MWITONDERE IBI NGIYE KUBIVUGA NTUZABIKORE MUTAZASENYA😳YATERETAGA UMWANA WE NA MADAM WE ATABIZI💔UMVA😰
Вставка
- Опубліковано 13 вер 2024
- #ireretv #happyfamily #dailybread
IRERE TV ni UA-cam Channel igamije kugeza ijambo rihumuriza kubayikurikira buri umunsi.
kubagezaho kandi ibiganiro byubaka umuryango nyarwanda muburyo bwumwuka, ubugingo ndetse no mumubiri.
IRERE TV kandi dufasha kurerera Urwanda, dutanga inyigisho kubana nurubyiruko muri rusanjye.
Turatarama yewe Tukaramya Imana. Ushaka kutugezaho, ubuhamya, inyuganizi cg igitekerezo waduhamagara kuri
Tel:.+250 788 351 168
+250 780 860 338
+250 780 767 456
Tubashimira kuba mudahwema kubana natwe mubiganiro tubageza. kora share usangize abandi icyiganiro wakunze, unakande subscribe niba utaraikora. wowe wabikoze Imana uguhe umugisha.
IRERE TV is a UA-cam Channel that aims to bring comforting words to its followers every day.
and to provide them with discussions that build up the Rwandan community spiritually, spiritually and physically.
IRERE TV also helps to raise Rwanda, we provide education to children and youth in the country.
We worship God. If you want to share with us, a testimony, a lawyer or an opinion, you can call us at
Tel: +250 788 351 168
+250 780 860 338
+250 780 767 456
Thank you for continuing to stay with us in the conversation. Do share the conversation you liked, and click subscribe if you haven't already done so. you did it God bless you.
Wakurikira ibiganiro hamwe na Pastor Emerthe kuri Channel ya Christian Family Foundation
ua-cam.com/video/mz03lNWBDBo/v-deo.html
Urakoze chane mubyeyi kukiganilo chiza uduhaye twese tulakenelanye
Nukuri abagabo nabagome jyenarabanze Niko nakundiwabijyenza
humura ntabwo aribose. kandi buriya Umuntu ntajya aba mubi ahubwo ikimurimo gituma akora ibibi cg ibyiza..uwaduha abantu bakagaruka ku muco wubunyangamugayo , ndetse bakagarukira Imana ibintu byagenda neza
Ese ko uyu mama asa na Rusine
Turagukunda cyaneee❤️
ESE yabaye Pastor.twariganye kuri Apred Indera.
Ndabakunda Imana ikandusha
Hhhh!!nonese icyo mpise nibaza ntabwo umugabo we yarazi ijwi ryumugore we mubyukuri kuburyo bavugana ntamumenye?
umugore wubwenge
Yooo Burya Emerthe ni Pastor ndishimye hari ibintu byiza yankoreye mukazi Imana iguhe umugisha
Amen. urakoze
Amen. urakoze
Murikigihe biragoye kumpande zombi ushaka kubaka ahura ninsazi gusa ubundi zikakwanika.
Hari ingo zitarimo abagabo kandi zifite umurongo kurusha izibafite
Izo Nizo Nyinshi Mu Rikigihe
Ariko se umuntu yaganira numugabowe ntamenye ijwi rye ?
Buriya yahinduye ijwi
Yego,yahinduraga ijwi iyo nkuru nayumvishe kuri Kiss Fm
BYASHOBOKA KUBERA KUTAMUHA UMWANYA
Birashoboka
Ese kuripasiteri umugabo aguca inyuma kandi nakore ishinganoze nawe umuciyinyumawabakosheje
Ubundi sibyiza ko ikibi ukitura ikindi kibi! ahubwo wasenga Imana ugakomeza ugakora ibyiza kuko burigihe ikiza gitsinda ikibi. umucyo wirukana umwijima