INKOMOKO NYAYO YA YESU CHRISTO ESE KOKO YESU NI UMWIRABURA?? ISHUSHO YANYAYO YA CHRISTO
Вставка
- Опубліковано 24 тра 2024
- #0788726286
Christo Ashimwe cyane, Tubashimiye Umwanya mutanga Mukurikiye Ijambo ry'Imana ku Ijwi ry'Umukanguzi tv.
Imana lbanezeze.
Uwumvise iki kiganiro wese mwifurije kuziyerekwa na Yesu
Merci bcp Dr. Rusa
Iki kiganiro mudukoreye ndumva kirimwo ibintu twahishijwe vyinshi murakoze. Twamenye Yesu ubu ntari munyandiko Ari muri twebwe. Imana ishimwe
Dr Rusa uravuga ukuri kitavanzemo amashuri ibinyabazungu batuzaniye urakoze cyane
Ibi birandenze
Yesu yaba umuzungu cg umwirabura gusa abo tubyumva kimwe dukomeze kumwizera
Kuba wamwizera icyo sicyo kibazo ahubwo kuki yaba yari umwirabura bakamuhindura umuzungu? Aho niho hari ikibazo
@@MihigoJohn-cb8cwmubisanzwe ntiyigezr anabaho ahubwo ni fiction gusa yukwoza ubwonko bwabantu
Ninacogituma bagushiriyeho akadomo ngo yavutse bitandikanye nabandi umugore avyara atamugabo😂😂😂😂!!!!!!!!
@@sammarley1413 abashakashatsi benshi ku isi mu mateka n'ibisigaramatongo bagaragaje ko Yesu yabayeho n'ibimenyetso birerekanwa, sinzi niba ubwo bumenyi waba ububifiteho cg? gusa nawe niba hari bushakashatsi wakoze bukagaragaza ko atabayeho uzadusangize na byo tubyigeho tuve mu rujijo, Asante🙏
Ese isura niyo mwizera ntacyo bifasha abamwizeye turebe urukundo impuhwe guca bugufi imbabazi nibyo bifitiye inyungu abamwizeye ndetse na ijambo rye ariryo bible
@@user-sx4qb8lp6s,biramutse bimenyekanye ko Yezu twizeye atari umuzungu nk'uko twigishijwe,ndetse ko na Shitani Atari umukara/black nk'uko twabibwiwe,byagira ingaruka ku butumwa!
Icyampa ngo Yesu Kristu akwiyereke mu buzima bwawe Dr Rusa. Uwiteka Imana Iragukunda. Natwe twarize kandi Mwuka wera aratuyobora.
😂Bwana Munyanshongore,VA muri naremeye ujye muri ndashaka kumenya Nibwo uri bwumve ibyo Dr avuga...Ntawe ukuvanye kuri Yesu ariko ukuri niko kuzatubatura si ukwemera.
Kandi ubanze unamenye amateka y'ikarita y'isi mu myaka nibura 1500 ishize Nibwo wemera ko icyo ukuri avuga gisobanuye
Ico avuze Dr Russa nukuri kuko na Bible irabivuga neza , murabe ivya hishuwe yohana 1 ,14-15
Yavuze neza kwemera no kumenya biratandukanye ariko kumenya biruta kwemera
@@Nibizichristo aho niho Hari ikibazo mwemera biblia none wumva muzokira gute ???
Bible nububeshi bugaragara urayisoma witonze harrimwo contradiction nyinshi nyinshi nyinshi
@@sammarley1413 NIYO MPAMVU BIBLE ITAGENEWE UWARIWE WESE NGO NI UJI AZI GUSOMA INYGUTI KUKO IYO UDADHAKA KUYISOBANURIRWA NA ROHO MUTAGATIFU UHINDUKA UMUHAKANYI KANDI WARABATIJWE NK'UWO DOCTOR WAVUZE KO YARI UMUGATOLIKA!!
