Her name is really! "GIHOZO" full of enthusiasm of what's coming out her heart❤. U ve been really equipped keep training others how to stand firm on their bad -day!💪
Yewe ga we mbega ubuhamya bwubaka ! Nshimye ko uzi Yesu neza ! Mu mahanga yose ububaha Imana Bose irabemera ! Gihozo uri umubyeyi mwiza cyane ! Ufite ubwenge buva ku Mana ! Ndabona part 2 ihageze reka nayo nyirebe 🙏
Hhhhhhh,Yes holy spirit works as he will.....,talks as he will.Nkunze uwo muvuno Oooooh ati ndi umuchristo wo mumutima naho niho contact point nImana yacu.
Jewe 2ans nari nkomerewe mbona ubuhamye bwa Gihozo kuri Zaburi shya burafasha cane cane gose nibagira ivyanje nukuri IMANA imuhe imigisha🙏 from New York much love ❤
Be blessed Mama Igihozo!Ahwiiii!Urugendo rwo mu butayu ndumva butoroshye!Ni ubuhamya bukomeye,bubabaje ariko kandi harimo isomo.....Gusa imbavu zahiye ...Uwo mu mama azi no gusetsa!
Josiane reka gupfobya ibigeragezo by'abandi si byiza. Uremerewe no kutabyara bishobora gutuma n'ibyo biryo bimunanira. Uko wabonye umugabo wawe agenda ugashavura hari uwari kukubwira ati urarizwa ni iki ko mwahuye akuze cg ati uzabona uwundi cg nawe akakubwira ati urarizwa ni iki ko ufite umuryango wawe ugukunda. Twihangane tureke gufata ibikomere byacu nkaho aribyo références. Gusonza birababaza ndabyemera ubukene burababaza ariko sibyo byonyine bibabaza. Ntiwabwira umwana uvuye gushyingura mama we ngo ararizwa ni iki ko ataha akanywa amata akarya neza minerval . Twige kumva ibikomere by'abandi. Kuko kuvuga ngo abasaba ko babasengera kubera ibikomere bafite kandi barya nta shingiro bafite njye mbona ari ukudasobanukirwa ibikomere ndetse no kutagira compassion. Niba ntaragize ibikomere nk'ibyawe ntibivuga ko ntakomeretse. Inzara n'ubukene sibyo bikomere byonyine
Ariko nibarize umuntu aravuga ngo urugo ruraryoshye ngo mfite abakozi njya mu rusengero mu modoka njya guhaha mu modoka ndi mukaboss ndabyara buri mwaka ntacyo ninjiza nta kwizigama NDAKODESHA koko mukambwira ngo nta kibazo? Ibyakurikiye ni ingaruka zo kutareba kure. Kuko kubana n' umugabo ntibivuga kwicara ntacyo ukora cyane ko mu bigaragara ubushobozi bwe butari bwinshi. Kuko gukurikira umugore wundi ukabwira uwawe uti ndaje ngiye kumurya imodoka ni uko yari aziko umugore we ari bubimwemerere kuko nta choix yari afite. Mu bigaragara ni uko wasanga n'amafaranga yahahiraga abo bana ari ayo yavanaga mu bandi bagore. Iyo umugabo rero abona ibyo guhaguruka ngo ukore utabyumva ahubwo ushaka kubyara buri mwaka ariko utazi ngo ipaki ya pampers igura angahe amata ahagije abana 4 mu kwezi agura angahe ese ibyo byose biva mu mushahara w'umugabo wenda utanazi. Niba utazi ibyinjira utazi ibisohoka kandi charges ziyongera ubwo ko Imana yagowe wumva icyo ari ikibazo cy'Imana. Muri Kgl niba udashobora kwiyubakira n'akazu k'ibyumba 2 ukabyara buri mwaka utazi no gucuruza inyanya basi ngo zikungukire ay'amakara ngo wunganire umugabo ibyo ni ibiki?urumva aho umuntu ahera avuga ati nari naratese bampaga iposho buri kimwe cyose!buri kimwe cyose yaragiye ugatangira gucuruza ibyombo ukwezi kwa mbere. Iyo uza kuba waramwunganiye mukabyara bake mukeneye nibura aba yaragiye agusinze mu nzu yanyu udakodesha nibura ufite business inakwinjiriza 2000 frw ku munsi abana ntibari kubura igikoma. Ntimuntere imijugujugu rwose njye ni aho mpagaze. Muvane amaboko mu mifuka mukore mwunganire abagabo banyu mutekereze ejo hazaza h'abana banyu mubyare abo mushoboye apana kuzuza isi abazahangayika batarabigizemo uruhare.
