UBWIZA BWANJYE BWANGIZE INDUSHYI😢NUMVA NTARI UMUNTU MUZIMA NK'ABANDI😢ABANTU BANGIRIYE NABI NDIYANGA
Вставка
- Опубліковано 26 жов 2023
- NIBA UFITE INKURU YAWE WIFUZA KUDUSANGIZA #DUHAMAGARE_KURI_0790003781 #inkuru_yanjye #rweme_mbabazi
- Фільми й анімація
Uwifuza kuvugana na Anitha ni kuri 0780 499 355 niba wifuza gikurikira ibiganiro bye ni kuri ua-cam.com/video/m85jVUC2eJs/v-deo.html&si=D1L2HaifI1OIQWXJ
Yoooooo Mana weeeee!!! Ufite ubwizaaaaaaaa budasanzwe ufite igikundiro cyinshiiiiii ma Chérie. Ariko Mana Abantu bakomeretsa abana nkaba Koko !!! Ufite mu kanwa heza rwose uraseka neza pe! Abo bantu barajwangije barakubeshe pe!
Imana ishimwe ko yaguhaye Urugo rwiza pe! Basi Ubu urishimye!
Ariko mwagiye mwihangana. Niba abantu baratureze tukaba tubizi neza ko hari nababuze ababarera bakajya mu muhanda mwagiye mugira ibanga. Ndabagaya mwabana mwe.
@@marielouisemurekatete5019 niba wararezwe neza ukazana personal experience yawe hano upfobya points of view z’abandi.
@@ikazetv2192😂😂😂😂😂😂nati mukanwa heza
Yooo!! ❤ sha urimwiza cyane kdi useka neza cyane Njyewe nkubwije ukuri
❤
Uri keza caane kandi useka neza kandi naho Bose bokwanka kazima yesu agukunda❤
None se ko uri mwiza cyane useka neza inenge uvuga ko tutayibona! Njye nakwikundiye pe!❤❤❤
Ni mwiza rwose ariko wagirango yarakomerekejwe
Yooh sort dear ndakwikundira,humura satani agya asiga abantu icyangiro ariko yaratsinzwe,uwiteka yakugiriye neza"mama w'impanga 3.we love you anitha
Ni satani wakoresheje abantu ngo amusenye umutima
Ntuzongere gupfuka umunwa kuko useka neza cyaneeee uwakubwiye ibyo numugome rwose Ntabwo Gérard akubeshya useka neza
Sha uyu mubyeyi nimwiza ariko icyizere cye ntacyo kuburyo umubwira ibyiza bye ntabyemere😢😢 Basi jya usenga bizashira lmana iragukunda❤❤❤
Yayayayaaa !!!!!mbega mbega weeee!!😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭kuva numviriza ubuhamya bwabarundi naba nya rwanda ngiye naronka umuntu duhuje ubuhamya kuva abutanguye kugeza aburangije.Ariko Mana ndagushimiye kuba jewe na Anitha waratwubakiye tugakora nubukwe bwizacane kandi turi ibinyendaro.🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌
Iryo zina yesu yararihinduye yatugize abana murugo izina ryayesu rihabwe icyubahiro🙏🏾🙏🏾
Nzuzongere kuvuga ko muri Ibinyendaro pe oya ntago aribyo
Twese turi bamwe
Sst ntakinyendaro kibaho
yooo nukuriuri uri mwizacyane gusa kwi giyeho byishi imana ibaho❤❤❤❤ kadi urimwizape uranyu batsepe❤❤❤❤
Nejejwe n'uko Imana yakubakiye bambe! Nyihaye icyubahiro.
Yesuweeee sher kunyibucyije inkuru yubuzimabwajye nuri nkubwije ukuri ubuzima wabayemo nanjye nibwo nabayemo gusa ahobutandukaniye noko njyewe ntamama njyira kandi akabayarafpuye atamumbwiye ndagukunze cyane
Mbega témoignage nziza….
Imana ishimwe .Uli intwali rwose.
Ukomere.Kandi ukomeze ugire ubuzima bwiza.❤️
Agakiza kuzuye kadukiza mu bice 3:
1.Ivyaha n'ibicumuro
2.Ingwara
3.Ibikomere vy'umutima(intimba:blessures du coeur) Amarangamutima akomeretse.
Ikintu gikomeretsa abantu burya n'amagambo mabi abantu batubwira.Inzira nziza niyo kubabarira abakubwiye amagambo mabi.Yesu ati:''Data ubabarire(ubaharire ) kko batazi ico bakora.Komera rero Kandi Yesu yagize kuguha ikiruta vyose Ubugingo buhoraho(Agakiza).You are blessed,Kandi inkuru yawe nziko ikiza benshi bakabohoka intimba n'ibikomere,Yesu arabyomora ugakira.
