WA MUKURU W'ITORERO RY'ABADIVE Ashyize Ukundi kuri HANZE/Ati Ibi NTITUBYEMERANYAHO/Bayobeje benshi
Вставка
- Опубліковано 20 кві 2024
- #WHATSAPP_+250788266238_+250788733808
#AYALONI_TV #CLICK_SUBSCRIBE_LIKE_and_SHARE
#DUTERE INKUNGA Moble money +250788266238#
Turabaramukije mwese bene Data bakunzi bacu iyi Channel twayishinze bigendeye kuri SMS twahawe n'Imana yuko tugomba gufasha abantu bose bashaka kujya mw'Ijuru, kumenya ijambo ry'Imana, ngo bave murujijo rw'Agakiza ndetse n'urujijo rw'inyigisho z'amwe mumadini ziri kuyobya abantu na bamwe mubahanuzi bari gusenya ingo z'abantu kubera ubuhanuzi bw'ibinyoma. Ndetse n'ibindi byinshi, muzagenda mubibona uko tuzakomeza kubana.
Iyi Channel nta dini narimwe ibogamiyeho niyo gucishaho ijambo ry'Imana ndetse n'ubuhanuzi Imana iduhaye yaba uwo itumye cyangwa se natwe ibuduhaye. Murakoze cyane kubwo gukomeza kubana natwe. TURABAKUNDA
chat.whatsapp.com/LEMFjAjn9tI...
👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆
NIBA WIFUZA GUFATANYA NATWE UNO MURIMO NO KWIGA BIBLE joning kuri runo rubuga
Muze urumurezi wabeneso umwuka ukuvugisha UVA kumubi.kd urasohoza ibyo shobuja yagutumye .kd icyi nicyo gihe cyogukora kwa nyu.ntiwabaye mwitorero ushaka lmana washakaga ibyo uzashingiraho urega ubwoko bwi lmana mubyo wavuzebyose ntabutumwabwiza bukiza burimo .urimumurimo rero wokurimbura uri Umujezuwite .
Amen mukozi w'Imana. Ikibazo twagize muriki gihe cacu,twayobotse amadini aho kuyoboka mpwemu yera, kuko Yesu nico kintu yadusigiye yavuze ati sinzobasiga nkipfuvyi nzobarungikira mpwemu yera❤kandi ikindi ishengero ni rimwe mu mahanga yose❤.rero burya umuntu yumiye kwidini ntashobora kugira ihishurigwa.kuko ugiye urongowe nidini ntushobora kuba umuntu mwiza.kuko idini yose ibona kwariyo ikora ivyiza ariko sivyo,uzazunguruke mu madini yose,ntuzabura ico ushima yo,kandi ntuzabura ico ubona bakora bidakwiye.rero ubu nigihe Yesu ariko ategura ishengero nyaryo,riyobowe n'a mpwemu yera, atari iriyobowe nabana babantu.Amen .
Muzehee nepo ndakwemera cyanee nubusanzwe ndamukunda yigisha Imana ntiyigisha idini. Komerezaho mubyeyi Ufite umwukaw'Imana azabana nawe abakurwanya nabafite inyungu mumadini. Ndagukunda mubyeyi
uzajya kumenya ko yakuyobeje kera kandi usabe Imana ntibizabe byarenze igaruriro
Yes
Uwo musaza haribyo avuga byukuri ariko haribyo avangavanga. ari guhuza abadive nabayuda sikimwe .
kuko imirimo yurukundo yemewe gukorwa kwisabato ibyo abadive barabyemera, uwo musaza rero ashobora kuba atazi ibyo abadive bizera. gusura abarwayi, gujyana ubutumwa byiza, Imirimo yose wakora yurukundo idaharinira inyungu zawe bwite ahubwo arikwitangira abandi ibyo ntakibazo.. Uwo musaza ari kuvangavanga pe, niba ahuza abadive nimyemerere yabayuda mugihe cya Yesu ntabwo azi ibyabadive (ibyo kuzirura isabato byakozwe na Yesu byabaye no kuyandi mategeko yose: Yesu yavuze ko ataje kuvanaho amategeko ahubwo yaje kuyasohoza, irijambo kuyasohoza muzindi ndimi rishatse kuvuga kuyavugurura cg kuyakomeza , niho isabato nandi mategeko Yesu yayasobanuye ukundi kuntu gutandukanye nukwari gusanzwe, uko Yesu abona umusambanyi, ishyari, kwica, isabato nandi mategeko siko Mose yayabonaga )
Muraho nose barajya kuvuga ubuhezanguni nimba basubuzi abantu mububata bwa matege Yesu akaba yaraje kudukiza Umuvumo wamategeko Abagaratiya 3vs10 ukomeje nigice cyakane kandi kuwirijyira imirimoyose itegetse na mategeko ntayubahirizeyose uko yanditse nikivume kandi clisto yaje atwarwa namategeko kugirango abone ukwacyiza abatwarwa namateko baherahe babohera abantu mububata bwa Mategeko ko itegeko ry Umwuka wubugingo ryatubatuye ububata bwa mategeko yanditse kotutarabarabatwarwa na mategeko yinyuguti dutwarwa ni itegeko ry umwuka wubugingo riri muri clisto Yesu
Abantu mumutuka namwe mukeneye kugendererwa nimana nyirijuru numwami wacu yesu kristo
Nsinjya nkunda kwandika comments ariko nukuri uyu musaza ndamwemera pe!!!!!!! Ikindi iyi channel (AYALONI TV) aho muri Imana ibahe umugisha nukuri murakora Kandi mwaziye igihe guhangana n'isi y'umwijima ,ibaze dusanze ibyo twizeye imyaka myinshi Atari ukuri? Pastor musisi we mukunda kubi. Ni David Nsengiyaremye nibera hanze Kandi ndabakurikirana.
