NDI UMUNYAMWAKU KUVA MVUTSE😢UMUDIASPORA yambeshye ko ari we PAPA birangira anzanyeho UBURAYA😢ANITA
Вставка
- Опубліковано 24 січ 2024
- Niba wifuza kuvugana natwe, duhamagare kuri: +250784838126
☑️ISIMBI PICTURES: / isimbipictures
☑️ISIMBI TV: / isimbi__tv
☑️ISIMBI WEBSITE: isimbi.rw/
#IsimbiTV_0784838126
NUMERO YA ANITA KU WIFUZA KUMUBERA INSHUTI AGAKIRA IBIKOMERE: +250788608990
Anita
@@evanyholly288c
Bikira Mariya Mawe!!!!!!!Ntusubire Anita kwiyita umwana w'umwaku(=imikoshi);Iman'iragukunda!!!!!!
Bjr. Ntuzosubire kuvuga gutera umwaku mukobwa w Imana, mukobwa mwiza. Uri umuvyeyi mwiza, tres jeune, tres belle. Wige kwikunda, utikunze, ntawuzogukunda sha. Nukuri tuje hamwe tumufashe. Wikunde, Wikunde,
Ndi umugabo mfite umudamu n'abana babiri. Anita uri mwiza cyane pe. Ikibazo ufite nuko utigirira ikizere, igirire ikizere Anita.
Ikindi uburyo usa uzahura nibibazo byabagutereta bagutesha umutwe batitaye ko ufite n'umugabo kuko baba bishakira kukujyana muburiri gusa. Rero reka guheranwa namateka tangira urebe ibyiza byinshi n'imigisha Imana yaguhaye kandi ni myinshi hanyuma ukore cyane, usenge cyane Imana izashyiraho umugisha
❤
Yego rata umubwiye neza, ni keza mama, kandi afite n’umutima mwiza, abantu beza bose baba victims muri iyi isi, ndavuga iyo ufite umutima mwiza, sekibi aguteza abanzi
Imibabaro yacu yose niko ayizi ajya ahindura imibabaro yacu mwibitunezeza. Humura rero umunsi Yesu yahinduye amateka uzishima cyane! Nukuri ntabwo uzapfa utabonye ineza y'Imana.
😊
I see the sadness in her beautiful eyes 😢! But I also see her being brave and powerful woman. I feel sorry for her. She gonna be fine
Well said
Nibyo ntago yishimye rwose
Anita, ihangane ukomere. Urimwiza kandi uzagira ubuzima bwiza. Ujye wireba mu ndorerwamo maze uvuge uti, I am worthy ♥️ ❤
Yesu ashimwe! Uyu mukobwa ni mwiza. Aseka neza, afite amaso meza! God bless her.
ubuse ibibazo afite nubwiza bwe bihuriye he??🤣
@@user-xo5iq8hn1pyegora mumbwirire kbx😢😂 arikubona harahobihuriye nkibibazo yifitiye
@@user-xo5iq8hn1p mumbarize pe
Maman wimpanga disi komera mubyeyi Nyagasani akomeze abanezeze kdi humura Imana ifite inzira igihumbi ngo itugirire neza iyawe nawe irahari❤❤
Mureke dushyigikire Anitha kuri channel ye Twamuhindurira ubuzima nawe akishima
Rwose uvuze neza
Yooooooo
Humura uzakira mama ntawubivuka ntago uri umukene ntago uri umuturage uri mwiza uri umusirimu
Uri umwana mwiza kdi Yesu ahoza amarira atanga ibyishimo ubukire n'umunezero pe
Yezu mwiza , ushobora vyose , ndakwinginze nzobone anitha avuga KO ari umunyamugisha apana umunyamwaku yaremwe mugashusho k'Imana
Anita ❤You are so beautiful and blessed. Icompa nanje imana ikankorera ibitangaza nkabyara trips ❤
Ukuntu asa neza., smile ijwi I like how cute sha nuko ubu bamutwaye (Yashingiwe)…amazing lady n brave
Anitha Humura Mukobwa Mwiza Navyunvise Kuri Umuvyeyi Mais Nakwise Umukobwa kuko Ndakuruta wihangane Mwiza Wacyu et Courage vyose Imana 🙏🙏🙌🙌🙌 Izaguhoza Amarira Inyuze mubantu Halleluuujah Halleluuujah. Grâce From Belgium ❤️❤️❤️❤🌹🌹🌹🌹
Komera mukobwa mwiza !Yesu aragukunda senga wowe n'ibindi Uwiteka azabikora.
