NATOROKEYE i BURAYI mara imyaka 8 KU MUHANDA😥Ndicuza CYANE|Nageze ubwo NIYANGA ngarurwa nk'IMPUNZI😥
Вставка
- Опубліковано 14 жов 2024
- Niba wifuza kuvugana na ISIMBI TV, kuduha ubuhamya bw'ubuzima bwawe cyangwa inkuru idasanzwe, duhamagare kuri +250784838126
#IsimbiTV_0784838126
Niba wifuza kuvugisha CHRISTIAN: +250 787 119 320
Ubu nawe ashaka inkunga 😁😁😁😁
Ariko gufasha ntabwo ari itegeko, utamufashije hari abandi bamufasha simbona ikibazo rero gihari
Biragoye guhita kugaruka africa wajyeze iburayi tu nubwo waba udafite icyangobwa niko mbibonye !!!none ko wumva yakorera 200€ ku minsi une!bivuzeko ko yakoreraga 1000€ ku kwezi nta mapuro afite !!!ubwo ni miliyoni irenga ya manyarwanda ku kwezi 😙sha sinzi kbs uko ni ubutwari kugaruka, chapeau Christian
Sabin nanjye ndakwihanganishije, ntiwite kubanyeshyari , umenye ko hari abagukunda kandi bagushyigikiye. Komeza itere imbere ukore akazi utavanguye nkuko usanzwe ubikora. Turagukunda !!!!
@@murenziabdou6776 suko
Baptême yo kurara hanze cg guhamagara 115, buri wese yayiciyemo. Gusa igitandukanye ni uko wayisohokamo. Hari Abo byahiriye n'abo byanze. Christian, warakubiswe ariko ne regrette rien tu te battais pour ta réussite. Malheureusement ça n'a pas marché. Agahanga umugenzi kamenywa iyo agiye kdi inzira ntibwira umugenzi. Au moins t'as osé. Bravo mon grand ! Partout, la vie c'est un combat, battons nous !
Bien dit Abel sabin
Abanyeshyari nurwango bitwaje inkuru ya ndimbati ariko we all see the great job Sabin has been doing. Urakoze Sabin kubantu bose wafashije kubona imiryango, kubantu watabarije babona uko bivuza cg bavuza a babo, urakoze kubahinduriwe amateka bose biciye ku Isimbi TV nibindi byinshi la liste est longue. Keep the good work, we appreciate
Ibyuvuze nukuri , abanyeshyari ntibabura iyo umuntu ateye imbere. Imana ikomeze imwagure.
Woww ufite amagambo meza cyane nawe be blessed nukuri
Right
Uyu mu papa sabin ndamukunda kbsa agira ukuri
Sabin ntucike intege uri uwagaciro
Félicitation mon frère Christian k'ubw'uwo mugisha w'umukobwa ... kandi ndakuzi urimo umukozi kbs ku ngoma ho birahebuje...amahoro n'imigisha.ubutaha uge uvuga Yesu kubw'agakiza ke yaguhaye umwamamaze azakurengera muri byose.
Ikigaragara uyu musore aritonda cyane,ibyabaye byaramutunguye disi!!
Haaaa kbsa mubazungu kubamo ntagipapuro birutwa nokuba iwanyu munzu yibyastsi iwabo numuntu hubahwe!! From USA ✌
This is the only educative chanel in Rwanda i always watch.respect to Sabin.
Sabin gukunda ibyo ukora ntihagire uzaguca intege, uri Intwali100%, courage vraiment
Message numva ikomeye cyane: hariho abantu babi. Aho byahereye nikumuntu wabashizemo inama yokuhaguma, arababeshya ntiyabanza kubabwira ko bazi declara paka visa irangiye. Bibagombwa ko bafata option isigaye ariyo kwi declara.
Harigihe abantu tuyobya abandi kugira tutayoba twenyine, tutisangiza agahinda etc. very sad.
Komera cyane Christian. Kandi fécitations kumukobwa wanyu. And use the opportunity yuko uri mugihugu cyawe. Find something to start with.
umpaye ishusho nziza y'ibintu nashakaga kumenya, thanks kandi courage ntago njye nakugaya burumwe agira inzira ye namahirwe ye
Jye mba mu bihugu by’abazungu ,
Ni Intwari kuba yaratashye kuko hari bamwe babaho gutyo ariko bakabura ubutwari bwo gutaha, uzi kubaho urara kumuhanda?
