Thank you brother Sabin & Isimbi TV, you really helped me to preach out, my testimony might save some people who are about to make the same mistakes that I made, and help those who are ashamed to come back to our homeland while they have no life abroad to make decisions.
Truly proud of you Nyirinkindi, I'm so touched by your humbleness, amahanga siko abera bose heza ariko igihe byanze nabandi bajye bibukako dufite iwacu, bazane ideas zibyakorwa bitarangeza iwacu, bakore, life is not a race, buhoro buhoro nirwo rugendo.all the best
Apres cette interview hama hakaba hariko havurwa iyo publicite..... Please please Sabin nukuraba neza ntuzohave woroha abantu muri hell hama ubone des come back to you abantu bazoza batanga ubuhamya busa nkubu que bababeshe murivyo bintu vya Pologne 🤷♀️🤔
Abuhail metro station ndahazi kuko narahanyuraga njyiye kwiga sira certificates (security training)Aho bita Al mamzhar nari ntuye Aho bita union, baniyas na deira gsaa ibyo avuga byose ntanakimwe abeshye mur Dubai hari competition ya akazi iteye ubwoba ..iyo utarabona akazi ubuzima buba bugoye, amafaranga Yi igitanda akodesha cadastral ikigali noneho visit visa yawe ya three months iyo irangiye utarabona akazi biba Ari amateka iyo udafite 450$ yo kuyongeresha( visa change)
Don't worry brother, ubundi aho kugira ngo Imana ihombe yaguhombya. Buriya Imana natwe twarakwishimiraga mu gususurutsa amateraniro n'iryo jwi. Ariko mu nzu ya Data hari byose. Icyo nagushimiye ni quick come back wakoze utangirikiyeyo. Amahirwe aracyahari. Turagusengera ubone akandi kazi.
Nyirinkindi humura, our God is a God of second chance kandi Imana iguhe umugisha kuko ubuhamya bwawe burazagufasha urubyiruko to stop thinking that abroad is heaven. Be strong.
Man Reka kuvuva ng wagiye hanze biranga abo byakunze se ahubwo wowe wazize kubura kwihangana, Naho abandi bahari gahunda ni ukwihangana nziko no mu rda Naho n’iwacu ariko nziko ufashe dubai Naho mu rwanda bitandukanye Naho Sabin kuvuga ibya Poland 🇵🇱 Wapi ni abatekamutwe 100/100
Yeah ni Umuvandimwe wange! Ibyo avuga ndi umuhamya wabyo! Gusa bro? Pole kbs ntacyo uzaba Imana iratuzi bro! Wegucika intege urabizi ko mpora mbikubwira! Ibi byose ni isomo ryubizima!
Mpa number cyangwa urebe iyanjye kuri google tuzahure ndumva ufite imyumvire irenze isanzwe. We need such outstanding mindset to overcome the effects of globalization and neo-slavery.
Clement prince ni iri wahawe ni Imana y'i Rwanda? Niba warigometse ku Mana uratekereza ko natwe tuzamera nkawe? Mu bayizera Imana ifitemo n'abayikirera, no mu bayigomeye harimo abayirwanya. Byombi yabishyiriyeho urubanza. Ruzaba nta kabuza
Warangije degree ariko Imana nayo yagombaga kuguha degree yayo. Gusa uvugisha ukuri nibyiza bizagufasha mubuzima. Be strong God is ready to help you. Never give up Brother.
@@nyirinkindi_ Thanks Nyirinkindi for taking time to reply despite all you' re going through now. It was courageous of you to come out publicly and give your testimony...that shows how much of a humble person you are and trust me , a mistake that makes us humble is better than an achievement that makes us arrogant. I am glad that you did not settle for less, coz you deserve better, God has better plans for you as you continue to serve him. Nyirinkindi komera, ejo ni heza.🙏
Hari ibihugu wajyamo, hari nibuhugu ugomba kwirinda. You can travel to some western countries but not Middle East. Sinumva ukuntu wava muri Africa ukajya mubarabu. Usibyeko ntamafatanga abayo, ariko ubusanzwe abarabu banga abirabura. Wanapfirayo.
Ndagukomeje muvandimwe kubyo waciyemo kandi ni byiza ko wabonye isomo... Reka ngire inama urundi rubyiruko rwifuza gushakira hanze ya u Rwanda 1. Uburyo bwiza bwo kujya mu kindi gihugu ugahirwa ni ukugenda nka umunyeshuri kuko iyo wize mu gihugu kubona akazi biroroshye 2. Iyo uri umunyeshuri ushobora kubifatanye ni akandi kazi gasanzwe ukabona amafranga 3. Mujye mubanza mukore research mumenye uko abantu mu gihugu ushaka kujyamo babayeho... Murakoze
Sha Nyirinkindi, do not worry. I was a university lecturer, left the job and went to Canada. Things did not well at first but I am okay now . I have everything a family needs to be decent and praise be to God. The decision is yours.
Oh thank u jam agaba moses jam now now staying in qatar jlike following simba t v listen to that guy attentivly he is telling the truth ahundred percent
Estelle ibyo uvuga nibyo cyane ubundi uretse ko waba uhunze, kirazira guta akazi ufite ukajya mumahanga ngo ugiye gushaka ubuzima! No kujya kwiga ubundi iyo ufite akazi wiga uri no gukora cg se baguha study leave ukagenda. Ikindi uyu musore biranagaragara ko ubusanzwe areba hafi cyane ndetse arasesagura. Utu gute?! Ni gute umusore utararongora atunga tv ya 800k, salon ya milliyoni 2?! Kdi azi neza ko yize bimuruhije n'iwabo batishoboye?! Uragura equipment za 5M ukiri umusore kdi ikibanza za gahanga, Nyamata, Gasanze kigura 4M! Ubwo Koko murumva atari yaratewe na satani wo kwangiza n'imibare micye?!!
