NIBASHAKA BANYICE😭💔Uyu Mupastors Azamara Abantu😭💔Yanjyanye Ikuzimu Ngo Mbahe Abaclients Nakoreraga
Вставка
- Опубліковано 23 бер 2023
- #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com
Uyumubyeyi ibyo yavuze nibyo,kuko abadayimoni batwara intekerezo zumuntu ikibiri kigasigara ahongaho,kandi nikibiri cyasigaye kiba kirinzwe nimbaraga zabo,mubyumve neza ajyanywa afite ubwengebwe nibyo rwose kuko ugomba kugira amahitamo ukemera cg ukanga ,bantu b'imana mube maso mwirinde insengero mujyamo nibyumba mujyamo,mureke dusabe Imana ubwenge naho ubundi dusohoye mubihe bikomeye.
Munsobanurire ababizi, ko hari umu apostle ujya uvuga ngo uzemera, akizera Imana yamutumye ngo azajya amusura mu rugo rwe, koko rata ibyo bibaho cg ni nkabo bose
Uyu mubyeyi nkunze uburyo avuga ukuri kuri mu mutima we adaciye ku ruhande. Kandi akabivugana kwihangana no gutuza. Imana imuhe umugisha❤
Uyu mugore ni honest rwose, imvugo ye irimo ukuri kw'umu Kristo udashaka views IMANA I Bahe umugisha
Ndagushima cyane uwiteka mana nange cyera nakundaga jwisukisha cyane ariko lmana yamvanyeho ndabizinukwa ubumaze hafi umyaka7
Imana igukomeze
Nanjye nuko pe
Iki kiganiro nicyiza cyane kirimo inyigisho nziza cyane kubarokore. Abarakore murasenga kdi mugasengeranira ariko ibikorwa byo gufashanya muri mwe ntabyo mugira. Mureke twige gufashanya kubyu mwaka no kubyumubiri cyane cyane abo dusenga.
Roho nziza itura mumubiri umeze neza.
Birabaje kumva umuntu musengana aburara akabwirirwa kdi musengana ndetse mushobora gusangira ibyo mufite iwanyu murugo
Imbaraga z'amaraso ya Yesu Kristo akomeze akore imirimo muri wowe
Imana Ishimwe cyane uyu mubyeyi Imana Imwagure ariko yikuremo ubwoba ashire amanga avuge kdi yekugira ibyoahisha naburire abantu
Imana yabarokore irarokora pe❤nange nemewe kurokorwa
Nlmana ikura ikuzimu pe
Imana ibahe umugisha rata!ndaza kujya kogosha sinjyiye kuzira akamanyu kumutsima
Pamphile ndagushimiye cyane ubaza neza kuburyo ikibazo umuntu yibaza ahita abona igisubizo yashakaga!
Uwunva yunvise utunvise❤ aza bayunvikindigihe gusa mubyeyi lmana yamahoro iguhumugisha bamwetwunvise
Asante nukuri ndafashijwe nukuri nimureke dushake ubwami bwi Imana hakiri ku manywa dukiranuke kuri byose kuko hano mwisi nta mahoro duhafite kd tukiri mwisi dufashe igihe mu ntambara
Uyu mugore ni mwiza arasa numwana w'Ijuru afite umwuka wera araseka nkabanyamasengesho bujujwe neza
Hallelujah
Koko ingabo za satani zirakomeye atabaye Umwami Yesu yaduhindura weee !!!! Yesu yaratsinze ari ku ngoma !! Yemwe weee Ibi bintu birakaze kandi muzongere mumutuzanire ku gice gisigaye cy’ubuhamya !
Ariko rero ubwoba burantashye bwinshi cyane
Mukozi w'Imana Pamphile nkunda cane uko ukora ibiganiro nuko wigisha Ijambo ry'Imana. Imana iguhe umugisha.
Intekerezo iyo ziteguriwe Yesu zisigara ziyoborwa n umwanzi. Nabandi babimenye ubutinzi bwacu buri mu kwizera ibyo ijambo ry Imana rivuga
Imana idushoboze kunyura mu nzira nyayo kuko abayobya intama baragwiriye cyane
Nukuri aratanga ubuhamya neza .
Arko ahishiriye umurozi . Pastor ukoresha 8zo mbaraga mbi avugwe yirindwe mwizina rya yesu.
