Imana integetse kumena amabanga y'Idini ya Islam/Abakristo bansengere kuko ibyo mvuze birakomey cyan
Вставка
- Опубліковано 12 чер 2021
- Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi,kudutera inkunga y'ibitekerezo ndetse n'iyuburyo bufatika kugirango uyu murimo w'ivugabutumwa dukora urusheho kugenda neza cyangwa ukaba ufite inkuru n'ubuhamya wifuza gusangiza abadukurikira waduhamagara kuri +250783103298 iri no kuri whatsaap.
Facebook: Joel Jo Shobiz, e_mail: sengujoe@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-KCB ACCOUNT: 4402218276 (Joel Sengurebe)
-Moble Money: 0783103298(Joel Sengurebe)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha - Розваги
Shafi nabanube cyangwa abayobokebe ninkacyacyirondwe cyasigaye kuruhu Inka yarariwe cyera
Shafi,turamuste duhuye ,nagusobanurira,neza ,ibyakubayeho ,kuko nanjye,byamabayeho,neza,ndeste nibyo bybutinganyi,mbega nakubwirako ,ibyobintu ,ari ibigeragezo bikomeye,kweri,ariko kugirango ubisobanukirwe ,bisaba kwitonda,gusa reka nguhe,ingero,kuko jyewe ibyuvuga nagrageje kubyitwaramo ,neza ndaceceka,mbih'igihe ndasenga ,nyuma nadasobanukirwa.pe,kwanza reka nkubwire,ko ,ntacyaha gikomeye nko kubangikanya,Imana,iyo umaze kubangikanya Imana ,shitani akurinda kongera kugeragezwa,bityo ubona amahoro yumutima ndeste ukagira,ibyishimo byuzuye.niyo mpanvu ,muzozi wabonye baseka cyanee ndeste ugatabarwa,wamukobwa wo murusengero,ninawe wo munzozi .Ubu rero ikigragezo gikurikiyeho,nugutangaza ,ko Allah, atari we Mana,jyewe ibyo mbigezeho nabajije izo mbaraga z'umwuka,nonese ,indimi zitandukanye ,nizo zikuraho ,ubu mana, niba aribyo buri rurimi rwose rwagir'Imana yarwo ,kuko abakiristo babarabu,Imana bayita Allah ndeste nahandi henshi no mubayahudi nuko.Ubwo nakomeje gushakisha Allah aho bituruka, nanga biva kwijambo ryitwa I lah,ndeste ,ntwabishidikanya kuko,Amazina y'abamalayika arabihamya rwose,urugero,JiburaIlah,MikaIIah,IsaraphIlah,RaphaIlah,wowe ,ndeste na IshmaIlah,IsraIlah,:Iya mazina yose abonekamo Imana,muri turiya duce ,twakomostemo Aya madini ,biboneka ko Allah iriryo zina ry"Imana rizwi risobanura Uhoraho.jyewe nguko uko nakize kuko,ubwo intambara hagati yanjye nizo mbaraga zumwuka uvuga yatangiye ubwo irangiye vuba aha rwose.gusa yanzizemo ,gusobanukirwa nibiriho byose birimo kutuzengereza.Urakoze nubishaka uzambwire gufashe rwose nzagusobanurura neza nizeyeko uzafashwa.
