Komera Ihangange Uri Umukobwa mwiza kandi kuba ufite Yesu ni Cyo cyambere. Wowe senga ushake mumaso h’Uwiteka. Imana yo mwijuru izakugirira neza ikumare umubabaro nagahinda kose wagize. Kuko ntawiringira Uwiteka ngo akorwe ni Isoni. Kuba watandukanye nawe wabona hari icyo Imana yakurinze. Humura Yesu agufiteho umugambi mwiza🙏🙏
Erega bakobwa mwongere musubire ku muco wo kurangwa. Uburokore ntibuhagije. Ukuntu uri keza. Na byo wabizira. Gusa uburyo ubivugamo na we wabona yarumiwe
Joyeux Noël Sabin!!! Quant à cette jeune femme elle n est pas la première ni la dernière Dieu t a donné un enfant c est un grand cadeau inestimable Donne lui tout l amour que tu as et tu verras tout en continuant de prier Bonne chance
You all probably dont care at all but does someone know a way to get back into an Instagram account? I stupidly lost the login password. I would love any tips you can give me!
@@blandineineza8449 😄😄 tubakundira ngo baturongore 😄 ubu babanye neza rero barumuna b umugore bari bari i burayi bahita babatwara di kandi umugore nawe yavugaga ko atazamukurikira ubu se uwo mwana yabyaranye ni umuyaya siwe uri kubwahagirana 🤔
I have heard that testimony but many Rwandan,Ladies,do not like to be married to their fellow Rwandan men,one girl was forced to get married to her cousin brother because that cousin had many cows ,she refused instead she left her home and went in an other place.That lady can first stay alone and she should be strong. She will get what she needs.But she should be patient
Hano Kuri internet niho basigaye bashakira abagabo abandi niho bashakira abagore. Usanga amaramuko benshi bayashakira Kinyura hano kuri za Online TVs dore KO zabaye nyinshi . Ibibazo byo murugo ni privacy rwose ariko kuberako KO ashaka support or umugabo niyompamvu babinyuza hano.
Et pourquoi dire ça aux médias sociaux ? Au contraire, encourager ces femmes/hommes à aller voir les Psycho-cliniciens ou psychiatres pour se faire soigner....
Ntago yabura kubizira rwose niba atarubashye umugabo we urumva urukundo rwava he koko? Erega imbere ya Cameras ntawakwivuga nabi kd ibyurugo bimenywa na banyirabyo
Byaba byiza ubanje kwisuzuma neza ukamenya ko atari wowe ntandaro y umubano mubi wawe. Gusa nk uko wavuze ko wamuhuzwe bigaragara ko byose ariho byahereye. Kandi gutukana n umugabo wawe si byiza rwose ntawe ugira nk ukundi agize. Natunguwe no kumva uvuga ngo washyushyaga amazi ukaba ariyo uha umwana wawe. Hano hari uwakeka yuko ibyo bintu bidakwiye rwose pe. simpamya ko ariyo yari last choice wabonaga kabsa. Naho gutandukana n umugabo numvise ibibazo byose byaratangiye umaze kumuhurwa. To mean n undi mwabana nabyo bishobora kuba bibi kurusha ubu. So ikiza ni ukwicarana n umugabo wawe mugasabana imbabazi niba mwese mushaka kubaka koko.
Ikosa nabonye mubuzima nukuririra umugabo. Ababyunva nkanjye mubinyereke
Kuririra umugabo uburi gukorubusa ubundi baravugango umugabo numwana wundi
@@bamutakenyirarukundo1460 naho se umugore we akaba umwana wande?
Umva winsetsa gusa nibyo
Kurira nta kibazo kirimo gusa abagorebeshi bakoresha amarira kugirango babone attention cg wigarurire umuntu
Kbsa
Ubwiza bwumukobwa disi ntibumubuza kuruha anyway Pole kweri yesu niwe karuhura.
Rega yesu niwe nshuti nziza kandi humura Imana Irakuzi
kand SUBSCRIBE kur iy channel ubund wiseker na public pranks zanyazo
Ntibumubuza kuruha nukuri
Abarokore barasaze
Ndakuzi Grac
Komera Ihangange Uri Umukobwa mwiza kandi kuba ufite Yesu ni Cyo cyambere. Wowe senga ushake mumaso h’Uwiteka. Imana yo mwijuru izakugirira neza ikumare umubabaro nagahinda kose wagize. Kuko ntawiringira Uwiteka ngo akorwe ni Isoni. Kuba watandukanye nawe wabona hari icyo Imana yakurinze. Humura Yesu agufiteho umugambi mwiza🙏🙏
Muvuze neza cyaneee nukuri, ayamagambo yagukomeza habwa umugisha n'lmana
Twirinde gukinisha Imitima y'abadukunda pe!
Mugore iyo udafite akazi jya wemera kuba umucakara w umugabo unamupfukamire yeweee kuko ntakindi warisha murugo, ibyo byo guhurwa umugabo no kutamutekera ngo uratwite ni ubusa, ibyo byo kumugenzura ngo atahe wapi, ngo umugabo aguhereze umwana umwonse?? Ibyo ni iby abahiriwe n urugo, iyo rutaguhiriye urabimenya ugatona ugaca bugufi murebe ikiganiro kitwa ngo menya umuco w urugo rwawe, buri wese ajye yitwara bitewe n uko urugo rwe rumeze , ntarugo rumera nk urundi
kbs bro iyi nama ni nziza kand kwihangan niko zubakwa kand SUBSCRIBE kur iy channel ubund wiseker na public pranks zanyazo
Uyu mubyeyi afite umusatsi mwiza 👍👌 kd ni naturelle.
Uwo mugabo wawe yari igisimba tu
Ihangane pee Yesu ni karuhura arakuzi
Iyo mukiri abakobwa mukunda kubeshya abasore,1.uti ndacyari isugi ,uti nkunda gukora,.....mwagera murugo ugasanga warabeshyaga ,burya ibyo byose biba byatuma urugo rutubakwa,niba ubyumva nkange mpa like
Ese ubundi ubusugi nibwo bwubaka, abahungu namwe murikunda mugakabya 😭, ugahera mu myaka 10 urongora utwana twabandi wamara kuriga 30 ugiye gushaka ngo ukeneye isugi kandi nawe utari imanzi. Gukora ntawe utabikunda ahubwo abenshi babura ubushobozi namahirwe 😭😭.