Bwana yesu asifiwe nukuri ibyo uwo mubyeyi arikuvuga nukuri turabagabo bo kubihamya ijuru ririho no kuzimu hariho abasenga data bamusenge mukuri no mumuka
Basenge mukuri no mumuka
Urashimishimije pe wamubyeyi we nskimue Vanyemo ndahushimiye pe kandi mukomere cyane muigangane❤❤❤❤❤
Imana itabare isi pe,kandi uyu mu mama aracafite ubwoba pe,nukumufasha cyaneeee aravuga abijabuka
Mbega ariko ushaka gukira indwara arayirata. Uwo mu pastor wamuvuze akamenyekana ndetse akareka gutwara nabandi. Uhishira umwanzi akagutwara abawe. Niba ibyo uvuga aribyo muvuge Imana wizera yagukuye aho hose nahandi yahakurindira.
Yesu ashimwe cyane,
Mama Charmant nanjye naramukunze cyane.
Ariko Pamphile ntugire ifuhe nawe uranejeje, muraberanye. Uwiteka abishimire .
Ndabakumbuye
Imana ibahire nababumvise bose. Gusa dukizwe neza Kandi njye nzabyubaha. Amen
YESU weeee !! Namukunze cyane Nasetse ,ntabwo naheruka ga guseka IMANA y'amahoro imukomeze
Noneho go abitukuza babaryohera nkikirugo,ubwo ni ikirugo Tayali😅
Pamphile arasetsa ngo Yesu afite amabere manini azakonsa...wawouuuuu
😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Nukuri binteye kwibaza vyishi Imana yamahoro idukore kumaso tumenye abo dukorana umurimo wImana kuko bisigaye biteyubwoba
@@dieuman5319 cyane peu byarakaze ibyaba Pasteur bikigihe 😢😢
Uyu mu mama Marry namukunze... Satani yari yarakwambuye byinshi we wari warakwambuye guseka nukuntu bikubera. Nakunze uko uvuga, uko uteye byose ahubwo, udukundiye wazagaruka. Pamfile ndetse numufasha wawe namwe Imana ibahe umugisha.
Murakoze, Imana ibakomereze amaboko
Uziko nange IMANA impamagara yampamagariye kure yiwacu irangije irambwirango ngende kuri kavukire ngo ningerayo izambwira ibikurikira ,naragiye urugendo rwamezi 3 namaguru kdi IMANA yarambwiye kugenda nijoro gusa,noneho ngeze iwacu kuko mugace kiwacu hari Catoric abadive na ADEPR ,nuko mbaza IMANA icyonkora irambwirango jye muri ADEPR irambwirango harabo yabwiye bazanyakira
Hanyuma?
Narinzi kwari njyewe wabatijwe kabiri bitewe no gushaka Imana cyane none mbonye ntari njye nyine Imana ibahe imigisha😂😂😂 gusa Ndanezere nuyumubyeyi
Imana iguhe umugisha mubyeyi😭🙏🙏🙏🙏 nigiyemo byushi🙏
Pamphile ndakwemeye ubu buhamya watuzaniye wakoze cyane
YESU weeee Dutabare Izimbaragambi zaba.Dayimoni😮😮😢
Pamphile uzamugarure...afite byinshi byabohora abantu
Mwizina rya Yesu nahita ntokesha nihanukiriye mwizina rya Yesu
Uyu mubyeyi ubwoba bushire ahamye ukwemera Kristo.
Kuko abenshi bataye inzira y ukuri bigira uruhande kugirango biyorohereze.
Ariko inzira ngari twibuke ko ijyana I kuzimu.
Imana yamahoro iguhe umugisha mubyeyi twumvise imikorere yasekibi ahokwadamaseni kakiru najye nahagiriye umugisha pe yarumukozi w'lmana
None se ko utemera kuvuga uwo mupasiterikazi, iki kiganiro cyawe kigamije iki?
Mubaye mugendereye guhamya Imana, mwasenya amabanga ya sekibi.
