Wamupasiteri wanditse bibiliya itukura tumugezeho | Yavuze ko Imana yapfuye : ISI IRARANGIYE PE!
Вставка
- Опубліковано 2 жов 2020
- Twasuye wamunyarwanda wanditse bibiliya itukura, Atubwiye ibirimo twese tugira ubwoba, atubwiye icyamuteye kwandika iyi bibiliya twese tugira ubwoba, Burya koko isi igeze kumusozo.
#Muhamagare_0788627566
Yooo! Nawe uri umwana w'Imana, ahubwo impuhwe zayo zitagira umupaka nibohore roho yawe,tubisabye kubwa Yezu kristu umwami wacu, Amen
Yezu ni muzima
Imana ikubabarire kuko utazi ibyo uvuga Kandi ikwiyereke umenye
Mwizina rya Yesu🙌uwo numudayimoni wiyambitse ishusho yumuntu Imana iturinde abantu nkaba
Bavandi mwe umunsi ugizwe nibihe bibiri mugihe kijoro no mugihe cyamanywa uyu Ari mu gihe cy'umwijima aribwo butware bwa sekibi Ari mu minsi yubujiji gusa lmana imubabarire Kuko atazi icyo akora iravuga iti iminsi yo kujijwa narayirengagije ariko ntegeka abantu Bose aho barihose kwihana nuyu
Imana imuhe kwihana maze imukurie mu mwijima imushyire mu mucyo aribwo butware bwayo nibyo mwifurije mwizina rya yesu amen
Yesu numwami, kd azahora arumwami🙏 Abamwemeye ni mushikame mukomeze Kuba maso, Nigihe gito itorero tugataha. Ibibyo ntibizabura kubaho, kd Nibitubwirako Umwami Wacu ageze kwirembo!
Aminaaaaaaaaaa dushikame!!!!!
Azahora ari umwami winjiji kandi wabapfu
Nukuri dukwiye gusenga cyan kuko SATANI yarahagurutse arko Yesu yaratsinze uyumugabo imana ahakana imungenderere ayibone kd ishoboye byose
Satani afite abakozip yibaye yatekerezaga umwuka ahumeka uyu yarayobyep akeneye kuyoborwa N Imana
Waratsinzwe mwizina rya YESU CHRISTO wa mudayimoni we
Uyuyishe abantu batabarika none yariyanze namaraso yaboyishe amurindagiza niwe wamaze abanyarwanda kubera aboyishe beshi yabuze nawe uzamwica imana ntihoreraho ahubwo upfa urubozo mumutima amaraso akakubuza umutekano kubyo yakoze atavuga ntabwo urubwenge araburana namaraso yabo yarenganyije nuko abishebose baza muzabibona amaraso nimabi
Nundiwese waba yarishe umuntu uwariwewese arebereho yuko azahanirwa mwisi hano nimbere yimana navutse nuko kwica umuntu kubushake wabigambiriye arikizira none abantu mwishe mubihigu bitandikanye barahishira kubera bitwaje abomuribo muhimbira abatarabigizemo uruhare mubigekaho barabohwa bapfa urubozo nkaho mwabaremye mwarimuko bizarangiriraho none murihakana imana kuko itabahaniyeho akokanya imana ntikora nkamwe muzapfa muhagaze niyo wagwa mwitaje ryihumbi ntuzapfa kubwamaraso yabagenzibawe wahoye ubusa murabimva beshi basigaye biyahura abica base banyina abana babo nibindibyishi bibrera hirya nohino nkuwanyiciye umwana akaba yidegebya kuko ntakyo namugize sinzaba nkawe nzinezako atamereweneza aho arihose amaraso ntahera uwayaguhyizemo niwe uzaba akwibariza mumtsi kuwundi ntibihera
Ngayonguko murebereho mwese kugeza aho guhakana imana inibera mwisibyose irabizi ntihaniraho nkuko ubyibwira nkomuriwowe hahana abantu batazi itegeko ryimana bomuriyisi ariko imana suko
Sinzi niba utarmo kumusebya kuko avuga ibyo udashaka kumva.