Ikindi akazi kenshi kaho karavuna birenze uko mubitekereza, ugize icyo aguha niyo cyaba gito Uba ukwiye gushimira
Biterwa nicyo wita ubutwari icyaricyo. Hari ababona ababa ku mihanda aribo ntwari. Noneho no gutoroka itorero bwari ubutwari? Wapi wapi.
Komera cyane christian. Waragerageje biranga. Ariko ntabwo ari impera y" isi. Ntuzacike intege wumve ko byarangiye. Hari benshi nzi europe byanze bagataha nyuma baga fightinga kandi byakundiye. Pole sana bro kandi ndi sure bizakunda ntuzicuza. Allah bless you
Imana, izagufashe pe
Urumugabo kandi warize humura uzabaho kandi witunge
Harumuntu nzi umaze 20 years atagira ibyangombwa, yasize abana n'umugabo, abana bariga bararangiza, abandi barapfa abura uko ajya gushyingura, birababaje pe. Christian uri intwari cyane.
Pole sana christian wazize guhaguruka mu Rwanda utazi ibyo ugiyemo ( batagusobanuriye neza) kuko iyo uhaguruka usobanukiwe neza nubwo wari kubura ubuhungiro wari kuzabona ibindi byangombwa bitari ibyubuhungiro (régularisation) ariko nyine ntakundi burimuntu aba afite inzira Imana yamugeneye.
Uyu musore ndamwibuka muri ETO- MUHIMA yiga electricite yasoje 2009. Komera cyane muvandimwe.Hashimwe Imana yabanye nawe.
Sabe ndagysuhuje buri munsi mbankukumbuye cyane muri weekend we love so much from saudi arebia be blessed and never give up tukuri inyuma kabisa✌️✌️✌️
Yoooo ngo bob Marley 🤔😥😭😭 aka kana kanyibukije byinshi mu buzima bwanjye usibye ko njye byari biri muri Africa. Ihangane musore. Nkurebye mu maso ndakubonamo pure innocence. Komera imbere ni heza.
Uwiteka ndaguhaye icubahiro ko wandinze imiruho nkiyo suko nari mwiza ahubwo nubuntu bwawe nongeye kuguha icubahiro warakoze nibindi biri imbere undinde mukunzi mwiza mwizina rya Yesu Kristo.
Everyone’s experience is different.
isimbi tv niyamber kwi isi no mwijuru sambe ndagukunda cyane komereza aho ndagushyinjyi kiye
If you're not made to be somewhere no matter what you do you will never be,if you are not made to live somewhere no matter how many times you will travel to there you will never be able to live there. Try to live your best life anywhere you are,period. Stay strong my brother if you are still living you're a candidate for everything 💯 %so fight for your best life you will have it all💪💪💪
Ndakwibuka cyera Kamuhoza, urakoze cyane utanze umusanzu kubantu bumva ko Europe ari paradise ntoya be strong imbere ni heza.
Sha umunya Rd byananiye iburayi rwose, sinibaza ko i Kigali ariho uzabasha,nziko abanya Rw aho bageze hose babasha,stuation uko yaba iri kose,kdi nziko kuri izi camera za Isimbi hari abantu benshi baciyeho nabo banyuze muri iyo camp y,impunzi,ariko, baduha ubuhamya ko barwanye kigabo ubu bakaba bari kurangiza mortgage (idene ry,amazu) bakaza bavugako batangiye izindi project Kigali,none wowe uraduha ubuhamya ngo wari warahambiriye imisatsi nicyo nyine watahiye,gusa nkurikije ko mbona no kwisobanura ku isimbi,imbere y,abazungu ariho wari gushobora ngo baguhe ibyangombwa.Gusa ntihagire abantera amabuye,
Mwibuke urugero rw,umwana w,umukobwa waje atubwira ko nawe yaciye muri ubwo buzima ndetse akanafungirwa mu buholandi,ariko yaje avugako aje kugira icyo akora mu rwamubyaye.Naho undi ngo yirirwaga aryamye!!!!
Ngo hariya ntawuzigama?none se wari kumenya ko bazigama utagira aho uba?