Imanishimwe haleluyaaaaa imana niyoyagukuye mububata iguhagurukijekuyikorera mugihe nkiki kigoye ngusabiyuburinzikumana iguhishe batazakugiriranabikuko rwose sabantubezanagato bizi abababaraturanyenabo cya nububagituranye mbegabadayimonimbegabzazimuweee mwizinaryayesu imanizampushe abaslm nabapagani bakorananimyukamibi imanikurokoye komezuyikorere izaguhemba
Uwiteka akomeze akongerere ihishurirwa ndetse agukomeze ,aguhe imbaraga abantu bamenye ukuri. Imana iguhe umugisha komereza aho tukuri inyuma
Imana yamahoro itanga amahoro atarinkayabisi batanga ikwishimire usoje neza icyo kiganiro Yesu aguhe umugisha kndi arihagije ntugire ubwoba kuko Uwo yatumye ntabwo amuha umwuka wubwoba ukuri nukuri kndi niwe nzira ukuri n'ubugingo ntawe ujya kwa data atamujyanye dusengere abacu Yesu abasange nkuko yatoye Saw u like. Imana iguhe umugisha nimbaraga
Shafi Imana iguhe Umugisha🙏🙏🙏🙏
*YESU NIWE NZIRA, UKURI, N’UBUGINGO.‼️‼️‼️❤*
Amen
Icyo mbona cyo nuko Hari ihangana ryamadini kdi mu byukuri twese dusenga Imana imwe, buri wese afite uburenganzira bwo gusengera aho ashaka kdi habeho kubahana ku myemerere y'umuntu 👌👌
Icyuzu ntacyo kuku ibyo uvuga ngo dusenga Imana imwe ntabwo dusenga Imana imwe kuko ngewe nemera Imana biciye muri Yesu kuko bibilia ivugango ntarindi zina twahawe mwisi no mwijuru rikuraho ibyaha abantu bakirizwamo keretse irya Yesu gusa ako kantu ukumve neza irya Yesu gusa no other name
Amen imana ihabwe icubahiro yesu kristo niwe mana data watwese
Uhindukire usabe Allah imbabazi cyaneee ndetse kuko urumunyagihombo gikomeye cyane
Nukur Yesu niwe nzira nukuri nubugingo Urakoze Mukoze w Imana 🇧🇮🇧🇮
Toka toka toka , sobanura icyo Qafiluna bivuga , ni umuhakanyi , utemera Imana imwe rukumbi
Shafi, uraho !
Naragukunze iyo nkubonye nkubonamo Imana. Yesu akomeze akwagure 🙏🙏
Bazanguhuze nuriya musaza
Waganiraga na Mutabazi
Doreko avugako nawe yavuye mucyirokore yari pastor akaza kumenya ukuri akaba umsuramu nawe wamenye ukuri UVA mubayisiramu
Ngusa ufite imbaraga zikumara ubwoba bwabahezanguni bidine Imana ibakurinde
Pastor ndakwemera kabisa!
ibyo uvuga nukuri najye fite ibihamya byuko imana basegenga atariyo mugihungu cyomwijurupe kugirago umenyeko iyumuntu ibyavuga nukuri ijana kwijana hano mubarabundi iyo umvuze yesu niyo baba batarikubyuva urugo urimo ruhita ruhura nikibazo
arabantu basenga Imana yukuri bakugirira impuhwe ariko kubera ibyo basenga nabo batabizi bahita bakora amabi ngo bari gukorerera Allah!! birababaje kubona abantu bica abantu kumugaragaro mu izina rya Allah ngo barigukorera umugisha
Unvugukuri ariko uzonsenge urabe isabato kwarivyo n'a yesu kristo yayitodene nomwijuru 👏👍🇧🇮
Imana iguhezagire. Apotre mutabazi akwiye gusubirayo murikumwe mwabiteguye
Wumvirize.inyigisho.yigisha.haruxatuka..ahandakundagukurikirana.amakomantere..yabantu.aharero..ndakunzuwumuntu
💓💓💓💓💓
Sha arabeshya pe cyane rwose
Uri mu gihombo gikomeye cyane
Allah akubabarire nawe si wowe
Amen Imana ikwagure nuri komerezaho Yesu ni,Umwami ibihebyose
shaffi kuki ibyo bintu utabivuze uri kumwe naba igihe muba mubwiriza
ibyo ni ugusebanya
Hamya Yesu nawe azaguhamiriza imbere ya Data komeza inzira watangiye nkunda ukuntu Uvuga Yesu neza
Mureke mbabwire bantu twese twe era ko twaremwe n'Imana Imwe ariwe Dada wa twese Mwijuru.
Amahoro y'Imana abane natwe twese.
Imana Ishimwe ko wakiriye Yesu nkumucunguzi wawe, ariko na none w'itonde utamutukisha, mugihe utazi ibinu ntukajye kubisobanura.