Ariko niyo yaba yarabikoze agahanwa agsubira mubuzima busanzwe.,tubitandukanye n imyemerere ye Kandi burriya afite abo babihuriyeho
Nkuko nawe ibyo wemera uufite abo mubihuriyeho
Ntabwo uzi Imana ikinisha iyariyo abazimu ndabacyashye kandi mumbaraga zumwuka wera mwizina rya YESU baboherwe ikuzimu
Mwizina rya yesu
Oyeeee Yesu kristo w'Inazareti amamara hose hose mu mpande enye z'isi yose !
Imana yacu ntigipfa iriho kd izahoraho yicaye kuntebe yimbabazi ngo uyisange ikuruhure kuko nawe urarushye rwose ucyeneye amahoro atangwa na yesu kd ndagusabye uceceke urecyere aho utazabona uburakari bwiyo mana uvugako yaofuye itabaho ceceka recyera aho garucyira aho imana ikubababarire ntasoni woe urifite uhinyuza ijambo ryi Mana nukur urakomerewe kd nanone ndagucececyesheje mwizina rya yesu ayo magambo yikuzimu akuzuye Imana igusange ikuruhure rwose 😢😮
Ufite ikibz
Yesu aguhumure nawe uri mubo yapfiriye
DATA WOMW'IJURU, bamwandika nurudome rukuru
Nyagasani uyu nawe agiye kudushyiriraho ubukoronibwe yitwaje wino ngo yaranditse,nanjye ndandika iyihe bibiliya ra!.
Niba uri umusomyi rwose ndaguhendahenda nkwinhinga uzige amateka y'abafranca bakuye burundu Bible mugihugu cyabo ingaruka byabagizeho ngirango ntibakongera gukinisha ivyobintu kdi ndizera ukabarusha gusoma nokugira abacurabwenge,ikindi uzige amateka ya Babiloni n'umwami wobo nawe yarameze nkawe arko nyumayo kwigishwa mayo ubwayo yemeje adashidikanya ko Imana iriho kdi izahoraho iteka ryose! Humura ninyembabazi nushaka guhumuka izaguhumira niba utigiza nkana garukiraho utazanira igihugu umuvumo kdi Imana tuziko ikunda abanyarda(NDAGUKANGURIRA GUSOMA AMATEKA Y'IBUFRANCA NA BABILONI UZHOGIRA BYINSHI BIJYANYE NIYOMANA TWIZEYE MUVANDIMWE UKUNDWA) GARUKIRA AHO.
yesu akubabarire
Kwa JINA LA YESU tunakemea nguvu za giza katika nchi yetu
Osaga,osaga wibereye mwisi yawe uwayiguhaye azayikuraho nawe agukureho.
Kuko ibyo wifashisha nibyaremwe niyo Mana uhakana.
Amina
Yooh arateye isoni. Imana Imuhindure ayigarukeko❤Arashobora kuyibona ntikinishwa😢
Uyu mugabo ni umuyobe cyane. Ariko nanone si byiza kumutuka, kuko gutukana Abantu bitwaje Imana nabyo sibyiza. Ahubwo abamuzi cyangwa abamwegereye bamwegera bagashaka uko bamugorora
Mw’Izina rya Yesu twa maganye izo nyigisho zibinyoma.
Imani kubabarire kuko ibyuvuga subizi mwizinarya yesu
Muhunge mwigire kure ngivyo ivyavuzwe na Yesu Kristo vyatanguye kugaragara.
Imana ni yiyerekane kubwuyo muntu
Ariko jyewe namwunvise kandi sinemera ibyo yemera. Wowe niba utunvise wikwigira umunyabwenge cyane cyangwa ngo utukane.
Uyu yaracanganyikiwe cyane ! Erega mu Rwanda hari indwara zizwi nizindi zitazwi rero niyuyunguyu ntiyari imenyerewe uretseko unamwitegereje mumaso ntabwo ari muzima rwose ahubwo yagere abakoresha Bibiriya yera bamurambureho ibiganza rwose
😂😂😂😂😂 cyakora nibyo nukuri
Imana yo mugihugu cyo mwijuru izaguhana yihanukiriye uzashya wa mugome,ushaka kuroga abantu bayo, ntuzatinda kubibona neza KO wubeshye.ubwenge bwawe uri kurata ubupfu gusa ntacyo bukumariye. Twarasobanukiwe bihagije, icyo twamenye twarakumenye. Ufate ubusa dayimoni mwizina rya Yesu waxu waneshereje kumusaraba igorogota
Imana iguhane uhangaye
Umudahangagwa
Mwitegereze urebe uko areba yuzuye imyuka mibi
@@pstgibertkalisaofficial8498 Illuminata
Imana ikubabarire kuko nawe siwoe nibikurimo
Imana izi byose nibi yarabihanuye ko muminsi y,imperuka hazabaho abahanuzi bibinyoma nkamwe.nimutihana Imana (NDIHO) izabahana.
