INKOMOKO NYAYO YA YESU CHRISTO ESE KOKO YESU NI UMWIRABURA?? ISHUSHO YANYAYO YA CHRISTO

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 24 тра 2024
  • #0788726286
    Christo Ashimwe cyane, Tubashimiye Umwanya mutanga Mukurikiye Ijambo ry'Imana ku Ijwi ry'Umukanguzi tv.
    Imana lbanezeze.

КОМЕНТАРІ • 346

  • @ClementInshutiyimana
    @ClementInshutiyimana Місяць тому +22

    Uwumvise iki kiganiro wese mwifurije kuziyerekwa na Yesu
    Merci bcp Dr. Rusa

  • @joselynekanyamuneza9135
    @joselynekanyamuneza9135 Місяць тому +19

    Iki kiganiro mudukoreye ndumva kirimwo ibintu twahishijwe vyinshi murakoze. Twamenye Yesu ubu ntari munyandiko Ari muri twebwe. Imana ishimwe

  • @kakubadamascent3069
    @kakubadamascent3069 Місяць тому +15

    Dr Rusa uravuga ukuri kitavanzemo amashuri ibinyabazungu batuzaniye urakoze cyane

  • @habarugiravincent-jy8wh
    @habarugiravincent-jy8wh Місяць тому +33

    Ibi birandenze
    Yesu yaba umuzungu cg umwirabura gusa abo tubyumva kimwe dukomeze kumwizera

    • @MihigoJohn-cb8cw
      @MihigoJohn-cb8cw Місяць тому +7

      Kuba wamwizera icyo sicyo kibazo ahubwo kuki yaba yari umwirabura bakamuhindura umuzungu? Aho niho hari ikibazo

    • @sammarley1413
      @sammarley1413 Місяць тому +2

      ​@@MihigoJohn-cb8cwmubisanzwe ntiyigezr anabaho ahubwo ni fiction gusa yukwoza ubwonko bwabantu
      Ninacogituma bagushiriyeho akadomo ngo yavutse bitandikanye nabandi umugore avyara atamugabo😂😂😂😂!!!!!!!!

    • @stevenkads688
      @stevenkads688 Місяць тому +2

      ​​@@sammarley1413 abashakashatsi benshi ku isi mu mateka n'ibisigaramatongo bagaragaje ko Yesu yabayeho n'ibimenyetso birerekanwa, sinzi niba ubwo bumenyi waba ububifiteho cg? gusa nawe niba hari bushakashatsi wakoze bukagaragaza ko atabayeho uzadusangize na byo tubyigeho tuve mu rujijo, Asante🙏

    • @user-sx4qb8lp6s
      @user-sx4qb8lp6s Місяць тому +1

      Ese isura niyo mwizera ntacyo bifasha abamwizeye turebe urukundo impuhwe guca bugufi imbabazi nibyo bifitiye inyungu abamwizeye ndetse na ijambo rye ariryo bible

    • @intekerezo2023
      @intekerezo2023 Місяць тому +1

      ​@@user-sx4qb8lp6s,biramutse bimenyekanye ko Yezu twizeye atari umuzungu nk'uko twigishijwe,ndetse ko na Shitani Atari umukara/black nk'uko twabibwiwe,byagira ingaruka ku butumwa!

  • @edisonmunyanshongore6606
    @edisonmunyanshongore6606 Місяць тому +12

    Icyampa ngo Yesu Kristu akwiyereke mu buzima bwawe Dr Rusa. Uwiteka Imana Iragukunda. Natwe twarize kandi Mwuka wera aratuyobora.

    • @habyarimanajeanclaude3883
      @habyarimanajeanclaude3883 Місяць тому +9

      😂Bwana Munyanshongore,VA muri naremeye ujye muri ndashaka kumenya Nibwo uri bwumve ibyo Dr avuga...Ntawe ukuvanye kuri Yesu ariko ukuri niko kuzatubatura si ukwemera.
      Kandi ubanze unamenye amateka y'ikarita y'isi mu myaka nibura 1500 ishize Nibwo wemera ko icyo ukuri avuga gisobanuye

    • @Nibizichristo
      @Nibizichristo Місяць тому +1

      Ico avuze Dr Russa nukuri kuko na Bible irabivuga neza , murabe ivya hishuwe yohana 1 ,14-15

    • @user-ft8kl8rc6c
      @user-ft8kl8rc6c Місяць тому +4

      Yavuze neza kwemera no kumenya biratandukanye ariko kumenya biruta kwemera

    • @sammarley1413
      @sammarley1413 Місяць тому

      ​@@Nibizichristo aho niho Hari ikibazo mwemera biblia none wumva muzokira gute ???
      Bible nububeshi bugaragara urayisoma witonze harrimwo contradiction nyinshi nyinshi nyinshi

    • @ngororeaugustin1181
      @ngororeaugustin1181 Місяць тому

      @@sammarley1413 NIYO MPAMVU BIBLE ITAGENEWE UWARIWE WESE NGO NI UJI AZI GUSOMA INYGUTI KUKO IYO UDADHAKA KUYISOBANURIRWA NA ROHO MUTAGATIFU UHINDUKA UMUHAKANYI KANDI WARABATIJWE NK'UWO DOCTOR WAVUZE KO YARI UMUGATOLIKA!!
      NI NAYO MPAMVU KERA BIBLE YABAGA IZIRIKISHIJWE IMINYURURU KUGIRANGO HATAGIRA UYOBYA ABANTU ATAZI KUYISOBANURA

