka sabin uwow mutipe arakubeshye ngo iwabo nigisenyi uwomuswa yavuye munkambi ya kiziba nubwo mupira yabaye wanditseho jomba kuko nihoyavukiye kubeshya urumuntu wumugabo akihakana igihugu yavukiyemo
Pole sana mahoro maman akomeze arubukire mumahoro
Sabin ibyo ni iwacu babivuga ahandi akazi nakazi
byabiganiro nkunda. thank u
Nakomeze aruhukire mumahoro Maman kandi namwe mukomeze kwihangana ntibyoroshyee😭😭
uyu mugabo, atanze amakuru uko biri rwose, ntiyanyuze kuruhande rwose, avugisha ukuri
Innocent twahuriye kumazi kabisa!! twarasangiye it was good to me you brother
Ese mugerayo gute? Ntawampa information ?
Nice Denmark, Sweden, Finland nigihugu byiza cyane
Wibagiwe n'a Norway
Naho Holland ?😂🤣
@@peninamahoro-official7076 Holland ni heza naho 😂😂😂😂 baba bari free cyane.... Lol!!!
Ongeraho na Norvège
@@l.g3370 Norway ndufite snow ubu
Finland byo nta gihugu wabigereranya n’ireme ry’uburezi riri hejuru cyane kurusha za USA na UK
USA naho kuba? Uwabuze iyo ajya wese aza hano .uwo byayobeye wese nihano ar
Mahoro disi numuntu wumugabo yageze u s a aje gusura abavandinwe nanjye yaransuye komera pa kandiwihangane
Scandinavian yose ntamuntu wishyura ishuri
Really 🙄🙄🙄 ????
Don't believe the hype...all that glitters is not gold...the grass is not as green as he states...but if he is truly happy in Finland...then he is blessed ...
Umubyeyi Imana Imwakire mubayo knd mukomeze kwihangana PP.brayn🙏🙏
@Sabin iyo umuntu avuze ko umubyeyi we yitabye Imana mu muco baramwihanganisha, bamuha pole, ni ngombwa cyane, ariko buriya wacitswe bibabo.
Arishakira views mwihanganire
@@vikmn5909 nibyo rwose wabimenye, icyo yishakira ni views naho gutekereza kwihanganish undi reka da. Wabona yacitswe koko tumubabarire.
Sabin numuntu si malaika ibyo mumuca intege yarabizimbereyuko atanjyira kd nutanjyira ibintu ntucibwe intege, uzamenyeko ntakazi urimo.
Yes peace, amakuru 🥰
Pole Innocent! Sabin wagakwiye kwihanganishiriza umutumirwa wawe akubwiye ko umukecuru we yashaje!
Uyu mugabo ni umunyakuri,nanjye niho mba.
Hey
Nibyo kweli usaba inzu, uri wenyine, ufite imbwa cg ipusi bakayimuha mbere yawe ngo ari accompagne
Bro, courage muntu wanjye, uvuze ukuri kabisa turagukurikirana % imana igukomeze muribyose kdi ujye uhambwa umugisha mubyo ukora byose.
Sabin, mu bihugu byateye imbere nta kazi kabi kahaba. Ibyo bivugwa n’abanyarwanda basuzugura akazi. Akazi abanyarwanda bita kabi usanga ariko gahemba neza. Utuzi twinshi two muri office usanga duhemba make keretse nk’abakora utuzi turi professional nk’abaganga, abarimu, aba techniciens.
Akenshi, abanyafrica bababashaka akazi za office kuko ariho umuntu yicara akabona salaries ntakintu ya koze. Mbese kwiba. It's laziness. Hano umuchauffeur ya camion ashobora kwinjiza 10 000$/mois umuntu ukora murigouvernement akishurwa 3000$😄😄.
Mbonye umuntu uvuze réalité y'ubuzima nyabwo bw'i burayi.
