Ikiganiro mpaka: Ni iyihe dini abantu bose bagomba gusengeramo Imana?

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 14 жов 2024
  • #RubangisaSulaiman #DawaRwandaTV
    Dawa Rwanda Tv ni urubuga rucaho inyigisho zitandukanye z'idini zigamije gufasha abaislam kurushaho gusobanukirwa Idini yabo ndetse n'abandi batari abaislam bibafasha kumenya no gusobanukirwa ko Ubuislam ari idini y'ukuri.
    Ni kubwiyo mpamvu Dawa Rwanda TV isaba buri wese wifuzako izinyigisho zakomeza gukorwa ndetse no gusakarizwa abantu ko buri muntu yabigiramo uruhare atera inkunga murwego rwogushyigikira iyu murimo.
    Ushobora gufasha unyuze kuri Mobile Money +250 788682703
    cyangwa muri
    GT Bank Kigali Account 222/241578/4/5106/0
    Swift code GTBIRWRK.
    KCB Account 4490796536 Kigali Rwanda
    Ukaba nawe ukoze ivugabutumwa kandi uzaba uteye inkunga Dawa Rwanda TV.

КОМЕНТАРІ • 169

  • @balckgirlmagic710
    @balckgirlmagic710 2 роки тому +1

    MashaAllah!!! Iki kiganiro cyari kiza. Sheikh Sege yabonye match👍🏽. Nubwo pastor Alexander yakwepye ibibazo bimwe cg de ntabisobanure neza, nakunze ko yakoresheje ibitabo amadini yombi agenderaho. Ureke wawundi watuzaniye amateka ya Muhammad (saw) yabolotse nayo atariyo

  • @kazanendaevariste7166
    @kazanendaevariste7166 Рік тому +2

    Pasteur Alexandre amaherezo arahinduka kuko ndumva bikaze

  • @sweetsamie550
    @sweetsamie550 2 роки тому +1

    Mashallah Ya Rabbi hereza teacher wanjye Seguin ubuzima burebure yigishe Wenda abantu bahumuka Amiinah

  • @twizerimanainnocent1518
    @twizerimanainnocent1518 2 роки тому +4

    Yesu ahimbazwe cyane

  • @tuyishimemahsein1908
    @tuyishimemahsein1908 3 роки тому +5

    Assalam walaikum warakhmatullah wabarakatuh🙏🙏🙏, idini y Ukuri ni Islam🙏

  • @Heavenhome23
    @Heavenhome23 11 місяців тому +1

    Matayo 28:19
    Nuko mugende muhindure abantu bo mu mahanga yose abigishwa, mubabatiza mu izina rya Data wa twese n'Umwana n'Umwuka Wera,
    Yesu ntiyazanwe naba Islael gusa ahubwo yaje gupfira abazamwizera bose bo mu isi, kuko Imana yakunze abari mu isi Cyane.

  • @nsengiyumvaviateur1695
    @nsengiyumvaviateur1695 2 роки тому

    Apostle IMANA iguhe umugisha urasobanutse

  • @salvatortuyishime3975
    @salvatortuyishime3975 2 роки тому +7

    Uwo mugabo usomye muri Matayo 11 umurongo 25,akavuga ko abana bato,iyo akomeza agasoma akageza ku murongo wa 27,yari gusobanukirwa uwo Yesu ari we.haranditse ngo"Byose nabihawe na Data kandi,kd Ntawuzi Umwana w'Imana keretse Se,kandi ntawuzi Se keretse Umwana w'Imana,n'umuntu wese uwo Mwana ashatse kuyimenyesha"ukomeje gusoma mubutumwa bwiza bwose,urasanga Umwana w'Imana ari Yesu ,kd niwe uhuza abantu na Se(Imana),ntago wamenya Imana utabanje kumenya Yesu.