  • @N8Claire
    @N8Claire Місяць тому +15

    Yesu yaba umwirabura yabayarumuzungu ntacyobimbwiye rekatumwizere azatugeze mwijuru

    • @matsikomoses
      @matsikomoses Місяць тому +2

      😅😅😅😅Wowe ibyo bavuze ntiwabyumvise. Wobereye muri code zawe. Yesu twese turamwemera kandi aradukunda ariko ikibazo nagatogo kavangabanze mumadini yacu kayobya ubwoko bw'Imana tugasigara kumahame yabo aho kumvira Umwuka Wera

    • @Boman-e1y
      @Boman-e1y Місяць тому +3

      Izere sogokuru wabyaye so hanyuma ushimire Imana yaremye isi ni ibintu biyirimo byose

    • @N8Claire
      @N8Claire Місяць тому +3

      @@Boman-e1y nizeyeYESU ni UMWAMI naramwizeye Burundu Burunduntakindi ndebyeho AMEN!!!!

    • @slusnkusi7755
      @slusnkusi7755 Місяць тому

      Ariko Ijuru uharanira ukeka ko ari ukuri??? wakoze ibyiza kwisi ukiriho ibyo mwijuru ko ari ubuhenda bana.

    • @user-ys2qt9rb9u
      @user-ys2qt9rb9u Місяць тому

      Muribi byombi ntacyo bivuze Yesu ni lmana ahagarika afite ubundi bwiza butarubuzungu cy ubwirabura

  • @ubumwetvgroup8251
    @ubumwetvgroup8251 Місяць тому +6

    Ind 1:5
    [5]Yemwe bakobwa b'i Yerusalemu mwe,Ndirabura ariko ndi mwiza,Nsa n'amahema y'Abakedari,N'inyegamo za Salomo.

  • @patricksibo8952
    @patricksibo8952 14 днів тому +1

    Dr Rusa, murakoze cyane kuduhugura. Ugumane naYesu wacu.

  • @thomasbizimungu4283
    @thomasbizimungu4283 Місяць тому +3

    Ntakintu nakimwe kiri hejuru y'Amaraso ya Yesu. Wow!!!! Dr. Rusa thanks. Holy Spirit at work❤️

  • @hodalimaulidi4044
    @hodalimaulidi4044 Місяць тому +8

    Nkunze Dr Rusa kuruta uko namukundaga kumbi Uzi Yesu ukanamuvuga gutyo ? Nukuri Imana iguhe umugisha mwinshi

  • @walter8470
    @walter8470 Місяць тому +5

    Ind 1:5 Yemwe bakobwa b'i Yerusalemu mwe,Ndirabura ariko ndi mwiza,Nsa n'amahema y'Abakedari,N'inyegamo za Salomo.
    Ind 1:6 Mwe kundeba nabi ni uko nirabura,Nabitewe n'izuba ryambabuye.Abahungu ba mama barandakariye,Bangize umurinzi w'inzabibu,Ariko uruzabibu rwanjye sinarurinze.

    • @user-cf1um6be4z
      @user-cf1um6be4z Місяць тому

      Nyine na SALOMO yarumwirabura😂 Gusa kubwira udakeneye kubimenya yagirango warasaze

  • @josephnyangabo9552
    @josephnyangabo9552 Місяць тому +4

    Dr Rusa akomeje kunjomba icumu mu gisebe kubera ukuntu mbabazwa n'uburyo education yacu ibereyeho abazungu. Njye ndi umwarimu, ariko mbabazwa cyane n'uburyo kutamenya neza English mu ishuri bituma umwana yemera neza ko ari umuswa, akabyakira, bikamuca intege bikamwambura ubushobozi bwe bwo gutekereza byisumbuye. Rusa mukundira ko asoma ibitabo, ninacyo cyonyine twakora ngo tubohore abanyarwanda ku ngoyi y'ubukene n'ubujiji. We need libraries in each district please.

    • @JimmyKany
      @JimmyKany 25 днів тому

      Niba utekereza gutyo ugomba kuba uri mwalimu w'umuhanga.
      Nakoze ubushakashatsi muri philosophy na history, kandi Hari byinshi nemeranya Ruta.
      Yesu yabaho atabaho , religion is fiction.
      I can prove it.