@@jeandukuze1103 Urakoze cyane kuba tutabona ibintu kimwe simbibonamo ikibazo. Sinigeze mvuga ko iyo aza kuba akora umugabo atari kumuta. Navuze ko kuba umugabo ariwe warebwaga n'inshingano z'urugo zose kandi ziremereye mu byukuri nabyo byashoboraga kuba intandaro yo kugenda ahunze kuko yanabiwe bitavuze ko mpaye ukuri umugabo we ariko hari igihe umuntu abona nta voie de sortie afite mu kibazo akagihunga. Kuba yarakurikiye umugore ufite amafaranga kandi abanje kubiganiriza umugore we bimbwira ko wenda yumvaga ko umugore we abibonamo uburyo bwo kuramira urugo rwabo akabimwemerera. Ikindi uragize uti kuba yari kuba afite akazi akora ntibivuga ko abana bari kubaho neza. Aho sinemeranywa nawe kuko hari ibyo amafaranga adatanga ariko aha mubyo avuga byamukomerekeje kurusha ibindi ni inzara. Iyo rero ivurwa n'amafanga. Ntiwajya mu isoko ngo babiguhere ubuntu ntiwashyira umwana mu ishuli ngo ntiwishyure. Sinavuze ko iyo aza kuba akora atari kubabazwa ni uko umugabo yamusize cg arera abana wenyine oya icyo ni ikindi kibazo nawe mubyo avuga sibyo ashyira imbere. Kuko siwe wa mbere bibayeho usibye n'ugutaye n'upfuye ubabazwa n'urupfu ariko ubuzima burakomeza iyo nibura ufite aho wicaye umwana ntave mu ishuli ngo ni uko se yitabye Imana cg bamwirukanye ku kazi. Muri make icyo nshaka kuvuga abantu bareke gutegereza les extrêmes urupfu cg gutandukana kugirango batangire guhaguruka bateganyiriza ejo habo nicyo kibazo. Kuvuga ngo nzakora ari uko uyu tutakiri kumwe wakoze se agihari ko byamugabanyiriza imvune. Njye ndareba aspect économique. Baravuga ngo l'argent ne fait pas le bonheur mais il contribue n'est-ce pas. Nutegereza ko usonza kugirango wige gukora ntuzaba productif.
Mwaramutse sabin, umve buriya isengesho ni ikintu ca mbere ciza jew ntukubwira kureka, utabanje Imana se wobanza iki ko ari yo iguhaye nizo mbaraga ukoresha ngo twumve ibiganiro ukoresha, ntibigutangaze isengesho besnhi ntibarikunda baba bumva atari ngombwa, ariko uwumva wese isengesho atari ngombwa uwo ntazi intumbero y ubuzima bwe ntazi n impamvu abayeho iyo biva niy bituruka, uwo mu mama nawe navuge ijambo kuruta uko yahora ni ivugabutumwa ryiza, umuntu abayeho kuko afise ikimutunga, kenshi abavuga ko ijambo ridakenewe cnk isengesho iyo bageze mu ngorane niho bibuka kuvuga isengesho cnk kuba mwijambo, Imana idufashe kko hari igihe Imana igira ubuntu ukagira ngo ni wwe wiha ivyo ufise ubu, courage sabin...
REBA IGICE CYA KABIRI (Part 2): ua-cam.com/video/xwiE8yA1MQ0/v-deo.html
Gihozo igice 2
E4
Nimbyo nago ubeshya
@@batamurizajeannett3009 urapfashije najye narinihebye ariko umaye kunesha nokwihangana
Ibiryo ni umugisha uzanwa n'amaboko y'abantu cg se umugisha uturuka ku bantu. Abana ni umugisha uturuka ku Imana. Muyandi magambo, kujyereranya inzara no kubura urubyaro,ni ukugarukiriza amaso hafi cyane( kunda) cg kureba hafi cyane.
However, umuntu abara ijoro yaraye,ariko kwinjira mu ijoro ryababuze urubyaro, uba uri kurenga umuringo w'ubuhamya bwawe,ugiye kuvuga ibyo utazi kuko wowe warabyaye,ntuzi iby'umuntu utarabyara.
Navugaga nihitira, kdi habwira benshi hakumva beneye.
Uvuze ukuri pe
Her name is really! "GIHOZO" full of enthusiasm of what's coming out her heart❤. U ve been really equipped keep training others how to stand firm on their bad -day!💪
Banyanga batantanga nzakomeza kubaho neza. Kuko Imana icyimpaye ibyo kurya. Ngomba kwitetesha ntawundi uzantetesha. What is touching testimony. Be blessed mum
WOW.. what a powerful testimony, glory to King Jesus for what he has done for this beautiful woman! Very uplifting!!