Ikindi ese tuzajyanwa Mwijuru namadini?
Urakoze cyaneeeee Imana iguhe umugisha
Imana ikulinde abo banyamahanga ntibagihitane
Yesu n,Imana gute yarabyawe numuntu ,ubwo ehene ibyaye umuntu wavuga ko arumwana wimana?
Yesu niwe nzira nukuri nubugingo.ntawujya kwa Data atamujyanye
Amen
Knd iyakujyanye mubasiram niyoyashatse kuzavayo uduha ayomakuru yaho knd ndizeraneza ko harabandi imana igiye kugarura nabo bavugishukuri kuko igihe kirageze
Uzaganire na Sheikh Abudulukalimu nawe yabavuyemo kandi yari yarabyize ibyo byose .Mufatanye mwereke abantu ukuri ku Imana .
Imana iguhe Umugisha 🙏🙏🙏🙏
sha nta bumenyi ufite kuko n'ibyo urimo wagiyemo ntubizi
Imana yaguhamagaye muguhe kiza🙏🙏🙏🙏
Yewe Imana ikomeze iguhe imbaraga
Yesu akomeze akwambike imbaraga
Wowe uzasara ufite ikibazo pe!
sivyiza kuvuga ivyo utaz kand iman izobibabaz
Mujye mwigisha ibyanyu iby'abandi mubiveho, ubu se ko wibasiye abo islam niyo dini itari ubukiristo, mwigishe ibyanyu mureke gusebanya
Huyo hakuwa Muslamu nikumpenda Dunia
Habwa imbara namavuta uzuzwa hamya birakwiriye ubutware bwijuru bube kubitugu byawee
Nitujya tubona Ibintu nkibi Tujye dushimira Imana Allah akbar Lah Ilah ilallah
Yesu niwemwamiwokwizigira nukuri ninziranubugingo
Urakoze cane ku twibuka Abo mu Burundi kuko si kenshi abanyarwanda bamenya KO tubaho merci beaucoup
Turabizi ko mubaho bavandimwe bacu ba Burundi.✋✋🙏🙏
Aba islam barazimiye pe Kristo akwiye kubamurikira akabakura mumuzimiza barimwo
Sha ndkubwizukuri abanga kwemera mubareke yesu watubambiwe azabemeza, kuko ariwe nzira nukuri nubugingo komerezaho mukoziwima🙏🙏🙏🙏🙏
Yesuyavuzukuri ati ntugafate ivyeravyeranda ngubiterere ingurube zahindukira zikagushima abisiramu ntibumva nahowogiragute kuko bakoreshwa namashetani
Yewe mutumishi mwuka wera waramumize peee kuko nibyo amahoro ya Yesu ntagereranywa amenywa nabayafite.
Murakoze kunyigisho zanyu muduhe sura kafruni hamwe na verse
Yesu yavuze ati: Jewe na Data turi umwe
Upfuye ukiri umurutadi ufite ibibazo inalillah wa inailayhi rajioona
Umusiramu.wukuri.ntatukana..abo.bariko.baguhangara..imanibababarire..ndabifurije..kuvugana.nawamushehe..akundakuvugana..nacita🙏🙏🙏🙏
Iyo mbonye umuntu uvuga ibinyoma numva nzanye urumeza .shaff ari kudidimanga pee uri kuvuga ibyo utazi ufite ubwoba kumunwa.kandi umutima wawe urabiziko ibyuvuga aribinyoma Wowe ishakire umugati ariko ntugasebye idini ya Islamu .
Ahhhhhhhhh,sha ufashe abantu urababeshya pe!
