Mukeba yarandoze||Umugabo yaturaye hagati ku buriri bwe||Abagabo bose nashatse byaranze||Mama Zuzu
Вставка
- Опубліковано 14 жов 2024
- Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126
Pole mama Farouk kubyakubayeho ariko nimba uziko mwabyaranye nawe uzamuzane umutunge azareke kubafira nabi Wibuke uko yagufashijye kandi nurukundo mwakundana ga none ufite umutima wimpuhwe uzamukure hanze mushire munzu
Umva iyo nama umugiriye nawe ra! Kuki agomba gusubira inyuma aho gutera imbere!
Mujye muhagarika ubujiji ngo ...Imana niyo...! Mujye mumenya kwiga ikibazo murimwo murebe kure, mukemure izo nzitizi zitararengerana mukurikije umuco wanyu n`ubwenge bwanyu, ntakwirirwa mumadini mutazi iyo ava n`iyo ajya. Numva na SABIN yemera amadini cyane, kuki Imana itafashije uwo mugore hakiri kare???
Ibaze uwomugire waramubabaje cyane cyane kumutwarira umugabo koko bafitanye abana babe yebababaweee ariko Uzi umugabowumuntukwarikintu gikomeye cyokwitonderwa aha mwarahemutse gusawowe warumwana ntiwareba kure baragushutse
Ubundi ntamugisha ubamo gushaka umuntu wubatse rwose wabona undi udasenyeye abandi ibyo byabagore bangahe se nibiki
Ariko ntacyibi yakoze abisilam idini ryabo riravyemera kandi twarabanye nabo. Bagira imicyoyabobisangije uyumu Mama ntakosa afite idini ryabo riravyemera ntakosayakoze
Mama Zuzu nzagushaka tuganire nunva duhuje ubuhamya bwurushako 😥
Gusa nyuma yo kubabara ubuzima burakomeza ukabaho wishimye kubera Imana
Sabin nkuko ujye uvuga ngo nyagasani. Rwose Nyagasani ajye agufasha aguhe umugisha n'imbaraga kuko urakora cyane. Narebye ibiganiro 2 byose kw'isimbi. Bitumara irungu hano hanze cyane cyane twebwe twatuye Yesu nkumukiza iyo tubonye uzanye abo yesu yagiriye neza biradufasha ariko nibindi biganiro turabikurikirana iyo bitugiriye umumaro
Urakoze muvyeyi,gusa kubwanje novuga nti bibere isomo abatarashaka kuko abashatse bobo baramaze kurugwamwo.
Imana ishimwe KBS imana ihora ihoze uwomugabo yarahemutse bikomeye yahemukiye umugorewe bikomeye amushakiraho undi nkumbi imana harahoyarimutegeye amen
Thank you Mama Suzu for sharing, very inspirational words, keep strong for your family. Thank you Sabe for your service. I love Isimbi stories, whenever am sad and down, I listen to it. Keep it up.👍🏾
Sha maman Farouk ndamuzi kabisa ubuhamya bwe ni ukuri. Gusa ni umugore ufite umutima ukomeye kandi uzi kubana n’abantu
Imana ishimwe ko ariyo yomora ibikomere, kdi gukurikira Yesu nta gihombo kirimo maman mwiza. God bless you
none se wawe ntabwenge warufite ubwo wumvaga kuryamana nu mugabo mu buriri butari ubwawe ntasoni warufite
pole sana ihangane wazize kubura ubwenge
Iyi nkuru yandyoheye sana😂uyu mudamu azi kubara inkuru kbsa👌ati ubu ari kwangara hano i Nyamirambo😂hano abagore n abagabo bakuramo isomo! Urakoze Maman Zuzu!
Umva azi kubara inkuru pe, sinabasha kwihutisha video😁
Nage nuko pe byananiye kuyihutisha kabsa
Ira Cla ahhhhhhh kwangara
Kbs abisobanuye neza
Uwo mugore yaritondaga n'IMANA yurda nakwigisha isomo utazapfa ukize mubuzima bwawe urumugome cyane urinikivume warakoze uhura nibibazo ubuse uwarikugukorera ibyo warikwishima.