@@rachelmukazayire8293 Si nk'uko kose se wa mugani,niba yarahereye ku myaka 10 arongora abana b'abandi aba yumva amasugi azava he?😁😁😁😁😁😁
Oya Sabin abahungu b i Kigali barabeshya cyaneeeewweee Abakobwa mwitonde cyane
kand SUBSCRIBE kur iy channel ubund wiseker na public pranks zanyazo
Mwebwese mubeshya gake, mujye mureka kwishushanya
@@niyigabajeandedieu406 Oya si ukwishushanya rwose jye sindi n igitsina gore ariko ibyo bakora abakobwa mba mbibona babigize umushinga ahubwo
Yewe Ongeraho ko ,baba sley King 🤣🤣🤣
@@godaible8936 nabyo cg abo bita aba Gigolo ni abahungu cg abagabo batungwa na cash z abagore
Muraho!sinanga ibantu baganira kuri social media/Especially UA-cam ariko birasaba kujonjora ibijya kuri social media n'ibiganirizwa inshuti n'ibijyanwa kuba Psychologists(abajyana b'ibibazo byo mumutwe)bitabaye ibyo tuzashyira ubuzima bwacu bwite (Private life) bizatugora,ndahamagarira n'abatanga ubujyanama gukora akazi kuko karahari cyane cyane ku bibazo byo mungo,mugire umwaka muhire.
Oyaaaaaaa mwamenyereye ko biguma murugo abantu bakicwa urobozo mumutwe no mumutima no mumubiri.
Kuberako muzi ko bitazasohoka ngo mugaragare. Ubu ibihe byarahinduste abantu (bamashitani) baba abagore cyangwa abagabo bagomba gushyirwa hanze bakamenyekana. Kugirango ntibakomeze kwica abantu bahagaze kuberako bizeye ko bizaguma murugo ntihagire uwo hanze ubamenya.
Bibiriya iravugango uwirigira umwana wumuntu avumwe abagabo benshi nibabi abagore mwitonde
Ugomba kugenda witeguye intwaro wazambaye hose yakuzanaho umutwe muremure ukamwanura 😂😂😂😂
kand SUBSCRIBE kur iy channel ubund wiseker na public pranks zanyazo
Ntibyoroshye pe😭😭
😂 😂 😂
Iyo nsiguro yawe ya Bibiliya ko Iyovya abandi? Nta Mugabo abana n'umugore atamushimye mubandi!
Umugabo yemeye kubana, aba yagushimye pe ! Ahindutse, uba wamuciye Intege ubizi canke utanabizi!
Kenshi abagabo bababajwe n'abagore, Baca bacika intege!
Umugore niwe atuma Umugabo yiyumvamwo ubugabo ! Uja kwumva amabwire yabantu, uja kumugereranya n'bandi, uvugana nabagenzi b'abagabo cank aba x, basi umenye ko uba umutakaje.
Aca yiyumvamwo ko yatoye habi ! Kenshi ntabikwereka kubera aba yacitse indege. Gusa ubibonera mwishavu !
Nge isomo mbonye nukwishakira ibyishimo kuko kubitegereza kubandi 1 na 1 biragora.
Ibya bagaboo nukubivamo tugahiga cash ibindi nuguta umwanya uwo turikumwe hanoo nanyehere like nahubundi ibyabagabo ubyishinzee wapfa ntacyoo ugezehooo barikundaa gsa🤬😂😂😂😂😂😂😂
Yooooo nkomeza kumirwa pe none se nti urukundo rubaho koko ?
💕💕
Ese wamugani urukundo tuzarubona ra hhh arikose ntatwe ibyabagore tubivemo hhh
Ikibazo cyiba kwisi nikimwe buri muntu aba yumva ariwe uri perfect akumva mugenzi we ariwe munyamafuti, ikindi Kandi akenshi uwo ukunda usanga afite undi akunda akagusanga bitewe nimpamvu runaka muri make umwe aba abeshya undi, so, abantu babanye bombi bakundana ntawe uryarya undi ntibashobora kubana nabi, ibihe byose bacamo barabyihanganira, gusa njye mpora nsaba imana ngo izampe umugore unkunda byukuri kandi nange mukunda kuko kubana numuntu utagukunda kandi umukunda nugupha uhagaze. Imana izadufashe.
@@uniquetvrwanda580 niko biri ni urukundo ruba rudahari
Sabin I just wanna take the time to wish you Merry Christmas and a Happy New Year!! I wish you and your family all the best in this coming year 🙏 2021
Twese hamwe izatubere nziza nubwo ibihe bigoye!
@@ISIMBITV Thank You! Sabin
kand SUBSCRIBE kur iy channel ubund wiseker na public pranks zanyazo
Sinjya nandika comentaires arko reka uyumunsi nandike kubwumuryango nyarwanda..jyewe kuri analyse yanjye ndumva iyicouples ntakibazo gikomeye yagiranye.. ikibazo mbonyemo nikimwe..habuze dialogue.. communication etc..abagore dufite ikibazo kigoye cyokumvako ibikomere byacu twagize kera..bizamarwa numugabo..kdi nawe abafite ibye kdi bidasa nibyawe...urwo rukundo urarumusaba kdi Wenda ntabwo yigeze akundwa mubuzima bwe bwose... gusenga nibyiza..arko kugira ubwenge..ukiga uwomubana neza..Wenda ntiyabikubwiye arko urashishoza..ukinjira neza ukamenya ikiri Mubuzima bwuwo muntu..hanyuma ukihangana..ukagiribanga..ukamwumva..biragoye mubyukuri arko courage Yesu mugumane..rwose abanyarwandakazi tugire ubwenge..singombwako abagabo batwomora..natwe twabomora kdi tugikomeretse..nurugendo
Amen
Imana iguhe umugisha
Ibagirwa abagabo shake akazi cy usubire mu nshuti wirerere umwana kuko abagabo biking gihe nabo bacungana numugore winjiza ifaranga ahandi wirinde abahanuzi. Ushake Imana ku giti cyawe
byo kbs gushaka Imana iby' ingenzi mfasha unyihere SUBSCRIBE nib wemer sabin urab ukoze cyane
That is the point, jobless and waiting for the husband to support you 100% is bad and risk choice.