Uvuze ukura,nange ndunva uwo musore ntacyerekezo cy'ubuzima yarafite,kko mugihe utegereje ibyangombwa wemerewe kwiga no gukora,hari benshi cane bava mu ma centre bamaze gushika kuri byinshi,naho kuryama gusa naho waba mugihugu cyawe,ntaho byakugeza,kw'isi hose, ubuzima ni guhatana.
@@olivenkunzimana6377 Sha buriya ntamakuru yarafite
Hoshi . Abatajya baza uzi hariho bate hariya ? Nimwe mutuma batinya kugaruka
Kbs umvugiye ibintu, uyu mutype ntazi kwisobanura, ubwo rero urumva imbere yabazungu uko byari bimeze. Rwose niyitahire ubuzima bwo hanze iyo ntiyabushobora. Gukorana umurava no gushugurika ntabyo yishoboreye
@@dianetuyishime2017 Ngaho!!!!uti Hoshi,nawe uzabanze uhagere,nibwo uzasobanukirwa n,ibyo mvuga,gusa uzaze ufite intego.isi iradusukumira gukora cyane tukaryama gake.aho waba uri hose.
Pole sana bro’ ndakumva neza kuko ubwo buzima nabubayemo’ gusa sinamaze imyaka nkiyo wamaze hanze’ my friends iyo uvuye kgl umwaka umwe gusa uragaruka ukibura…gusa bajeune ntimugacike intege’ gerageza byange umenye ko byanze…..
Abafite umutima waki muntu tukuri inyuma nukuri uri intwali 😭🙏
Petit Frere mu bazungu Kuhaza nta byangombwa ufite uciye mu nzira nyazo wapi birakugora kubera ko ibyangombwa biragoye udafite umuntu ugufasha ngo akwishingire pole Sana Sabin komera
Ibyanjye nabibone après 5 ans. Biterwa n’ubushake bw’umuntu. Ubu ngeze kure kurusha n’abamwe baje babifite baziko bazasanga ibitanda bishashe. 😂😂
Iyi nkuru harimo inyigisho ikomeye cyane kurubyiruko twakigiramo
Sabin wacu uraho urakoma?Utujugujugu uri guterwa ntituguce intege uhumure abagukunda turi kumwe .
Sabin nawe ndemera ko abizi ko ashyigikiwe nabenchi. Jye ndinyirakuru wabana ntuye mumahanga. Iyo harikiganiro cye ndebye nsanga Urwanda rufite impano kugira umuntu wubaka imiryango nkawe. Iriya nkuru ya Ndimbati yo ikwiye kumuhesha umudari. Yiyemeje gutega amatwi bose bamugarnye bipfa kuba hariwo byarengera.
Ariko abo nibande baba bamutera utujugujugu bo gakizwa? Ni bande?
Uyu Musore nimumufashe,ntakinyoma na kimwe yavuze,nanjye naciye mu byenda gusa nkabyo,belgique ni hatari! Wafashe icyemezo kiza gutaha kuko ibyo wari warakoze byari byanze.komera! Hari n,abataye abagore n,abana Muri africa.abanyafurika baragowe,kuvukira mu bihugu bikennye biragatsindwa!
Ntabwo ibihugu by'afrika bikennye kuko sources za byo arizo zubaka uburayi!
Abayobozi babi bigwizaho imitungo, discours nziza!
@@frankminani2265 minani, abayobozi bazakugaburira. vana amaboko mu mpuzu, kwitakana abayobozi ntacyo byagufasha.
Umuyobozi bisobanura iki, leadership ni iki se????
Christian rwose! Eto Muhima sha, wafashe icyemezo gikwiye ngwino wivugirize ingoma bizagutunga
Franchement,nkunze ikinyarwanda uvugamo histoire yawe
Abantu munywa itabi rwose muragoye cyane
None,amenyo waciye uyasiga i Bulayi?
Courage sabin mwiza you are blessed
Sabin turagukunda cyane kdi uri imfura urinintwari ntucibwe intege nimijugujugu.
Uri umuntu w'umugabo Sabin..ab'iy'isi ntibazaguhindure..Nyagasani muri kumwe..kandi urashigikiwe🙏🏾
Pore sana,ubundi utoroka ufise umuntu wawe ,umuvandimwe akiyemeza akakugira ninama yokwisobarura neza kuko ivyangomba birarusha.