Isi Ntisakaye buri wese burya yanyagirwa
This happened to me too. Thank you for this conversation. At least I am not the only one.... urakoze Sabe. A fan from Canada 🇨🇦❤
Pole ntabwo biba byoroshye
Mugashyekero nyabu uri igshwi urumva ibyo byunguye iki mwagiye mubyereka imana yonyine waje kwitaranga
Umva mubye ubundi iyuharitse urabyiyemeza ukubaha mucyeba ukubaha numugabo Kandi ukamukunda Kandi ugasengimana cyane ikabarinda ibibi nawe waramutereranye kuko wentacyoyaguhemukiyeho washutswe nibyo warumaze kugeraho ubundi umuntu ugukuyehabi uramuzirikana
Ikindi wishyizemo amarozi cyane,umwanya wogusenga wishyizemo yuko bakuroga,iyusenga niyo babikora ntibyagufata
Sabin: Urakoze cane uwo mufasoni uramuruhuye ku mutima yari arushe ( a costless therapy). Uze umuhe partie II aheze gusohora ako gahinda. On a more serious note, ibiganiro vyanyu birashobora kuzofasha abakiri bato imbere yo gushaka (twebwe tuvuga kwubaka), canke abashatse bagomba gushaka kandi ( nkuwo mugore) mugabo batazi ingorane zijana navyo ( rimwe na rimwe).
Uvuzukuri
Vyiza kbs
Izo ningaruka zo guharika
Hummmmm..mbega story wee..wagirango ni CINEMA pe..ahwii..niyangare icyo yakoreye yrakibonye..imbwa nkizo nicyo zihembwa..uzajye wikora muntoki uri umuntu wumugabo cyanee..kd Imana yaramuguhaniye byiza pe..
Komera mama uri INTWALI.
Sabin wacu,wazatubabariye Ukajya Utumira n'abagabo Nabo bakavuga Akarengane Kabo ko tuzi neza ko nabo Bahohoterwa cyanee Kokooo!!!! Kuko Gukomeza Gutunga Micro Abagore gusa,Nubwo wenda wowe Ntakurenganya ,Ariko Mbonako Biba bisa Nko Gutwikira Ibibazo Abagabo Bahura Nabyo,Gusa Ntimunyumve nabi, Gusa Biba bisa nkaho Abagabo bo Ntakarengane Bakorerwa(Hari Bamwe Baba Baranimuriye Uburiri bwabo Mumodoka,cyangwa Bibera no Mutubari,bakagera Mungo murukerera Baje Guhindura Imyenda ubundi 🏃♂️😭) Muzabitekerezeho 🙏
Hhhhh, disi wabona ubivuze wabitekerejeho sabin abitekerezeho
Niba ubazi uzababwire bashake Sabin💁uko biri kose ndumva nta mugabo washatse gutanga ubuhamya ngo Sabin amwangire
@@picotgranet9497 Ikibazo Cy'abagabo Akenshi Bihagararaho,Ariko mukuri Kwibiriho nabo Barahohoterwa cyane,Twebwe Abagore Ntidutinya Kuvuga Ibitubaho.Abagabo nabo batinyuke nibwo na Leta Izabasha kujya Ihana abakorera Abandi ihohotera kumpande zombi.gake gake Bizaza 🙏
Ntabagabo bagira amatiku,naharirwe abagore kuko that's their nature.
Harabantu bahura nibibazo .Sabin ! Merci kubon ubugisha benabo bantu
Yebabawee 🤔🤔🤔 mbega histoire Mana yanjye wa mu Maman we wahuye ningorane ariko Imana ishimwe nukuli halimo isomo abakobwa mwumvireho
Mama Zuzu wihangane umutima wawe ntukibaho kwizera ukizera mucyeba koko reka reka bizigishe nundi wabitekerezaho kirazira iwacu mukinyarwanda kitanda ya mbanda nikaburini) )
Mama faru ihangane warakomeretse ariko uri intwari pe.mbega ubuzima, warahuritse! Ariko Imana ishimwe yo yabanye nawe murubwo buzima butoroshye wabayemo!
Urakoze cyane Sabin.
