URUGO RWANJYE S9 EP25|| RICH nyuma yo kwambika imeta KESS 🥰 DANNY ahise afatiraho kuri CHELSEA
Вставка
- Опубліковано 4 лют 2025
- IYI FILM ISHINGIYE KUMAKIMBIRANE ABERA MUNGO Z'IYI MINSI HAGAMIJWE GUHINDURA IMWE MUMICO N'IMIBANIRE ITARI MYIZA Y'ABASHAKANYE N'ABIFUZA KURUSHINGA.
#kwamamaza0788318785
Abakunda couple ya rich mume Like
Abantu baribategerejeko danny&chelsea kobakundana bampe like
❤🙌
❤❤❤🥰😘
EP24,EP 25 ndazikunze vya danger😂😂😂❤❤❤❤abandi Bana bishimye sha🔥🔥🔥💃💃💃💃Nelly ndagutumiye mubirori😂😂🤣🤣🤣🤣🤣🤣urab'ivyiza bir'aha hantu sha😂😂😂😂😂😂😂wakwiyahura noneho😢😢
Umuntu ukumbuye mama Queen nkanjye nampe Like
Rich congratulations 👏 kbc byari bigoye ariko murabikoze pee sister waawe na Police Danny bubahwe nukuri we love you more 💞❤️
Mbega urukundowee gusa nibyizacyane kbx ndabakunda iyomwese mukundana birabshimisha kbx iloveyou mwese❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Rich😂Keesy😂Danny😂 Chelsea mwihariye EP mwenyine nukuri😂😂😂gusa mbakunda cyane ❤❤❤
Very nice and SMAT kbsa iyi couple nisawa. Ariko Louis na Anita barakumbuwe cyaneeeeeee
Muri kupure.nziza.ndabakunda.uko.muribane.❤❤❤❤
Aka ga scène gasa neza 😂😂😂 abo bantu baraberewe badiiii❤❤❤ ndashaka ko Nelly amenya ayo makuru meza 😂nkabona uko yifata 😂
My coupleeee 😘😘😘❤✈hejuru cyanee
Danny ndakwemera cyane rwose. Gusa team urugo rwange courage cyane 🤝🤝🤝🤝🤝
Maze izi episode 3 nzireba arikp hari ukuntu natwe abafana dushyiraho comments tublaming abategura film kdi rwose jye mbona ibyo bategura byose bibabirimo isomo pe. Rero kuvuga ngo ntacyo bakora sibyiza twajya turebuko tugabanya kubivuga. Murakoze
Rich mwihangane baribabibese nyine 😂😂😂😂gs congratulations Rich
Baba.fasheneza.murumukinopeeee👍👍👍👍
Noneho nubwo namara icyumweru umutima usubiye mugitereko❤❤❤😂🎉
Mbaye uwambere, umuntu, ubonyeko mazindutse nampe akantu.
Danny namwe mbifurije ibi 🎉
Danny ndamubonamw'urukundo Kuri Chelsea ariko biracamugoye kuvuga😂😂😂😂😂😂😂
Ese ko mutariye na apeti narimfiyex sha😊
Icyakoze Urugo rwuyumunsi nisawa kbs God bless you bantu banjye Danny courage bro nawe rikocyore
Amen Danny wacu rich rero turikugenda tukugira umu ex wa couple kunerako ndimurukundo na 2rd couple bintindira ba Danny
Mwarayibihije p abanu bane film murayishe
Nukuriiii muri abambereee❤❤❤❤❤❤
Dany ndakwikundira sana
Aha muradutuburiye kbx, episode yose ikinwa nabantu bamwe, mutangiye kubishya kbx
Rich ,Kessy ,Danny ,Chelsea ni ibiki ko mbona ama ep 2 yose aragiye arimwebwe gusaaa😅😅😅😅 Urukundo yemwe ni hatari
Erega natwe abafana twari tubitegreje igihe kinini caaaaneee 💖💖💃🔥💃💕
Nelly namenyako bakwambitse impeta arabahambiranya😂😂😂😂
🤣🤣🤣🤣sha Uransekeje Mbega
😂😂😂😂😂
Arabica noneho se ubunelly arihe ko arabagambiranoneho ubunel arihe🤔🤔🤭🤭
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Hhhhh nanjye ndasetse ndasetse ndapfuye burundu ngo arabahambiranya😂😂😂
Ibintu nivyiza ariko turashaka Liza n'a anitha n'a louis hamwe na mukapfyizi
Nanje ndakumbuye Liza pe!