Ni paradizo kabisa kandi ibyo avuze nibyo🤝
Nta patadizo babahobiga ibirimibitarangira ntakigenda cyaho
Paradizo ya hehe, ubuse uyu koko uko agaragara asa nuba muri Paradizo ? Wasanga arya aruko yakoze ijoro namanywa, amara amasaha menshi yikorera amakarito yarangiza ngo aba muri paradizo haaaaa biratangajeee
@@bobm4381 ishyari ishyari ishyari shaka Ibirayi urya
@@bobm4381 ufite ibibazo bikomeye ninde se wabonye ubaho udakoze? kwikorera se ntabwo ari akazi? genda sha
@@bobm4381 uri bono tout simplement
I'm happy to you Bro Innocent Mahoro
Uyu mu G ari perfect kbs ibi bizajya bitera abana babañyarwand kugira irari ryo gushaka kujyayo
Sorry ndabona ubigeze ho ibyo nashakaga by akazi.Merci
Nunvise ibyo imico y’a Finland nunva ndahakunze cyane: ngo ntibavuga merci ariko bitwara ukuntu wowe wunva ko babikubwiye.utuye heza cyane Innocent ! Nunva hashaka gusa na Ottawa Canada 🇨🇦 ❤️🇨🇦
Imana iguhe umugisha
Imbwa ndazivugiye abantu bazikubita iyo bazibonye ntibazongere. I like dogs.
Nkunda iyo Sabin yatumiye umuntu uba hanze.ndakareba soir nitonze.
Nange kabisa nkunda ibiganiro byantu bibera hanze ...ndakurikira who ntumvise neza nkajya nsubiza inyuma
@@promesssibomana5471 🤣🤣🤣 ngo usubiza inyuma aho utumvise neza . Urumuti wamenyo pee uranyisekereje
Ubundi c ubugome abanyafurika twigirira imbwa iba yagukosereje iki?
😂😂😂😂😂😂😂
hhhhh iba ishaka ibyo kurya kandi nawe ntabyo wifitiye
My neighbour😄 🇫🇮👌
hey, i live in Cyprus... want you to give me some information to finland i want to come there... +905338718511 that's my contacts
am from Rwanda
Really
@@taupenisanshimirimana3384 yup
Thanks Isimbi TV.
But how can we get his contacts?
@isimbi TV, your content is great pe.
Yewegawe! Nahageze nduwakabiri mbanza gukurikira interview none mbaye uwacuminaaa🤔
Pole sana Bagali kubura umuvyeyi biragatsindwa
Ndumva ariheza pee
Uvugishije ukuri ntubaye nkabamwe banjya Murwanda bakavuga ibitaribyo babeshya basebanya.
Reka reka ntabwo arijuru kwisi nikwisi. Ibibazo birahaba hari nabakubitswe babayo
Courage grand frere
Umugorwe mwene wacu shaaa 😀
Buri gihugu cyose kigira advantages na desavantages. Njye mba muri Belgique mu gice cya bakoresha ikirimi ki go flamand. Ariko uko bamwe banenga Belgique haba nice byinshi bimeze neza cyane nu mutekano mwinshi. Ikindi abavuga ngo ibintu nk'amashuri Ni Ubuntu ntimwiyibagize KO ayo mafaranga ava Ku imisanzu abandi bakora batanga. Belgique imisanzu ya bakozi iri hagati ya 40 na 46.6%. Mukore imibare.
Yeee?? Et moi qui me plain pr 27% je vois pourquoi quand un immigrant se presente ds leurs pays et n'arrive pas a travailer et fini sur l'aide social ils ont bcp de dedain pr eux. Les gens oublie que ceux qui travail don't ceux qui font que tt ses gens puisse etre a l'aise.
@@lydian5762 je les comprends aussi. Par exemple il y a une dame qui a avait été invitée kuri Isimbi. Elle venait de Liege je crois, Elle a osé dire Avec fierté qu'elle ne travaille Pas mais recoit de l'argent pour Elle et ses enfants apres 20 ans.... Uribaza???? Biteye agahinda kurya imitsi ya bandi. Gufasha Les immigrés est honorable heureusement KO benshi bashaka akazi bamaze kumenya systems ntibabe ingwizamurungo
Yego rata👌
Ni aba batuma abana bafurika bashirira muri mediterane
Hi
PC komera kuangufu RIP kwa mere
Isimbi TV turabakurikira 5/5 abatemera ko imbwa zivumbura ufite Covid 19. / Andika Finland les chiers renifleur de tecteurs des Covid 19 via youtube Rfi urahita ubibona.