Warababaye nyine kandi Imana yaragufashije, Ishimwe cyane. Ariko rero ndakwinginze ntukageranye ibigeragezo. Urugero:inzara no kutabyara. Ijoro ribara uwariraye di.
Ndanyuzwe Mandi ndize! Amen! Imana ihe umugisha uwo mubyeyi wasenze,akagaburira,akancumbikira ubabaye!
Imana ijye iduha kumenya igikwiye!amen
Maman Gihozo ndakwibutse. Hashize imyaka myinshi ariko ndakubona I Gikondo hafi y’isoko. Gusa nkuzi utari wakizwa ariko usetsa cyane. Komera cyane muvandimwe. Uwo musozi benshi twarawuzamutse.Igikuru muri byose n’ukwikomeza.
mbega umu maman wee. she is very strong and powerful. Imana ikomeze kumuha ibyiza gusa
Abari i Burundi 🇧🇮🇧🇮 cank abarundi bakunda isimbi TV mumpe like👍👍
I'm very touched! be blessed GIHOZO
Mbasbye like kuko nkunda gihozo kandi mbaye number 1
Ntabwo undusha. Mfite ibihamya
Niba umukunda uzamusabe ntazongere kugereranya kubura urubyaro no gusonza kuko ntaho bihuriye pee. Kuko inzara ubonye naho ukora wayishira ndetse ukanabisigaza ariko kubura urubyaro byo biragatsindwa kuko utanga n' amafaranga menshi ndetse cyane ariko ukabura amahoro kubera kubura umwans
@@marieagnesumutesi1927 niko mbibona nanjye pe. Ariko buriya buri wese ataka ahamurya. Gusa ntiwagereranya umwana n'inzara. Ko wabona ugufungurira se cg ukabura ra icyumweru ikindi ukarya, umwana wamukurahe ? Kereka niba avuga ubura urubyaro akazageraho akarubona.
yavugaga kumara igihe utabona urubyaro ukarubona no kwicwa ninzara nyuma ukarya niko nge nabyumvishe
Sha mutesi we!yavuze nabi pe nangye numvishe bimbabaje kandi narabyaye,ubwo uratecyereza umuntu utarabyara warubuze?gusa ntaho nzamukura narikubimubwira ariko nizere yukozasoma izi message.ntiwagyererenya inzara no kubura umwana!ubuse ko ibiryo babiguha yari yumva uwafashe umwana we akamuha undi mubyeyi wabuze umwana!
Ndarize ndahogora 😭😭😭😭, Gihozo komera nukuri kandi rwose Imana ihabwe icyubahiro kubwawe. Yakoze imirimo ikomeye.
Yewe ga we mbega ubuhamya bwubaka ! Nshimye ko uzi Yesu neza ! Mu mahanga yose ububaha Imana Bose irabemera ! Gihozo uri umubyeyi mwiza cyane ! Ufite ubwenge buva ku Mana ! Ndabona part 2 ihageze reka nayo nyirebe 🙏
Mbega ikiganiro cyiza, ndakwikundiye mama Gihozo, numvise uri nuwiwacu I gikondo. Imana ikomeze iguhezagire. Dukeneye part 2 ASAP 🙏🙏
Imana ninkuru! Abayizera ntidukorwa nisoni ❤️
Amen
Wow incredible testimony. I love you Gihozo be blessed. Ntago wirarira pe. Imana ikomeze kuguteza imbere. I can't wait to see 2nd part.
Hey Nathalie? Ndabona nawe uri hano 😂 gusa ubu buhamya buri so touching!!
Hey Nathalie? Ndabona nawe uri hano 😂 gusa ubu buhamya buri so touching!!
Hey Nathalie? Ndabona nawe uri hano 😂 gusa ubu buhamya buri so touching!!
Irakora yitwa Imana iriho izokwamaho
She is so energetic!❤
Wamubyeyiwe unkoze kumutima ntakindi navuga
Hhhhhhh,Yes holy spirit works as he will.....,talks as he will.Nkunze uwo muvuno Oooooh ati ndi umuchristo wo mumutima naho niho contact point nImana yacu.
Disi uwo mukecuru Imana imuhe umugisha kandi izamuhe ijuru kubw' umurimo yakoze wo kukugaburira.
Mfashijwe nkikumba Sasaa 😊 Hallelujah Cyane
yes ibebeze nibyo buri wese azi ibye sha wee harubwo amarira agushyiramo burundu !jye mfite numubyibuho Yesu yankinze urwo rubwa rwo Kunanuka ngo ntasekwa ubundi Imana ni Imana ntaho itakuvana ntanaho itakugeza merci Gihozo please udusengere natwe tukiri muricyo kigeragezo nkicyawe!Sabin disi nawe uri muri business ariko iga cyane iki nicyo gihe cyawe cyo kwiga neza
Thanks Maman!
