Umugabo Yicukuriye imva none reba ibibaye | Turumiwe twese tumenye icyabimuteye
Вставка
- Опубліковано 3 лис 2021
- Twasuye wamusaza waguze isanduku nimyenda bazamushyingurana umunsi azaba yapfuye, Yateganyije namatafari bazubakisha imva ye , Yatubwiye icyamuteye gukora ibyo.
#AfrimaxTV
Ntategure isandu nikinogo nimyende gusa ahubwo ategure numutima wiwe nayo ivyo vyovyo ntaco bimaze 😭😭😭
Buriya nu umutima we urateguye rwose wimunega Uyu ni umugabo cyane 🙏👏
Wasanga nawo utunganije. Kuko byibuze we aratekereza iherezo rye, abandi tuba twibereye mubyisi
@@emuw2916 yego disi!
Uyu musaza wagira ngo yabaye mumahangaaaa. Good Job Grandpa nibyiza cyane kutaba umutwaro wabandi peeeeee.👏👏👏
umva ko urupfu rwigenje umusaza yararuhabuye!!!! gusa nubwo bamuseka jye nkuyemo inyigisho
Kbsa
😂😂😂😂😂😂😂
jye nashimishijwe n'ukwemera afite ubundi kubaho neza nukubaho witeguye ko uzapfa ntakwirirwa uhangayitse ngo nzapfa kandi ariyo maherezo kubaho witeguye gupfa uba wifitiye amahoro bituma nta n' inkeke y'ubwoba ufite bikagufasha no kwibanira n'Abantu amahoro,uzi guhora utinya ikigutegereje
U
Uyumunsaza numunsirimu cyane ndamukunzepeee💯💯
Uyu ntabaho pe!
Nanjye namukunze. Ntashaka kuzagorana
@@emuw2916 iyaba abantubose batekerezaga gutya,ntibajya basiga imiryago yabo mukangaratete.
Mbega Umasaza ushimishije !!Ibyo yavugaga byose ninka comedy kbx🔥🔥🔥🔥🔥
Ego pe😅😅
Uyu musaza ntazapfa buba 😍 nanjye nyogokuru wanjye yakoshaga ingobyi igashyingura umuturanyi mbizi afite ingobyi kuva muri 1990 ariko yitabye Imana 2020 arengeje imyaka ijana. Ibyo ni ubunyangamugayo ntibaba bakeneye kuruhanya. Umusaza ndamushimye
Mzee Aho ugiye gukomereza ubuzima nyuma yo Kujya mu isanduku wikoreshereje uhatekereze ho naho!
Muzehe nimbere cyane rwose bitwayicyi c
Velentin rwose courage
cakora munkoreye umusi koko 😄😄😄 love frm burundi
Ewe muzehe urihenze cyane! Ahubwo siga uburyo bwo kugusabira Missa. Niyo izogutambutsa ugashika mw'ijuru. Isaba n'ugupfa neza.
Muzehe Ni Colgate ,ati:hari Igihe narongoye na nyoko 😅😅😅
Mbega,yemwe,Ntawumenyaho azagwa n'uburyo azapfamo,ubwose aguye mumazi akabura?inyamaswase imumize?Imana Ibayobore rwose,bavandimwe inzira y'ukuri mushobore gusobanukirwa,abo avuga bazamuhamba wabona bamutanze boseee
Imana imwacyire mubayo
Mzee ndakwemeye uzagenda kigabo kandi wanze kuzavuna umuryango
Mwizina rya Yesu
Iyiniyo akoresha aroga abantu....Imana itabare abanyarwanda bosee
Numupfumu mumwirinde
Bravo papaa
Muzehe afite ubwenge abandi bafata ubwiteganyirizi ubwo ni uburyo bwe
Nibyose
Yooooo mbega byiza umusaza usobanutse uyumusaza wajyirago yajyenze hanze cyane kuko nibo bategura ibintu mbere yuko bamfa pe
Ndabakunda bihagije
Suwambere na Yusuf nangwa Yosefu imva yahabyemo Yesu yari yarayicukuriye imyaka myinshi Ntampamvu yo kumuca amazi amafuti y'umugabo nibwo buryobwe.