Mukomerezaho kwagura ubwami bw'Imana tubarinyuma.
Niwowe wibeshye kuko nturamenya ntuzamenya uko icyo Yesu aricyo ubu.
Imana ishimwe ko irikugenda irigukubitira ikinyoma ahakubuye
Ongera usome .ukwiriye kongera guhanura.ntabwo iby'Imana yahamije bihinduka.
Mzee Imana igukomeze gusa ongera uduhe nr yanyu
Iman ikube hafi
Imana igihumugisha muzehewacu❤❤❤
Ndakwemeye
Rero nanjye nabaye umukuru w,itorero ntabwo najya mumpaka zabantu nkabo kuko narasomye, ahubwo mbaha igihe kuko nicyo kizagaragaza ukuri kwibyo avuga. Urugero umuntu ahora Arya ark se iyo akozwe nibiryo cg akabonamo ibuye cg agasimba ibiryo arabireka cg akabimena aribwo agitangira kurya atarahaga? Paulo ati "uhagaze yirinde atagwa kd Yesu ati umwana w,umuntu ntazagaruka kwimura IMANA kutabanje kubaho". IMANA iguhe guhumuka. Amen
Urumurwayi muzehe!
Waratumwe ark Imana izi abayo!
Ariko abavanfimwe baba diva bameze nkintumva pe uziko badashobora nogu sesengura izina bitwa iyo yivuga aravugango ndi umudivantiste w'umusi wa larindwi uba uwumusi ute?
Rata muzehe iyizire murugo rwa Data waguhishuriye ibyo
Uvuze ukuri pastor
Amen
thank papa
Kumara igihe mu itorero ntaho bihurira no kuba usobanukiwe,ikindi gusoma cyane si igihamya cyo kumva ibyo usoma.gusoma nikimwe no kumva ni ikindi!!!! Imana ikugenderere ahubwo. Bamwe bazasohoka abandi binjira!
Mbega gukora k'umubi we! Ubuse nkatwe twamenye ukuri kw'abadiventist tutarigishijwe nabo ,tutarigeze dusoma n'ibitabo byabo ari bibiliya Imana ibinyujijemo gusa ubwo twarayobye?!!!!
Bibiliya irihagije kugirango umenye ukuri kuva ku Mana,niba utabasha kumva bibiliya ntiwarikunasha gusobanukirwa n'ibitabo bya Adventist rwose!
Wamuzawe ndagushuhuje imana ikugenderere kuko warayobye ,
Imana igukomeze mukoziw'Imana uwumva azakira utumvanawe yigimire mubuyobe ivyabadive vyaranyobeye
Nugaturika
Muzehe Nepo, Imana ikomeze ikwagure cyane❤
ubisomye neza ko gukebwa yari ikimenyetso k' isezerano ry' Imana na abraham. Noneho gira icyo uvuga ku isomo ngo kandi mbaha amasabato yange ngo abe ikimenyetso hagati yange namwe.
Turagukunda muzehe wacu komeza turihamwe rwose tuvuge ibinyoma byabadive doreko bari baratugize imbata zidini ryabo twagize amahirwe yoguhishurirwa Yesu wimpuwe
Jyureka kubesha abntu umudivantist utemera inyigisho yabo yitwa umusohoke
Yewe ndabakurukira kandi nkunda ibiganiro mutugezaho umutumirwa lmana umuhe umugisha
Urakoze munyamakuru kutuzanira umwigisha ark ndabona usa nufite uruhande cg utabisobanukiwe neza noneho burikiganiro yakokozeho uzatuzanire umudiventisite nyawe (umumenyi kubyi torero) kuko wamara ni myaka 50 utararimenya ijambo , bizatuma dushyira ibintu kumuzani murakoze.