wow big up bro! there is a good message in it keep it up
Mbega inzara muraryohewepe
Umwanditsi wiyi flm numunebwe mukwandika pe. Episode 3 zose zo kwambikana impeta ? Nibirangire njyewe ndabirambiwe pe nimuza mukamfizi mahiro nababandi nibi byivi murahoramo gusa?
Big up less wangye
Danny ko yasabye fanta ntoya ikonje mukaba mumuhaye inini ishyushye😂😂😂😂🤣🤣🤣
Mwayikoze nabi nukuri
Abumva bafite amatsiko yo kubona ingene Nelly yasembye bampaye 👍
Ndumiwe koko episiode 3 kubantu bamwe koko😂
Bararambiranye pe!
Mwarabisabye cyane Babibahaye Kenshi
Musigaye muyibishya kbsa, muzagaruremo n'abandi mwakinanaga!!!!!!
Mbaye uwa1
Turaryohewe bihagije, mwihangane uyu munsi muduhe n'izindi scènes zitari iza Rich, Kessy, Chelsea na Dan gusa
Film muriko muyihindura ukundi, Louis,numugore wiw mushasha,Gajo,turiko tubabura,wamusore ukunda abakobwa kandi ataco afise,.Dusubiz Louis,nakakana kafatwa nase
Chelsea Akina nk'umusirikare
Am number one
Police Danny ndagukunda ukina neza
Rich ukoresha ibafu mugufungura?😂😂😂😂❤❤❤
Ndimo ndabona urukundo danny murukundo na mushiki wa rich baraberanye danny yamutetesha ninshuti nziza yo kwa rich
Hey!!!ndabakunda cyane!!!
Kess,rich, Danny, Chelsea murategura pee
Turishimye cyane urukundo lici na kessi
Kessy and Rick I like them so much
Love you guys ❤❤
Muhindure
Mwicaye nabi rwose abafiance nagombaga kwicarana
Danny icyuma bagifatisha akaboko k,indyo ifoke ijya ubumoso
Mbega Ep muri kuzana noneho gutera ivi gusa
Épisode zibiri zoooose kubantu bamwe mwatubihirije
Danny ndagukunda ndikumva nafushye peee bas bazaduhuze
Reka daa winsetsa
Urugo rwajye .filim imaze gukora kumitima ya beshi ariko dukumhuye Mahoro. Kwa rwego na fofo rwose ababantu bamavi twarababonye mutwerek ibindi.murakoze
Ubu muraje niyi episode mutwerek. Kuri ba rich gusa
Ibintu byokwicara mutandukanye knd mukundana sibyo Reba ukuntu muru gutamikana bibabangamiye kubera muticaranye Koko gusa ndabikundira cyane 🥰
Danny rero ubewasabye uruhushya mugipolisi kuko niwigiramurukundogusa barakwirukana
Ababantu nibo bihariye AKaka epsd koko bonyine
Ndishimye kuba bigenze neza kwa rich gusa mubishoboye mwajya musohora ep 5
Ndasavye mushiki wa rich bakundane Na Afande
Love you❤
Yewe ababahaye rugari pe nonese muyomba arihe navava disi wavugaga kuazBarilimbira bibaye nabo
Cyakoze ndumiwe agace kose karangiriye kubantu bamwe ntago rwose aribyo ngewe nkumbuye Anita
Iyo role yokurya akabrochette naje noyishobora
Danny nizereko utazirangaraho kuri chelsea
Mbega Kuharara We Narinzilo Ndi 1
Nshimye ko mwbuka gusenga
Iyi film nkunda ukuntu mukinisha abakobwa bezaaa
😂😂😂😂😂
Ariko umuntu wandika iyi flime arananiwe pee. kwambikana impeta nibyo musigaye mukina gusa ? Uyumunsi sinyireba gose