Iyo byanze uritahira pe / uri intwari cyane . Byibuze aho ufite ibyangombwa . Rero n’ akazi uzakabona
Pole kbsa warahuritse.
Gusa kuza mubihugu byabazungu utazi ikikuzanye biragoye, ikindi biterwa numuntu wakwakiriye.
Ariko muri rusange iyo ufite ibyangombwa ukora ubuzima.
Mwunva i Burayi mukibaza ko arimikino, mukibaza ko byoroshye kuhabona impapuro , mubona abantu baza muri vacances iwabo mukagirango barakize bararégeje amafranga ni menshi mutazi ibyo abantu baba baranyuzemo kugirango babashe kugeraho baza muri vacances iwabo
Ko Sabin uwo Sabin avuga ngo utu 200€. Muminsi 4. Wowe Sabin 200.000 Fr. Haraho wakorera.wowe Sabin nabonye uha Umutumirwa ((Bishop Brigitte, wamuguriye ikirahure 1 cya Jus agusabye ko ya Kwaka icya 2, uti oya. Umuntu uunanirwa kugura ibirahure 2 bya Jus. Nigute uvuga ngo utu €200. Wowe wayakurahe?
Ibyo avuga n ukuri amahanga arahanda hahandi umwana arira nyina niyumve 🙏💯
Wapiii sha amahanga araryoha, inoti, ambiance/ holidays kumucanga etc , niba aho uri byaragucanze uzaze aho ndi ubundi turyoshye turye icyo bita life😋
@@Queen-ze1tm urihe se boo 😂
@@wolf-sv1qp USA 🤣
@@bmg8725 Ngaho Se sha duhuze ukore aka dedouanement 😂........twe bikomeje kwanga!
@@Queen-ze1tm ntamakuru yubuzima bwa Japan chch
Ubu iyo aza kubona impapuro ubuzima bw’iburayi yari kubushobora ko numva avuga iminaniro cyane?
Numutesi uyu😃😃😃
Hhhhhh ntawabyizer naby kbs ngo biraruhij harahant ubuzima butaruhij kurinosi kok
Urakoze Christian, Hari benshi tuzi bagiye hakurya iyo za Burayi.... Bagezeyo bacecekerayo, nanubu bagicecetse, reka mbifurize babe badacececyeshejwe n'ibibazo nkibyo waciyemo !!!! Amen
Ariko mwana wa ndagushimye kuko watekereje kwitahira wararushye muhungu mwiza abo bose baguciraho iteka bareke uzabaho neza mama komera,
Yooo uri umubyeyi mwiza rwose!Sinkuzi ariko be blessed!
Musaza warakubititse gusa uko mbyumva ibintu wabitangiye ubifata nkimikino unabigezemo ukomeza kubigira ibyoroshye
Ngira wari uziko ku i declara = kubona impapuro bihagije. Kuko nanyuma yo kubona negatif ndumva nibya Recour ntabyo wari uzi unabigezemo ntiwabyitaho mbega iyo myaka yose wamaze muri centre ntacyo yakwigishije
Uba byibuze warakoze naga formation…
Naho kuri ziriya 7€ batanga muri centre na 60.. na uri muri maison social wibuke ko ntakintu nakimwe uba wikorera kdi nabo baba babizi ko nyuma ya centre nubona positif ubuzima buzahinduka
Muri macye ubivuze neza bafata neza impunzi baragerageza kugera naho byose byanga bakongera bakaguha chance zo ku ideclara bushyashya.
Gusa wihangane tu
Humura Christian Imana ni iy' ayandi mahirwe n' ayandi mahirwe....courage kuba ugihumeka ubuzima bushobora guhinduka bukaba neza any time.
Biratangaje kuko Ahubwo Belgium niho ubuzima bworoshye cyane muri Europe! Ngirango wabuze amakuru cg wabaye timide !
Ndakwibuka wana nanjye nize ETO Muhima 2009
None ko washoboye kuzigama ukagira 2000 euros nta kazi wagiraga ni gute uvuga ko abafite akazi badashobora kuzigama.