Ese wigeze uvuga ururimi rushya nabyo uzabisengere imana igufashe urimo gutera imbere muburyo bw'umwuka
Habwa umugisha Pastor ubisobanuye neza
Imana isjimwe
Iyo ushimangira umwuka wera ariko ntufobye isabato witonde utazajya muri ba ba bahanuzi b'ibinyoma bazaduka mu minsi y'imperuka
Mwuka wera ni ikimenyetso gihindura umutima. Isabato ni ikimenyetso cy'uko Imana ari umuremyi w'ijuru n'isi. Umukororombya ni ikimenyetso cy'uko Imana itazongera kurimbuza isi Umwuzure. Buri kimenyetso rero gifite icyo gihagarariye kandi ntagisimbura ikindi ahubwo byose bifite umumaro wabyo byihariye. Umubatizo wo mu mazi ni ikimenyetso cy' umutima uticira urubanza cy' erekana ko umuntu yizera urupfu n'umuzuko bya Yesu Kristo. Ifunguro ryera ni ikimenyetso cy'umubiri n'amaraso bya Yesu Kristo. Nta nakimwe muri ibyo tugomba kwirengagiza umumaro wacyo kuko ari Data wabivuze. Namwe rero mwisuzume murebe ko mutarwanya ukuri kw' Imana. Kwishingikiriza ku makosa yabayuda nawe ugashinja Yesu Umwami w' Isabato ko yayiziruraga kuko yabwiye umuntu kwikorera uburiri ngo atahe kandi yari amaze igihe kirekire aboshwe n'Uburwayi, Yesu Yerekanye ko umunsi Yejeje amaze kurema ijuru n'isi ari umunsi wo kubohora imbohe. Mu gihe abayuda bo bari baboshye imitima badashaka kubohorwa. Ijambo abayuda bumvise nabi bakariha ubusobanuro butari bwo ryo mu itegeko rya kane rivuga ngo "Ntukagire umurimo wose uwukoraho". Abayuda barisobanuye uko Imana itashatse kurisobanura. Ni imirimo yose umuntu asanzwe akora y'inyungu ze ni yo bagombaga kureka kuri uwo munsi maze bakajya gukora Imirimo yera y'Imana no guterana kwera. Ibyo ni byo Yesu yabigishije kandi akuraho ubwo busobanuro butari bwo bari barahaye amategeko Ye. Isabato ni umunsi w' ibwirizabutumwa kandi ibwirizabutumwa riberaho gukiza abantu. None se Yesu kuba yarabikoze kandi yaje kuterana ku isabato hari icyaha yakoze? Ntacyo kandi byari akamenyero ke guterana buri sabato. Luka 4:16. Abayuda bahoraga bamushakaho icyaha kuburyo kenshi ibyo bavugaga bashaka kumurwanya bitari bihuje n'ukuri n'ubu abantu babyishingikirizaho bavuga ko ubwo na Yesu atubahirizaga isabato. Nyamara ntabwo we ibyo yigeze abyigisha kuko ubwe yumviye amategeko ye na se yose. Kandi aravuga ati "Nuko rero uzica rimwe ryo muri ayo mategeko n'aho ryaba ryoroshye hanyuma y'ayandi akigisha abandi kugira batyo mu bwami bwo mu ijuru azitwa mutoya rwose.Ariko uzayakora akayigisha abandi, mu bwami bwo mu ijuru azitwa mukuru” Matayo 5:19. Nguko uko nizera kandi ntashidikanya, ndabihamya ibyo Yesu ahamya imbere y'abanyumva bose. Ijuru n'isi bizashira ariko amagambo ye ntazashira na gato.
Mwukawera akumurikire
Murakoze kubwo iki kiganiro.
Gusa ndabona harimo kudasaranganya neza iminota y'ikiganiro ku batumirwa bombi.
Yesu kirisitu,yaduhaye itegeko rishya ,rikubiyemo yayandi icumi
Ezayi 56:6 “Kandi abanyamahanga bahakwa ku Uwiteka bakamukorera bakunze izina rye bakaba abagaragu be, umuntu wese akeza isabato ntayice agakomeza isezerano ryanjye,
Ezayi 56:7 abo na bo nzabageza ku musozi wanjye wera, mbanezereze mu nzu yanjye y'urusengero. Ibitambo byabo byoswa n'amaturo yabo bizemerwa bitambirwe ku gicaniro cyanjye kuko inzu yanjye izitwa inzu yo gusengerwamo n'amahanga yose.” 📖🙏🙏🙏
Ukuri nkuko nikondukeneye
Wowe uri umuhakanyi ruharwa Imana ikubabarire
Ahuhwo igisha ko amategeko yahawe abayisiraheli yose, twebwe abanyamahanga atatureba !
Muzehe aravuga ukuri
Ntabwo wahumutse ahubwo warahumye humuka ugaruke munzira
niba hari icyo ufite wa muntu we ngaho kivuge usubize ibyo nakubajije. itorero ribaye ryuzuyemo abantu nkawe, byaba biteye agahinda. Yego abantu nkawe nti babura gusa n' abategereje Yesu batajenjetse barahari kandi bazirukana uwo mwijima uri gukwiza Imana ibibafashijemo. Nawe wamunyamakuruwe, ibyo uri kwishyiramo ushobora kuba utabizi gusa usabe Imana utazabimenya wakerewe.
Buriya c icyo yavuze itaricyo ni ikihe? Muve mu madini musange yesu.