Banza witeteshe ubwawe rata, utarikunda ntushobora kumenya gukunda abandi, udafite ibyo wiha ntiwanabona ibyo uha abandi
Imana iguhe umugisha impande zose
Yes Burundian here! Thank you for the shout out 😂
Wabivuze neza Uti uvuga ibyo Atarageramo ajye yitonda!! None uravuga ikigeragezo cyo kutabyara icecekere ntabyo uzi nyine!!! Gusa Imana ishimwe kubyo yagukoreye
Yego rata bihorere. Ngo nashaka azamare imyaka 10 ararya ifiriti huuum
Sha buriwese abara iryo yaraye, ark kubura urubyaro byo birarenze.
Ikigeragezo cyose kiraryana kimenywa nuwakibayemo!ntago abizi
Ngo Perepetuwaa😂😂😂 Love You Mama Gihozo Rwosee ❤️😊
Haleluyaaaaa! Ndagushimye MANA ishobora byose kuko nubwo wemera ko tugeragezwa uturemera izabizatuma twizerako uzatugirira neza
Ndaukuze cyane uvugishije ukuri p .
Uwo mukecuru ni we Bikiramariya wakugaburiye
Narize ariko ndanaseka
Ati Mana undinde itasi.
Nkuzamuriye icyubahiro Uwiteka Imana kubyo wakoreye uyu mubyeyi❤❤
Sabin Imana iguhe umugisha kubwuyu maman watuzaniye ndumva nsubijwemo imbaraga pe,Imana ishimwe ko ijya ica inzira kandi igahumuruza abantu bayo.
Imana yacu irahambaye mwijuru no mwisi mubwenge mumbaraga murukundo Imana irahambaye pe
Ndagukunda wamu maman we Imana izagukomeze
Rwose ubuhamya bwawe bunkoze ahantu😘😘😘Nyagasani akomeze abane nawe muri byose ndetse yumve anatabare abo bose bababaye kurenza.Natwe udukomereze ukwemera kuko muri wowe byose birashoboka.Amen
Haaaaa ngo utaranigwa agira ngo ijjuru riri hafi. Imana yashatse Ko ugira ubuhamya bwo gufasha abandi badame barimo guca mubibazo bijya gusa nkibyo.imana iguhe umugisha Gihozo weeee
Wa mu mama we nakunze ubuhamya bwawe none ni IsimbiTV yagutumiye. Nuko nuko rwose. Nyagasani aguhe umugisha 🙏🙏🙏
Jewe 2ans nari nkomerewe mbona ubuhamye bwa Gihozo kuri Zaburi shya burafasha cane cane gose nibagira ivyanje nukuri IMANA imuhe imigisha🙏 from New York much love ❤
Imana igume iguhe umugisha wa mu mama we. Kandi nsabiye imigisha myinshi uwo mubyeyi wakugaburiye nabana bawe. Imitungo yisi ndumva ayifite kuko Kandi aranayikwiye. Musabiye kuzagira iherezo ryiza nava mu mubiri akazabona ubwami bwijuru.
Uwari ukumbuye uyu maman gihozo ninde
Amen
Wowe ntumuzi niyo mpamvu! Njyewe ndamuzi ibyo yankorereye....n'ubu ndacyari mu ngaruka zabyo
MM Mokonzi Yagukoze imukadata se cg yakugiriye neza???
Mbegubuhamya
Gutwita sikintu kbs kugiranabi umugore utwite numuvumo ukomeye
Ibebeze😀😀
Amahoro numugisha w'Imana bibane namwe mwese Imana ibashyigikire muburyo bwose Murakoze 🙏🙏
Mama Gihozo Ndagukunda Cyane kuko uvuga Imana Neza Umwami wacu agukomereze amaboko
Wawwwwww Finally ndakubona Gihozo Imana iguhe umugisha.
Jye ndashaka kumenya nicyi itorero ry'agufashije. Koko Imana itabare nukuri abakristo banone.
Yesu uri mwiza 😭😭 kandi warakoze mwami🙌
Nakunze uriya mukecuru nyiri nzu nubwo ntamuzi ! Imana iduhe umutima wo kwihangana no kumva ibibazo byabandi tukabafasha uko dushoboye, Ubu buhamya bunteye kwibuka yuko hari nabandi bari muri buriya buzima. Imana ibafashe
Amen
Thx
@@irankundalucie343 wlcm
Yego rata Mamy utikunze nta wagukunda, utibebeje nta wabigukorera courage cyane
Ubuhamya bwawe buramfashije, Imana igukomeze kdi iguhe imigisha myinshi, Amen
Mbegaaaaaaa ubuhamyaaaa weeeee sabin uze wame utumira uyumubyeyiiii numunyamugishyaaa 🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣💯💯💯💯❤️❤️❤️❤️💝💝💝💝
Yesuuu we najyaga nkunda isimbi tv ntarabona ,, mbega mbega isi mbega we ubuhamya bwuyu mudamu birarenze ntitukiririre
Nukuri Imana ni nziza
Uzatwereke abana bawe
Isimbi Tv murakoze ku biganiro vyubaka mutugezaho...