    • @sweetsamie550
      @sweetsamie550 2 роки тому

      Nawe uzajyeyo akwigishe Quran 5:13 twanangiye imitima yabo ...... Bande mwebwe Subhanallah

  • @deonshimirimana8693
    @deonshimirimana8693 2 роки тому

    Asaramarekum . Idini yukuri ni gutinya Imana , ukongera ukagiranira imigenderanire myiza n'Abantu .

  • @salvatortuyishime3975
    @salvatortuyishime3975 2 роки тому +1

    Ubundi Aba Kristo ni abantu bizera kd bagakurikira Yesu Kristo,Kuko Kristo ari izina rya Yesu,abantu bamukurikira ni Aba-Kristo(abantu cg (abayoboke ba Kristo)

  • @NakureJuliette
    @NakureJuliette 6 місяців тому

    Pasteur ajye avuga ama surat nibwo twabasha kubuandika

  • @DésiréNsengiyumva-i7h
    @DésiréNsengiyumva-i7h 2 місяці тому

    Pastor kwakwepa cane yanka kumva ukuri kwivyanditswe

  • @UWINEZASandrine-e6d
    @UWINEZASandrine-e6d 2 місяці тому

    Assalam walaikum warakhmatullah wabarakatuk

  • @aloyshabonimana1328
    @aloyshabonimana1328 Рік тому

    Ikiganiro ciza cane Pastor courage courage

  • @NakureJuliette
    @NakureJuliette 6 місяців тому

    Pasteur ashubije nabi ikibazo cya Seguin
    Nibyo idini y'ukuri igizwe n'abantu bemera yesu kritso, ariko uzirikane ko abiyita abakritso ubu baturuka mumadini menshi Kandi Imana ntikunda akavuyo. Ngaho abagatorika ngo ni abakritso umwiharika wabo ni bikiramariya, abadivantitse umwihariko wabo ni isabato,abapantekote umwihariko wanyu ni umwuka wera. Nabandi badutse doreko usanga umudugudu umwe urimo insengero nyinshi zihuriye kuri yesu ariko zidahuje imikorere ubwabyo ni umwanda. Musome abefeso 4:4-6 Imana yemera ukwera kumwe none mwe mwemera yesu binyuranye

  • @N-SABR
    @N-SABR 2 роки тому

    Ikiganiro cyiza cyane, ma shaa Allah tabaraka'Allah.

  • @nzayisengahussein-xs3sn
    @nzayisengahussein-xs3sn Рік тому +1

    Nyagasani ashimwe yabahaye ubumenyi courage

  • @alicemuhimpundu8360
    @alicemuhimpundu8360 Місяць тому

    Pasture uhemuka ntabukiranutsi bwawe warampemukiye

  • @alicemuhimpundu8360
    @alicemuhimpundu8360 Місяць тому

    Uyu mugabo rwose pasteur

  • @NakureJuliette
    @NakureJuliette 6 місяців тому

    Kamana Seguin aratubeshye
    Ubukritso bwazanywe n'Imana. Ibyakozwe nintumwa 11:26 ntabwo bavuga ko ari pawulo wabuzanye ahubwo havugako ariho bitiriwe abakritso. Kandi rwose bihura n'ubutumwa bigishaga

  • @innocentndikumana8928
    @innocentndikumana8928 3 роки тому +1

    Paulo yayobeje abakristu disi sheik imana igufashe mukazi keza wigishe paster ukoresheje bibiriya yiwe

  • @Samlay1-jg3xq
    @Samlay1-jg3xq 6 місяців тому

    Takbir allah akbar ×3

  • @umwiharikotv5673
    @umwiharikotv5673 Рік тому

    Matayo :11:27
    “Byose nabihawe na Data, kandi nta wuzi Umwana w'Imana keretse Se, kandi nta wuzi Se keretse Umwana w'Imana, n'umuntu wese uwo Mwana ashatse kuyimenyesha.

