Ikiganiro mpaka: Ni iyihe dini abantu bose bagomba gusengeramo Imana?
Вставка
- Опубліковано 14 жов 2024
- #RubangisaSulaiman #DawaRwandaTV
Dawa Rwanda Tv ni urubuga rucaho inyigisho zitandukanye z'idini zigamije gufasha abaislam kurushaho gusobanukirwa Idini yabo ndetse n'abandi batari abaislam bibafasha kumenya no gusobanukirwa ko Ubuislam ari idini y'ukuri.
Ni kubwiyo mpamvu Dawa Rwanda TV isaba buri wese wifuzako izinyigisho zakomeza gukorwa ndetse no gusakarizwa abantu ko buri muntu yabigiramo uruhare atera inkunga murwego rwogushyigikira iyu murimo.
Ushobora gufasha unyuze kuri Mobile Money +250 788682703
cyangwa muri
GT Bank Kigali Account 222/241578/4/5106/0
Swift code GTBIRWRK.
KCB Account 4490796536 Kigali Rwanda
Ukaba nawe ukoze ivugabutumwa kandi uzaba uteye inkunga Dawa Rwanda TV.
MashaAllah!!! Iki kiganiro cyari kiza. Sheikh Sege yabonye match👍🏽. Nubwo pastor Alexander yakwepye ibibazo bimwe cg de ntabisobanure neza, nakunze ko yakoresheje ibitabo amadini yombi agenderaho. Ureke wawundi watuzaniye amateka ya Muhammad (saw) yabolotse nayo atariyo
Pasteur Alexandre amaherezo arahinduka kuko ndumva bikaze
Mashallah Ya Rabbi hereza teacher wanjye Seguin ubuzima burebure yigishe Wenda abantu bahumuka Amiinah
Ameen
Yesu ahimbazwe cyane
Yesu wahe?Imana yonyene
Assalam walaikum warakhmatullah wabarakatuh🙏🙏🙏, idini y Ukuri ni Islam🙏
Matayo 28:19
Nuko mugende muhindure abantu bo mu mahanga yose abigishwa, mubabatiza mu izina rya Data wa twese n'Umwana n'Umwuka Wera,
Yesu ntiyazanwe naba Islael gusa ahubwo yaje gupfira abazamwizera bose bo mu isi, kuko Imana yakunze abari mu isi Cyane.
Apostle IMANA iguhe umugisha urasobanutse
Uwo mugabo usomye muri Matayo 11 umurongo 25,akavuga ko abana bato,iyo akomeza agasoma akageza ku murongo wa 27,yari gusobanukirwa uwo Yesu ari we.haranditse ngo"Byose nabihawe na Data kandi,kd Ntawuzi Umwana w'Imana keretse Se,kandi ntawuzi Se keretse Umwana w'Imana,n'umuntu wese uwo Mwana ashatse kuyimenyesha"ukomeje gusoma mubutumwa bwiza bwose,urasanga Umwana w'Imana ari Yesu ,kd niwe uhuza abantu na Se(Imana),ntago wamenya Imana utabanje kumenya Yesu.
Nawe uzajyeyo akwigishe Quran 5:13 twanangiye imitima yabo ...... Bande mwebwe Subhanallah
Asaramarekum . Idini yukuri ni gutinya Imana , ukongera ukagiranira imigenderanire myiza n'Abantu .
Ubundi Aba Kristo ni abantu bizera kd bagakurikira Yesu Kristo,Kuko Kristo ari izina rya Yesu,abantu bamukurikira ni Aba-Kristo(abantu cg (abayoboke ba Kristo)
Pasteur ajye avuga ama surat nibwo twabasha kubuandika
Pastor kwakwepa cane yanka kumva ukuri kwivyanditswe
Assalam walaikum warakhmatullah wabarakatuk
Ikiganiro ciza cane Pastor courage courage
Pasteur ashubije nabi ikibazo cya Seguin
Nibyo idini y'ukuri igizwe n'abantu bemera yesu kritso, ariko uzirikane ko abiyita abakritso ubu baturuka mumadini menshi Kandi Imana ntikunda akavuyo. Ngaho abagatorika ngo ni abakritso umwiharika wabo ni bikiramariya, abadivantitse umwihariko wabo ni isabato,abapantekote umwihariko wanyu ni umwuka wera. Nabandi badutse doreko usanga umudugudu umwe urimo insengero nyinshi zihuriye kuri yesu ariko zidahuje imikorere ubwabyo ni umwanda. Musome abefeso 4:4-6 Imana yemera ukwera kumwe none mwe mwemera yesu binyuranye
Ikiganiro cyiza cyane, ma shaa Allah tabaraka'Allah.
