Urushako rurakomeretsa|Barore Cleophas ahishuye byinshi|Desire atanze inama zihariye mu kubaka urugo

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 15 вер 2024
  • Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126

КОМЕНТАРІ • 96

  • @a.muhirwa9365
    @a.muhirwa9365 3 роки тому +15

    Cléophas Barore, umukozi w'Imana uzi ubwenge, ibyo avuga byose atanga references👍🏼merci

  • @nathanndamage173
    @nathanndamage173 3 роки тому +14

    Ikiganiro cyiza cyane.
    Abanyarwanda dufite amahirwe, kugirango uzabone ahantu hari amahirwe yo gufasha society gutya ntibyoroshye.
    Ndabakunda cyane mwese.
    Keep going forward Isimbi tv.

  • @Joanah_Beauty
    @Joanah_Beauty 3 роки тому +6

    Cyakora ibiganiro nkibi biba bikenewe iyaba bishoboka nabo twashakanye bakabyumva kdi bikagira nicyo bidusigira twembi ingo zacu zakomera koko ntizisenyuke.naho ibikomere byo mungo nibyinshi kubikira biragoye ahubwo bigenda byiyongera uko bukeye nuko bwije.Kubaka bisaba kwihangana Imana ijye ibidushoboza🙏🙏🙏naho amafrw yo rwose muyaveho utayafite arasuzugurwa ark nabayafite bose usanga benshi bayashwaniramo ibyayo ntibyoroshye murugo atagusenyeye uyababariramo kugeza gupfa😂😂😂
    Imana itwubakire ingo🙏🙏🙏

  • @uwamahorovestine1933
    @uwamahorovestine1933 3 роки тому +7

    Ibikomere kurushako byo nibyinshi cyane kuko twizeye abantu baraduhemukira ntibagarukiye aho banadukojeje isoni.gusa hashimwe kristo Yesu kuko ariwe nshuti nyanshuti itera umutima kuruhuka

    • @imananiyonkuru6854
      @imananiyonkuru6854 2 роки тому

      Muraho, gukomereka bibaho ariko iyo bigeze mu rushako iyo utunze mugenzi wawe urutoki wowe ukiyibagirwa Uba wikunze. Amakimbirane yo mungo ntamuntu Uba ari umwere ijana ku ijana, umwe yabigiramo uruhare ruto kurusha mu genzi we ariko ntiyaba umwere ijana ku ijana. Ngarutse kuri comment yawe warikwiye kuvuga ko mwizeranye nyuma mugahemukirana niyo mvugo nyayo igaragaza ko buri wese hari uruhare ruto cg runini mu bibazo baba baranyuzemo. Hari ubwo abashakanye bagira icyo badahuza umwe akakubwira undi ariko ntabihe agaciro nyuma mugenzi akaba yabirambirwa kuburyo ashobora gukora ibirenze ibyo mugenzi we yakoze noneho akaba ariwe uhinduka nyirabayaza gusa ....

  • @ndayisabakevin7621
    @ndayisabakevin7621 3 роки тому +7

    Nukuri Imana ikomeze ibashyigikire Sabin ufite ubwenge komeza wubake umuryango nyarwanda.ndabakunda part 2 turayisabye

  • @annetannet9236
    @annetannet9236 Рік тому

    Mwese Imana ibahe umugisha. Inama zanyu tuzigiyemo byinshi. Muzajye muhora muza mutugire inama

  • @jeanclaudengenzi4776
    @jeanclaudengenzi4776 3 роки тому +5

    Murabona ibyiza byo kugira Abayobozi b'amatorero (Pasteurs) basomye (bize)???
    Ntawe utanga icyo adafite!!!

  • @kobusingemunyanajesca6428
    @kobusingemunyanajesca6428 3 роки тому +18

    Iyubuze uwubwira ushobora guturika umutima

  • @justinemirembe8910
    @justinemirembe8910 Рік тому

    Urakoze mukozi w'Imana, nibyo, tubashije gufasha abagiye gushaka gukira ibikomere nimyitwarire itari myiza abantu baba bafite kuko byose sibikomere, byafasha pe.

  • @jeanclaudengenzi4776
    @jeanclaudengenzi4776 3 роки тому +4

    "Umuntu wese afite uko abanye n'Imana"... Aya magambo ni meza kandi yuzuyemo ukuri.