  • @IshimweRobert-oh3ql
    @IshimweRobert-oh3ql Місяць тому +7

    ibyo Dr Rusa avuga ni ukuri 100/100

    • @antonnysuleiman250
      @antonnysuleiman250 Місяць тому

      Cne rwose iyaba abanyabwenjye Bose bavuga ukuri nka Dr abirabura twava mumwijima

  • @ntakirutimanajeandedieu8721
    @ntakirutimanajeandedieu8721 Місяць тому +4

    Yezu yari umuyahudi ntawe ubiyobewe. Simbizi rero niba muvuga ko abayahudi ari abirabura. Kandi aho yari kuvukira hose kuko Yezu yavukiye gukiza no gucungura isi yose nubwo akarere n, inkomoko bye ntabwo byari gutonesha bene wabo gusa. Ibyo murimo kuvuga nubundi birimo irondakoko n,irondakarere. Si ubukristu. Iyo usesenguye Cyane iby, Imana utagamije kubimenya ahubwo ari ukubirwanya uhinduka umuhakanyi. Keretse niba aribyo mushaka kwigisha abantu

    • @user-bw1wn3sz4z
      @user-bw1wn3sz4z Місяць тому +1

      Ukuri kuravugwa.None ababeshako Yesu yari umuzungu bo niba atari irondaruhu bakora babihishirira iki?Ngo Yesu numuzungu?!Dr Russa avuga ukuri

    • @bukuruanicet6210
      @bukuruanicet6210 Місяць тому

      Uyo mugabo yatwawe n'irondaruhu kuko Yesu ntiyaziye Africa yaje gukiza isi yose.

  • @JeanClaudeRuboneza-ee1cj
    @JeanClaudeRuboneza-ee1cj 8 днів тому +1

    Abantu bararushe, aho kurondera Yesu kristo umukiza bariko biruka nurukoba rwiwe, aba umuzungu cangwe aba umwirabure, ico Uhoraho mubibazo azotubaza muvyo tutayunviye ngo dukore ico idusaba nta rukoba rwa Yesu kristo kizozamwo, bantu ntimugasamazwe namacakubiri yurukoba ngo mushaka ku menya ukuri, nomu bahindi harimwo abinzobe nabirabura, none lmana ntirema uko ushaka? rero ntimugasamazwe nizo nyigisho zabamamaza ibidakenewe ataco bifasha muvyi Mpwemu

  • @matsikomoses
    @matsikomoses Місяць тому +4

    Njyewe ndashaka kumenya amateka ya Dr Rusa pee, ntakiganiro cye kijya kincika mbona ari nkintumwa kuri twe. Ibintu avuga bihura cyanee nibibazo njya nibaza. Mwe muhura nawe mufite umugisha

  • @relaxreal4674
    @relaxreal4674 Місяць тому +5

    Abirabura rero abazungu badushyizemo inferiority complex, tuba twumva abanyabwenge n'intungane bagomba kuba abazungu ngo twe twaravumwe. Kandi bataziko ahubwo Imana twizera uyu munsi nitwe yakomotseho amateka arabyerekana. Ikiruta byose nukwakira yezu Kristy nkumwami n'umukiza tugasaba imbabazi z'ibyaha byacu, ntituzabyongere. Ubundi tukagendera munzira ze. Yesu abidushoboze

  • @masaboferdinand5581
    @masaboferdinand5581 Місяць тому +9

    Dr urasobanutse cyane uzatuganirire kubyo bita amayobera matagatifu

    • @lovazi
      @lovazi Місяць тому

      Amayober matagatifu ntabaho ahubwo ubivuga aba abuze icyo avuga

    • @ColetteMurekatete-es3fk
      @ColetteMurekatete-es3fk Місяць тому

      Amayobera yo ntiyaba matagatifu ahubwo ni ibitariho. Umuntu ntiyakwizera amayobera. Uwizera aba ashobora no gusobanura mu bugwaneza ibyo yizera.

  • @Mupendwa
    @Mupendwa Місяць тому +2

    Ndagukunze noneho Dr Rusa!! Narinzi ko nawe uri Rutanga😭😭😭Imana ikomeze itwiyereke kandi tumuyoboke!!!!twicishije bugufi ngo tyyoboke Yezu🧎🧎🧎🧎🧎🙏🙏🙏🙏❤️❤️❤️❤️❤️❤️

  • @emilevenantndihokubwayo3267
    @emilevenantndihokubwayo3267 25 днів тому +1

    Dr Rusa ndamukuuuuuuuuunda, cane
    Ndakunda ukuntu arumu historien akwije vyose
    Isi ayizi yose namatariki vraiment
    Love from BURUNDI🇧🇮🇧🇮🇧🇮

  • @antonnysuleiman250
    @antonnysuleiman250 Місяць тому +2

    Wow Dr.urumuhanga kbsa ndagukunze uhamanye nukuri kwanjye gusa abazungu badukozemo akazi iyo uvuze ibitandukanye nibyo bizera kd ari ukuri bakwita umupagani aho kwiga ngo bajijuke bicamo ibice bakarema ihangana nurwango muribo

  • @hodalimaulidi4044
    @hodalimaulidi4044 Місяць тому +2

    Mbega Dr Rusa Imana iguhe umugisha mwinshi cyane rwose mbaye surprised pe Uri umwana w'Imana.

  • @TwizerimanaEvode-ms6dt
    @TwizerimanaEvode-ms6dt Місяць тому +2

    ❤❤, egoo icyo mpamya nuko nyene Bilbe ivuze umu Nya Israël Ari umwemera Mana wese Aho Ari kwisi

  • @user-kg9bp7zn6w
    @user-kg9bp7zn6w Місяць тому +5

    Uwo mugabo ni umuhanga Kandi ibyo avuga nibyo%

    • @Raggaf102
      @Raggaf102 Місяць тому

      Ntago aribyo nagato

  • @damienbahenda4863
    @damienbahenda4863 10 днів тому +1

    Merci Dr kubona uvuze ukuri gukwiye

  • @sigasiraumuryangotv
    @sigasiraumuryangotv Місяць тому +2

    Muraho, uyumugabo Bagirishya nkunda kumwumva ariko nashaka ashyireho ishuri ryigisha ibi avuga kuko aramutse aducitse twaba duhiye!