Imana ni Alfa na Omegha, icyo nakubwira cyo ikwiyeretse wakuma, waba innyo, waba inkingi y'umunyu.Cyakora icyaha cyose kizababarirwa yewe nicyo gutuka Imana, cyakora icyo gutuka mwuka wera ntikizababarirwa haba mugihe cyanone nigihe cyiteka ryose.
Ilove you afrinca 🤣🤣 uyumugabo aranyishepe umuntu wese atuburegazira bwiwe bwogukora ivyashaka ariko umuntu wese azobazwa icoyakoze kugiticye🇧🇮🇨🇦
Yesu nimuzima ntiyapfuye
Yavunnye umuheto ahubwo😃😃😃😃
Igicucu kiribwira Ngo ntamana iriho
Abadafite umwuka Wera musenge cyane Imana ibafashe Yesu Christo atwoherereze umwuka wera yarabitwemereye nahubundi ntibyakoroha
Abazi Imana y'Ukuri ntabwo iyo miyaga yomu minsi mibi y'impeuka izabahungabanya. IMANA Ntabwo ari y'abantu bamwe, Imana n'iy'ibiremwa byose. NtabwoI abafite Umwuka Wera w'Imana yakwemera ibyo. ibyandiswe birimo gusohora. Ibyo babyita urudubi, n'uburiganya.
kandi sha wakagabo we,ntuzi ingaruka zibyo uvuga,kazi kawe.
Your mind is working properly, you have a strong thinking.
Thanks
This comment section is full of people that are so afraid to question of their own God 😂 mind you he is a loving God
Wamugabowe niba utemerako imana itabayeho wariremye woe waratumee nasekibi uravuga amahomvu wemerako wabayeho gute wikwiha agaciro utazabona urihasipe ntugahinyuze Iman kukontacyo uricyo
uri kwa jina la yesu.Dufite uwo twamenye .ubwo bwenge buyobeje benshi se mwabukuyehe.ubu ni ubuyobe burenze ukwemera.reka dutegereze umunsi ayo matora yawe azarangira.uzabona Imana nyamana.ubwo bwenge murimo kwiratana mugasuzugura uwabaremye.muraje mubone ingaruka zabyo.
Kwa jina la Yesu
Kwa jina la yesu shindwa na uregeye🤺🤺
Iki gihe tugezemwo kijanye n'izo nyigisho nyene , ntimwiyumvire ngo Imana izoca imwica. Uwo ni umwe mubariko baruzuza neza uburake canke umujinya w'Imana. Iyo aba ari kera yopfuye urupfu rubi ariko ubu azogumaho kuko ni beshi bariko bashavuza Imana. Ubu rero Imana izotuma Yesu Kristo adugane umugeni abazosigara kw'isi Imana izobimarako ishavu.
Imana izokwamaho. C'est un Dieu vivant. Ntabwo Imana yapfuye kuko yamaho. Uwo muntu nta mwanya yaronse wo kuyimenya. Imana Imubabarire.
Imana yitwa ndiho nanuyumunsi iracyakora niba warasenze amasezerano agasa naho atinze ongera utitirize iracyumva kd igasubuza kd isubiza urambije urambiwe yatashe Imana ikore kumaso yawe kugirango umenye imbaraga zisumba ryose
Gewe uyu yaranyigishije Kandi abwo yari uyu
Imanayarapfuye yewehapfuyiyawe
Esuwomwuka uhumeka uwugurangaheuzumirwa
Ibyo byarahanuwe ko mugihe cyanyuma abarwanya ijambo ry imana,abahanurabinyoma bazaba be nshi,mube maso kandi nabo tubasengere bahumuke amaso.
