NKIRI UMUGENI NARARANAGA N'ABAGABO BABIRI|Nakubiswe kenshi INKONI ZINDEMBEJE ndahukana|DEBORAH
Вставка
- Опубліковано 4 жов 2024
- Niba wifuza kuvugana na ISIMBI TV, kuduha ubuhamya bw'ubuzima bwawe cyangwa inkuru idasanzwe, duhamagare kuri +250784838126
#IsimbiTV_0784838126
Numero ye: +25 0787 107 389
Hy
Hi Deborah 🤚abantu bari kwiha gutuka Deborah sha nuko batamuzi aritonda cyane nge ndamuzi she was my classmate nyuma twahuye yarabaye umumama arikumwe nuwo Mugabo ariko akambwirako abangamirwa peee nkamubwira nti yazahavuye ati wapi ati ngomba kwihangana ariko ntababeshye namwifurizaga kuhava ahubwo Imana ishimwe ubwo yahubutse akahava. Debo ahubwo wari warihanganye kdi Imana iza kuba hafi. Kuko wagerageje kwitumanganya ariko ubwo wafashe icyemezo ubwo byari bikaze peeeee. Ihangane mama.
Nange ndabihamya kuva 2009 tuziranye ururugendo ntirwari rworoshye
Abakobwa mwige kwishahira ubuzima mureke guteka amaboko abagabo otherwise muzajya musuzugurwa (Ahubwo abagabo barihangana)
Merci sabin
Samantha Pascaline Mukaneza amakuru yiw k film yahevye nibiganiro ntukimukoresha raba uzomuganirize
Ari hanze y'igihugu mu zindi nshingano👊
Nukuri nanje mpora mwibazaho
Yegooo nange ndamukumbuuuuuye
Oooh nanj namwibazho kbsa urakoze Sabin kuduha umuco
Umwana ni nyina sha!! Gwana abana bawe, nibo bukungu bwawe, nibo nshuti nziza, abana ni umugisha!!!
Uwo waba uri we wese, kwigira nibyo by'ingenzi. Ntabwo waba utunzwe n'umuntu muri byose ngo aguhe icyubahiro ukwiye. Mukanguke mwa bakobwa mwe! Turi muri 2022.
urahubutse pe kuko ntahantu yavuze ko atakoraga
Sabi burya Abagore twararushye Abanshi batunzwe nokwihangana gusa
Courage Deborah, witwaye neza vrmt kuriyo témoignage uduhaye, mungu akubalikiye...
Urasa neza unambaye neza rwose be proud of it
Sha wowe urabafite nkutagira iwabo yanjyahe nimba utegereje urukundo rwu mugabo wikigohe ntuzarubona
Sabin turonderere alicia n'a cedric turabakumbuye pluz alicia umwe 🇧🇮🇧🇮
Bashake kuri channel yabo
Umugabo wese iyo yateye inda birahinduka, ntabwo yongera kugusekera
Biba birangiye. Bakobwa mujye mwitonda
Mubime
Ahaaa twahuye nabyinshi mubyeyi komera,nawe komera
Yesu weeeeeee Maman wakagombye kwirerera abana bawe. Biragoye kumubyeyi wumu Maman kutarera abana ukabarekera umugabo. wabagumana hanyuma ukazajya ubareka bagasura se!
Urakoze! nta mubyeyi wataye abana ni amahano burya utinyuka gusiga umwana ntanikintu kindi kibi atakora!!!!!
Humura mwanawacu Gufpanibyobibi ugasigabana ariko lyo umugabo yigize Gutyo aguhohotera bikabije Nabana barabibona kandi ntawusimburaNyinawumuntu
Abana ujyubasueacyane ujyayo ujyumenyesha Abumutekano Nicyocyambere Komera mukazi
WihanganeTwabonye lgihugu cyiza Haguma ubuzima
Mama uwo mugabo wawe niwe waguterezaga uwo muhungu kdi ni mission yari yamuhaye kugirango akunanize usubire iwanyu nonese umumorari yananirwa kwihuza nundi bakikodeshereza
Abakobwa dufite akajagari mu mutwe. Numanura ikariso ujye umenya n’ibizavamo uzabyirengere kabisa. Uziko akp kajagari mugateje n’abana banyu. Ni aho za Karande ziva.