  • @MayaWacu-p8l
    @MayaWacu-p8l 3 дні тому +1

    Muri Bibliya ya Egypte harimo ibitabo abazungu batandukuye udashobora gusanga muri Bibliya zindi tubona.
    Hari nk'igitabo cya Enoke, Igitabo cya Yubile n'ibindi byinshi!

  • @muvunyindahayomartin2661
    @muvunyindahayomartin2661 Місяць тому +3

    IBI UMUNTU BITA MUGABOJHON YARABIVUZE MUKIGANIRO KITWA UBWIRU KIRIMBUZI AGARAGAZA UBURYO YESU YARI UMWIRABURA UKABONA BIFITE UKURI

  • @hategekimanapascal6811
    @hategekimanapascal6811 14 днів тому +1

    ubuvuga nukuri kuzuye ariko icyibazo gikomeye inkozizi zibibibi ntizituma murama ngo ukuri kujye ahagaragara musobanure abantu bahucye😢 bahumucye

  • @ibangaryubuzimamubimerajon9520
    @ibangaryubuzimamubimerajon9520 Місяць тому +3

    Ibyo doctor avuze ni ukuri , ABA Ethiopian na mbere yuko abagaatolika bahata abantu gusenga ku cyumweru Basengaga ku ISABATO.

    • @meetruthtips
      @meetruthtips Місяць тому

      Nibyo?
      Ibi bintu Byose nibwambere mbyumvise

  • @bakundukizemoses
    @bakundukizemoses Місяць тому +3

    Dr aravuga ukuri ahubwo ndamushaka muzampuze nawe

  • @user-cf1um6be4z
    @user-cf1um6be4z Місяць тому +2

    Ntakintu nakimwe kiri Hejuru y'amaraso ya Yesu , niryo jambo rikomeye numvisemo kuruta abandi

  • @immaculekubwimana314
    @immaculekubwimana314 Місяць тому +3

    Ntaagitangaza kirimo uzarebe mu barabu nabahindi hari abafite uruhu rwirabura

  • @ngendahimanajeanbaptiste3449
    @ngendahimanajeanbaptiste3449 Місяць тому +3

    Uri umuhanga doctor kdi uri umuhanga urakoze kubwicyo kiganiro uduhaye

  • @amanibalola5948
    @amanibalola5948 Місяць тому +2

    Mukunziw'imana Africa irakwiyabakozi b'Imana beshinkawe

  • @nsengimanasamuel5881
    @nsengimanasamuel5881 Місяць тому +2

    Wooh yesu arahagije ntaho ahuriye n'iyo sanduku y'iaezerano!!!!!

  • @ibangaryubuzimamubimerajon9520
    @ibangaryubuzimamubimerajon9520 Місяць тому +3

    Ibyo uvuze harimo ukuri kuvugako abazungu , basenga ibigirwamana, byari kuba byiza iyo wongeraho ko abazungu basenga izuba kd bakarisenga ku cyumweru nibyo bazanye muri Africa .

  • @bizumuremyiramadhan1719
    @bizumuremyiramadhan1719 Місяць тому +1

    Dr uravuga ukuri pe, ubundi bagira ibinyoma bikabije ibyo tuzi nibyo bike kukigero cyo hasi cyane, ibinyoma byabo tutazi nibyo byinshi,

  • @alfredniyonzima1538
    @alfredniyonzima1538 Місяць тому +2

    Ikiganiro ciza cane. Doctor Rusa courage

  • @jackienyra9150
    @jackienyra9150 Місяць тому +1

    Arakoze Dr. Rusa uko nanjye niko nemera Yesu Emmanuel 🎉❤

  • @aidenvivance7026
    @aidenvivance7026 Місяць тому +5

    Urakoze pe.mudushyire hamwe Dukorere Yesu.dufite ubumenyi

  • @user-uh1xv6si6n
    @user-uh1xv6si6n Місяць тому +3

    Kuba Yesu yagira uruhu rwera si bibi . N'abazungu Bose si ko Banga abirabura. Twifuza Yesu mu Mico si k'uruhu

  • @user-yi2ch4uj8o
    @user-yi2ch4uj8o Місяць тому +1

    Uyumugabo Imana Rugiravyose imugirireneza kukwavugukuri

  • @TharcisseBIZIMUNGU-gb1mq
    @TharcisseBIZIMUNGU-gb1mq Місяць тому +3

    Tharcisse,ufite Yesu, ntacyo wabura.

