NSHAKA UMUNTU NATWARIRA INDA|Icyo nifuza si ukuryamana n'UMUGABO|Jeannette avuze IMPAMVU YABIMUTEYE

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 9 січ 2022
  • Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126

КОМЕНТАРІ • 138

  • @kwizeratv1
    @kwizeratv1 2 роки тому +20

    Sabin,uzaduhurize DJ Brian na samusure, mukiganiro, mbona byaryoha cyane......

  • @LEBRETON7094
    @LEBRETON7094 2 роки тому +32

    Igitekerezo cyo gufasha cyo ni cyiza ariko ndibaza ikibazo kimwe.
    Numvise uvuga ko umwana wawe w'imyaka 4 utarabona ubushobozi bwo kumushyira mu ishuli, hanyuma numva unavuga ko wamenye inzara cyane igihe wabaga utwite kuko inda zakugwaga nabi nta mbaraga zo kujya gushakisha kandi ibyo bibaho twese turabizi.
    Hanyuma numva uvuga ko nta kiguzi ushaka ko wowe uzafashiriza ubuntu unifuza nibura kuba wafasha couples 2.
    1.None ko nta kiguzi ushaka, ukaba wirerana abana 3 nta kazi gafatika, iyo nda yo niramuka ikuguye nabi ntiwaba wishyize mu kaga unagashyizemo abana bawe utazashobora gutunga.
    2. Ese kuba waba udashoboye no kwita kubo ufite, ntibyatera impungenge abashaka kukwifashisha kuko nubwo uvuga ko nta kiguzi ariko ntiwarwara ngo uryame ubabwire ngo abana banjye baraburaye utwite uwabo ngo bahumirize. Ese ntibyaba imbogamizi ku badafite ubushobozi bwinshi bwashobora kubatunga muri 4 nibura mu gihe cy'amezi 12. Kuko twese tuzi ko umubyeyi utwite hari ibyo akenera kurya kunywa, haba ibyo yifuza ibyo byose ni abo babyeyi wabisaba ese limites zaba izihe?
    3. Mu bihugu byateye imbere bareba n'ubushobozi bw'umuntu ugiye gutanga ubwo bufasha kugirango atazagira ingwate uwo mwana atwite asaba ibidashoboka
    Bakareba santé mentale ye, mu bigaragara uracyafite ihungabana ku bwanjye wakabanje ukavura, ukareba niba icyo gitekerezo atari uburyo bwo kuvura ibikomere wenda byo mu bwana bwawe, ariko ukanivura igikomere cyo mu rushako.
    Indi nama nakugira ni ukuganiriza abana bawe, kuko nubwo wowe ubivuga mu buryo bworoshye ariko ntiwamenya uko abana babyumva, kuko ku mwana ukubona utwite yitegura kubona murumuna we. Kubona ubyaye ugatanga uruhinja ugataha wenyine, abana bamaze amezi 9 bakwitaho, ubatuma, bateka bamesa uryame uruka bikarangira atabonye murumuna we akumva ko yagiye mu wundi muryango attention hari amarangamutima yabo ashobora kwangirika, bakaba banatekereza ko wagurishije murumuna wabo, cg se ko wamutaye(abandon) ikintu cya attachement kizaba cyangiritse, trauma yava muri icyo kintu bafata nka abandon ya murumuna wabo n'a culpabilité bijyana(kuki twe yatugumanye uriya akamuta?ese kuki atamukunze nka twe etc...) mwitonde bishobora kuzateza dégâts mu myaka iri imbere ku marangamutima y'abo bana igihe cy'urushako ndetse no mu gushaka cg kudashaka kubyara.
    Ibikomere ntibivurishwa ibindi

    • @bellab1924
      @bellab1924 2 роки тому +1

      Analyse nziza azatwitira abantu kubuntu kandi nabo afite kubashyira mu ishuri byaranze!babona icyo kurya biyushye akuya!

    • @antoinettempaimana2724
      @antoinettempaimana2724 2 роки тому +5

      Urandika peeee ndaranbiwe no gusoma

    • @LEBRETON7094
      @LEBRETON7094 2 роки тому +5

      @@antoinettempaimana2724 impore na cyera na kare inkandagirabitabo zahozeho. Kuba urambirwa biterwa no kutumva neza ibyo usoma.

