Abihanuye ari UGANDA🔥HARI ABANTU BAGIYE GUPFA MU MWUKA no MU MUBIRI😭 Bakurwe Mu GITABO CY'UBUGINGO
Вставка
- Опубліковано 17 кві 2024
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), Wahisemo neza gukurikira ZABURI NSHYA, Imana iguhe Umugisha !
Uramutse wifuza kutuvugisha waduhamagara kuri iyi Numero 0786388010 (NTAGANZWA PLAISIR) - Розваги
BENEDATA BAKUBADWA
abantubavugango IMANA ntiyica bazamenyejo kora biramu na datani IMANA yabishe akani IMANA yaramwishe uyumwibukeko yarumugaba wingabo za ISIRAHEL ndetse na herode yaramwishe.
IMANA nimana yica igatanga nubujyingo.
Twakisuzuma ntitwajyibwaho nurubanza.
Imana iguhe umugisha kuko ukoresha ijamboryimana gusa aribwo buhanuzi butavangiye
Urakoze cyane mukozi w. Imana uhabwe umugisha. Yaba abajya kuri you tube bose baduhanuraga gutyo . Bene data umuntu uzakubwiriza kubyo ubugingo ujye umwumva cyane kuko ni bake babwiriza abantu kubyo ubugingo. Imana imbabarire aho nakiraniwe hose nukuri Izina ryanjye ntirizasibwe muricyo gitabo kuko kaba ari akaga
Ntimugahinyure ibihanturwa ahubwo ibyumwuka mubingenzuze umwuka IMANA Iduhane umugisha mwizina ry, YESU Amen
Uwiteka aguhe umugisha kubwo kwemera gukoreshwa n'Imana ngo twumve umuburo twihane
Uhabwe umugisha mwenedata 🙏
Gusa kumva ndafaswa nkamenyako haricyo IMANA IJE KUTUBYIRA
Thank you EV DIDIER
Murakoze cyane kubuhanuzi mudahwema kuduha.Imana ibane natwe
Ijambo ry'Imana riti ndi Imana ndica kdi ngakiza,nshyira ikuzimu kdi ngakurayo.....
Yego ,umuntu yasibwa mu gitabo cy,ubugingo Ézéchiel 33v12 na Verset 18, Ézéchiel 3v20-21 na Ézéchiel 18v24
Imana imbabarire gukora ibyaha nkana no kutanesha Imana imbabarire kandi izampe ubugingo buhoraho
Kubikora nkana ugomba kubikizwa kuko byakurimbuza muvandimwe,ukibikora nkana ntabwo aba ari mu gitabo cy'ubugingo,nyabuna hamagara Yesu Kristu mu buzima bwawe😢
Guhanura ko abantu bazapfa nta buhanuzi burimo. Muri iyi nzira yo gukizwa no kwiyegurira Imana ntibitubuza gupfa. Wakwibaza niba niba uwuye mu mubiri yariyariharye yarakiriye Yesu nk’umwami n’ukukiza we.
Urupfu rw’umubiri ntirutwabura ubugingo buhoraho.
Imana iturindire ubugingo
Hareruya shimwa yesu
Imana iguhumugisha mwinshi caaane.
Imana iguhe imigisha
Ariko lmana ntabwo uyizi kuberako ntakindi cyatumye yesu ngo aze mw'isi ntabwo ya zanwe nabakiranutsi oya yaje gushaka abanyabyaya none wowe, usome EZEKIYERI 19:1-10
1 yohana 3:3_4 1batesarontike2:11_12 uze kuhasoma Imana ihe umugisha A bakozib Iman ❤
Ariko Bibiliya iraviga Ng ntimugahererwe Ubuntu be,Imana kubuphusha ubusa kandi umukiranutsi nasubira inyuma ntabwo Imana izameishimira
Yesu kristo Aguhe umujyisha mwishi kurayo magamo ari mubaheburayo
Mwadufashije mukaduha number ze i Kampala tukazamusura murama mukoze🙏
Zaburi nshya yanga gutanga number z'abantu !
Abantu benshi barishakira isi ariko nta bugingo baharanira shwiii😢
???ubu ubuhanuzi buri kurizimbuga nubwibintu ubutunzi abagabo beza nabagore nokujya mumahanga nibindi byinaha ,ariko abavuga ibyubugingo lmana lbahe lmigisha nibo dukeneye .Nawe lmana lguhe lmigisha.