NI NAYO MPAMVU KERA BIBLE YABAGA IZIRIKISHIJWE IMINYURURU KUGIRANGO HATAGIRA UYOBYA ABANTU ATAZI KUYISOBANURA
Yesu yaba umwirabura yabayarumuzungu ntacyobimbwiye rekatumwizere azatugeze mwijuru
😅😅😅😅Wowe ibyo bavuze ntiwabyumvise. Wobereye muri code zawe. Yesu twese turamwemera kandi aradukunda ariko ikibazo nagatogo kavangabanze mumadini yacu kayobya ubwoko bw'Imana tugasigara kumahame yabo aho kumvira Umwuka Wera
Izere sogokuru wabyaye so hanyuma ushimire Imana yaremye isi ni ibintu biyirimo byose
@@Boman-e1y nizeyeYESU ni UMWAMI naramwizeye Burundu Burunduntakindi ndebyeho AMEN!!!!
Ariko Ijuru uharanira ukeka ko ari ukuri??? wakoze ibyiza kwisi ukiriho ibyo mwijuru ko ari ubuhenda bana.
Muribi byombi ntacyo bivuze Yesu ni lmana ahagarika afite ubundi bwiza butarubuzungu cy ubwirabura
Ind 1:5
[5]Yemwe bakobwa b'i Yerusalemu mwe,Ndirabura ariko ndi mwiza,Nsa n'amahema y'Abakedari,N'inyegamo za Salomo.
Dr Rusa, murakoze cyane kuduhugura. Ugumane naYesu wacu.
Ntakintu nakimwe kiri hejuru y'Amaraso ya Yesu. Wow!!!! Dr. Rusa thanks. Holy Spirit at work❤️
Nkunze Dr Rusa kuruta uko namukundaga kumbi Uzi Yesu ukanamuvuga gutyo ? Nukuri Imana iguhe umugisha mwinshi
Ind 1:5 Yemwe bakobwa b'i Yerusalemu mwe,Ndirabura ariko ndi mwiza,Nsa n'amahema y'Abakedari,N'inyegamo za Salomo.
Ind 1:6 Mwe kundeba nabi ni uko nirabura,Nabitewe n'izuba ryambabuye.Abahungu ba mama barandakariye,Bangize umurinzi w'inzabibu,Ariko uruzabibu rwanjye sinarurinze.
Nyine na SALOMO yarumwirabura😂 Gusa kubwira udakeneye kubimenya yagirango warasaze
Dr Rusa akomeje kunjomba icumu mu gisebe kubera ukuntu mbabazwa n'uburyo education yacu ibereyeho abazungu. Njye ndi umwarimu, ariko mbabazwa cyane n'uburyo kutamenya neza English mu ishuri bituma umwana yemera neza ko ari umuswa, akabyakira, bikamuca intege bikamwambura ubushobozi bwe bwo gutekereza byisumbuye. Rusa mukundira ko asoma ibitabo, ninacyo cyonyine twakora ngo tubohore abanyarwanda ku ngoyi y'ubukene n'ubujiji. We need libraries in each district please.
Niba utekereza gutyo ugomba kuba uri mwalimu w'umuhanga.
Nakoze ubushakashatsi muri philosophy na history, kandi Hari byinshi nemeranya Ruta.
Yesu yabaho atabaho , religion is fiction.
I can prove it.
ibyo Dr Rusa avuga ni ukuri 100/100
Cne rwose iyaba abanyabwenjye Bose bavuga ukuri nka Dr abirabura twava mumwijima
Yezu yari umuyahudi ntawe ubiyobewe. Simbizi rero niba muvuga ko abayahudi ari abirabura. Kandi aho yari kuvukira hose kuko Yezu yavukiye gukiza no gucungura isi yose nubwo akarere n, inkomoko bye ntabwo byari gutonesha bene wabo gusa. Ibyo murimo kuvuga nubundi birimo irondakoko n,irondakarere. Si ubukristu. Iyo usesenguye Cyane iby, Imana utagamije kubimenya ahubwo ari ukubirwanya uhinduka umuhakanyi. Keretse niba aribyo mushaka kwigisha abantu
Ukuri kuravugwa.None ababeshako Yesu yari umuzungu bo niba atari irondaruhu bakora babihishirira iki?Ngo Yesu numuzungu?!Dr Russa avuga ukuri
Uyo mugabo yatwawe n'irondaruhu kuko Yesu ntiyaziye Africa yaje gukiza isi yose.