Nugereranya Rwanda na Belgique, ujye uhitamo domain. Niba koko ibyo uvuga ari ukuri utubwiririre abantu bacu dufasha ntibazongere guhamagara diaspora iba Belgique kuko nta cyo ibarusha. Nta soni koko ? Wenda wabuze uko uhagera, reka kwihagararaho.
Ako kazi ko muri Pologne ni kazi ki ko abafundi bose bakora muri old Europe ari aba polonais? Ako.kazi kuki.batagafata bakumva bagaha abandi? Pologne nta buzima buriyo rwose abanyarwanda bazajye bareka kujyayo uretse ahari abajya kwiga.
Niba wifuza kuvugana na NYIRINKINDI wamubona kuri +250788313365
ntibizoroha
Nyirinkindi yarakuze disi!! Muheruka akubagana twigana P6 mugiporoso kwa Julien !! Courage kandi uhumure Ibyiza biri imbere bro!!!
Pole sana
Uburyohe bwo hanze ntabwo uzi! Icecekere!
Brother bathiste be strong Sometime God let everything happens for unknown reasons i gonna call u soonest
Nyirinkindi nisomo, thanks for your testimony. Kndi wihangane Imana irabizi byose.
Thanks
Thank you brother Sabin & Isimbi TV, you really helped me to preach out, my testimony might save some people who are about to make the same mistakes that I made, and help those who are ashamed to come back to our homeland while they have no life abroad to make decisions.
Thx for speaking out brother. Kandi imana iraguha akazi.
Truly proud of you Nyirinkindi, I'm so touched by your humbleness, amahanga siko abera bose heza ariko igihe byanze nabandi bajye bibukako dufite iwacu, bazane ideas zibyakorwa bitarangeza iwacu, bakore, life is not a race, buhoro buhoro nirwo rugendo.all the best
Dubai akazi ka security gahemba angahe niba waba ubizi ???
Bro Humura! Imana irakuzi! Urabizi tubaho ngo twige! So Gira umutima ukomeye
Don’t worry everything happens for a reason, gusa wowe Imana irakuzi kandi ibyiza biri imbere.
Uyu musore Imana irongera imucire inzira kuko nta mutima mubi. Aho yambariye inkindi ntabwo azahambarira incocera. Nyuma yiki kiganiro ndi sure ko ari bubone akazi. Mu izina rya Yesu, amen.
Amen🙏
Amen amen 🙏 nukuri nkunze your comments
Thank you dear, keep me in your prayers
@@nyirinkindi_ nukuri ndagusengera mumana byose birashoboka izere ko bishoboka kandi menya ko ibirabagirana byose atari zahabu
Pole nukuri uzatakambire hamwe wakoragambere bagusubize mukazi mbere uzabanze usenge Imana ibakoreshe bakwakire nkambere Uwiteka yongree aguhire agucirinzira bakwakire humura izabyiroshya
Be strong my lovely brother J. Baptiste,
ibyo duhura nabyo mw'isi n'amasomo y'ubuzima adufasha ubwacu ndetse na société muri rusange. Imana ishimwe ko yakurinze rero kuba ukiriho uracyafite amahirwe akomeye yo kuba umukire n'ubundi inzozi zawe zikaba impamo nkuko ubyifuza.
Humura Imana wizeye muri kumwe kdi izagushumbusha ibyagiye.
Urakoze cyane sister Uwayo, many blessings.
Thank you so much Nyirinkindi , I have Already learned from you many things, Thx a lot again!
Leaning to live and living to learn.
Thank you Aladina, many blessings
U Rwanda ruraryoshye wanjye niba waraje inaha uziko uje kuryoshya nkuko wabikoraga muri 600k ntago byakunda. Gsa no guhita usubirayo nabwo warahubutse kuko hano iyo wihanganye nyuma bicamo. Ikindi kuba wemera Imana ugahaguruka udasenze nabyo ugomba kumva ingaruka zabyo!!!
Shn baptiste rwose. Imana izongere ikwagurire imvaho rwose pe kd izagufashe ubonye akandi kazi kandi humura bizagenda neza pe ayo namakosa rwose aba kurubyiruko twese nuwagucira ho iteka rwose yaba ahemutse rwose gusa ukuremo isomo rikomeye rwose ryubuxima kd ntuzongere bikubere isomo rwose kd Imana izagufashe mûri career yawe izaza gusa nakugirawinama yokuzajya gusaba imbabazi mûri MTN rwose kd bazakubabarira usubire mukazi rwose
Gusa jyugisha Inama Imana rwose
Good luck ahasigaye
Merci beaucoup! Ubu ni ubuhamya bukomeye cane n’inyigisho zikomeye! You are very courageous!
Sabin aba bantu bagutumye kubamamariza ubanze umenye ivyarivyo neza.pologne ni igihugu gikenye ,abaturage baho baja gupagasa mu bindi bihugu vya Europe.ivyo vy,amashule navyonyene ubirabe neza.ayo mashule babarondenderera nibo bazoyabarihira???nibo bazobabeshaho iyo bazoba bari???Bigenzure ntusange uriko urashuka abanyarwanda.
Cyakora
Apres cette interview hama hakaba hariko havurwa iyo publicite..... Please please Sabin nukuraba neza ntuzohave woroha abantu muri hell hama ubone des come back to you abantu bazoza batanga ubuhamya busa nkubu que bababeshe murivyo bintu vya Pologne 🤷♀️🤔
Yego ra,nanjye numva ko nano batunzwe no gupagasa gusa hanze yigihugu cyabo
There's a reason why you passed through all that...its really a big lesson.