Uyumugabo yapfuye ahagaze, mu mureke azabona ishyano ,Imana yagize ngo ni sekuru cyangwa , azumirwa, mureke arindagire.
Ndakuvumywe mu izina rya YESU Christ watubambiwe ngo tubamburwe ibyo byose uvuga.toka shitani mu izina rya Yesu
Wowe uvumana ni wowe kivume, kuko nturi uw'Imana.
Mwizina ryayesu tsindwa wamudayimoniwe
Umuriro wa Roho Mutagatifu umanuke mu ijuru urimbure sekibi zose zikwirakwiza inyigisho z' ubuyobe .
Bibiliya itukura nyirimbuje amaraso Yezu yameneye ku musaraba mu izina rya Yezu
Mw'izina rikomeye rya YESU kristo yapfuye akazuka,ari kudutegurira ahacu agiye kugaruka abihanye neza,IMANA izoguhana abo bantu uriko urayovya ,ihane YESU ari hafi
Ayiwe.
isi igeze kumurongo utukura.
Yesu niwe nzira N'ukuli N'ubugingo.
MUBYEMERE CYANGWA MURORERE..
Ahubwo aba banyamakuru nibatanjya babanza gusuzuma inkuru bashobora kuzibona ikuzimu Kabisa ibije byose biruka banjya gutara inkuru kugira babone abantu benshi bayireba ifaranga ryinjire
Yesu aracyicaye kuntebe yimbabazi nawe yakwakira ninyembabazi
Yezu ni muzima ,ubu n'iteka ryose .
Ibyo bitekerezo byawe bitsindwe mwizina rya Yezu Kristu rifite imbaraga.
Ikigaragarabyo ntabwo wasomye bibilia
Gusa Imana izakwihishurire
Iyomana uzatora si Imana kuko Imana ntitorwa.
Iyo uvuga utazi iyo niyo mana rurema.
Gusa hari abahaka nyi benshi
Baribafite imyumvire nki iyo
Ariko ubu nabo barahamyako Imana Rurema .
Arikose ubu ibi nibiki koko mwuka wera arahari kd arakora twebwe turamufite kd turamubona tsindwa tsindwa tsindwa urimo umwuka wa dayimoni
Kwa jina La Yesu🙏🏼🙏🏼
Toka toka shitani. Abazimu bashye
Imana yacu iriho yahozehi izahoraho kandi irakora
Niyongirwa bwenge ufite igukozeho watora amasashe
Ikubabsrire nawe siwowe
Imana izaguhe agakiza, umenye ibyo yaduhere Ubuntu.
Naho ubundi, aka kanya uri kwandikisha izina ryawe muri Gehinomu.
Wamugabowe urayobye cyane kbs Nukuri nukuri yesu agusange kandi akwiyereke
Uzi ko ngizubwoba numvise ivyavuga Yesu akubabarire kandi nakwiyereke urarushe mana ndumiwe
imana izakwereka KO arimana uko yahozehokera nanubu iracyariho izagutwika
Imana ukinisha ntayo uzi cyakora izakwiyereke kuko twe tuyiboba buri munsi kdi na Yesu Christu nimuzima kuko yarazutse yicaye iburyo bwimana data ,umunsi Imana yagukubise urushyi uzahinduka Inyo nka herode umwijima niwoe uwubamo ntasoni ubundi uriki cyo kuvuga ko Imana yashaje woe? Imana ntijya Isaza uko yariri kera nuyu munsi Niko ikiri ntasoni woe urigukina Nimana Ako kuka ufite wagahawe naswo cg nyonko
Mana weeeee turashize koko, ndumiwe koko. Ngaaaahooo daaaa . Abasenga musengere ibi bintu.