Amen amen
Uwitekaweee uturindirubujyingokujyezakwiherezoryachu
❤
Yego
Imana irica koko ayomayerekwa yanyu amezute
Sodoma na gomora yarimbuwe nande?s'Imana?Umwuzure ninde wawuteje?rero reka gupinga ukizwe wakire Umwami YESU m'ubugingo bwawe
Abanze kwihana bakinangira bazarimbuka kandi bazarimburwa n'Imana
Ukaba utaziko Imana yica uri mubuyobe,hindukira wihane ico caha uri gukora nico kizakwica,Imana ntiyanga umunyabyaha yanga icaha,kandi icaha nico gitera Imana kwica uwugikora bitewe nuko yumvise kwico caha Imana icanga ugakomeza uka gikora
None n'utihana ugirango uzajya mu ijuru?😢
Nonese Imana niyo yabishe canke ivyaha vyabo vyatumye bapfa
Mukama atusasire mubyona musumba mukama akuwe omukisa webale kuweleeza
Amen
Webale okusiima owoluganda .
Mukama waffe Yesu akumpere omukisa nawe .
ima nanti yica ahubwo irakiza 2:03
Uwakubwiye gutyo yarakubeshye Imana irica kandi igakiza
Mwabantumwe mwavuye mu kinyenga cy'ubuyone mukihana😢Imana ikiza uyisanze ntabwo ikiza abiyemeje gukora ibiryoheye amarari yabo😢
Byose irabikora
Nuko rero mumenye yuko jewe, jewe ubganje, ari jewe Mana,
Kandi kw ata yindi mana ibangikanye nanje:
Ni jewe ntuma umuntu apfa, ni jewe ntuma umuntu abaho;
Ni jewe nkomeretsa, ngakiza;
Kandi ntawoshobora kugira ico arokora mu kuboko kwanje.
Gusubira mu vyagezwe 32:39
Uwiteka yongere ahindukirire abantu yiremeye yibuze uburakari bwayo ku bantu😢🙏🙏🙏
Udusengerepebirakomeyepe?
Imana yazanwe nokurondera icazimiye none ngwigiye kwica uwotuzi ni satani kuko nawe niwe yazanwe nokwica nokwiba nokurumbura nimwerekwa muzahore musuzuma amayerekwa yanyu mwongere musenge kuko Imana ntiyica ndi umuvuga butumwa wumurundikazi muvyukuri uze dukorane ubwenge
Eeeeeehhhh urumuvugabutumwa?
Nonengo IMANA ntiyica?
Hanyumase
herode
byamugendeyegute? Akani yapuyate kora biramu nadatani
Iherezoryabo norihe ? Bapfuye bishwenande ?
Usengecyane wonjyere usome Bibiriya.
Urigusoma inkuru yaherode ugacusoma Yesu amaze kuza mwisezerano rishasha kuva Yesu yaza kurondera icazimiye haraho urasoma Imana ica abantu none wewe harigitambo igitanga kubwo impongano iyicaha ? Runaka ntiwezwa namaraso y'a Yesu ?none kotwagiriwe amahirwe yokwitwa ivyaremwe bisha mbego KO muriwe ariho turonkera vyose haraho urasoma mwisezerano rya kera KO muriwe ariho baronkera vyose nivyishi nakubwira ariko menyako kuva Yesu yaza mwisi Imana itazongera kunigana numwana wumuntu inzira twarazibonye ikiduhesha ubugingo turakizi ikiduhesha kurimbuka turakizi ivyanditswe bivuga KO mumwana wayo ariho itubonera honyene ubwo uwitabonera muri Yesu ntakabuza nuwirimbikiro nawewe nyamba ikuzi nuko ikubonera muri Yesu abantu barabwirwa ntibumva ubwabo barabizi KO ingero icaha ari urupfu ubworero nabo wabonye bapfa bapfuye kubwivyaha vyabo ntibapfuye kuko Imana ibishe Imana yoyo niyisaha iracateze amaboko iracarindiriye uwiyitabaza kugira imutabare ahubwo reka kuvuga ngo Imana iraje kwica vugako ivyaha vyabantu bigiye kubarimbura kuko weretse imburi Imana iburire abantu apana KO yakubwiye kwigiye kubica
Gupfa ntabwo arugushyingurwa gusa nugupfanumwuka bibaho ninabyo yavugaga.
Icyindingewe ndi umukristo sindi umunyabuntu.
Nemerako nubu IMANA yakica umuntu yaremye bitewe nimpamvu.
Yayo☑️
Mbabazwa n'abantu badashaka kureka ikibi bakirirwa bibeshya ko isi yose izabona ijuru 😢none Imana ko irondera abayifitiye inyota ishaka abatagikeneye?😢
@@habimanaemmanuel4734nyumvira nawe!@ bibliya barayicurika .
Imana nzi irica ikanakiza.
Uriya ni umwe mubatubwira visa ,amazu no kurongorwa ,kubyara apana gukiranuka tukajya mu ijuru.