Debby!
Aragaragara ko yitonda ahubwo yahuye numubadi, uzaduhe nimero yawe tugushakire umugabo.
🤣🤣🤣 mumushakire umugabo...
Deborah ibyuvuga ni ukuri ndabizi kuva kera nukuri warihanganye imana izaguhe ibyiza birimbere
Mbega gusuzugurwa numugabo
uyu mukobwa nu munyabwenge bucye cyane ntabwo jya nandika ariko anteye umujinya cyane.icyo nzi nuko umugabo we agarutse akamusaba ko babana yakwemera. ngo niki wigiye kukubana kwawe nu mugabo ngo umugabo yarahubutse kubwira ngo tubane ,ngo se iyo atakubwira wari bubyarire iwanyu ngo simbizi. kuki atunva ko guhubuka arukwe ahubwo umuhungu yaramutabaye
Nitwa superfire Rwagasabo 🎤
Iyi nayo Ni show 🔥
🥘
Ariko Déborah wakoze amakosa .non se nkubu utarikwirerera abana urumva wuzuye koko? umwana ninyina mugenzi.
Ugomba gupfira ABana paka,kuko kutirerera biragatabwa
Ariko umudame mwiza nk’uyu koko ufite n’umutima wo kubaka ,umugabo akamukubita abona azabona undi umuruta kweri
Uyu muvandimwe azongere akore ikiganiro yirekuye. Abohotse❤
Uritonze kandi uzi nogufata umwanzuro. Yagufatiye kubwana ariko courage, sky is the limit. Urimuto kandi mwiza ibyiza birimbere.
nahora numva temoignage iyiyo nigahebuzo ,abagabo 2 kugitanda kimwe?nibure uwomuvandimwe ntiyashobora kurara muri salon?sha iyonda narikuyivyarira murugo abavyeyi bokwiyakira ntakundi
Sha burya si urw'umwe koko!
Sha Cherie ntamugabo unjya uhinduka umugabo wanjye yatsabye imbabazi anyereka ko yahindutse after one month natinze gukingura aonkinguriye ntiyaraye kuubyuriri yaraye muurisaro kuumyukeka
Ndi uwa kangahe? Mupfe kumpa utwo tuntu😀
Uri umwana mwiza , ari nkange nari gusurira uwo mutipe mpaka yikuye kuburiri. Kandi ntugire ikibazo uzabona undi mugabo mwiza w'urusaku rwishiiiiiiiiiiiii. Akubebeze. Shalom
Hhhhhj uranshimishije
Number 1
Nudahumuka Amaso hazaza n'abandi bagukosore ndumva ukimukunze ,ndumva agarutse wakongera ukamusanga .ndagukomeje .guha amahirwe ya 2 uwaguhemukiye ni nko kongera amasasu uwaguhushije.
