Assalam alaikum warahmatullah wabarakatuh nge numva mwajya mwigisha umuntu mukamubwira ko niba yumvishe ukuri we azizane mutamubwirije batazajya bagirango tubahatira kuba aba Islam
Uwo numwana, Paulo na sira barasenga bararirimba aho bari muri filipi nimuburayi Imana ibohora Paulo na sila Ikindi tuzunva indirimbo y'umwana w'intama w'ikinege w'Imana niyamarayika murazontumira ndababwire
Ngo amategeko 10 cyokora aruwabajije ari navasubiza bose ntamwuka wera bafite uriya bamubajije amategeko ati 10 kuko ntazi ko amategeko y'umwuka ntaho ahuriye ni 10 kuko yari inyuguti
Mufatiranya abaswa mukabica cyane. Gusabyo mwebwe mubaza ibibazo ntimusoma bibiliya pe. Mujye mureka gusebya Abachristo. YESU niwe mwami. Ikibabaje nuko batifashisha korowani kuko ntakamaro ifite.
Ongeraho ko bafatiranya abasinzi baba basanze hariya😅
Mwiriwe neza
Amahoro y’Imana abe muri mwe Umwami Yesu ashimwe. Nkunda ukuntu mufite umwete wo guha akanya abantu bakabaza ibibazo mwagiye mutumira abantu tukaza tukaganira mudahimbiye guftirana ababonetse bose.
Allah Akbar
mwamufatiranye cyane. Kuririmba ni ngombwa mu nzu y"Imana (1Ingoma6:16-17; 2 Ingoma 20:22; Matayo 26:30; Mariko 14:26; Ibyakozwe n"Intumwa 16:25)
Muri yobu hati igihe abamalaika baririmbaga abefeso 5:19.....zaburi150:1......ubwo nibutumwa nyabaki Ako gakiza karajyahe muzad
Some ibyahishuwe muzasanga tuzalilimba indilimbo niba mutabishoboye mwe gusebanya sibwo butumwa bwegereza abantu Imana
Ni inzira yukuri kbx sa
ALLAH Agumye
Abongere ubumenyi
Yesu amaze gusangira nabishwa be bararirimbye bajya kumusozi gukomerezayo imilimo matayo 26:26.....
A A w w! Wallah muzadufashe mudusure KIREHE MAHAMA !
Ubwo n'ubunebwe gusa bwo kwandika neza indamutse ya Allah?
Oooooh!!!! Islam is the best
Murayobya cyane. Mujye musoma igice cyose tumenye impamvu y' iyo mirongo yo hagati muri gusoma.
Seguin imana izaguhibihembo bigukwiriye nabomufashanya
Islam is the best
Murabesha mwebwe ibyo nibinyoma
❤
Aslam Walayikum walahamatulaah wabarakatuhu,Manshalaah
Asaalam alaykum walahmatullah wabarakatuh nukuri byibushyenumva kubwokuba Allah yaranjyize umuyisilam Alihmudulila❤❤
Yesu Christu yaramamaye uvuze ukuri
Assalam alaikum,warhimaturallah,wabrakatuh.imana,ibagurire,ubumenyi
Mwese muzibere
Ngenda yesuwe waramamaye❤❤❤❤
Hashinwe Allah watuyoboye inzira y'ukuri
Assalam alaikum warahmatullah wabarakatuh nge numva mwajya mwigisha umuntu mukamubwira ko niba yumvishe ukuri we azizane mutamubwirije batazajya bagirango tubahatira kuba aba Islam
Uwo numwana, Paulo na sira barasenga bararirimba aho bari muri filipi nimuburayi Imana ibohora Paulo na sila
Ikindi tuzunva indirimbo y'umwana w'intama w'ikinege w'Imana niyamarayika murazontumira ndababwire
uretse Paulo na Sira ndahamya ko na Yesu yarariribye
Zefaniya 3:17
Uwiteka Imana yawe iri muri wowe imbere, ni intwari kandi irakiza. Izakwishimana inezerewe. izaruhukira mu rukundo rwayo, izakunezererwa iririmba.’