Nyagasani ashimwe yabahaye ubumenyi courage
Pasture uhemuka ntabukiranutsi bwawe warampemukiye
Uyu mugabo rwose pasteur
Kamana Seguin aratubeshye
Ubukritso bwazanywe n'Imana. Ibyakozwe nintumwa 11:26 ntabwo bavuga ko ari pawulo wabuzanye ahubwo havugako ariho bitiriwe abakritso. Kandi rwose bihura n'ubutumwa bigishaga
Paulo yayobeje abakristu disi sheik imana igufashe mukazi keza wigishe paster ukoresheje bibiriya yiwe
Takbir allah akbar ×3
Matayo :11:27
“Byose nabihawe na Data, kandi nta wuzi Umwana w'Imana keretse Se, kandi nta wuzi Se keretse Umwana w'Imana, n'umuntu wese uwo Mwana ashatse kuyimenyesha.
Umutwe wamagambo wo muri Yohana urabivuga neza chane uvuga uti: Yesu kristo ariwe JAMBO Ry'imana ahinduka UMUNTU
Allahu akbar I'm proud to be a Muslim ☪️ 👏 💙 ❤
Not jambo ahubwo ni ijambo
Abasiramu Kazi Bambara neza gewe dabakunda kuko abeshi bihesha agaciro bahisha ubwambure bwabo❤❤❤
O Allah, send prayers upon Muhammad, Your servant and Messenger, the unlettered Prophet, and send prayers upon the family of Muhammad and his wives and progeny, just as You have sent prayers upon Ibrahim and upon the family of Ibrahim; and bless Muhammad the unlettered Prophet and the family of Muhammad and his wives and progeny, just as you have blessed Ibrahim and the family of Ibrahim in all the worlds, verily You are the Praiseworthy, the Glorious
Aslamu alyikumu warehmatulahi wabarakatuh nayindinzira rwose karibuni past
Yego rwose yesu niwekuri. Tugomba kumuyoboka.
Mwese jye mbashyira muri iki cyiciro . Soma abaroma 10: 2-3
Mwashobora kuduha nimero ya Sulaimum please
Pastor abahaye ibyanyu nuko mudashaka kwemera, sinarinziko na Koloan ivuga abameye Yesu ko bazashyirwa Hejuru bataramwemeye, ese aba Islam niki kizakorwa kweli
Allah bless you chekhe
Utayobya abantu ngo idini yukuri ni isilam
Seguin nadusobanurire impamvu Islam idashyira hanze ikorowani ngo twese tuyisome nkuko dusoma
bibliya🎉
Abasiramu Yesu ninzira nukuri nubugingo
Burya abaswa bambere kwisi nabakiristu kabisa kuko bazinjizwa mumuriro kubera ubujiji nubuyobe bwo kutabaza ababigisha ibyo babigisha ahubwo bagakomeza gusamira hejuru ibyo babwiwe byose bakagendera mukigare.
Nkunda uburyo alkhaj Suleiman avuga rwose yitakuma
Cyane nange yanshimishije.
Mwebwe Abaislam mwese muraremerewe kuko mutarakira Yesu Abaganze,Abe mû mitima yany
Allah Akbar
Alihamudulillah
mbega sheih erega Yesu niwe jambo ry'Imana nonese sheih uretse ubujiji wagenda ugasiga ijambo erega ntago mwabishyikira kuko nta mwuka mwahawe
Umusanziza wamagambo urumuhanga mwiza
Nanone muzatumire wamugabo abuduru kalimu wavuye muri isiramu
Luka 18:18...🎉
Ndi umusaza ariko ikibazo tugira nk'abantu ni uko Christ Jesus afite Kamere muntu na Kamere Mana byombi muri We bikatugora kubyumva.
Iyo avuze nk'umuntu turamwumva ariko yavuga nk'Imana tukibura.
Ibi yabikoze abishaka ngo aducungure.
Ibyo mwavuze mwese mufite ukuri nk'abantu kandi inzira yo gukira iri muri Christ Jésus numvise muyizi.
Murakarama
ntanahamwe Yesu yabotijwe na Yohana Yesu kuva avuka abaye muli Misri yagarutse Yohana Yarapfuye soma Math 2:13 na 2:21
uyunguyu ntazi ibyavuga
Ntagushidikanya ku dini y'ukuri Imbere y'Imana n"Islam
Mashallah swadacta
Ariko Imana wayikunda ute utayizi? Pastor nawe urambabaje.