Babyita gutinya kugumirwa kumvako
Ngo uri murugo🤭 ufite umugabo@@ nokutigirira ikizere☺️
Sha kwikuraho Abana sibyiza sha noneho Iyo Abana bakuze barankwanga Umwana Akunda Uwemeye gupfa na nawe
@Mbabazi Grace ibyo uvuga nukuri rwose👍 umubyeyi mwiza surtout wumu maman nuwitangira abana ntabarekure
Ariko abakobwa b’abanyarwanda ko ari beza kuki batigirira ikizere? Igihe cyose udashobora kwiyizera ngo ubanze wiyubake ushake icyo ukora ube wabasha no kwigurira amavuta ntuzategereze ko umugabo ariwe uzabigukorera. Urugo nugufatanya kw’abantu 2. Ikindi guterwa inda siko gupfa. Ugomba gutuza ukabanza ugashishoza ukareba uwo muntu mushaka kubakana. Abakobwa barahubuka cyane kandi bakemera ibintu by’amafuti kandi babireba. Kubera kutigirira ikizere
Wamugabo ngukunze ntakuzi ,ibyuvuze birenze ukuri cyane simvuze menshi umuhanga yumvireho
Niyompamvu bihambira kubagabo ugasanga babazaniraho abandi bagore bakemera kuberako aribo bababeshejeho
True kbsa
Kandi Abakobwa babanyarwanda burya tuzi gukora icyo tubura nukwiyizera
Nibyizako igitsinagore guhaguruka kigakora bakareka gutega amaboko kumugabo kuko nihohava akogasuzuguro kose
Ko binteye ubwoba🥺🥺
Be strong
iyisi ifite ibintu byishi kweli waaa
Arko ubwo urumva ntasoni wa mugore we? Icyo nkugaye cyane nuko utirerera abana. Gerageza ubafate nibwo uzaba ugize agaciro
Ubwox umuntu nkawe Ubugishyirwa Igihu kumaso koko cyangwa namwe Muba mubunza iyo Myoyo yanyu
Twahuyenibirutibyawe nabanaweyaranaguhahiraga harinukwincishinzara wamusabanigishoro ngomufatanyegukora akanga gusa mubuzima iyobyanze uranzura sinkugaye kowatandukanya ariko kubutirererabana wabayikigwaripe uzaterabanagahinda barerwena nyinawundi ukiriho ? Njye ndagayabagore mutabana mujye mwemera mubabaranenebo nicyimanizabahembera nahokwiyitaho mutazi ukwabanabaraye cyabaramutse sibiza
Sabin ako kantu umubajije ngo "ubwo se umugabo yabararagamo hagati kugira ngo abatandukanye n'uwo musore"?
Number 2❤❤❤❤❤👉🇨🇩🇨🇩🇨🇩
Welcome
Urasa neza, uri mwiza unambaye neza! Ariko gerageza ufate abana bawe ubarere kuko niwo mutungo ufite. Niba warafatishije akazi wabarera rwose
AhogupfanoneWapfejo Haguma ubuzima nabana barabizicyane baramukunda Ntawundi bitaNyina
IgiheCyizagera Azabazana lyukubise Umugore
Imana lBA lkureba Humura Komera Uriho uzabaho
Kumbe warijanye !niho byapfiriye
Reka reka guetto ni iy’aba célibataires. Ubu se umuntu witunze wishyura inzu wishyura school fees ubwo aba mûri guetto gute?
Ariko Sabin, uzohore uvugisha bompi niho umuntu yamenya ukuri ubundi tuvuga ko ururimi rw'umwe rukamwa ifyufyu.
Reka hano se ni mu rukiko ? Ahubwo uwo mugabo nawe niyumva ananiwe azaza avuge 🤷🏾♀️
No 1
Umubyeyi wumumama apfira abana yabyaye iyegereze abana niho uzagira amahoro
Jya mwihagararaho ntamukobwa wokuryamana nabagabo babiri uko sukwihambira n'Imana yabiguhanira
Ntabwo baryamanye
Bararanye kuburiri bumwe gusa
Gusezerana ntago nabyo bizana urukundo cherie, iyo umuntu atagukunda ntago aba agukunda, Pastor Mutesi niwe ujya avuga ngo "igihe nicyo gisobanura ukuri" . Iyo aba agukunda mwanabana nta sezerano, ahubwo uwo we ntiyanakubahaga! I am sorry! Ni gute umuntu aryamana n'umugorewe ari kumwe nundi mugabo? Ntiyigeze yubaha umuhango wo kubaka urugo. Mureke. Uri mwiza, uracyari muto, uzubaka urundi rugo ruguhesha agaciro ,
None ko yarongowe numugabo umwe,kuki we YEMERA kurarana na babiri. Nawe nyene yarabishaka sha
@@pierreclavernduwimana1974 vuga uziga muvandi
@@lolitaimena9782 Lolita Imena witwa amazina meza.
@@inezawilly4543 thank u
Watwayinda wemera byose ntajambo umfite bibabyakuragiranye
Uwo mugore ntashaka kuvugisha ukuri kose.
Ikigarara nuko yabahaga bombi.