    • @Alex-cb4rt
      @Alex-cb4rt Місяць тому

      Ko twari dufite Yezu byabujije ko mu Rwanda haba jenoside ikozwe n'abakristo ikorerwa abakiristu bicira abantu mu kiliziya no munsengero. Abirabura ntitwumva ntitwiga

  • @user-yx6ot3hz3v
    @user-yx6ot3hz3v Місяць тому +1

    Kuki ivyo bintu bitigishwa mumashure ya Africa,twategerezwa Kuba dusanga ukwokuri mubitabo vyacu

  • @T.Alkebulan
    @T.Alkebulan Місяць тому +2

    Murakoze cyane Yesu abahe umugisha

  • @hangiroetincelle8167
    @hangiroetincelle8167 Місяць тому +2

    Rusa ndagujunda, ufise ubwenge.
    Abanyagaturika bo baracari impumyi bose

  • @user-vq5qg4ke6x
    @user-vq5qg4ke6x Місяць тому +2

    Imana iguhe umugisha doctor🥰

  • @philos49
    @philos49 Місяць тому +1

    Mana yanjye.
    Inzebe byanditswe muri tradition y'ikinyarwanda.
    Mu zindi ndimi ntibavuze inzobe bavuga Handsome kandi no mu yandi mabara habamo handsome si mu birabura gusa

  • @nemeyej.b3658
    @nemeyej.b3658 Місяць тому +2

    Iki kiganiro kiranejeje, Uwiteka abahe umugisha kandi yagure murimwe kumenya Imana

    • @hakizimanaalexandre5756
      @hakizimanaalexandre5756 Місяць тому

      Uravuze ngo "Uwiteka abahe umugisha" kuki utavuze ngo "Yesu abahe umugisha?!!!!

  • @igihozocharlene1495
    @igihozocharlene1495 Місяць тому +2

    Mwigize babwenge bw'isi wagirango mwara muboye banyirandabizi ejo bundi muza tubwira n'lmana uko isa😂😂😂

  • @ZigirumugabaDaniel
    @ZigirumugabaDaniel Місяць тому +2

    Warasomye pe ese ayo mateka umuntu utazi izindi ndimi uretse ikinyarwanda yayabona ate muri kuvuga neza

  • @user-jc8bh8pf4o
    @user-jc8bh8pf4o Місяць тому +2

    Imana iguh umugisha Dr

  • @muhirejeanpaulofficial2751
    @muhirejeanpaulofficial2751 Місяць тому +1

    Wowe wayobya abantu kuko waravangiwe weme yesu ugasugura isanduko y' Imana

  • @abacunguwetv.6105
    @abacunguwetv.6105 Місяць тому +1

    Uyumugabo ibyo avuga sibyo kuko Intumwa ziciwe Roma kuko na kirizoya ubwayo yubatse kunva ya Petero Ikaba yitwa St Piere ubworero ndunva nkurije amateka mubyo twasomye ntabwo tubyunva kimwe mugihe cyu mwami Nero mu Mwaka wa za 50 Yesu kristo amaze kugenda

  • @user-ii5dw4lq8d
    @user-ii5dw4lq8d Місяць тому +3

    Amaraso Ya Yesu Arengeye Vyose

  • @NzabonimpashemaShema
    @NzabonimpashemaShema Місяць тому +2

    YESU Abahe umugisha kutubwirayesunakuri

  • @relaxingbeach8571
    @relaxingbeach8571 Місяць тому +2

    Uretse na Yesu, n'Imana ifite uruhu rw'umukara, ibyo birazwi, muzarebe ko muri Europe badafite uwo bita Black Madona ariwe Nyina wa Yesu, ngira ngo murabizi ko abazungu benshi bo muri America bagiye babazwa impamvu banga abirabura bakanabica bagiye basonurako ari ishyari bagirira abirabura ritewe nuko baeremye mu ishusho y'Imana bo bakaba bataremye mu ishusho y'Imana. Igitabo cy'ubuhanuzi bwa Enock bagikuye muri Bibiliya kuberako cyasobanuraga ibi bintu neza, Ibyo doctor Rusa avuga nibyo, iyo bakomeza kuvugako Yesu ari umwira nta muzungu numwe uba usenga, naya mazina siyo nyakuri ya Yesu.

  • @PierreClever
    @PierreClever Місяць тому +1

    Kandi karorero nurabire kubutaka hama barabe itanguriro barabe imana yatoye ibumba aribumbamwo umuntu ibumba ntiryigera ryera ahubwo ririrabura MURAKOZE imana ibahe umugisha

  • @ndayambajealphonse5618
    @ndayambajealphonse5618 Місяць тому +2

    Dr Imana iguhe umugisha rwose

  • @Ernestkalisa1312
    @Ernestkalisa1312 Місяць тому +2

    Byiza cyane

  • @user-bi2bc9up6o
    @user-bi2bc9up6o Місяць тому +3

    Dr ndakwe mera kbx

  • @BonfilsNyishuyimana
    @BonfilsNyishuyimana Місяць тому +1

    From Burundi ese muvug nez ibiganiro vyanyu ariko se abantu tuvyumv cnk ubutegetsi bwiki afurika ntaco bivuze nukumv gusa,,Jésus africain aide-nous,,kuko tugeze mubih vyumugorob caaaan