Kudusuhuza.Natwe turagusuhuje cyane
Thanks Sabin kumutumirwa disi. Uwiteka akomeze akurinde nukuri
Jyubivuga abagore ndabazi ndabivuga nkuwabibonye abasiramu abaswayiri nu burozi bwabo uravuga time nkabyunva kabiri more amarozi ya Tanzania Uganda congo Burundi Rwanda Nigeria tujye dushima imana ikiturinze
Mama Zuzu ubuhamya bwawe buramfashije ngiye kwegeranya abana nabyaye mbarere pe ubanza aribyo byanteye ubukene tu
Imana igushyigikire ku cyemezo cyiza ufashe
Iyo story bazayikiremo film rwose... OMG.. Maskini Imana igukomeze? Nibyiza ko wamenye Yesu
Iconkundira abamurutadi ntimuvuga ivyiza muvuga ibibi gusa ugize gatanu mama Charlen haruwundi atambisha igisirimba murusengero namwe muraraguza pe apakirisu turabazi
Ariko ni mucyeba.
Kuguhemukira
Sigitangaza .abacyeba bumvikana nibacye..
Mbega umudamu uzi kubara inkuru!! Uziko uhita ubibona nka movie ukabyimajina neza neza 😂😂. Gusa ni byiza ko abadame batangiye kujya bavuga ibibera mu ngo soon or later bizafasha abandi kwigobotora ingoyi y'urushako kandi binigishe abashinga ingo kuzishinga babitekerejeho. Nkunze ijambo wavuze ngo "umwana ni nyina" ibi niko kuri bagore mujye mubyara abana mwashobora kuruhana biramutse bibaye.
Ntimukageneralise ibintu, ntabwo ingo zose ari ingoyi, inyinshi nizibayeho neza, kdi hari abagabo barera abana batawe nabanyina. Ntamubyeyi uruta undi.
@@erneste.kayigire316 sha ibyo uvuga rwose umwana ninya suko abagabo Bose Atari ababyeyi banamba kubana ark nibacye cyane pe hari nubwo muba ntabibazo ark akumva abana batari ninshingano ze ark kubona umugore wanze umwana uzamunyereke adafite ikibazo cyo mumutwe
Madamu poleni sana vyambayeko kuwo twavyaranye nishingiy di naciy nkuramwo meza pe gusa ubu iyo nibutse ivyambayeko sha ubu nakwizera abahungu nkigira pe.
Wabateye umwaku urakanyagwa! Indaya mutera umwaku nubundi,abagabo mubimenye ko kwiruka mu bagore nta nyungu uretse ibihombo nkibyo! Mukeba wawe ni umunyabwenge ndamwemeye yarabakosoye
Sha yarabahamije pe!
@@SunShine-rq9yy atarabinjirira se hari ikibazo bari bafite! Yababibyemo umwiryane none ngo baramuroze, ahubwo niwe wabaroze! Ngewe nanga indaya Mana weee! Buriya buhamya ko ntaho numvise ko yaba yarasabye imbabazi mukebawe nukuntu yamuhemukiye koko
@@mumubebe3066 njye nibajije n'icyo bimaze kuza kubivugira mu ruhame wa mugani aho kujya kumusaba imbabazi.
Erega muriko muramurenganya muba islam biremew kandi bari basanzwe batunvikana ntabwo arindaya baramushutse
Erega muriko muramurenganya muba islam biremew kandi bari basanzwe batunvikana ntabwo arindaya baramushutse
Ivyo bintu narabikoze hemwe ariko jewe sinabaroze pe gusa jewe kwaruguhisha ko vyambabaje.
Sabin asante kbs iyinkuru Irumvika caane
Uwo mugabo naw ndumv yabuze ubweng bimuviramw ubuzimabm bubi.ark ico novuga aba Mmn mwirinde kwinjira mungovzirilw abandi kuk ntamugish woharonkera kuk uwo usanze arurimw ntabw yogukunda
Bamwe bajya bashimagiza ubuharike nibaze bumve bimwe mubyo buhatse kuko hari nibibi birenga aha.