Ubwo ni ukuvugako Islam iyoborwa na dayimon kandi igacunga nayo Quran 72:1-14
Imilimo atali muli Kristo Yesu ntaho yandikwa
surat Kafiruna ntabwo bivuga aba kirsto,kuko abakafiri ntabwo ari aba kiristo ,naswara,sabiina.
abanyarwa muf ubusa ww nimba wemera yesu mwemere nimba wemera Allah mwerer umus wiherez tuzorabir twes hamw
Urumugabo sha imana izaguha mugisha
Nabera mbonye ikigoryi kitazigusobanura kirabeshya nkubonye naguhemba amabuye ukayahekenya
Allah akugirire Impuhwe Kandi akuyobore
Imanikuzigame🙏🙏
Bagushyirireho Fatwa. Nawe urashaka guteranya Aba Islam n'Abakristu mu Rwanda. Nawe usage Karasura na Inda-manger.
Walahi
Urabeshya ntawari umuslam ,
Uvuga Yesu nkagukunda gusa bareke bemere cy babireke
Muhamyee kuko agakiza karakenewe iyaba bahabwaga mwuka wera bamwemeraga akabasobanurira bakamva mubyo baribo bakabona ubugingo.
Yesu Kristo niwezira yubungingo
Wowe navlcyuzi mubyuvuga nanabibiriya Uzi soma bibiriya yohana17+3
*Shaffi amaze iminsi adufasha cane*
Yemwe ba islam mwakire Yesu bigishoboka,ntawuzoshika kwa Data atamujanye.
Ikiganiro cyabanje kirihe ko mutagishyize ho
😃😃😃😃😃uti apôtre yanje wayisize hé😳😳😳Isi irashaje we😭😭😭koko bose niba shehe,ubivuze neza cane
Surat 27: 91 Ntumwa Y' mana ( sal - allaahu ' alayhiwa Aalih Wa sallam ) we ! Babwire uti] : " Mubyukuri Njye Nategetswe Kuzajya ngaragira Allah umugenga wuyu mujyi[ Wa Maka ,Ari Nawe ] wuwugize Umugi mutagatufi . [ Ibibaho Byose Byo musi no Mwijuru nibye] Kandi Nategetswe Kuba umwe mubemeye Gucira Bugufi Ubushake Bwa Allah mba Umuyisiramu .
Bahamilize ko amavi yose azapfukamira Imana
iyo muri kumwe ubura icyo ivuga none ukibonye mutari kumwe
MUTABAZI YIGIRA KAMENYI KUJA KWITENGA ABAKAFIRI ATAZI NI UMURONGO UMWE WO MURI KOROWANI.
YARASUZUGUJEA ABA KRISTO
Basobanulire kuko banze kumva biziba amatwi
Niyo sura usomye uyisobanuye uko ubishaka inna lillah wa inna ilaihi rajiun
Ngaho murute!
Si umuislam uyo ni islamic state ninkabobose biyitirira islam kdi batayizi allah arahambaye nokuba umuislam ninema zimana
@@isarosalama202 izo za Islam, za bakizwa, za catholic mbese ibyo byose mwita amadini ntacyo bizabamarira uretse kubarindagiza. Igihe cyanyuma hazarokoka uwufite Yesu by'ukuri.
Uvuze ukuri KBS
Nanjye narebye icyo kiganiro mbona bose ari abashehe
Jyuvuga ibyufitiye ubumenyi
Amena Rata ubyuvuga nibyo
Hoya ntanakimwe azi ngo yesu numwana wimana ngo kandi ni Mana déjà vya maze kuba ibintu ari bibiri
Hasbia LLAH waniimalwakil
Gsa ugira nutugambo twishi mbanumva ntifuza nokukumva
ngo Imana izamuhana ubwo mwamaze kumupangira ku mwica ko mwe mutarahanwa kd mubeshya abantu?
Yesu/Yahshua muri Bibilia ntabwo azi umunsi wanyuma wimperuka ni gute se Yesu = Imana?
Matayo 24: 35 Ijuru n’isi bizashira, ariko amagambo yanjye ntazashira. 36Naho umunsi n’isaha ibyo bizabera nta we ubizi, ari abamalayika bo mu ijuru, ari Mwana (Yesu), keretse Data wenyine.
Rata nyibwirira nagukurahe ngo ngusilamure?