    • @awesomeman5155
      @awesomeman5155 2 роки тому +6

      @@LEBRETON7094 aka kantu ushyizemo kinkandagira bitabo niko kabi.hhhhh

    • @LEBRETON7094
      @LEBRETON7094 2 роки тому +2

      @@awesomeman5155 hhhhh mu gifaransa baravuga ngo il faut appeler un chat un chat. Nta kundi nari kubisobanura ni ukwita ikintu mu mazina yacyo. None se urambirwa asoma message ubwo yigeze asoma n'agatabo k'amapaje nibura 30, yigeze asoma article imwe se nibura mu kinyamakuru runaka. Ubuse umuntu nk'uwo urumva namubwira iki kindi ni ukwihangana nyine agahangana n'ibihe biri imbere bitazamworohera

  • @chany9950
    @chany9950 2 роки тому +6

    Ntakindi nogusabira atari juru wa muvyeyiwe 🙏🙏🙏❤

  • @ikazetv2192
    @ikazetv2192 2 роки тому +3

    Yewe watekereje neza yego ariko ibyo bintu numva muri Africa bikigoye wenda mu bihugu byateye imbere. Nubundi ntabwo numva byashimisha cyane mugihe wabishyize kumugaragaro gurtya, kubikorera ubuntu byo byihorere rwose. Numva utashoboye kubyara harubwo buhari bwo guhuza intanga....ibintu nkibyo. Naho ibintu nkibyo wabasengera naho ibyo uvuga ndumva ntazi.....

  • @bonaventuresangano8247
    @bonaventuresangano8247 2 роки тому +1

    Mbega ubuzima!
    Abana ni impozamarira, imfura yawe yajyaga kuguhigira utwite, uhita wumva akababaro kuwabuze urubyaro, umuto aje ati nzagutwara mu ndege. Singizwa Yezu!
    Humura mubyeyi bariya bana ni indushyi bazagushajisha neza, Imana yarakoze kubaguha.
    Courage mu mushinga wawe. Nshimye ko kuryamana n'umugabo byo bitarimo.

  • @kay-bt8bk
    @kay-bt8bk 2 роки тому +3

    Icyo ndeba uyu mudamu yamenyeko harimo Cash gusa abura aho abicisha ashaka kubikora nka kazi arko ashaka aho ahera gusa ndabona ari trauma, kuko nawe icyo mbona niba hari ababyifuza bamubanze kwa muganga, kdi muzabigire WIN TO WIN, hazemo n'amategeko kuko leta y'uRwanda ayo mategeko ndakeka yarakozwe ahari, ibi si bintu byo gukiniramo ngo freely 😱😱no way.. Yazaguhangayikisha ukicuza. Mon idée 🤗

  • @jeanmariebyiringiro5847
    @jeanmariebyiringiro5847 2 роки тому

    Courage madame, kwemerera umuntu kumutwarira inda kubuntu ni don ikomeye. ISI yubu ni frw gusa. Que Dieu te bénisse.

  • @nsabimanasamuel614
    @nsabimanasamuel614 2 роки тому +2

    Save uwomubyeyi mubwire yihangane nibwo inkuru yose ntarayumva ariko kubeshywa birababaz cyaneeee

  • @dianeineza177
    @dianeineza177 2 роки тому +1

    Oya Sabin bafata intanga zumugore numugabo bakazimutera akabatwitira. Imana iguhe umugisha peeeeee bless u

  • @jeanbishop8088
    @jeanbishop8088 2 роки тому

    Igiteketezo ufite cyo Gufasha ni cyiza ariko , Umwana aba akeneye gukurira Munda yumuntu stable.
    Umuntu unyuzamo agashaka kwiyahura akeneye special support .
    Gutwita umwana wundi nakazi gakomeye. Ukeneye mental stability ibyo bintu wifuza ubanza utabishobora.
    Iyo ntimba ni nyinshi cyane.
    Nta biryo ufite Ntabufasha byihorere. Urere abana bawe bizakugirira akamaro.
    Ukeneye ubufadha buhambaye
    Sabin, she has special needs therefore unable to help someone else.
    Abana ntabwo bashinzwe kugaburira ababyeyi. Iyo ntabwo ari impanvu abantu babyara.
    Ndunva bitoroshye, ubwose umuntu utanipimisha urumva amahirwe uwo mwana yaba afite niiyihe.
    Indoto zuwo mwana wawe ni nziza ariko ntacyo zagufasha ngo ubashe gitwita umwana wumuntu wabuze urubyaro ndakurahiye.