Naba nawe rata, abahanuzi hanzaha biyise abakozi bimana? Hahaha...
Iyo nama niyo pe
Nukuri wirinde cane abahanuzi usenge kugiti cawe
Be strong dear, you are not alone, you are young and beautiful, one day you’ll meet someone who will love you.🙏🌹❤️
Abakobwa biringira abagabo bitwaje Urukundo gusa rwose uwashaka yabaho wenyine Ubaye ubishatse wabaho wenyine n'Imana ukajya wibyarira muri batisimu
Ngo ukajya wibyarira muri batisimu 😱 😱 yewe kuba wenyine ni amaburakindi umuntu ntiyaremewe kuba wenyine byanze nyine nta ukundi
Nsigaye mbona kuba wenyine ariko bigira ingaruka nkeya kurusha kujya gushakana n’umuntu ukazanamo abandi...hum
Ahhhhh
IHAngane satsne yahagurikiye ingo nimube Maso musenge CYANE mwegere IMANA nayo izabegera
Ariko ni uko wenda tuba tutazi ibijyanye n'ubuzima bw'ababyeyi batwite, burya baratandukanye cyane! Hari abatwita bakamererwa nabi cyane hari n'abatwita bakagira amahirwe ntihagire igihinduka. Ahubwo ndumva n'abagabo bakwiye kujya bigishwa kugirango nibahura n'icyo kibazo bakitwaremo kigabo ntibatererane abagore babo. Thanks @Sabin
Byibura wowe ugerageza kumva uko umubyeyi utwite aba amerewe.
Erega bakobwa mwongere musubire ku muco wo kurangwa. Uburokore ntibuhagije. Ukuntu uri keza. Na byo wabizira. Gusa uburyo ubivugamo na we wabona yarumiwe
yooo disi mbega umukobwa mwiza! no lipstick and not even any kind of makeup. ubwiza naturel pe
kand SUBSCRIBE kur iy channel ubund wiseker na public pranks zanyazo
Ihangane Grace, umugabo yagukunze afite byinshi akwifuzaho, urukundo rugendana nibikorwa ntabyo yakubonyemo!!
Cyakor gusenga birafasha cyane kweli kdi twebwe abana babantu twibwirako byashobok bitarimo Imana ntibikunde
kand SUBSCRIBE kur iy channel ubund wiseker na public pranks zanyazo
Joyeux Noël Sabin!!!
Quant à cette jeune femme elle n est pas la première ni la dernière
Dieu t a donné un enfant c est un grand cadeau inestimable
Donne lui tout l amour que tu as et tu verras tout en continuant de prier
Bonne chance
You all probably dont care at all but does someone know a way to get back into an Instagram account?
I stupidly lost the login password. I would love any tips you can give me!
@Vincenzo Gael Instablaster :)
Ukuntu Grace ari mwiza weee abagabo ntibabona kweli umugore mwiza usa neza gutya kd no mubigaragara afite umutima mwiza wo gushaka kubaka.
Warababaye bikomeye ariko humura mwijuru Hari Imana itabara itarobanuye
Wowe rero menyako ntamuntu uzaguha ibyishimo,ibyishimo bitangwa n'Imana ntiyigeze agukubita .Uwo mugabo ndumva tumeze kimwe kdi uwanjye tumaranye imyaka 12.
Mwabantu mwe buri rugo rugira amabanga rwihariye n amategeko arugenga .icyo umuntu yafasha undi ajye agikora,ubuzima bugende neza ntawurenganije undi!
Ihangane mama ,ndumva amateka yawe ari nkayanjye neza nezaa...., Gusa yesu niwe gisubizo
Yesu yaratsinze mfasha unyihere SUBSCRIBE nib wemer sabin urab ukoze cyane
Byakugendekeye gute
Ariko mwabantu mwe tujye dukoma urusyo dukoma ningasire wamugani wabanyarwanda nanjye ndubatse ariko ntimukavugengo abagabo nabagome,nibabi ,kuko natwe abagore ntabwo tuba turishyashya rwose nubwo abantu baza hano bakatubwira ubuhamya bwabo burya urugo rwasenyutse ntimukumve umuntu umwe gusa ahubwo iyo ugize amahirwe yo kumva bose niho wumva ikibazo nyirizina aho kiri pe Sabin uzampe interview rwose nanjye nkundishe abantu urugo rwiza 🥰🤣
Igitekerezo cy'ubwenge! Thank u so much
Welcome dear
Umugabo ni umwana wundi nibwombyemeye ndumiwe pe 😭😭😭
Abantu ntibakabeshyere Imana ,yaduhaye ubwenge bwo kureba tugahitamo neza ,rero iyo wakoresheje amarangamutima aho gukoresha ubwonko warangiza amahitamo yawe akakugaruka ugasanga urabeshyera Imana ngo niyo yabyemeye ko biba rwose abantu ducike ku kintu cyo kubeshyera Imana.