Bibilia na Yesu/Yahshua barabyivugira ko Yesu atariwe Imana kandi ko Imana iri Data wacu twese:
Yohani 20:17 Yezu ahita amubwira ati «Ntushake kungumana, kuko ntarazamuka njya kwa Data. Ahubwo genda, usange abavandimwe banjye maze ubabwire ko ngiye kwa Data ari we Data wanyu, ku Mana yanjye ari na Yo Mana yanyu.»
Azagaruke nukuri akubiteee ikinyoma
Yebaba we uti united ikibazo na Allah oya nibyo koko iyo uba uri muzima.ntuba urwanya Allah ahubwo ni bakujyane indera ntahandi wa kwiyamamariza
Arabizi ko allah arimana arabizineza abayijijisha ntaho ataniye na islamic state bose nabahagurukiye gusebya islam kdi ntawuhisha ukuri. Islam iranga ikadomina ikera imbuto nziza kuriyisi mwemeye islam isiyaba paradizo ntaburaya, nta bujura ntabwicanyi ariko nyine mwimitse shitani mwisi yanyu islam ntizazima irinzwe niyomwijuru
Bibiliya yera yomucyarabu yanditsemo allah ahubwo ubwobujiji bwibinyoma muzabwire abanditse bible yicyarabu bazahindure izina allah bashireho ibyo mwe mwifuza sawa courage
Tutagiye kure mu vyakozwe n'intumwa igihimba ca 4 guhera k'umurongo 11 gushika kuwa 12 havuga ibi: Uwo niwe buye mwebwe abubatsi mwatituye, kandi ryahindutse irigumya imfuruka (11). Kandi ntawundi agakiza kabonerwamwo, kuko atarindi zina musi y'ijuru ryahawe abantu dukwiye gukirizwamwo (12).
We tnk u in Bja town
Ufite mission yawe ntawakurenganya,gusa komeza ukine n'Imana uzibonera kuko guhimbahimba mwizina ry'Imana ntibizakugwa amahoro,ibyo uvuga wakwerekana aho ubikura?
Ubutaha uzadusobanurire ukuntu abayisiramu banga Pawuro impamvu yabyo
Subhanallah
Shafi innalillah wa innalillah lajuhuna Uzabona ishyano kd sikera wagenda ugasenga aho ushaka ntusebanye kk uzahura nikibazo .
Ijambo ryi Mana itanguriro umurongo wamber haravugango imbere ya vyose Imana yaremye ijuru nisi noe wumva yaratanguye kurema muhamadi wapi kbsa Imana yariho kndi yahozeho muhamadi yaremwe ni Mana
Muvandimwe abo bantu bavugako basenga Immana batemera Yezu ngo bizabamalire iki?Yezu agira ATI ntawugera kuli data adaciye kulinye none babona bazayigeraho bite? Muzabibigishe kuko batazi bibiliya
Imana yabo yumva urulimi rumwe mbega ishyano🙆🙆 yewe baragowe
Birumvikana Mohammad ubwo yakoze maji
🙊abantu barahaga bakibaza babaye Imana. Ubu kweli uriyumva inguvu kuburyo warwana n’ Allah???? Jewe ngize nti courage kabisa
Ntabwo ari Shaffi urwana nawe, uwo allah wanyu azakubitwa n'ikiri muri Shaffi nawe ni Yesu Christo watsinze rupfu na kuzimu. Kizwa we kwirirwa urwana n'ubusa.
@@alainkanobayire2078 ikiri muri shaffi ko ari ikinyoma gusa, ikinyoma amaherezo yaco urayayobewe?
@@saeedhakiza2096 ikiri muri we n'inzira ukuri n'ubugingo. Shaffi agaragara ko yuzuyemo Mwuka Wera n'aho abayislam bose mwakwishyira hamwe mukamuroga ntabwo muzamushobora.
@@alainkanobayire2078 umwuka w’ikinyoma n’uburiganya ndakwemereye aravyuzuranye. Nayo kumuroga yarozwe kera mumukunda mumushakire psychologist amufashe gukira nyamarozi
barbe bahangan naw bazobibon ko Allah adahanganywa inshallah