Abantu b,I buraya si abantu,ntawagucumbikira Kabiri,abanyafurika ntibakundana namba,no kubona uwagufasha ni hatari,keretse Uri umukobwa Bari bukurarane,nta mbabazi ziba I buraya.umuzungu nawe utujuje ibisabwa ntacyo muvugana.
Bakurarana kangahe se urumukobwa ko nabwo bajugunya bamaze kuguhanahana?
@Gahongayire solange.
Si bose harabafashanya jew ndumurundi nahaye indaro abanyarwanda babiri umwaka wose muri Holland.
Sabin, ndakwemera,ariko ntugatinde ku mazina y'abo ubaza,urakoze.
Ndakwibuka twigana muwa 3APAPEM. 13:30
Urumutesi ntabwo uza shobora ubuzima. Ubuzima niNtambara ( Life is wor ) Nigute Bari baguhaye inzu ukayikumo ukajya kwigira utagira Adresse .
Umuntu Niki niba nawe uriwe?
Kuza ino mu bazungu nta byangombwa byemewe ufite,ni danger ⚡. Ntimukibeshye kuza mu nzira zidafututse, from Houston.
Twarabanye is ndamuzi ninjye muzee muri camp Anvers brokhem pole sana
Wa mugabo we wahiisemo neza gutaha pe ,abakugaya nuko batazi ubuzima bwo kuba hanze ,igihugu cyacu cyubahwe gifasha abantu kwitahira,ubuse abakire bose baraho nuko bagiye i burayi ni myimvire yacu twishyizemo igomba guhinduka
Inzira z’Imana ni nyinshi peeeee n’uriya mugore watumye bitavamo waaangu🤣🤣🤣!! Imana yari yara mugupangiye kandi wenda iyo biza gucamo neza iyongiyo ntiwari k umubona. Tuuza Umugisha wawe wari murwa kubyaye ✊ why not wenda muzagenda ujyanye n’umuryango wawe w’unguste mu nzira nziza 🙏🙏 courage
Sha ibyo uvuga harimo ibintu byishi bitaribyo pe. Kuhaba byakunaniye kuko utari uzi ikikujyanye. None se wari uzi ko uzagerayo ukajya utoragura amaf ku muhanda? Ama € aravuna wangu kdi akazi wakoraga ni benshi bagakora kdi bakaba hano muri Europe. Rero wowe ndumva ntabyumva neza
Ni umutesi yaje atarakubitwa
Nice bruxelle ntiyo mwari gufata autoroute ntago mwari kugenda 3hrs ahubwo mwagiye plus de 12hrs
Nawe wabyumvise?Izi témoignages ni hatari!!
Harimwo utunenge twishi gusa UKO biri kwose beshi baza batazi ikibazanye yamiteto yo muri quartier twahora mwo niyo bazana muribi bihugu ino nigukora ukagoka
@@alexisnsabiyaremye1363 nta formation yarafite kd yari muto nt bundi buzima yarazi ikindi n' iko atashatse guhura n communaute rwandaise harimo abafasha .
Wooow ! Immigration ya Europe ni hatari baba baguhozaho ijisho kweli ! Man gutorokera USA ntako bisa ni struggle ariko ntawuguhozaho ijisho kabisa ! 🇺🇸🇺🇸🇺🇸🇺🇸🇺🇸
Wowe warahatorokeye se byibuze? Ariko ye
Uri Kimisagara nyine uri kubwirirwa. Muriyo mbeho muri Europe wijyeze ubura ibiryo. Ese Wabuze Ama Jackett yo kwifubika iyo mbeho. Reka wumve rero .