Grace ndagukomeje ni ukuri, iby'ingo ziri hanze aha ntibyoroshye gusa wowe ugomba kumenya ko ugomba kwikunda, ukiyubaka ikindi kunda umwana wawe dore ko abana bo banarenganira mu byo ducamo kdi ntibaba badusabye ko tubabyara, Imana yo mu ijuru ntitungurwa n'inzira ducamo kdi izi iherezo ryabyo, ikindi ntuzongere kuririra umuntu jya wiherera uririre Imana yonyine
Ariko ubundi njye hari ikintu cyancanze, kubona umuntu avuka akarerwa nababyeyi be bamugeza ku myaka 20 ntacyo wabuze, ntacyo bakwimye yewe aribwo bari kugusabira umugisha ugafata umwanzuro wo kujya kubana n'icyana(umwana) utazi aho yavukiye, uko yarezwe, imico ye nibindi ngo wakunze😀😀😀. Abatangazwa niki kintu bampe like😎 aya ni amayobera matagatifu
kand SUBSCRIBE kur iy channel ubund wiseker na public pranks zanyazo
Niyo mpamvu nyine abantu nyuma barira ukumva barashinja uwo bashakanye batirebyeho bo kuko baba barahubutse iyo wumvise uko byatangiye uhita ubonako byapfuye mbere ariko bagakomeza bibwira ngo nibashakana bizagenda neza nkaho gushakana bihindura umuntu uko yari ari ,nta numwe wari waza hano urira uba utarahubutse kuko bose iyo bavuze uko bari bameranye batarashakana uko byatangiye usanga byari bipfuye nubundi.
Sabin Mungu akubariki sana.Watu waongeapo wanapona,pia mlango wa baraka nyingine hufunguka.
Iyisi umuntu utagira kwihangana yayisariramo kbs😭😭😭 imbere niheza never give up njyew ndakumva cyane🙏
Uretse no gusara wanapfa uhagaze ni hataIi
Grace Pole Mama Imana ni nziza komeza uyikomezeho izahindura byose kdi niyo Mubyeyi.
Grâce kibondo warababaye ariko humura,wikomeze k'Uwiteka azakunezeza, niwumaragahinda ugafite kandi n'lmana itabura ukwibigenza, uryuhunga icyaha nigisa nacyo, wizere Yesu azakurengera!
Murakoze cyane ,gusa icyo mbonamo rehema afite ibikomere mubisanzwe.somo yararibonye ariko atuze azanona nundi mugabo kuko yesu arabafite.njye ndumva numugabo we nta responsabilite afite niba nawe atari ubwana.ntago yari umukristo uhiye kuko gushaka nurundi rugendo.ndavuga uwakabiri kuko uwambere we nawe si umukristo kuko kubeshya nkuko subukrsisto .grace rero iturize kandi nubona undi ntuzongere kumutuka niyo mpamvu ako gashyi yakagutikuye
Umugabo utagukunze kumwihambiraho nugukora ubusa, humura Imana izimpamvu abadafite abagabo nibenshi gusa kwiyakira nibyo byambere ugakora cyane umuntu arigira nshuti yesu akugirere neza
ntibiba byoroshye pe mfasha unyihera SUBSCRIBE nib wemer sabin urab ukoze cyane
Bene izi nkuru zirambabaza cyane kuko sinibaza ukuntu wakwemera kubana nuwo uzababaza kdi bibaho kubagabo nokubagore
Muzabimbaze😥uzi kurira utwite 😭😭😭imbavu zirakurya uruti rwumugongo rukakamo umuriro 😥 mwabagabomwe murihano mwese please mwokagira Imana mwe mujyemwihanganira kubabaza umugore utwite. naho umugore yakubangamira mujyemwihangana kuko gutwita sikintu cyoroshye namba
Yewe jyeho yahengeraga ntwite nkakubitwa burimunsi inda2 zose nkubitwa zivamo none abonye Imaninyibutse ngonabazimu biwabo ngoyarihannye ngodusubirane nihatar abagabo ntibyirose
yooo wanyuze mubikomeye komera kand SUBSCRIBE kur iy channel ubund wiseker na public pranks zanyazo
@@ناصرحسن-ب7ق 🤓🤓🤓yewe ndumva wowe twaganira
@@awezayesu1779 nange muzantumeho nzabe mpari
Nubwo ntaratwita narayibonye kenshi gutwita ni urugamba pe
Hari ikintu gikomeye conona ingo abantu batamenya. Ni citwa cluster B personality disorder, mostly narcissic personality na borderline personality disorder. Muri iyi story, numva birimo. Bishoboka ko uyu mudamu yoba afise ikibazo ca regulation ya emotions ze, bigatuma kuba muri relationships bimugora. Umugabo nawe nyene numva abuze icitwa empathy, afite akabazo nawe muri personality, degree ntashobora kumenya. Sabin azatumire umu psychologist abibaganirire.
Ko uvuga indimi?
Ark nkuwo aba arumuntu cg aba arigisimba😭? Ihangane mama💪
kand SUBSCRIBE kur iy channel ubund wiseker na public pranks zanyazo
Uyu ari kubeshya
@@jeanpaulkarangwa9126 uramuzi se?
@@jeanpaulkarangwa9126 kuki se wumva abeshya?
@@fifi6737 bisaba kumva nu rundi ruhande , hanyuma ukagereranya . kuko igihe bamaranye ni gito
Siwowe wenyine mama ihangane wisengere Imana wikunde wikundire numwana wawe Imana izagushyijyikira
Sabin, Uyu mubyeyi yagerageje byose ashoboye ariko biranga ibyo byitwa ishuri, natuze ishuri nirirangira bazasubirana kuko ntashuri ritarangira ahubwo nasenge Imana ayizere bizakemuka.
byo isi ni ishuri kbs kand SUBSCRIBE kur iy channel ubund wiseker na public pranks zanyazo
Yooo mbega bibi ihangane mubyeyi kuba atarakwitayeho utwite nikosa ntibyagombye kubaho rwose yagombaga kugira imbabazi ariko umugabo iyo yarakariye umugorewe ibindi ntibimureba nuwo mwana utwite yabaho cg agapfa..wabona Grace ariwe wamukundaga cyane mbere yuko batangira kubana ,nyiramugabo ntiyabonye chance yokumukunda kndi yariyatangiye kumuciragura iruhande lol cyakora abagore/abakobwa baragowe ukagirango niwe wabyiteraga..
Bagore /bakobwa mutarashaka Grace mumwigireho iri nisomo nugushaka ubonako nawe wishoboye gato kndi ukabanza wikunda urwo rukundo ushaka kumugabo ukabanza ukarwiha kuberako iyo ataruguhaye urababara cyane.
This is a sad story. You need to find out something to do so that you can be able to support yourself and your child.