Zaburi nyinshi zirimwo,kuirimba nogucuranga,dawidi yacurangiraga Imana abadaimoni bagahunga
Asalam alaykum n'ari narahovye kuza ndumviriza kuri Daawa tv uwampaye link Allah amuhezagire
Ndashima imana yoyarenye umuntu ikamuha ninzira ikaduha intumwana bahanuzi hanyuma bamwe bakemera abandi bakaba bahakana kandinyamara bafite ubwenge bwogutekereza bafite amaso bakabaye babona bafite amatwi yokumva ariko ntibashaka kumva gusa ntago bitangaje kuko umuriro waremewe abatemera imana imwe babandi batigeze bashaka kumenya ukuri kandi barabagezeho babaha ukuri ariko mukanangira imitima yanyu bashekh bacu allah abahaze muribyose mugumye mushobozwe naallah turabakunda bamwe bagenda basobanukirwa imana imwe
Mwese muzibere abayisiramu
Niba wafashijwe nkandira kuriyi foto umpe like
Aba israheli bamaze kwambuka miliyamu yararirimbye,bageze hakurya naho waririmba ushima Imana usingiza Imana ikibazo kirihe
Kurimbuka kurabegereye numutarekeraho kuyobya Abantu b'Imana. Muzabona ishyano mwebwe muzi ukuri mukaguhosha. Uyumukobwa numwana muto rero Mwere kumuyobya. Jyewe ndahamya ko Yesu yariribye, musomeneza ibyanditswe Muri Bibiliya mwihane mubatizwe mwizina rya Yesu
Tanga umurongo waho yaririmbye nyine
Allah akbar❤
ndabasuhuje .uko mbyumva gusenga bikubiyemo iyo usenze no kuririmba bibamo.biri mu itegeko rya mbere
Allah Akbar❤
Muzi bibiriya kbx
❤❤❤
Ah nihatari ngibyo ibyo bibiriya ivuga ibihe byimperuka nibyo utaraba maso shitani aramubona icyo napfuye nabasiramu nuko basoma imironko ariko ngobahere mugice cyambere barangize bumve icyijambo rivuga basobanuza umubiri
Wallah Allah azabahembe kumunsi wimperuka
Yewe yesu ajya kugenda yasixe impano zitandukanye mubamwizera bakubaha IMANA yamutanze SOMA ABEFESO 4:11noneho kuriyi myigishirize irimo kuyobya abantu usome umurongo wa 14 gusa nuko murimo kwifashisha umuntu mwateguye kubaza ibibazo
ese noneho guhakana ko yesu atarumwana wIMANA bivuyeho muti turamwera ariko muza mugoreka inyigisho ze ngo gutwikira umutwe ubwose mwabisobanukirwa mute ntamwukawera umva bantu musoma izi comment mwiyoba cyane bigeze aha SOMA
ABAFILIPI 3:1-6
Non c shehe KO muri bible haba igitabo cindirimbo
Muzahamagare umuntu ujijutse murecye kurimanganya. Nka Anicet Niyomugabo
Mwamufatira ye wangu
Mutemera ko ababakozi basatani batabayobya impanvu mpamyako arabasatani nuko mubyazanye satani harimo kuyobya Kandi bano nibyo barimogukora. Jyewe ndahamya ko Yesu yariribye
Zana umurongo ugaragaza ko yesu yaririmbye!??
Nikuki mukunda kuvuga ibintu bijyanye namarangamutima yanyu ariko mudafiteye umurongo ubigaragaza
Imana izabahanira kwitwara nkinjiji kdi yarabahaye ubwenge
Ni mubibwire abanyarwanda nyene atabwenge bwo kwiyumvira no gusoma ngo batahure nyene
Mujye mushyiraho nomero
Ark mujye mubitangaza ababwiriza butumwa tuze pe ntimukifatira abantu bo mumuhanda
Ivyo vy'indirimbo musomy mur amosi nivy mw'isezerano ry kera. Ni mutubwire ah vyandits mw'isezerano rishasha🙏
Bibiriya wemera niyihe ?
Ukurikira yesu cg paulo
Uburyo Imana yaje guhinduka se mwisezerano rishya ikivuguriza.
Mujye mukoresha ubwenge kuruta amarangamutima kuko kumunsi wimperuka burimuntu azabazwa ibye
Amakuru
Iyo njiji murayifatishije😅😅😅😅
Ntimugafate abantu batazi amateka yamuhamadi ngo ngabaribo mutuzanira kubaza ibibazo muyobya abantu
Shuti bavandimwe ndabakundacyane kuko mwigisha ibirikuri gusa mbabazwanuko ntavukiye muba Isilamu mporanifuza kuba naba umuyisilamu mwazafashije nkaba umusilamu koko
Ese nta gitabo mwaha abi😢njiradini bashya cyadufasha kwiga idini rya Isilamu
Ibirori byabandese igaya??aho ijambo ry'Imana ryavugaga abantu bayiririmbira ari abanyabyaha mwiyobya abantu rero.
Zaburi 150:1
Ntabaye umuhamya wa yehova naba umu islam abandi bose nukuyobya gusa ariko intego "baba bishakira amafaranga gusa nta kindi nuko bayashaka bitwaje lmana kugira ngo bikunde bicemo kuko batavuzemo lmana na christo amaturo n'icya 10 ntibyatangwa".
Yagiye muvyo atazi
Mwagombye kuba misoma bibiliya marcelina yizaniye kuko hari igihe mwaba muri gusoma iyo mwiyandikiye
Hari uburofa ntajya ndaba Aba Islamu haroco mutazi nziratako namenye yesu kristo ibindi nabyo ntabwo bindeba
Kowabira kariyemo se mugumane haricyose ariko wirakara
Mwitubeshya mwabasilmumwe byoseharijyihe bizasobanuka
Mwebwe c amategeko icumi y'lmana murayubahiriza!
Amos 5:21-23
Ibiganiro byanyu bimaze kunyubaka nanjye ndahindura idini sengera muri ADEPR Gusa abarokore ni abana babi barabesha nibisambo ni abambuzi nibisamo bakurikiza amategeko yi dining bakirengagiza atimana
Amadi yose abamo ibyiza n'ibibi yose bisaba kuyitondera naho ubundi washiduka warohamye.