  • @mukanyandwiimmaculate7096
    @mukanyandwiimmaculate7096 2 роки тому

    Yooo! Imana iguhe umugisha nizeyeko haruzaboneka ukumufasha rwose.

  • @infobrand5808
    @infobrand5808 2 роки тому +2

    Koresha YAGO exclusive interview nibenshi baba bayitegerej

  • @dianeineza177
    @dianeineza177 2 роки тому

    Uyu mudame imana imuhe umugisha . Ibi bintu biba iburaya naho mubantu bari avance.

  • @amavutaamavuta5553
    @amavutaamavuta5553 2 роки тому +1

    Ubwose uwo mugabo waba utwajije iyonda! Ntiyazaza kumva ko umwanawe akora neza

  • @umurerwapandox6858
    @umurerwapandox6858 2 роки тому

    Ohhh pole

  • @kamanzihabyarimana8793
    @kamanzihabyarimana8793 2 роки тому +5

    Wamubyeyi we urimpfura cyane ugira umutima w’Urukundo Uwiteka azagushoboze kuri icyogikorwa cyiza wifuza gukorera couple yabuze urubyaro. Inama nakugira nuko wazahabwa intanga zimpanga noneho ubyarire iyo couple izaba ibishaka kandi Rwose bibaho cyane cyane mubihugu byateyimbere.

    • @ninakabonera6866
      @ninakabonera6866 2 роки тому +1

      Ni wacu birahali Hali umuganga wa bagore ubikora aliko birahenze Ntabwo aru muntu wese uyabona kuko birahenda

    • @JackSon-sl3ct
      @JackSon-sl3ct 2 роки тому +1

      @@ninakabonera6866 iwanyu nihe uyo doctor ninde?

  • @_iTangishaKa
    @_iTangishaKa 2 роки тому +5

    Mana we sha urushako rw’ikigihe nihatari.😥😥😥Arko we mujya muri comments n’ikiganiro kitarangira🥱😂😂😂😂😂 kanda kw’ifoto urebe ibyo dukora” ufashe agachannel kacu. Be blessed dabe ntacyo nabona nkubwira ibiganiro byawe byose binkora k’umutima. Gusa mbanumva abantu bose twaranyuze muri byinshi😥😥

  • @mugenzigilbert1951
    @mugenzigilbert1951 2 роки тому +3

    Uzabwire twibere inshuti maze tuzibyaranire umwana jye nasanze iby'ingo zubu bigoye

  • @pierrenduwimana2799
    @pierrenduwimana2799 2 роки тому

    Ingo sha ndayiguhe. Kandi nzogufasha tumurere gushika akure

  • @zoepaul2463
    @zoepaul2463 2 роки тому +3

    Uru umwana mwiza cyanee 👍 yesuweeee

  • @agasarobeyonce
    @agasarobeyonce 2 роки тому +1

    Nukuri wagize igitekerezo cyiza pee

  • @odetteniyomusaba4789
    @odetteniyomusaba4789 2 роки тому

    Mbega ngo uravugutuje ibigabowee

  • @nkazari
    @nkazari 2 роки тому

    Yago tv show yagarutse 💯👌🙌🙌🙌🙌🙏🙏🙏🙏🙌🙌

  • @nkazari
    @nkazari 2 роки тому +2

    Nkomeza ndumirwa 🤭

  • @amavutaamavuta5553
    @amavutaamavuta5553 2 роки тому +1

    Ufite uburyarya

  • @anatholienyiraguhirwa9413
    @anatholienyiraguhirwa9413 2 роки тому

    Kwipimisha no kumenya igitsina cy'umwana utwite biratandukanye Sabin,

  • @joyinthekitchenjoyce5704
    @joyinthekitchenjoyce5704 2 роки тому

    Uzarebe film yinyakoreya yitwa two mothers uzambwira

  • @meddyshort2732
    @meddyshort2732 2 роки тому +5

    Wow

  • @Yvonne2nora
    @Yvonne2nora 2 роки тому

    Yashyanye numugore we nabana babo pe

  • @hebkaryakar6295
    @hebkaryakar6295 2 роки тому +7

    Ubwo nubukene bukuvugisha ayoyose wakoze imibari wumvako iyo couple watwitira yagutungana nabobana bawe 3 knd bikarangira nuwomwana watwitiye ya couple umwigaruriye! So inaha mubihugu byabazungu bibaho ko wakorana numuntu amasezerano akagutwitira wamara kubyara mukiri kwamuganga banyir umwana bakamutwara wawundi wabatwitiye nawe agataha ukwe ntakumwonsa ntano kuzamubona ukundi
    naho wowe
    1 urumugore wundi mugabo wasenye
    2 urumukene
    3 uri mukecuru 38 yrs old
    4 waba utifashije ngurafasha abandi?
    shakisha imibereho mubundi muryo
    urere abanabawe

    • @lydian5762
      @lydian5762 2 роки тому +1

      yewe, umvugiye ibintu!