Exactly
Ihangane siwoe byabaye ho gusa Nanjye nahuye nibirenze ibyo komera ukunde umwana wae niwe uzakomora ibyo bikomere
What is clear, abantu benshi ntabwo bashaka kubera bari ready, pressure from somewhere.
Uvuze ukuri
Uku n'ukuri pe!
Uwo mugabo Sha mureke sister Wange yararutseeeee, mpaka ajya mubitaro kubera kurukaaa,, ntiyanamiraga namacandwe we, yaragiye ararukaaaaa, guhera inda ifite 2semaine, kungeza kumezi 8 araruka pe amazi amashira mumubiri, kwamuganga bamutungisha serumu kubera yararutse ageraho aruma, kuburyo yarinokunapfa, kubera gucira nokuruka atungwa na serumu, gusaa ntakintu yashoboraga kurya namacandwe ye ntiyanayamiraga pe, rwose kuruka utwite bibaye igihe kirekire byanahitana numubyeyi
Nanjye hari uwo nzi byabayeho ajya kurwarira iwabo,amusigana ni umuyaya nawe urabyumva yisanze we ni umuyaya barushanya inda z amezi 3 lol gusa lmana ishimwe urugo rwabo ntirwasenyutse.
@@espoirejane446 urumva ako gasuzuguro?namahitamo yuwo mu mama ariko ndahamyako uwo mudamu abyaye umwana2 hanze umugabo ntiyamwuhanganira.Sinzi ikintu abagore dukundira abagabo sinkubeshye nabuze umuntu ubinsobanurira.
@@espoirejane446 ariko umuntu ajya iwabo asize umuyaya munzu n'umugabo? Twajana canke nkahaguma.
@@blandineineza8449 nzabigusobanurira ntakibazo
@@blandineineza8449 😄😄 tubakundira ngo baturongore 😄 ubu babanye neza rero barumuna b umugore bari bari i burayi bahita babatwara di kandi umugore nawe yavugaga ko atazamukurikira ubu se uwo mwana yabyaranye ni umuyaya siwe uri kubwahagirana 🤔
Mbeg'umugabo!!! Icyo wakorerwa cyose ntiwanairwa kwita k'umugore wakubyariye.
Ihangane sha!Ayo mezi ane wishimye azakubera urwibutso kuko hari ugera mu rugo iryo joro akayoberwa niba ari umuntu bari kumwe.
imitungo, nibintu ubihabwa nababyeyi ariko umugore cg umugabo mwiza umuhabwa n'Uwiteka mbere yo gushaka fata igihe gihagije usenge usenge cyane
Ahaaaaa nabo baracangana
gusenga birafasha cyane kbs kand SUBSCRIBE kur iy channel ubund wiseker na public pranks zanyazo
I have heard that testimony but many Rwandan,Ladies,do not like to be married to their fellow Rwandan men,one girl was forced to get married to her cousin brother because that cousin had many cows ,she refused instead she left her home and went in an other place.That lady can first stay alone and she should be strong. She will get what she needs.But she should be patient
Ariko Sabin Uwo Mugabo Nawe Muzamudushakire ,Kuko bibaho Ko Umugabo Ananirwa ,akagenda Kuko natwe Abagore Nti Turi beza Murakoze 🙏
Grace warababaye ariko gutwita si uburwayi vuhora ubwira umugabo ko utwite ntabwo Ari byiza.sinzi Niba ariko uteye ariko urirya cyane ntabwo utuje
😃😃😃😃
😂😂😂wewee
😂😂😂wewee
Gra ndumva ngushaka ngo tuvugane
Ngo arirya?hhhhhh oya da,ubwo se yakwirya ashingiye kuki?
Pole mama twese twabinyuzemo Ariko senga cyane kumwikuramo kuko ntiwigeze agukunda wishakire icyo wikorera ntimbyoronshye gushaka umugabo ufite umwana utari uwe Nikibazo gikomeye cyane
Iyo udafite agafaranga ngo wihahire wiyondore ni danger pe. ntawundi wakumenya dear,,pole pole
Ikigali ntabwo ari aho gukinira bakobwa . hari abana batize ariko bafite PHD.
😃😂😂😂😂😂😂😂you made ma night!
Kkkkkkk
Icyo nababwiracyo ababurana aribabiri umwe aba yigiza nkana ntago umugabo yakureka uramutse urumugore ufite ubwege mukomeze murindagire ngo abagabo babagize gute? Sha abagabo Imana irabakunda
Ihangane mukobwa wa Yesu . lmana izibyose izakora ibyubutwari
Yesu byo arahari kand arakora kand SUBSCRIBE kur iy channel ubund wiseker na public pranks zanyazo
Ariko numvise nawe utatuzi ibyo ugiyemo wahuzwe umugabo yanataha agasanga utarateka ngo urananiwe nawe wagize uruhare mubibazo by' urugo rwawe
Icombona wokwegera mutesi Gihozo nabandi nabonye baribarushe baruhutse
Komeraa grace imyaka myinshi rwose ark biratunguranye pee imyaka myinshi knd komera
Mbona hakabayeho itegeko ryahana umugabo nk'uyu pe! Guta umugore mu bitaro yataha ukamukubita ataranakira aho bamubaze ukamwicisha inzara utaretse uruhinja rw'umuziranenge ukabata ukagenda ntihagire uburyo ubibazwa mbona ari ikintu gikwiye guhinduka kuko uko biri kose uriya mubyeyi n'uruhinja yari ashinzwe ubuzima bwabo mugihe bagifitanye isezerano ibi ni bicika abagabo bazava ku ngeso yo kubona bikomeye bagakizwa n'amaguru ukagirango si inshingano zabo. Biteye umujinya
Uuuuuuuuu Ndumiwe pe🤔umugabo agapfusha ubusa umugore kweri😷, iyaba naringize umugisha nkabona umugore ubundi nkamutetesha bigatindaaaaaa❤️
Ahaaa urugo ni ishuri pe
Humura uzamubona,don't worry
Hano Kuri internet niho basigaye bashakira abagabo abandi niho bashakira abagore. Usanga amaramuko benshi bayashakira Kinyura hano kuri za Online TVs dore KO zabaye nyinshi . Ibibazo byo murugo ni privacy rwose ariko kuberako KO ashaka support or umugabo niyompamvu babinyuza hano.
