Nubwo NDI UMUGENI kwihangana Byananiye😭MU IJORO RY'UBUKWE nanze KURYAMANA n'UMUGABO💔ndasaba DIVORCE😳
Вставка
- Опубліковано 5 жов 2024
- #SHYIGIKIRA_BIBILIYA_0788304142
#Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
Watangiye ikiganiro numva ntagukunze ariko kirangiye ndi kurirana nawe,muvandimwe 😢Warahuritse muntu wanjye mbabajwe no kuba ntacyo nakora ngo ngufate ku rutugu nguhumurize,nibiba ngombwa turirane ariko Imana iriho ndagushyira mu isengesho ryanjye kibondo.Warahemukiwe kdi ugaragaza kwihangana bidasanzwe.Nibazaga impamvu utamwenyura na mba ariko mbonye ubusobanuro warashishimuwe nka za ntama Yesu yavuze ariko komera .Ntukihorere na mba utazatuma Imana idahana iyo mburamumaro wahuye nayo.Yireke izumve uko Imana ikosora
Nkunze amagambo meza cyane uvuze❤ kutihorera. Thanks
Mbega amagambo meza ndagukunze cyn
Ihangane ntabwo ariko bizahoa nisaha itaragera ntacyo uzaba
Pole mama. encore Pole.
Pole sana umukozi wimana imana,ibane nawe
Yesu ashimwe Jeanette! Komera nukuri nshimye uburyo wafashe icyemezo gikomeye ariko gishoboka kubana n'umugabo nkuwo si ibyabose kuko n'ubundi nta rugo ruba ruhari wafashe icyemezo kikubereye ubyubahirwe .Merci
😢😢😢😢😢Maskini pole Warababaye ikimbabaje cyane nukuntu turira ngo ntababyeyi namwe mubafite mukaba nkatwe
Sh nakintu cyibabaza nko kujyira ababyeyi nibagire icyo bakumarira birababaza cyane nanjye nibwo buzima mbayeho ariko numuntu iyo abimbajije agahinda karanyica kandi nacyo mbuze
Sh niba ari ukuri UBUGARE BWAWE simbubona ahubwo ibyo wanyuzemo waragerageje kbsa.Impore shenge❤
Ariko abantu baca imanza mwagiye mubanza gutekereza kabiri! Ubu se muba mwahaye agaciro amateka y,umuntu! Uwagize Imana agasanga inzira ziharuye, akavukira mu miryango mizima ajye avuga aziga! Kdi ikindi nubwo umuntu yaba mayibobo cg akaba umunyabyaha ntibikuraho uburibwe bw,igikomere! Imana itwihanganira twese buri wese agira inenge ze!
Bihorere bace imanza,gusa igitondo kimwe harubwo bazajya babyuka bagasanga ibyo bishingikirizaho nyirabyo ya yimuriye ahandi.
Yemwe kuvuga gutya n' amahane si we na we ,ni ibikomere byuzuye ,aribabariye rwose....
Komera rata❤
Sukose siwe rata
Yarahuritse!!! namwe mubyishyireho mubyumve ni ukuri kdi niko ijwi rye rimeze.
abantu bamwumva yarahuriitse😭😭 ibikomere nibyinshi pe aruwawe wabyumva bakureke cyakora turize
Impore rata ihangane ibyo uvuga ndakumva kabiri gusa Yesu wakurikiye aromoro kd ajya yemerako byose bidushyikiraho kugirango yiheshe icyubahiro rero ubuhamya bwawe umuntu ufite amatwi yakumva neza kd akiga agafata naho abari kugutuka bo bajye babanza bumve neza barekere gutukana pole Jeanette
Komera Mukobwa mwiza warakomeretse ariko ko ukiri muzima hariho ivyizigiro cnk ivyiringiro ariko Mana bigendagute ngo umuntu asenga ahure nibibintu???ntunamuhishurire basi??ntaninzozi???😢😢kugeza bigeze kururugwego???ariko Mana ntawukubaza ngo ukozibiki??habwicubahiro uyumukobwa uzomwomore ibibikomere kuko niwewe ubishoboye wenyene Amen from Burundi
Ariko nkamwe mutuka uyumukobwa ninde wabana nuyumwesikoro wumugabo wakabaye warabyanze mutaranjya imbere yimana kuko imana yabikweretse kare ijisho yaguhaye ntaryo ryakumariye, ntuba warikwemera igisebo kare igisebo ntawe cyishe urwo rugabo ndumva narukubita, ndababaye.
