NABUZE UMPA URUKUNDO😭UMUGABO YAMBWIYE KO AZANYICA KENSHI😭Yarongoye UMUKOZI WACU aransenda..|Delphine
Вставка
- Опубліковано 8 лют 2025
- Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126
Mureke tumufashe bavandi, abumva ko twabikora mumpe like kd na sabin naduhe number ye.
Reka nkwihere urukundo,ndagukunda mubyeyi uri mwiza kandi ukwiye ibyiza hunmura yesu arakuzi
kwa Sabin nimwiruhukiro Sabin Imana iguhe umugisha
Wibaba urandijije ntubuze byose uri umugore ukomeye nge ndakuzi kuko turakorana mpora mbona ucecetse ariko sinarinzi ikibigutera nge twegeranye imana izanshoboze basi nge nkubona useka byonyine birahagije 🙏🙏🙏🙏🙏🙏ndagukunda kandi ukomere turahari aho batabaye abo bose twe turahari uri intwari 😭😭bose bihorere ubabarire umenye ko imana ihora ihoze
hy
usengera hehee??
Ujye umuba hafi cyane ubwo umubona kenshii ubwo yabiganiye azajya asekaho
Urimwo uriganirirapee
@@holybleuste9483 ntukambare mubyeyi kuva none dufite uwadukunze uruta abobose
Twibitsemwo vyishi mamaa ariko nubwobiruko mwijuru harimana
Abashaka ko dusengera karande zigatumuka murihe koko muze twice abazimu nabanyagwa baduhiga weeeeeeee turarushye mana nzima
Babyeyi turi hano mumbabarire mbasabe ikintu kimwe nukuri nubyara umwana muburyo ubwo aribwo bwose wenda ntubane na se w'umwana plz plz plz bwira umwana iwabo (ise cg iwabo wa se) kk ntawumenya ejo kdi iyukuze utazi ahuva nigikomere cyiteka ryose twihangane babyeyi ntibiba byoroshye ark tujye dutekereza kure umunsi tutazaba tukiriho abo bana dusize tubasigiye nde cg tubasi😢😢😢😢😢😢😢
Byose ni kimwe
Iyo byanze biba byanze
Kumumenya se ugirango hari icyo byagufasha ? Wamumenya bikarutwa no kutamumenya
Sha kubaho utazi so ukubyara ntimubizi ukuntu ari igihanda nkanjye ngize 35ans ariko nabuze ubwiyakira kuricyo
Sindangije ubuhamya, nari ntangiye kugira isesemi,
@@THEIRVOICEINITIATIVE oya nukuri birakimara erega ibikomere byumubyeyi ntaho bihuriye numwana icyambere ntiyagutumye kumubyara icya kabiri nuburenganzira bwe kumenya iyakomoka ,icya gatatu se umubyara yaba imbwa cg mubi ntibimureba pe ikindi kumwereka iwabo ntibivuze kujya kuhashaka imitongo cg ibindi tekerezako yakura akarongora mushiki we (cg musaza we)uribaza icyo kintu koko ,twebwe abagore rimwe na rimwe tubikora duhima abo twabyaranye nabo ark tuna duhemukira abana bacu, mubwire se cg umwereke abavandimwe ba se nta kibazo babaye beza it's OK ,batabaye beza nabyo ntakibazo ark akamenya inkomoko ye
Umugabo yaguterinda akakwanga akakwihakana niwabo bakakwanga ukunvako umwana numubwira ise bazamukunda??ise nawe amukunze yazakumureba
Delphine we Komereka ntukome, Wibabara Mu ijuru hari Imana. Baho kdi urakabaho
Impore Deliphine mwiza! Imana irahari kdi haracyariho ibyiringiro kuko iyo igiti gitemwe cyongera kigashibuka! Ejo ni heza komeza wiringire Imana bizagenda neza.
Pole sana warababaye ariko nawe uko gukunda abagabo kwawe rwose wapiii
Uwarushye ntaruhuka mubyeyi.komera mama yesu arakuzi💝
Imana irarura .tuzira gushyira icyizere mubantu no kubashakamo umunezero kandi nabo ntabyo bafite.