Anitha nagukunze cyane URI umwana wihanganye cyane komeza wihangane ugiye gusubizwa aho izawe zirangiriye niho iz' Imana zitangirira
Mana we ,rwose ntabwo Uri umumyamwaku ntukature ibyo bintu.hanyuma rero rwose jya wikunda use Neza , wanbare uko ubyunva ibyamadini Ntacyo buvuze ,icyangombwa N'umutima wawe ,n'Imana yawe.ntabwo Imana Yanga abantu ko Basa neza
Humura rwose Imana izagutabara 🙏 .
Tumushyigikire Imana uzabiduhembera
Anita , you are so innocent . Stay blessed 🙌
Ani ihangane mubyeyi mwiza❤ Imana itera amapfa iba izi neza n'aho bahahira! Komera kdi ukomeze utwaze Imana irakuzi kdi igufiteho umugambi, komeza wiyubahe
Sabin ngukunda cyane peeee👌👌nkunda ukuntu ukomeza abantu nubwo harababifata ukundi bishakiye.Gusa Imana ijye ikomeza kugushyigikira mubyo ukora byose.
Inama ya mbere rekana nabahanuzi,ikindi iga kutabika inzika,kutavugira ku mutsi w'iryinyo.ubundi humura nta muvumo ukuriho bizakunda
Ntibipfa kurangira,nurugendo
Kubyara impanga3 n’umugisha kuko ntabwo ari burimuntu ushobora kubyara batatu n’Imana iba yaguhisemwo n’ashime Imana kuko Imana ifite imigambi myiza kuri wowe no kubana bawe.
She's very beautiful ❤️
Anita Humura Imana izakugirira neza wowe uzayikomezeho ntuzigere uyirekura kuko Imana numuhoza wamarira.
She is so cute ❤❤❤❤
Sabin rero hari ikintu ugomba kumenya kubijyanye n'abahanuzi, impano yo guhanura abantu bajya kuzigura mu bapfumu bakomeye. Cg bakazihabwa n'abaziguze kuri abo bantu. Rero barahanura bya nyabyo ariko batabikomora ku Mana n'imbuto bera zitari mvajuru n'abo atari abakizwa rwose. Ubwo rero ntibikagukange ngo wizere ko ari Imana ibakoresha n'ubwo bwose ibyo bavuga bisohora.
No kuzigura se bibaho?
@@niyitangatheoneste5744 cyane ziragurwa pe! Kdi make rwose. Muri Uganda bazitangira munsi ya 200k rwf naho Nigeria na South Africa aba ari menshi ho gato. Kdi igitangaje uwo waguhanuriye mwahura nk’eko ukamutereta akemera mugasambana. Abakozi ba Satani gusa. Never trust in them at all.
Ntabwo abantu bose arabapfumu 🙏
Ayiweeeeee Sha bibaho ko inzira zose zifunga ariko IMANA iba igucungura hafi
Ani.urumunyamugisha cane.gute woba umunyamwaku ugatwika impanga 3.humura umukama arikumwe nawe.ureke kwiganyira utangure gushima Imana izaguhindurira amateka
Wababyaye ariba3 mumugisha,ikindi buri mwana yaje numugishawe,ntugire impungenge you are blessed ❤
Komera ubuzima burahinduka abantu baga hindura amagambo Imana iragukunda cyane ❤️
Mana we !Girir'ikigongwe uyu mwana mwiza wawe umutabare umufashe,umuhoze amarira yiwe!!!Turagusavye Mukama!!!