Hama twabasaba bikunz muzamudusabire , canke muzamusure baduhe ubuhamya barikumwe n'Umutware wiwe navyo vyotubera umugisha mwinshi
Murakoze.
Genius lady
❤ nukubyihanganira umubumbe nidanje
Ahaaa!!har'igihe umuntu abura icyo avuga kbs!!Imana ishimwe gusa
Nukuri Imana ishimwe rwose ko yahinduye amateka yawe pe .babye bakurinda udutasi peee
Naracerewe wee mbega guhumurizwa hezagigwa mam,Sabin Imana iguhumugisha watuzaniy uy muvyeyi 🇸🇦🇧🇮
Be blessed Mama Igihozo!Ahwiiii!Urugendo rwo mu butayu ndumva butoroshye!Ni ubuhamya bukomeye,bubabaje ariko kandi harimo isomo.....Gusa imbavu zahiye ...Uwo mu mama azi no gusetsa!
Bamuhere muri mironko akubite ivutu😁😁😁
Ararenze
Sha Imana ihezagire uwo mu mama sha akabi gasekwa nk akeza, ndi guseka kdi nari nababaye, Imana ishimwe kubwawe ni ukuri...
Imana ijye iguha umugisha mama,ndagukunda cyane twasenganye uyoboye icyumba cy'amasengesho.
Sabin Imana iguhe umugisha cyane,udutumirira abatumirwa baryishye rwose,ndagushimirako utajya utenguha abakunzi ba Isimbi tv,nawe mbona warahamagawe mugihe cyawe.
Ndafashijwe cyane lmana imuhe umugisha
Imana iguhe umugsha jye narize cyane komera mama.
Nshimye yuko uvugishije ukuri, biranejeje cyane.
Sabin uwo mugore arantwengeje nubwo ivyo yari kuvuga biteye agahinda ariko bibaho kwisi! ! Imana yo mwijuru imuhe imisha .
Yooo nshimye Imana kubwawe Gihozo Ubuhamya bwawe hari Aho bunkuye naho bunjyanye
Josiane reka gupfobya ibigeragezo by'abandi si byiza. Uremerewe no kutabyara bishobora gutuma n'ibyo biryo bimunanira. Uko wabonye umugabo wawe agenda ugashavura hari uwari kukubwira ati urarizwa ni iki ko mwahuye akuze cg ati uzabona uwundi cg nawe akakubwira ati urarizwa ni iki ko ufite umuryango wawe ugukunda. Twihangane tureke gufata ibikomere byacu nkaho aribyo références. Gusonza birababaza ndabyemera ubukene burababaza ariko sibyo byonyine bibabaza. Ntiwabwira umwana uvuye gushyingura mama we ngo ararizwa ni iki ko ataha akanywa amata akarya neza minerval . Twige kumva ibikomere by'abandi. Kuko kuvuga ngo abasaba ko babasengera kubera ibikomere bafite kandi barya nta shingiro bafite njye mbona ari ukudasobanukirwa ibikomere ndetse no kutagira compassion. Niba ntaragize ibikomere nk'ibyawe ntibivuga ko ntakomeretse. Inzara n'ubukene sibyo bikomere byonyine
Najye mfite icyo nifuza ku Mana ngo igire icyo inkorera ariko gusonzana abana birakomeye
Hosha ntaho abenshye disiwe gushonjana abana bane bato ntanumwe ufite imyaka icumi kand utwite wap birarenze pe😭😱😱😱
Sorry,Mam sinagupfobejee nukurii buriyaa niko narimbizii murambabariraa nago nafpobya ikigeragezo cyumuntuuuu🤲🤲🤲🤲🤲🤲
Buri wese ikigeragezo cye nicyo gikomeye rero Gihozo wimurenganya
Erega sinavuze ko byoroshye icyo navuze ni uko buri wese amenya uburemere bw'umuzigo yikoreye. None se kuvuga ngo ntiwakababajwe ni uko utabyara kuko urya ifiriti ibyo murabishyigikiye.?ese mwemera ko ibikomere byo ku mutima rimwe na rimwe binaryana kurusha iby'umubiri?noneho genda ubwire umwana urakigira umuryango habe n'umuvandimwe n'umwe uti urarizwa ni iki ko so yagusigiye imitungo?iyo mitungo se imuha uwo bishimana?imuha se uzamubera nyirakuru cg nyirasenge w'umwana we?amafaranga ntagura byose ariko buri wese asonza icyo akeneye. Byitwa kugira compassion kwishyira mu mwanya w'undi. Uzabwire umugore wabuze umwana gutyo abivuze ngo urarya ifiriti nushaka uzamare imyaka 10 urebe.