Ahubwo se uyu ugaya uyu mukazi w'Imana wahishuriwe Yesu uretse ubuhezanguni bw'idini yatweretse icyo idini n' isabato byamufashije mu guhinduka uwaysindishirijee na Yesu.
@@FelicienTuyisenge-zd8mc yego dukwiye gusanga Yesu. ese inzira tuzayibwira? tuyoborwa n' ijambo ry' Imana kandi anyuranya na ryo none aho tudakwiye kumwamagana ni he? ati Yesu yaziruye isabato? none nyuma yo kwerekana ko ntacyo Imaze kuki abigishawa bayikomezaga? uyu ni umubeshyi nunakurikiza ibyo avuga uzicuza nyuma ari ntacyo wabikoraho.
@@RekerahoJeanBaptiste ikidufasha si idini cyangwa isabato ahubwo ni ukumvira ijambo ry'Imana soma ayamagambo aboneka muri yakobo 2:10
10.
Umuntu wese witondera amategeko yose agasitara kuri rimwe, aba ayacumuye yose
11.
kuko uwavuze ati “Ntugasambane”, ni we wavuze ati “Ntukice.” Nuko rero nudasambana ariko ukica, uba ucumuye amategeko yose.
yesu ni we wavuze ko umukunda ari uwitondera amategeko ye.
@@RekerahoJeanBaptiste reba iri somo ryo mu kuva 20:8-11 wongereho iryo muri yesaya 58 cyane cyane umurongo wa 13 kugez akirangiye.Imana iba ivuga idini itaryrya mu gice hose. kandi ntaho Imana yavuze ko amategeko yayo umuntu akwiye kuyahindura.
iby' igihano cyo kwicwa uri kuvuga, ndagira ngo nkwibutse ko kuva ubuturo bwera bwo mu isi bwarekera bwata agaciro(igihe umwenda utandukanya ahera n' ahera cyane watabukaga mo kabiri Yesu amaze gupfa)
Ntago icyaha cy' umuntu cyose cyari kigikwiye guhanwa hakurikijwe ya mategeko yabikwaga iruhande rw' isanduku y' isezerano ahubwo ubu yesu aba acira abantu urubanza kandi ntakabuza abayizirura bose kandi babizi ntibazabura kurimbuka. indi nama nakugira, banza utandukanye amategeko y' Imihango n' amategeko 10 y' Imana. amategeko y' Imihango ahanini yabaga ari ayo kwerekana uburyo uwakoze icyaha ahanwa kandi pawulo atwibutsa ko urwandiko rwayo Yesu yarubambye ku musaraba. ibyo uri kuyobesha abantu, usesenguye bibiliya wamenya neza ko satani ari we uri kukuvugiramo kuko Imana ntago yajya guhakana amategeko yo ubwayo yavuze ko atazavaho n' inyuguti n' imwe.
Satani yamuhumye amaso ibyo ntiyabyibuka
Iyo uriye ugahaga uze wirinde amajambo uvuga muze.. kuko burijambo ryose rizoshirwa murubanza... Gusa Imana iguhane
Ngaho da wowe urashaka ko bigenda bite? Kuki umusabira guhanwa ngaho da 😢😢😢😢
Nyamara muze tuve mubyidini tuyoboke Christo, tutazagirwaho numuvumo wamategeko,
Ahubwo we warukwiye guceceka kuko nivyuvuga ntabwubizi ubwumusabira guhanwa kandi tuzi nez kwimana arinyembabazi ntubona kuri kwita imana umugizi wanabi
@@sitiviniDanieli-kz9mv Tumusabire kugaruka mu nzira tumusaba kutayobya abantu kuko azabazwa abazarimbuka bamuzize.
Ndagushyigikiye
Muraho neza yewe musaza yesu yaravuze ngo mwitekereza ko make gukuraho amategeko ahubwo make kuyasohoza kndi ngo ahokugirango have hi n'agace gato kumategeko ijuru n'isi byakurwaho kndi ngo uvuga ko amuzi ntiyitondere amategeko ni umubeshyi ukuri ntikuri muriwe
Haricyo numvise cyimwe gusa , atabeshye. Yarumukuru witorero mubadivantiste. 🎉 Aho ntiyabeshye: Kuko , abajezuwiti , abafrimason , nabatware bumwijima. Nibo , usanga , barawe , intebe..mwitorero. ❤bizera , mukwiriye , gusohoka , ntabwo , insenjyero zidufasha gusenga.❤❤amabwiriza tuyakura mubyanditswe. (Bibriya) Nakristo , urusenjyero yaruvuyemo.mat.23.37........