  • @cartersmg685
    @cartersmg685 3 роки тому +1

    Umutwe wamagambo wo muri Yohana urabivuga neza chane uvuga uti: Yesu kristo ariwe JAMBO Ry'imana ahinduka UMUNTU
    Allahu akbar I'm proud to be a Muslim ☪️ 👏 💙 ❤

    • @mahabatv6155
      @mahabatv6155 2 роки тому

      Not jambo ahubwo ni ijambo

    • @brendaatushabe
      @brendaatushabe Рік тому +1

      Abasiramu Kazi Bambara neza gewe dabakunda kuko abeshi bihesha agaciro bahisha ubwambure bwabo❤❤❤

  • @imranmunsif2351
    @imranmunsif2351 2 роки тому +2

    O Allah, send prayers upon Muhammad, Your servant and Messenger, the unlettered Prophet, and send prayers upon the family of Muhammad and his wives and progeny, just as You have sent prayers upon Ibrahim and upon the family of Ibrahim; and bless Muhammad the unlettered Prophet and the family of Muhammad and his wives and progeny, just as you have blessed Ibrahim and the family of Ibrahim in all the worlds, verily You are the Praiseworthy, the Glorious

  • @redmask9221
    @redmask9221 2 роки тому

    Aslamu alyikumu warehmatulahi wabarakatuh nayindinzira rwose karibuni past

  • @bertinndayishimiye4734
    @bertinndayishimiye4734 2 роки тому +1

    Yego rwose yesu niwekuri. Tugomba kumuyoboka.

  • @NakureJuliette
    @NakureJuliette 6 місяців тому

    Mwese jye mbashyira muri iki cyiciro . Soma abaroma 10: 2-3

  • @boashamah3642
    @boashamah3642 2 роки тому

    Mwashobora kuduha nimero ya Sulaimum please

  • @Heavenhome23
    @Heavenhome23 11 місяців тому

    Pastor abahaye ibyanyu nuko mudashaka kwemera, sinarinziko na Koloan ivuga abameye Yesu ko bazashyirwa Hejuru bataramwemeye, ese aba Islam niki kizakorwa kweli

  • @butaomaxwell2867
    @butaomaxwell2867 2 роки тому

    Allah bless you chekhe

  • @twizerimanainnocent1518
    @twizerimanainnocent1518 2 роки тому +1

    Utayobya abantu ngo idini yukuri ni isilam

  • @KamanziWelllars-wx1fx
    @KamanziWelllars-wx1fx 4 місяці тому

    Seguin nadusobanurire impamvu Islam idashyira hanze ikorowani ngo twese tuyisome nkuko dusoma
    bibliya🎉

  • @twizerimanainnocent1518
    @twizerimanainnocent1518 2 роки тому +2

    Abasiramu Yesu ninzira nukuri nubugingo

    • @semuganzabicusulaiman2353
      @semuganzabicusulaiman2353 Рік тому

      Burya abaswa bambere kwisi nabakiristu kabisa kuko bazinjizwa mumuriro kubera ubujiji nubuyobe bwo kutabaza ababigisha ibyo babigisha ahubwo bagakomeza gusamira hejuru ibyo babwiwe byose bakagendera mukigare.

  • @uwimanasalama4573
    @uwimanasalama4573 2 роки тому +2

    Nkunda uburyo alkhaj Suleiman avuga rwose yitakuma

    • @N-SABR
      @N-SABR 2 роки тому

      Cyane nange yanshimishije.

