Kimwe mu Icumi: Ese Hari icyo Yesu yavuze kuri 1/10 Mu Isezerano Rishya? BY Pastor Joel KUBWIMANA

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 4 лют 2025

КОМЕНТАРІ • 61

  • @joelkubwimana6979
    @joelkubwimana6979  7 місяців тому +1

    Luka 11:42
    “Ariko muzabona ishyano Bafarisayo, kuko mutanga kimwe mu icumi cy'isogi na nyiragasogereza n'imboga zose, mukirengagiza gukiranuka no gukunda Imana! Ibyo mwari mukwiriye kubikora na byo, na bya bindi ntimubireke.

    • @joelkubwimana6979
      @joelkubwimana6979  7 місяців тому

      Luka we abibuga neza ngo " ibyo mwari mukwiriye kubikora nabyo..."

    • @Friend-e6
      @Friend-e6 3 місяці тому

      Gutanga ni byiza. Ese ahubwo ubwo bitashyizweho n'amategeko y'abantu, uwatanga Koko agaha umukene , utishoboye n' ubikwiye ,Ese yaba atanze? byaba byemewe n'Imana?

    • @Friend-e6
      @Friend-e6 3 місяці тому

      None se mu mirimo itorero rikora ntihabamo no gufasha abatishoboye? Icyacumi cyafashaga abakene

  • @MurenziFils
    @MurenziFils Рік тому +1

    Muraho bavandimwe pastor arakoze kutubwira kucyacumi gusa sinemeranya nawe Matayo 23:23
    Ntago yesu yavugaga ko aritegeko gutanga kimwe mwicumi ahubwo kuko gutanga numutima ukunze aricyo imana ishaka niyompamvu yagaragaje ko gutanga 1/10 ntakibazo kugitanze ariko ntaho yavuzeko utagitanze aba yishe itegeko
    Kuvuga rerongo nitegeko aho ntakuri kurimo ndetse yesu yakundaga kugaya kwishingikiriza kumategeko nimigenzo byabafarisayo kuko babirutishaga kumwizera
    Soma Mariko 7:9-11.
    Gusa muge mudufasha mutange na number twababonaho kugirango tubavugishe tuganire

    • @joelkubwimana6979
      @joelkubwimana6979  Рік тому

      Sinzi kuri wowe icyo amategeko avuga , ariko Yesu ati "Nimunkunda muzitondera amategeko yanjye. Yohana 14:15. Muri Matayo ho ati
      “Mwitekereza ko naje gukuraho amategeko cyangwa ibyahanuwe. Sinaje kubikuraho, ahubwo naje kubisohoza." Matayo 5:17. Hhh ubwose Umwami yagusaba gukora ikintu ntugikora ngo ntakibazo? Nibyiza kubanza kureba icyo ijambo itegeko cyangwa amategeko bisobanuye. Ijambo ry'Imana (Bibiliya) ni amategeko, iyo ukoze ibyo rivuga uba ukiranutse utabikora uba ukoze icyaha. Amahito aroroshye gukora Ibyo Yesu yavuze cyangwa kutabikora kandi uri mahitamo afite ingororano nziza cyangwa mbi.
      Icyiza ni uko wemera ko Yesu yabivuze, bityo icyo Umwami avuze kiba itegeko uko washaka kubikwepa kose. Gutangana gukiranu, imbabazi n'impuhwe ibyo Yesu adusaba kandi ibyo asaba kubamwizara ntatandi mahitamo uretse kubikora, kuko kutabikora ni ukugoma.
      Urakunzwe

    • @joelkubwimana6979
      @joelkubwimana6979  Рік тому

      Number yanjye ni 0722840438

    • @MurenziFils
      @MurenziFils Рік тому

      Brother ubivuze neza uti gutanga nogukiranuka
      Nibyo rwose icyo twanga nukubigira itegeko Kandi nubwo mwifashisha matayo 23:23 ntago yesu yavugagako Ari itegeko ahubwo yaravuze ngo nabyo mwari mukwiye kubikora kuko baribaranze kumwizera bakikomeza kwidini nimigenzo yabo
      Rero yabibabwiye kubikomeza kuko ntacyo bitwaye ntacyobyakanduzaho ubugingo bw'Umuntu ariko kuwizeye naho utizeye niyo yatanga 50/100 ntacyo byamumarira
      2abakorinto 9:7

    • @umukiranutsieric9351
      @umukiranutsieric9351 3 місяці тому

      Ahhh uyu ni postor wahe uje kwigisha amafaranga😂😂atayigishije se yahembwa iki?