Umwa duhuje amateka
Agire ukwihangana kandi courage ubuzima burakomeza. Gusa maman umubabarire bizaguha amahoro ndetse n'urugo rwawe ruzagira amahoro
Abantu benshi barerewe mu miryango barakomeretse, nsenga Imana ngo izandindire urubyaro
Barakomeretse mama
Nukuri izabakurindire pe🙅 izakurinde ntuzabasige weeeee ninge Uzi ubiribwe bitera weeeeee harubwo numva nakwiyambura ubuzima ark nkumva naba mpemukiye abavandimwe bange🤦
Mbabazwa n' uko abagombye kwigisha urukundo , aribo barwima abo bibarutse. Mu mbaraga zawe, uzaharanire Kurenga ibyo wagiriwe.Gira amahoro
@@imfurachristine9403yooo pôle sana chérie ihangane kandi ntakitagira iherezo nageze nkaho hawe ariko ndihangana ubu mfite famillie yanjye
Imana irakora p hallelujah 🙏🙏💯 gusenga nibwo buzima kd gusenga n'imibereho
Uri mwizaaa
Ujye urebe impanga zawe wushimire ko wazibyaye
Ibyakubabaje byose ubitere umugongo
Yesu azakunezeza ajya atwibagiza imibabaro yosee 🙏❤️
Wige kwigurira ikizere 🙏
Ariko urabona ukumtu Yesu agira neza yaguhaye Impanga 3 & mukuru wazo iguha umugabo ugukunda mbese yaguhaye big family 🙏🙏🙏❤️Imana ijya ihimdura amateka cherie ❤️🙏
Uri mwiza rwose uri numunyamugisha kubyara abana batatu ❤Kandi Imana iragukunda cyane ❤
Oooh😢😢😢 BIG HUG TO YOUR BRAIN beautiful Anitha!
Uri mwiza cyane shenge kandi ni ukuri peee
Uru mwiizaaaaa
Iga kwikunda ,wishime
Useke❤❤
Iibindi byosee yesu azabiiguha chérie
Uzimpamvu bakubwira kurimubi niko warimwiza kubarusha abobos babikubwir vrt nuwank urukwavu aravug koruz kwirukaaa🥰
Imana yakuremye utandukanye uri umudamu mwiza uri Umwana w'Imana.
Ahubwo ndabona iyo usetse aribwo uba mwiza❤
Urimwiza cyane Anitha chr humura Imana ihora ihoze abobose ntibazi icyo Imana yaguteganyirije❤❤
nukuri urimwiza pe! ubyemere kandi pole! much love
Yoooo uri mwiza cyane mubyeyi ❤
Nyagasani akomeze kukwihera imigisha🙏🙏
Je suis tellement touchés du témoignage de cette belle Dame Anita Ingabire.... n'ukuri wahuye n'ikigeragezo cy'ubuzima mu buryo budasanzwe. Rwose abagutoteje, abaguhemukiye uzabareke uzanafate ko batigeze babaho...Imana izaguhe urugo rwiza, uri mwiza bihagije kdi nkwifurije kuzagira urugo rwiza by'iteka.
Iyo ucyurira ABANA ngo iyo utababyara,Harubwo baba baragusabye kubabya.Ahubwo nibo bakabikubajije.Pole sana mukobwa mwiza.
Oooooh warababaye gusa bibaye byiza nshimiye imana ko mama yakijijwe nanone ko byibura ubu wishimye❤
Ni keza basi!!❤ Imana izampe umugore muzima
Anitha urimwiza .pe wigirire icyizere .imana ntaho itakura umuntu. Merci Gérard.
Komera Anitha❤❤❤❤
Dufite Imana ikora imirimoyita itangaje!
Courage Anitha!
Nimwiza❤❤❤sinkubeshe ndumurundi guseka usaneza ntadefo ivyobarakubeshe yarijaruzi kuko uvasuvya ubwiza❤
Komera Sha ibinyendaro twarakuze imana yarahabaye ntakizere cy,ubuzima twari dufite
Thanks again Gerard for interviewing this beautiful woman!!!
Urimwizaaa chérie Anitha❤️❤️😍😍 you’re beautifully and wonderfully made sister
Uri mwiza cyane nta na maquillage❤❤
Spirit of rejection and lack dear but we are grateful for The precious blood of the lamb that cleansed us ❤
❤
Be Strong Bambiiii @Hari Imana Yomora Ibikomere Twabikuriyemo sha Kubura Ababyeyi Si Ikintu
Yoooo pole sana Cherie baragukomerekeje,nanje nuko meze umuntu ambariye ikintu mpitanumva ko arivyo 😢😢
Nukuri imana irashoboye undemyemo icyizere gerdi imana iguhe umugisha Ani 🙏🙏🙏🙏 imana ikubakire ❤❤
Kuba muma famille birababaza Nico gituma Nsenga Imana ngo ntihagire umwana wanje azoba mumiryango.