I was also in Dubai what his saying its true....
God bless you
Sure, thanks.
Abuhail metro station ndahazi kuko narahanyuraga njyiye kwiga sira certificates (security training)Aho bita Al mamzhar nari ntuye Aho bita union, baniyas na deira gsaa ibyo avuga byose ntanakimwe abeshye mur Dubai hari competition ya akazi iteye ubwoba ..iyo utarabona akazi ubuzima buba bugoye, amafaranga Yi igitanda akodesha cadastral ikigali noneho visit visa yawe ya three months iyo irangiye utarabona akazi biba Ari amateka iyo udafite 450$ yo kuyongeresha( visa change)
Mwabantu mwe muza kuvuga ibyo mumahanga mujye mureka kuducanga.
Nonese konumvako aba diaspora batanga ubufasha bwinshi mukongera muti babayeho nabi ubwo twakwemera iki? Icyo nemera nuko aho ugiriye amahirwe chose ubuzima bugenda neza.
Welcome back brother, I remember the day you✈️
Thanks bro. I won't remember it bro because I was on my way fallout.
Ayoooooo baptiste pole sana Kandi Imana izongera uguteze imbere ibyo waciyemo byaguhaye experience
Humura IMANA irakuzi bizagaruka kd murakoze cyane mubuhamya
Don't worry brother, ubundi aho kugira ngo Imana ihombe yaguhombya. Buriya Imana natwe twarakwishimiraga mu gususurutsa amateraniro n'iryo jwi. Ariko mu nzu ya Data hari byose. Icyo nagushimiye ni quick come back wakoze utangirikiyeyo. Amahirwe aracyahari. Turagusengera ubone akandi kazi.
Shn bapti Imana ikibabarire ubwibone nibyo byose rwose wivugaho Imana yarakubabariye pe
Muvandimwe wihangane! gusa ubuzima bugizwe nokumenya icyo ushaka, ntakuntu wajyaguhiga ubuzima ngo utangire gutembera,ntanakazi urabona🤷♂️
Ikindi iyinkuru yiganjemo gushaka ubuzima bworoshye..nge ndunva ikibazo atari amahanga, ahubwo ari abayanjyamo nta Decision.
nom'Urwanda sinziko wahashobora
Utemeye gukura amaboko mumufuka, Gusa Courage ndibaza haricyo wize cyizagufasha.
Ntabwo uzi amahanga nshuti. Ubyite uko ushaka ariko abenshi yarabasesemye wa mfur we. Buriya urabivuga wenda utarayageramo. Ikintu cya mbere gituma utayaba mo ni ukukubwira ko uciriritse kandi waje gusabiriza!
@@rusineruhinda9987 mwirwe neza! Suko ntayazi Uwonguwo aho uvuga nihomba nubu nihondi, amahanga ntiwayabasha urumunebwe
ibyo nukuri, kuko ntaba ariwanyu.
Ubuse nibangahe badafite akazi bari iwabo, Batari mumahanga??
Ubuzima niwowe ubwawe, niba udashoboye ntugomba guca abandi intege🤷♂️
Uko uvuze nukuri rwose yashatse kubaho ubuzima bworoshye
Nyirinkindi humura, our God is a God of second chance kandi Imana iguhe umugisha kuko ubuhamya bwawe burazagufasha urubyiruko to stop thinking that abroad is heaven. Be strong.
Thank you sister Mireille, many blessings
Man Reka kuvuva ng wagiye hanze biranga abo byakunze se ahubwo wowe wazize kubura kwihangana, Naho abandi bahari gahunda ni ukwihangana nziko no mu rda Naho n’iwacu ariko nziko ufashe dubai Naho mu rwanda bitandukanye Naho Sabin kuvuga ibya Poland 🇵🇱 Wapi ni abatekamutwe 100/100
Dubai,Oman,Qatar ,Kuwait ugiyeyo udafite company mugiye gukorana wasara atleast Dubai ho byibuze abasore bapakira goods ariko ahandi wasara ndakurahiye
Yeah ni Umuvandimwe wange! Ibyo avuga ndi umuhamya wabyo! Gusa bro? Pole kbs ntacyo uzaba Imana iratuzi bro! Wegucika intege urabizi ko mpora mbikubwira! Ibi byose ni isomo ryubizima!
Merci mon frère 💞❤
Gusa azabifate nkibisanzwe nibwo muzatera imbere,iyi si ikaranga ntabirungo
Ibyo wabwiye abantu ku mahanga ni byo gusa hari aho watandukiriye! Umukozi w'Imana ntabaho kuko itagira umukozi (Rurema kandi Rugira)! Ikindi mu mahanga si habi kuhaba ahubwo ikibi ni ukuntu bafata umuntu uvuye muri Afurika! Nimuze twubake Afurika yacu kandi mumenye neza ko ayo madini mubamo azatuma mutagera kuri Afurika mwifuza. Imana y'i Rwanda ihorana natwe Benimana!
Mpa number cyangwa urebe iyanjye kuri google tuzahure ndumva ufite imyumvire irenze isanzwe. We need such outstanding mindset to overcome the effects of globalization and neo-slavery.