Ibyobigomba guhinduka kuko ejo niheza uwarushye araruhuka
Pole sana Delphine ihangane Imana izaca izindi nzira wirere abana bakure Kandi neza
Hahirwa Uwiringira Uwiteka, Uwiteka akamubera ibyiringiro.Yeremiya 17:7
@@maurice6746 niyihangane ariko amenye ko imbabazi nyinshi si nziza kuko ijambo ry Imana rigira riti "hunga udapfa ,"rikongera ngo "agasozi nikakwanga uzimukire ku Kandi""
Umugabo siwre buzima bwawe ahubwo ubuzima bwawe buri mu biganza by, Uwiteka.
Gira amakenga !!!!
@@maurice6746 Hari igihe cyo kubabarira n, igihe cyo kutababarira.
Ni Imana izagera igihe ivuge ngo uwanduye nagumye yandure, uwejejwe nagumye yezwe.
Umwami yababariye abagore beza, Inka nziza z,inyamibwa arazirokora maze Uwiteka arabimuhanira , arapfa .
Nukuri kwimana abantu bagira ibibazo pe,harigihe numva ibintu nkabona ntakibazo nakimwe nigeze ngira kandi narinziko nanjye nabigize,nukuri warakomeretse Imana yakuremye izakomore ibikomere nukuri warababaye birenze ukwemera
😂mba numiwe???? Delphine birandenze!!!! Ihangane!!! Imana izakumpere Ubugingo! Amen!
Sister pole Sana wihangane Kandi kugera Kure siko gupfa. Kugera kubyiza ntibyoroha ugomba kubiharanira.
Umuntu wakubabaje cg waguhemucyiye ntukamugarure mu buzima bwawe! Mbega ubuhamya😨😳
Cyane cyane ukubwira ko azakwica akanabibwira abandi nukumwirinda cyane , ikindi iyo yabivuze niyo atakwica ngo upfe baguhambe akwica nabi ugapfa uhagaze! Murwanda dukeneye kwigishwa n'abahanga babyigiye ko habaho relation ziri toxique zishobora kuzanwa n'umugore cg umugabo( les pervers narcissique bareze abantu beshi nibo bagiye bashakana nabo bakabangiriza ubuzima) Nyagasani agukomeze Maman Delphine.
@@charlottekarengera2633 wallah ubugome bugiye kuzasaza abantu!!😳
Bisaba imbaraga zikomeye kubyikuramo.
Humura yesu we aragukunda cyanee ,mwegurire ibyawe byose ntacyo uzamuburama kdi urukundo uzaruhe abana bawe rwose
Awiiiiiiiii Maman ntakindi norenzako usivyo urintwari kabisa urumukobga wayobu niweyagize kwihangana 🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Ariko mamaaaa,ubeho kubw'izina ryawe.koko wibabara chérie hejuru hari Imana
So Sad😢pole warakubititse mamaa. Abagabo bikinyejana babaye iki can you imagine amaze kukubyaza abana yarangiza akabwejagura ngo sinigeze nkukunda sha murecye arikw' isi .
Sha bakinisha imitima y'abantu ku rwego rwo hejuru gusa bazabibazwa
@@claudineniyonsenga9277 ibyo namukorera yazabyumva ashaje nafata abana.nkabedika nkabamwangisha maze nkareba nibwonakumva ntuje bagakura baziko arumubi .nicyocyamushobora
Nibibaza kaliza umuntu akakubyaza yarangiza ngo uri njiji ntiyigeze agukunda yarakubyage waramusasiye waramukoreye byose Sha ni danger
@@Bianca-vo6yg ng iryo ikosa ribi cyane waba ukoze,abana nibo uba ugiriye nabi ,nibi nakubaho ntuzingere ukora iryo ikosa
Ese Mana ko bajya bavuga ngo izina niryo muntu kuki iryawe ritaguhiriye mubyeyi kandi warifite izina ryiza WIBABARA gusa ndababaye kubwawe disi
Kuvyukuri IMANA izikomeze kugukomeza Delphine kandi uru mu Dame wamateka
Icyakora ibikomere nibyinshi kububatse ,Imana ijye ikomeza abadamu,abagabo Kuko ntibyoroshye pe.