  • @jozz2282
    @jozz2282 Місяць тому +1

    Dr Russa Aho turemeranywa cyane! Abantu bambere bari abirabura rwose! Dawidi yari umusore w'inzobe! Gute umuzungu aba inzobe?! No mu itangiriro haraho bavuga ivuka rya YAKOBO na ESAWU, ubundi no umuzungu yavuye. Nyina Rebecca yari yarahanuriwe ko ngo atwite amahanfa abiri! ESAWU ngo yavutse Ari rutuku ( Umuzungu) YAKOBO we yavutse Ari umwirabura nk'ibisanzwe! Ndetse nyina Rebecca ngo ntiyakundaga ESAWU kuko batasaga , gusa se we yageragezaga kumwegera nk'umwana ariko ubundi ntibamukundaga babonaga Atari umuntu

  • @OdetteM.Ntagwabira-ur8yr
    @OdetteM.Ntagwabira-ur8yr Місяць тому +2

    Uwampa kumenya Yesu Rusa avuga❤ niwe nshaka ariko sinumvise neza uko namumenya.

    • @JNissi-pu2rq
      @JNissi-pu2rq Місяць тому +2

      Kristo Yesu ashimwe!!!
      Nifuza ko twaganira mu rwego rwo kurushaho kumenya.
      Weho uwo wamenye ni uwuhe?

    • @theogprms2900
      @theogprms2900 Місяць тому

      Ubana nawe nshuti

  • @harerimanaclaude1468
    @harerimanaclaude1468 Місяць тому +2

    Ngukunda cyane muvandi

  • @CyprienHarorimana
    @CyprienHarorimana 25 днів тому +1

    Dr. Urakoze. Nitwa. Cyprien. Mba. Muri. Amerika. Ndifuza. Kwiga. Amateka. Yaba. Nyafrika🎉🎉wapfashaiki. ?

  • @dianemunezero7489
    @dianemunezero7489 Місяць тому +2

    Umuhakanyi yigira umuhinga uragowe.udahindutse uzoja mu muriro udahera.urutwa n ikigugu cicisha bugufi kikemera Imana.wigize incabwenge icika ikigugu.yezu ari uwutakira ubwami bw Imana nkuko abana babwakira ntazobwinjiramwo.nawe rero ntabwo uzinjiramwo n utahinduka.utera iseseme nivyo bijambo vyawe puuu!!!

    • @user-lj9wu1rb9j
      @user-lj9wu1rb9j Місяць тому

      Ntakosa Dr agise aduhaye ubumenyi lmana imuha umugisha

    • @Alex-cb4rt
      @Alex-cb4rt Місяць тому

      Ijuru abazungu babizeza ntaco rimaze singombwa kurijamwo

    • @theogprms2900
      @theogprms2900 Місяць тому

      Ijuru rizajyamo umuntu utukana nkawe sinzarijyemo

    • @relaxingbeach8571
      @relaxingbeach8571 Місяць тому

      Wowese ubaye umucamanza Ukuye Imana ku ntebe yayo yo guca imanza, karabaye

  • @jeanbaptistevyizigiro8465
    @jeanbaptistevyizigiro8465 Місяць тому +2

    Ukwo ni ukuri Yesu ni umwirabure

  • @ndayiragijelevantus5906
    @ndayiragijelevantus5906 26 днів тому +1

    Nta Yesu Asa gutyoo nibishatsi bidakorerwa is uku. Nubwanwa bwuzuye umwanda.

  • @nganjifabien9266
    @nganjifabien9266 Місяць тому +2

    1 Abakorinto 1:26-27,29
    [26]Muzirikane guhamagarwa kwanyu bene Data, yuko ab'ubwenge bw'abantu bahamagawe atari benshi, n'abakomeye bahamagawe atari benshi, n'imfura zahamagawe atari nyinshi.
    [27]Ahubwo Imana yatoranije abaswa bo mu isi ngo ikoze isoni abanyabwenge, kandi yatoranije ibinyantege nke byo mu isi ngo ikoze isoni ibikomeye,
    [29]kugira ngo hatagira umuntu wīrāta imbere y'Imana.

    • @theogprms2900
      @theogprms2900 Місяць тому

      Komeza ubure ubwenjye, ube numunyantegenke, ubundi uzabone ijuru, gusa uzapfumbate ukomeze ntuzampeho

    • @nganjifabien9266
      @nganjifabien9266 Місяць тому

      @@theogprms2900 Kubaha Uwiteka nibwo bwenge kandi kuva mu byaha niko kujijuka Yobu 28:28

  • @ColetteMurekatete-es3fk
    @ColetteMurekatete-es3fk Місяць тому +3

    Uretse n'inzobe mu bazungu na ba nyamweru babamo.

    • @clairedusengimana4830
      @clairedusengimana4830 Місяць тому

      Mbuze icyo mvuga pee! None nyamweru ko ari uburwayi bw'uruhu urumva ari indwara yabamwe?