Inkuba izagukuta ntamazi Izaba ifite wowe ni satáni wagutumye ahubwo Abntu babe maso
Urwanda rugushuje ishyano rufjte Ikigoryi nkawe uri pasteur ikuzimu wowe kigabowe ntanubwenge ugira
Waravangiwe rwose pe,kuko kuba uriho niyo kdi izahoraho iteka ryose
Imana ni Baringa
Bwana Ndayisenga Hurbert,Izina ry'Imana ni Uhoraho
Tegereza wowe ukinisha Imana kdi mudahwanye, Bibiliya , uvuga iti " ndi Imana ifuha kdi itahara icyubahiro cyayo. Uzisanga urisha nka Nebukarinosoro
Ibimenyetso by’ibihe. Umwami Yesu agiye kugaruka, turabona ibimenyetso byo kuza kwe
Numusazi mushasha wo gusengera ariko😢
Mwihane ibimenyetso murabibona uyu Umwami Yesu yarazutse ni muzima Akumirikire akuvane muruwomwijima.Tinya umuremyi wawe Umwubahe kuko amavi yose Azayipfukamira.Uzabaze Nebukadinezari.
Uwo mwuka mubi ukurimo ndawucyashye mw'izina rya Yesu.Imana ikwiyereke ibi bintu uvuze uzagaruke ubivuguruze kuko Imana yacu iriho kandi ntabwo ipfa ahubwo Imana ikubabarire.
IMANA ikubabarire kuko utazi icyo ukora🤔
Toka satani komeza utsindwe muzina rya Yesu
Toka dayimoni, uri mwana wo kurimbuka nutagarukiraho
Yesu kristo ugira imbabazi agusange akwereke umuco nyakuri
Kwizera nukumenya ibyiringirwa ko bitazabura kubaho urambabaje cyane ibyo utumva byose nibwo bu Mana bwayo kandi ntakintu nakimwe gikanga Imana uzajye kubaza Nebukadineza azakubwira cg Herode
Urikiwerewere kabisa waravangiwe Yesu aguharire
Waravangiwe pe 👍Imana izabikubaza Kuko ijambo ryayo ntirizahera?bibiriya yawe yitwike mwizina rya yesu
Koma shetani kwa jina la YESU CHRISTO,tsindwa mukozi wasatani MWiZINA RYA YESU CHRISTO.turi kumavu yacyo mudutera ubwobwa UHORAHO Yitwa ndiho kandi aracyari kungoma.waratsinzwe satani
Uyu mugabo numunyabwe cyane bibiliya nigitabo cyabazungu ntabwo aricyimana
Nimwemere Imana Data Uhoraho naho ,ibyiyita imanabyose namanjwe
Afrimax TV, mperutse kubona inzozi ziberekeyeho. Dore Yesu Christ Umwami w'Abami yanyeretse imodoka yanyu yuzuye amabyi. Nabonye unwe mubakozi banyu yari atwaye imodoka ibirato bye nawe byuzuye amabyi. Musenge Imana muyibaze icyo bivuga. Ariko Imana ya Abraham, Isaac na Yakobo ntiyishimira ibyo biganiro byanyu. Nimwihane rero, mushake Imana ibababarire hakiri igihe. Uwunva niyumve. Ngiyo message nari mbafiriye. Nimutahindura ibyo biganiro bihesha agaciro Satani muragowe.
Imana y'i Rwanda ihorane nawe, kdi igukize umwijima!
Nibyahanuwe birigusohora nibyahishuriwe Yohana uzagabanyaho uzongeraho Imana izamwongeraho ibyago
Yewe mumusengere nawe siwe nonese we yariremye konunva yigira imana ? Ibyo binomial gusohora nitube maso kuko byaranditswe
Haramabyi arenze iyi bibiliya itukura se ,hamwe namagambo uyumugabo arikuvuga ! Isi yaturangiriyeho
Ahubwo mubwonko bwawe niyoyuzuyemo 🤗🤗🤗🤗🤗🤗
UyuMugabo ni umuhanga aranalysa
Numuhanga vya hh
Sha ufite ikibazo cyomumutwe cyane wowe ushaka viyuzi
Imana yacu ntiwayidukuramo , uravuga ibyo utazi.
Toka.
It's good for this professor to play films instead of that to say the Bible because whom know their own God those will be strong and yet after that they will be strong and they will done the heroes'things so we have to know well the limits of our wise because God is omnipresent, omniscient and omnipotent. May God bless you all.
imana izakwerekako arimana izagutwika
Leave him he doesn't know the man whom he is playing with. But our God is full of Mercy.