  • @thieriniyorukundo2365
    @thieriniyorukundo2365 3 роки тому

    Mwebwe Abaislam mwese muraremerewe kuko mutarakira Yesu Abaganze,Abe mû mitima yany

  • @mushinzimanaabdoulfatah7630
    @mushinzimanaabdoulfatah7630 3 роки тому +1

    Allah Akbar

  • @djohaumuhoza2685
    @djohaumuhoza2685 2 роки тому +1

    Alihamudulillah

  • @rutahasteven2683
    @rutahasteven2683 2 роки тому

    mbega sheih erega Yesu niwe jambo ry'Imana nonese sheih uretse ubujiji wagenda ugasiga ijambo erega ntago mwabishyikira kuko nta mwuka mwahawe

  • @niyonsengaaugustin7572
    @niyonsengaaugustin7572 5 місяців тому

    Umusanziza wamagambo urumuhanga mwiza
    Nanone muzatumire wamugabo abuduru kalimu wavuye muri isiramu

  • @innocentniyizonkiza1527
    @innocentniyizonkiza1527 6 місяців тому

    Luka 18:18...🎉

  • @appolinairemuvunanyambo4068

    Ndi umusaza ariko ikibazo tugira nk'abantu ni uko Christ Jesus afite Kamere muntu na Kamere Mana byombi muri We bikatugora kubyumva.
    Iyo avuze nk'umuntu turamwumva ariko yavuga nk'Imana tukibura.
    Ibi yabikoze abishaka ngo aducungure.
    Ibyo mwavuze mwese mufite ukuri nk'abantu kandi inzira yo gukira iri muri Christ Jésus numvise muyizi.
    Murakarama

  • @sh.issagisesa6271
    @sh.issagisesa6271 2 роки тому +1

    ntanahamwe Yesu yabotijwe na Yohana Yesu kuva avuka abaye muli Misri yagarutse Yohana Yarapfuye soma Math 2:13 na 2:21

  • @maniriyoali8675
    @maniriyoali8675 3 роки тому

    Ntagushidikanya ku dini y'ukuri Imbere y'Imana n"Islam

  • @husseindesign6311
    @husseindesign6311 3 роки тому

    Mashallah swadacta

  • @fredericzanandore2721
    @fredericzanandore2721 2 роки тому

    Ariko Imana wayikunda ute utayizi? Pastor nawe urambabaje.

  • @NsabimanaGespe-hx1wp
    @NsabimanaGespe-hx1wp Рік тому

    Murigushakira kure idini y'ukuri ni Eglise de la Repentance

  • @thieriniyorukundo2365
    @thieriniyorukundo2365 3 роки тому

    Hanyuma mukavuga nko muramwemera,kandi arimwe mwamwishe,na nubu abayobotse Yesu kristo mutwita

  • @thieriniyorukundo2365
    @thieriniyorukundo2365 3 роки тому

    Muvuga muremera Yesu kandi mumwizera, muzohinyuka, jihadi takatifu( musesa amaraso yabitwa Aba kristu)

  • @AlineNamakuru
    @AlineNamakuru 11 місяців тому

    Yogere asome yohana 9:39:50

  • @NakureJuliette
    @NakureJuliette 6 місяців тому

    Seguin ndamukunda yanyigishije igifaransa muri Tron commun

  • @sawdaasawdaa7903
    @sawdaasawdaa7903 2 роки тому +1

    Egooo asha yesu numwisiramu kandi nawene ajurikira MUHAMMAD s.a.w azasubirasenge muri islam uisilam niraha kwele Allah azduhembe inshaallah

  • @kamanaabdoul7254
    @kamanaabdoul7254 2 роки тому

    Allah akomeze abashoboze

  • @KamanziWelllars-wx1fx
    @KamanziWelllars-wx1fx 4 місяці тому

    Ijuru ry abaislamu ni rimwe niry abakristu

  • @shabanindadaye480
    @shabanindadaye480 6 місяців тому

    Allahu akbar hadji sege Allah akwishimire ntibibabyoroshe kwigisha abobant🤦gusa ufite ubwenge arumva🙏

  • @rutaganiraabraham50
    @rutaganiraabraham50 2 роки тому

    Yahindutse Umuntu yarinde ?