Aho njye namubaza nti ko avuga ko u rugo rwe ntacyo rwari rubuze ni iki cyatumye ahitamo kwicara ntacyo akora kandi abyara buri mwaka?ubwo se byo ntibyaba intandaro ko umugabo yinubira gutunga u rugo wenyine?ikigaragara umugabo we yashakaga amafaranga yaranabimwibwiriye ati ngiye kwinjira umugore mukureho imodoka. Wenda gutunga urugo wenyine byari bimaze kumurambira. Simuteye ibuye ariko kubyara buri mwaka ntacyo winjiza utarumva ko gutunga abana bisaba amafaranga wowe ukicara ukadamarara ngo umugabo arantunze ngo ni uguteta njye nta butesi mbonamo ahubwo ni ukutareba kure mumbabarire. Abagabo bose ntiboroherwa no kuvuga kandi ibintu byo kutumvikana ku kuboneza urubyaro bisenya ingo nyinshi. Umuntu ni gute yabyara abana babiri hakaza uwa 3 ntiyige no gucuruza na jus nibura cg n'umugati muri cartier atuyemo cg ikindi cyose cyakunganira urugo. None se nawe uba uri umwana wo kurerwa?oyaaaaa two gutwarwa n'amarangamutima ariko buri wese afitemo uruhare mu gusenyuka k'urugo rwabo. Ntimuntere amabuye njye ni uko mbibona urugo rugomba kubakwa na babiri abana bakarerwa na babiri. Niba hari abakozi mu rugo barera abana kuki we atashakishaga hanze ko wumva umugabo we atari kumuburira umutahe?
Ariko nibarize umuntu aravuga ngo urugo ruraryoshye ngo mfite abakozi njya mu rusengero mu modoka njya guhaha mu modoka ndi mukaboss ndabyara buri mwaka ntacyo ninjiza nta kwizigama NDAKODESHA koko mukambwira ngo nta kibazo? Ibyakurikiye ni ingaruka zo kutareba kure. Kuko kubana n' umugabo ntibivuga kwicara ntacyo ukora cyane ko mu bigaragara ubushobozi bwe butari bwinshi. Kuko gukurikira umugore wundi ukabwira uwawe uti ndaje ngiye kumurya imodoka ni uko yari aziko umugore we ari bubimwemerere kuko nta choix yari afite. Mu bigaragara ni uko wasanga n'amafaranga yahahiraga abo bana ari ayo yavanaga mu bandi bagore. Iyo umugabo rero abona ibyo guhaguruka ngo ukore utabyumva ahubwo ushaka kubyara buri mwaka ariko utazi ngo ipaki ya pampers igura angahe amata ahagije abana 4 mu kwezi agura angahe ese ibyo byose biva mu mushahara w'umugabo wenda utanazi. Niba utazi ibyinjira utazi ibisohoka kandi charges ziyongera ubwo ko Imana yagowe wumva icyo ari ikibazo cy'Imana. Muri Kgl niba udashobora kwiyubakira n'akazu k'ibyumba 2 ukabyara buri mwaka utazi no gucuruza inyanya basi ngo zikungukire ay'amakara ngo wunganire umugabo ibyo ni ibiki?urumva aho umuntu ahera avuga ati nari naratese bampaga iposho buri kimwe cyose!buri kimwe cyose yaragiye ugatangira gucuruza ibyombo ukwezi kwa mbere. Iyo uza kuba waramwunganiye mukabyara bake mukeneye nibura aba yaragiye agusinze mu nzu yanyu udakodesha nibura ufite business inakwinjiriza 2000 frw ku munsi abana ntibari kubura igikoma. Ntimuntere imijugujugu rwose njye ni aho mpagaze. Muvane amaboko mu mifuka mukore mwunganire abagabo banyu mutekereze ejo hazaza h'abana banyu mubyare abo mushoboye apana kuzuza isi abazahangayika batarabigizemo uruhare.
Aha na njye ntitwemeranywa kuko umunyarwanda yaravuze ngo Inda irimo urwango uyiha amata ikaruka amaraso.
Kuba waba uri umugore mwiza uzi gukora ntibiguha assurance ko umugabo atazaguta,ikindi kandi kuba yaguta ufite ibyo winjiza ntibiguha assurance ko abana bawe babaho neza nyuma yo kuguta.
Buri muntu yiringira amahirwe mu buzima,. Amaherere akamurindira ngo bagendane...
