IRINDE kubwira MABUKWE iri jambo niba ushaka kubaka😥ITONDERE izi nama avuze urugo ruzakuryohera😘
Вставка
- Опубліковано 17 гру 2021
- ☑️Ikaze kuri SINAI TV. Ni urubuga rwa Gikristu rugufasha gukura mu buryo bw'Umwuka n'umubiri binyuze mu biganiro dukora bishingiye ku ijambo ry'Imana gusa.
☑️Ushaka kudushyigikira: +250788411040 (Mobile Money, WorldRemit, ...)
☑️Ushaka gukoresha Western Union cg Money Gram watubaza kuri izo nimero.
A warm welcome to SINAI TV, one of the most trusted online Christian Television.
This TV brings you the good news of Jesus-Christ with people sharing their educational, informative, encouraging, and inspiring messages through the Word of God, life testimonies, and social life analyses about different topics.
All rights reserved.
Unauthorized use, modification or editing of the video without our permission is a violation of applicable laws.
#WhatsApp_0788411040 - Розваги
REBA IGICE CYA KABIRI cy'iki kiganiro hano: Nukoresha TELEFONE gutya iragusenyera urugo byihuse!👉ua-cam.com/video/6ECet_ZEKRk/v-deo.html
Thank you wubatse imitima ya benshi
Mwampaye nimero ya Claire
Sha niba waragize amahirwe nyokobukwe akakubera mwiza Jya ushima Imana,hari abumiwe kandi baragerageje kubaha Ariko amaherezo agashoberwa
Birashyika
Bitangira akwita umwana we nawe ukisanzura nkumwana womurugo maze wibeshye ugire akantu upfa numwe muboyabyaye ahita akwerekako yakubeshyaga mujye mushima Imana yabahaye abeza
Ayiweeee, mbega umugore usobanutse
Ndagukunze cyane Claire
You are beautiful, brilliant, and so intelligent. Wooow be blessed woman of God 🙏 🙏 🙏
Je nshima Imana iryo tiku rya mabukwe ntaryo nzi. Turikundaniye kweri
Uwayezu we Yesu azahore akwihera imigisha kandi ahomperukira Aimee Umugabo wawe yarumusore wamahoro cyane mbifurije imigisha myishi
Uwayezu mukombwa mwiza Yesu aguhe umugisha. ubwejye ufite nikaremano Imana yakwihereye Mama kuko urumubyeyi utujije kuburyo imivugire yawe irabyerekana kandi nuko ugaragara uratuje rwose noneho urangije wiyakigirira Umucunguzi mwiza Yesu nyiribyose
Ba nyirabukwe babantu wee sinabona icyo mbavugaho gusa Imana niyo yubakira umuntu
Cyane
Ndagukunda rwose wamubyeyi wee Imana ishimwe yaguhaye ibintu byubwenge muriwowe🥰🥰🥰
Kuba uri mwiza, ukaba uri umu Christo ,ukaba uri umunyabwenge, nibyiza cyane nukuri,uri Umubyeyi mwiza in and out uratwigisha cyane, Nyagasani akomeze akuzigame kuko uracyenewe muri society yubu
oooo Claire wacu mwiza uragarutse ikaze😘Reka nshake agakaye sha ndabizi ngiye kwiga👌 Imana imfashe Mbs zanjye zibe ziretse gushira weeeee😥
Agakaye, ubwo see koko ibi ni ngombwa kunyandikira koko???? Guca bugufi, kuvugish'ukuri no kumenya igipfa n'igikira ibyo birahagije
Imana ishimwe cane uri umuvyeyi mwiza kandi utanga impanura nziza cane umwami yesu aguhezagire akongere umugisha..!!