    • @Inyigishonzimatv8992
      @Inyigishonzimatv8992 Місяць тому

      Ndagushyigikiye kuko gutanga mwisezerano rishya si itegeko ahubwo umuntu atanga uko agambiriye adahatwa

  • @ClementUmuhire
    @ClementUmuhire Місяць тому +1

    Pasteur we soma neza abefeso 5:1-2 urasobanukorwa icyacumi mu isezerano rishya naho ibyo uvuga byari igishushanyo cya kristo kandi kristo yaraje sinzi uburyo uzahuza igishushanyo nuwo gishushanya

  • @joelkubwimana6979
    @joelkubwimana6979  7 місяців тому

    Matayo 23:23
    “Muzabona ishyano mwa ndyarya mwe z'abigishamategeko n'Abafarizayi, mutanga na kimwe cya cumi cy'isogi n'icy'imbwija n'icy'inyabutongo, ariko mukirengagiza ingingo z'ingenzi z'Amategeko, ari zo ubutabera n'impuhwe n'umurava. Ibyo ni byo mwagombaga gukora mutaretse n'ibyo bindi.

    • @maylaburundiantv9519
      @maylaburundiantv9519 6 місяців тому

      Catangwa gute?icacumi cari uburyo 3,aha wavuze ikihe?,ko icacumi cahabwa abatamvyi(abaherezi)bo mumurymago wa Lewi kuko batagira gakindo ubu abatamvyi nibande?ese ko icacumi ari itegeko rimwe mumategeko 600 arenga Kandi muri iyo bibiliya nyene ivuga ko niwakurikiza amategeko yose ukica rimwe yose uzoba uyishe,kubera iki icacumi gikomeza gutangwa ayandi mategeko mukayasiga?Petero,Yohana,Mariko,Luka?Paul hoba haraho babwirije gutanga icacumi?

  • @VedasteHabimana-e1c
    @VedasteHabimana-e1c 8 місяців тому +1

    Ntecyereza ko icyacumi Ari icy'Imana kdi Yesu Ygaragariza mu baciye bugufi,ndumva tudakwiye kugiha abapastoro,ahubwo bamwe dufite icyo turusha!

  • @Inyigishonzimatv8992
    @Inyigishonzimatv8992 Місяць тому

    Ubundi ibyacumi byari bitatu none kubera ubusambo bwanyu icyacumi cyahabwaga imfubyi abapfakazi abasuhuke ntimukivuga mwivugira icyo muri maraki gusa kdi ntacyo nimucyubahiriza kuko cyaricyo kurira murusengero None murusengero rwiyiminsi umuntu yahasonzera agapfa abaririmbyi abadiacon bose ngontibemerewe guhabwaho ngo nibyabatambyi Ese kombona mukunze akamanyu kumutsima kigihe gito Yesu muzamukizwa Niki nagaruka muminsi mike kuko ariguhishurako agiye kugaruka ihane wamugabiwe wakire Ubuntu bwumwami Yesu

    • @joelkubwimana6979
      @joelkubwimana6979  Місяць тому

      @@Inyigishonzimatv8992 nibyiza ko wowe numva uri ukiranutsi cyane ariko Imana ishimwe ko ariyo itoranya kandi ko ariyo itanga agakiza. Kuki ibaze impamvu mu inyigisho nyinshi ziri aha harimo no gusoma bibiliya buri munsi wowe uje urebe ahabuga ku mafaranga niho uri guca imanza? Ahubwo se ubwo umuntu utekereza gutya buriya aho usengera uratura cyangwa ukomeza guca iminza?

  • @nzeyimanasamuel9560
    @nzeyimanasamuel9560 3 місяці тому

    Ntukabeshye abakristo
    Waruzi yuko utaturusha kwiga bibilia
    Igisha kuko ukurikiye ingungu zawe
    Niba utarubizi Yesu yarabanenze

  • @wenceslasbagona8706
    @wenceslasbagona8706 8 місяців тому

    Ikibazo uriko uragira ni uko utazi aho isezerano rishasha ritangurira.Ntabwo kirya gihe yabivugiye hari mw'isezerano rishasha kuko ritangura guhera ku rupfu no kuzuka vya Yesu.Wewe uriko uravanga ibintu. Twebwe mw'isezerano rishasha dutanga nkuko 2 abakorinto 9:7 ivyo umutima uduhata gukora.kandi ubundi iyo abantu baba barigishijwe uko kuri niho baba batanga vyinshi. Yakobo 2:10 hatubwira ko niba dushaka kuyoborwa n'amategeko ya Mose ni twemere tuyakore yose ntiturobanure ivyo twishakiye kuko ngo nitwatsitara kuri rimwe gusa yose tuzoba tuyatsitayeko yose