Mwumve uyu Mukobwa mwimufatanya n isi kuko afite ibikomere gsa Yesu azamwomore.
Ese watubwije ukuri icyatumye umwanga ni igiki?
Mbega Umubabaro we 😭😭😭😭😭 disi yashakag kubaka
Ahura numuzima mubi 😭 Icyampa Imana ikakumpera amahirwe y'Ugukunda kuko wakubaka
Imana izakumpere Andi mahirwe bambe
burya ukuri ntacyo gutwaye basore bacu Mwuzure ukuri Kuko ukuri ntikwica umutumiramo
Ariko Nyamumeka muge murek gucira abantu imanza!!! Wowe ukomeretsa umuntu ngo ningare…!! Ngo ngo nubwibone!!!! Huummm utabushya abwita ubumera ubu se ibintu arimo kuvuga murabona arimo gukina!!!? Mwagiye murekagukinira mubikomere byabantu!!!!!!
Apuuu ntago byoroshye
Hhhhhaa kigalli umucelli
Burya rero ntacyo muzi umungore Wingate niwe wubaka kbs muzabicunge kubara muribyose pe kd mwiterambere ryingare ririhuta cyane kbs
Hoya Ibyo uvuga nukuri ubugare nacyo butwaye pe uzatinye umukobwa wemera buricyimwe cyose ujya iyo bijya nagahunda ye
Iyo umuntu avuga ibyamubayeho arakaye ngo burya aba atarakira ibikomera,byaba byiza yicecekeye akazatanga ubuhamya Imana yaramuvuye ibikomere nibwo abasha kuvuga nkuwababariye abamuhemukiye kandi anezererewe urwo rugendo Yesu yamucishijemo bigafasha n'abandi!
Yego rwose
Ntabwo arakira , kandi bamukoreye amakosa kuko gukena si ingeso
Nshuti warababaye ariko humura Yesu niwe womora inguma azakomora iyo umugabo aza kukubwiza ukuri
uko ahagaze mubyukuri ntiwari kumwanga .humura ibi byumva cyane uwo byabayeho komera
Ð
Burya,ivy'Imana yakubwiye ntiwabitahuye ariko wari waburiwr.Imana yakubwiyeko ivyanyuma biruta ivyambere ububi
Nonese Toyota itwaye iki?, twe ko twagiye namaguru ntidusazanye nabagabo bacu?
Suko se 😂😂😂😂😂😂😂😂😂
@kanyangemediatrice4598Nuko yari yaramubeshye ko ari umukire
Reka.maze numve
Yego ra.
Hhhh hari nabagenda na moto toyota ahubwo nicyangwe😂
Ariko udusore twubu we ubgo yari azi nyine ko ari wowe uzishyura byose. Jeanette warakoze kuva muri urwo rugo utanaryamanye nuyo mutekamutwe
Ndumiwekoko. Abavugako. Uyumutu. Afite. Amahane. Ibibyamubayeho. Birenze. Ibitekerezo. Wowe. Uvugako aringare. Bikubayeho. Wakoriki. Nokubasha kubivuga. Bimuruhura mumutwe. Warakomerekejwe. Pole
Mana yanjye 😭😭😭, ntabwo nshyigikiye divorce kuko bibiriya itayemera ariko wahuye nakaga gakomeye cyaneeeee,Uwiteka utibagirwa imirimo akurengere. Akurinde icyazatuma ubura ubugingo pe 🙏🙏🙏gusa ndakeka ko abakwanditseho ibigucira urubanza batumvishije ubuhamya bwawe bwose, ariko komera wiyongeremo imbaraga usenge nubwo aruku biri Uwiteka arikumwe nawe.