Imana ninziza komerezaho UWAYEZU
Domi ibibintu uzirinde nubirengaho umaze gushaka njye nzakujyana muri RIB mbereyuko demayi abitekereza rero ujye ubaza wiga kand uzingatiya kama jeshi ❤️❤️❤️🤣🙏🙏
Ariko ibaze nawe! Kuba uri mwiza noneho ukongeraho kuba ukijijwe wubaha Imana then ikaguha n'ubwege nkubu!!😍😘
Violette abibintu abaribyizacyanepe bigufsha mukwihanganira byinshi murugo cg murukundo
UWAYEZU S.V.P😇uri umugisha kubimenya ni ubuzima,Imana ishimwe ku bwawe Marie Claire nikomeze ikwambike ubwiza buhore bwiyongeranya🥰
Merçi cherie
Mbega umugore mwiza cyane urimwiza peee umugabo wawe ajyeyishima
Nyirabukwe w'umuntu sha😢 nubwo hari n'abakazana bigira nabi bakananirana, ariko akenshi ba mabukwe nibo ba kazarusenya sha sorry to say🙏
Flida kuvuga ukobiri ntabwobyica umubano
Bamabukwe🤔😷🙄😭😭😭😭😭😭😭😭✈✈✈✈✈✈✈✈✈✈indege zibagurukane aho Nyagasani atuye batange Akuka abantu bahumeke! Ahwiiiiiiii.....bamwe bakeneye akayagaaa
@@orukde5062 njye nta rwawerera nchaka, azajye yicara owe nanjye iwanjye. Ntaruzizi ngishaka. Naramwitegereje,ndamukunda anyereka ko ari responsibility yanjye. Ndarekera. Singishaka stress
Nago wkuuriye ihangane wongere uwutege amatwi agusobanurire
😅
Noneho menye ko Imana itarenganya,Mbega ukuntu mukunda Ma Clara ,Imana yarakoze ku ijambo yagushyizemo ririmo umukiro tutabona icyo tuwugura
Sha, uyu mugore ni mwiza peee !!! Mbega amaso meza mama we.
Claire urakoze ku kiganiro cyiza watanze, ibyo uvuga nukuri abantu turatandukanye ariko buriya nuko ibyubu byarangiye cyera umuhungu yarashakaga umugore akaza akaba umwe muruwo muryango agiyemo ndetse bavugaga ko ubonye umuhungu ukunda mama we uba ugize amahirwe kuko nawe aba agukunda.abagize amahirwe barabizi cyane numugisha.ikindi nkwisabira iyo ngingo mwaganiriyeho uyu munsi muzayikomeze kuko izafasha wenda abatarandura ubwo bugome bwo kwanga ba nyirabukwe.
Kd ujye ubabwira ko aho ubibye ariho usarura
Kudasazisha neza umubyeyi nagahinda kazonga umutima wuwo mwashakanye kabone niyo yakwereka ko ntakibazo ari uburenganzira bwawe bwo kutamukunda.
Hari uwo nzi yabwiye umugabo ko no kubona nyina mumaso ye bimumerera nabi ubwo se Claire nkuwo mudamu wambwira ko ateze uwuhe musaruro mubana be kugeza nubwo ngo asashaka ko abana bareba nyirakuru ubyara umugabo we.
Rwose iyo subject mwaganiriyeho ninziza mukomeze mwubake umuryango nyarwanda.ujye ubabwira ko ubwiza bwa Robine yamazi ubumenya aruko yabuze wicara ureba niba yaje.
Abo babyeyi bangwa abibona nyuma iminsi yicumye.
Ngaho mugire amahoro atangwa na YEHOVA.
Sha nibyo uvuze ukuri
Buriya haba umugani mu kirundi uvuga ngo
*Kwa nyokorome uhashikanwa na nyoko*
Ubwo rero uretse les quelques exceptions kandi zo ku mpande zompi nyokobukwe/sobukwe aba mwiza/mubi bitewe ningene mwebwe abababereye abana ,Umukwe/umukazana muvyifashemo.
Ndasubiyemo uretse les queleques exceptions.