    • @christina3039
      @christina3039 2 роки тому

      Nyine mu Rwanda baramutse babyemeye barebera ku mategeko rusange areba icyo kibazo bakabikemura, kuko aramutse anibeshye akabwira umwana ko ari nyina ahita akurikiranwa n'inkiko

  • @grcfifi3223
    @grcfifi3223 2 роки тому

    Sha gutwita birarushya no kubyara ntago byoroshye

  • @sophieuwibambe6836
    @sophieuwibambe6836 2 роки тому +1

    Ariko si na busness nange mbonye umugabo wishakira akabb gusa ntabyamago byaba ari bon

  • @mugishasolange226
    @mugishasolange226 2 роки тому +1

    Pole sana mama

  • @kfkckjcjc2410
    @kfkckjcjc2410 2 роки тому

    Umuntu muzima pe wafasha iwufise ikibazo cyulutavyara mwifashirize.

  • @rindaubuzimabwawe4089
    @rindaubuzimabwawe4089 2 роки тому

    Wawoo uyu mushinga nimwiza nimwihangire imirimo icyambere nuko bagupima bagasanga uri muzima

  • @providencemanishimwe3313
    @providencemanishimwe3313 2 роки тому +6

    Harya gutwira nibiki ubundise ni wowe ubawaramitwise umwana yitwa uwawe iyowamutwise ukumva kunanirwa kumubyeyi ukumva kunu Inda ivuna ukanjya kubise ukababara nibwo nibwo urukundo numwana na mama njyewe kugito cyanjye sinakemera ukuntwitira Ahubwo wabasengera Imana ikaba gutwita Inda zigafata bakanjya kubise bakabyara mana ndagushimyeko wamaye urubyaro ntacyo ugendeye uzahe nabatabafite kubabona 🙏🙏🙏🙏

    • @ninakabonera6866
      @ninakabonera6866 2 роки тому

      Provide Ntabwo arurukundo ni business ashaka gukora kuko ntuzabwira umugabo wawe ngo ngenda uryamane nuliya mugore kugirango tugire umwana kuko na Sarah ntibya muhiliye
      Kuko kugirango mubikore bisaba ubushobozi 🙀

    • @providencemanishimwe3313
      @providencemanishimwe3313 2 роки тому

      @@ninakabonera6866 ngobazanjya bamutera intanga zabo bombi ra nubujajwa Sha nabunjyane hirya inzara iraza gutuma mukora nibidakorwa

  • @Yvonne2nora
    @Yvonne2nora 2 роки тому +1

    Kandi urimfura koko

  • @hitimanavedaste5288
    @hitimanavedaste5288 Рік тому

    Eeeeeee!!! Ntabwo byoroshye pe Uwiteka agutabare!

  • @ingabirebetty7091
    @ingabirebetty7091 2 роки тому +1

    Ngewe ndumva ntarasobanukirwa neza, uyumugore bamutera intanga zumugabo cg bamushyiramo izabombi ndavuga umugabo numugorewe nyirizina? bibaye arukumutera izumugabo gusa sha byababigoye cyereka harukuntu babikora ariko batamenyanye kuburyo habaho Muganga ubikurikirana ariko bo ntibamenyane, kuko ukobyagenda kose bamenyanye umwana akazakura akamenyako akamenyako harinyina wamubyaye yakwifuza kumumenya kandi nuyumugore ntiyabyara umwana ngo amutange gutyo yakwifuza kujya amenya amakuruyuye cg akazahinduka ati nimumpe umwana wange

  • @kimenyialain7339
    @kimenyialain7339 2 роки тому +2

    Reka mbanze mare iki gisheke cyanjye ubundi nze numve🚶🚶🚶🚶🚶

    • @kimenyialain7339
      @kimenyialain7339 2 роки тому

      @@lowkey4507 fresh ,hita umbwira izina ryawe,icyo kizina cyawe ntacyonzi😂😂😂😂😂😂😂😂😂