@umugabo ntabwo bamytetaho kuko ntabwo ari so ukubyara mujye mumenya ubwenge.please cyaneko nawe wivugirako wari waramuhuzwe ubwo urumva inshingano zawe zimwe zari zarabaye zero.harabagabo badakunda abantu babatetaho bitewe nubuzima. Bakuriyemo rwose.Grace ssha uri umwana ukaba numutesi cyane.
Gusa mbabajwe nuko byarangiye mutabanye ariko warukwiye kugezwa mukagotoba kabakuru kbs rwose sukugukomeretsa mugenzi ahubwo ukuri kubyihishe mu ngo nuko ntarugo rushingwa nkurundi bisaba kugenda gake ukitwararika wowe ukubahiriza inshingano zawe ibindi ukabyihorera ukabyereka Imana.Gusa uri mwiza ariko isura siyo yubaka muvandi ahubwo umutima gutozwa .ikindi kuguhamagara kuri phone se uri kunda byo byari kukumarira iki! Njyewe byaye kabiri kdi ntanarimwe nabyaye ndikumwe nawe rwose ikindi kuvugango ndabyara bambaze ndisinyira rwose ntamiteto kuko umugabo ntiyakubyaye .ikindi umwana ntabwo akwiye kubarwaho icyaha cya Papa we..nabandi babyumve ntabwo umugabo bamutetaho mujye mubanza kubiga mumenye abaribo rwose kdi mujye mubanza mumenye ibikomere bafite ese niba umugabo wawe atarigeze ahabwa urukundo urumva wowe yaruguha arukuye he he? Mujye mubanza mu menye uko abagabo banyu bakuze
Ko ubanza na we wanyuze mu rugendo rutoroshye ra?
Imana ikorohereze bambe
@@jeandukuze1103 Noo.sinigeze ntozw guteta .rero abantu bazana guhoha mubuzima I don't like it kbs. Ntakibazo nakimwe njye mfite rwose .ariko sinabasha guteta kuko sinabitojwe
Sha urumugabo niwowe mugore Vraiment ufite ukuri nubwenge wiherewe n'Imana
umugore umeze nkawe niwe twakwibanira kd umuhaye inama nziza
Kumutetaho ntacyibazo, arko sha utamubereye ihwa rihora rimujomba
arikoooo muba muje kurega muba muje kugirute?🤔 njyewe mbonumugore uza kuribambone nubundi aba atoroshye nonese RIB ntikora?niba ari therapy se ntancuti mugira ngo muzegere?uku nukwivamo byubujajwaaa kontabagabo baza? barababaye baje kuvuga mwakwiruka bagera imbere ya camera bakavuga nkabadafite umwuka ariko buriya bizwi nuwobabanye mbiswa da🚶♀️🚶♀️
Buri muntu agira uburyo yumvamo ubintu muvandi reka bajye barukuha.uribaza kugutana umwana wanabazwe??niyo ufite ugufasha ubwabyo ntibiba byoroshye mujye mubareka bavuge ntago abantu twese tubasha kwihanganira ibintu kumwe ibyo bintu byo guhishahisha no kurenzaho nibyo bikurura ibibazi nkibi byose
Nicyo cyikwereka ko umuco wacitse mubanyarwanda,ko ntabagabo njya mbona batanga ubuhamya ra?
Nanjye mbona abaza baba baragashize pe nonese ko ntawe uza avuga ati dore ibikomeye naciyemo dore nuko nabisohotsemo ndiyubaka ngaho nimunyigireho abari muri ibyo bibazo.ahubwo usanga baza baganya bashaka ababagirira imbabazi birababaje ko hari abatakigira ibanga batazi gutoranya aho bavugira ibintu kuki niba baremerewe batajya gushaka uwabo wa hafi babiganiriza aho kuza kwitanga kandi abana babo bazakura bakabibona bazababara bumve ikimwaro aba rero ntibazi ko ibyo bavugira aha bizagira ingaruka ku bana babo nibakura bakabibona.
Arko se mwagiye mubareka bakatwibwirira utabishaka akareka kubyumva ubuse ninde wabwira ko uwo ubwira abarimo kuguhema twe dushishikajwe nabyo tuzajya tubyiyumvira
@@marierosemurekatete7150 suko se ninde wabwiye abantu badashaka kubyunva kuza hano ngo abyumve? Twe tubyumva tuzajya tubyumva kandi biratwigisha. Abantu basigaye bababazwa nibitabareba, aravuga ibye ntiyahase numwe kuzahano ngo babyumve. Ikindi kandi maze kubona abagabo kuri isimbi tv nabo bavuga ibyingo ukuntu abagore babananiye bakababera bibi, kandi ntago bindwanya kuko nabagore twaba babi
Pole umugabo yakubereye mubi ariko ahoho ndakugaye pe kwanga umwana wavyaye kubera papa we???ubundi niwe wari kwishimira.
mbega ikinyamanswa yooo pole grace
kand SUBSCRIBE kur iy channel ubund wiseker na public pranks zanyazo
Nurunyamanswa rwurugabo
Grace IMAN iguh kwihangana. umugabo waw IMAN imuhindure kk yarahemuts can can numv aramarira gus
Sabin nzanywe nokukwifuriza noheli nziza numwaka mwiza uzowuronkemwo bimwe byose wifuza nubwo turimubihe bigoye.
kand SUBSCRIBE kur iy channel ubund wiseker na public pranks zanyazo
Ngewe ukombibona abagabo benshi bagira agahararo kuko umugabo agutwara agukunze yaku geza murugo akagufata nkicyahi ahubwo ngewe nsigaye mbona urukundo ntaru kibaho kuko noneho ntawe ugitinya kwica uwo basha kanye nihata ariko amarira uriza mugenzi wawe waba umugore cg umugabo byanze bikunze lmana ira kwishyura ikindi abadamu twige kwiteza imbere umugabo ugu tamika burikimwe ara gusuzugura impa yaburi munsi agufata nka masikini
Wazize ubwana disi,kwima umugabo ngo uratwite amezi 9 we🤔uhubwo akazana stres uhatiriza wiriza,abagabo ntakwihangana bagira kumuntu uhatiriza uvugira hejuru utihangana
Komera Grace ishuri ry’isi ntiriba ryoroshye kdi abakobwa mwitonde plz mumenye abo mugiye kubana nabo Kuko urugo suguhubuka kdi ibyo Kumvako umugabo azaba byose si sawa anyway abakunda Isimbi Tv mwese happy new year 😘😘
happy new year 2 friend mfasha unyihera SUBSCRIBE nib wemer sabin urab ukoze cyane
Et pourquoi dire ça aux médias sociaux ?