Abantu bararushe, aho kurondera Yesu kristo umukiza bariko biruka nurukoba rwiwe, aba umuzungu cangwe aba umwirabure, ico Uhoraho mubibazo azotubaza muvyo tutayunviye ngo dukore ico idusaba nta rukoba rwa Yesu kristo kizozamwo, bantu ntimugasamazwe namacakubiri yurukoba ngo mushaka ku menya ukuri, nomu bahindi harimwo abinzobe nabirabura, none lmana ntirema uko ushaka? rero ntimugasamazwe nizo nyigisho zabamamaza ibidakenewe ataco bifasha muvyi Mpwemu
Njyewe ndashaka kumenya amateka ya Dr Rusa pee, ntakiganiro cye kijya kincika mbona ari nkintumwa kuri twe. Ibintu avuga bihura cyanee nibibazo njya nibaza. Mwe muhura nawe mufite umugisha
Abirabura rero abazungu badushyizemo inferiority complex, tuba twumva abanyabwenge n'intungane bagomba kuba abazungu ngo twe twaravumwe. Kandi bataziko ahubwo Imana twizera uyu munsi nitwe yakomotseho amateka arabyerekana. Ikiruta byose nukwakira yezu Kristy nkumwami n'umukiza tugasaba imbabazi z'ibyaha byacu, ntituzabyongere. Ubundi tukagendera munzira ze. Yesu abidushoboze
Dr urasobanutse cyane uzatuganirire kubyo bita amayobera matagatifu
Amayober matagatifu ntabaho ahubwo ubivuga aba abuze icyo avuga
Amayobera yo ntiyaba matagatifu ahubwo ni ibitariho. Umuntu ntiyakwizera amayobera. Uwizera aba ashobora no gusobanura mu bugwaneza ibyo yizera.
Ndagukunze noneho Dr Rusa!! Narinzi ko nawe uri Rutanga😭😭😭Imana ikomeze itwiyereke kandi tumuyoboke!!!!twicishije bugufi ngo tyyoboke Yezu🧎🧎🧎🧎🧎🙏🙏🙏🙏❤️❤️❤️❤️❤️❤️
Dr Rusa ndamukuuuuuuuuunda, cane
Ndakunda ukuntu arumu historien akwije vyose
Isi ayizi yose namatariki vraiment
Love from BURUNDI🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Wow Dr.urumuhanga kbsa ndagukunze uhamanye nukuri kwanjye gusa abazungu badukozemo akazi iyo uvuze ibitandukanye nibyo bizera kd ari ukuri bakwita umupagani aho kwiga ngo bajijuke bicamo ibice bakarema ihangana nurwango muribo
Mbega Dr Rusa Imana iguhe umugisha mwinshi cyane rwose mbaye surprised pe Uri umwana w'Imana.
❤❤, egoo icyo mpamya nuko nyene Bilbe ivuze umu Nya Israël Ari umwemera Mana wese Aho Ari kwisi
Uwo mugabo ni umuhanga Kandi ibyo avuga nibyo%
Ntago aribyo nagato
Merci Dr kubona uvuze ukuri gukwiye
Muraho, uyumugabo Bagirishya nkunda kumwumva ariko nashaka ashyireho ishuri ryigisha ibi avuga kuko aramutse aducitse twaba duhiye!
Muri Bibliya ya Egypte harimo ibitabo abazungu batandukuye udashobora gusanga muri Bibliya zindi tubona.
Hari nk'igitabo cya Enoke, Igitabo cya Yubile n'ibindi byinshi!
IBI UMUNTU BITA MUGABOJHON YARABIVUZE MUKIGANIRO KITWA UBWIRU KIRIMBUZI AGARAGAZA UBURYO YESU YARI UMWIRABURA UKABONA BIFITE UKURI
ubuvuga nukuri kuzuye ariko icyibazo gikomeye inkozizi zibibibi ntizituma murama ngo ukuri kujye ahagaragara musobanure abantu bahucye😢 bahumucye
Ibyo doctor avuze ni ukuri , ABA Ethiopian na mbere yuko abagaatolika bahata abantu gusenga ku cyumweru Basengaga ku ISABATO.