Wewe uvugako ufadikanya n'ivyama films ? Iyomitwe ,ijanye na business
😢😢😢😢😢😢Rip
Imana ikwiyereke,kuko izagira I cyo yongera ku ijambo ry'lmana nawe azongererwa Ibyago mu buzima bwe,nawe ntutuhana uzabona ishyano wowe n'abagushyigikiye
Uyu mugabo njyewe ndamuzi rwose, abasomyi ntimuzigere muta umwanya kuri uyu mugabo kuko mu mibereho ye yose ntabwo yigeze yemera Imana. Ubundi se uyu mugabo Bibiliya isanzwe yo arayizi mbere y'uko ashyiraho bibiriya ye kuko yarangije kwica Imana mu isi ye y'ibitekerezo byo mu bazimu b'iwabo. Abobazimu nibo bamubwiye y'uko Agomba kubashyiriraho bibiriya y'imihango yabo ngaho abayobye ni mute igihe mujye mu Bazimu ba Osaga.
Nkuyo uwomukurikira yoba atagira ubwenge
None se ubwo wenda ntimwaba muhagaze kuri point zitandukanye ukaba ubona ko Ari umusazi yenda Ari wowe wasaze cyangwa wayobyei?!! 🤔
Uyu mugabo in antichristo,nishetani kuko ntahobitandukaniye
Soma itanguriro 1:1 ,yohana1:1-3
ESE uwomugabo ndamubaze yaremwe nande?nareke guhenda abantu
Azibeshe yandike quir Ani ayite uko ashaka nibwo azamenya ko azi kwandikz
Ngo biblia itukura
Yaranavangiwep ariko iyomana KO ntacyo idutwaye ikibazo Niki he?
Ariko ibi bintu avuga tubihe agaciro pe Icyonzinuko Imana idapfa Hari Imana imwe idapfa kandi Yesu nti yari Imana ahubwo yari intumwa Y' Imana
Tabara umwana wawe Yesu kristo winazaleti isi urashaje pe
In the NAME OF JESUS CHRIST, guys this is a devil 😈, don't mind what he's saying, just remember what Bible says. God in heaven🙏 be with us.
U should mind yours🤗🤗🤗🤗🤗🤗🤗🤗
Dayimoni yabonetse neneho... tokay au nom puissant de Jesus
Wowe Uri hafi gupfa, Kuko Imana ntabwo ikunda umuntu ushaka kurengera Ngo, Ayake Icyubahiro cyayo, Icyubahiro Nicy ' Imana yo mwijuru, ntihinduka
mw'izina rya KRISTO YESU Winazareti toka shitani
umunsi Imana yagukuyemwo uyo mwuka niho uzabimenya neza unabyicuze wa muyobe we
😂😂😂nikundira Afrimax kuko ifise udukoryo dutwenza
J numv ataco mfis navuga gusa Imana itubabarir tugez kumusonzo .Ngo Amatora y'Imana ararushe nukuri
Ariko byo ntabwo abazungu batuzaniye imana kuko badukundaga cyangwa se barushakaga abakurambere bacu Imana ngira ngo ibyaje gukurikira inyigisho zabo ngira ngo ntawe utabizi
Ubuse nkuyu koko🙈🙈
Nyamara nimurike, kuvuga mbinshi ahubwo nugusenga nokwitandukanya nikibi cyose. Kuko iyi niminsi yanyuma. Ant christ is at work
Uri injiji cyaneeeeeee!
Ndagusabira imana igutabare kuko urarushte mumitekerereze yawe.
Iliminati nayonuko yatangiye
Ukuri kurashyarira rwose
Turikumwe wa mugabowe koraje
Pipo are lost
Ntiyemera Imana yo muijuru ,abatayemera nibenshi mu isi,
Ariko agize ubwenge yakwibaza Iyamuremye ,kuko ubwenge bwagaruka akemera ko atiremye ,
Imana igusure iguhe agakiza,iguhumure nunava mu isi uzajye mu ijuru .
Wanditse igitabo gitukura ntago ari Bibiliya,
Bibiliya ni ijambo ry'Imana kandi wowe ntiwemera Imana .