Claire ndamukunda kunama nziza atanga
Tres intergeante
Ikiganiro cyiza kbsa thanks mama Claire ❤️
Madam urimwizap
Kbs mabukwe yambereye Mwiza. Agiye narira kbs
Kandebe agafoto kawe😂😂😂umuntu umukecuru yiyumvamo
Uzi ubwenjye kweri
Nukur urimwiza maman
Wawooooo nice ideas from you
Mbega umwana mwiza
Hello Claire ndagukunda
Yewe nimureke buriwese yabangamira undi uziko nyokobukwe ashobora kuza iwawe ashaka umuhunguwe yamubura ntakubwire icyo amushakira ahaaa lmana yo mu ijuru izambabarire
Imana ijye itanga imbaraga
Wa mudamu we uri muzima, Uwiteka Akongerere imigisha
Bonjour Claire
Je vis en France
J'ai une belle mère très toxique qui m'ignore completement, et qui manipule son fils et son petit fils pour en faire sa Chose !
Avec l'aide du psychologue, on s'est rendu compte que ma belle-mère est pervers narcissique et aussi atteinte d'une aliénation parentale .
On nous a conseillé de couper les ponts avec elle .
Au Rwanda ça existe ?
Marini .Andres
Qu'est que vous avez voulu dire par est ce que au Rwanda ça existe?
Vous voulez dire ce genre de trouble diagnostiqué chez votre belle maman?
Si c'est la question pourquoi ça n'existerait pas alors que c une pathologie humaine?
Seulement au Rwanda et en Afrique en general, n'ayant pas accès à ces consultations psychologiques,ne pouvant même pas le traiter en famille comme une problèmatique,on qualifièra ces genre de troubles de conflits habituels de belles familles(les victimes pouvant être de tt coté :belle maman et belle fille)
icecekere ntamakuru ufite wowe wahuye na nyokobukwe mwiza !!
Domini nzakoriki ngo umenyeko ngukunda ndifuza gukora cover yimwe mundirimbo zawe nubyemera uza nsubize kand nongeye kukwibutsa kumbariza pastor desire ikimenyetso cyinyamanswa kuko ndi umudive wenda namenya ukuri cyangwa nabagenzi banjye thanks
Nkunda iyi couplé kubi ķuko bubaka imitima ya benshi
Be blessed Claire, izo mpano zikure ku buryo bwose!!
Madame ndagukunze uriko uvuga ibintu bizima .numva noguma nkumviriza
Domini, ino ngingo irakomeye kubyumvisha uwasenyewe na Nyirabukwe! Mukuru wanjye yasenyewe na Nyirabukwe mu buryo bugaragara, buri kantu kose umugabo yagomba abaze nyina niba yagakora, murumuna wanjye muto biba uko Nyina agashaka ko umuhungu we amugurirwa ibihwanye nibyo yaguriye murumuna wanjye, yewe na Mama watubyaye byari bigiye kuba, kabaye habura gato rwose kuko nari mukuru mbireba. Mwa bantu mwe nukuri ba nyirabukwe babantu mujye mwihangana rwose umukazana akunda umuhungu wawe yifuza kubaka, iyo wowe nka nyina wumuhungu utangiye gukomereza amategeko yiwawe mu rugo rushya rw’umumwana wawe, biba bibi kurushaho. Kandi umukobwa nawe bimusaba ubwenge bw’Imana nkumuntu ari iw’abandi. Mana rengera ingo 😪😪😪
Oooh pole chr😭
Njyewerero ibibintu byabanyirabukwe nabanyokobukwe mbangombakubugenderakure kuko birasenya ,mama nkamugenderakure ark ntibimbuze kumuvugisha umudamuwanjyenawe mamawiwe akamugenderakure ark ntibimubuze kumwubaha nokumuvugisba ubundi tukubaka urugo rukaguma
Ihangane sha ibyo uvuga nibyo utarabinyuzemo ntabyo yamenya