  • @fredericzanandore2721
    @fredericzanandore2721 2 роки тому

    Sheikh Rwose urabeahye
    Abakiristo baravumye mumboni Zakorowani ariko Bible ibita abahiriwe

  • @thieriniyorukundo2365
    @thieriniyorukundo2365 3 роки тому

    Umva? Yona yasenze Imana ari munda y'urufi,Paulo na Sila bari mw'ibohero baboshwe amaguru n'amaboko Imana

  • @NsabimanaGespe-hx1wp
    @NsabimanaGespe-hx1wp Рік тому

    Bazwicyane? Uribeshe warikuvuga Ap Mignonne niwetuzi😂

  • @pascalishimwe5733
    @pascalishimwe5733 2 роки тому

    ninde wavuze aya magambo niba mutemera ko YEZU ari IMANA?
    Yohana 16:33
    33.Ibyo mbibabwiriye kugira ngo mugire amahoro muri jye. Mu isi mugira umubabaro, ariko nimuhumure nanesheje isi.”

  • @AyingeneyeJBosco
    @AyingeneyeJBosco 2 роки тому

    Iryojambo Isilamu muri bibiriya ntagatifu,
    Itangiriro17:10.
    Ntaririmo sinsi uko mwe murikubisoma?

  • @badurusaidi3067
    @badurusaidi3067 Рік тому

    Hadji unasema ukweli Kandi wambaye neza pe

  • @nzeyimanaabdusalimu4542
    @nzeyimanaabdusalimu4542 2 роки тому +1

    Allah Akbar, Islam niyo dini yukuri knd yurukundo

  • @thieriniyorukundo2365
    @thieriniyorukundo2365 3 роки тому

    Sheg ATI: Yesu n'umwislam Mat11:28 se wiwe w'idini ni nde?iryo zina rya issa yarihawe nande?

  • @ndayizeyekhalifa2610
    @ndayizeyekhalifa2610 2 роки тому

    Pasteri arigutinya kuva kubirayi

  • @umwizerwaswalleh1028
    @umwizerwaswalleh1028 9 місяців тому

    Allah akomeze abagurire ibituza

  • @nzayisengahussein-xs3sn
    @nzayisengahussein-xs3sn Рік тому +1

    Mwigishe ibi biremwa byayobye

  • @africaeye-hn1sd
    @africaeye-hn1sd 2 роки тому

    Pasteur numujama,unve ukuntu avuze ngo Alex ngo urakoze kibwinyunganizi ngo niba utarabatizwa wegere amatorero akubatize,Kandi abivuze kuberako bamubujije kurya kure yikibazo😛😛😛😛😛😛😛

  • @umwizerwahussein4582
    @umwizerwahussein4582 Рік тому

    A.s.ww koko pasit kuki utemera

  • @thieriniyorukundo2365
    @thieriniyorukundo2365 3 роки тому

    Manaswala,ngo turi makafiri,abaislam bagiriwe ubuntu bagakizwa na Yesu Kristo,mubita moutarde, Ikigir

  • @ildephonsehagumimana2398
    @ildephonsehagumimana2398 2 роки тому

    Yesu ntiyigeze asaba abantu kwibumbira mu idini rya gikristo ahubwo yabasabye gukundana kandi kikaba ikimenye cyerekana ki ari abigishwa ba Yesu ntiyababwiye kuvuga ki arabigishwa bagombaga gukundana abandi bantu bagahita bamenya ko arabigishwa ba Yesu ;Yohani 13:34,35 ikindi Kandi Yesu yabwiye abigishwa be kubwiriza
    Matayo 28:19,20 Yesu yarapfuye nibwo abigishwa be bitswe abakristo Soma mu Byakozwe n'intumwa 11:26 amubonye amujyana muri Antiyokiya. Bamarayo umwaka wose bateranira hamwe na bo mu itorero, bigisha abantu benshi, kandi muri Antiyokiya ni ho abigishwa bitiwe Abakristo+ bwa mbere, biturutse ku Mana.