Iyo utaryamanye n,uwitwa umugabo wawe nta Serrano rya marriage riba rihari. Uzahore ushimira Imana yakurinze kubonana na we. Vayo imbere y,Imana nturi umugore we. Nta rubanza rukuriho
Uyu mukobwa yahuye n,ikigeragezo gikomeye. Ntiyabashije kwihangana. Hari ubundi bukwe nzi nk,ubwo, abasore bagiye bakora nk,iby,uwo musore. Cyakora couples zarihanganye ubu barubatse. Abantu ntibihangana kimwe. Mukobwa komeza usenge Imana igufashe. Jye sinagucira urubanza.
Jye sindumva ikibazo nyacyo yagize
Mana yanjye we komera cyane warahuye uwiteka we ujye urengera urubyiruko pe
Yesuwe wamukobwawe uyumugabo koyaguteye umutimamubi yarakwandujep komera isintisakaye gusa ujya ukomeza usenge wegere imana cyane
Mubarokore haba abasore b abatekamutwe cyane ariko byagera mu bukwe ho bikaba bibi bazi kuwuteka pe ndabazi bigera mu bukwe nta kintu bafite bitwaje ngo Imana yaravuze sha ihangane pe
Aravuga ubuhamya nkuwuzuye amahane uyu mu Sister😀 komera Umwami Yesu akugenderere Iyo umuntu ahuye na Yesu umutima uracya
Ese ubuxima yaciyemo urumva ibyishimo byavahe ahubwo aragerageza
ibikomere byubuzima ni Yesu ubivura wenyine ariko harigihe unyuramo kuvuga neza ukaba utakibishobora nukuri
Yesu ashimwe!
Yesu akiza na za karande mbi, Imana nta kiyinanira. Uhamagara Imana ntaba ata igihe.
Imana ihabwe ikuzo ibihe byose.
Muvandimwe, warakomeretse komera Yesu azakomora! Iri joro urimo naryo rizacya witinya, humura Imana ikubereye maso!😢
Mukozi Wi Mana Komera Imana Izaguhoza Amarira Najye Ibyakubayeho najye byambayeho Ihangane najye ndakomeye
Kandi umujura ajyakwiba Arubutunzi uwo ntiyarumugabo ushaka kubaka ahubwo yarintumwa yasatani kubuzima Bwawe komerarero usenge icyambere nubuzima
Ooooooh my God mbega akaga nshuti yanjye warahemukiwe nukuri Kandi humura
Imana niyo imenya byose
Ihangane muvandi Imana izagushumbusha kd mukomere
Mana ugutera amabuye sinzi icyo yitwaje chr natashye ubukwe nkubwo 😢ariko twese twatashye tuvuga tuti iyo dutahana umukobwa wacu uramaze uramaze niba utararyamanye nuwo mugabo Imana ishimwe abavugako wari gutuza ntibumvise ubuhamya bitonze iyaba Ari umuntu wakubeshye byibuze kubwimpamvu zuko agukunda akavuga Ati nanze ko naguhomba ibyo byari kumvikana ariko ntampamvu yo kubyinira mumarangamutima ndagukunze vraiment nubwo ntakuzi Gusa Imana izakomora inguma humura Gusa ntanubushege numva ufite mumivugire kereka niba uzirako uvuga wihuta ariko courage
Impore weeee😢😢😢😢
Pole mukobwa mwiza abatabyumva ubwo sibyabo peee
Komera cyane Sister Yesu utampeze nk'abantu akuruhure umutima , ndakumva cyane❤❤🙏
Jeannette, uri umuhizikazi. Ndakwubashe cane. Bravo 🎊. Ni benshi batashobora guests ivyemezo ni nk ivyo wafashe. Uyo mugabo yari yuzuye satani gusa.