Sha unvugiyibintu Sha birababaza birarusha
Ahubwo nihagira ukugana ujye umubera umugisha
Nukuri pe
Birababaza c bivugwa sha
@@frolentineuwasekuru381 yambiiiiiiii muvandi
Anita komeza wigirire ikizere ntawukuruta uriwowe Anita nimana yakuremye wowe wowe wowe❤❤❤❤❤❤
Imana niyo nkuru..nizere ko ukiri umurokore mukobwa mwiza. Uri mwiza uzi no kwisobanura. Yesu akubakire aguhe umuryango abana n umugabo ugukunda bazakomora❤❤❤
Yego chr bibaho cyane rwose Kandi biriho abameze nkawe turahari uretse gusenga kugiticyawe
Kombona useka neza se, kandi urimwiza cyane.
Nanjye nahuye nibyobibazo byokunsha intege
Urakoze cyane kudusangiza ubu buhamya burakomeza benshi
Yesu agira neza weee!!Ndabihamya koko...Merci à Dieu le Créateur!!
Kubera kwihangana kwa Anitha Ibisingizo byose nibiharirwe Nyagasani wamuhinduriye amateka❤❤❤
Warakoze kutabwira uwo mugome ibyubukwe bwawe kuko yari bubwice bitewe n'ubugome yaragufitiye.
Imana ishimwe ko wanabyaye ubu ukaba uwo mugore azabyumva akigaya.
She is so beautiful❤
Komerashahu duhuje ibibazo uwiteka azakubacyire kwitwa icyinyendaro biraryana
Urimwiza Anita weee uwomuntu wakubwiye ngo uretse iyo usetse numunyeshyari😂. Urimwiza ahubwo jya useka kuko uba mwiza cyaneee usetse yoo abantu turibabi koko😢😢uwomuntu arambabaje yakwishe mubwonko ndakwinginze uhereye none bikuvemo kuko urimwiza peeee
Pole. U share same story , with many of us. Keep going on , with success of positive conduct
Thank U Gérard, at Anita courage Imana irategura. More blessings
Anita uli mwiza cyaneeeee ❤ igirire icyizere🙏🏽🙏🏽
Sha urimwiza cyane rwose peee ariko abakubwiragako utarimwiza nuko babonaga ubaruta cyane bigatuma baguca intege gusa urimwiza Kandi useka neza cyane peee ❤Imana ishimwe nukuri koyahabaye❤
Mana yanjye iyi si iratubabaza ikatwangiza😭 Mbega karande weeeee😭😭😭😭😭😭
Sha uri mwiiiiiiiiiza.... uri keza cyane ahubwo ni ukuri pe... Imana izakomore ikumpere kwikunda ikumare umubabaro ni ukuri ndabiyisabye nyinginze yogahora ku ngoma🙏🙏🙏🙏
Inkuru ikomeye rwose , Imana ikomeze kumuhabyose rwose kugeza ku musi wamyuma kuko numva yababaye bihagije.
Hashimwe yesu kristo we wakugiriye ubuntu bukomeye,amen
Mbega umugore mwiza u are so beautiful ❤
❤❤Anitha mwiza! Hashimwe Imana itaduha kugira isura yibyo twanyuzemo!Mubyeyi mwiza jya useka wongere useke kuko birakubereye! Imbere ni heza !
Yigo peh Imana ihisha amasura yarakoze cyakoze hano hanze abantu Bararushye peh story ziba zibabaje cne umuntu utarahuye nubuzima bubi ajya ashima Imana peh kuko ubuzima bubi burababaza peh
HUMURA UWITEKA aragukunda kuruta abandi bose kandi uri mwiza cyane ntawe ukuruta mubwiza Kandi UWITEKA yarakoze cyane❤❤❤❤❤❤❤
Sha uri mwiza useka neza uwo ni shetani yakubeshye cyane mbabarira ujye useka
Sha komera pe abambabaje bose baramwaye
Ibaze umugore mwiza gutya PE.njya mbona Imana yikundira abagabo gusa urimwiza pepeep❤
Ohhh urimwiza cyane cher unaseka neza cyane
Urimwiza ndetse cyanee ❤tangira wige kwikunda
YESU wee mbega abantu benshi tubicamo imiryango irakomeretsa cyane bavuga amagambo menshi mabi cyane urakora ntibashima bakakwita umunebwe sha komera ongera wigirire icyizere wumve ko uri mwiza
Ulimwiza cyane Anita, warireze, uba intwari, Imana ikomeze kukurinda iguhe umugisha wiburyo nubumoso.