Eseibyp bihurirahe nokwihana wamugabowe woe sengera ubugingobwawepe
Ukwiriye kwihana
Iyo uzakwiga bibiliya neza ushaka gusobanukirwa biturutse kugufashwa na mwuka wera ntuba warasohotse muri Adventist
*#Mubyeyi**, Mukozi w’Imana ntabwo rirarenga, **#komerezaho** kuko igihe ni iki Imana yaguteguriye kugirango utange inyigisho zo kutubwira ukuri.*
Utiyitirira umudive urumupagani wumuhakanyi
ndakwibutsa ko urwandiko rw' imihango yesu yarubambye ku musaraba kandi tandukanya Imihango n' amategeko y' Imana icumi. ibyo gukebwa, zirikana icyo pawulo yabivuzeho ayobowe n' umwuka w' Imana. Uri kugereranya ibitagereranyika, wenda duhe urugero rwo mu yandi mategeko muri ariya icumi utubwire utidore na rino ryavuyeho.
Rom 8:3-4
[3]kuko ibyo amategeko yananiwe gukora ku bw'intege nke za kamere yacu, Imana yabishohoje ubwo yatumaga Umwana wayo afite ishusho ya kamere y'ibyaha kuba igitambo cy'ibyaha, icira ibyaha bya kamere ho iteka,
[4]kugira ngo gukiranuka kw'amategeko gusohozwe muri twe, abadakurikiza ibya kamere y'umubiri, ahubwo bakurikiza iby'Umwuka.
@@sethnsenga8785 abaroma 7:7 cyane cyane abaroma 6:15 hasome niba wanditse ibi ushaka kutubwira ko amategeko atakigize icyo avuze.
Umunyantege nkeya wa Yesu ntawe umwakura ngo amubashe.Ukuri ni ukuri bona nubwo haba hari abatakwitaho bo mu b'Adiventistes.Uyu musaza yasomye igice abika ibiceceti cyane kdi ndamuha inama yo kongera agasoma.None ko nawe ubizi ko umunsi ungana n'umwaka?Abadiventistes nubwo benshi barwaye ariko ukuri kuriyo pe.Imana ishimwe!Abariyo bahakana cg batakira Mwuka Wera nibo bireba nk'uko no mu yandi madini badendeje.Dukurikire ukuri turekane mu madini
Muze kuvugako warumudive none imwakayose wakoragamo iki kandi usukuri ahubwo ukorera papa urumujezuwiti
Ariko se Ababadiventiste ko batukana muri comment? Komeza uvuge ukuri Muzehe.
Ibyanditswe byera byose byahumetswe n'Imana kandi bigira umumaro wo kwigisha umuntu, no kumwemeza ibyaha bye no kumutunganya, no kumuhanira gukiranuka
(2 Timoteyo 3:16)
Iyo ubuherezi buhindutse n'amategeko arahinduka
Zuyumusanza nhumuzohoke
Mwatubwiye iyo ndirimbo itangira ikiganiro uko yitwa ko numva irimo amavuta??
Imapmvu wenda ibyo yavuze ku minsi 2300 bitavugurujwe, ni uko nabo batabishatse cyangwa batabizi gusa nge ndabivuguruza kandi narabivuguruje yenda ni uko mutabyitayeho, namubwiye kubanza kwiga ubuturo bwera akana menya ibyakorerwagamo mbere yo kubisobanura we atanabisobanukiwe. Abanze amenye kweza ubuturo bwera icyo ari cyo, anamenye igihe byakorerwaga n' uko byakorwaga. muri comment sinakandika byinshi gusa muri make byatumye mbona ukuntu iyo umuntu atize ijambo ry' Imana abishyizeho umutima, ayoba akanayobya n' abandi.
Hahaha 😂😂😂😂 urasekeje pe nonese ikibi umushinza kinyuranyije n,ijambo ry,Imana n,ikihe?muzehe nepo urakenewe mu gihe nk,iki komerezaho
@@user-ig2ir5rs4h ahubwo se noneho wowe umuntu aguhaye bibiliya, wayikoressha ushyigikira ibyo yavuze. noneho mubwire niba ari mukuri asubize ibyo namubajije akoresheje bibiliya.
Umwuka wera ni ikimenyetso Imana ishyira ku bana bayo Abaroma 8:14 “Abayoborwa n'Umwuka w'Imana bose ni bo bana b'Imana” kd ntibazayoba inzira bakwiriye gucamo. Niba koko umwuka ubayobora uturuka ku Mana Umuremyi.
Ubwo ntago uri umudivantitse kuko utemera amahame yabo nyine ,ntubyivugiye see😂😂😂😂kuvangirwa disiiiii , yesu akugenderere ngaho utwikire muze😂😂😂😂😅😅
Gumamo wamenye ukuri urabaturwapeee
Yooooooo muze utanze urugero rubi wamaze imyaka 40 utazi ahuri mbega agahinda birababaje nubu ntahuri ubuse uherereyehe ntabwo ngutuste ariko ugiye gupfa uhagaze
Ese vunaha,ko iminsi 2300 hari umugabane wayo w,ibyumweru 70 wo uwuvugaho iki?
Ntabwo yashobora kubisobanura uko biri
Turabyemerakowavuye mubuyobe arikonawe ukwiyegukizwa ukabatizwa mwizinarya yesu kristo
❤
Njyewe ndumva avuga ukuri peee!!!nonese ubundi nyuma yokumunsi wakarwi Imana yaruhutseho kuki itongeye gukora kuwambere wakurikiyeho?ikindi nuno munsi Imana irakora kwisabato ubuse tuvugeyuko ntabantu babona ibitangaza kwisabato? Niba bibase ninde ubibakorera atari Imana?