  • @kobusingemunyanajesca6428
    @kobusingemunyanajesca6428 3 роки тому +13

    Amafuti yumugabo nibwo bubwa bwe , gusa urushako ruteye ubwoba pe

  • @theodosianyiramugisha3931
    @theodosianyiramugisha3931 3 роки тому +1

    Iyi conférence y'abubatse ingo yatumiwe mo Pasteur Cléophas Barore n'abandi batumirwa n'ihumurizo ly'abubatse n'abatarubaka abemera Imana n'abashakisha kubana neza n'ababo
    Kuko gushakana ari ugutangira urugendo rurerure kandi muhulira mo n'intamenya nyinshi kandi z'amayobere.

  • @twagizeapollo5568
    @twagizeapollo5568 Рік тому

    Yoooo!!ibyo utubwiye n'ukuli kuzuye,Imana ikongerere muri byose Barore.

  • @mariegorettinyiratamba1100
    @mariegorettinyiratamba1100 3 роки тому +4

    Umbarize abo ba conférenciers iyo uko ushatse ko muganira kubibazo ahita akubwirako nta bibazo bihari cyangwa ari bito cyane ko ahubwo wakwirinda abaguhora mu matwi bagushuka.

    • @kobusingemunyanajesca6428
      @kobusingemunyanajesca6428 3 роки тому +1

      Iyo mvugo niyabagabo bitwaza ngo ntabibazo bihari abagushuka yewe Bose nibamwe pe

    • @imananiyonkuru6854
      @imananiyonkuru6854 2 роки тому

      Uzajye ubikomozaho utabitangije nkaho ari ikiganiro cyateguwe Kandi ukabikora mu gihe Uzi neza ko ntamwuka ihari muri ako kanya.

  • @umuhozabernadette594
    @umuhozabernadette594 Рік тому

    Rwose pe, ibikomere bivuyeho abantu bakuka, pe. Mubirebeho.

  • @mukandayisengajoselyne3776
    @mukandayisengajoselyne3776 3 роки тому +5

    Barore Urumunyabwenge Uzi ubwenge yakuyemo inyigisho pe

  • @lilianem9109
    @lilianem9109 3 роки тому +4

    Njye mbona ikica byinshi ari egoisme, kdi abagabo barayigira cyane. Iyo bayifite bagahura numugore utakira ntibivamo kuko murugo bisaba kuganduka no gushyira mugaciro. Indi defaut izanwa numuco nyarwana nuko ngo ntamugabo uhabwa inama n'umugore we aho kuyumva yajya kuyikura kubandi bo hanze. Ngo baba banga kuba inganzea daaa🏃‍♀️

  • @gracekneza3642
    @gracekneza3642 3 роки тому +11

    Igikomere sha uzi kukibana ukabura ukumva?uwakiguteye ukumva yaguteje urubwa ntumenye nuko wisobanura nabwo ukaba urakomeretse?uzi umuntu uguhohotera ntanagire ibanga ahubwo ukumva ibyo yagukoreye hanze yavuzeko ari wowe?noneho umuntu yari yagukomeretsa yabona ucecetse nkaho yagusabye imbabazi akaba ariwe uguharabika muri society??ibyo nabyo bikongera!uzi kuba mubi Imbere yabantu utaziko uri mubi wowen'Imana yawe?ibikomere mungo bimeze nabi gusa byose ni kristu ubyomora buhoro buhoro twiyegurire Yesu nshuti z'Imana

  • @gagedamoursarusaru8079
    @gagedamoursarusaru8079 3 роки тому +3

    Ikiganiro très riche kbs!!!

  • @uwiduhayejaphet3872
    @uwiduhayejaphet3872 2 роки тому

    Thank you for your advice!!!

  • @emmanuelhakizimana1998
    @emmanuelhakizimana1998 3 роки тому

    Ariko Vraiment Cleophas uri umuhanga! Imana iguhe kubihundurisha society....

  • @innocentbasabose8486
    @innocentbasabose8486 Рік тому

    Imana ibahe mwese umugisha

  • @patrickntamutoni2407
    @patrickntamutoni2407 Рік тому

    Barore! imana iguhe umugisha

  • @jeanclaudengenzi4776
    @jeanclaudengenzi4776 3 роки тому +3

    Hari aho ntemeranya na B. Cleophas. Ngo aba kera ntibari bakijijwe?!!!
    Gukizwa se ni ugutwara Bibiliya cg kujya mu rusengero gusa?
    Oya, gukizwa ni "ukureka ikibi, ugakora icyiza gishimisha Imana na Muntu".