Bruchete inye koko kubantu bambikany impeta ni film koko
Wow
Nzishima danny abaye muramu wa rich kaissy akaba muramukazi wa chiercea
Ibibintu Ndabona Biryoshye Nubwo Dukeneye Kureba Nabandi Bakinnyi
Sha Danny naribyiteze to imivugire yawe imbere yuwo mukobwa nibyari gs😂😂😂😂
Afande Love you peeeeeeeeeeeeee❤❤❤❤
Kkkkkkk 🔥🔥🔥🔥harahiye Danny nawe courage😂😂😂🥰🥰💕💕💞
Hhhhhhhhh Afande Danny courage nawe wawuuuuuuuuuu ndishimye afande Love you rivugepe❤❤❤❤😘😘😘😘👍
Amanota yuyumunsi mbahaye macye kubera mwakinnye scene imwe gusa abandi mwabashyizehe
Kess mwamwicaje mubyicaro bitaribye pee, ark Danny niyoroshye wee mubonye akanu akoze??mbere yabyose fok ayihaye chrs😂😂😂
Danny😎
Rich&kessy mbanumva ibyobacyina byababaho bakabana
Serie 3 hakinamo abantu bamwe gusa uzikp.Wagirango nimwe mugenda musubiramo
Pls mudifashe mihindure biryohe
turabakunda cyaneeeee ❤
Danny fata umwan hashye
Dany uli umwana mwiza imico myiza gutegamatwi neza ukwiye kuba umupolice kweli ngaho rero ukoreye umuti rich na kaissy dutegereje wowe danny na chierc mwambikane impeta nakwishima mugiye murukundo namwe nakwishima kuko nali mfite imicyenyero 2 uwanyu nuwa kaissy na rich byamfasha
Muzambabarire muzakore ubukwe bugaragara apana ngo nyuma yukwezi ngo after one ouer ubukwe buzabe nimushake muzantumire
Rukundo ruzabuka rwose nzarufana icyo ntwfana nindobo naba x
Ababantu nibo bihariye AKaka epsd kiko bonyine
Subu Nelly arihehe Koko 😂😂😂😂😂😂😂😂 icyampa akaza nkahano
Icyampa akaza akabinnyamo 😂😂😂😂😂😂
Eheee umunsiyaje yabizambyakbx
Dukumbuye Liza
Kess❤
Two najye twajyiye❤
Umupolicy arasetsa pe urukundo nirwongere kabisa
Ark Loui na Anitha na kakadete disi ko baburiwe itengero
Scene muduha imwe ntabwo ari byiza
Gs dukumbuye couple ya Ruwi niya Mukapfizi baba wee ndabakumbuye cneeeeeeeeeeeee
Imikinire y'izi episodes 2 birabishye!Amasaha yose ni abantu bamwe kandi ahantu hamwe!?Sibyo kabisa birikurambirana n'abakinnyi barabura icyo bavuga!Bari muri :yego,yeah...
Rwose pe
Nge nayirebye ntaruka😂
Hhhh nanjye nayirebye ntaruka
Keretse ntarutse byose😂
Ziteye umujinya actually nibyiza ariko babihariye abantu bamwe birakabije kd baba basa nabasubiramo
Niba ibyo kwandika byarabuze mubigenze mutya:1.kwa rwego nibabone aka bebe
2.Mahoro na Gatera baburane,
3.Gaju ibye bimenyekane
4.jesca akure aheshe ishema kwa rwego
Ubundi irangire mutangire indi serie nshyashya
😂😂😂 ntutume nseka hagati Aho ariko ibyo uvuga nibyo kbsa
Hhhha cyokoze
Hhhhhh ukaba urayisoje kbsa ndakwemera kbsa
Nukuli Icyo Gitekerezo Ni Nya Mibwa Peee Babitekerezeho
Murakoze
Murikurya inzara ikandya pe aka kantu mwatambitsemo si xw kbx