Wa mugabo we vuga ibyo ushaka ukore n,ibyo ushaka ariko uzatungurwa.kko ibyo uvuga byose n,abo uvuga bose b,intwaro bafite uwabashyizeho igihe cyabyo kd nawe uzahagarike urupfu ntiruzakugereho nibwo uzaba ufite ubwenge.Imana ikuyobore
Abanga lmana ntibayisenge bazapfa bose be kwibukwa.
Pm
Pm
P
P
M pm
P
Pp
afrimax on point
Wamburabwengewe uyumusi ntabana bavuka nimbabapfa ntabavuka urabona mwaka batavuara muriyimyaka abuvuga nibobarema ubwenge bwawe buracuramye gupfako nawuzopfa
Uragastinda uratwereka ahuremera umwamunda yumubyeyi agakomera akavuka akwijivyangobwa nkabandibantu jewenda gusobanukiwe urushetani bagukemeye niwewe rupfu nturumusazi urishetani itegure igihekizogera kuzubwenge bagarukane barye ivyobapfiriye
Nawewe uriguca ivyowahawe narusifa nafirimasoni ukogutukimana ucirindayawe iyobagukumwo utarayovya benshi icocicaro ugomba kizokugezahibi
Nambimana yarapfuye uzoyibona uwomuka yaguhaye umazegusohoka nihuzoyibona ntamusiuzorema ivyosi vyawe ubwobwenge umusumwe buzosubira kuwabuguhaye
Nazime yavuzekwira rya adamu weyaremye nde kwimana yapfuye niwe arema abavukubu imanimuhane
Nonese woe urinde uhakana Imana woe uvutse ejo bundi utanazi igihe uzapfira
Ahubwo tureke nibyo Umwuka banza witekerezeho neza. Ntago uzi ibyo uri kuvuga abantu bafite imyumvire nkiyi bazashya kurimbuka kurabegereye cyane muhunge mudapfa
Ntukajye ukinisha Imana, m ubuzima bwawe bwose, waravangiwe, Nyagani agusange kdi akwiyereke.
Ayiwe mbega akaga.
Uyu ntago yagutwara igihe ukuri nawe yanditse Bible itukura kand ntahandi mwayumvishe so satani afite uburyo akoresha abakozi be bavandimwe kandi mwibuke ko isi igeze kumusozo
Nagende. Ubwo nawe ngo yavumbuye
@@rukundojeandamour9976 gusara nugushishikara imana ipha?kuba umugabo sukwambara ipantalo
@@rukundojeandamour9976 gusara nugushishikara imana ipha?kuba umugabo sukwambara ipantalo
@@turatsinzecyusalionel9986 uzabeshye abandi. Ark twe twamenye tugasobanukirwa neza IMANAdukorera ntishobora na gato guhindurwa nibyo binyoma byawe
Ubwo se uwo mwuka ufite wawuhawe nande dore uwaguhaye uwo mwuka uhumeka arawukwatse nonaha Kuko yavuze ataziyambura icubahiro cye
Courage Osaga!.
Uyumutumirwa mujye mumutumira kenshi yafasha Society yacu rwose.
Umupfapfa atangira avuga iby'ubupfapfa akarangiza avuga AMATESHWA
Ukwiriye agakiza k'Imana.
Tok woe urumu
Shitani kbx Gs Iman
Ikugarukeho Ikwerekeko
Iman yabayeho knd
Izahoraho ibihe byose
Imana yomwijuru ikubabare,
Naho imana yacu yahozeho iriho, Kandi Izahoraho, dufite ibimenyetso birenga cyimwe icecekere,
Imana yaremye Ijuru n'isi ndayinginze izakwiyereke kuko nawe iragukubda
Sha navutse numva bavuga umurehero w,Isi none kabisa ndawubonye peeeeee.
Mbega umuntu ngo araruhisha ubwonko bwe😘😘😘😘
Mwitegure si urarangiye
Sekibi urigicibwa urikivume Umuriro wa Roho Mutagatifu ni Mbaraga zaroho Mutagatifu tagatifu nibikumanukireho bigutwke bikurohe munyenga yirimbukiro, ndakurimbuye mwizina rya Nyagasani Yezu genda ujye munyenga yirimbukiro.
Yezu ni Umwami kandi yarapfuye arazuka asubira mw'ijuru ( abemera Kristu umutsindo wacu nuko yatsinze urupfu )