Nibyo?
Ibi bintu Byose nibwambere mbyumvise
Dr aravuga ukuri ahubwo ndamushaka muzampuze nawe
Ntakintu nakimwe kiri Hejuru y'amaraso ya Yesu , niryo jambo rikomeye numvisemo kuruta abandi
Ntaagitangaza kirimo uzarebe mu barabu nabahindi hari abafite uruhu rwirabura
Uri umuhanga doctor kdi uri umuhanga urakoze kubwicyo kiganiro uduhaye
Mukunziw'imana Africa irakwiyabakozi b'Imana beshinkawe
Wooh yesu arahagije ntaho ahuriye n'iyo sanduku y'iaezerano!!!!!
Ibyo uvuze harimo ukuri kuvugako abazungu , basenga ibigirwamana, byari kuba byiza iyo wongeraho ko abazungu basenga izuba kd bakarisenga ku cyumweru nibyo bazanye muri Africa .
Dr uravuga ukuri pe, ubundi bagira ibinyoma bikabije ibyo tuzi nibyo bike kukigero cyo hasi cyane, ibinyoma byabo tutazi nibyo byinshi,
Ikiganiro ciza cane. Doctor Rusa courage
Arakoze Dr. Rusa uko nanjye niko nemera Yesu Emmanuel 🎉❤
Urakoze pe.mudushyire hamwe Dukorere Yesu.dufite ubumenyi
Kuba Yesu yagira uruhu rwera si bibi . N'abazungu Bose si ko Banga abirabura. Twifuza Yesu mu Mico si k'uruhu
Sha uru wamber ntarimw umuzungu akunda umwirabure
Uyumugabo Imana Rugiravyose imugirireneza kukwavugukuri
Tharcisse,ufite Yesu, ntacyo wabura.
Ko twari dufite Yezu byabujije ko mu Rwanda haba jenoside ikozwe n'abakristo ikorerwa abakiristu bicira abantu mu kiliziya no munsengero. Abirabura ntitwumva ntitwiga
Kuki ivyo bintu bitigishwa mumashure ya Africa,twategerezwa Kuba dusanga ukwokuri mubitabo vyacu
Murakoze cyane Yesu abahe umugisha
Rusa ndagujunda, ufise ubwenge.
Abanyagaturika bo baracari impumyi bose
Imana iguhe umugisha doctor🥰
Mana yanjye.
Inzebe byanditswe muri tradition y'ikinyarwanda.
Mu zindi ndimi ntibavuze inzobe bavuga Handsome kandi no mu yandi mabara habamo handsome si mu birabura gusa
Iki kiganiro kiranejeje, Uwiteka abahe umugisha kandi yagure murimwe kumenya Imana
Uravuze ngo "Uwiteka abahe umugisha" kuki utavuze ngo "Yesu abahe umugisha?!!!!
Mwigize babwenge bw'isi wagirango mwara muboye banyirandabizi ejo bundi muza tubwira n'lmana uko isa😂😂😂
Kubirakariyemo wamugore we
Warasomye pe ese ayo mateka umuntu utazi izindi ndimi uretse ikinyarwanda yayabona ate muri kuvuga neza
Imana iguh umugisha Dr
Wowe wayobya abantu kuko waravangiwe weme yesu ugasugura isanduko y' Imana
Uyumugabo ibyo avuga sibyo kuko Intumwa ziciwe Roma kuko na kirizoya ubwayo yubatse kunva ya Petero Ikaba yitwa St Piere ubworero ndunva nkurije amateka mubyo twasomye ntabwo tubyunva kimwe mugihe cyu mwami Nero mu Mwaka wa za 50 Yesu kristo amaze kugenda
Amaraso Ya Yesu Arengeye Vyose
YESU Abahe umugisha kutubwirayesunakuri
Uretse na Yesu, n'Imana ifite uruhu rw'umukara, ibyo birazwi, muzarebe ko muri Europe badafite uwo bita Black Madona ariwe Nyina wa Yesu, ngira ngo murabizi ko abazungu benshi bo muri America bagiye babazwa impamvu banga abirabura bakanabica bagiye basonurako ari ishyari bagirira abirabura ritewe nuko baeremye mu ishusho y'Imana bo bakaba bataremye mu ishusho y'Imana. Igitabo cy'ubuhanuzi bwa Enock bagikuye muri Bibiliya kuberako cyasobanuraga ibi bintu neza, Ibyo doctor Rusa avuga nibyo, iyo bakomeza kuvugako Yesu ari umwira nta muzungu numwe uba usenga, naya mazina siyo nyakuri ya Yesu.