Clement prince ni iri wahawe ni Imana y'i Rwanda? Niba warigometse ku Mana uratekereza ko natwe tuzamera nkawe? Mu bayizera Imana ifitemo n'abayikirera, no mu bayigomeye harimo abayirwanya. Byombi yabishyiriyeho urubanza. Ruzaba nta kabuza
@@rekerahojb1504 uyikorera iki se nyakugirimana?! Ubwo ushatse kuyirusha ubushobozi rero? Ni Rurema (abantu n'ibintu) kandi ni Rugira (amajya n'amaza) none ubwo wowe wayikorera iki? Muterekera abazimu mutazi ni cyo kibazo mufite.
Clement dukorera Imana tuzi, Imana yigaragarije mu mwana wayo kandi nyuma yo kuyishurirwa kubwo kwizera izina ry'Imana wayo Yesu Kristo twakiriye imigisha yayo itangaje yo mu buryo bw'Umwuka. Imana tuvuga ntabwo ari izina gusa, ahubwo Twarayakiriye tuyiha umwanya mu bugingo bwacu, kuko ubwayo yivugiye iti "nzatura muri bo ngendere muri bo nzaba Imana yabo nabo bazaba ubwoko bwanjye (2Korinto 6:16), Kandi amaso.utaragira yarayibonye n'amatwi udasobanukiwe arayumva, twabonye ugukora kwayo ubwo twavirwaga n'umucyo wowe utari wamenya, twakiriye imbaraga zayo izo yasezeranije abayizera (Ibyakozwe n'intumwa 1:8), twagabanye ku Mwuka wera nk'ikimenyetso cy' ingwate y'amasezerano y'umurage w'abana b'Imana (Efeso 1:13-14) ubwo twasogongeraga ku munezero n'imbaraga z'igihe kizaza (Abaheburayo 6:4-5). Twinjiye mw'ivuko rishya riduhindura kuba abana b'Imana n'abaraganwa na Kristo. Iyo twizera si iyo mwita Imana y'i Rwanda imwe yirirwa ahandi igataha i Rwanda ( kuko iyo y'i Rwanda ni ikigirwamana nk'ibindi bigirwamana by'andi mahanga. Iyo si Imana nyakuri) Iyo twizera kandi si iy'abazungu, twizera iyo twahishuriwe tuyobowe n'ijambo ryayo rizima rihoraho. Naho kubyerekeye abakozi b'Imana, ubwayo yabwiye bamwe mubo yahamagaye iti " icyatumye nkubonekera ni ukugirango ngutoranye nkugire umukozi wanjye Ibyak 26:16 ariko niba ukunda no gusoma ibyanditswe, uzasome Bibiriya mu Abaroma 13:4; 15:16; Abakolosayi 1:7 ; 1Tesalonike 3:2 na 1 Timeteyo 2:15. Hose hazakubwira ko Imana yatoranije mu bayizera abakozi bayo, ibaha inshingano n'umurimo bagomba gukora. Iyo yawe rero itagira imirimo n'abayikorera ni ikigirwamana si Imana nzima. Umuhanuzi Yeremiya yaranditse ati"Uwiteka abereye mwiza abamutegereje n'ubugingo bw'umushaka (Amaganya 3:25). Abo bakozi b'Imana hari igihe bazamurika imirimo yabo, bamwe bashimwe abandi bagawe.
Clément Imana twizeye si Imana yirwanda gusa ibera hose icyaromwe yitwa ndiho kandi izahoraho iteka ryose
Amahanga si ikintu , 🧘♀️ 4rom Zambia 🇿🇲 abantu bajye babanza bashishoze mbere yokugira expections nyinshi, arikonyine biberaho kugirango twige bitubere isomo.
Sure, that's true
Umukobwa atokwemera nuko ataari uwawe, uri courageux kuza kuvugira aha ingene ibintu bimeze, uraciye ubwenge kandi n'imbere ni heza, korera Imana usubire uyiteho ibindi bizokurikira❤
Yooo mbega story irimo inyigisho,Imana itubabarire gutera imbere hanyuma tukayitera umugongo.Imana yongere ikumve😭iguhindurire ubuzima
Urakoze Sparks
Warangije degree ariko Imana nayo yagombaga kuguha degree yayo. Gusa uvugisha ukuri nibyiza bizagufasha mubuzima. Be strong God is ready to help you. Never give up Brother.
Thank you brother Jean Luc.
Don't worry brother, "aho kuguhomba yaguhombya ugasubira ku isuka ugatangira bushya". I hope it's going to be alright soon 🤞🙏
I pray that God make a way for me again and gives me 2nd chance.
" It' s not how we fall. It' s how we get back up again"
Sure
So true! Well said!
@@nyirinkindi_ Thanks Nyirinkindi for taking time to reply despite all you' re going through now. It was courageous of you to come out publicly and give your testimony...that shows how much of a humble person you are and trust me , a mistake that makes us humble is better than an achievement that makes us arrogant. I am glad that you did not settle for less, coz you deserve better, God has better plans for you as you continue to serve him. Nyirinkindi komera, ejo ni heza.🙏
@@johnmuvira745 amen
Ahokuguhomba iraguhombya! Yemeyeko byose bikubaho ngo wige kubana nayo mubihe byose. Humura Imana ntiyishimira kubabaza umuntu iteka, iraje igutungure nibaba wararangije ishuri ugasobanukirwa neza
Mane nawe warugifite visa
Njye nanikanzemo mn. Gusa ntaheza haruta iwanyu bro. Keep going bizakunda👊🏼
Kbx mn ibyo nukuri nanjye nihondi ariko ndicuza
Sorry Baptiste, Imana izaguha andi mahirwe!
Ububamya bwawe bwafasha abandi
Abantu mwananiwe kuba hanze ndumva mumaze kuba benshi! Muzakore Association muyite "Twisungane".