Niba mudashaka kuvuga ibintu mujye mubibika byose mukomeze amabanga yanyu.
baba bagambiriye ko mwanga aba pasteri bose muri rusange cyane ko amadini yabo atimika abagore
Oya muvandi, Imana idusaba kugira ubwenge mubyo dukora byose. (Example: Nathan) kumuvuga ni ukwitera imanza zitari ngombwa pe. Intama za Kristo zumva ijwi rye.
amuvuze niwe wakwirengera ingaruka zabyo😅
@@mushimiyemanarose1989 hoya weeee, sha kubera ko uburyo bwa SPIRITUAL nta proof yabona yabyo, uwo mushumba amujyanye munkiko yamutsinda, ugasanga bisenye itorero (abakristo) kurushaho
Pafi nuryawumva icyigusekeje ujyuseka ndabikunda cyanepe
Hahaaaa, nanjye iyo Pamphile asetse mpita nseka. Nta mbereka rwose😅
Imana ishimwe ko yakurengeye ,ariko kuba uhishira uwo mu pasteur kdi arimo kuyobya abantu nkuko yagutwaye sibyiza rwose ,senyera satani umuvuge nibyo byiza
Ibi bintu biteye ubwoba ariko ningombwa ko bimenywa tukamenya ukodusenga. No kwamuganga dukeneye kuba maso uhereye no kumaraso dutanga kwamuganga nukuyasengera bwa1 nabyumvise kubuhamya bwumu South Africa woherezwaga kwica abana bari kuvuka mubitaro Imana idutabare.
Wa mwenda wari ukingirije ahera watabutsemo, twese twigererayo....
Imana igukomereze amaboko mubyeyi ❤
Rirashimishije nizinary umugisha ivukaryawe numugisha Imana yatanze wowubashakuvuga ujyurishimira Imana Igukizanayomashitane ataraguhitanye
Ndahari pr ndikunva mukomere cyane ❤tukumue
Nukuri murakoze cyane kukiganiro kinkuye ahantu nukuri murakoze cyane 😊
Shamuvuge tumumenye sister please mbabarira kuko nutavuga uwo mu pastor azamara menshi pe kandi uhishira umurozi akakumaraho urubyaro
Uzasenge usabe umwuka wera agusange aguhishurire uzabamenye kuko barenze umwe...
Cg uzace mu gikari umwibarize.
Ubundi bakwiye kubagaragaza,
Ikibazo nuko bahita bamutwara mubutungane kubera yavuze amazina. Ibi navyo nukubigiramwo ubwenge bitamukwegera. Gusa ikintu ciza nuko batangazwa canke bagatangaza amatorero ayariyo nico kintu kiruta ibindi. Wamugani urabahishira bikarangira bakujanye utamenye amabanga yasatani.
Kuki bakunda guhishira bantu nkabo. Bazatumara nibatajya bavugq abo bagome!!
Mwimushuka ntimuzamufasha murugamba yaba yinjiyemo!!
Amen mama imana iguhe imigisha kandi ikonjere amavuta
Imana imbabarire ntarubanza nciye mugabo Pasteur Julianne kabande ibisuko ivyoyisiga Mana weee Imana imbabarire ndamwibazaho pe🙊
Ndakumvise sha julienne ntiyisiga uko di uwisiga arahari je simuvuze ariko arahari weeeeeeeeee nkimubona bwambere nabwiye uwotwarikumwe nti bamwitondere
Pamphile Imana umugisha. Gusa njya utanga umwanya umutumirwa aduhe ubuhamya. Mwenze kunganya umwanya pe.
Twumvise twize rwose .Imana ibahe imigisha
Umugabo yaje ate???? Byatangiye gute wee ?
Uzamugarure wamuteguye neza, aduhe ibyo yasimbutse😭
Nukuri Imana ninziza ihumunu guseka nanjye yamaye kuvuga kuganiriza abanu Imana yanegetse kujyanshaka amagambo nganiriza abanu kuko ngobambonagamo agasuzuguro knd ngontasuzugura Imana yarakoze🙏ubunsigaye mbona ibyonganiriza abanu
Wamubyeiwe nukuri nkwigiyeho byishi imana yamahoro igihumigi sha wibihebyose 👋👋👋👋👋👋👋👋
Jewe ndu muisilam nukuri imana iguhe umugisha ntahobitaniye bibyo naciyemwe ababi barihose kimwe burikiremwa kugatwe kiwe arondere imana nawe imana iguhe ubukomezi ikurindire bawe
Mwaretse Imanza. Mugashaka imitima. Ikiranukaa. Koko .. nibyo satani arakora ariko namwe muramwamaza pe.. mwavuze Yesu n'agakiza.. gusa uyu mubyeyi afite ubwenge
Muraho neza.