Gufungura video uziko ugiye kureba nimu Rogger (comedian)ariko ugasanga atariwee uwemerako basa ninde????
Nari nzi ko ari NimuRoger
Izuba Rimara amezi 3 gusa hakaza umwijima wa gihonomu
Uti wagihonomo 🤣 tuzi twe uko bimeze Sweden
@@dusabeange6385 uri Sweden mukahe gace muvandi? Niba ari muri Nord ndagukomeje. Hano mumajyepfo ho winter ntabwo ikaze cyane
Ben Blessing uvuvukuri rwose
Nord nahamaze umwaka umwe mpava kabuno mpamaguru 😁😅😅
@@dusabeange6385 hariya si ahantu ho kuba rwose. Abantu bahari batahavukiye babayeho nabi pe! Region ya Skåne niho hazima
Pole sana agire iruhuko ryiza 😭
Sabine, kwihanganisha umuntu byakunanijiki,nkumuntu mufitanye ikiganiro.koko sabin.
nize kwihanganira imbeho warakoze cyane kwihanganira imbeho
Finland 🇫🇮
Yazanye chaine TV murwanda kuko gukora muri Finland byamugora leta itwarumushahara kuberindezo, ngaje gushora chaine murwanda, ahunze gutungabana, leta yaha namikino
Iyo bashishikariza abantu kubyara baba babwira abazungu bene wabo. Ntabwo ari twe abirabure.
Izo ya like muzimaza iki 😁😁😁😁😁😁
Ako kantu kbxa 😀
🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Imbwa urayituma nkumwana ikakuzanira kimwe cyose kandi ititotombye. Nicyo abazungu bayikundira. Ikindi iyo wenda warabye wenda iranagutabariza ziba zizi ubwenge sana
Ahaaaaa
Ego shaa abantu ntituvyunva kimwe
Ariko Sabin kuki utagiramakenga? Aratangakazi murwanda nawe nakoagira
Rwose Sabin aba yihanganishishe uwo Mugabo kubgo kubura umuvyeyi we
Sabin umutumirwa wawe arakubwira ko yaphushize nano kumwihanganisha 🤔 wow t’as vraiment un coeur dur hein. Uzi gutanga gusa compliments kubakibwa, just saying 🤷🏾♀️
Urakoze gusuhuza abakonje weee.turapfuye nubikonje koko
Pole nana
Urabivuze pe baridi inadutesa kwer
@@bernissebernisse6657 mwihangane disi
Nge imbeho narayimenyereye 😭😭😭😭Ireland 🇨🇮
Ihangane mwa kubura umubyeyi
Sabin iyo umuntu akubwiye ko yabuze umubyeyi igikurikiraho ni ukumwihanganisha. Naho wowe wakoze nkutabyumvise.
Komera mwana w’iwacu
Nanjye ndahageze
Aho ni mu ijuru kbs!
Harakonja cyane muri Finland ,
Umujyi Witwa jomba nuwuhe? Abazi imigi yomugihugu cyabaturanyi?
😊 Jomba sumugi numurenge
@@rugambaw5591 Aman urakoze ahongaho twa kumvikana Ubwo abahakomoka bakitwa Abajomba nibyo cg sibyo?
Iciza cukuvyara nibazako aribyabanyafrika nabarabu bavyara benshi ba visa kubaronkerako amahera.
Bulya igihugu kikubera cyiza bitewe nimibereho ugifitemo. Soit uhereye iwawe murugo atalibyiza urara utongana next day ibyubona byose birakubihira. Niba ukora akazi ufitemo imbogamizi ntabwo isi izakulyohera, Ubundi kamere yumuntu nayo ilyoshya cg. Ibishya isi.