Nawe Imana ikugirire neza kubwo gusabira ibyiza abandi
Abahanuzi bukuri babaho kandi benshi ndetse Imana ibakoreramo! Imana izabiguhishurire sabin ubimenye! Ndumva mbigusabiye mu izina rya Yesu
Njye ndabihamya ijana ku ijana nigeze kujya mu masengesho y'iminsi irindwi umuhanuzi arambwira ngo Imana inkijije cancer ariko numvaga ari film nyuma umuhanuzi wundi arambwira ngo njye kwa muganga njye nabonye Imana ijyenda inkoraho peeee hashimwe Imana yangendereye
🎉Anita uri mwiza pe Imana iragukunda nawe wishakemo kwikunda kandi birashoboka cyane
Sabin iranseķeje pe uti twikomereze ibyo abahanuzi tubyihorere , uti ngizengo ni nk ikibungo iranseķeje rwose .Sabin utuzanira abantu rwose bazima bavuga neza cyaneeee
Courage cyane Anitha. Komera Imana iri muruhande rwawe.kandi humura bizagenda neza!❤
Nayo arayacyeneye,ideni ryishyurwa nayo,nuguhera kuyo buriwese yabona.Imana Iduhane umugisha.
Imana yagukoreye byiza cyane kubera gusenga kuk wagize akanya wajyaga. Ubana nayo. Inama nakugira ibuka aho wavuye ukagwa .wihane kd lmana izakugirira neza kd usubire kwisoko yagakiza
Ayiiiiii Anitha weeeee ndarizee arko Imana yampaye amafrw nkagira icyo nkorera Anitha akagarura ikizere cy'ubuzima koko!! Ukuntu ari mwiza c sha Kdi rwose nkunze ko warinze ubuhamya bwawe, mbuze ibitotsi kbs, Ani ngiye gusenga mpaka uje ushima kdi Imana ijya inyumva pe.
Sha warababaye pe ariko ihangane Imana nidukoreshe pe tugiricyo dukora
Guhanura no kwera imbuto biratandukanye.
Kwerekwa,kuvuga indimi no kwera imbuto biratandukanye.?
Gusa ijambo riravuga ngo abayoborwa n'umwuka wImana niho bana b'Imana.
Anita mpole sigaho kwiheba, mwijuru har'Imana ikora ibitangaza.incuti uzozironka kandi nanje ndumuvyeyi,nkubereye incuti.
She is beautiful ❤
Pole Maama Imana igufiteho umugambi mwiza
Muraho abo kwisimbi tv🙌
Yala anitha arababye cyane knd cyigabo nukuri tuge dufasha uko dushobozwe
Gusa ntuzacike intege mubibazo uzahura nabyo byose nkuko wabivuze natwe ntitworohewe ark kubera lmana ubaho mu marira ark ukabaho❤
Yoooo ihangane hejuru yibyo byose Hari Imana kdi izagutabara.
Ihangane imana irakuzi peeeeee izaguha umugisha❤❤❤iragukunda
Unva nkugire Inama Anita. Umugambi wafashe wo gusenga no guhamana umugabo wabyaranye nawe ukabaho mukwihangana..Wahisemo neza Guma muruwo murongo Kandi ntuzave k'uwiteka Imana yawe. Nta mwaku ufite, ikindi Imana dusenga uyigumeho ntuyivangire NGO wiyandarike iyo tuvuga ko ishobora byose nta na kimwe itashobora. Tubivuge twizeye Kandi Niko bimeze. Ushobora kuba ibyo waciyemo byoseee, arisomo kugira NGO uzayitangire n'ubuhamya igihe izaba yarabigukijije. Guma kuwiteka Kandi ntuzayivangire ukora ibitandukanye nibyo ikwifuzaho nk'umwana wayo. Kuko iragukunda Kandi ikorera mumwuka ntabwo igaragara. Imana ikurinde ibibi nibisa nabyo kugirango ikugirire neza.
Oh sabin wagize neza gutumira Anitha ❤
Humura mama Imana irahari byose bizashira usigare ubirorimba nk'amateka
Ndamukunda Anita , iyi nkuru inyibukije uko navutse humura bizahinduka
Sabe ndagukunda ❤️ uhaha amasomo yubuzima
Sha baguterere impunga. Ba gukotirize. De tte les facons, Uri serieuse
Warababaye ariko Imana iragukunda kandi izakwitura.
Kwiga igice rero n'ukwiga Gatigisimu
Imyitwarire ya gikristo
Kumenya gusoma bibliya
Kwiga gusenga,indirimbo z'Imana,nibindi by'ibanze
Babyita igice kuko bibliya ivuga ko tumenya iby' Imana ho igice
Ibyuzuye Imana irabikwigisha uko usenga.