Ariko kukwi Rib idafunga abantu nkabo
Wa mugani umuntu ajya asenga akanaseba pe birababaje cyane
Sha bibaho
Wafashe umwanzuro mwiza , wo kubivamo uwo musore yari kuzagutwara atyo iteka.
Gusa kwumvira abahanuzi cg inzozi si byiza
Muge musenga mwirukana abatekamutwe .
Kandi ushake umukozi w ‘Imana akwiteho ukire ibikomere .
Uzabona umusore ufite urukundo
Nanjye ndumva yarakurikije inzozi nyamara Ibyo turose rimwe narimwe nago ariko bisohora Uyu yakurikije ubuhanuzi kandi rimwe na rimwe baratubeshya
Reka mukorogo nubwontabonye ubwobukwe ariko ntamugeni ukurimwo uvugana ubugare,ubwibone,nubushinzi ntagucabugufi ufise Ahubwose uyumugabo yarikugushobora?
Ariko amagambo amwe bajyenewe kumunsi ntarayazuza
Ni imbobo ntakijijwe.
Ariko Ubundi Plaisir ko yajyaga yakira abantu bazima,uyu we yamutoraguye he?😊
Sha ni ukuri ku Imana Edouard ntiyigeze aba umucuranzi pe ntanaho yigeze yegera piano cg guitar habe na Symbale .ikindi niyo Chorale iririmba wari kuba uvuga ko batabikubwiye .gusa warahuritse kuko wahuye n'umutekamutwe .
😢😢😢
Sorry for what happened to you- May God restore everything you lost
Ariko nkubwo ko yavuzeko atakandagiye mw’ishuli izi zindi z’amahanga urabona ari buzumve ate? 😮 kuki mwuzuye ubujiji Abanyarwanda b’iyi minsi?! Ninde wababwiye ko kuvuga icyongereza ari ubusirimu kuburyo mubikoresha naho bidakenewe? Wigaye
@@km9737 mpise nseka, ahahahahahaha
Ntacyintu nacyimwe Imana. Itemera. Urasenga. Ugaseba. Imana. Iduhe Kugwiza imbaraga zumutima. Iturejyere
Ntukavuge gutyo muko ahubwo nawe ntiwamukundaga wasanga haribyo warumukeneyeho urabibura ntabwo gukenda muriyo modoka Ari bibi baba nawe Sha uzaze nkuganirize ibyanjye bizatuma uca bugufi ubuse ko natashye munzu itagira intebe .ubuse sinicaye mumadiva .twasezeranye numugabo mugihe turi muri respution nyirinzu yari yayifunze ngo ntituhatahe kuberako umugabo yaramurimo amezi 2.kubwo kwihangana nugutuza ubu ndimuyanjye mfite nizabapangayi.wowe warirwaniriye ureba kubifatika cabugufi usabe umugabo imbabazi
Ariko namwe murasonga umuntu erega gukena bibaho kandi mukaba mwanaganiriye ntiwumvako umuhungu yakoze ikibi yagiteguye???ntiwumvako vyose atari ubukene ahubwo arububi umuhungu yariyateguye???wewe nimba vyaratangiye bimeze nabi ubu bikababimeze neza ntibisa nivyuyu
Erega amahirwe y'inyamanza ntabwo ariyo y'inyoni zose! Kdi kuba yarakimezaga kwigira nk'aho ntakibazo afite akagaragaza ko pesa zihari ni cyo kibazo
Uyu mugeni aracyafite ibikomere byinshi ariko ni intwari pe.umugeni,wanze umugabo ?
😂😂😂😂😂😂😂 rek nisecyer ahubw aratinyuk akavuga ngo Toyota nnex abagend namagur ntabw bubaka ahubw uri umwirasi
@@NizeyimanaFortune-n6pnawe uzirate nkawe
Ariko harigihe Imana ibyemera kowiga abarokore ntukababwire akantu kakubaho bakuguseka ariko mwibuke ko Yobu inshuti ze zamukobye gakeya! ntimukabitindiho
Jeannette sorry mwijuru dufite Imana yomora ibikomere .... Nanjye ndumuhamya wo kubihamya kuko naramwambariye..