Nukuri kuzima ntamuntu uzinga inda arabeshya nimyunvire, Imana imubabarire ahubwo yizere Imana niyo ikora byose
Byihorere wamugabowee, Umuvyeyi Atwita Amezi9 iyo Bibaye Imyaka 2 twabyita ngwiki Muvandi??? Uziko hari Nukubwirako Amaranye Inda Imyaka 20 yaranze kuvuka 😭
Ariko ubuzima nishuli mwa bantu mwe! Maman Zuzu na we nubundi buhamya kabisa. Komera komera wa mu Maman we ndakwikundiye ntakuzi...❤️
umugabo wakabiri afise undi mugore, biragatsindwa, nopfuma nihingira nisuka canke nkikorera imizigo, puuuuu
😀 😀 😀 😀. Nubundi hari abahinga, bakikorera imizigo ka'di bakagerekaho abo bagabo baditz abandi bagore
Ariko mama zuzu uraho. Ibihano umugabo yabonye ntabwo aruko yaguhemukiye nkuko nawe wari mumafuti .Ahubwo ibihano yabonye nuko yahemukiye umugore wa mbere.Ikindi niyo ucira uwo mugore wa mbere urubaza ubitekerejeho nawe ari wowe bibayeho byagutera umutima mubi ku muntu utazi Yesu ngo amufate nukuri yagombaga kukwica nkuko nibyo warukwiriye Ibyo uwabyihaganira ntagire ikindi abikoraho azi ikindi cyo gukora nkuko siko abantu bose bazi uburozi. nuwamenye Yesu .Ahubwo aho kumucira urubaza niba warakijijwe uzagende umusabe imbabazi ibyo byose yabyemeraga arugushaka amaramuko nkuko bitagushimisha nawe ntibyari kumushimisha rero muvanndimwe ni wowe nyirabayazana wa byose ni wowe ugomba gusaba imbabazi uwo mugore umugabo yaru we warikubyaga ugategereza uwawe ibyo nu mwana wi imyaka 2 arabizi. Uwo mugabo nyabonye ibihano bimukwiriye azagende asabe uwo mugore mbabazi uwo mugore icyatuma amu mbabarira keretse akijijwe ariko aru muisilamu cyangwa umupagani ntabwo ya mu mbabarira nkuko yara mubabaje cyane .Ese uragira ngo yabemereraga kubasinyira ubukwe cyangwa kubaraza kugitanda cye ngo musabanireho aruko yishimye ahubwo azi ubwenge yaze kuva mu ana be ahubwo wowe nuwo mugabo nimwe kozi zi bibi mwarapatikaye. Uwo mugore numunyabwege pe yaba aru mukozi cyangwa atariwe ntabwo mbizi nta nubwo muzi ariko Imana yaramushigikiye imushira hejuru yanyu nkuko mwara muhohoteraga .Ariko nawe Imana izamufashe yakire Yesu niwe wamuha ku mbabarira uwo mugabo.
Ariko hagati aho iyo umuntu afite urubanza déjà nyuma akajya guhinduza imitungo ayandika kuwundi muntu ubutegetsi iyo bubikuranye bubona neza ko uwo muntu hari amanyanga yakoze...ariko Sabin merci izi nkuru ninziza hari abantu benshi bizajya bifasha kumenya gufata umwanzuro uhamye bitararengerana...sindasha ariko mwibi bintu nahamenye byinshi
kuburiri bwuyundi mugore , gukora imibonano !!! urimjiji pe !!! mukeba wawe suwogukinisha , uri ikigugu , wopfuma urorwa atariwe witanze , puuu, genda , urikijuju cumugore , injiji , betise que tu as!
Nonsense
Ubwose ni wowe mwiza utwara umugabo wabandi?
Mukeba wawe Ahubwo ndumva yari imfura. aragucumbikiye usambaniye numugabo we muburiri bwe, agushyugirije amazi yogukaraba, agufuriye imyenda. Iyo aba umugome ayo mazi yari kuyagutwikisha ahubwo 😉🥲 bene ibyo Ni imivumo mukwiye gukizwa mugakorerwa Delivrance. Bige bibera isomo abakiri bato umugabo utari Uwawe nta mugisha ni imiruho Gusa
ESE uvuga koyarumugabo wawe gute !!! Ntiwatwara Umugabo wundi ngo ugire amahoro wabuzi amarira uwo mugore yararaga arira kubera wowe
Idini ryabo ryarabyemeraga
Gusa wamugorewe ikigaragara nuko nawe ugendera mubintu byimiti icyakubwiraga yukose ashaka kukuroga nigiki ibyakubayeho KO nabandi bose bibabaho watangiye kumukeka kumunsi wubukwe nawe ntabwiza ufite
NiWihagane'gupfakaranikobiri.,emwelnajewe,kuko.mwisi
Sabin ndagusabye uzatufashe nkabafana ba Isimbi tv.uzatuzanire wamutipe ukina muririya Flime bita Gica. Witwa Raul.