Muzehe ararenze wana rata ndakwemeye p harigihe ushyingurwa nabi kd warufite byose
Afrimax rwose muranyica peeee
Murasekeje.varate
Uyumusaza ngew ndamukunze cyane iyaba twese twabigenzaga gutya nubundi nyuma yo kuvuka nugupfa
Uyu ni intwali umuntu utazaruhanya
Abandi bapfa Nta nagatekerezo ko kwibikaho Na 500
Wamusore uzikuganira afrimax yubahwe
Cyaneee 😂😂😂😂
Jye nzi ahantu ho mu majyepfo y'u Rwanda mu myaka ya za 1985 , abasaza baho benshi babaga bariteganyirije amasanduka bazabahambamo, rero aba basaza bakera barebaga kure cyane badashaka ko bazarushya abantu mu gihe bazaba batabarutse. Uyu musaza ndamushimye cyane, biraboneka ko ari inyangamugayo, ariko akwiye kugira ibindi akemura kubigendanye n'Ubugingo Buhoraho kuko murumva ko ngo hari ikibazo cy'abagore batatu. Abamuri hafi bamwegera bakamugira inama.
Nibyo abasaza barabikoraga. Nari mfite data wacu yari yaraguze isannduku bazamushyinguramo, ikibabaje ntiyahambwemo. Yaguye imusozi mu jenosayidi😭😭
@@tinaikirezi5020 Yoooo Imana imwakire 😭😭😭 Komera mama
@@tinaikirezi5020 Mana weee!!Ndababaye.
@@tinaikirezi5020 Nahano iwacu harumuntu wariwarateguye aho azahambwa yaranditse kunzu bazamuhambamo ngo IMVA YA MUHUTU,muri Genocide rero akora amarorerwa,bagurisha ibyebyose nayamva bariyigurisha🤣🤣🤣
Ubuse urabona wowe,ufite umwe uzatanga Ibrahim na Dawid na Salomon mwijuru?
I respect this grand papa kbs. And he is right though. Uti moto zanche. That guy with a jar .
Uti gusaza sibibi uretse??????? Lesten well all
Valentin urasetsa cyane
Harahiye koko😀😀😀😀😀😀
Ntamugabo uzagushyingura Atari gusoma akantu🤣🤣🤣
Hhhhh ndumiwe kko
Nange ndumiwe buriya yakundaga agatama ashaka ko bazakanywa
Uyu nu umusirimu cyane 💯iyaba bose batekerezaga kare bakubitirwa umva ni isanduku
Ukibuka Na akayoga Na akaririmbo bazakuririmbira
Njyewe ndamushyigikiye
Kuko nanga umuntu upfa nki impabe
Hahaha😂😂😂😂😂😂
Uyumusaza yasetsa ntuvuye guta nyina😃😃
Igope😊😊😂
Respect
Seriously uyu musaza ndamuzi koko iyi sanduku yayiguze kera , ntabwo ari film peeee ni ibyanyabyo ahubwo ndumiwe nukuri twari tuziko ari joke
Isi irashaje
Ahhhhhhh ikiganiro kirasecyeje pe
Ndatahij abasoma akantu Mzeh yaravyiteguriy pe niwubahwe Mzeh .nimba utarikirozi nisaw
Yanka ko abo azoba asize bahangayikishwa namadeni.
Ahwiiii unva uyumunyamakuru n yumusaza bantembagaje imbavu zanyishe pé munkoreye umuti ahwiii
Uzahite upfa!!!
Ahubwose mu Rwanda ko mwasirimutse nta Assurance yo gushyingurwa zihaba? Niba zihari ntaho bitaniye nibyo uwo musaza yakoze kandi ni icyemezo cya kigabo
Yakoze neza rwose yariteganyirije.
@@tinaikirezi5020 yes
Assurance zirahaba cyane,ark niyi ndumva ariyo.
@@mukamuzimachadia5401 suko
mwiriwe,neza jyewe kubwajye ndabona ntazibyaribyo nidanje ndaga swiiiii
😂😂umusaza Ati have wa cyana we ntibakubujije😂😂😂 arongera Ati wamunyamakuru we uri kunyendereza😄😄😄😄
😄😄😄😄
Assurance vie
Testament
Vyiza cane yamara yibuke gutegura numutima
Ndamwemeye yariteganyirije ndumva yaratanze urugero atazarushya about yasize
Umutama araho arasetsa kweri.
Aca ahura na Valentin azi kuryosha ikiyago. 😀
Narambe rwose aransekeje
Mbega we bite ubwoba
umusaza wumusirimu kbs
Numusazi da!!!