Yooooo pole sana kuri anitha chane ye yitwa gute ngo tujye tumuha like na share ubundi imana ibishyigikire azagere kundoto ze
Anitha TV show
Nukuri nibagutare utwotudeni isimbi ndayizi bagutabara ariko ntukihutire gufata amadeni uyjereka imana yirwanirire
Sha nukuri pe nanjye nabibonye disi Imana imukomeze
Mamawe,ntuzongerekwiyita umunyameaku,ntamunyamwaku igira urubyaro,ibyizanibitangirakukugeraho bazaza umufuragizo,ibibyose uzabyinagirwa
Afite ikibazo ,sabin nuko ufite experience mu kazi ariko biragaragara ko afite ikibazo.
Anitha ndakwikundira muvandimwe!
Wahuye nubuzima Muvandimwe Ihangane kdi komera waricunguye kdi icyombasabira nukutazaca mubuzima waciyemo.
Imana igire icyo ikora mubuzima bwawe kuko wahuye n ubuzima bugoye pe ariko bigiye kurangira, lmana ikwitamururire
Sha nanjye ndababaye Ariko sinakunda ubufasha kuruta kurinda icyibahiro cyumuryango nukuri ntimugashikike nuwagufasha ntagatume uba imfurambi kuko ubupfura nuburambye ubwo buhamya burasebya umuryango ndakurahiye😊😊😊😊
yooooh! Anitha mwana wacu humura kugera kure siko gupfa, izo nzozi ufite uzazigeraho wowe komera ku isengesho.
Uyumudame yatanze ubuhamya kwa Gerard (Inkuru yanjye)
Bénit wamukozi w'Imana niyakura azosa n'uyu mu maman neza neza.
Ndakwemeye uzi kwitegereza neza nanjye nabibonye ko basa ndetse cyane
Sabin abahanuzi bibinyoma bariho ariko nabahanuzi b'Uwiteka barahari
Sabin buri torero cyangwa idini rigira imyizerere yaryo kwiga igice nukwigira kubatizwa mu mazi menshi uba usigaje kubatizwa mu mwuka wera nibwo uba wuzuye
Ndagukunda
Birababaje rwose Imana iguhe umunezero niyo yonyine iwutanga naho abahanuzi bo bareke ntukanagendere mu byabo jya usenga Imana
Sabin wamuganirije ararira biraboneka rata ndashaka uwo mugisha w'abana batatu babahungu😊😊❤
Sha nanjye vrmnt
'o
O
O
Olo'opok'ooo
'oo
Loooo'ookop'
Sha maman uvuze neza ,iteka nukubaho uhatana kbs
Humura Imana irakuzi ntiwihebe isubiriza igihe kd wasanga kigeze
Disi useka neza jyuhora wisekera Mubyeyi mwiza ibyo ucamo bizashira
Sabe uraho neza
Nukuri Imana iravuga kad ikavugira mubantu gusa harababyiyitirira
I see displeasure in her beautiful face, I see patience and beautiful eyes, but it's so sad feel sorry for h maman
Cyakoze uwo munya America 🇺🇸 yarakubeshye mama gusa nyine iyo umuntu yahuye nibibazo byinshi gushishoza biragorana pe
Yooo chérie ntamwana Aza adakenewe,abo bana bawe 3 baje urushe ubabaye niwe mugisha wawe,komera
Cyakoze uri keza disi
Ani ikunde nukuri bizagufasha. Njye ndireba nkihamagara nti si uri mwiza Kandi wifuzwa na buri wese rero satani yiguca intege ngo wemere. Arko bantu bimana kuvucyira mu muryango nkuwo nimba Aru mwaku cg amakirwe ukaba mwiza bikubera icyibazo .kuko abantu bakwitirira amateka Yi wanyu. Indaya pe. Arko njye icyo nakundiye lmana yampaye umutima uticira urubanza igihe Koko bari kuvuga ibidahuye nu kuri kundi ku mutima noneho nkituriza .ubundi nkikunda Koko kuburyo abatanzi bambona bakavuga ngo uriya mugore nu mucyire kubera umunezero mpora ,ntibagiwe ko mukanya kagahinda kanjye kakongera kunyegura niyo mpamvu bwiye Anitha nti iga kwikunda.bizagufasha
Murakoze
Ark kagira isoni mama😊
Ch umugabo wawe age yihiringa mubeho p wangiritse ukiri muto niyo mpamvu ntakizere ufite
Sha SABIN mutabare uyomwana pee!! She is VERY INNOCENT. Akubajije ikibazo giteye IMPUHWE : Mugira BIBLE muri ROMAN CATHOLIC?