Ngewe Icyonabasaba nukuzatumir’ababishopu bakomeye basi bible apana abana mugacyiza urujyero nka Gitwaza nabandi mujyiranicyiganiro gifatika mujye musobanukirwaneza.
Ese mwebwe abayisiramu mwemera Bibiliya yose?
Idini Ni kumutima Wumuntu
Yabuzaga abanyabyaha kumuririmbira kubera bamuryaryaga ahubwo mwebwe ntago musoma isomo ngo murisore ngoyumve aboyabwiranga mwiyobya abana bimana iyompagera ndababaye
Mujye musoma igicecyose kugirango musobanucyirwe icyobashatse kuvugaho umurongo umwe ushobora kuyobya
Kuva 15/15
Imbiri mbo yamose
Hhhhhhhhh😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
mukorerahe
Musome neza bible yesu abasobanurire
Kbs akakantu ko kubaza ni keza
Ngo amategeko 10 cyokora aruwabajije ari navasubiza bose ntamwuka wera bafite uriya bamubajije amategeko ati 10 kuko ntazi ko amategeko y'umwuka ntaho ahuriye ni 10 kuko yari inyuguti
Icampa mukamenyu kuri icyarico mupfa kuvuga?
😂 😂😂😂😅🎉❤😢😢😢😢😊😊😊😊😅
Muhammad umuntu warongoye umwana wimyaka 8 witwa aisha niwe mushakako dukurikira
Umva bavandi twabavumbuye muragenda mugashaka umuntu ngo aze kwibarishwa ibibazo naho muba mwaraye mushaka ibisobanuro 😂😂😂😂😂😂😂😂yebabaweeeeee SOMA
ABAROMA 15:13
Wowe uzaze noneho ubahinyuze!!
Iyubuze ibyuvuga uricecekera ariko kuza uvuga ubusa kdi bwuzuye ikinyoma ntago aribyiza
Ubwo canditswe atandirimbo zabayeho
Muvuga iki Ku isabato
Amosb6:5
Murabesha uwo mwifashishije nekereje ko ariabo mwishuye
Mwamufatira ye ndabizi ko mutam
Ariko ngo iyo mutsinzwe muranarwana?!
Ariko kutumva ibintu kimwe nundi sibyo byatuma musebya abandi
Nibyo rwose !sindi umu islam ariko muravuga ukuri izo ndirimbo abiyita aba christo baririmba ntizemewe ku mana,kandi ababayobora barabizi neza cyane ko bitemewe,ahubwo babyifashisha nka politique yo gushimisha imitima y'abateranye kugira ngo bashimishwe,batange amafaranga batitangiriye itama (c'est une de façon d'escroquerie)
Muratubeshye handitsweko bamaze kurya Ifunguro ryera bajyakumusozi wa era yono bararirimba
Sheikh sasa unakosea kumshika huyo ni maharami wako usimshike umepitiwa kidogo hapo
!???????
Murayobya gusa
Mwebwe kucyi musenga mureba ikuzimu?
Ikuzimu nihe??😂😂😂
Yewega Imana ikorohereze
Amategeko 10 yImana.abuza ibyaha nonese kulilimba nicyaha?
Ahubwose kobavuga indirimbo zaririmbiwe Imana kuko izikwiye,ni gute bibaraguza ngo Yesu yaririmbye iyihe ndirimbo?babyica babizi kuko ni abahakanyi
Uzabantu bari mwijuru ntago arabayislam gusa ntago mwadukanga
Alefu bisigura ninyuguti zigiheburayo ahubwo uyo mugabo yababajije yagize ubwoba canke ntasoma bibiliya.bisiguye hepfo
Kuki musoma igice gitoya muri bibiliya ndacyeka ababwirwaga ko indirimbo zabo zitazacyirwa ari abanyabyaha
Twe twemera Bible turarimba Kuko biri muri Bible. mwebwe ndumva Bible muyihakana.ariko mubanze mumenye umwami Yesu niwe uzabafasha kwigisha
Ndumva muri gufatirana umukobwa nonese mwebwe abasiramu imyambarire yanyu nimyifatire yanyu sikomoka mubarabu babazaniye?kubwidini yanyu?iyo myambarire niyakinyarwanda mwaretse kubeshya abantu
Hhhh chehe muzosubize amahera yabandi kugira musubire kuririmba
Kuki murema imanza zitari ngombwa kooko? ??Ubyo ni kubaka inkuta z'imadini n'imyemerere bidafite icyo byageza ku koremwa muntu!
Tababwite ko aba adasobanukiwe
Islam niyo Dini yamber imana ikunda
Ntabwo mubeshya bavandimwe,no mubakristo bo hambere nta chorales zabagamo,ahubwo nibaza abiyita abakristo b'iki gihe aho bakuye ibyo by'ama chorales !!!
None se niba dawidi yarategetse abayisiraeli kuririmba,nukuvugako abasilamu bari muri isarael bo baririmba?