Kubaka urugo rwiza_Hubert Sugira Hategekimana_Inyarwanda
Вставка
- Опубліковано 8 лис 2022
- Mu kiganiro Hubert Sugira Hategekimana yagiranye n'abanyamakuru b'Inyarwanda aho baganiriye ku bijyanye no kubaka urugo rwiza, imyaka myiza yo gushaka, ibirebana na sex before marriage cg gukora imibonane mpuza bitsina mbere yo gushaka n'ibindi
Uyu mugabo numuhanga basiiiii nkunda ko anabihuza nijambo ry IMANA!!!!!!komeza uduhugure Sugira!!!we are blessed to have you in Rwanda.
Abarimo kubaza muzahindure cg se muzige neza uko mubaza ibibazo murabaza ibibazo byiza ariko murabibaza nabi, gusa ntakundi ! ubazwa nkuze ko ahita asubiramo ikibazo munzira yumvikana i like it.
Ndagushimye cyane SUGIRA
I love this man, he has a right foundation as has been working with the great man, late Dr. Myles Monroe. GBU Pr Hubert.
thanks very much
Good thoughts. Urakoze cyane Sugira. wigisha byiza kandi ugatanga ingero zifatika. Komereza aho
Iri ryakabaye ahubwo ishuli rizwi rigaterwa inkunga n'ababishoboye bose rigakomera maze kwigisha ibijyanye n'ingo n'imiryango bikaba aribyo biba curriculum yaryo. Ibi ntaho wabona babyiga kandi nibyo nkingi mwikorezi y'imibereho mu nzego zose. Biba bibabaje kubona umuntu yiga akamenya ibintu byose by'ubwenge ndetse akabiminuza bikanamukiza ariko urugo rukamunanira kandi ari rwo sooko y'abandi banyabwenge bazamusimbura. IRI SHULI RIBEHO! Gumana imbaraga @Hubert Sugira Hategekimana
ishuli rirahari….ngiri hano
Rwose pe
Ishuli ningombwa
@@justinembabazi1634 ishuli ririmo gutegurwa
Abantu benda gushaka bajya biga mbere bagahabwa na certificat kd byafasha cyane!
Imana ijyiguha umugisha Kandi ikwagure
Hi Hubert,
thanks a lot for the powerful message, God bless you, ndishimye cyane, mu gihe gikwiye uzatuganirize neza ku nkuru nziza y'ubwami bw'Imana turayinyotewe cyane mbisabye kuko nzi ko ari inyigisho wigisha neza cyane!
Thanks JMarie! Tuzabiganira nabyo
@@HubertSugira Murakoze cyane!
You are a good teacher Mr sugira .
Imana ikwagure muribyose
Uranyubaka Imana ijye iguha umugisha
twitter is the best way to get in touch, thanks
twitter.com/HubertSugira
Ni saw kbx
Ni byiza cyane Imana ibahe umugisha kdi ikomeze kubuzuza ubwenge. Muzadukorere ikiganiro kirambuye kivuga kuri divorce muhuze bible na realité iri hanze hanyuma mutubwire ese uwatanye yarahuye n'uri immature yagira amahirwe ya kabiri yo gushaka? Ibi biruzuye hanze aha mudufashe, merci.
thanks Diane! ubwo nabyo tuzabigeraho
Hubert washinze ishuri ryo kwigisha abenda gushinga ingo tukaritera inkunga tukarengera umuryango nyarwanda koko? Mbabarira Ababyeyi benshi barabyifuza kuko dutewe agahinda ningo ziri gusenyuka kandi zikiri nto dufashe rwose ushinge ishuri turitere inkunga
Ishuli rirahari….ryitwa Mastering Relationships….rifasha abantu kugira a good foundation yo kubakiraho
Nice idias
thanks Gerard
Ese koko birashobokako umuntu waryamye nabantu benshi cg c yarakoze umwuga wo kwicuruza(indaya) ko yabivamo agashaka umugabo ntasubire muburaya akakwiyumvamo wenyine nkumugabowe
biragoye ariko birashoboka rwose
hello hubert, I have a suggestion for you please, nta kuntu wazongeramo n'uburyo bwo kujya wakira n'urubyiruko ruri mu myaka mito kuri Channel yawe ubundi tukabivugaho ubundi tukareba ko byagira icyo bitanga, kuko nanjye mbyumva nkawe cyaane kandi ni nako kuri. nanjye ndi urubyiruko uramutse ubyemeye uzantumire mu bambere.Thanks for your understanding.
hello there...ni igitekerezo kiza ariko njye buriya nta kiganiro cyanjye ngira, ahubwo ni ababa bantumiye mu biganiro byabo...ariko icyo ni igitekerezo kiza, buriya umunsi umwe tuzabikora
Ubu se abantu bakeneye ko ubafasha badakoresha Twitter uradufasha iki?
udakoresha twitter na Instagram, mu minsi mike ndabaha website yanjye mujye muyikoresha munyandikira
Izi nyigisho ziziye igihe?Ariko mwampa numero za Hubert Sugira
uburyo bworoshye bwo kumvugisha ni ukunyandikira DM kuri twitter.com/HubertSugira cg instagram.com/HubertSugira
Muraho neza barimu beza?ESE konumva ubabyeyi bubu bafitete uruhare mugusenyuka kwigo zubu wagiriyiyenama ababyeyi murirusange?
Adusobanurire ese kubana numukobwa wabyaye haringaruka bigira hagati yanyu?
muramutse mufite communication Nziza nta kibazo mwagira
Shalom mushumba nitwa manzi Ese abakoze divorce haramahirwe dufite twojyeye gushaka? Bibiriya utuvugaho iki?
Callixte n't ago numva hari ikintu nzi bibiliya ivuga ku bongeye gushaka barakoze divorce....ningira icyo mbona nzakubwira!
Ubaza ikibazo ukagipropronja ukarambirana isubireho.
bigenda bite iyo abatu bumvikanye ariko babana bagahinduka
hari ibintu byinshi bishobora kuba impamvu! si ikintu kimwe kibitera