Ntarirarenga🙏🥺
Saddest story nukuntu uri mwiza disi Imana irakubona mama
Yoo komeza ushikame mumwami,Bazina...ntirirarenga Imana izagushoboza urere abobana neza
Sha Komera mama Nyagasani akurinde akube hafi, kuko birababaje ariko Imana irabizi izakurengera
Ariko yeme ibintu vyarabaye bibi. Ndakwinginze muvyeyi wite kubana bawe ureke kurondera ayandi mahirwe mubagabo. Ubu igikenewe nuko wosenga Imana hama ugatunga umuryango wonyene abana ufise barakwiye.
Mana yanje😢😢😢, sha umubyeyi burya ahoza undi, bajyaga numva nararenganye ariko mana uhabwe icyubahiro. Mfite umwana umwe nakazi ariko kuba ntabana numugabo nkumva nikibazo ariko urankomeje sinzongera kwiganyira. Mana umbabarire kuva uyumunsi
Impore mama. Imana ni yo nkuru
DERIFINE ndakuzi disi. Pole sana
Mana ujye utirindira abana,,ayiiii uzandindire abana Gitare weee
Mbega ubuhamya weeeeeeee Mama urankomeje ubuhamya bwawe Hari aho bushyize pe!! Imana yomwijuru ikomeze intabwe zawe
Adeliphine weee ntuzOngere gukora igikorwa nkicyo witera stresss zabagabo ndagusabye peeee
Mama uwarushe ntaruhuka ntiwabibayemo urumwe ivyukugendana agahinda ukagasazana, gusa imana idutabare tutazabirangirizamo umuzima bwokwisi
There's pain in this woman's eyes, there's sadness and I wish I had anyways I can help but please let's see what we can do🥺🥺🥺
Pole ncuti nziza
Imana Irahari tu.
Nturi agakinisho kabadayimoni
Wihe agaciro,Imana nayo Izagushigikira.
Ibyaba Ndabizi Cyane Nukuri Safari Yaramuhitanye Burundi
Oh tuza mubyeyi urere abobana ibyabagabo ubisibe muri wowe ukore uhe abana uburere usenge uzabaho neza utuje uwomugabo wumusore nabantu ubwabo bamutera kutubaka nkurikije umuryango ufite umugabo wabyihanganira yaba umwe muribenshi courage mubyeyi isi iratugora ariko tuyayivamo
Yebabaweeeee wabaye Intwali Mama Imana iguhe umugisha
Murakoze
Birababaje birarenze, ariko mama Uwiteka yarakurinze bihagije ahasigaye irwaneho urekane nabagabo kandi urimwiza rwose nejejwe byonyine nokubona usaneza gutya nyuma yibyo bibazo byose wanyuzemo.
Mpore maman Yesu aragukunda
Courage Mama tu as des enfants c est un cadeau inestimable concentre toi sur tes enfants que ça ton premier objectif
Dieu est avec toi tu verras
Exactement
Aq que
Umubwije ukuri 100/100 même plus
Humura urashoboye
Co maze kubona imiryango minyarwanda irimwo abantu beza ariko n,abagome pe.umwana wa mwenewanyu aba ari umwana wabo. Cultures ziratandukanye
From burundi utuye Belgique
Wibabara shenge. Kwisi turi kurugendo ibyo sibyo tumaranira, yewe dukomere tuzataha, Uwiteka adushonoze tuzagereyo Amahoro.Amen
Mpore mpore mugenzi. Ivyo bishikira benshi. Courage courage. Nta kure habi Uwiteka atokura umuntu ntaco atogushikana heza.
Murakoze
Yoooo ihangane Deliphine nyagasani agukize igikomere cyo mumutima nukuri nyagasani akwomore
Nukuri tujye dufashanya kuko ibibazo abanyarwanda dufite kagame wenyine ntiyabicyemura ngo abirangize Uyubyeyi nuwo gufashwa 😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭
Nukuri uvuze ukuri
Labele 🥰
Sha ntibyoroshye😂😂😂😂 ndabarahiye atari yesu wenyine waturuhura gusa❤❤❤❤
Nukuri madame rwose wihangane urere abana bawe KD wibagirwe abagabo ugire amahoro Yo mutima ,umubiri nukunanira uzabyereke imana iguhe gutuza.