Sha umuntu araguhungabanya akagusebya Sha abantuuuu mana Imana izaturengere pee
Anitha ni mwiza pe. Ku izina ry'Imana kandi aseka neza pe. Ndahiye Imana, ankundire gumve ukuri kwanjye
Uwampa nkakubona nkaguhobera kuko amagambo yo kuvugana yo sinabona aho nyahera
Imana ikugirire neza. Urimwiza. Kndi nishimiye Ineza ikugejejeho
Sha urimwiza byo sukubeshya
Ndagapfusha rukara ❤
Umubgite neza pe kwiga kwikunda hamwe no gusenga cyane Imana iragukomeza kuko abantu bo kuri iyi si turagoye
Urimwiza rwose iyonenge ntayo ❤❤ Kd Imana ishimirwe aho igejeje ikora
Mbegaaaa 🥹🥹 uri mwiza mama kd Urakoze gu sharinga inkuru yawe❤️❤️❤️ turafashijwe 🙏🏻
Ubu se umuntu yakubwira gute ngo wemere ko nta défaut ufite. Uri mwiza kandi useka neza cyane rwose. Jya unaseka cyane ndetse
Mwanawe uyu mubyeyi arafashije cyane cyane yoooooo,mbega imana nziza cyane uyumubyeyi imana ikore nibindi bisigaye
Waaaaa Imana iguhe imigisha mama wabaye itwari ndabakurikira ndi nairobi thank you so much uritwari mamaaaa
Ntabwo uri mwiza ahubwo uri mwiza cyane cyane
This is a movie ❤
Thank you Jesus
God is good all the time!
Yewe!!! Yarakubeshye Anita uri mwiiiiiiiza cyane pe kandi nukuri.
😢😢😢😢😢 mbega society yacu weeee ,IMANA nidutabare peee ,sha Anita uli mwiza humura mama
Disi duhuje amateka Imana ijya ihindura amateka
Nicyo gihe ndimo nanjye nshuti yanjye 😢 icyangiro kiragatsindwa peeeeh uhorana agahinda gakomeye cneeeh....
Impore mama 😢
Urimwiza ababivuze ntago bakubeshyaga
Imana ikomeze ikwiteho mubyeyi icyizere ugomba kucyiha kuko imana isumba byose
Mama w, impanga sweet, nciye ndakwibuka kwa kecup tv show, uje kuvuga ko wavyaye impanga
Ikirenzeho ibyowanciyemo nibyo ndigucamo urankomeza cyane mubyeyi nkurinyuma
Humura lmana irakuzi cyane!! Niyo yàshyatse kunyura murizontambara kugingo ube uwuriwe uyumunsi kd maman wawe uzamubabarire nuwo mupapa uzamubabarire koko nuri bose uzabababrire nico lmana igushyakaho
Thank you Anitha
Na nyuma ya Zero Imana irakora nukuri
Imana igikomeze mama warahuye nibibazo but nubwo wahuye nabaguvintege nukuri Anitha ntakubeshe urimwiza pe ahubwo nurwango satani yanga umuntu,Imana igukomeze mama. igikomeye kirutibindi nuko Umwami yakwishuye,Umugabo wawe Imana imuhezagira imukurindire Amen
Nizereko uhagarikiye aho kwipfobya🫂
Imana ishimwe nukur Anitha weee iyi si ni ishuru Niko mbibona. Ahubwo nge numva twakibera inshuti kuko nge numva turi abavandimwe k'ubwurugendo rw'ubuzima
IMANA iguhe umugisha mwinshi kurubwo buhamya uduhaye nukuri peee uremye abantu umutima banyuze murubwo buzima
Anitha ni umukobwa w'umukristu wakundaga gusenga cyane kandi wirindaga Ni umunyamasengesho .Twarasenganye ADEPR KUMUKENYE. Imana iguhe umugisha
uri mwiza mubyeyi,❤❤
Mama nukuri ububuhamya burandijije gusa Imana yarakoze 🙏duhuje amateka Uwiteka arihejuru yabyose
Anita Imana yakurokoye kera, igihe yakurindaga ibigare, iyo ubijyamo n'ubuzima warimo wari kuba marine burundu cyangwa umusinzi cyangwa indangamirwa! Imana yagize neza mu rugendo rwawe❤
Hahahaha Indangamirwa niki?
Nimwiza cyane rwose kandi ntabyo yisize ulimwiza ma cyane aliko🥰🙏🏾