Mbega Umugabo w'umwana mwiza!!!! Kuburiri bumwe kweri!!! Nihatari,Gusa Pole sana Mubyeyi.
Hahahahahahhha yanze gukaraba mukaru ati egera hino 🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Ngo ngwiki ? Uwabatatu ngo tuba dukoze ibintu muburiri bwe ?
Babyita threesome! Uyu mugabo ahubwo yasoma😂😂😂
Cyakora Isimbi yaziye Igihe pe!!! Abagore babonye Uburuhukiro bwo mumitima Yariboshywe👌👌.
@@queen3marie yasoma sha😂
Bariya Bantu ntimugashire abantu Bose mugatebo kanwe, abatari abasilam bo ntibaraguza? Oya biri mubantu Bose ntabwo aridini
Ntabwo aridini guko na bapasiteri bararaguza
Uzi mama faruuq iyo muramukazi wawe abikora uramureka nawe aba azarongorwa akabona
Sabin mama Ozily womuri film yahuye ni bibazope
yewe pole
Gukurikira imitungo yabandi ni bibi, umugabo wawe ?cg umugabo w abandi ?
Ngo byaguteye ikirungurira ko yabaye Imitungo Unugore we bafitanye abana bangana gutyo??
Imana ni Umukozi w'umuhanga ndayishimiye ko yamurenjyeye
Nukuburukuntu umuntuyagira ntamuntu. Unezezwanoguharikwap
Uwomubyeyimumuhamahoro
Mana weee.
Muzabikinemo film ariko mu cyongereza no mukinyarwanda
Ariko se buri kibazo cy' ingo bisigaye bikemurirwa mw' itangazamakuru
Hahahahaha yooo uranyishe abarushe baza kubitura sabe hahahahaha wanyishe
Hhh birakaze
Just gutanga ubuhamya ahari byafasha abandi rero si ibindi
@@MNE11985 Niko kuri
Ikindi ufitiye ishyari mukeba wawe ngo arashyatamye mumitungo nonese ntiyayishakanye numugabowe ikosa mpabona nuko atita kubanabe nahwibindi ntamugore bitabaho
Guhemukira abana bitera umuvumo
Yooo mama zuzu nta muntu ukunda mucyeba nutabikwereka abarenzaho ubucyeba namarozi nintambara ubugiyemo .uzaharikwe ntugaharike nurugamba warugiyemo
Azagaruke aduhe part 2 ese yaje kubumurokore gute?
Uwishe ntaririrwa abagabo benshi barahemuka ntakindi kibakwiye nibyo ntakindi
Niba iri zina Atari iryo wiyitiriye, nyuma y imyaka 10, 15 umaze gushaka uzagire ubutwari bwo gutanga ubuhamya nyakuri bw urugo rwawe.
@@intuntu7863 hhhhhh uramubwiye kbsa hhhhhh
Yooooh. Inkuru ibabaje. Please ibyashije ubyibagirwe ubuzima burakomeza.
Kubisanzw sivyiza kuja gutwar umugab wuwundi mugore
Ayiiiiiii mama Faruku ulaho neza sha pole ma wanyuze bigoye weee ndumiwe nabonaga witonze duhulira munama kumurenge wa gikondo komera ma
Uramunyakuri
Mm pole pole😊
Iyinkuru yishire muri film kuko irumvikana100%
Ihangane m. Zuzu wahuye nibikomeye gusa Imana ishimwe ko wamenye yesu
M.zuzu ihangane ibikomere bizashira ikomeze kumana izakubera byose
Watumiye abagore benshi ariko iyi story iraryoshye pe yarangiye neza
Imana yaragowekubau mugorewakabiri icyuroibyili
Mbega umugabo wumugomeweeeee ibazekuryamana numugoremuto muburirabwumugorewe yataye uwomugore numwanamwiza
Wajyagahe wajw kumubuza mahoro warakoze kubabara nubundi nanga abagore Baja biri
Umugore mukuru yarababaye cyane pe uyu we namubwira ngo urwishigishiye ararusoma
Poresan imana ikomeze igufashe
Sabin party two atubwire ubu abana babayeho gute we ubu ahagaze ute ese yaje kubigenza gute ngo akuze abana?
Uyumugore ari innocent cyane 😀😀urumwana mwiza kbsa!