Murigushakira kure idini y'ukuri ni Eglise de la Repentance
Hanyuma mukavuga nko muramwemera,kandi arimwe mwamwishe,na nubu abayobotse Yesu kristo mutwita
Muvuga muremera Yesu kandi mumwizera, muzohinyuka, jihadi takatifu( musesa amaraso yabitwa Aba kristu)
Yogere asome yohana 9:39:50
Seguin ndamukunda yanyigishije igifaransa muri Tron commun
Egooo asha yesu numwisiramu kandi nawene ajurikira MUHAMMAD s.a.w azasubirasenge muri islam uisilam niraha kwele Allah azduhembe inshaallah
Allah akomeze abashoboze
Ijuru ry abaislamu ni rimwe niry abakristu
Allahu akbar hadji sege Allah akwishimire ntibibabyoroshe kwigisha abobant🤦gusa ufite ubwenge arumva🙏
Yahindutse Umuntu yarinde ?
Sheikh Rwose urabeahye
Abakiristo baravumye mumboni Zakorowani ariko Bible ibita abahiriwe
Umva? Yona yasenze Imana ari munda y'urufi,Paulo na Sila bari mw'ibohero baboshwe amaguru n'amaboko Imana
Bazwicyane? Uribeshe warikuvuga Ap Mignonne niwetuzi😂
ninde wavuze aya magambo niba mutemera ko YEZU ari IMANA?
Yohana 16:33
33.Ibyo mbibabwiriye kugira ngo mugire amahoro muri jye. Mu isi mugira umubabaro, ariko nimuhumure nanesheje isi.”
Iryojambo Isilamu muri bibiriya ntagatifu,
Itangiriro17:10.
Ntaririmo sinsi uko mwe murikubisoma?
Hadji unasema ukweli Kandi wambaye neza pe
Allah Akbar, Islam niyo dini yukuri knd yurukundo
Sheg ATI: Yesu n'umwislam Mat11:28 se wiwe w'idini ni nde?iryo zina rya issa yarihawe nande?
Pasteri arigutinya kuva kubirayi
Allah akomeze abagurire ibituza
Mwigishe ibi biremwa byayobye
Pasteur numujama,unve ukuntu avuze ngo Alex ngo urakoze kibwinyunganizi ngo niba utarabatizwa wegere amatorero akubatize,Kandi abivuze kuberako bamubujije kurya kure yikibazo😛😛😛😛😛😛😛
A.s.ww koko pasit kuki utemera
Manaswala,ngo turi makafiri,abaislam bagiriwe ubuntu bagakizwa na Yesu Kristo,mubita moutarde, Ikigir
Yesu ntiyigeze asaba abantu kwibumbira mu idini rya gikristo ahubwo yabasabye gukundana kandi kikaba ikimenye cyerekana ki ari abigishwa ba Yesu ntiyababwiye kuvuga ki arabigishwa bagombaga gukundana abandi bantu bagahita bamenya ko arabigishwa ba Yesu ;Yohani 13:34,35 ikindi Kandi Yesu yabwiye abigishwa be kubwiriza
Matayo 28:19,20 Yesu yarapfuye nibwo abigishwa be bitswe abakristo Soma mu Byakozwe n'intumwa 11:26 amubonye amujyana muri Antiyokiya. Bamarayo umwaka wose bateranira hamwe na bo mu itorero, bigisha abantu benshi, kandi muri Antiyokiya ni ho abigishwa bitiwe Abakristo+ bwa mbere, biturutse ku Mana.
Alex kabisa ivugishije ukuri birababaje ku boba paster bamuza ikibazo agahunga agasubiza ivyo batamubajije
LA illah IRA llah !!
LA illah IRA llah !!
ALLAH abonjyere ibyiza
Indimi nshya muvuga ntizibaho mukinyejana cyambere abahawe umwuka wera bavuze indimi zizwi mubihungu. Umunyamahaga yatagazwaga no kumva bavuga muririmi rwe kavukire.
Indimi mwe muvuga nizimyuka mibi
Ubwire uwo bwisiramu asome yohana 8:40:55
Unve pasteur ibyo uvuga banza nanjye nabishobora ,kuko urasoma just gusa
Turabakundacyane
Dukeneye abantu bamese nkuyu mushehe ,lbs ,buri muronko arawusobamukiwe,u undi njyewe mwise intumwa.
