IBI biryo bigabanya ubushake bw'imibonano mu bashakanye/Nutritionist Grace aduhaye inama zadufasha👌
Вставка
- Опубліковано 3 кві 2024
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
- Розваги
ua-cam.com/users/results?search_query=learn+with+malayika ushobora gukurikira ibindi biganiro byiza bye
Rose ngushimiye kutugarurira Grace Malaika wacu niwe ugomba kunkurikirana agira n'umutima mwizaaa bambe naramukunze bikomeye akunda abantu iyo mpano nayimubonyemo
Number 1😂🎉 mutebuke twicare twige we Rose TV show ❤❤❤❤❤❤
Rose ugira ibiganiro byiza ariko ujye ugabanya kuvugira mu muntu birabiha kandi ukwiye kugabanya kwisetsa aho bitadi ngombwa byumvikana nabi kandi abantu bahora babikubwira ariko ntubyitaho
Erega guseka sikibazo kuko si bibi njye ndabikukundira.
Hii ni ukweli, lakini naewelewa kwamba Rose iko na character yenye iko very enthusiastic pia she shows how interested she's in the topic. Juste mon point de vue 😂❤
Rose merci❤❤❤
Thx Rose wacu
Oh hari ibyo ntarinzi kbs murakoze
Muri beza Cyane mwembi kandi mufite ubwenjye. Thanks 🙏 for sharing ❤️❤️❤️❤️💐💐
Reka ngufashe mukwandika ikinyarwanda"Ubwenge"nuko byandikwa
Kuba bagabo: njye Nabonye iyo nyoye tungurusumu mu mazi nkora umurimo cyane ,uzabishobora nawe azagerageze arebe.Ariko muzirikane ko nkuko batubwiye igikora kuri umwe hari igihe kidakora kuwundi
Une femme sage❤ uri umuhanga cyane
Grerekaho ngo witonda njye ndamuzi neza
❤❤❤
amata mu gutera akabariro wapi wapi rwose
🥰🥰🥰🥰
Izo noix uvuga ni nziza ariko muzi ukuntu zihenze? Ariko nibyiza ko ababishoboye bagira iyo information.
Ntabwo zihenze ma jyewe ntuye Belgigue haba aho ntuye nomurwanda . Ivyo turya burimunsi birahenze kurushya
Uyu mu byeyi asa na mboyi israel
VOLUME YANYU IBA ARI NKEYA,CYANGWA N\AMATSIKO YO GUSHAKA KUMVA IBYO MUVUGA @Ubushake bwo kumva imibonano mpuzabiganiro lol
Twaje
Umuntu ashaka Numero ze twazibona gute?
Jya ku kiganiro cyabanje kuri link batanze
Njye navuyeho 20kg
Uzatubwire ibyiza byo kubanza kwinika umuceri amasaha 24 mbere yo kuwuteka bifasha bamwe mu barwayi ba diabète cyangwa se abantu bafite umubyibuho ukabije
yewe ahubwo nubwo muba ikigali ntamakuru mufite pe uriya mudamu wakoraga frach fm sexelogue wabyigiye iburayi ngo ntabo muzi ndumiwe
Rosa gabanya kwisetsa setsa mukiganiro ni faux wagirango uri nk'abakecuru
ufite ishyari reka yisekere wana
Rose merci❤❤❤
amata mu gutera akabariro wapi wapi rwose