Mbega inkuru weee ndumiwe nukuri gusa ufite kwihangana kurenze mubyeyi uuuuh🙆♀️🤔
Turasaba umunyamakuru guha umutmirwa umwanyantueagera akavuga few questions long story for visiter
Debby, the barrister (?).
Erega namwe Muba Muribiraya
Kpm
Kirazira kwikuraho umwana nshuti kumubyeyi wumumama
nkumbuye umugore wavua amakosaye kuruta kuvuga ayumugabowe ese abadamu bahora arabere ?
Ubwose wamucaga iki yaragutesbheje koko yanduje nubusiram maz
Wa mugore we gito, ku ki warekuye abana bawe?
Wishakiye kwiryohereza ariko abana ni nyina sha!
Iyo umuntu akunaniye ashobokera abana?
Ubwo abagore bararaga bamuhamagara baraje babarindagize wumirwe 🤭
wamwumvise nabi yavuze ko abana bajya ibihe byo kuba kwa nyina cyangwa kwa se ariko bakaba bari kumwe kuko yanze ko abana be baba ahatandukanye .Igihe kimwe baba kwa se ikindi gihe bakaba kwa nyina.
Wongere wumve neza
abagore baririza cyane
eeee nsengeye uwo mubana cg uwo muzabana pe
Umugabo waguteye inda ntahite ategura ubukwe ngo agushake ku mugaragaro,nakubwira ngo ngwino ,uzitonde cyane kuko akenshi baba batinya umuryango cg Leta .Ugukunda bya nyabyo abinyuza mu mucyo.
Ubundi niba warangaye bakagutera ihangane nyine wakire ibyaje wicare utuze .Kuko ku murenge ntibaca amafaranga yo gusezeranya kandi imyiteguro yabyyo ntihenda,utakujyanye mu murenge rero acyumva ko utwite,burya aba atagukunda
Ntabwo kumurenge hahendutse hiterwa nibyo wateguye nagaciro uhahereza, niba ariho utegura ibiciriritse bihagarike abe ariho ushyira ibihenze kuko ahandi ntacyo hakumarira nagitoya uretse kukuragira mukigare
Gukora ubukwe sicyo gisubizo. Ntushobora kujya kubana numuntu wiyubatse wowe ngo ujyende ntacyo wamumarira nurangiza ngo ushaka ko azakubaha. Mujye mushishoza mwubakane numuntu mufite ubushobozi bwenda kungana
Kujyana umuntu mu murenge si cyo kigaragaza ko agukunda, aribyo abatandukana ntibakabaye babikora,ahubwo aba yaguteye inda n ubundi atagukunda cg nta gahunda yo kubana na we afite.
@@jeanbosco3728 ikibazo burya si n ibushobozi bw amafaranga, ahubwo umuntu ukunda gukora, utekereza,ushakisha,wakugira inama y icyo mwakora. Naho umuntu utekereza ko kubaho kwe kuri muri mugenzi we gusa biragoye muri iki gihe. Kuko n ubwo umwe yaba afite ubushobozi uwo wundi utazi gukora ntiyaburinda cg ngo abwongere, yagukenesha
Mumezi abiri ndumva mwarahiye uhita ugarama.
Hamwe nwuko yakurusha imyaka uri n'umunyeshule ndumva wari wahisemo guta ishule kugira wijyendere ku mugabo.
Humura si ayo mahitamwo yatumye uca mubyo waciyemo ahubwo ni guko wabinyuramo uri na muto.
Abana badukurikira babe bumva ko kwirinda gushira inshingano ku zindi mugihe baba bakiri mumyaka yo kwiga
Ndumva mbabaye
Ikizira cyagiye ahera
Mwabantu mwe ibi si bintu byo kuvuga ku karubanda uri fière ngo amezi 9 ubana nabagabo 2 ku buriri bumwe ?? Wari waracumuye iki kubabyeyi bawe cg famille yawe kuburyo utari kuhabyarira?🤔🤔🤔🤔 Otherwise muba mushakako abanyamakuru bitwikira si gusa
Ntabwo ari fiere habe nagato, nagahinda nibikomere byamwuzuye,
Komera debo!