Muzehe rero abantu benshi bagiye bateshuka inzira murubwo buryo, gusa ubanze urebe iherezo ryabakubanjirije kuko uracyari hafi kd ntawihuta nkuwayobye
Nshuti yange, ukwiye kumenya ko kwibeshya nibintu bibaho ku kiremwa muntu ibi mbivugiye ko muri biganiro byawe ugaragaza uruhande uriho bigatuma ukoresha amagambo atari ngombwa none rero nakubwira n'uko umucamanza mwiza aba ikiraro cyababurana hanyuma icyo abitekerezaho cyiza nyuma yumurimo we, none rekeraho gutsindagira ugaragaza ko aba adventists bayobye kuko ejo hazaza uvuga ibindi Kandi uzumva ko nawe avuga ukuri, ikiza rero muhe urubuga agaragaze umucyo afite uzagenzura akaborana ko aribyukuri azawukurikira nkuko kwizera kwe kuri, kwizera kukuri umuntu agira n'uko abwirijwe numutima nama we suko ahamijwe gusa nibyo abantu bavuga, murakoze.
Nange nemeza ko bagihanganye na yesu
Jean Luc uraho!
Wazahuje Paster Mzee Mvunabandi na wa musore ujya utuganiza na Peter Musisi?
Uyumusaza umugatirikape
Muzacyura kwirirwa mushyushya umutwe wanyu aho guca bugufi ngo mukorere umwami!
Uko ni ukuri
None amategeko yavuyeho?
Wowe uri umujezuwiti ,gusa tuziko intumwa zumubi mwinjiye mumatorero kiyobya abantu
Urayobye ubaye nkabayuda gukora kw'Isabato ukora ibyo gukiza ubugingo ntacyaha kirimo nicyo cyatumye bica yesu urambabaje
Itorero rya Kristo riri mu bamwizera. Kubwo kwizera batsindishirijwe imirimo itegetswe n'amategeko, batsindishirizwa urubanza rw'ibyaha. Ni abera kubera Yesu, ni abavutse ubwa 2, ibyaremwe bishya abana b'Imana. Aba rero si Abadvantiste, si abapantekoste, si ababatista, si anglicani cyangwa Andi madini menshi yagiye avuka ku bukristo, ahubwo ni n'urubyaro rw'Imana, abantu Imana yaronse mu maraso ya Yesu itorero baba basengeraamo iryariryo ryose. Kuko itorero rya Kristo rimaze imyaka ikabakaba 2000 abakristo bizera Kandi bakijijwe bariho hirya no hino kw'isi. Ntabwo abakristo b'ukuri babayeho 1846 havutse idini ry'abadive cyangwa ngo bebeho 1900 havutse aba pentecost, oya bariho kuva mu kinyejana cya 1 kugeza none.
@@RekerahoJeanBaptiste yego kuko gukurikira Imana bivuze kugendera mu mucyo wose ufite. icyo uzi Imana isaba ukakigenderamo. Igihe batari bafite umucyo w' Isabato, Imana ntiyari kubabaraho icyaha kandi batabizi. ariko se niba uzi ko isabato ivugwa mu ijambo ry' Imana ihari, ukanga ukayizirura, none wakwibarira mu bajya mu ijuru ute?
@@ab-pb2nk Isabato yahawe Abasraheli nk'ikiruhuko ariko ntiyahawe abizera, kuko no mu gihe cya Yesu abayuda bari bayitsimbarayeho cyane kuko uretse n'uwavuze ngo iyo umurimo ukozwe Ari uwo gukiza ubugingo nta kibazo ( agendeye ku murwayi Yesu yakijije) ariko abayuda bibiboteraga inyuma za Yesu ko nazo zitaziririza Isabato nkaho zacaga amahundo y',amasaka zikagenda zihakenya Luka 6:1-6. Yesu yababwiye ko Umwana w'umuntu Ari umwami w'isabato. Bivuga ko Yesu n'abamwizera batabohwa n'isabato. ahandi yababwiye ko Abantu natabayeho kubw'isabato, ahubwo Isabato yabayeho kubw'abantu , Nuka ahandi ababwira ko amategeko bizirikaho ari amategeko y'abantu, ko ahubwo bari bakwiriye kurangwa n'ubutabera, imbabazi no Kwizera Matayo 23: 23. Ibyo rero intumwa n'abizera bari barabirenze, barabatuwe ku mategeko y'imigenzo ari ab'umudendezo muri Kristo. Paulo yihanangiriza abakristo b'i Roma kubyo kudacirina imanza hashingiwe kumigenzo y'idini. Kubyo kuziririza iminsi yababwiye ko hariho abarobanura umunsi umwe bakurutisha indi, hari n'abafata iminsi yose kimwe. Bose yababwiye ko mu gihe bikorwa kibw'umwami ntawukwiye kubigira urwitwazo. Abanyesabato rero bigaragara ko ariyo mushyira imbere kuruta Yesu, reka mvuge ngo nimushobora kuyubahiriza nk'uko yahawe Abasraheli amahirwe masa. Isabato y'ukuri ni Yesu Kristo niwe abamwizera baruhukiramo , srahamagara ati, nimuze munzange ndabarujura...dutegereje uburukiro bw'isabato y'umunsi arambabaje.