Mukomeze mwubake imitima yashegeshwe kdi abamaze gushimutwa ni benshi Imana ihorana imbabazi iduhe imbaraga kdi yitegurire ubugingo bwacu kuko itadufashije ntaho twagera
Uyu mumama ndamukunze ati ndabatije Kane kose yoo! Imana yarakoze kuguha guseka shenge
Eeeeh.....ububuhamya Nukuri burankomeje!❤
Uransekeje pe!!
Ufotore woherereze Imana !!
Non ihangane pe maman ubyara nawe yitwa ntabudakeba ntacyo bitwaye .😊
Ooooooo pole ❤mama ubarikiwe sana umesema kueri kabisa
Uyu mu Mama azogaruke atubwire ubuhamya atuje, areke kubisimbuka. Ubu buhamya buranyubatse. YESU abahezagire.
Nukuri ngize ubwoba,mbebatahajurumwe turarye umwungu ndusibe ibamba ndumva satani,yaradutangatanze impande zose; njye niga gusuka ariko ndetse Nako karambero ndagakoresha;ubugingo buraharanirwa ,muze tugire ibyo tureka .
yego ma. birekepe uraba ukoxe ikintu kiza kizakugirirra umumaro❤
Umva nshuti ahubwo igikenewe ni umwuka wera ngo ajye aduhishurira aho satani yadutegeye kuko rabero siyo kibazo. Ubuse ko ajya ategera no mubiryo uzareka kurya, nategera mumavuta ntuzongera kwisiga?? Ahubwo twongere ubusabane n'Imana tujye tumenya ibyatwanduza kuko rabero zose ntiziva ikuzimu harininganda zisanzwe zizikora
Niwumve ico Mpwemu avuga ikintu uwakibayemwo akivuze ucumve nkuko kivuzw nuwakibayemwo nta rabero nimwe nziza iriho nimba uyisiga kubera kwuma kuminwa wakoresha namavuta asanzwe naho nyen ukiyubara bidashashagirana nkibinure vyingurube
Imana iturengere, ugiye kubireka wareka byose buri kwisi kuko satani byose abikoreramo, ibanga Nuko icyo uguze cyose mbere yo kugikoresha ubanza ukacyezesha amaraso ya yesu ukagisengera naho ubundi byinshi birahumanye hano turi kwisi
@@ingabiremarieclaudine3089 ni ukuri, mwuka wera ajye asanga buri wese amuhugure mu buryo bwe kuko abantu bose ntibafatirwa muri bimwe🙏🏽🙏🏽🙏🏽
Marie ,ufite Imana ariko uranashimishije kbs.
Imana ni nziza igihe cyose gusa ijye itubabarira ku byaha dukora.
Wa mudamu we warababaye ihangane ark Imana ikube hafi kdi nibyo igufiteho umugambi.
Sha nnnangukunze mama nguseka birakubeereye ariko uwomungore nndumva wamuvunga kujyirango atazayobya beshi uzaba urokoye beshi uzamuteze abaanyamakuru tuzahita tumumenya
Wa Mubyeyi we;Imana iguhe imigisha itagabanije,inyigisho zawe zirafashije pe.
Muramtsindira ikise Ev Elise ntiyamuvuze kera, kereka abadafite amatwi nibo batabyumvise. Imana nitabare abantu bayo gusa.
Nyongorera mumenye
Mwene data mutubwire turokore ubujyingo bwacu 🙏
IMANA yo Mwijuru iguhe umugisha kandi ikurinde
Mubatangaze muraba murokoye isi nimubahishira ntacyo muba mukize Imana izabibaryoza nimubivuga murakiza beshi mutabare
Oya, reka bareke kubavuga ariko bazi amatorero bayavuge bavuge amatorero babarizwamo,
Nimusenge cyane Imana ibahishurire mubamenye kubavuga cangwase amatorero babamo ntacyo byamara icyiza nuko twasenga Imana ikatwuzuza Umwuka Wera azobaduhishurira
Urashimishije wa mubyeyi we. Imana ikomeze ibane nawe
Yamuvuze se? Nimba yashatse .gutanga ubuhamya .ntahishire satani navuge nuyo mu Pasteur
Pamphile, Yesu aguhe umugisha kutuzanira uyu mubyeyi. Iyaba wadukundiraga ukajya unyuzamo ugahuza abagukurikira nko kuri zoom, tukabaza bamwe mu batumirwa bawe. Uyu muntu afite byinshi twakamubajije, tugasobanukirwa n'iyi si dutuye pe, n'intambara turwana nazo z'umwuka. Kuko ibi ni ibintu bisiga ubwenge bwacu. Cg tuzandike ibibazo byacu hano azagaruke umutubarize.