Ziraje,ibyo uvuga nukuri imiryango kubana nayo bisaba kwihangana kuko niyo ubafashije muribicye ushoboye usanga batanyurwa.Ahubwo ugasanga ngo utegeka umuhungu wabo gusa icyo nabonye guceceka nicyo gisubizo kiza cyo kubana nabo ubundi mugihe ubona umugabo wawe asa nutaramenya abavandimwe be ukabiha igihe igihe iyo kigeze akabanenya sha intsinzi urayegukana . Njyewe nabanye nabavandimwe bumugabo munzu imyaka 5 muramukazi wanjye na muramu wanjye turabafasha bishoboka baragenda bangira nkumukozi twaracuruzaga nafungurada shop saa kumi nebyiri za mugitondo nka funga saa yine za nijoro sinigeraga mbona nuwaza ngo wenda ansigarireho njye kuba nakoga cg wenda anzanere ibiryo oya natangaga ibyo kurya bagateka bakarya ibisigaye bakabimena naba nagize amahirwe umutware yabonye umwanya akaba muri shop nkajya guteka twese tukarya . Niyo nasigaga nanitse imyenda natanuraga ninjoro ntashye knd bari murugo.Natajiye umutware arambwira ngo nimbareke nibakuru bazi ibyo bari gukora ubu twaratandukanye bafite ingi zabo ariko nubwo bashaka icyo banshinja ntibakibona .
Sophie ziraje. Kuri itwari ra jyewe sinzi kwihanganira ibingoye. Bose baranyanga( sauf) mabukwe na data bukwe nibo bankundira na bana. Yewe bageze naho barusenya umugabo araduta jyewe na bana Ariko nyuma yongeye kutugarukira areka ibdaya bari kumwe. Jyewe umva nkubwire ibindi byose nagerageza kubyihanganira Ariko umuntu unzanir indaya munzu na mucumbikiye ngo yuko ari muramu wajye ni agasuzuguro gakabije. Najye nabanye na ba famille bwumugabo munzu 10Ans Zriko 8byobaduhebye ni Agahomamunwa .ubu jyewe nta wo kumugabo nakongera kubana nawe, gusa mabukwe niwe wa ndengeraga bantoteza bose. Kuko mabukwe twa bnye munzu dutandukana ngiye kwitekera Ariko dukundana cyane Ariko abanabe ni babi cyane. Banga na bana bajye kdi boshaga numugabo nawe akabyumva ubu nshimira nyagasani ko twabagiye kure jyewe nabana bajye numugabo. Sijyamenya 8byabo
Abasore ba banyina simbakunda
Claire ushingira kuki uvugako ukijijwe?
Ndagukunda Claire kubiganilo byawe nyokobukwe birashoboka ko mubana nubwobibabtoloshe
Imana ikomeze yagure impano ikurimo yake ikomeze imurikire benshi ma fille chr, ma petite soeur la marraine de ma fille, turagukunda cyane
Domini uraho neza...warabuze kuri Sinai tv ,turagukumbuye cyane....none wangiriye neza ukamfasha ukampa number za Claire ? Merci
Eeeeee nacitswe reka mbaze nitegure neza mbone kwiga
Uri umugwaneza mama niyo mpamvu ubyumva mu kuri kwabyo .ni mama wawe mbere yi'ibindi byose !ingorane zindi ni kamere muntu nuwakubyaye zamuturukaho kandi ntiwamwamga.
Utubwirenifu yigikoma unkwa tatwetuzayinkwe tugire ijosiryizankiryawe
uzi ko ubisiguye neza , hezagirwa claire , nanje ndabitahura uko kwawe
Ibibintu birakomeye abakazana na nyirabukwe nibibazo
Irinde kubwira nyokobukwe ahubwo Niko mwari kwandika
Point
Jewe vyambayeho.
Urasa nka madederi ukina muri papa sava
Mu gutumira abagore bazi ubwenge muge mutumira nk'aba. Ubundi se bibananiza iki? Quand même uyu we namwunva.