Urasekeje pe ese wizehehe? Wasomye amateka wowe?
Isabato yavuyeho ryari wa Mugabo we, Yesu yayiruhukaga yaravuyeho?
Abadive musenge kuko ibinyoma byanyu bikomeje gushyirwa kukarubanda
Kdi ni bene wabo babishyjra ku karubanda
Umva uwu si umudiventisite!!!
Ushaje nabi
Umusaza nagende none iyontambara yarangiye haheze iminsi
Hari ikintu kibabaje! Ni ukuva mu kuri ushaje. Ese uyu musaza abonye guca munzira bimurambiye agiye kwiyuririra inkike ashaje? Iyo wihangana Koko ko warugiye gusohora yo amahoro! Ikibabaje Kandi ni uko ushaka kutayoba wenyine , uwo murikumwe aragushima ariko nawe si we ni umufana. Icyaba kiza ni hkurwanirira ukuri naho ubundi uratera imigeri ku mihunda. Mbabajwe n' uko usibanura bibiriya mu bumebyi buciriritse cyane bigaragaza ko utayumva pe! Waciye bugufi ko n' inkone itabyumvaga Kandi ko byarangiye ibyumvuse? Uziko wagerageje kubisobanura uko ubyumva Kandi waragombaga gusaba Imana ikaguha umwuka akagusobanurira Iby' ubwiru bwayo! Ndagusabiye Imana izarebe uko ikugenza umenye inzira ya yo . Isabato ntacyo imaze? Soma Ezekiyeri 12:20
Nukuri imana iguhe umu gisha
Uzadusobanurire no kucyacumi
Kandi batsindirira abandi ngo nibo basenga umusi ese muzaba aba Kristo ryari muzaguma mube abumusi? Ese umusi niwo wabaremye?
Uziko muhemukira umuremyi wibihe mugaha agaciro umudi yaremye?
Muziko umudive nyawe agwa akanywa urwagwa akanarucuruza
Agasambana rwose ariko akabareke ntabe yahirahira ngo agafungure kwisabato?
Mbese ikigirwa mana niki?
Si ikintu cyose ushobora gusimbuza Imana mubuzima bwawe?
Isi yishwe nibigirwamana 3
1. NI ISABATO
2. NI ISHUSHO YA MARIYA
3. NI MUHAMMAD kubasiramu
Ntihagire untera amabuye nihitiraga
"Azagira imigambi ituma abashishwa byose n'uburyarya, kandi azishyira hejuru mu mutima we, azarimbura benshi biraye ndetse azahaguruka kurwanya Umwami w'abami. Ariko azavunagurika nta wumukozeho. ²⁶ Ibyerekanywe byavuzwe ko bizaba muri iyo minsi, uko buzacya bukira ni iby' ukuri, ariko ujye ubizigama kuko ari iby' igihe gishyize kera.” Daniyeli 8:25-26. Ntibigitinze biraje.
Uyu musaza avuga ukuri
Njyewe ntagihe nagutaho pe !!
Ntabwo yayiziruye ahubwo yaberetse uburyo bwo kuyiziririza nonese uravugako ibirego bamureze arukuri oya
Mureke uwo yemeyeko ajyakurugamba agende
niba ushaka kwerekana abahawe isabato abo ari bo, reka nkubwire umurongo ukoresha. koresha itangiriro ubone aho isabato yahereye, wongereho kuva 16 ubone ko na mbere y' uko Imana isubiramo amategeko 10 ku murongo, isabato yaziririzwaga.gusa ndakibaza niba koko wari umukuru w' itorero cyangwa niba wari umuhakanyi waje mu itorero.
Oya isabato ntabatayizihiza, ahubwo icyabacanze ni ukumenya umunsi uwa ariwo
Gusaza ni ugusahurwa koko...
@@user-ej5uy7tm6v abatazi umunsi bamwe ni uko batashatse kuwumenya kuko bibiliya iwuvuga neza. tuzi ko yesu yazutse ku wambere w' iminsi irindwi ari ho ku cyumweru. Isabato yari irangiye bivuze ko umunsi ubanziriza ku cyumeru ari isabato.
Sibisobanutse, nones umunsi wa karindwi ubwo ni uwuhe ko numva uwo Waba Ari uwa gatandatu
@@user-ej5uy7tm6v ubwo se uri kubibara gute? niba usanze saturday ari wo sabato ubaze neza. ubundi muri bibiliya dusoma ko kuwa mbere w' imiinsi irindwi ari ho twita ku cyumweru.rero uhereye ku cyumweru ubara, samedi cyangwa saturday ni ho hitwa isabato muri bibiliya.ntekereza ko ubu bisobanutse.