    • @kimenyialain7339
      @kimenyialain7339 2 роки тому

      @@lowkey4507 king James telling the people😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣😃😂

    • @lowkey4507
      @lowkey4507 2 роки тому

      @@kimenyialain7339 🤣🤣🤣🤣🤣

  • @christineumuziranenge3118
    @christineumuziranenge3118 2 роки тому

    Uwo mugabo nizere ko atari umukanishi kuko abagore benshi njya numva bahura n'ubuzima nkubwo njya numva ngo abagabo babo ni abakanishi

  • @innocentnsengumuremyi5220
    @innocentnsengumuremyi5220 Рік тому

    WAPI KASA URAYOBYE WOWE

  • @amavutaamavuta5553
    @amavutaamavuta5553 2 роки тому

    Ntawamenya impamvu zawe zogutwitira abandi

  • @lolaispure4296
    @lolaispure4296 2 роки тому +2

    Ibi byose biterwa no gushaka nabi... abagore rwose bagomba kwiga gushaka neza apana gukurikira umugabo wese uje mu marembp. Izi ningaruka zo kidashishoza ngo umenye umugabo muzima nikirumbo muri société. Twigishe abakobwa bacu gushishoza. Nabahungu bacu kuba abantu bazima

    • @emmanuelmanzi7219
      @emmanuelmanzi7219 2 роки тому +1

      Ariko se ushatse kuvugicyi koko ubutunzi waburangwa na babyeyi ariko urugo rwiza uruhabwa nu witeka

    • @onlygodknowsall776
      @onlygodknowsall776 2 роки тому

      @@emmanuelmanzi7219 ati gushishoza!! 😃😄😁😆😅🤣umuntu ni mugari

  • @providencemanishimwe3313
    @providencemanishimwe3313 2 роки тому

    Shaka ubuzima ukoresheje amaboko Sha ukure imitwe aho utwise umwana amezi icyenda ugiye kugise urabyaye umwana uramutanze ubwose uwonguwo azitwa mama umugore wabyemera nawe Yaba arikigoryi igihe cyazagera ukaza kumwaka umwana wawe ugize ibyago ukabyara ubazwa ukazanjya ubona igisebe ntamwana uburyo umwana aryohamo umwana nikintu gikomeye utagereranya ninzu cg kukurihira ishuri mugore uzabyemera uzaba urinjiji uzaba utanze umugabo wawe byaruta akabyara hanze

  • @umutoniadeline9603
    @umutoniadeline9603 2 роки тому +4

    Nange ndamushaka Sabin undangire

  • @bellab1924
    @bellab1924 2 роки тому +1

    Ibi urabivugishwa n'ubukene ndakurahiye.Abo wabyarira nabo niyo nta nigiceli wabasaba wabazonga kugera bashaje. Bagutunga kugera no ku ikariso

  • @jeanbishop8088
    @jeanbishop8088 2 роки тому

    Oya pe byihorere ntiwabishobora.
    Usabe ubundi ubundi bufasha ukeneye nko kurera abana bawe bwite.

  • @ninakabonera6866
    @ninakabonera6866 2 роки тому

    Sabin ni business yabibonyemo kuko Ntabwo arubuntu aragirango bazamwishyure kuko abibona abohanze birahali kandi urabahemba !

  • @charlesmunyankindi6398
    @charlesmunyankindi6398 2 роки тому

    Sabin uzampuze Nico Miami w, I am a azambyarire

  • @pierremanirakiza8429
    @pierremanirakiza8429 2 роки тому

    Icakora icogikorwa niciza.

  • @amavutaamavuta5553
    @amavutaamavuta5553 2 роки тому

    Ni cash
    Cg uburaya

  • @yvonneyvoone7898
    @yvonneyvoone7898 2 роки тому +3

    Uracyahunyabanye shenge, banza witonde uzafate icyemezo umaze kumera neza

  • @JackSon-sl3ct
    @JackSon-sl3ct 2 роки тому

    Sha sinciye imanza ariko ntabwo mbona ko ashaka kubikorera urukundo kurusha cash. Gusa ufashwe ubone ubushobozi ukorr urere abana neza.