Dukunda abadiya spora kbs batubwira kubuzima bwohanze tugasobanukirwa ibihugu biratandukanye kbs
Uvugishije ukuri % ,nanjye ibyuvuze Niko mbibona neza neza .
sha muzashake part 2 nago yarihagije gira iki kaganiro
Sabin titre yawe iyo inteye amatsiko mpita manukira comments nkabanza kureba icyogihugu nikihe?
Ngiye kujyayo
Pravo.Mahuro uvuze ukuri kugihugu chatwakiriye,Kandi pole sa
Hahaha kwicara amasaha 6 utera story nuko badafise iconakora Ino abantu bari busy. Par contre ico novuga nuko abanya frica bibagora kwi intégra abazungu ninkabandi bantu ntaho dutandukaniye apart urukoba abirarabure umenga batinya umuzungu
Muzatumire porofessa na bella Muri iherezo gi ikiyoma pepe
Uyu mu type ibyo avuga arikuvugisha ukuri pe. Muburaya akazi nakazi pe.
Ngo isuku, isuku iba ikagali gusa, i butare urebe, ariko ibirayi hose harasa
Ninjye wambere mumpe like ,umva ntimuzinyimpe
Nibaziguhe
Hahahah yego
Sabin nkunda ingene ubaza ibibazo vyingenzi💪
umunyeshuli wa Eto nyamata
Gusa aradaneza cyanee
Ama office mensh yibera downtown mbibon nibereye hano USA
USA sha
Sabin nta kazi kabi kabaho uretse mu Rwanda hahahaha, ahubwo ikitabwaho ni duré na type de contrat(CDI - CDD na CTT).
Mukomere peace umubyeyi imana imituze aheza
Umuntakubwiyeko ajegushyingura uti okk 😝
😂😂I think ko yabimubwiye nyuma ya camera
Hari nabishyura amashuri bitewe na income Yabo ikingana na size yumuryango nkuyumugabo ni low income kandi afite umuryango munini nkumuganga nibaza ko adahembwa 11 euro per hour ashobora kuba ahembwa between 30 -40euro per hour afite na 1 child or 2 nigute utajya kuri welfare cyangwa ngo ntagire ayo yishyura based on income
Good
Nomurwanda haribabahabona nka paradizo so ubuzima bwibulayi ntakigenda usibye Imibereho , akazi , Sha kuva urya wiyushye akuya nigute wavugako Ari paradizo ubyuka mumbeho ujyakukazi? Wapi uwonimpunzi wasanga atunzwe namaposho yabazungu nahubundi iyisi nta paradizo irimo pu cyereka kumperuka
Uwo muntu wavuze ko finirand ari habi niba yarahabaye arabeshya nigihugu kiza cyane
ibiganiro byuborofa gusa nibyo mukora kuri isimbi,
You tube chaine yayohereje mu Rwanda ngo ayikurikireyo, araje kuba murwanda, leta yahano niyakurerera abana uhaba. Aje murwanda ngo leta imubure, imurererabana
None c ibyo uvuga biburiye he ninkuru? Ariko muzageza ryari namatiku yanyu? Uwo yateye inda ni umukobwa wawe se?
Jomba ntago arumugi ahubwo
Na karere kuko niho navukiye
Gusohoka kwimbwa nino kujya kwihagarika. Donc imoka ishaka kukubwira ikintu.
Hhh anyibukije umuntu twaganiye mubajije ngo afite abana bangahe aransubiza ngo afite babiri ngirango nabana nyabana kumbe ngo impfuraye nimbwa ubuheta numwana wumuntu narasetse ndaryama
Haha 😂 abazungu akenci nibo bagira izo Ngeso
Abazungu ba settinze ubuzima bwabo bujya kumurongo bariga basobanukirwa uburenganzira bwikiremwamuntu, abirabura nibo bibigoryi nabakene basigaye bizaba Fata centuries.
Ninde ayoba ivangira nkange😏