Pr Ntakirutimana Deo uyobora Intara y'Ivugabutumwa ya Mageragere asobanura uko Ibirundo ari ibintu bihimbano biba mu Rwanda gusa mu gihe gahunda zindi zose z'Itorero zigenwa na General Conference. Wowe ubyumva ute?
@@byiringirobosco Ikibazo si ukuba no muri RDC biriho cyangwa bidahari. Ikibazo ni: Ese ibi bintu tubisabwa n'Ijambo ry'Imana (Bibiliya)? Ese hari abo tubisabwa mu mwuka w'ubuhanuzi? Mbese at least byemejwe na General Conference?"
Ibirundo ntabwo bushingiye kuri Bibiliya. Mbona ari uburyo twigisha abantu kugura ubugingo buhoraho. Aho kwigisha. Ibirundo byakoreshwa mu maturo ariko ntaho bihuriye na kimwe mu icumi. Bamwe mu Badivantisiti bashyize imbere gukiranukira Imana utazi. Twigishe abantu kumenya Imana no kuyikunda. Pastor Ezira Mpyisi yavuze ijambo rikomeye ko ari nko gukama inka yapfuye. Nihabaho ububyuke, abantu bamenya icyo Imana ari cyo kuri bo bazakuranukira Imana. Ndemeranywa na Pst Deo Ntakirutimana.
Ubu ni igihe cyanyacyo cyo gupima uko uhagaze mu byamwuka. Ntago ari igitangaza kuzabona bamwe mu bigeze bahamya ukuri baba abambere kukurwanya. Umunsi wawe uzasanga abantu bose baza kuri izi mbuga nkoranyambaga kugira ngo batere benshi urujijo. N.B: Itorero ryabadivantisiti b’umunsi wa 7 ryagize umugisha ukomeye wo kwakira umucyo wose Imana yatanze. Niyo mpamvu umudivantisiti wese uri maso ntago akwiriye kugira gushidikanya kabone nubwo bamwe mubavuga ko bitwa abakorera Imana batangiye gutera urujijo mu mitima yabantu. Mwibuke ko mu gihe giheruka Amateka aheruka ikibazo itorero rizagira ntago ari icyo abantu bari hanze y’itorero Oya rwose, ahubwo ikibazo rizagira nicyabimbere mu Itorero. Bavandimwe mu be Maso.
Nshuti z Imana uyu mugabo niba avugako bitangwa murwanda gusa. Byaba Ari ikibazo koko. Gsa cyaba gifite ababyaka kuko Imana yazabibabaza. Kimwe nuko tumenye ko Ari ikosa natwe tukabitanga twagibwaho n urubanza. Ark jye munenga ko avugako Ari ibyo Kwa hezekiya gusa. Kd bible arimo amabwiriza y Imikorere yacu kugeza Yesu aje.kuko bibaye Ibyo twavuga ko n icyacumi Ari icya merkisedeki gsa.
Ibirundi ntabwo ari inyigisho yabibiriya niyabadive bo murwanda gusa. Kuberako abantu bigishijwe nabi bituma badatanga icyacumi. Nyuma itorero rikabwira abantu ko hari ukwezi kwimigisha nkaho kari ukwimivumo.
Pastor Deo rwose Umuntu ukangurira abandi gukoraneza ....aba akorera Imana. Ikindi kibabaje Pastor Deo avuze abatinganyi, umuntu gusambana n'umugore wa se ....ngo ntibijyanye no gukiranuka....
None niba twemera Bible, kuki abagore n' abakobwa bajya mu nsengero bari mu mihango Kandi kizira( selon la bible?) kuki umuntu yiroteraho akabyuka akajya mu rusengero? Mwisoma ibintu buhumyi mukoreshejwe nirari ryanyu.