Haha
Umva comment yawe niyo insekeje muri zose 🤣🤣🤣🤣🤣
😂😂🤣🤣
🤣🤣
Hoya bambwirire buriya ninzara:-zirarutana gusonzeriwanyu urumugabo wasinzera hanze gusa hanze nabonye ugiyeyo ugashaka kubaho mubuzima nkubwo ubamo urikigali ntiwahashubora hanze hasaba gushinyiriza ariko nanone amahirwe abaho nukugerahanze birakugira ariko Amaherezo ugera kubyushaka
Inzozi zo kujya imahanga ni nka cancer.Iyo byakuje mumutwe uracanganyukirwa uba wumva inzira zose zishoboka wazicamo ariko ukagenda. Ntakintu ukora ngo gicemo kuko intekerezo zawe ziba ziri hanze.Nsanze ya ndwara atarinjye wayirwaye gusa
Uvuze ukuri rwose, niko byangendekeye
Haribenshi iyo virus 🦠 imereye nabi
Sha your very honest Ariko Mubihugu Bya barabu sahantu Ikindi abarabu bagira ivangura 🤣🤣🤣
Yooo pole sana ibyuburayabyo mubi hung byohanze nubwinchi chane iyoufasega Ihangane Imana izakwibuka.
Nkunze cyane ko adategereje ngo abanze yongere abone akazi ngo abone aze kutubwira story, courage nukuri Imana igushyigikire ubone akandi kazi,umererwe neza, ntekerezako byari bikwiye ko wiga iryosomo ukigisha nabana bu Rwanda benshi dufata ibyemezo bihubutse, rimwe na rimwe kubera kwigana abandi cyagwa kutishimira abo turibo cg level turiho mubuzima, let's pray trust in God and his process.
Amen. Thank you sister Rose.
Eee Baptist njye Dubai mazeyo imyaka 8.Gusa nkawe warahubutse kuko akazi ka hano gahemba make.Kandi kwihangana byari kugufasha ariko mugihe cyumwaka byibuze wari kubona agaciriritse.hari nubwo umuntu agira abandi inama bakanga kwemera.rero Dubai niheza kuri beneho,abahinde nabafilipine.abandi turihangana tugashakisha.ahubwo umpe ako kanumero kuwo munyrwanda wabatekeraga.courage rero Imana igufashe iguhe akazi.
Kbsaaa uravuga ukuri josiane Nanjye niho ndi kdi ntacyo Mbaye Gusa icyo nzi Buri wese agira amahirwe ye ubwo uwo yabuze kwihangana no kwifuza byinshi
Niyonkuru@ uravuga ukuri Byo ni ugubuka cyaneeee no kutagira amakuru ahagije ntabwo wasiga akazi ka 600 ngo uje dubai ?
Niyonkuru@ uravuga ukuri Ubundi kuza dubai bisaba kwizirika k’umuntu wabuze neza neza mu rda ariko ubaye Ufite uko winjiza Nta mpamvu yokuduhoka
Josiane Ndagushuhuje Uba ahaganahe muri Dubai?
Yes ibyo avuze nibyo mumahanga nama stress gusa rwose nzakubwira ninza murwanda kuri isimbi
Ahantu hose kwisi hari stress biva ingene umuntu yi integra ahari c’est vrai sibose bikundira.
Icecekere sha ntabyo uzi
Bihirere ntabyobazi amahanga arahanda nijye mbizi sigaye kumutwe ndara ndira nkiri rwa ndira nsigaye fite ibiro nkibyinyoni😭
Hari ibihugu wajyamo, hari nibuhugu ugomba kwirinda. You can travel to some western countries but not Middle East. Sinumva ukuntu wava muri Africa ukajya mubarabu. Usibyeko ntamafatanga abayo, ariko ubusanzwe abarabu banga abirabura. Wanapfirayo.
Mbega ubuhamya bwiza! Imana ishimwe ko mu bikomeye wanyuzemo, wavanyemo umugisha wo kwicisha bugufi. Ahubwo ubu nibwo unezereza umutima w' Imana kuruta mbere utarahura n' ibibazo. Komereza aho, uri mu nzira nziza. Usenge cyane uhagaze mu kwizera, ugaruze ibyo satani yakunyaze byoose, uzabihabwa mw' Izina rya Yesu. Akazi ko mu rugo ntabwo ugakwiriye, kakuzanira ibindi bibazo bibabaje. Abizera Imana ngo tuzaba imitwe ntabwo tuzaba imirizo. Uwiteka akwiteho
Amen. Urakoze, Uwiteka aguhe umugisha.
Yoo ihangane kuko natwe turi mubarabu ariko humura imana izakuremera ubundi buzima
Uyu mutip aravuga ukur cyne kk aho hose a vuze ndahazi deira,naïf za shalj ubuzima sibuba bworoshye kk urubyiruk rwirukanyira hariya rubanze rutekerez cyane kk bibay byiza wajyayo gutmber cg kurangura ibind ark ukagaruka !kk kubayo rwose nihtr kk utragerayo yumvu ko ari paradizo knd wapiiiii pe noneho abantu babayo siyakubwizukuri pe gusa ntaharuta iwanyu please rubyuruko mutekerez ibyo mwakora iwanyu kk hanze nihanze 🙏🙏🙏
Sha me to at first I felt like going back but I got used and now am ok working
Pole sanaaa kabisa,
iyo mind set y'ikigali abantu bose bayijyana mu mahanga ntibahashobora .kigali ni heza knd ntihavuna nubuzima buroroshye knd burahendutse cyanee
Haroroshye kumuntu ufite akazi .
Well hanze niho naboneye byose. Mu Rwanda mpaburira byose. Mukomere.