Kandi karorero nurabire kubutaka hama barabe itanguriro barabe imana yatoye ibumba aribumbamwo umuntu ibumba ntiryigera ryera ahubwo ririrabura MURAKOZE imana ibahe umugisha
Dr Imana iguhe umugisha rwose
Byiza cyane
Dr ndakwe mera kbx
From Burundi ese muvug nez ibiganiro vyanyu ariko se abantu tuvyumv cnk ubutegetsi bwiki afurika ntaco bivuze nukumv gusa,,Jésus africain aide-nous,,kuko tugeze mubih vyumugorob caaaan
Dr Russa Aho turemeranywa cyane! Abantu bambere bari abirabura rwose! Dawidi yari umusore w'inzobe! Gute umuzungu aba inzobe?! No mu itangiriro haraho bavuga ivuka rya YAKOBO na ESAWU, ubundi no umuzungu yavuye. Nyina Rebecca yari yarahanuriwe ko ngo atwite amahanfa abiri! ESAWU ngo yavutse Ari rutuku ( Umuzungu) YAKOBO we yavutse Ari umwirabura nk'ibisanzwe! Ndetse nyina Rebecca ngo ntiyakundaga ESAWU kuko batasaga , gusa se we yageragezaga kumwegera nk'umwana ariko ubundi ntibamukundaga babonaga Atari umuntu
Uwampa kumenya Yesu Rusa avuga❤ niwe nshaka ariko sinumvise neza uko namumenya.
Kristo Yesu ashimwe!!!
Nifuza ko twaganira mu rwego rwo kurushaho kumenya.
Weho uwo wamenye ni uwuhe?
Ubana nawe nshuti
Ngukunda cyane muvandi
Dr. Urakoze. Nitwa. Cyprien. Mba. Muri. Amerika. Ndifuza. Kwiga. Amateka. Yaba. Nyafrika🎉🎉wapfashaiki. ?
Umuhakanyi yigira umuhinga uragowe.udahindutse uzoja mu muriro udahera.urutwa n ikigugu cicisha bugufi kikemera Imana.wigize incabwenge icika ikigugu.yezu ari uwutakira ubwami bw Imana nkuko abana babwakira ntazobwinjiramwo.nawe rero ntabwo uzinjiramwo n utahinduka.utera iseseme nivyo bijambo vyawe puuu!!!
Ntakosa Dr agise aduhaye ubumenyi lmana imuha umugisha
Ijuru abazungu babizeza ntaco rimaze singombwa kurijamwo
Ijuru rizajyamo umuntu utukana nkawe sinzarijyemo
Wowese ubaye umucamanza Ukuye Imana ku ntebe yayo yo guca imanza, karabaye
Ukwo ni ukuri Yesu ni umwirabure
Nta Yesu Asa gutyoo nibishatsi bidakorerwa is uku. Nubwanwa bwuzuye umwanda.
1 Abakorinto 1:26-27,29
[26]Muzirikane guhamagarwa kwanyu bene Data, yuko ab'ubwenge bw'abantu bahamagawe atari benshi, n'abakomeye bahamagawe atari benshi, n'imfura zahamagawe atari nyinshi.
[27]Ahubwo Imana yatoranije abaswa bo mu isi ngo ikoze isoni abanyabwenge, kandi yatoranije ibinyantege nke byo mu isi ngo ikoze isoni ibikomeye,
[29]kugira ngo hatagira umuntu wīrāta imbere y'Imana.