Uwo mugore nawe aje yatubwira byinshi birenze ibyawe
Abacyeba nuko ubwo bazanye nuwo mudamu yavugako wamuroze😂😂
Ikigaragara uwo mukeba wae yarumurozi buriya naniwe wabaterenyije nuwo mugabo ariko nawe nubwo akina mumitungo ataruhiye bizamugaruka kwangaza umugabo nabyo ntangaruka nziza irimo
Abagore n abakobw tuhakur isomo,gutwar umugab w band s vyiz kuk nt amahoro
Azatuganirize kurugendo rwe rwo gukizwa. Imana imuhe umugisha
Maman zuzu ihangane Imana iragukunda gusa bitumye ndushaho kugukunda Imana igufiteho umugambi mwiza
Umugabo ntibamusangira ncuti,warihenze
Yego
uyumugore arababaje cyane ariko ashobora gutanga ikirego nihatari ni ahumure
ESE Sabin kutakibaza isomo ryubuzima? Kdi byajyaga bidufasha.
Pole sana courage
Nashakaga kumva ukuntu baraye aribatatu.
Ndapimiranya ngo baaa kuri 38:00 Nsanga niho neza neza
Hahahahaha urabdangije kweri
Hahahh uri hatari
Yarimubi kdi ariwowe wamutwaye umugabo
Hahaha ibaze mucyeba wawe yakubereye marraine mubukwe 😂😂mpise ntembagara!Maman Zuzu shenge yari umuziranenge🤗
🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Nyamara ibisiramu bagira abagorebenshi kandi bose barakundana idini ryabobiremerwa
@@annickniyokwizera1414 idini niba ribyemera leta ntibyemera niyo mpamvu uzwi amategeko aba ali 1 iyo basezeranye muli commune 🤷♀️🤷♀️🤷♀️iyo basezeranye rero imbere yidini gusa imbera yamategeko ntacyo biba bimaze nukuvugako Umugabo ashaka kukwirukana yakwirukana kandi ntaho warega 🤷♀️🤷♀️🤷♀️abakeba rero gukundana ntibibaho rwose ngo bumvikane 100%
@@bellyb1250 abisilam bakurikiza ivyo Muhammadu yakora naweyagira abagorebenshi 🤣🤣🤣 ivyareta ntibibaraba kandi nakirya gitabocabo buranditsemwo kuribontakibazo
@@annickniyokwizera1414 aux femmes de bouger alors 🤣🤣🤷♀️🤷♀️🤷♀️ car ce n'est pas une vie ça
Kuva cyera mukazana na nyirabukwe niko bimeze
Warakoze kurekuraumugabowabandi
Ahhhhhhhhh ubundi c yamufatiraga iki ko wasanga arinabyo byatumye ahura nibibazo yarangiza ngo nuburozi aha
Sabin ndagusuhuje mu kivandimwe, TV yawe ikora neza igira ibiganiro byiza ukora neza neza nk'ikinyamakuru cyo muri Kenya cyitwa Tuko, naho ureke babandi bakora inkuru zidafite icyo zimariye Société
Mbega inkuru nawe ntiworeshye pe gusa ubyowacyetse nuko nawe ubwo bigenderagamo kandi ntimugasabye idini rana tullah 🤔
Wowe barikureba igihe byakorewe
Ndumva bikaze gsa bibaho cyane ryose nuko mukora ibintu mbega byaribimeze bite kuburiri byundi
Kubivuga biruhura umutima, buriya uwkuzamurira volume y'ibikomere by'ingo abantu bagenda mu mutima wahita ujya kwihish
None se ubwo urupfu rw'uwo mwana ninde warugizemo uruhare ? Ni mukeba cg ni abo baforomo b'indangare?!
Sabin turagukunda cyane ariko usigaye warize ingeso yo kwihutisha abatumirwa bawe gerageza ujye ubaha ubwisanzure batwigishe
Gusa amasengero nayo hari igihe avanga ibintu....mu byumvikana nawe winjiriye undi mudamu....nuko nyine wamusabye imbabazi.naho ubundi umugabo si usagirwa.
Nyina wa pole😂
Mureke yangare nyamwanga kubwirwa ntiyanze no kubona mama zuzu urintwari pe komera kd wihangane
Ahaaaa ibiba mungo ni akamaramaza!!!!!!! Gusa ingo zirebana ay'ingwe Nyagasani azifashe azishyiriremo imiyaga pe!!!!!