Kuba yaramutaye si uko ari we wari Provider wa buri kimwe cyose.
IMANA yashatse kukwigisha buri cyaremwe cyose cyakubera umwarimu kuko n'Umwana wibyariye ukamuha uburere bwiza akubera umwarimu bikakurenga.
@@jeandukuze1103 Urakoze cyane kuba tutabona ibintu kimwe simbibonamo ikibazo. Sinigeze mvuga ko iyo aza kuba akora umugabo atari kumuta. Navuze ko kuba umugabo ariwe warebwaga n'inshingano z'urugo zose kandi ziremereye mu byukuri nabyo byashoboraga kuba intandaro yo kugenda ahunze kuko yanabiwe bitavuze ko mpaye ukuri umugabo we ariko hari igihe umuntu abona nta voie de sortie afite mu kibazo akagihunga. Kuba yarakurikiye umugore ufite amafaranga kandi abanje kubiganiriza umugore we bimbwira ko wenda yumvaga ko umugore we abibonamo uburyo bwo kuramira urugo rwabo akabimwemerera.
Ikindi uragize uti kuba yari kuba afite akazi akora ntibivuga ko abana bari kubaho neza. Aho sinemeranywa nawe kuko hari ibyo amafaranga adatanga ariko aha mubyo avuga byamukomerekeje kurusha ibindi ni inzara. Iyo rero ivurwa n'amafanga. Ntiwajya mu isoko ngo babiguhere ubuntu ntiwashyira umwana mu ishuli ngo ntiwishyure. Sinavuze ko iyo aza kuba akora atari kubabazwa ni uko umugabo yamusize cg arera abana wenyine oya icyo ni ikindi kibazo nawe mubyo avuga sibyo ashyira imbere. Kuko siwe wa mbere bibayeho usibye n'ugutaye n'upfuye ubabazwa n'urupfu ariko ubuzima burakomeza iyo nibura ufite aho wicaye umwana ntave mu ishuli ngo ni uko se yitabye Imana cg bamwirukanye ku kazi. Muri make icyo nshaka kuvuga abantu bareke gutegereza les extrêmes urupfu cg gutandukana kugirango batangire guhaguruka bateganyiriza ejo habo nicyo kibazo. Kuvuga ngo nzakora ari uko uyu tutakiri kumwe wakoze se agihari ko byamugabanyiriza imvune. Njye ndareba aspect économique. Baravuga ngo l'argent ne fait pas le bonheur mais il contribue n'est-ce pas. Nutegereza ko usonza kugirango wige gukora ntuzaba productif.
Oo kandi hirya nohino yacu harabantu baba baburaye! Barwaje abana inzara! Tugerageze tugabane niyo yaba iyo fu y ijoro rimwe!
Nukuri muvandimwe urakoze kunama uhaye abantu 🙏🙏
Imanaaaaaaaaa
Mbuze uko nyivuga irakabyara gusa ntacyindi
Ubuhamya bwawe bujya guhura nubwange
Ngewe inzara yaritsinze ahongaho imbere yisoko kwanyirimanzi
Niriwe nzunguza ikoti nambaye nkora marriage
Kugirango ndebe ko bwacya kabiri
Mbura nurigura ndataha.
Nibyishi
Ariko imana iragaheka gusa
Irakabyara yuzuze Isi mana
Umbabarire nabuze uko nkuvuga
Gusa ganzaaaa
Ube wowe gusa
Nukuri Imana yacu irahambaye. Twese iba ifite aho yadukuye. Amen 🙏
Rwose twese Imana yo nkuru ifite ahantu twese ya dupfupfumuye. Ushimwe Mana.
Wifata neza ukibabeza njye ndakumva cyane👍
Mwaramutse sabin, umve buriya isengesho ni ikintu ca mbere ciza jew ntukubwira kureka, utabanje Imana se wobanza iki ko ari yo iguhaye nizo mbaraga ukoresha ngo twumve ibiganiro ukoresha, ntibigutangaze isengesho besnhi ntibarikunda baba bumva atari ngombwa, ariko uwumva wese isengesho atari ngombwa uwo ntazi intumbero y ubuzima bwe ntazi n impamvu abayeho iyo biva niy bituruka, uwo mu mama nawe navuge ijambo kuruta uko yahora ni ivugabutumwa ryiza, umuntu abayeho kuko afise ikimutunga, kenshi abavuga ko ijambo ridakenewe cnk isengesho iyo bageze mu ngorane niho bibuka kuvuga isengesho cnk kuba mwijambo, Imana idufashe kko hari igihe Imana igira ubuntu ukagira ngo ni wwe wiha ivyo ufise ubu, courage sabin...