Ubuhamya ni bwiza ariko uwo munyamakuru azashake umugabo w'uyu mukozi w' Imana nawe amuhe ikiganiro bityo abakurikiye bamenye ukuri.
Yesuuu weeee😢😢😢Jaja pole Sana Yesu nakubeho mwizaa
Sha mpore cane kabisa warakomeretse bihagije ,abariko baravuga uko bishakiye bareka mukirundi ngo :uwutaraburogwa agirango noburogwa nobunya, uwo batarabesha ntarumva uko bikomeretsa umutima😢😢😢muzombaze shaaa😢😢😢komera mukobwa
erega mwivuga gutyo kuko buri wese abafite ibyo yifuza ndetse yanasengeye, mwivugango kuki yagaye Toyota ntawanga ibyiza bavandi!!!! mwimurenganya rwose
!! nubu kuvuga gutya bisa nkaho afite amahane wasanga ari nibikomere😮
Ibyo uvuze nibyo knd Erega buriya buri muntu wese agira uko ateye
Nabanje kumva nanjye nanze uko yatangiye yego agira amahane amaze guhura n'imiruho y'urugo ntabwo umugabo yamushobora ariko bikomere bye bifite ishingiro ni umwana wakomeretse akiri muto ni nayo mpamvu avuga nabi byamukukiyemo uretse Imana yonyine izabihindura ibintu bitahindutse yarakijijwe guhindura ton ye bizagorana kandi urugo rugira byinshi bisaba no gushyiramo imvugo idashaririye
Kubaho nabi byigisha abantu ubugome kandi abantu bahuye nibikomere kuberisi mbi bamaze kuzura mwisi Mana turengere 😢😢😢
Abatekamutwe ntaho bataba ahubwo bo nuko batazikuwuteka ngo batere amada abakobwa babate nkabandi bagashaka ingo ubwo ibibi cyane nibihera?
Isi si mbi,abantu bayituyeho nibo babi mon frère😢😢😢
Umwami Yesu christo 🙏yongere kukugenderera bundi bushya 🙏agucure yongere kugucisha bugufi ubugare bushire mu izina rya Yesu🙏
🫢
Ahaa nta muhanuzi mbonye aha🙄 arko Plaisir rwose,Ako kanwa ntikavugira Imana rwose
Muvuze nabi Imana ibabarire niki avuga kitamubabaje.
Ariko ubugare murikubukurahe murikuvuga umuntu azire uko avuga Niki cyinenejeje arikuvuga kuburyo avuga neza
@@mutuyimanaverena6996Bihorere isi ntisakaye 😢
Pole sana Jeannette gusa Nyagasani niwe uhoza amarira warize 😭😭
Ndangije ubuhamya ndimo kwibaza umugabo washobora umugore nk uyu w ingare uwo ariwe !! Mwakoze ikosa ryo kutaganira neza, umusore nawe akwiyemeraho akurikije uko yakubonaga kandi ni ibisanzwe hari benshi babeshywe kandi bazicayemo. Ngo utumiza nyokobukwe n abavandimwe b umugabo kuko batazanye Fanta? Usenge Imana igucishe bugufi ujye uvuga nk umugore w umutima
Nisimba rubebe urabona avuga nk'umuģore canke nk'umurokore😅😂😅
I want problems always 😂😂😂
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂 ibuye ryagaragaye ntiriba ricyishe isuka gusa lmana ijye iduhe kwisobanukirwa pe mugihe tugeze kuri camera 😂😂😂😂😂😂😂
Shn ndabona naw utoroshy pe ntabw ushobots abagab baragow
Ariko .mana ubuse ko ko arakijijwe.cyagwa.numusazi
Sha ivyondavyuva cane kukovyambayeko nanj nahobitagezaho mana birababaza can nukuri arikomwijuru harimana ikorapeee gusanukomere pekuko uvuzivyambayeho vyose yesuwe iyisirigisha nukuri shabinyibukije kurepe 😢😢😢😢😢
ihangane yesu araharipe bampe
Nimeroyawe
Pole sana mukobwa wa Yesu !