Mbega umusaza arantangaje hagataho arimukuripeeé
Mana yanjye weeeeeeee
Ahubwo uyu mugabo atekereza nka ba zungu! Abazungu bacukura imva zabo hakiri kare ndetse n'imyenda bazambara bapfuye njyewe ntibintangaje
Ibyo uvuga ndamyemeye
Nukur nanj ndamukunze peee
Nange namwemeye yanze kuzaruhanya,abazungu udafite ayimva ahitamo ko azatwikwa ngo abasigaye be kujya mumadeni
Yeweeeeee disi azigira mwijuru kuko abariyo baba bambaye amakanzu yumweru ameze kuriya
Uyu musaza ntashaka kubera abasize umutwaro hahhhhh kwizigamira doti komu
I can't stop teething 😁😆😆🤣🤣🤣🤣
Ndumiweeeeee koko
Nimundemere twatuntu Dore nazindutse🤣💯
Ese Like Zigufasha Iki
Ese Like Zigufasha Iki
Vrai comédien
Murasetsa mukarenza
Ngo bazamwitiranya nabamalayika.....
Ahubwo urupfu ndumva rumurimo umwenda rwaramutindiye da!
aka ni akantu keza. nanjye nibyo nifuza gukora. gusa no kwiyubakira inzu byarananiye
Hhhhh muzehe numuntu wumugabo
Bigabo wi biguzi muli Nyamasheke yayicukuliye muli 1985 ayizitiza imizonobali
Itegure KU mutima nayo ibindi uzobisiga ntaho uzoyijana!¡!!
Ntibizamugendekere nk'umukecuru twari duturanye wubatse inzu, agura isanduku n'amashuka bazamushyinguramo, imyaka irashira ntiyapfa, ahubwo uwo bashakanye aza kuba ari we ushyingurwa, nyuma umukecuru aza gupfa bamujyana kumushyingura mu irimbi nk'abandi.
He is the comedian
Bitese uyumusaza aracyarihora😊
🙆🏽♀️🙆🏽♀️🙆🏽♀️yesu weeeee 🙄🙄🙄
Uyumusaz naw numutekamitwe kbx
Bamushyinguye uyu munsi 22/02/2023
Mbegu musaza winjiji iyahurevuba utazatearwanamazi ntujye musanduku yawe
Umuntama.aranyishe😃😃😃😃
Warongoye nanyina pe ahubwo nanyina umugurire isanduku utazapfa we akaburiye
Ariko uyu musaza agira urukundo pe ati wa muhungu twamuhimukiye shofer yubahwe
Mwijuru bakwakire urugendo ruhire muze
Uyumusaza nintwari we yariteganyirije
Nukuri ntakibazo ikindi ntibituma upfa vuba ariko kugura isanduku ntanumwe utazapha
Murindwa ngo namaguru yamurangiye
yoo
Kurikira captain junior channel yambere
😂😂😂uy mzee numu comédie ngo murindushi 😂😂😂😂😂
Bataba indushyi se sha urabona umusaza atari philosofe wa bien
Reba nka amashusho ya abapfu babandi bibye ngo bakunde bagurisha inkuru ni indushyi byo😅muzehe ndamwemeye
Na we afite inyogo ye🏃🏾🏃🏾🏃🏾🏃🏾🏃🏾🏃🏾🏃🏾🏃🏾🏃🏾🏃🏾🏃🏾🏃🏾🏃🏾🏃🏾🏃🏾🏃🏾🏃🏾🏃🏾
Muzeh sha😆🤣🤣ngwab journaliste nindushi🤣🤣
Ngaho
Ariko ubundi wari waraburiyehe nuburyo nkunda ukuntu uganiriza abatumirwa
Umusaza yakoze akantu keza ko gutekerezwaho naburi wese
Nibyo ariko kwitegura byose !!!!
Yewega weeee 😀
Yesu ashimwe bareke bakore ariko ntanumwe azi ejo hiwe harigihe ivyo wateguyeko biguhamba atarivyo biguhamba
Hhhhhhhh mbega umusaza usetsa!
Hatali
Kwiteganyiriza
🤣🤣🤣🤣
Bishobora bake pe nintwari
😂😂aha koyiteguye urupfu ruzoza niyo sandugu yarabunzwe😂
Azaguriyindi yabivuze
Amaze imyaka 6 yiteguye nubu ntarapfa ha ha ha
Uyumunsi uyumusaza yitabye lmana
Uwo muhungu mureke kumuhemukira
Nyamara abs yarwanda baraseze
😂😂😂😂umugore yarumiwe
Karabaye rwose noneho
Ndahamanya nuyu musaza kera najyaga mbona abantu bakuze bagura ingombyi yo kuzabashyinguramo kd wasangaga ntacyo bitwaye
ngo hari igihe wagize iki muzehe?😂😂😂😂😂😂😭😂😂😂