Komeza ubure ubwenjye, ube numunyantegenke, ubundi uzabone ijuru, gusa uzapfumbate ukomeze ntuzampeho
@@theogprms2900 Kubaha Uwiteka nibwo bwenge kandi kuva mu byaha niko kujijuka Yobu 28:28
Uretse n'inzobe mu bazungu na ba nyamweru babamo.
Mbuze icyo mvuga pee! None nyamweru ko ari uburwayi bw'uruhu urumva ari indwara yabamwe?
Ntago Yesu yari umuzungu yari umwirabura amashusho batwereka ntaho ahuriye nukuri nuburyo bacuritse amateka ya Africa barayasiba ubuse mwari muziko abazungu bavutse ku birabura ubuse mwari muziko ikoranabuhanga ryose riri kuri iyisi rya ryavuye muri Africa mu misiri abazungu basibye amateka yose ya Africa badutesha agaciro bashaka ko twemera ibyo bashaka ariko hari byinshi badashaka ko tumenya
Is yose imumenye nkuko ari urukundo, amahoro, nogutunga nicyo cyayiranga
Muri Bible harimo ngo n'ubwo nirabura ariko ndi mwiza. Ahandi ngo, yemwe bakobwa b'i Yarusalemu ntimutangazwe n'uko nirabura, .......
ese kiba Yesu baramugize umuzungu hari icyo byatwaye iki Africa??
Abantu bamwe ark sibenshi birirwa baratwibye baraduhemukiye nitwe twavumbuye ibintu byose! Ngo bimare iki! Abo bazungu ntibaraho ntibayengamaye harikibazo bafite ! Igihe kirageze ngo abantu bakore bishakemo igisubizo ntarwitwazo kubandi!
Muzamutumire atwigishe uko twakwizerera muri spirituality kuruta mumadini. Mbese azabidutandulanyirize, atwereke ikibazo imyizerere nimisengere yacu nkabanyafrika muriki gihe ifite. Muzaba mukoze
Dr urakoze cn GS uzakomeze utugezeho ubutumwa nubwingenzi cn
1 Sam17:42
And when the Philistine looked about and saw David, he disdained him; for he was only a youth, ruddy and good-looking. (New King James Version).
Aha ruddy ni byo byasibanuwe nk’inzobe mu Kinyarwanda. Guhindura ururimi rw’ikintu cyanditswe mu myaka 1500 ishize cyangwa na mbere yaho, hari ubwo rwose bidahura ku mpamvu z’uko n’indimi ubwazo zitanganya igihe cyo kubaho.
Ijambo “ruddy” ni “having a healthy red colour” ubijanishije n’isura y’umuntu.
Urakoze Docteur wacumuyiki
Ntiwigiye ubusa
Mbega wombwira iyo doctorat aho yayigiy kata traces ivyerekana
@@dieudonnendabaneze3761 ukora muri ministère ?
Doctorat en Économie
Ir Agronome
Licence en sciences politiques
Licence en droit
Bimenye vyose KO yavyize
@@noendayishimiye3496
Muri congo ariko.
Umuntu afis PhD who takes his time to promote conspiracy theories and fanatic views.
Bro, nageragej kumugirako research nasanz azwi kubiganiro vya you tube bisigigura kata ata recherche scientifique afis ariko ntitwobitindaho yiga atiga biramuraba ariko arek misleadinga abantu!
@@dieudonnendabaneze3761ahubwo tubwire ww biriya bigoryi utega amatwi muri eglise pastors bifite izihe diplome😂😂😂
Kristo birashoboka ko Yaba yariraburaga. Ndagirango nibutse ko umuntu yemera yabanje kumva akamenya amakuru mashya(Abaroma 10:14). Ikindi mugihe cya Kristo na mbere hariho indogobe amafarasi amagare/chariots indogobe n'ingamiya ibyo byose byatwaraga abantu. Ba Paul bavuze ubutumwa bate? Kandi ko bageze iburayi. Greek empire na Roman empire zashobotse zite? Abantu bari urujya n'uruza. Mugihe cya Yosefu hariho 'carravans' z'abacuruzi. Rwose abantu kwimuka no guhunga byarashobokaga.