    • @joelkubwimana6979
      @joelkubwimana6979  8 місяців тому

      Bibiliya yose ni ibyahumetswe ni Mana, sinzi rero aho uhera uvuga ko ibyo Yesu yavuze mbere yo gupfa ko bitari mu isezerano rishya. Ubwo bwaba ari ubuhakanyi buhakana ko ibyanditswe byera byose byahumetswe n'Imana. Matayo, Mariko, Luka na Yohana bigize Isezerano rishya si Abakorinto ni zìndi nyandiko gusa. Icyiza nuko uvuze ngo twe ubwo mwe mwizera igice cya Bibiliya kandi mutesha agaciro ibyoYesu yavuze. Matayo 28:19-20 hadusaba kwigisha abantu ibyo Yesu yategetse byose, yavuze ko 1/10 ikomeza gutangwa, bityo wabikora cyangwa ukabyihorera ariko utabeshyeye Bibiliya. Kuba utumva neza ko Bibiliya yose ari ijambo ry'Imana nibwo buyobe ndi kumva ufite. Njye rero nemera Bibiliya ko yuzuzanya bityo Isezerano rya Kera ni Rishya bigize ijambo ry'Imana.

  • @turimumahoroetienne4626
    @turimumahoroetienne4626 3 роки тому +1

    Murakoze cyane

  • @IRADUKUNDAMARIECHANTAL-g5w
    @IRADUKUNDAMARIECHANTAL-g5w 9 місяців тому +2

    Urabeshe kuko yesu yabivize ataradupfira kumusaraba ibafarisayo batwarwaga naategeko yamose .rero urumubeshi nta turo ntacyacumi yesu niwe turo ahubwo kubakijijwe habaho gutangana urukundo pr nutihana nguvugukuri nkuko bibiliya ivuga kakubayeho😊

    • @joelkubwimana6979
      @joelkubwimana6979  9 місяців тому

      Muri make kuri wowe ibyo Yesu yavuze atarapfa ntabwo bikwiye kuba muri Bibiliya? Ibyo Yesu yavuze byose mbere na nyuma yo gupfa no kuzuka ni ukuri kandi bikwiye kubahirizwa na bizera. Jye nzi Imana si nagucira urubanza ahubwo Imana ishimwe ko wemera ko gutanga ituro bikwiye gukorwa kandi n'umutima ukunze. Umutima ukunze rero uzi itandukaniro ry'amategeko yanditse ku mabuye na yanditse ku mutima bivuze ayo umutima utubwira atari ayo duhatirwa.

  • @oliviergatabazi4777
    @oliviergatabazi4777 6 місяців тому +2

    Hari ingingo utarasobanukirwa ku bya cumi. 1/10 cyahabwaga abalewi, ubu ntibagihari. Yesu ni mutambyi akaba nigitambo.
    Icya cumi singombwa, ahubwo tugomba amaturo yo gukora umurimo w’Imana urimo no gufasha abatishoboye ndetse tugatanga ibirenze icyacumi kd tukabikorana umutima ukunze.

    • @damiradreams3082
      @damiradreams3082 4 місяці тому

      Ibyo rwose mbyumva kimwe nawe kdi nshingiye kuri Bible. Umwenda wari ukingirije ahera watabutsemo kugirango buri wese yigerereyo. Ibindi ni abanyamadini b'igize abatambyi n'ubwo ibyo batamba bitazwi kugirango bigwirize ubutunzi n'icyubahiro binyuze muri 1/10 .

  • @benjamintuyisabe8067
    @benjamintuyisabe8067 3 роки тому

    Yego urakoze pastor Jo

  • @HafashimanaEgide-c8h
    @HafashimanaEgide-c8h 18 днів тому

    ibyimana bikwiye kwitonderwa naburi wese wowe uhagazehehe?