Turabategera muburundi
Utagira iyo ajya, ngo abe ahazi, ahabona, ntayoba. Aho ageze hose, avuga ngo yishitse, kandise byahe? n'ukwiyorohereza mu bikomeye.
Si yohana ahubwo ni herode
Ivyo binti vyanyu nuburofa gusa ntanumwanya wokubitako ngurikuvyunviriza kl ana islam novugak murabahakanyi ariko yesu yaravuze ko uwuzemer imana agahakana yesu ntaco bitwaye xo mwigarur idini sidyo rizoja mwijuru
Allah akomeze. Kubatera inkünga
Bigishe bunve abobakiristo
Biranshimishije kowewe wemera qouran ntube wemera igije ikindi ntucemere ukirsto nidini vyandinswehe ,ishengero rwabo sharihe kugeza unomusi
Cfr Afracop media
Ese sheikh kwakwefye uyo musheikh iyumwerekako yesu yakarabisha icorekeze ba aroni bose na mose naba aburahamu bose uko batawazaga na yesu akoza petero akanka agahita amubwira ntibarikumwe? Ndawibagiye nyamurongo muri bibiria huzuye ubwisiramu arikabantu ntibabujurikira ibindi vyose nivyabagatorika ariko nivyo Imana itoruwishaka yanaremye umuriro nihuru
Fatuma hadj Allah azamushoboze
Ubukiristo ntaho buhuriye no kwizera Yesu. Kuko niba hari abahakana Yesu ni abiyita abakiristo. Ni irihe dini se ribatiza nk'uko Yesu yabatijwe? ni irihe dini se risengera m'ukuri no m'Umwuka nk'uko Yesu yabivuze? Abefeso 2:4
Ariko Imana kuko ari umutunzi w'imbabazi, yaduhinduranye bazima na Kristo. Abaroma 8:14
Abayoborwa n'Umwuka w'Imana bose ni bo bana b'Imana,
Ubwami bumwe ntibwakigabanyamo kabiri aba Bose ni bamwe ariko satani ababeshya ko batandukanye.
None so wawe n'Imana kweli canker urimwene mukandamage hamwe n'a petero 😂😂😂
Ese uba bantu basobanukiwe ubachristu icyo bisobanuye
Abakritso barimo amadini menshi Kandi ntabwo bahuza imyemerere?
Iyo usenga uryamye,ucuramye,wicaye,uhagaze, mu mutima wawe ufitanye contact n'Imana ntik
burese yesu azabihakana uko inyandiko zibigaragaza
Iyo Bibiliya y'ikinyarwanda yanditswemwo "islam" yahinduwe mu kinyarwanda ivuye mu kihe gitabu ?
Ntiyabumvise? Teoloji yawe yafuye ubusa,ubwa 1 nugusuzuma KO ufitaniye ubucuti n'Imana,
Pasta ari kutubeshya pe ngie nabibna
Manayange uyu ahhhh
Ese mumumbarize nikuki yemera paulo agakwepa sakaramentu kandi bibiria paulo yanditse ngo nicokimenyetse eregizo ninkingi paulo nkintumwa abagushiriyeyo ese ko mubesha muzahomba mubona kandi ukuri kwarashitse??? Kuki utazurya carisitiya wamukate ukaja kugira iyindi nzira ibisana na paulo???? Paulo numugatorika gute mwebwe mukorayandimadini twe abisiramu Imana yagumye iducunga ntitwatakara inzira y'Ijuru ukuri kuri mubwisiramu gusa Imana iramaze kubitubwira iranadutuma kuza tubabaza uko muhindaguribitabo mukavyita bivuyekumana imana nkabisiramu iradutuma tubabaze abiyita uku nuku nuku ikatubwira murashakimana ariko ntimwemerukuri uwukuri ko tuzahuza animuke wewe uvugiki ngaho? Imana iha abisira kulinganiya dini ikivuga ningombwa habe debate tubabaze iraziko harimwo abemera murabobakirisu bose canke yandi madini tudebate umucristo numuntu abakironderimana ariko umwisiramu agiyegutangira gukaraba agashiraniya agashika kumusala abagiye kuyaga n'Imana.uraboniryotandukaniro?
🤣😂😂😂😂😂😂😂Yaa Rabbii nukuri nkunda Muhadharat pee both sides Bari professional 🤔🙏🙏🙏☺️
💕💕🙏🙏🙏🇴🇲
Nubwo naba nsinziye sinarota isilam