Imana ituye muri twe. Kuyiriganya ntibibaho ahubwo habaho kudakizwa. Ibirundo ni igikorwa cyakozwe rimwe si ihame rya buri mwaka mu gakiza. Ubuyobe bwaraje pe
Komeza ubwo buyobe uzareba icyo bizakuzabira ushaka wakwita kucyo or DEO avuga kuko kuba waratanze ibirundo binshi Umutima utarahindutse sibyo bizakujyana mu ijuru.ijuru rireba imico ni myitwarire y'Umutima wahindutse kubwa amaraso ya Yesu
Pastor Deo rwose Umuntu ukangurira abandi gukoraneza ....aba akorera Imana. Ikindi kibabaje Pastor Deo avuze abatinganyi, umuntu gusambana n'umugore wa se ....ngo ntibijyanye no gukiranuka.... Ikindi nikuki mwakumva ko Umucyo mwiza uhwanye n'umushake bwa Mwuka w'Imana utaturuka mu Rwanda? Uhereye kuri Luther hagomba kubaho new revelation igihe bitera abantu gukiranuka. Murakoze
"Imana ikorera mu bikoresho bantu ; kandi umuntu wese uzakora umurimo wo gukangura umutimanama w'umuntu , maze akamutera imirimo myiza no kugira ubwuzu bwo kwamamaza ukuri ntabwo azaba abyikoresha ubwe, ahubwo azaba akoreshwa na mwuka muziranenge umukoreramo. Imihigo ikozwe mu bihe nk'ibyo , iba ari iyera ndetse iba ari imbuto iturutse ku murimo wa Mwuka w'Imana. Igihe iyo mihigo ihiguwe , ijuru ryemera iryo turo maze aba bakozi b'abanyabuntu bakandikwaho ko babikije ubutunzi bwinshi mu bubiko bwo mu ijuru . " , Ellen G.White, Inama ku busonga, p.281. Ese Deo aya magambo yaba yarabanje kuyasoma?
Nicyacumi na maturo mwisezeranorishya ntibyemewe .kiko yesu yatubereye igitambo nituro numubabwe uhumuraneza kd ibitambo na maturo ntiyabishatse ahubwo yateguye umubiri wa yesu .
Pr Ntakirutimana Deo uyobora Intara y'Ivugabutumwa ya Mageragere asobanura uko Ibirundo ari ibintu bihimbano biba mu Rwanda gusa mu gihe gahunda zindi zose z'Itorero zigenwa na General Conference.
Wowe ubyumva ute?
Simurwanda gusa nomuri RDCongo irahaba mujye mubanze mubaze neza.
Ibyo birinfo babirunze kangahe? Ese barundaga buri mwaka? Cg barunze rimwe gusa. Ibyo bashingiraho baka ibyo birundo ntaho bihutiye nibyo Abadive bakora.Ibyo bakora bizitira abizera kwinjira munsengero.
Ngo byatangiriye irwanda ngo ahandi ntabyo
@@byiringirobosco Ikibazo si ukuba no muri RDC biriho cyangwa bidahari. Ikibazo ni: Ese ibi bintu tubisabwa n'Ijambo ry'Imana (Bibiliya)? Ese hari abo tubisabwa mu mwuka w'ubuhanuzi? Mbese at least byemejwe na General Conference?"
@@jeandedieudushimimana1516
Sinangombwa general conference ngombwa nikimwe ""ijambo ry'lmana""
ibyavuga nukuri pe pasteur Ari mukuri
Ko mugihe cya Isirayeli ko umutambyi yinjiraga ahera cyane mu kwezi kwa karindwi.Andi mezi yo ntabwo yabagamo imbabazi.
Gutegeka kwa kabiri 16:17
Ahubwo umuntu wese ajye atanga uko ashoboye ibihwanye n'umugisha Uwiteka Imana yawe yabahaye.
Ukuri kuzuye ku buriganya mwene muntu akoresha.