Bazigwiriza abigisha bahuje n' irari rya bo. Uyu musaza yabonye abayoboke kuko aborohereje akaba abahaye inzira badashoboye kunyura mu ifunganye. Aberetse igihogere. Yakuwe mu itorero nuko bamubujije gufotora ku isabato. Arivumbura ahita asihoka?! Mbega umusaza wakunze ibyisi akabisimbuza amafaranga!
Uwoyaraguye arimubadakunda Yesu umwamiwisabato ?kuko Yesu yabwiyabantu ati nimwankunda muzitondera amategeko yanje kamdi yavuze kwisabato yabayeho kuberumuntu nonuwo rero yikuye mubanru uyoninkende kuko uwutaruhuka isabato abayikuye mubantu!
Ubutaha uzakosore yesu ntiyapfuye azira isabato yazize ibyaha byabari mwisi
Logiquement parlant yazize ibyahabvyacu 👍🏻 mais icashegeshe abayuda nuko atubahiriza isabato akongera akiyita umwana w’Imana. Ivyo vyatumye baduza ishari n’urwanko baramwica 🤷🏽
Babwire
Yewe ibyuvuga ntabyuzi ihakana isabato lmana nayo izamwihakana kuko yesu niwe mwami w'isabato
Nyine Yesu niwe Mwami w’isabato, ikibazo ni ukwizera Yesu naho iby’iminsi ntacyo bivuze.
@@TheCharity. niba umunsi ntacyo umaze, abigishwa ntibakabaye barayikomeje, n' andi mategeko ntacyo aba amaze kuko itegeko rivuga iby' isabato ntago riri ukwaryo riri hamwe n' andi
Emera muce bugufi mwigishwe mureke kuburana ivyomutazi nonese abayuda bahoweki kombona bayubahiriza kurusha nabikigihe
@@ab-pb2nk Tunganira Yesu Kristo, ukoreshwe n’Umwuka Wera kugirango uzabashe kumusanganirira ku bicu.✅❤
@@sitiviniDanieli-kz9mv Mumbarize.👍
Abayuda bubahiriza Isabato ariko ntibyabujije kwitwa aba b’incira (inzoka).
Bavandimwe erega ayo madini yobuyobe yose agiye gusenyuka nubundi hasigare kiliziya imwe gatorika ntagatifuya yashinzwe na Yezu Kristu kurutare Petero ikindi Uwiteka ntago ari Imana yo mw'ijuru Imana yo mw'ijuru ni Uhoraho Ushoborabyose, Nyirubutagatifu, Nyirububasha amazina atagira ubundi bwishi bwayo😮 kuko nimwita kuri iri jambo iteka rifite ubwishi bwaryo iteka ryose ushobora kwibaza impamvu batavuga uwiteka ryose ariko uvuze Uhoraho bifite umujyo na Yesu bavugako biva mugi swahili ariko wakwibaza impamvu bibiliya yera yanditse mukinyarwanda bavangamo igi swahili kandi bavugako Yezu na Yesu ari kimwe kandi Yezu ni ikinyarwanda kuberiki batakoresheje ikinyarwanda ngo bandike Yezu bose ikindi isabato Yezu Kristu yavuzeko Umwana w'Umuntu iriwe mugenga wisabato yasimbuwe nigitambo gitagatifu cya Missa aho we ubwe yongera kwituraho igitambo Imana Data nyir'ijuru kdi isabato niyisezerano rya kera kdi turi mwisezerano rishya isezerano rishya rero impamvu abavandimwe beshi basobanukirwa ibyaryo nuko rivuga iby'isi ya Roho kuko Yezu yaje kutubwira inkuru nziza y'ingoma y'Imana ntago ari uby'umubiri rero ninayo mpamvu ibya kiliziya abeshi batabyumva kuko ivuga ibya Roho ugiye mugitambo cya Missa ukareba imihango ikorwa niho ubona itandukaniro sawa mugire amahoro.
Mwene Data urakoze aribyo nize mu buyobe bwa Kiliziya,Isabato yasimbuwe n'umwana w'umuntu, naho Umwana w'umuntu yasimbuwe n'igitambo cya Missa!!
Yesu Umukiza tabara abawe!
@@pr.musisipeter626 wabyumvise nabi ongera usome neza ntago kiliziya ariyo yayobye ahubwo niyo Yezu kristu yashinze soma bibiliya ntagatifu muri matayo umutwe 16: umurongo13-20
Title zanyu nazo ziyobya abantu. Umuntu utari na pastor mumuhindura umukuru w'abadive mushingiye kukii? None se niba nawe ubwe yarahisemo kuyoba ubwo tumukurikire buhumyi ngo yahishuriwe. Tubaze bibiliya umwuka w'Uwiteka aduhishurire ukuri maze tureke kuba mu ntambara z'amadini ahubwo duhinduke abigishwa ha Kristo Yesu.