Nukuri uravugana igikabwe,nibakoko uri umuchristo uzagerageze uhindure
Abahanuzi benshi mbona bagaragara nk'ingare 🤔
Ibi Bintu nibyabaye canke ni film!!Nimba Ari ibyabaye Imana iteye ubwoba Kandi irishure Imana yemeye kuricamo ngo ribere isomo abandi batarashaka Kandi yerekana abapagani bo mu Rusengero.Pole mukobwa Imana yarabona ko uzabyihanganira Kandi ndizeye ko inyuma yibi izakugirira neza.Plaisir Yesu aguhe umugisha kubiganiro byiza utugezaho amasomo menshi kubagomba kumenya ibibera mw'isi
Wamukobwa we komera Imana izaguhoza amarira, umuntu arasenga kandi Imana ikabyemera , iryo n ishuri ariko Imana izaguhoza yikomere ho
Jyewe ntabugare mbona kuko aravuga nkuwakomeretse
Yego uravuga ukuri wenda niko asanzwe avuga, nanjye ntabugare mubonamo ahubwo asobanura neza ibyamubayeho.nukuri uyu mukobwa avuga ashize amanga.she’s confident and strong woman ,l like her
Komera nshuti,kugera kure siko gupfa kd nanjye byambayeho ariko ubu Imana yanyubakiye urugo rwiza,iyankoreye ibyo ishimwe nawe yabikora..
Amenaaaaaa
Amen 👏
Uyu nimubi sana ntababeshye ngo numunyamasengesho rwose ubwo uhamya nubwo himbye umugabo avugako bakoze ubukwe ntibararane baribasanzwe babana munzu atubeshyako Ari musazawe plaisir nziko amaso yu mwuka uyafite uwo mugore maman ketiya uza kubatuburira koko SI nababajwe nikinyoma mumeze gucyo nababajwe no kuza kubikorera kuri zaburi nshya iyajya kubeshya ahandi najyaga kwihangana
None ngo mama afite umwana c kandi ngaho da Gusa nanjye uburyo yasubije urya wambere inkwano nago yahasobanuye neza pe
Urimo urabihakana SE waruhari muvandi?
jeanet ihangan imana izokushumbusha naho ntaramnyako mukibana hama yesu akwiteho agukiz umubabaro wagiz,hama nshaka kumnya gateau yasigiw numu chr wie wubwamber uko vyagnze nuko vyagenz mugih yamuhevy ingen yamubwiyko yamuhevye azobitubwir mur part 2,plaisir yesu aduhan umugishaa,amen
Humura kandi komera ndahamya neza ko ishuri ryawe nuryiga neza ukemera kuba ikibaho abomwasenganye bandikaho ibyo bishankiye,hari Imana itanjya itererana intore zayo,komera ibibi byose kuri wowe bizashira,nabacamanza ntubateho umwanya abagowe ni ba Erifazi nabagenzibe batazabona inshungu yamagambo bazaba baravuze.ndashishikariza abarikugucira urubanza muri komenti ngo basome amangambo Imana wabwiye babagenzi ba Yobu ,ubwo Imana yari yibutse Yobu.