Je suis d'accord avec toi
Baribaje kwitwarira izahabu sha nama efeza.batuzaniy umuvumo wamacakubiri
Wasazepe nuko basara ibyo yabihishe abahanga abihishurira abaciye bugufi
Btabwo yabihihsuriye abaciye bugufi ahubwo yabihishuriye abaswa niko Bibiliya y'abazungu ivuga niyompamvu abanyafrika aribo bemera uyu yesu w'umuzungu cyane
Umuhanga Niki?
Hari igihe nubwo wize Seminaire hari igihe shitani ibyivangamo.
Ntagihe gishize Poutine yerekanye ko Yesu ari umwirabure yabishize ahabona
Uyu munyamakuru uwa mumpa ngo mujijure kuko yarayobye kabisa😢
Mu Bantu bajijutse , ubundi iyo ufite bible bisobanura ubujiji ariko ntabwo ari ukumusuzugura.
Murakoze
Ndumva ibyuvuga ari ukuri uravuga Yesu neza Yesu byukuri no mumutima Amahoro
Nti mukiramante, kuko nabo yavutsemo ntibamweye, izoni inzitwazo
Yesu ntabaho ni fiction
@@sammarley1413 Yeegoko Mana weeee Yesu ntabaho😂
Karabaye nonehope! Mumateka, ubu abamuvuzebose nabobabanye bose ni injajwa🤣🤣
Mon frère, ahubwo akwiyereke🙏
Ndakwemeye urakoze
Umva akantu ka nkome bavandimwe ngo .. Dawidi Yari umuhungu mwiza winzobe sha
Dr Rusa haraho utubeshya ibyuvuga byukuri arko ushyiramo namarangamutima yawe ,kuba yaba yarumwirabura cg afite uruhu rwabazungu simbitindaho,gusa mubabonekerwa ya Kibeho bariya bakobwa bavuga ko Bikiramariya yababonekeye afite uruhu rwa birabura uzarebe ishusho ya Bikiramaliya wa Kibeho uko isa,ikindi uzasobanumirwe neza nubundi umunsi mukuru wa Noheli amatorero yose awubahiriza agendera kuri Église Catholique,kuko uwababaza icyo bagenderaho ntibagusobanurira, Catholique rero uziko ikicaro cyayo kiri iRoma,Vatican iwizihiza kuri 25Decembre nabo bemeza ko atariyo taliki yavutseho ahubwo bayihuje numunsi abaromani basengeragaho ikigirwamana kizuba,kuko Yezu nawe yari urumuri rw'Isi bawuhuza nuriyamunsi kugira ngo abaromani bayonoke Yezu,babe aba Kristu,ntabwo Papa ari Vice Yezu ,kuko ari mukimbo cya Petero intumwa aho uhimbiye Catholique,kuko Yezu si Intumwa n'Imana muri bwa butatu butagatifu nta Vice Imana ubaho rero
Uwu si umu panafricain. Numusomyi w I bitabu bisanzw.
Ntamu panafricain numw yemeza k hariho umuntu amaraso yiw yacunguy isi.
Ba sankara, anta diop, omotunde,...bomutwenga
Ntabwo ari David ni Yakobo wari Umuhungu mwiza winzibe ,Ezawu aka ukana uruhu rudasanzwe rutukura ruriho nubwoya bwinshi
Impamvu duhuzagurika n'uko batwigishije ibinyoma
Njye nemeranwa nawe ahubwo shaka uburyo izo nyigisho zagera ku bantu
Yego rata Yesu!!!❤
Mukundwa,
Ugize neza cane.
Amadini yakuye Ubuntu Ni amahoro. Mu bantu.
Basigarana amadini.
Nitwasubirana Ubuntu bwacu hamwe ni amahoro badutwaye basigaye arivyo batudandako, kwicana, kwankana bizoba biheze.
Nibasome icete ca Leopord II muri Congo banenye.