Ndashoboye kurira kurubu buhamya,mbiburundi ndagukunze caaaane,nkeneye kumenya iherezo ryumugabooo
Ubuhamya bwawe sijya mbuhaga buranyubaka cyane. IMANA YACU IRAHAMBAYE
Uwiteka azakugirire neza kdi uzahore aguha umugisha wamubyeyi we. Ibi nukuri nibenshi babiciyemo kdi birarangira .Imana ishimwe
Gihozo buriwese arikurwe rugamba impore
Buriwese agira ibigeragezo bye knd niwe ubasha kubiha agaciro nukur gusa Imana ushobora byose knd izi impamvu yaburikumwe niyo mpamvu utapfuye ukaba ugeze ahoo Nyagasani azakugeza kure komeza ukore knd uzagera kure
😂😂 Urakoze Gihozo wacu. Kuva uyu munsi ngiye kwibebeza 🙇💅
yebaababa ariko Sabin please part2 ibibintu Nibyizaaaaa duhe pe Gihozo na Sabin Imana yo Mwijuru ibahe Umugisha Mwinshi ndafashijwe peeee
😅😅😅😅😅😅😅😅😅sinarinzi aho iyi term yokwibebeza yavuye 🤣🤣🤣🤣🤣
Sabin wakoze gutumura uyu mubyeyi Imana ibahe umugisha
Ndagukunda cn muvyeyi ndafashijwe
Uwa v8. Aramugutwaye nawe wibuwabandi!twaritutarakumenya sha
Ndarize cyane avuze kunyunyuza amafi
Sister pole sana bibaho mubuzima.
Gihozo weee urandyohereje ndemeye Imana igira ubuntu pe! Reka nicare numve part 2
Inyigisho zawe zurubaka. Imana ihabwe icyubahiro.
Wahora ni iki 😠😠 inzara ni ikindi gika cy'ubuzima ndayizi , nyiciyemo nkiyo , my gihe gikwiye nzavuga ibyo bihe , nshime n'Imana ko yandinze gupfa !! Inzara were🙆🙆🙆🙆🙆🙆
Merci Sabin uduha ibiganiro vyiza... ukomeze udufasha
Ariko wamugorewe uranejeje
Ndagukunze Cyn turaza neza abatawe yesu a twomore
Eeh IMana iyo ikwibunse wunva utabireka kubibyira abandi nukuri Imana idukorera ibikomeye🤔🙏
Imana ihabwe icyubahiro kuko yakubaye iruhande
Yoo mbega kubabara wee
Mbega isi weee 😭😭
Waaaah... uyumumama avuze ukuri kandi arimo umwuka wera imana uguhe umugisha
Nibwo bwambere mbonye uno mu mama gusa ndafashijwe nubwo nanasetse urumunyarwenya imana igira neza nihabwicyubahiro iteka ryose 🙏 sabin igice cyakabiri kizaba kiryoshe
Nanjye nubwa mbere mubonye!gusa mpise mukunda azi kuganira pe
Ndagukunze cyane mama imana izakugirire neza izakugeze kure heza
Oooooooh Warababaye disi ark hari Imana peh
Nanjye nabonye Imana kdi nubu iracyakora.
uhmm mbega ubuhamya can't wait 4 part2 ...cyakora koko umuntu avug atarabona
Gihoooo Yesu aguhe umugisha akomeze aguteteshe akwibebereze
😁😁🤩 uwo mu maman imana imuhezagire kandi imuhe iherezo ryiza .🥰🤩😁
Reka mbabwire bavandimwe! Uyu mudamu ni umutubuzi 100% kuko njyewe yaransengeye arantuburira 100%.Ntimuzagwe mu mutego wo gutuburirwa nawe.Niba utabyemeye uzampamagare nguhe ubuhamya bw'amasaha 2 uzumirwa.
Vugaho bike yagutuburiye twumve?yakwatse amafaranga se?cg yaraguhanuriye ntibyasohora
Yewe nanjye nabonye ubuhamya bwe kuri youtube nka gutya njyakumureba maze si ukumfunyikira yivayo! Aba yishakira abakire gusa akuraho frw
@@bbnnnn605 nyamara wasanga byaratinze gusohora kubera ibiba biturwanya,bigatuma uvuga ko yagutuburiye!
@@marieaugustineumutoni406 Uzemera ubonye njye narabonye!
Nibyo kbsa nuwo kwamaganywa
Imana yarakoze
Dushimire Imana yakugiriye ubuntu ukaba warakize iyo nzara.
Ariko n,'agahinda kuba hariho abantu bamena ibiryo abandi bicwa n'inzara.
Yooo Imana ihabwe icyubahiro kumirimo yayo natwe twibutse ibyo yadukoreye tuyihaye icyubahiro