Muvyukuri warababaye ariko wihangane nturiwenyene ariko Yesu nabonye amara imibabaro
Umva komeza wihangane nakindi nakubwiraa gusa butiya harimpamvu Imana yemeye kobikubaho❤❤ gusa Mubuzima harabantu bafite umutima mubiiii bikabije
Jenny komera Imana muri kumwe nanjye sinjya nemera gusenya ariko haribyo umuntu yumva ukabura icyo uvuga ujya kuvuga wese ajye abanza abyishyireho cg avuge ati ari umwana wanjye byabayeho nakora iki? Nibwo ibintu mwabiha agaciro impore impore nyampinga baho wongere ubeho
Ndababaye mbuze ico mvuga pôle Sana mbega mu babaro we buzima bwawe bwose Yooooo. Birambabaje ariko ntaco ko wamuhevye kuko iyo umujako wofanye umubabaro ndagushimira ko wa muhevye. Uzoronka uwawe uwontiyari gwawe nibibwa nibihimbiri
Mbega ibara. Impore shenge.
Pole bambe ❤ ufite ibikomere byinshi byakugize ikinya disi😢 wanyuze muri byinshi komera
Imana izaguhembure
Abakobwa Bose bazi kwihagararaho nkawe. Igisuzuguro cyabaho
Mwizkna rya yesu pole peese
Pole
Abagabo barashaka ahubwo iyi ngare y'umugore wayitunga mu nzu gute? Uravugana ubugare ,ibaze ahangamye umugabo....
Subugare numubabaro sha utaranigwa agaramye agirango...kw'atari ww vyabayeho nico gituma umutuka ubugare,mureke Data wa twese ni we se wiwe ntiwagirize umwana kwa se...
@@gloriosentakirutimana7499 ariko kuki twunva ko abagabo bakora byose,nitwe twisuzuguza.gukodesha Toyota nibwo bwari ubushobozi bwe nawe wakodesha inziza wifuza,ntiyabyanga.ibi byitwa kwifuza kuko hari abandi bakoze ubukwe bwagatangaza uti nanjye kandi mutanganya ubushobozi.ibyo ntibyatuma usenya cyane ko ntanicyo uba uzanye kigaragara nubwo ntazi icyo wari uruzanyemo.urugo si urwumwe ni urwa babiri.uyu mugore ndamugaye.benshi bazi ko gusenga cyane bizabakorera byose.senga ukore.Imana izaha imigisha yamaboko yawe
Reka uyu NTA mugore urimo kbs haricyo utabonye se
Uyu mugore ambabarire ni ingare number 1😂
@@gloriosentakirutimana7499 ni kuriya se berekana umubabaro?
Be strong enough ❤
Uzakizane vuba turamukunze cyane
Blaisir cyanke Plaisir
Plaisir ✅
Ese ubu koko ko urugo ari ishuli......... Sindumva byose ariko uburyo uvuga, wigaragaza....... Sinabona ko wavamo mutimawurugo nyawe....... 😢😢😢😢
Toyota se itwaye iki?Amaguru se yo ntibayagenza?
Amaguru barayagenza daa!ubona bisa neza!!ahubwo katwumve video yose,nibyiyo toyota bagenze mo😂
Toyota wayigendamo rwose ark ikibazo urumva ko umusore yamwiyemeragaho ngo ibintu byose birahari biteye agahinda pe
Afite ubwibone bw'inshi cyaneee
Ibaze uyu tureba uko avuga,uko yitwaye,ari umugore wababaye,akiri umukobwa urabona kumutereta utamubeshye byavamo? Urumva ko muri we harimo ubwibone bukabije bituma uriya musore amubeshya.