Dominic sinzi aho uherereye ariko ahuri menya warahiriwe ariko uyu mujama byo afite ubutesi kgli biragoye kuyishobora
This guy Ni fake musaza ,nukuri ntiyagakwiye no kuvugako kimisagara byamucanze pe
Haaa ivugire imbeho y'iburayi irica bagahamba! Niba uzi uko frigo ikora barafu ikonja ni uko haba hameze. Abantu barara mu muhanda kubera ubukene hari igihe muri hiver babasanga bapfuye
ahubwo ubuzima bwe yabufatanyine no kututwara neza!!! gusa europe kubona ibyangombwa bisaba kwihangana. bitabaye ibyo byakugora
Sabin wanjye niyo byagenda gute Isimbi ifite ibigwi byindashyikirwa nzahora nkurwanirira uko nshoboye babihemu kuri social media barakwihaye gusa reka nkubwire kd nkubwizukuri uruwingenzi kubanyarwanda ntuzacike intenge we love you ❤️❤️❤️❤️
ndumiwe mbonye commentaires wagirango iburaya harabahazi kurusha abandi bariko batanga amasomo muri comments😀😀😀😀😀iburaya ntamanyanga nikimenyane bikora muri admnistrations
Birababaje ubuzima wagiriye en Belgique.kuki koko tutahuye?niyo mpamvu umuntu uvuye mu Rwanda atarabona ibya ngombwa,yagombye gukora uko ashoboye akamenyana nabahamaze igihe.
Aliko koko babanyarwanda buzuye belgique koko habuze ugucumbikira yesu weeeeee
Yoo pole sana christian warababaye Ariko Humura Haracyariho ibyiringiro. Imana igufiteho umugambi mwiza. Kuryama cyane nabyo sibyiza, Iyo usohoka ugashakisha hanze ukamenyana nabantu uwaguhesha ibipapuro😀. Ariko courage ibyiza biri imbere🙏 itabi ninzoga nokuryama cyane biri mubintu bituma abantu badatera intambwe iburayi
Ariko umuntu niwe ufata umwanzuro akajya kumena umuceri kubuzima bwe? Cg barabishyura!! Uyu mu type biraboneko ko yanagize ihungabana, niba ari uku yarameze akiriyo byari kumugora kuhashobora
Kuba I burayi ni ukwihangana bikabije twese twanyuze muri ibyo du tekereza no gutaha ukabona ntacyo waba utahanye usibye isoni ugahitamo gutegereza birangira bikunze ubuzima bukaba bwiza cyane!!
@@fabricendayambaje9202 nta kibazo wanvugisha
@@fabricendayambaje9202 mpa numéro yawe nguhamagare
Abantu benshi baziko kuba iburaya aruguhita ukira kandi ari paradison ahubwo afrique ni yo paradison ariko ntibabyemera.
Retour forcé uba uri gusebya igihugu? Ariko ye.
NIFUZAGA KUBAHA kukanama keza kihuse NIMBA WIFUZA KUNJYA HANZE UZAGENDE UFITE IBYANGOMBWA NAHO UTABIFITE UGOMBA KUMENYAKO UZATESEKA HANZE NIHEZA
ARKO KUBANTU BEMEREWE GUTURA CG GUKORA RERO MUBIVEMWO MUKORE NTAHO UTAKIRIRA 🎁🎁🎁🎁🎁🎁🎁🎁🎁 KDI MURWANDA WAVANYE AMABOKO MUMIFUKA WATERIMBERE ✌️✌️♻️
Nibyo rata nukuri
Ubwo buzima ushaka kwiberamo i Burayi uretse Burayi ahubwo na Kigali ntabwo wabubamo mwana (ngirango ibyo wabibonye nkurikije uko ubayeho nanubu). Itekerezeho bikabije kuko nabo uvuga ba Kigali nabo bafite ibbibazo byabo kimwe nabo ba Burayi yaweee isi ni gatebe Gatoki mwa
Ubuzima bwohanze buragoye pe haba mubihugu by'Africa cg na zavurayi n'America buragoye arko nyine nubwo uba wavunitse arko ubu ufite umutima wakimuntu kndi iwanyu ntuhibagirwa uba uhirirwa ukanaharara muntekerezo niyompamvu dufasha
Jye mbona disi utaruzi icyo ushaka, umuntu akureba abano ufite imito
Yarahahamutse kweli. Kuko ntabasha no gusobanura ibintu neza
Nanjye ndabona atari tayali
Uyu mutype ndamuziii yoo waje akaguru kamwe kari kgli urambabaje kbxa struggle zarakunaniye uri fk man
Dukunda ibiganiro byanyu cyane !!!¡!
Wabuze ibyangobwa hano urahangayika cyane
Akagahungurero ntikazi kuvuga inkurunezawariye iki mwaribangahe
Sabin nkunda ikiganiro byawe sana
Wowe Sabin ntiwirirwa usaba Amafranga Aba Diaspora, Uwo Christian . Ninjiji.