Nukuri azagaruke kuko haribyo tutasobanucyiwe
Nukuri peee azagaruke atuganirire Hari ibyo atatubwiye yagiye acaho , murakoze
Amarashe ni ibihumura
Pamfir nanjye ndashaka kuzakubwira
Iseee!
iyo foto vraiment yooo pole saana mujakazi eee ni atari burimuntu afite ishuri kweli eeee Yesu kritso
Nange iyo foto nkayohereza imana ngo irebe oooo Jesus Abana ngo ni Senyenge
Urakoze cyane Maman we ndize kabisa
Nukuri ndafashije cyane muriyiminsi bireze Satan arakora Arik Iman irakora
Murakoze cyane lmana ibahe umugisha imbaraga namavuta.
Nibyo ibyavuga igifu kiregerana 😮 cyane nkiyo kitabona ibyo kurya bihagije cg se bikabura kirafatana ahubwo
Amashitani asigaye yivamo kumugaragaro amaraso Yezu Kristu yameneye mu nzira y'umusaraba nyarimbuje ububasha bw'inyenga. bwigaruriye abana b Imana Data
😂😂ukunda inkuru nk'ifuku😊 ndagukunda cyane❤
Imana ihumujyisha uwomubyeyi wemeyekuza arikodix avugane afitijwiryiza Imana imuhumujyisha
Wabivuze ukuri. Ikibazo si itorero ikibazo ni uburyo utari waragise Yesu nyambere. Wari mu badive udakizwa.
Nabaho ndasetse gusa Imana ihe umugisha uyumubyeyi pe
Imanishimwe kogezahuseka
Ntabwo byoroshye ariko Imana iduhumure kdi idushoboza.
Yesu nashimwe ndabashimiye kuko najye haribintu najye nabonye iwajye kubwiyo mibavu nayumvise iwajye munzu muminsi ishize nka 2 nonubu byananije umutware wajye ubu ntakijya gusenga ntakinabishaka ubworero ndikurwana nibyobintupe
Nanjye mise nseka pe Imana ige uguha imigisha
Imana ibahe umugisha
Mugire Amahoro gahunda ni Ukwezwa kugato nakanini:Mariko:1:15 Igihe kirasohoye Ubwami bw'Imana Buri hafi Nuko mwihane mwemere Ubutumwa bwiza.
Imana ibahe umugisha kubwuyu mutumirwa nanjye haribyo ndigusobanukirwa
Pamphile rwose 😂😂
Jya ubyina uko ubyumva abaseka ubareke
Nyirimidiho azajya yicangurira 🙏🙏🙏
Disiiiii Uyu mubyeyi hari byinshi anyibukije
Gusa hashimwe Yesu we utadusiga muri byose
Beulah ndabakunda cyane murakabaho mugire impagarike nubugingo kizima akomeze abampere ubuzima buzima buzira umuze rwose 🙏🙏🙏
Adpr yubahwe nukuri🙏👏
Wa mubyeyi we nkunze ukuntu uvugisha ukuri udaciye k uruhande uravuga ibikurimo kandi ndagukunze buriya about Bose bisiga za rabero n ibindi si Abana b Isumba byoseahubwo Pamfile amfashe ampe nimero yawe tuziganirire numvishe hari.byinshi duhura nabyo ntitumenye amakuru Yesu we.ngize ubwoba
Imana izahana abahanuzi bibinyoma bari gushakira Amaronko kuri UA-cam bahimba ubuhamya bwibinyoma😢
Imana izatugirire impuhwe naho ibyo muriyisiyo byarivanzepe!!
Imana yamahoro ibahe umugisha
Imana iduhe umutima wogufasha pee,
Iman'ibahe imigisha nimbaraga nyinshi Kandi mukomeze mumenere satani amabanga kugirango abakristo tumenyuko twitwara.
Mbega imikorere ya sekibi weee urakoze wa mubyeyi we
Nukuri ngize ubwoba nanjye. Imana iturengere.
Amena Amena umuana imuhe umuhisha muishi
Mana yanjye wahuye nibintu biteye ubwoba kandi bibabaje ariko Imana iragukunda
Imana ihabwe icyubahiro kubuhamya