Au contraire, encourager ces femmes/hommes à aller voir les Psycho-cliniciens ou psychiatres pour se faire soigner....
On dit ça aux médias sociaux pour les gens comme toi qui viennent ici pour écouter.
@@vandanmerve c'est ça
I would like to support you but I don’t know how to reach you.
Bagabo nimujya mubona mugiye guta abagore mujye mugirira impuwe abana mwabyaye kuko nibo babigenderamo bakazira amakosa yababyeyi ibaze nukuri nkuruhinja runywa amazi akaba ariyo arutunga nibibazo
Nukuri pe muriyiminsi abana barangiritse kubwo gutabwa nababyeyi babo bishoye mubiyobyabwenge kd bafite ubwihebe Imana izababaza abana mwataye bagabo mwataye abana muzabyibuka neza mugeze aho bita ngo ndinda mwana wanjye
ni kibazo gikomeye cyane pe mfasha unyihere SUBSCRIBE nib wemer sabin urab ukoze cyane
Abahungu muzabi igice 😭😭😭Njye ku myaka 17 nibwo namenye ububi bwabagabo 😭😭 ubu mfite imyaka 25 ariko imyaka 8 nubwo ishize sinzapfa mbyibagiwe.
@@rachelmukazayire8293 Ihangane,abagabo bose si bamwe,hari abazima bahari...
Humura
Icyakora Imana
Izi gukomeza kuko, Ibi ababasha kubyihanganira nibake rwose
Rehema, urugo ntabwo ari ijuru cyangwa ikuzimu ahubwo ni purgatory .
😅😅😅
Sobanura
“Marriage is neither heaven nor hell, it is simply purgatory.”
Abraham Lincoln
@@ruthuwamahoro “Marriage is neither heaven nor hell, it is simply purgatory.”
Abraham Lincoln
@@ruthuwamahoro “Marriage is neither heaven nor hell, it is simply purgatory.”
Abraham Lincoln
Dear SABIN rero buriya utuzaniye n'umugabo tukunva impande zombi kuko Grace nawe wasanga Atari shyashya. Arko urugo rusaba no kwihanganirana
Sabin uzadushakire uwo mugabo kuko ikosa ryatuma umuntu ahima undi ako kajyeni yaba aricyaha giteye ubwoba
Singombwa ko amuzana kuko byababigiye kuba urubanza kd ntituri abacamanza
Abagabo ni hatari😃😃😀😀😀iyo agutereta sha imitoma aguhata😃😃😃😃😀😃😃😃😄😃😄😃😄😃😄😃😃 ahui ugirango niwe nyirijuru😄😄
@@jameseric7123 nukuri si abantu muratubeshyaaaa faux😄😄😄😃 apfa kukugeza murugo ukagirango baguhinduriye!🙁🙁🙁🙁🥲🥲🥲🥺
niko bateye ntakundi mfasha unyihera SUBSCRIBE nib wemer sabin urab ukoze cyane
@@alexieuwamahoro2807 sha kereka ari wowe warengagije imico ye naho ubundi ntibibaho ko umuntu mwamarana amezi 6 akwihisha ntibibaho ahubwo kereka iyo wabyirengagije kuko ntiwaba utuye mu mugi umwe n umuntu umutungura iwabo ukamusura, musohokana, muganira, ubaza abamuzi uko yitwara ukamuneka hose ngo ntumumenye mu mezi 6 gusa ntibibaho ahubwo abantu bagira uburangare bakitekerereza ngo ni muzima kuko ngo basengana, ngo kuko yabakoreye iki n iki, sha ntibishoboka ko yakwihisha kuko kwihisha biravuna si ibintu wakora amezi 6 rero ibyo nabonye nuko abantu bihindura impumyi bitwaza ngo iyo abantu bakundana ngo hari Ababa bashaka kubasenyera maze ubwo bagera mu mago bakicuza kuko babwiwe bakanangira, rero icyo wumvise cyose ugomba kukitaho ukagiperereza ko ari cyo cg atari cyo.
@@alexieuwamahoro2807 😱😱🤭🤭🤭niyo mpamvu mbere yo kwemera umuntu manza umwige mudakundana mumeze nkabaturanyi cg inshuti zisanzwe ubundi nibwo uzamenya uwo ariwe. Njye maze kubona ko ariyo nzira nziza yo gushaka.
Hahahahahaha.
None se nyine umukinnyi iyo abonye igikombe yakongera gukina?😀😀😀
Sha uyo mugabo wuyu mudamu yarumugo kuburyo biteye nubwoba naho woba wanka umuntu ntushobora gukora ubugome bukabije ihangane imana izaguha uwundi witeka kandi asumba urya wakunda cyane
Ntabwo abagabo bose ari babi yewe ntanubwo abagore bose ari beza 🤣ingo mbi ziriho ariko ninzima ziriho rwose
Cyane pe bose barahari gusa ingombi ninyinshi peee ark ninziza zirahari pe
Imana izamuhana ihangane sha YESU numwami azaguhindurira amateka uwomugabo yarinyamanswa
Uyu mugore rwose biragaragara ko ashira isoni, kandi ntacyo yitaho, ntabwo bikwiye gutuka umugabo. Ikindi kandi ntabwo umubyeyi ufite uruhinja arara ukubiri n’ umwana we.