  • @innocentndikumana8928
    @innocentndikumana8928 3 роки тому +1

    Alex kabisa ivugishije ukuri birababaje ku boba paster bamuza ikibazo agahunga agasubiza ivyo batamubajije

  • @claudinemukarubibi7344
    @claudinemukarubibi7344 2 роки тому +1

    ALLAH abonjyere ibyiza

  • @NakureJuliette
    @NakureJuliette 6 місяців тому

    Indimi nshya muvuga ntizibaho mukinyejana cyambere abahawe umwuka wera bavuze indimi zizwi mubihungu. Umunyamahaga yatagazwaga no kumva bavuga muririmi rwe kavukire.
    Indimi mwe muvuga nizimyuka mibi

  • @AlineNamakuru
    @AlineNamakuru 11 місяців тому

    Ubwire uwo bwisiramu asome yohana 8:40:55

  • @africaeye-hn1sd
    @africaeye-hn1sd 2 роки тому

    Unve pasteur ibyo uvuga banza nanjye nabishobora ,kuko urasoma just gusa

  • @NzeyimanaHertier
    @NzeyimanaHertier 10 місяців тому

    Turabakundacyane

  • @africaeye-hn1sd
    @africaeye-hn1sd 2 роки тому +1

    Dukeneye abantu bamese nkuyu mushehe ,lbs ,buri muronko arawusobamukiwe,u undi njyewe mwise intumwa.

  • @munimuni3365
    @munimuni3365 Рік тому

    Turabategera muburundi

  • @nkurunzizaalphonse
    @nkurunzizaalphonse 2 роки тому

    Utagira iyo ajya, ngo abe ahazi, ahabona, ntayoba. Aho ageze hose, avuga ngo yishitse, kandise byahe? n'ukwiyorohereza mu bikomeye.

  • @bangamwabogervais1066
    @bangamwabogervais1066 Рік тому

    Si yohana ahubwo ni herode

  • @Nshimirimana-u3p
    @Nshimirimana-u3p Рік тому

    Ivyo binti vyanyu nuburofa gusa ntanumwanya wokubitako ngurikuvyunviriza kl ana islam novugak murabahakanyi ariko yesu yaravuze ko uwuzemer imana agahakana yesu ntaco bitwaye xo mwigarur idini sidyo rizoja mwijuru

  • @madrasatnourutv5435
    @madrasatnourutv5435 3 роки тому

    Allah akomeze. Kubatera inkünga

  • @umucyo300tv
    @umucyo300tv 2 роки тому +1

    Bigishe bunve abobakiristo

  • @nzeyimanaambari9754
    @nzeyimanaambari9754 Рік тому

    Biranshimishije kowewe wemera qouran ntube wemera igije ikindi ntucemere ukirsto nidini vyandinswehe ,ishengero rwabo sharihe kugeza unomusi

  • @faustinnibishaka3072
    @faustinnibishaka3072 Рік тому

    Cfr Afracop media

  • @sawdaasawdaa7903
    @sawdaasawdaa7903 2 роки тому

    Ese sheikh kwakwefye uyo musheikh iyumwerekako yesu yakarabisha icorekeze ba aroni bose na mose naba aburahamu bose uko batawazaga na yesu akoza petero akanka agahita amubwira ntibarikumwe? Ndawibagiye nyamurongo muri bibiria huzuye ubwisiramu arikabantu ntibabujurikira ibindi vyose nivyabagatorika ariko nivyo Imana itoruwishaka yanaremye umuriro nihuru

  • @ntakirutimanalionel1340
    @ntakirutimanalionel1340 2 роки тому

    Fatuma hadj Allah azamushoboze

  • @ntungane2024
    @ntungane2024 2 роки тому +2

    Ubukiristo ntaho buhuriye no kwizera Yesu. Kuko niba hari abahakana Yesu ni abiyita abakiristo. Ni irihe dini se ribatiza nk'uko Yesu yabatijwe? ni irihe dini se risengera m'ukuri no m'Umwuka nk'uko Yesu yabivuze? Abefeso 2:4
    Ariko Imana kuko ari umutunzi w'imbabazi, yaduhinduranye bazima na Kristo. Abaroma 8:14
    Abayoborwa n'Umwuka w'Imana bose ni bo bana b'Imana,

    • @hakimngabonziza
      @hakimngabonziza Рік тому

      Ubwami bumwe ntibwakigabanyamo kabiri aba Bose ni bamwe ariko satani ababeshya ko batandukanye.