  • @narcissendatimana1673
    @narcissendatimana1673 2 роки тому

    Narcisse

  • @alcoholdisque6400
    @alcoholdisque6400 2 роки тому

    Abanyarwanda bahindiye ntakigenda basigaye bavuga ngo biragenda

  • @tekanezaviocheftv1949
    @tekanezaviocheftv1949 2 роки тому +1

    Gutwikira umuntu ahazabueaya aziya bakuriha35000& wenda nukobabikiramukinyegero polisi ntivyemera arikohoho bitandukanye nawe kuko bagutera imbuto zabo2 none wewe uziba ufashije murinze gusanbana numugabowabandi wapi ivyowapi ivyogutwita imbutozabo babiri baziguterakwamuganga ahosawa hama kurigusa ntibibaho kuko umwanarimunda ararya yitabwaho🤣🤣🇧🇮

  • @amavutaamavuta5553
    @amavutaamavuta5553 2 роки тому

    Nkurebye mu maso urasanku muntu utakorera Ubuntu!!

  • @kayitesijosiane9469
    @kayitesijosiane9469 2 роки тому +2

    Mbega ndatunguwe nokumva umuntu udashoboye nogutunga neza abo yamaze kubyara none ngwarifuza kubyara abandi mbashije kumirwa

    • @chany9950
      @chany9950 2 роки тому +2

      Wewe ntiwumvise neza ikiganiro gisubiremwo neza ubashe kucuva

    • @allymimi8789
      @allymimi8789 2 роки тому +1

      Nugufasha ababifiteho ikibazo. Always pay attention@Kayitesi josiane

  • @yvesbyiringiro2615
    @yvesbyiringiro2615 2 роки тому

    Mushyireho nimero yuwo mumaman

  • @julesnumugabo3009
    @julesnumugabo3009 2 роки тому

    Number uno

  • @mrich073
    @mrich073 2 роки тому +1

    Am the First

  • @stephanielecompte4666
    @stephanielecompte4666 2 роки тому

    Huuuuu

  • @talentsshow2507
    @talentsshow2507 2 роки тому +1

    Hello guys ndakwinginze kanda kwifoto yanjye wibuke gukora subscribe mwizihirwe n'inganzo cyane.Murakoze muri imfura cyane

  • @charlesmunyankindi6398
    @charlesmunyankindi6398 2 роки тому

    Ndashaka inumeron zawe

  • @amidangirente5173
    @amidangirente5173 2 роки тому +1

    Uyu ndabona ari ubutekamutwe bgo kwishakira ubuzima. Mbivuze kuko ariwe waje kubyisabira birashoboka ko iyo nda bayimutera agahinduka agatangira guserereza abo yabikoreye abatesha umutwe ngo bamuhe indezo.

    • @providencemanishimwe3313
      @providencemanishimwe3313 2 роки тому +1

      Uvuze neza mama

    • @mephone99
      @mephone99 2 роки тому +1

      Indezo kandi umwana atari azoba amufise wew nugutwara inda avyaye akamuha uwo muryango

    • @providencemanishimwe3313
      @providencemanishimwe3313 2 роки тому

      @@mephone99 uyumugore numukene ninde wabyaye umwana akamutanga c wabibonyehe mama Uzi umwana wagusekeye ariko uburemere bwogutwita urabyumva yitubeshya Sha

    • @mephone99
      @mephone99 2 роки тому +1

      @@providencemanishimwe3313 bibaho cane gusa abandi basaba amahera ariko ndabizi mubihugu vyo hanze .sibeshi kuko sigikorwa coroshe ariko bidasigurako atawabikora .

    • @amidangirente5173
      @amidangirente5173 2 роки тому

      @@mephone99 nanjye navuze nti bashobora kumutera iyo nda ubundi akisubiraho ashobora no kumutanga ubundi akazahora abatesha umutwe ngo umwana we cyangwa akanabasebya. Murikigihe umuntu yarahindutse.

  • @yvonneyvoone7898
    @yvonneyvoone7898 2 роки тому +3

    Ese ko numva ibyawe nabyo bitarajya kumurongo wabanje ukiyubaaka ukaabona kubaka abandi

  • @Joshua-1725
    @Joshua-1725 2 роки тому

    Ibi bintu harimwo ubugoryi bwinshi elle ne comprend rien ni le journaliste ni la Dame

  • @irmatsiko6387
    @irmatsiko6387 2 роки тому +2

    Ndakapfusha rukara

  • @hitamungujeandamascene5710
    @hitamungujeandamascene5710 2 роки тому

    IRIYA MINWA YATWITSWE N'URUMOGI CYANGWA LIQUOR !