  • @Inyigishonzimatv8992
    @Inyigishonzimatv8992 Місяць тому

    Abaheburayo 9 muhasome mwumve uburyo ubutambya bwa rewi bwasimbuwe na kristo mujye kdi mwibukeko Paulo yatwigishije byinshi ariko mwaramurwanyije kuko yarwanyaga ubufarisayo bwanyu mwandyadya mwe nibyo byacumi muvuga ntacyo bimariye imfubyi nabapfakazi mwabisambomwe

  • @NshimyumukizaDeo-bd3ul
    @NshimyumukizaDeo-bd3ul 5 місяців тому +1

    1/10 cyahabwaga abatambyi none ibitambo niba byaravuye ho abatambyi basigaye bakoriki ? Umurimo basigaranye nuwo kurira imana amaturo twayizaniye ? Ntukadushuke wamwanawe

  • @nivyayothierry4929
    @nivyayothierry4929 7 місяців тому

    Ariko vraiment nkuyumuntu agataza umwanya wiwe arikuvuga ikinyoma jewe ndibaza ko atabigira nkana kuko nimba arikubivuga abizi azobibazwa kiretse arukutamenya kandi ari pasteur

  • @rockrichardrukerantare9003
    @rockrichardrukerantare9003 2 дні тому

    Ibyahishuwe 1:6 akaduhindura abami n'abatambyi b'Imana..... none ko imiro muri Bibiliya itwereka ko abizera Yesu nk'Umwami n'Umukiza wacu, icya cumi kikaba cyari umurage w'abarewi, icya cumi muvuga kizahabwa nde muri kino gihe? Iyaba cyahabwaga buri mukristo nabyumva, ese ni uko biri?

  • @MugishaHonoree
    @MugishaHonoree 3 роки тому +1

    Amen pastor, Imana iguhe umugisha

  • @maylaburundiantv9519
    @maylaburundiantv9519 6 місяців тому +1

    Mwisezerano risha abizera ico bakora ntibatanga icacumi ahubwo batazana ubutunzi bwabo bagashira hamwe bagasangira ,ngo ntamukene yaba muribo,jewe nemera ko kuba uri umu Kristo itegerezwa gutanga ariko iyo twese dushize hamwe ubutunzi bwacu kugirango ntihagire umukene aba muri twebwe,ariko ubu siko bikorwa,naho ico cacumi cotangwa gikoreshwa ibiki? Mwisezerano ryakera cakora iki? Ntitugatubure ijambo ry'Imana ngo tubikore ukutariko

    • @joelkubwimana6979
      @joelkubwimana6979  6 місяців тому

      @@maylaburundiantv9519 Iyo iyindi context yewe itanashoboka mugihe cyacu. Ibyo uri kuvuga ni Ibyakozwe n'Intumwa 3, aha byasabaga ko abizera bava mubyabo bakaza bakaba hamwe. Akarengane katumye batatana kugirango bajye kuvuga ubutumwa. Ese wowe wgurisha ibyawe ukajya kuba kurusengero? Nibyo mu Isezerano rishya habaho gutangana umutima ukunze kandi na Aburahamu, Yakobo nabandi mu Isezerano rya Kera niko bakoze. Ikibazo kirabaza ngo ese Yesu yavuze kuri 1/10 mu Isezerano rishya, igisubizo ni yego kuko Matayo na Luka babyanditse. Abahakana ni ukwigiza nkana no ukuri. Ariko muzamenya ukuri kubabaturi kandi ijambo ry'Imana ni ryo kuri.

  • @AzandeTembe
    @AzandeTembe 3 місяці тому

    Konteyimana irihe? Nshyireho uduceri

  • @EricNiyomwungere-h8t
    @EricNiyomwungere-h8t Рік тому +1

    Wapi isezerano risha ntabwo yemera icacumi kuko bibiriya ivuga ko abantu bapfa aribo bagihabwa

    • @joelkubwimana6979
      @joelkubwimana6979  Рік тому

      Matayo :23:23
      “Mwebwe banditsi n'Abafarisayo, mwa ndyarya mwe, muzabona ishyano kuko mutanga kimwe mu icumi cy'isogi na anisi na kumino, mukirengagiza amagambo akomeye yo mu mategeko, ari yo kutabera n'imbabazi no kwizera. Ibyo mwari mukwiriye kubikora, na bya bindi ntimubireke.

    • @joelkubwimana6979
      @joelkubwimana6979  Рік тому

      Matayo :23:23
      “Muzabona ishyano mwa ndyarya mwe z'abigishamategeko n'Abafarizayi, mutanga na kimwe cya cumi cy'isogi n'icy'imbwija n'icy'inyabutongo, ariko mukirengagiza ingingo z'ingenzi z'Amategeko, ari zo ubutabera n'impuhwe n'umurava. Ibyo ni byo mwagombaga gukora mutaretse n'ibyo bindi.