Imana yabanye namwe, kandi ishimwe ko nibura hari ibyo wabonye!
Imana ishimwe ko byagenze neza.
D.R. Buriya ibyo waboneye hanze wabikuye ku ntango wakuye mu Rwanda. Nibura wahakuye umuco watumye hanze aho uhitwara neza uhabona byose.
🤣🤣🤣🤣
Urakoze bro ,
Ndagukomeje muvandimwe kubyo waciyemo kandi ni byiza ko wabonye isomo... Reka ngire inama urundi rubyiruko rwifuza gushakira hanze ya u Rwanda
1. Uburyo bwiza bwo kujya mu kindi gihugu ugahirwa ni ukugenda nka umunyeshuri kuko iyo wize mu gihugu kubona akazi biroroshye
2. Iyo uri umunyeshuri ushobora kubifatanye ni akandi kazi gasanzwe ukabona amafranga
3. Mujye mubanza mukore research mumenye uko abantu mu gihugu ushaka kujyamo babayeho...
Murakoze
Urakoze Irene Imana iguhe umugisha.
Sha ntawukubwiza ukuri
Ubundi buryo bwiza bwo kugenda hanze nukugenda na spouse wae ( ufite andi maboko ) biguha discipline yiterambere
Shn Baltic njyewe ndamuzi rwose uwaba afite akazi amugirire imbabazi kbs akamuhe kd Imana yongere iguhindurire amateka pe
Uyu mutype wa Isimbi agiye kuvugana n’umuntu wananiwe guterura amakarito, agatangiza publicité ngo y’abashaka kujya muri Pologne!!
😂😂😂😂😂
Sibyo
hhhhhhhh uwababwira akazi ko muri parcels...uterura ikarito ukumva umugongo ubaye nka biscuit...uhise wumagara neza
"Uruciye munsi ntamenya ikiruri imbere" ibyo mumahanga ni amabanga gusa nanone amahanga afite ibyo ahuza n'ibiyatanya byiza cg bibi ariko muri rusange Home is the best. Hari uwo nzi wavuye mu Rwanda arangije university ageze iyo ayisubiramo arangije ibyo yize bamwima akazi burundu arongera asubira university yiga ibindi byo bikunze gukorwa n'abanyamahanga arangije bahise bamuha akazi ariko uruhara rwari rwaje. Ubwo rero ufite diploma yagenda yiteguye ko ishobora gusazira mu kabati itamugaburiye. Ariko nanone Akanyoni katagurutse ntikamenya iyo bweze!
Sure Rosette, that's true
Gusohoka igihugu niyo bitaguha cash ,bigufungura ubwonko
@@niwemugenimediatrice5640 ni ukuri rwose byamfunguye ubwonko.
2 millions is a lot u could do something big in Dubai so don’t say that u had bad luck
Be strong 💪💪 Bro. Iyagukanze ntiba inturo. Ngutuye indirimbo ya Alikiba yitwa "Mac muga" nindi ye yitwa "Mwana" neza neza zijyanye niyo Life yawe. Sabin nawe uransecyeje uti ko mbona abakobwa bifotoreza i Dubai baba bacyeye.Biratandukanye kuko abo bashiki bacu bashora iginatsi naho Koboyi yasaga nuwiyahuyeyo urumva ko bitandukanye
Thank you brother Willy, reka nzirebe izo ndirimbo rwose.
@@nyirinkindi_ Amahanga yose ni kimwe bisaba kwihangana, igihe kiragera bikagenda neza.icyo nabonye abajyayo bafite amashuli bafite ama diplômé harabananira ariko byose nimyunvire mike.ugenda afite gahunda arahashobora.hanze nahabatarize bo ntacyo baba bishingikirije.
Sha Nyirinkindi, do not worry. I was a university lecturer, left the job and went to Canada. Things did not well at first but I am okay now . I have everything a family needs to be decent and praise be to God. The decision is yours.
He may have gone to india.but places like Canada Sweden Denmark may work for him coz India has huge problems concerning economy
Warugiye he se ? Abantu hose ni ugukora ugakiresha ubwenge Imana yaguhaye
Nyirinkindi wihangane ntiwihebe, kandi ntiwicuze cyane kuko iyo experience wagize naho izagufasha mu buzima.
Amen
Biratwigishije pe kdi uwo musore Imana imuhe umugisha akomere bizogenda neza caane
Hoya ntukyiyahure
Oh thank u jam agaba moses jam now now staying in qatar jlike following simba t v listen to that guy attentivly he is telling the truth ahundred percent
Thanks Agaba
Ariko sha abantu muhaga nabi abantu bigeze gukena bagira umururumba mubi sha, Imana iraguha ukayimanyuza.
Imana yarangowe kbs imana izanjya ibacira inzira mwarangiza mukarengwa mugatangira kwipasa muremure mushaka ibihenze, wariraye cyane
Yego rwose niko byagenze
Nibyo rwose bro, nariraye ndarangara. Gusa nize amasomo
Komera iringire Imana gusa
Imana ninyembabazi uzaguha andi mahirwe
Uyu musore rwose Imana imufashe, kandi ibyo yakoze bibaho cyane, mu buzima
Imana iragushaka, ni ishuri ryaYo urimwo ubwo urrirangiza Iragukoresha. Nuko rero imenyereze kandi usengere gukoreshwa n'Imana
Hari igihe umuntu atanga ubuhamya akajya ashyiramo ibikabyo anabeshya narintegereje ko uyu musore ashyiramo ibikabyo ariko uyu mutipe ubuzima bwe ndabuzi 100%sha ntabikabyo nagake yasizemo gusa gukorera Imana ntagihombo wibuke ko no muri GSOB twakwingingiraga kuducurangira muri choir ugendamo biguruntege nyuma umaze kujya Kumurongo Imana ikugirira neza
That's true bro.