    • @muslimmuslim512
      @muslimmuslim512 11 місяців тому

      None so wawe n'Imana kweli canker urimwene mukandamage hamwe n'a petero 😂😂😂

  • @Heavenhome23
    @Heavenhome23 11 місяців тому

    Ese uba bantu basobanukiwe ubachristu icyo bisobanuye

  • @NakureJuliette
    @NakureJuliette 6 місяців тому

    Abakritso barimo amadini menshi Kandi ntabwo bahuza imyemerere?

  • @thieriniyorukundo2365
    @thieriniyorukundo2365 3 роки тому

    Iyo usenga uryamye,ucuramye,wicaye,uhagaze, mu mutima wawe ufitanye contact n'Imana ntik

  • @vitalhabonimana7135
    @vitalhabonimana7135 Рік тому

    Iyo Bibiliya y'ikinyarwanda yanditswemwo "islam" yahinduwe mu kinyarwanda ivuye mu kihe gitabu ?

  • @thieriniyorukundo2365
    @thieriniyorukundo2365 3 роки тому

    Ntiyabumvise? Teoloji yawe yafuye ubusa,ubwa 1 nugusuzuma KO ufitaniye ubucuti n'Imana,

  • @aslamnshimirimana852
    @aslamnshimirimana852 Рік тому

    Pasta ari kutubeshya pe ngie nabibna

  • @SuratiUwamahoro
    @SuratiUwamahoro 10 місяців тому

    Manayange uyu ahhhh

  • @sawdaasawdaa7903
    @sawdaasawdaa7903 2 роки тому

    Ese mumumbarize nikuki yemera paulo agakwepa sakaramentu kandi bibiria paulo yanditse ngo nicokimenyetse eregizo ninkingi paulo nkintumwa abagushiriyeyo ese ko mubesha muzahomba mubona kandi ukuri kwarashitse??? Kuki utazurya carisitiya wamukate ukaja kugira iyindi nzira ibisana na paulo???? Paulo numugatorika gute mwebwe mukorayandimadini twe abisiramu Imana yagumye iducunga ntitwatakara inzira y'Ijuru ukuri kuri mubwisiramu gusa Imana iramaze kubitubwira iranadutuma kuza tubabaza uko muhindaguribitabo mukavyita bivuyekumana imana nkabisiramu iradutuma tubabaze abiyita uku nuku nuku ikatubwira murashakimana ariko ntimwemerukuri uwukuri ko tuzahuza animuke wewe uvugiki ngaho? Imana iha abisira kulinganiya dini ikivuga ningombwa habe debate tubabaze iraziko harimwo abemera murabobakirisu bose canke yandi madini tudebate umucristo numuntu abakironderimana ariko umwisiramu agiyegutangira gukaraba agashiraniya agashika kumusala abagiye kuyaga n'Imana.uraboniryotandukaniro?

  • @Rwandanshygirl
    @Rwandanshygirl 3 роки тому

    🤣😂😂😂😂😂😂😂Yaa Rabbii nukuri nkunda Muhadharat pee both sides Bari professional 🤔🙏🙏🙏☺️

  • @zamzamzam3920
    @zamzamzam3920 2 роки тому +1

    💕💕🙏🙏🙏🇴🇲

  • @twizerimanainnocent1518
    @twizerimanainnocent1518 2 роки тому +1

    Nubwo naba nsinziye sinarota isilam