Muraho neza
Mfite icyibazo nibyiza gufasha umuntu runaka ubajije umu partner wawe? Ex: nkumwuka wera akakongorera kugurira umuntu icyokurya knd ubona agikeneye koko? Ese mbikoze ntabajije umugabo mba mwibye? Mumfashe murakoze 🙏
Ngewe ndumva ntakibazo biteye iyo ubona ntacyo biri bwangize wabikora rwose
Kanguhe nkurugero: umugabo numugore babika amafr hamwe ubwo icyo umugore akeneye akagisaba umugabo nko kumuha respect murugo nkumugabo ark umugabo akunda kubika amafr mumyenda akayibagirwa kuburyo undi muntu yamumesera akayitwarira,ark umugore yayabona yabibwira umugabo akayamwaka umunsi uriya mudamu yabonye ayo mafr akayaha umukene njye numva ntakibazo kuko nubundi aba azatwarwa nundi Wenda utayakeneye kurusha uwo
Haraho biba icyaha naho bitaba icyaha
Uzaduhe nomero zawe tukuvugishe
hari banyirabukwe babi bamwe baraza abakazana kukeke akakubuzamahoro ibiregobya burikanya
bakwanga batarakubona,bakubona bikabakarusho umuhunguwabo agukundaariko bo batagushaka
ntacyo wakoranakimwe ubashimishe uretsitikurya burikanya
Ntibanyurwa rata
Njyewe mabukwe yigeze kubaho murugo ariko nabuze amahoro urugo rurahungabana, umugabo arahinduka completely kuburyo yageze igihe najya kujya ahantu akambwira ngo mbanze njye gusaba uruhushya mabukwe!!!!! Najyaga ahantu mabukwe agasigara amvuga numukozi, nigeze gusohoka numugabo wanjye dutashye arambwira ngo ndumugore wikigenda joro Kandi nari najyanye n'umugabo wanjye we ntiyagira icyo amubwira yewe numuhungu we araceceka ntiyanamvugira!! Byabaye ahooo noneho rimwe twicaye muri salon umugabo wanjye abwira nyina ngo " Mama uyu mugore ndamuzi twarashakanye , impamvu yirirwa agenda nuko yaguhaze. " Ibyo bintu byarankomerekeje birenzeeeee kuburyo kubyakira nubu byangoye. Mbese kubwe yumvaga ntahantu najya ngomba kuguma murugo nkagumana na nyina.
Yewe pole nukuri warakomeretse
Mpore mpore,abantu baragoye cane,
Hari n'igihe uwo mabukwe aba yifitiye ibikomere akayoberwa ingene yobikira akavuga nk'uwita ,hama natwe abakazana ntitumenye ingene tuvyifatamwo,
Kubera abantu bagoye na nyoko yakuwyaye agusanze mu rugo wubatse yokubwira nabi
Eeh pole pole kabisa...ntibyoroshye
Ngewe mabukwe yaransenyeye ndabiz
Ihangane mamy abagabo hafi yabose nibasiniteranye kndi akenshi birangira barusenye
Kantege amatwi neza numve
Rwose umubyeyi mwiza ashimishwa nuko umuhungu cyangwa umukobwa we yubaka neza.
Umugore cyangwa umugabo mwiza ashimishwa no kuba neza n'ababyeyi b'uwo akunda.
Impande zose rero iyo zifite indangagaciro nziza bigenda neza.
😂😂😂😂
Mabukwe sha😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮
😂😂😂😂😂😂😂😂
Sh ibyimiryango yabagabo tujya gushakamo nisereri kuko ntarashaka sinarinzi kubabara icyaricyo,sinarinzi gukomereka icyobivuze,arko nihaye kuva mubukobwa ngo ngiye mubugore,arko ubuki burarura
Yewe itadakijijwe araruhirika rwose imana ijyitwubakira
Uvuze akantu keza ko kwimenya , Donc be ikisuzuma niba Atari urwango ruri kukuzamukamo.