gusa kurarana n'abagabo 2 kugitanda nibyo 1day or 1 week ariko njyewe ndumva warufite abagabo 2 gusa warakosheje pe nubwo warumwana ntabwo waba warabiganije Mama wawe neza uko Papa wawe yaba akaze kose ntiyatuma uryamana n'abagabo 2 kugitanda nukuri niyo yaba Ari Shitani ntiyabyemera
Sister garukira Yesu
Ufite choc pte sœur
Ese Sabin uri single ukagura ikibanza ukubaka inzu yawe, ugatura waba ufite abana , barumuna bawe cg wibana, ibyo nabyo twabyita ghetto ??? Ese buriya kwa Kate Bashab twahita ghetto ???
Hahhaha uramubajij kabisa???ngo Kwa Kate twahita ghetto???
Oya rata Sabin aramubeshye
Yego ni ghetto peee
@@murerwasharon6526 Ndayikwifurije nawe 🙏🙏
Jyewe ntago mba getto peee
Wapi uyomugabo wawe bigaragarako yarahawe icyumbi nuwowundi kulo yarikumwirukana
Yeah, uwo murumunawe nta nisoni yagiraga iyarya arara muri salon muntebe sumusore agatanga agahenge. Gutuma abantu batisanzura gusa imico mibi
Sabin ndashaka whatsap yaw tuzoganire. Remy from Burundi
Ese ese debo nkwibarize abagore kobarwama ivire wowe warymagahe?
Hello! Sabin uwo mu Maman yarababajwe arik muzongere mumutumire nukuri.
Bazongere bamutumire se avuge iki?
Ariko mwa bagore mwe mwagiye mugira ibanga Koko? Kuki muvuga ibyarangiye Kandi nubundi muba mwarabikoze koko
Sha ntakibazo uzazane abanabawe
Sha ubuzima nihatali umuntu aca mu muriro akarokowa uwaba umuhanga yarinda ubuto bwe kuko ingo nibindi bindi
Muba mubeshya
Sabin abo bagore ujya utumira batajyira gahunda abantu bazaguherako Yego ntuziteze abagore bajya guta amabanga yabo yanze pfusha rukara ntago nareba interview ngo nyiranjyize
Nureka kubireba Se uraba uhimye nde😂
Nureka kubireba Se uraba uhimye nde😂
Nta mugore wararana n'abagabo 2 ku buriri bumwe.
Ngo bareke kumurongora bombi
harimo ubutesi sha ntabwo uzi ibibera mungo hanze aha,gusa nyine ntabwo ufite kwihangana guhagije niyo mpamvu wasenye
Mutesi jolly be abo yababoneye izina nubwo abantu bamwihaye
Sha ubuzima ni danger buriwese abafite agasaraba ke koko gs haribiba bigakomeza umuntu
❤️❤️❤️❤️❤️
ISIMBI TV NDABAKUNDA CYANE
Ni ubujiji bwabakobwa kandi babukora batitaye kubana bashobora kuvamo ikindi umusore utabibakoreye bumva ari ikigoryi rero mujye mubimenya namwe gusa ubwenge buza ubujiji buhise nikazi Kenu.
Rubanda tugenda twarashize
Sabe ubwose koko ufite ibiro 37 nkibyi nkoko!!
Ingo we nihatari
,Mbega Sabin, ibibazo biri Janzé aha!
Ibibazo biri hanze aha birarenze pe; Imana izatubaza byinshi pe!
Ariko sha nubwo yari mubihe bikomeye ntasebya umugabo we
Ngewe nakubera umugabo wifuza
Uraho neza umurungi
Umuntu 😎😎
Mujye mushaka n'urundi ruhande rutubwire. Ni Gacaca ku mbuga nkoranyambaga!!!!
🤣🤣
Murungi humura uzakura
Reka da ibyose bibaho 🙄😂😂🤭!
Nihatari pe none se wowe kuziko umugabo agushatse wahagera mukarara kuburiri mukarara kuburiri muri babiri ntivyumvikana?bakurongora bose canke?
Uri proud
🙏🥰🥰🥰👍👍