Yoooo😭humura bambe uzamubona kd kuba waraguye mumakosa,nundi wese byamubaho!ntihagire ugutera ibuye!uzabona umukobwa mwiza kd usenga.
Wamusore nukuri urantangaje urumunebwee pe ndetse cyane ntanubwo waruzi icyo ushaka Dubai naho gushakira ubuzima ntago araho kurara heza kurya neza ahubwo ntiworoshye ngo wabonye ibitanda byegeranye bituma ubona ko bitashoboka Dubai haba abakozi ntihaba abasongarere ndumiwe gusa komudaseka 😂
Merci beacoup
Imana ikugirire neza disi ,ndagusengeye pe
Ariko iyokariyeri ubuvuga sinyumva kbs ahubwo urumunebwe cyane wabonye akazi kabi karikuguhesha akeza
Nkunda comment
Pole sanaa
Merci beacoup
Ukuri Kose bro ndagukunda cyane imana iguhore hafi 🤗
Ariko byo koko ufite akazi kamuhemba neza mu Rwanda natuze akore, ariko ubona byanze neza ntabuzima afite mu Rwanda niyigire imahanga ho harukuntu yabaho, nahubundi guta akazi ntakandi ugiye kubona mbanumva ari imibare mibi
@@wizyrozay amashyari gute?
Ubizigute katakandi yobona uri Mana wew ivyabicamwo bikazoshira kubahanze sukogukira nugwanda barahakirira
@@gygygyslaine5016 😂gabanya akariro di, nonese woe ufite ubwenge nigute uta akazi kaguhemba neza ntakibazo ufite mukazi nkuko yabivuze, kandi ubona ufite nandi mahirwe yo kuba promoted ukagenda ahantu gutangirira kubusa, uba wumva aho harimo iyihe mibare? Gusa nyine baravugango ubwenge buza ubujiji buhise, buriya yabonye isomo arimo natwe kuduha isomo abafite amatwi bamwumve, kuko satani yaramushutse imitesha ibyiza. Nawe siwe yarashutswe kandi gushukwa bibaho I’m not blaming him,
*Think twice before acting*
Estelle ibyo uvuga nibyo cyane ubundi uretse ko waba uhunze, kirazira guta akazi ufite ukajya mumahanga ngo ugiye gushaka ubuzima! No kujya kwiga ubundi iyo ufite akazi wiga uri no gukora cg se baguha study leave ukagenda. Ikindi uyu musore biranagaragara ko ubusanzwe areba hafi cyane ndetse arasesagura. Utu gute?! Ni gute umusore utararongora atunga tv ya 800k, salon ya milliyoni 2?! Kdi azi neza ko yize bimuruhije n'iwabo batishoboye?! Uragura equipment za 5M ukiri umusore kdi ikibanza za gahanga, Nyamata, Gasanze kigura 4M! Ubwo Koko murumva atari yaratewe na satani wo kwangiza n'imibare micye?!!
Warabaye mu Rwanda, warigaburiye warikodesherezaga inzu, warufite ubushobozi bwo kwigurirra Fanta ,nta handi washobora, kereka warasohotse ufite ikibazo gituma utekereza inyuma ukarwara ihahamuka.
Mu Rwanda ni heza.
Hahahahaha hahahahaha
hhhhhhhhhhhhhyhhhhhhhhhhhh ndatembagaye,,,umvugiye ibintu....biterwa nikikwirukansa wamugani...iyo utafite pressure on your back...ntiwakwihanaganira life abroad...neverrrrr..pressure y'inzara yo iragatsindwa...uzi inzara y'i kigali...aho ubona Rwandair bavuga ngo ntiwayinjiramo ataravuye i bugande, iyo za RSSB,RRA,MINISITERI ZOSE..IBIGO BYA LETA bikomeye utabyinjiramo udafite mwenewanyu ngo warwanye...icyo gihe ujya hanze uvuga uti no koza abakecuru nzaboza aho guhezwa muburyo buri systematique......
🤣🤣🤣 Sabi barakubwira ibyababayeho mumahanga none NGO bajye muri Poland Uzi ukuntu polish people arabakene baza gupagasa UK. nkatwe.
Aba polisch byo nabakene wapfuma wigumira aho mubavandimwe, mbona benshi dukorana baza gusaba ubuzi mubindi bihugu bimez neza,ariko benshi bahaca baja ahandi ntibahaguma
Abitwa ko bagufasha ayo bagukuramo arahagije kugira ikimuntu yifasha mugihugu cye
Aba polisch banyanyagiye hose muri Europe, nabo bajya ahandi gushaka akazi.
Hhhhh
Help me out bro , ndimuri Zambia?
I know him shn
Humura imana irakuzi uzageraho bimereneza abahinde nabagome bakoresha gicakara baguhemba ubusa
Pole Sana brother 🙄...ndakwibutse pe, twabanye muri Compassion RW621 na Choir "Intama za Yesu" 🙏
Nibyo rwose brother Kayigamba. Thanks. Long time though
Amahanga arahanda. Ihangane muvandimwe siwo musozo wubuzima wenda bizacamo wongere ugire ubuzima bwiza kuko isomo ryabwo wararibonye
Urakoze, ndasenga Imana ngo izampe amahirwe ya 2 mu buzima.