Waravunitse shenge ihangane Imana izagushumbushe
Mana ishobobora byose wee , Kuki wemera ko umuntu aseba kko 😢😮,komera mukobwa mwii, Imana izaguhoze , cyakoze uwo mugabo banza agira icyapfana na wamugabo wa Diane wajyaga ikuzimu 🙄🤭
Plaisir noneho atuzaniye agatangaza, ko afite amahane menshi? Cg ni trauma? Reka nkurikire da
harigihe disi biba ari nibikomere!!! Imana imworohereze
Nawe waranyuze mu byo yavuze yanyuzemo wavuga nkawe
Ni dipression
Pole rata. Abavugako. Nawe utoshye. Ariko ntabwo yagombaga gukorera ibi
Mwene data singare ahubwo nimico mibi yabahanuzi ninvugo bagira yo kwishongora bashyira nibirenge kumeza, ufite ubuhamya rwose Yesu ashimwe ko yakurinze ahubwo ntaganzwa we muzategure amahugurwa ya bahanuzi mubatumire maze bigishwe kuko baranduzanya
Imana ibavugisha SE nta Mwuka Wera yabahaye ngo ,ajye abahanira gukiranirwa? Ubwo ngewe nibuka ko Yesu yavuze ngo igiti cyiza cyera imbuto nziza kd ntago igiti kubi kera imbuto nziza,ntago igitovu cyakera ironji🙅
Ahubwo abagabo barashaka😮
Yagize amahirwe aragukira
Ibaze kwicara kuri camera ukabeshya gutyo naragutahiye ubukwe 😊warangiza ngo urasenga😮😮😮
Icyambwira Imana usenga,ariyihe
ahubwo umugabo nimba yaragukize yaba asenga imana itari bayari p.
😅😅😅
😂😂😂😂
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂ahwiii
😂😂😂😂
Hhhhhhhh
Nimitukane sha ,UWO UMUZIMU ATARACIRA MUNSI Y'URUGO AGIRA NGO NIWE UZI GUTEREKERA KURUSHA ABANDI.😢😢😢
Shalom Plaisir, mwatubabarira mukareka kutwumvisha ako k instrument kumuziki kavugiramwo
Ihangane mukobwa mwiza yesu ajya yomora ibikomere
Yoo warahangayitse disi humura Imana izakomora
Umukozi w'Imana,umuvugabutumwa,umuhanuzikazi,........ayo magambo turayahaze.ubuse ubuhamya buvanze nubugare,burafasha nde ra!!!
Usesengura ingare nkuzihagarariye
Ayiwe,wahuye ningorane shenge,gusa Yesu azakomore,bantu muri kumugaya uko avuga mwimugaya nibikomere afite,komera sha,umva rero ayo mavuta uri kwisiga uyareke yagutukuje
😂😂😂
Ihangane basi , Imana izimpamvu ibyo byakubayeho
Komeza cyane
Iyo wasenze niba warayikomeyeho nayo Izabana nawe ikomore ibikomere wajyize🙏🙏🙌
Uyu mudamu ko mumurenganiriza kuvugana amakaikari nk' aho mutumvise intangiro y' ubuzima bwe!!!
Nta wanzwe n' ababyeyi bombi ngo agire urukundo no kugwa neza keretse utari normal. Urukundo n' ubugwaneza umuntu wese abyigira muri iriya myaka we yabuze ubimwigisha. N' aho ahubwo n' uko yahuye n' Imana yagombaga kuba umumambire mwiza w' abambuzi n' abashimusi n' abandi bose bakorera mu ma association nk' ayo.
KOMERA MUKOBWA WA YESU UWITEKA AGUHE GUKOMEZA UKURA MU BYA MWUKA.
Iyo ugura iyawex
Ese rata kuki we atabaje kuvugana we niba Hari icyo yarushaga umugabo akazana iye ahubwo satani yaragusabye ntubizi icyaha wakoze ntikibaho
Yeeeeeh Plaisi urantunguye maze imyaka hafi 5 murugo mbyayemo 2 ariko nubwambere numvishe ko parrain na marraine baguma murugo kugeza mumaze kuryamana bakagenda!
Ndikumva binsekeje pe
Nukuri Imana izagushumbushe birenze kubabaza pe😢
Pole sana disi birababaje, washakaga kubaka nuko wabibuze😢
Pole sana gusa nundi wese byabaho ntiyabisubiramo yishimye ariko uyumuhungu niwabo bizabagaruka
Yesu numubyeyi wacu nanjye narAkuze
Komera mukozi w'Imana ,ariko wari kuzenguruka bucece oreo Rugamba ruba henshi .
Kuki ataba umukozi wa shitani
Pole, ihangane komera