    • @Dsam77
      @Dsam77 3 роки тому +1

      Iyo ni imirimo myiza bakoraga kd rwose bari imfura cyane rwose gusa ntibari bakijijwe. Ntibari bazi ubutumwa bwiza buhahesha kwizera ngo bakizwe. Agakiza=kumenya( ukuri kw'ijambo ry'Imana)+ Kwizera(Kristo akakubera umwami n'umucunguzi w'ubugingo bwawe) .

    • @fraum.udnmiin630
      @fraum.udnmiin630 3 роки тому

      None ubwo wibwira ko abantu babayeho Bibiliya itaraza batazabona ijuru?

    • @emmd1234
      @emmd1234 Рік тому

      @@Dsam77 ​ Uko mbyumva, gukizwa biva ku "gukira" ikibazo cyari gihari. Icyo dukira ni indwara y'icyaha, nta bwo ari ukutamenya Ivanjili. Ni byo kumenya indwara bigufasha kuyivura no kuyirwanya. Gukira bijyana ku gukiranuka (gutungana). Yezu na we yaje kutwigisha ngo tumenye, dukire ibyaha, tubirwanye. Guhinduka ni cyo yari agamije (ni cyo kumugira nk'Umwami n'umukiza bivuze) nta bwo ikigamijwe ari "ukwemera no kuyoboka idini rya gikristu" gusa.
      Tuvuze ko mbere y'umwaduko w'abazungu n'ivanjili nta muntu wari ukujijwe (ukiranuka) wari uriho, twaba tuvuze ko mbere ya 1900 nta munyarwanda wari ukijijwe, noneho mbere y'uko Yesu avuka nta ntungane yabagaho, bityo abatarigeze bamenya Yezu Kristu nta n'umwe uzajya mu ijuru! Aha dushishoze, turebe kure, twe kwitiranya idini, imyemerere n'agakiza (ubutungane) ka nyako inyigisho zigamije kutugezaho.

  • @theindustry22
    @theindustry22 3 роки тому +4

    Barore is genius

  • @omarcaboston8459
    @omarcaboston8459 3 роки тому +2

    Ndacyari uwa mbere

  • @mugabeyvette3610
    @mugabeyvette3610 3 роки тому

    Respect kuruyu Mugabo Barore 🙏 Ninyanga Mugayo👌👍

  • @jackbenonrutinduka4046
    @jackbenonrutinduka4046 3 роки тому +2

    Paster Barore ndabasuhuje

    • @yafashijeisayasi5910
      @yafashijeisayasi5910 3 роки тому

      Past. Barore Imana igukomeze mbeba nawe ndakwemera ntiduheruka Gatarina.

  • @mugabeyvette3610
    @mugabeyvette3610 3 роки тому

    ikiganiro kiza cyane Merci ISIMBI Tv🙏🙏🙏

  • @mugwanezajosiane4685
    @mugwanezajosiane4685 3 роки тому +6

    Kubanza hakenew part 2 turisabiye 🙌

  • @jeannedignite5425
    @jeannedignite5425 3 роки тому +4

    Ikiganiro cyiza cyane🙏🏼

  • @tetelaurence8669
    @tetelaurence8669 Рік тому

    Barre urumuhanga kyane rwose

  • @mollyteta720
    @mollyteta720 3 роки тому

    Ikiganiro kiza cyane vraiment

  • @kobusingemunyanajesca6428
    @kobusingemunyanajesca6428 3 роки тому +1

    Yego ayo magambo yose numutongero Kandi umuntu nyine atwara umutima utarihamwe ibyo byose bikamushyikira .

  • @ruganzutiger115
    @ruganzutiger115 Рік тому

    Icyaganiro cyose please

  • @lamberttuyishimire2309
    @lamberttuyishimire2309 3 роки тому

    CYakoze Cleophas ni whole mood kbsa

  • @manawork5587
    @manawork5587 3 роки тому +1

    iki kiganiro ni ingirakamaro cyane, no hanze y'Urwanda! turifuza n'icyagaragaza imiti ifatika yo kuvura , gukumira ibyo bikomere.
    Byaba na byiza, tukunva ingamba za Leta y'Urwanda kuri iki kibazo!

    • @yafashijeisayasi5910
      @yafashijeisayasi5910 3 роки тому

      Mwese mwakoze iki kiganiro mbasabiye umugisha Ku Mana dukeneye part. 2.