    • @joelkubwimana6979
      @joelkubwimana6979  Рік тому

      Keretse niba ari Bibiliya yindi ukoresha wenyine. Ariko Matayo 23:23 ni mu isezerano rishya kandi ni Yesu wabivuze, Bibiliya yigisha gutanga 1/10.

    • @MurenziFils
      @MurenziFils Рік тому

      Nonese Matayo 23:23. Haraho yesu agaragaza ko Ari itegek?
      Imigani 11:25-26 ibi nibyo yesu yashakaga gushimangira

  • @shukuraniLock
    @shukuraniLock Місяць тому

    Icyacumi- cyahabwaga abakozi bimana biyeguriye umurimo wimana burundu ntagakondo nimwe bafite mwisi kd niko yesu yarari nintumwa nuko" ndetse NABALEWI NTAGAKONDO BARI BAFITE
    **uburero abapastor bafite zagakondo mwisi ntampamvu yokubaha icyacumi .
    NB: ntiwaba mwidini utariha idini niko ryubatse kd nawe ndagushimira rwose ufite ishyaka ryinshi ryokuburanira inda zabarya imitungo yabantu bitwaje inyigisho nkizo.
    **Kd ibi mugoreka mukabihagaraho ninabyo bikomeza kubagonganisha na Leta bakafungira insengero kuko abakritso mwadutwaye nkintama koko kd twarabyemeye""MWIBESHYEKO RERO NA LETA ARI INTAMA MURONGORA UKOMWISHAKIYE SHA IBINIGUSAZA IMIGERI IKIZA WAKWISHA AGAKIZA NAHO IBYOKURYA AMAFRANGA YABANTU WITWAJE IBYANDITSWE NUKUBIGENDAMO GAKE PE KUKO IYOMIRONGO NTUZAYOSOMERA LETA ""ubu amaturo yabami nabashefu yavuyeho none himikwe amaturo yidini nabakozi baryo??? Ahaaaa!!!!!

  • @AyingeneyeJBosco
    @AyingeneyeJBosco 3 місяці тому

    Ibyabapfu biribwa n'abapfumu,
    abapfu baragitanga, abazima baziko aribazima ntakiguzi kubuntu gusa.
    Ntabwo kayini yatanze injonjori, wikwigisha ibyazima kd utari bwakire
    Gusa ubwo ugihumeka harubwo wazamurikirwa nawe ukava mubapfu.

  • @ndayambajealphonse5618
    @ndayambajealphonse5618 4 місяці тому

    Mbese ahubwo abanyamadini buyu munsi batandukaniye hehe n'abafarisayo!! Ahubwo c koko ab'iki gihe bagitanga bari hehe buzuza na biriya byosee!!!

  • @joelkubwimana6979
    @joelkubwimana6979  7 місяців тому

    Gusoma version zitadukanye birafasha abifuza kumenya ukuri ko Yesu yavuze kuri 1/10 anenga abafarisayo kugitanga ariko bakibagirwa ibindi birimo kutabera, imbabazi no kwizera. Niko kuvuga ngo ibyo mwari mukwiye kubikora buvuze gutanga 1/10 ariko mutibagiwe nibyo bindi yari amaze kuvuga batakoraga.

  • @mvuyekurej.m.v2833
    @mvuyekurej.m.v2833 6 місяців тому

    Mwese abamugisha impaka
    Murashaka ko avuga ibyo mwita ukuri kdi siko Kuri Kwa bibiriya rero abo amatwi Arya batifuza inyigisho nzima
    Bashaka kumva ibihwanye nirari ryanyu muragowe kuko ntaho muzacikira ibyanditswe

    • @joelkubwimana6979
      @joelkubwimana6979  6 місяців тому

      @@mvuyekurej.m.v2833 ikibazo ntabwo bumva na video yose, ahubwo kuko babeshywe ko mu Isezerano rishya ntabyo gutanga 1/10 bahise babifata gutyo. Ariko tuvuge ko niyo bitavugwa, ariko umuntu agitanze nu mutima ukunze yaba akoze ikihe cyaha?