Nukuri imana irakuzi ❤❤
I love you Anitha❤❤❤Ndu mufana wawe muri flm yitwa isi yacu❤❤❤
Sh Anita duherukana twigana mur trokome p imana ishimwe kongera kumubona
Anita icyambere va kuri karande ziwanyu kko niba waravutse ubwa2 uri icyaremwe gisha muri Christ ntakarande nimwe yokongera kugukurikira kko urundi muntu atundukanye nuwo wahoze uriwe ikdi kdi ikikwereka ko urumunyamugisha nuko Imana yaguhaye urubyaro uwo niwo mugisha wambere ukomeye uruta iyindi so,be strong ukomere kuri nyagasani kko Isi niko kwayo ariko one day uzisanga utakiri muri izo Strago urimo kurubu.
Nibyo rata harigihe byanga burundu ukazarinda upfa byaranze, gsa Imana ijya ica inzira
Anitha Humura wowe uzikomeze ku Mana usengane umutima ukiranuka, Imana numuhoza wamarira izaguhoza kdi izaguha ibyishimo byuzuye. Humura kdi komera Imana izakugirira ibambe.
Anita Imana iratabara senga wizere
😭😭😭😭nukuri dusangiye amateka icyampa imana ikazatwibuka natwe.uwarushye ntarukuhaka koko ngewe nasabye n'Imana gupfa ndabibura kuko iy'isi nayibabariyeho pe!!!! Mana birahagije ushatse nge wakumva icyifuzo cyange aho gukomeza kumbabariza kuriyisi
Ntakitagira iherezo humura kd komera
Ntukihebe bizohinduka
Imana izakugirira neza humura. Nubwo bimeze bityo Yesu aragukunda.
@@jolie7180 ntabwo ankunda pe . Njye njya nibaza icyatumye mvaho nkakibura kuko iyo ankunda ntiyari kureka ngo nyure mubyo nanyuzemo kuva nkivuka 😭😭😭😭ese ko nasabye Imana kenshi kuncyura nkitahira byo irabinyimira iki ko ntakigoye kirimo. Mana aho kugirango ngume mbabaye abandi bishimye wakumvuse gisaba kwange koko😭😭😭😭😭
Yoooo humura Imana Irakuzi pfa gukora Ibyimana Ishaka Ibindi Ibiyirekere kndi nukuri uzatabarwa Nanjye Naguha Ubuhamya ntuzarambirwe chr
Komera mama imana irahari kandi niyo karuhuro komera❤❤❤❤
Sha warababaye cyane pe gs nyn dushobozwa byose na kristo
Anitha ihangane Imana twizera izaguhindurira amateka. Twese dutegereje ubuntu bwayo
Nigabyinshi mubiganiriro ukora imana iguhe umujyisha
Yego wahiye n'ibikomere byinshi ariko uburyo uri kwikura kubarokore udashaka guhamya imirimo y'Imana birikuntangaza Kandi ahugeze nubu nuko wasenze .Imana ikugirire neza gusa ntuzibagirwe n'aho yagukuye.
Noex Imana niya barokore gusa cg wigeze wunvaa ahakana Imana
Cyakoze sabin kubuntu byubuhanuzi dufite imyunyire imwe .
Ani,impore Kandi tucyiri mwisi dufashe ibihe mu ntambara. Rero reka kwisangize icyintera imbaraga kuko story yawe,injya kumera nkiyanjye pe. Nuko ugomba kwikunda Kandi cyane ,icyindi ugakunda na bana bawe.niyo imiraba yaza unjye uyibwira uti ndiho Kandi nzabaho kuko lmana icyimfiteho umugambi. Komera muvandi
Pole Anitha mwiza Imana irahari ma
Jane chr ndagukunda cyane
Imana ntirobanura!
Eeeh mbga umuvyeyi mwiza weee, nukuri ntukihebe kuko Yesu yaragukunze cane akugabira ibibondo ,kandi imbere hawe niheza.nuko urikure,ninzira zikaba zitagihita neza,nakwiyegerereye nkaba umuvandimwe wawe gutyo ukunva ubuzima nawe.mubuzima kubona umuntu yihevye nkuko kwaw birambababaza kandi cane.