  • @melissalablonde9580
    @melissalablonde9580 3 роки тому

    Mbega Amiga meza weee

  • @rugeroxavier7408
    @rugeroxavier7408 3 роки тому +1

    Imana ijye irengera abatarubaka nabubatse Ibahe umutima wo gukomera

  • @epihaniemukamakombe5306
    @epihaniemukamakombe5306 3 роки тому

    Erega ikibazo gihari mubantu nuko hatabaho amatorero cg se ibiganiro mu midugudu kubasore ninkumi batarashaka, dufite inararibonye ariko ntituzibyaza umusaruro,nibe Hari ibikomere bidapfa gukira Ni ibijyanye ningo,abana gusa barambabaza ariko ntakundi nyine

  • @uwasejovia6792
    @uwasejovia6792 3 роки тому

    rwose.

  • @kanyundoange1086
    @kanyundoange1086 3 роки тому +4

    Nta n'umugabo ngo urira harira abagore n'abana baba bishyura inka ya nyangara.Umuco we!!!!

  • @hagenimanaeric5140
    @hagenimanaeric5140 3 роки тому

    Ariko nawe wari umusinzi ubabaza umugore

  • @alanngiza2856
    @alanngiza2856 3 роки тому +3

    Nyagasani wenyine niwe wo kudushoboza kuko ibikomere ni byinshi Kandi tugomba kubana nabyo!

  • @Abimanaserge2005
    @Abimanaserge2005 2 роки тому

    Kurikira urushako TV umenye byinshi

  • @anithabakareke6664
    @anithabakareke6664 3 роки тому

    Ni hatari kweli

  • @kobusingemunyanajesca6428
    @kobusingemunyanajesca6428 3 роки тому +3

    Nanjye mbaye uwambere gusa ntago ibikomere byo murushako bikira Kandi sibishira

    • @calvinlucky1320
      @calvinlucky1320 3 роки тому +1

      Ibyo nukuri pe

    • @darianekayitesi3143
      @darianekayitesi3143 3 роки тому +2

      Rwose nibyo ntabwo bikira wiga kubana nabyo no kubyiyibagiza mais ntaho bijya rwose haba twinshi tukwibutsa buri kantu

    • @muhozadianne9881
      @muhozadianne9881 3 роки тому

      @@darianekayitesi3143 sha ntabwo byoroshye nukuri ntaho wabihungira harinigihe nokubyiyibagiza bidakunda

    • @mamaal6949
      @mamaal6949 3 роки тому

      Nukuri

    • @gracekneza3642
      @gracekneza3642 3 роки тому

      Uko nukuri

  • @jackbenonrutinduka4046
    @jackbenonrutinduka4046 3 роки тому

    Kbc

  • @bernarduzabakiriho88
    @bernarduzabakiriho88 3 роки тому

    Amafranga = ingwe

  • @Xeventeen_17
    @Xeventeen_17 3 роки тому +2

    Wa kwanza 🚨📢

  • @toogyjosephbonheur7118
    @toogyjosephbonheur7118 3 роки тому

    Ndifuza numero ya Tel ya Barore,murakoze

    • @imananiyonkuru6854
      @imananiyonkuru6854 2 роки тому

      Tanga iyawe nyiguhe kuko sinayandika hano ndumva Atari byiza!

  • @rudakubanapierre7858
    @rudakubanapierre7858 3 роки тому

    Muranyubatse ndabashimiye pe

  • @umuhozaclementine3444
    @umuhozaclementine3444 3 роки тому

    2 nd

  • @davinamuhozi566
    @davinamuhozi566 3 роки тому

    CleophasseyabayepastorseryaringiweguhitambapastornanjyepeabantubosebasigayearabaPastor

    • @uwasea4480
      @uwasea4480 3 роки тому

      Asanzwe ariwe muri ADEPER Shell, muri service ya Français

    • @munyemanaprotogene6374
      @munyemanaprotogene6374 3 роки тому

      Nibwo ukibimenya hashize igihe! Rwose!

    • @r.filsjoe6225
      @r.filsjoe6225 3 роки тому +7

      Niwandika ujye utandukanya amagambo dukurikire message utanze.

    • @Blessings993
      @Blessings993 3 роки тому +5

      🤣🤣 uziko ibintu wanditse byaribinshanze kubera ukuntu bifatanye

    • @mamaal6949
      @mamaal6949 3 роки тому +4

      Uzamuba niyo nyandiko 😁😁😁😁
      Natebyaga hhhhhh

  • @ndayisabakevin7621
    @ndayisabakevin7621 3 роки тому +2

    Nukuri Imana ikomeze ibashyigikire Sabin ufite ubwenge komeza wubake umuryango nyarwanda.ndabakunda part 2 turayisabye

  • @hagenimanaeric5140
    @hagenimanaeric5140 3 роки тому

    Ariko nawe wari umusinzi ubabaza umugore