  • @nyarugengeofficial3558
    @nyarugengeofficial3558 Місяць тому +1

    Ntago Yesu yari umuzungu yari umwirabura amashusho batwereka ntaho ahuriye nukuri nuburyo bacuritse amateka ya Africa barayasiba ubuse mwari muziko abazungu bavutse ku birabura ubuse mwari muziko ikoranabuhanga ryose riri kuri iyisi rya ryavuye muri Africa mu misiri abazungu basibye amateka yose ya Africa badutesha agaciro bashaka ko twemera ibyo bashaka ariko hari byinshi badashaka ko tumenya

  • @jackienyra9150
    @jackienyra9150 Місяць тому +1

    Is yose imumenye nkuko ari urukundo, amahoro, nogutunga nicyo cyayiranga

  • @niyonsengagrace9641
    @niyonsengagrace9641 Місяць тому +3

    Muri Bible harimo ngo n'ubwo nirabura ariko ndi mwiza. Ahandi ngo, yemwe bakobwa b'i Yarusalemu ntimutangazwe n'uko nirabura, .......

  • @19jeda
    @19jeda Місяць тому +2

    ese kiba Yesu baramugize umuzungu hari icyo byatwaye iki Africa??

  • @higiroprotogene7986
    @higiroprotogene7986 Місяць тому +1

    Abantu bamwe ark sibenshi birirwa baratwibye baraduhemukiye nitwe twavumbuye ibintu byose! Ngo bimare iki! Abo bazungu ntibaraho ntibayengamaye harikibazo bafite ! Igihe kirageze ngo abantu bakore bishakemo igisubizo ntarwitwazo kubandi!

  • @matsikomoses
    @matsikomoses Місяць тому +2

    Muzamutumire atwigishe uko twakwizerera muri spirituality kuruta mumadini. Mbese azabidutandulanyirize, atwereke ikibazo imyizerere nimisengere yacu nkabanyafrika muriki gihe ifite. Muzaba mukoze

  • @user-xb4vd4fu4o
    @user-xb4vd4fu4o 29 днів тому +1

    Dr urakoze cn GS uzakomeze utugezeho ubutumwa nubwingenzi cn

  • @backup5557
    @backup5557 Місяць тому +1

    1 Sam17:42
    And when the Philistine looked about and saw David, he disdained him; for he was only a youth, ruddy and good-looking. (New King James Version).
    Aha ruddy ni byo byasibanuwe nk’inzobe mu Kinyarwanda. Guhindura ururimi rw’ikintu cyanditswe mu myaka 1500 ishize cyangwa na mbere yaho, hari ubwo rwose bidahura ku mpamvu z’uko n’indimi ubwazo zitanganya igihe cyo kubaho.
    Ijambo “ruddy” ni “having a healthy red colour” ubijanishije n’isura y’umuntu.

  • @noendayishimiye3496
    @noendayishimiye3496 Місяць тому +3

    Urakoze Docteur wacumuyiki
    Ntiwigiye ubusa

    • @dieudonnendabaneze3761
      @dieudonnendabaneze3761 Місяць тому +1

      Mbega wombwira iyo doctorat aho yayigiy kata traces ivyerekana

    • @noendayishimiye3496
      @noendayishimiye3496 Місяць тому

      @@dieudonnendabaneze3761 ukora muri ministère ?

    • @noendayishimiye3496
      @noendayishimiye3496 Місяць тому +2

      Doctorat en Économie
      Ir Agronome
      Licence en sciences politiques
      Licence en droit
      Bimenye vyose KO yavyize

    • @dieudonnendabaneze3761
      @dieudonnendabaneze3761 Місяць тому

      @@noendayishimiye3496
      Muri congo ariko.
      Umuntu afis PhD who takes his time to promote conspiracy theories and fanatic views.
      Bro, nageragej kumugirako research nasanz azwi kubiganiro vya you tube bisigigura kata ata recherche scientifique afis ariko ntitwobitindaho yiga atiga biramuraba ariko arek misleadinga abantu!

    • @sammarley1413
      @sammarley1413 Місяць тому

      ​@@dieudonnendabaneze3761ahubwo tubwire ww biriya bigoryi utega amatwi muri eglise pastors bifite izihe diplome😂😂😂

  • @muteraaugustin2872
    @muteraaugustin2872 Місяць тому +1

    Kristo birashoboka ko Yaba yariraburaga. Ndagirango nibutse ko umuntu yemera yabanje kumva akamenya amakuru mashya(Abaroma 10:14). Ikindi mugihe cya Kristo na mbere hariho indogobe amafarasi amagare/chariots indogobe n'ingamiya ibyo byose byatwaraga abantu. Ba Paul bavuze ubutumwa bate? Kandi ko bageze iburayi. Greek empire na Roman empire zashobotse zite? Abantu bari urujya n'uruza. Mugihe cya Yosefu hariho 'carravans' z'abacuruzi. Rwose abantu kwimuka no guhunga byarashobokaga.

  • @habi297
    @habi297 Місяць тому +3

    Je suis d'accord avec toi

  • @alicendikuriyo4936
    @alicendikuriyo4936 Місяць тому +1

    Baribaje kwitwarira izahabu sha nama efeza.batuzaniy umuvumo wamacakubiri

  • @EphraimPhilip-uq7ju
    @EphraimPhilip-uq7ju Місяць тому +2

    Wasazepe nuko basara ibyo yabihishe abahanga abihishurira abaciye bugufi

    • @Alex-cb4rt
      @Alex-cb4rt Місяць тому

      Btabwo yabihihsuriye abaciye bugufi ahubwo yabihishuriye abaswa niko Bibiliya y'abazungu ivuga niyompamvu abanyafrika aribo bemera uyu yesu w'umuzungu cyane

    • @theogprms2900
      @theogprms2900 Місяць тому

      Umuhanga Niki?