Umugabo wataye urugo amezi 6 mushobora gutandukana cyane ko nta mpamvu yatumye ahunga .Ntashaka abo bana,nagaruka azabatesha umutwe nawe atakuretse kandi azagucucura usigare wiruka Kigali nk umusazi.Ntazanagukandagirire mu nzu ni umujura,yanga abana,yishakiraga umunezero gusa mu mutungo wawe,Fungura amasoooo naho ubundi kakubayeho"
Iyi nkuru irababaje gusa humura . Ejo hawe hazaba heza kuko Imana igufiteho umugambi. Birandenze kubyumva no kubyakira
Yesu arakora 🙏🙏 uyumumama arakomeye pe habe nokurira kuri camela burya koko umuntu urira ntaba ababaye ndabibonye
Ntasoni !? Umuntu arira kuko yishimye?kutarira c amaranga mutima akaguheramo byo ugahora ubyimbiyemo imbere umutima Wenda kuguca mu kanwa urumva aribyo byiza? Ugira Imana arayabona akarira utarira nawe aba yarabanje kuyarira akageraho igihanga kigakama rero ntukavuge ngo urira aba atababaye abantu ntibakira ibintu kimwe
Uwiteka aguhaye umugisha arakuzahuye kandi ufite umugisha muri abo bana
Urakoze mubyeyi mwizaaa!
Pole sana Mama.Iyi si yuzuye akaga n'amakuba gusa wahuye n'ibishariye kbs.
Uramenye rwose ntuzamugarure uwo si umugabo .Mureke Imana izagufasha.
Azamugarura da!ubuse ubundi yaramugiyejo mwiki umuntu warubyaye kane(
Mukomerezaho dukunda ibiganiro byanyu guyz 🎧🎵🎵🎶🎸🎸🎸🎵🎵🎵📢📢🎙️🎹🎧🎵🎶🎶🎸🎵🎵🎧🎼📢📢🎙️🎹📢🎙️
Imana ikomeze kumurengera kdi izamugirira neza.nukuri Ingo zino minsi zirimo ibibazo usibye Imana yonyine niyo izarengera Ingo
Umuntu niki?????😭😭😭😭😭😭😭
Pore.mama
Isimbi
Hejuru
Pole maaaama ihangane vrmnt
Imana iguhe umunezero utigeze ugira ubuzima bwawe bwose bwashize🙏🙏
Yesu aranakunda cyane muduhe nimero ye uwo mubyeyi ndamukunda cyane
Nukuri diaspora nibagufashe nubundi basanzwe batabara
Humura muvandimwe lmana idukunda urudasanzwe ibyo birahagije nibashaka izaguha nurwabantu kuko byose biri mubiganza byayo komera
Ariko Sabin ubu uraryama ugasinzira koko ko wumva byinshiiii 🙆♀️
Hhhhhh
Ikibi nukumva umuntu ntugire icyo umufasha, ark niba abafasha nibyiza
Aba yamufashije uko ashoboye kuko aba yamwumvirije
Mubyeyi rera abana bawe witurize kd unasenge cyane
Delphine kugeza Ubu ukeneye papa wawe?
Mubonye sinamwanga
Agahinda karandenze weeee😭😭😭😭😭😭😭😭
This is a very sad life story. But one wonders: was it fate, was it lack of family guidance owing to a dubious existence her mother subjected her to, was it the hate her mother's family members showed her or was it a combination of all the foregoing ?
Her life story is a typical example of what a deficient, or complete lack, of Social Guidance can lead to. Otherwise her stolid nature and resilient persistence is admirable. But her too trusting attitude and readiness to forgive a husband who didn't respect or love her in the least is intriguing. Human life is a cypher!
Muri ubu buhamya bwawe bwose wakoze ikosa rimwe ryo gusubirana n'uwo mugabo wawe, umuzi neza
Ubashije kurenga ibyo ubonesha amaso ugakomera umutima imbere haba ari heza.aka kantu ndagakunze cyane.Urakoze Mama Delphine.Imana iguhe umugisha
Uyumubyeyi afite karande zicyangiro kbsa guhera mubwana!!