Ingunguru zirimo ubusa nizo zisakuza cyane!
Nukuri kwi declara c.a.d demander l'asile ntibiba byoroshe bitewe ko Ari nibintu Uba wahimbye wizera ko bizacamo ugatsinda ... Vraiement pour toi , t as pas eu de la chance uretse yuko mbona usa n'umutesi ..... Mbe aho washatse guseka uri mu rukiko uvugako utanazi nibyo barimo Kandi Bari murubamza ...bo Bari serieux uretseko Ari wowe utazi ibyo wari urimo .... Wari kubanza ugasobanukirwa uko bimeze demander l'asile imbere yuko ubijamo .... Oui bien sur muri camp de refugies uyeherezwa kubaho nabi kubera barebe ibyo wavuze ko Ari ukuri ariko nabo barazi ko imbere ariho heza iyo utsinze urukiko
Ariko rero ushobore kuba utumvise uko byatangiye kugira yi declarer. Yavuze ko harumuntu utarababwije ukuri kose ko bazi declara. Ntekereza ko iyo amenya wenda ko agiye kuba impunzi, yari gutegura mind and spirit byiwe kuri scenario zose zaba cg akanabivamo.
Sabin ntucike intege be strong 😭🤩🤩🤩🤩
Uko byagenda kose abamukunda turahari kdi tumurinyuma be strong ma brother💪
Iyo wiyizira mubwongereza niho kubona ibyangombwa byoroha;ho ubuzima buroroshye;ntabwo bakomeza ibintu
Woww metamorphose iramfashije peee👏👏👏👏God bless youu . Vision 2020 iransekeje😁😁😁
Ibiganiro bya Isimbi tv bifite umumaro wo kutwigisha pe ureke byari bindi byo gutwika gusa for views komera sabin.
Wapi ntabubirigi bwakira impunzi neza. Ahumbwo numbwanyuma kuko batanga 7€ par semaine ahandi batanga amanjana
Ni 7 euro ,ariko umenye ko Uba uri mur centre bakugaburira.uzobaze abari France . uzobaze Arya majana babaha ko akwira inzu vyose nogusuma.noneho icangobwa nuguhabwa ibipapuro
Urebye 7€ nayo nko guhamagara kuko ibindi baba babikoze byose bagutekeye bagufuriye.....
Ese ko numva aterateranya indimi,yaba french wapi,yaba english wapi.Uyu muntu koko yabaye Europe iyo myaka yose avuga?
Mana weee ndabyibute mugenda iyo mugarukana na Mani Martin ubwo muba mwararushye gutyo Koko pole sha
Nta Padiri nahimana yatuboneye muri chateaux?
😂😂🤣🤣
Uwutazi imahanga niwe wavuga nabi uwo mugabo. Hanze aha ntihoroshye igiteye ubwoba nuko benshi batavuga ukuri kw ubuzima nyakuri, nibaza ko ukiri kw ibihabera bizwi n abasohoka Ukraine 🇺🇦
Christian ku maso arasa nujijutse ariko ibyo yakoze byuzuye ubuswa bwinshi nigute ujya muri same cadre naba Afghanistan Irak Yemen abantu baba batarize nta rurimi mpuzamahanga na rumwe bumva ukicara hamwe nabo 2 years kweli
Thank you 🙏🏾. Mumbarize
Banyarwanda niba ntakintu kiza uje kubwira umuntu cg kumumarira ntukaze kuvuga ubusa utukabantu ubita injiji nibindi
Ese afite amenyo?
🤣🤣🤣🤣ariko sha uri umwana mubi kabsa
Nyagasani ageyorohereza abantu baba bagiye kuba hanze mukubona ibyangombwa uyu mugabo nawe yahuye nibibazo
You are very strong 💪 courage 👏 💪
Amenyo ari hehe? Wayataye i Burayi?
Sha nimumureke pe ibyo yahuye nabyo birahagije
Sabin abo bantu nibabandi badakunda gukora aha hababantu benshi batagiravyangombwa babayeho uyo numumunebwe batinya kuruha
Christian arabeshye: Nice Bruxelles ni amasaha 10! Ntabwo ari 3 nkuko abihamya!