  • @burabyoyvaneric7012
    @burabyoyvaneric7012 2 роки тому

    Hhhhh

  • @alinetv9829
    @alinetv9829 2 роки тому

    Sabin mwanyimye cash nansindiye😏

    • @francoiseuwamahoro7079
      @francoiseuwamahoro7079 2 роки тому +1

      Hhhhhhh ako ka emoji urengejeho karanyishe hhhhhhh

    • @alinetv9829
      @alinetv9829 2 роки тому +1

      @@francoiseuwamahoro7079 hhh byanteye agahinda byihorere

    • @ISIMBITV
      @ISIMBITV  2 роки тому +13

      Mwiriwe neza UWERA? Utwihanganire twagize akazi kenshi turibagirwa, ariko amafaranga yawe 10,000 Frw yakugezeho. Warakoze kwihangana👊Uzakomeze ukurikire ISIMBI TV 📺

    • @abegadarl4716
      @abegadarl4716 2 роки тому +1

      Ngahoo ahubwose aya mafrw mwayatsindiye nazubariye hehe ko ntajya mbura kw'Isimbi🤭😂😂

  • @jeanmariebizoza654
    @jeanmariebizoza654 2 роки тому

    Sabin yambuuu,niho nkicumviriza ikiganiro,nta nakimwe ndumviriza!!! Mfita umwana nise BAMAHORO Maïa Thalia, ndaza kumara ikiganiro kuko ndi mu kazi,bref numvise, ubwo Sabin ntibizagusenyera pe? Je myaye Kane! Sindumva neza ,ariko ubwo ntibizaguhahamura Sabin ko uvyitaho cane ? Mazigihe ngukurikirana! Utazatirimuka kubera ibiganiro

  • @tsindaalpha7583
    @tsindaalpha7583 2 роки тому

    ARIKO SE UWAZAKUBITA UMUGORE KO NUMVA NATANZWE

    • @lolaispure4296
      @lolaispure4296 2 роки тому

      Hahahah harimo iki se? Ni swing se cyangwa niko urema igitinyiro

  • @davinamuhozi566
    @davinamuhozi566 2 роки тому +2

    None se ko ashaje ntiyabyara umwana wingoroji koko mubihugu byateye imbere ntamuntu ushaje utwitira abandi atari young nukuvuga ushaka umuntu usobanutse

    • @martheu.8043
      @martheu.8043 2 роки тому

      None se ubu aracyabyara?

    • @chany9950
      @chany9950 2 роки тому +3

      Oya ntabwashaje afise imyaka Mike cane ni 34 uruva kwarimike nikuberayaciye mubuzima butoroshe

    • @lolaispure4296
      @lolaispure4296 2 роки тому +2

      Icyakubwira ko gutwita bidaterwa nubutoya cyangwa numubiri uteye hurya cyangwa gurya. Imana niyo itanga abana. Benshi babuze urubyari baturuzuza 30 kandi uyu aracyafite amagi ye yose imyaka 34. Icyakubwira ko abanyabibazo babyara neza abana banakomeye kurenza abo ngo bujuje ibikwiye mu bazungu

    • @mireilla2954
      @mireilla2954 2 роки тому +8

      Muvandimwe gutanga igitekerezo ni uburenganzira bwawe ariko gukomeretsa uwo ubwiye nabyo si uburere bwiza.kwita umuntu ingoroji ndumva atari ijambo ryuje ikinyabupfura.

    • @mukanzizarebecca794
      @mukanzizarebecca794 2 роки тому +1

      Uyu Mubyeyi yarakoze gufasha Abatarabyara ariko Gutwitira Mubikomere nkabiriya by'Urwango hagati yuwo bashakanye
      Igikomere yateye uwarigiye kumusaba maze akamucicira muri Kigali
      Ibikomere by'inzara
      Ibyo byose bigira ingaruka ku Mwana uri Munda
      Umwana uri Munda akenera Care ndetse no kurya indyo yuzuye
      Mubyeyi Imana ikomore kandi Yesu arabishoboye
      Sanga Yesu akomore ibikomere kandi Azi guhindura amateka

  • @hitimanavedaste5288
    @hitimanavedaste5288 Рік тому

    Eeeeeee!!! Ntabwo byoroshye pe Uwiteka agutabare!

  • @stephanielecompte4666
    @stephanielecompte4666 2 роки тому

    Huuuuu