Ahubwo ni umutesi cyane biragaragara. Hari abagore bibwirako gushaka umugabo ari ukujya muri paradizo
Ihangane chr imanizaguhoza amarira komera kandi wizerimana izabikora
Uyu mudamu none arko arasa nuwasuzugura ashira isoni kumaso no mumivugire abanza atoroshye nawe
Ubwosenicyoyazize
Ntago yabura kubizira rwose niba atarubashye umugabo we urumva urukundo rwava he koko? Erega imbere ya Cameras ntawakwivuga nabi kd ibyurugo bimenywa na banyirabyo
Humura Grace ,uri mwiza,uracyari muto.
Ihangane ukomere Kandi ujye ufata iminota micye buri munsi yo kwiganiriza wiherereye kandi wiyaturiraho ibyiza.
Bizagufasha kugira imbaraga mu myumvire.
Ubundi ushakishe ibyo ukora witunge utunge nu mwana wawe.
kbs umugiriye inama nziza pe mfasha unyihere SUBSCRIBE nib wemer sabin urab ukoze cyane
@@runnerssquad3883 Sabin usibye ku mwemera ndamukunda nubwo nta muzi.
Aba Mama beza kuki koko bakunda guhura nibigeragezo?
Nikobiri rata🙆🏾♂️😒
Erega nabo bari yumva akenshi bikanga ubwiza ntibace bugufi kubera cya kintu cyokumva ngo niyo yanyanga nzabona undi mugabo kandi nyamara umuruho ntureba isura nziza Imana ntireba uburanga
@@oliveolive6401 hoyahoya ntaeifuza gushaka kenshi oyaa
Ndahamya neza ko uyumugabo yazanye uyumugore amukunze ahubwo uyumugore nawe simpamya ko ari shyashya cyane ko yavuze ngo yaramututse ngo kdi yavaga kukazi agasanga atatetse ngo kuko yaratwite😒😒 ngo yananiwe guteka banyarwanda ibyo sugukabya koko gutwita byakubuza guteka 😒😒
Byakubaho cyanee rwose .sha icecekere
Arakababara gusa😔 ntabumuntu afite ninyamaswa,
Turabakunda cyane kubiganiro mutugezaho mujye mudusuhuza hano japan
Uzadutumire pulaside Yumvihoze afite Ubu hamya bwiza
Ese Sabin ko bataragukoresha ikiganiro sindakubona mfite amatsiko yo kukureba vumvikana kwijwi gusa ndashaka kukubona amaso kumaso
Nukuri guhubuka nikoarikomeye gua iyo enya za impitagihe.
Byaba byiza ubanje kwisuzuma neza ukamenya ko atari wowe ntandaro y umubano mubi wawe. Gusa nk uko wavuze ko wamuhuzwe bigaragara ko byose ariho byahereye. Kandi gutukana n umugabo wawe si byiza rwose ntawe ugira nk ukundi agize. Natunguwe no kumva uvuga ngo washyushyaga amazi ukaba ariyo uha umwana wawe. Hano hari uwakeka yuko ibyo bintu bidakwiye rwose pe. simpamya ko ariyo yari last choice wabonaga kabsa. Naho gutandukana n umugabo numvise ibibazo byose byaratangiye umaze kumuhurwa. To mean n undi mwabana nabyo bishobora kuba bibi kurusha ubu. So ikiza ni ukwicarana n umugabo wawe mugasabana imbabazi niba mwese mushaka kubaka koko.
Cyakoze mugani wa sabe byose tubishobozwa nuwiteka anyway nanjye mbaye uwa munani akokantu x.
nibyo tubishobozwa n' Uwiteka kand SUBSCRIBE kur iy channel ubund wiseker na public pranks zanyazo
Ewee ntibiba vyoroshe kbs ,Imana iturwanire pe.humura uzobona ugukwiye kd arahari .
Gusa icyo kigabo Ni ikinyamaswa Imana izabimubaaza natihana
Sabin ndagusabye uzadushakire EV Sarah (umukozi w'Imana) plz azatuganirize turamukunda cyaneee from Arizona 🙏
Ev Sarah byo turamukeneye kbs kand SUBSCRIBE kur iy channel ubund wiseker na public pranks zanyazo
Babivuze ukuri ko nta mugabo ugira amakoza nkubu abantu Bari kuvuga ko umugabo ntakibazo afite aha abagore bararushye
Ntanijambo mwamwumvaho uwomugabo
Numiwe ahubwo abagore nibobari kumukomeretsa
Umugabo ntakibazo afite pe,ahubwo yibeshye kucyitwa umugore
Uyu mugore Dore icyo yazize
1.Ntanshingano nimwe yigeze akora nkumufasha,
2.Gutecyera umugabo
3.Igikorwa cyabashakanye wapi
4.Agasuzuguro
5.Guhangana numugabo
6.Kwanga konsa umwana
7.Yatezaga stress umugabo
Abagore benshi baziko gushaka umugabo ari ukujya guteteshwa gusa,kujya kurya gusa,kujya guhahirwa,kwambikwa,kwishyurirwa inzu,ndetse nogufasha iwabo kwa se .ntakintu kibi nkogushaka umugore utarize umuzi neza ko ntakazi afite uziko azagufasha murugo wamara kumuha byose gukora byose agatangira kugusuzugura,agutuka burimunsi,wataha urushye uziko utashye kuruhuka ugatahira kugasuzuguro,kubitutsi nibindiiiii,
Basi biritwa nogushaka ufite ako kazi akajya agusuzugura ariko ashobora kugira icyo yacyemura,izo njiji zitize zamara kurengwa zigasuzugura abagabo reka bajye bazandagaza
Mumbabarire mfite ingero nyinshi zingo nyinshi zimeze zitya,
@@vicentiyakaremye5831 yewe wumve mvuge ariko numugabo iyotumwumva niho umuntu yakagize ico avuga
The end of the story is very sad kbs, kuba ubana na family birababaje rwose. Very sad kbs. 😭😭😭