Kbs let's think twice 😑
Hanze ni USA, Canada, Australia, European Union Countries, ibindi ntukahiteze ndakurahiye
Murwanda haruta maze Belgium 🇧🇪 wasanga mutabizi
Ntaheza ntaho Ngewe icyo nzicyo nuko amahoro atabonekera ahariho hose uretse mumana honyine, niyizere Imana ubundi asubire ayikorere mu rwanda niheza ushobora kuhakorera ukabaho neza kuruta abo bari hanze. Ibi byakubayeho kubera impamvu humura numukobwa wa guseka ntago nawe yaba azi icyo bita life wowe be you ubundi usenge wegere Imana Ubwo uwawe ari hariya Imana izamukoreramo ubone birabaye Ariko ibyo abagore ba ubivuyemo rwose shaka life uracyari muto.
Muri rusange isomo rikomeye nakuyemo ni uko, umuntu ufite carrière nziza afite uko abayeho atakwirukiye kujya hanze kuretse ku mpamvu zumvikana zitari ukugenda ngo umunu agiye kuba hanze gusa gushakisha kandi no mu Rwanda bishoboka kuhabona ubuzima.
@@nyirinkindi_ murwanda birashoboka cyane nukuri arega gushima Imana mubyo ufite ukaba grateful kukazi ufite kaba arako kunyonga cy ubumotari ugashima kuko uba uzagera kure hatari aho twese duhera hasi kandi nabariya bari za Nyarutarama ari nizabo nabo nta mahoro bafite
Nugereranya Rwanda na Belgique, ujye uhitamo domain. Niba koko ibyo uvuga ari ukuri utubwiririre abantu bacu dufasha ntibazongere guhamagara diaspora iba Belgique kuko nta cyo ibarusha. Nta soni koko ? Wenda wabuze uko uhagera, reka kwihagararaho.
ibitubaho byose ntitugomba kwicuza, biduha amasomo, nokutarangara kumahirwe arimbere. komere ibyiza birimbere
Be strong Baptiste, your second chance is coming
Thank you Daddy, our hope is only found in Jesus
Icyo mbonye ni uko dukeneye kwigishwa success management.
Yooo bro Imana ishimwe basi ko ugarutse
Ihimbazwe cyane
yo urumuhanga wa Musore we
Imana izagufashe pe.
Urakoze cyane Kayisire
Umusaza Gisiga komera cyan wana nongeye kukubona nyuma yimyaka myinshi
Pole sana bro
Bro! Ntakubeshye numvaga ndi determiner kbsa mumpera zuyumwaka ngomba kujya Poland, none urampabuye p. Bro nanjye nkora muri telecom gssa numvaga ko ngomba kujya gukorera 2000Euro per month . kuko ubu nahembwaga 300K numvaga ngiye kuyoresha igitiyo p.
@@wizyrozay vyose ni kinwe igumire ahuri
Chn be careful
@@antoinettempaimana2724 ndagukunda
Brother think twice. Utazicuza
YESU aguhezagire amen
ABAGANDE NI NDAYA ,NJYE NUMUGANDE MUKURI HANO HARI NAMAKAMPANE AJYANA ABANU HANZE MUBAHARABU GUKORA UBURAYA.ABAGANDE NDABEMERA CYAANE RWOSE 🇺🇬🇺🇬🇺🇬🇷🇼🇷🇼🇷🇼❤️❤️❤️🌹💟🌹
😂😂🤣🤣Winsetsa bro. Ni ukubasengera, abenshi ni ingaruka z'ubuzima bubi bwa Africa, abandi kubera ingeso . Ariko Imana ibarengere nabo.
@@nyirinkindi_ UKURI NUKURI, UBUGANDE Ndabwemera arko BAFITE imico yihariye wagira ngo namana iba mubugande bro
Amateka yumuntu ABA ari maremare Koko
Ariko ubuzima bw'umuntu buba Buri mubiganza by'Imana
Amen.
Ako kazi ko muri Pologne ni kazi ki ko abafundi bose bakora muri old Europe ari aba polonais? Ako.kazi kuki.batagafata bakumva bagaha abandi? Pologne nta buzima buriyo rwose abanyarwanda bazajye bareka kujyayo uretse ahari abajya kwiga.
Be strong brother
Thank you
Hi nejejwe nuko witekerejeho ukagaruka. Imana izagucira inzira humura
Thank you Innocent
IMANA IBAHE IMIGISHA .
Arko iyomwangisha abantu hanze murantangaza Ubuse murwanda abantu bose byaremeye nikimwe nihanze abeneguhugu baho hariho ababayeho nabi cyaneee ,Mujye kutandukanyae ibintu abashaka kugenda muzagende mwigeragereze abanyarwanda tugirikintu cyokuvuga ibintu bitagenda gusa
Yego rata ubuse bose babaho kimwe
@@giseleuwamahoro6925 ngo hanze hanze ye 😅😅😅bagabanye ibihuha nomurwanda hariho abohabihiye Njyewe rwose meze neza kurutukonarimezee murwanda iwacu ndabafasha bazaza bageragezee
@@Goodvibes-ky4ednakwifuriza kugerageza nawe😜😂😂
Igitanda kigeretse, munsi yawe harara umugabo n'umugore we ! Bene wanyu basigaye mu rda bari kuguhamagara ngo bafashe 😂
😂😂😂😂😂 njye numiwe,Mana weeee Cyakoza iyi interview igire abo ibere isomo rwose
Benshi baribazako umuntu arihanze afise amafaranga naho ubuzima bugoye
Njye ndiba uwo mugabo numugore munsi aho gahunda nigute ndumiwe koko
Brother , brother , brother 😭😭😭😭😭... cyobikoze Iyo ni master wabonye mu buzima .
Ni hatali kabisa