  • @nzeyimanasamuel9560
    @nzeyimanasamuel9560 7 місяців тому

    Ntukigishe kubera inyungu zawe
    Uvuge ibyanditswe neza Yesu yaze hariho idini rya abafarisayo gigishaga amategeko ya mose
    Ahubwo Yesu yanenze Abafarisayo mugukabya kwabo bata icyacumi
    Icyacu cya mosi cyagiriweho gufasha abatambyi bi Yerusaremo batagiraga gakondo
    Ntukatubeshye nkaho tutazi gusoma bibiliya

    • @joelkubwimana6979
      @joelkubwimana6979  7 місяців тому

      Nibyiza ko uzi gusoma Bibiliya ubwo usome Matayo 23:23 mazere urebe ko Yesu atavugako bari bikwiye kubikora bivuze gutanga 1/10 bataretse nibindi. Ikindi utanga udatanga ntibizatuvuza gukorera Imana tubwiriza ukuri aho kuvuga ibyo ushaka cg ubuyobe buvuga ko Yesu atavuze ku gutanga 1/10

  • @rutahasteven2683
    @rutahasteven2683 8 місяців тому

    Ariko nkuyu koko nonese abivuga yabivugiye murihe sezerano?

    • @joelkubwimana6979
      @joelkubwimana6979  8 місяців тому

      Yesu niwe sezerano kandi ibyo yavuze byose mbere mugihe na nyuma yo gupfa nibyo bigize Isezerano rishya

  • @joelkubwimana6979
    @joelkubwimana6979  7 місяців тому

    23. Quel malheur pour vous, scribes et pharisiens, hypocrites ! Vous payez la dîme de la menthe, de l'aneth et du cumin, et vous laissez de côté ce qui est le plus important dans la loi : la justice, la compassion et la foi ; c'est cela qu'il fallait pratiquer, sans laisser de côté le reste.

  • @VedasteHabimana-e1c
    @VedasteHabimana-e1c 8 місяців тому

    Icyacumi gihabwa ba nde?

    • @joelkubwimana6979
      @joelkubwimana6979  8 місяців тому

      Urakoze, ibyiza wagitanga kurusengero aho usengera, ariko habaho ni cya cumi gihabwa abakene.

  • @maylaburundiantv9519
    @maylaburundiantv9519 6 місяців тому

    Isezerano risha ritangurira hehe?igihe yavuga ati birarangiye yaravuze ibiki?
    Nimba ivyo vyacumi bihabwa abatamvyi nabo bagatanga icacumi comumwivyo vyacumi, abatamvyi bakaba atagakondo bafise,icacumi nigitangwe ariko kandi gitangwe nkuko catangwa kuva mwisezerano ryakera.
    Nayo kuba uvuga ngo abahakana icacumi ngo tuzobamenyera kuvyo bama,aba Pesiteri bigisha icacumi bo tuzobamenyera kuki?
    Ibi mbivuze kuko hari umupasiteri yambwiye ngo kudatanga icacumi ntajuru tuzojamwo

  • @nivyayothierry4929
    @nivyayothierry4929 7 місяців тому

    Ivyo Yesu yariko abwira abafarisayo kandi contexte harimwo ahubwo yariko arabipinga none nawe uriko uratubwira ngo ivyo abafarisayo bashobora kuki tweho tutabikora none utugereranya nabafarisayo
    Ivyo navyo vyo kuriha Ama facture rondera irindi zina ureke kubicisha muri bibiriya sinon tuzovyita escroquerie kandi ubwo busuma burahanwa

    • @joelkubwimana6979
      @joelkubwimana6979  7 місяців тому

      @@nivyayothierry4929 Matayo 23:23
      “Mwebwe banditsi n'Abafarisayo, mwa ndyarya mwe, muzabona ishyano kuko mutanga kimwe mu icumi cy'isogi na anisi na kumino, mukirengagiza amagambo akomeye yo mu mategeko, ari yo kutabera n'imbabazi no kwizera. Ibyo mwari mukwiriye kubikora, na bya bindi ntimubireke.

    • @joelkubwimana6979
      @joelkubwimana6979  7 місяців тому

      @@nivyayothierry4929 ikigaragara ubanza ikinyarwanda utazi kugisoma. Kuko Yesu nyabwo yaba ari gupingq agasoza avuga ngo 'mwari mukwiriye kubikora nababindi nti mubireke' ibiki badakwiriye kureka ? Ibyo yavuze byogutanga 1/10

  • @wamaharochantal6401
    @wamaharochantal6401 3 місяці тому

    Gutanga icyacumi ningombwa kumuchristo wese

  • @joelkubwimana6979
    @joelkubwimana6979  7 місяців тому

    “Woe to you, scribes and Pharisees,
    hypocrites! For you tithe mint and dill and cumin, and have neglected the weightier matters of the law justice and mercy and faithfulness.
    These you ought to have done,
    without neglecting the others.