  • @user-wd3xd4pg4x
    @user-wd3xd4pg4x 20 днів тому +1

    Hari igihe nubwo wize Seminaire hari igihe shitani ibyivangamo.

  • @habi297
    @habi297 Місяць тому +2

    Ntagihe gishize Poutine yerekanye ko Yesu ari umwirabure yabishize ahabona

  • @JimmyKany
    @JimmyKany 25 днів тому +1

    Uyu munyamakuru uwa mumpa ngo mujijure kuko yarayobye kabisa😢
    Mu Bantu bajijutse , ubundi iyo ufite bible bisobanura ubujiji ariko ntabwo ari ukumusuzugura.

  • @habarugiravincent-jy8wh
    @habarugiravincent-jy8wh Місяць тому +2

    Murakoze

  • @Kanyanatv
    @Kanyanatv Місяць тому +1

    Ndumva ibyuvuga ari ukuri uravuga Yesu neza Yesu byukuri no mumutima Amahoro

  • @user-gm5un5ou2f
    @user-gm5un5ou2f Місяць тому +2

    Nti mukiramante, kuko nabo yavutsemo ntibamweye, izoni inzitwazo

    • @sammarley1413
      @sammarley1413 Місяць тому

      Yesu ntabaho ni fiction

    • @user-gm5un5ou2f
      @user-gm5un5ou2f Місяць тому

      @@sammarley1413 Yeegoko Mana weeee Yesu ntabaho😂
      Karabaye nonehope! Mumateka, ubu abamuvuzebose nabobabanye bose ni injajwa🤣🤣
      Mon frère, ahubwo akwiyereke🙏

  • @IshimwePeace-hq4hz
    @IshimwePeace-hq4hz Місяць тому +1

    Ndakwemeye urakoze

  • @jmvmapendanoofficial988
    @jmvmapendanoofficial988 Місяць тому +1

    Umva akantu ka nkome bavandimwe ngo .. Dawidi Yari umuhungu mwiza winzobe sha

  • @niyigenajeanbaptiste2057
    @niyigenajeanbaptiste2057 Місяць тому +1

    Dr Rusa haraho utubeshya ibyuvuga byukuri arko ushyiramo namarangamutima yawe ,kuba yaba yarumwirabura cg afite uruhu rwabazungu simbitindaho,gusa mubabonekerwa ya Kibeho bariya bakobwa bavuga ko Bikiramariya yababonekeye afite uruhu rwa birabura uzarebe ishusho ya Bikiramaliya wa Kibeho uko isa,ikindi uzasobanumirwe neza nubundi umunsi mukuru wa Noheli amatorero yose awubahiriza agendera kuri Église Catholique,kuko uwababaza icyo bagenderaho ntibagusobanurira, Catholique rero uziko ikicaro cyayo kiri iRoma,Vatican iwizihiza kuri 25Decembre nabo bemeza ko atariyo taliki yavutseho ahubwo bayihuje numunsi abaromani basengeragaho ikigirwamana kizuba,kuko Yezu nawe yari urumuri rw'Isi bawuhuza nuriyamunsi kugira ngo abaromani bayonoke Yezu,babe aba Kristu,ntabwo Papa ari Vice Yezu ,kuko ari mukimbo cya Petero intumwa aho uhimbiye Catholique,kuko Yezu si Intumwa n'Imana muri bwa butatu butagatifu nta Vice Imana ubaho rero

  • @ezechielirankunda841
    @ezechielirankunda841 28 днів тому +1

    Uwu si umu panafricain. Numusomyi w I bitabu bisanzw.
    Ntamu panafricain numw yemeza k hariho umuntu amaraso yiw yacunguy isi.
    Ba sankara, anta diop, omotunde,...bomutwenga

  • @niyigenajeanbaptiste2057
    @niyigenajeanbaptiste2057 Місяць тому +1

    Ntabwo ari David ni Yakobo wari Umuhungu mwiza winzibe ,Ezawu aka ukana uruhu rudasanzwe rutukura ruriho nubwoya bwinshi

  • @jeanbaguma9537
    @jeanbaguma9537 Місяць тому +1

    Impamvu duhuzagurika n'uko batwigishije ibinyoma

  • @jeanbaguma9537
    @jeanbaguma9537 Місяць тому +1

    Njye nemeranwa nawe ahubwo shaka uburyo izo nyigisho zagera ku bantu

  • @danielimanishimwe3777
    @danielimanishimwe3777 Місяць тому +2

    Yego rata Yesu!!!❤

  • @didacebalusasiyeko3806
    @didacebalusasiyeko3806 Місяць тому +1

    Mukundwa,
    Ugize neza cane.
    Amadini yakuye Ubuntu Ni amahoro. Mu bantu.
    Basigarana amadini.
    Nitwasubirana Ubuntu bwacu hamwe ni amahoro badutwaye basigaye arivyo batudandako, kwicana, kwankana bizoba biheze.
    Nibasome icete ca Leopord II muri Congo banenye.