Pole Mama
Mbega ubuzima ..Muvandi ibyabagabo uzabireke wirerere abana
Uyu mumama nyina yari yamuteye ubutesi
Ibaze gutunda ibitoki ukabyita umuruho?
Wowe wagize amahirwe shahu agusiga ufite uko ungana.
Uzaze nkwereke amateka nibwo uzabona ko ibyo ari ubutesi urimo vanibyaho
Gusa utumye nibuka ibyange untera umujinya
Delphi sinarinziko wahuye nakaga kameze gutya gusa jyawihangana kuko nkuzi ukunda kuvuga macye cyane
Ukuntu uwo mubyeyi ahora yuturije pe! Imana ijye ikomeza abantu
Murakoze
Wibabara shenge, kandi komera Imana iratabara. Ahari kurira kwararira umuntu bwacya impundu zikavuga. Kandi ntacyo uzaba.........komera
Wibabara disi uwiteka niyakwibagiwe iyakoze biriya nibindi izabikora
Komera ihangane pe birakomeye cyane...arko inama nakugira ufite karande yushako uzayisengere izakuvaho burundu..kd nawe ufite amakosa murugendo rwubuzima bwawe...ukunda abagabo ...gushakana abana 4 nikibazo... Kd usenge cyane kbs
Ariko c aba mama babanyarwandakazi ko duca mubibazo koko mana
Mbega ubuzima busa nubwo naciyemo neza neza😭😭😭
Komera
Mpore Maze nanje umuryango warandiye ariko imana nivyose.
Kubwira umwana se ningombwa kuko utabimubwiye ubuhemutse umwana ntagomba kubirenganiramo
Ayiiiii Ikimaman cyiza cane disi Urasaneza Maman 💕💕
Wihangane mubyeyi Ni muhoza ukwandikiye uyu mubyeyi disi ubyavuga nukuri twarakoranye😔
Urakoze cyane muhoza
Madame pole Sana ariko imana ikujimbere ikugirire neza
Subin ababadamu bawe nukuri barambabaza gusa mbamvuze byinshi ariko uwomumama nave mubagabo
U ukeneye. Ngo a Kumarire iki? N ibibazo wanyuzemo
Kumumenya nkakira n'icyo gikomere muvandi
Ndumva ngukunze nakugira umuvandimwe ese nakubonashee
Muduhe no. Ye tumuvugishe
Pole madam !
Pole
Tuza Yesu mubugingo byonyine birahagije
Sha ufite umuryango mugari abana urimo kurera barahagije ngo wishime nukuri,,abagabo bavemo burundu ntakiza wababoneyeho baraguhemukiye barakubabaje birenze ukwemera
Wari warahabaye intwari gusa á la fin kakantu k'intege nke zacu abagore kajemo.Nyuma y'abana bane n'abandi bane wareraga koko wumvaga ibindi byishimo ukeneye ari iby'iki?Erega umugabo nta munezero atanga ahubwo umunezero umuntu niwe uwiha.Malgré tt uri intwari mubatambutse ku isimbi.Uburyo wagiye wiyubaka udategeye kumugabo bishoborwa n'abagore bacye. Imana ikomeze iguteze imbere
Abagore ba kera bavugaga ko kuvuga uwo mwabyaranye kizira ,ariko yari imyumvire ishaje
Mbega ubuhamya weeeeeeeeeeeeee,...........Gusa komeza ukomerere muri Kristo.
Sha abatubabaje Bose Imana izabibabaze
Nabo ntibazabura ubabaza sha
Ntabwo byoroshye.Imana ikomeze ikurembere
Ariko Shaa ntimwitangaz n ubw mbere mwunvis umugabo yabwiy umugore ng Sinigeze ngukunda narimwe .
Kand mwarashakanye huuuuu
Ereg abagabo bubu murabapfyiniraa barabay nabi
Hello,
uyu mubyeyi niyihangane, ariko twifuzako abatanga ubuhamya bajya bagaragaza n'uruhari rwabo mugusenyuka kw'ingo zabo.