Pastor turemeranya 100%
Niba Imana ishaka amafaranga ngo iduhe umugisha iyo si Mana ni ikindi kitariyo
ibyo avuga nibyo pasteur nukuri ahubwo avuze bike haribyinshi ibirundo bitangwa nabizera bikubaka amashuri amavuriro ikibabaje ntamwana wumwizera wakwigira Ubuntu cg ngoyivurize Ubuntu habe1/2
ibyo avuga nibyo pasteur nukuri ahubwo avuze bike haribyinshi ibirundo bitangwa nabizera bikubaka amashuri amavuriro ikibabaje ntamwana wumwizera wakwigira Ubuntu cg ngoyivurize Ubuntu habe1/2
Barakwirukana ariko uzahagarare ushikame kuko Imana izagutunga buriya wahaze ubukoroni bw'idini
Ibirundo ntabwo bushingiye kuri Bibiliya. Mbona ari uburyo twigisha abantu kugura ubugingo buhoraho. Aho kwigisha. Ibirundo byakoreshwa mu maturo ariko ntaho bihuriye na kimwe mu icumi. Bamwe mu Badivantisiti bashyize imbere gukiranukira Imana utazi. Twigishe abantu kumenya Imana no kuyikunda. Pastor Ezira Mpyisi yavuze ijambo rikomeye ko ari nko gukama inka yapfuye. Nihabaho ububyuke, abantu bamenya icyo Imana ari cyo kuri bo bazakuranukira Imana. Ndemeranywa na Pst Deo Ntakirutimana.
Ibintu byo kuvuga ngo twariganyije Imana tubyishyure duhize sibyo. Kuko uko ibirundo byatanzwe siko tubyigisha. Njye singirana ikibazo n'ibirundo ahubwo nkigirana n'uburyo bikorwamo n'inyito bihabwa.
Pastor uvuze ukuri pe Imana igihe umugisha
Paster komera ukuri nukuri kandi ntacyo wakora ngo urwanye ukuri ahubwo abantu nibave mukiragano cyamose baze mukiragano cya Kristo Umwami
Ubu ni igihe cyanyacyo cyo gupima uko uhagaze mu byamwuka.
Ntago ari igitangaza kuzabona bamwe mu bigeze bahamya ukuri baba abambere kukurwanya. Umunsi wawe uzasanga abantu bose baza kuri izi mbuga nkoranyambaga kugira ngo batere benshi urujijo.
N.B: Itorero ryabadivantisiti b’umunsi wa 7 ryagize umugisha ukomeye wo kwakira umucyo wose Imana yatanze. Niyo mpamvu umudivantisiti wese uri maso ntago akwiriye kugira gushidikanya kabone nubwo bamwe mubavuga ko bitwa abakorera Imana batangiye gutera urujijo mu mitima yabantu.
Mwibuke ko mu gihe giheruka Amateka aheruka ikibazo itorero rizagira ntago ari icyo abantu bari hanze y’itorero Oya rwose, ahubwo ikibazo rizagira nicyabimbere mu Itorero.
Bavandimwe mu be Maso.
Mubipimisha uko umuntu ahagaze mukoreshe ibirundo ??
Ukuri kwahishwe igihe kirekire igihe kirageze ngo mugaragaze ukuri.bona niyo wabizira.thank u pastor.
Erega mwabantu mwe ibyo amadini abeshya abantu kugirango ababoneho indonke nibyinshi ahubwo nibindi tuzabimenya ikibabaje nuko babeshya abantu ngo kubitanga niko gukiranukira Imana.Uwiteka aduhumure
Zakayo yashatse kubona yesu yishyura abo yambuye aranarenza woe ibyawe nugusang'Imana nubujura bw'icyacumi birahagije
Uyu muntu w Imana mukwiye kumufasha niba abayobozi be batamwumvishe neza.
Ndumva ibyo Pr Deo avuga Aribyo. Nibinozwa neza bikumvikanwaho , bizakurweho kuko hari abagera mu mezi y'ibirundo ntibagaruke gusenga bakazaza byarangiye.
Uyu mu pasitoro akiyobora ASSA KIGALI abantu bakemangaga inyigisho ze none ashohoje ibyo bamuvuzeho. Yoroshyaga amahame cyane. Ihame ryo gutanga ni ihame mvajuru.
Hahhahha abizerera mubikorwa mukozweho! Ntabikorwa bizotuma uja mu ijuru!!
Gutanga ibirundo se
Arashaka kugumura abakristo
Kuriganya Imana ni ukutava mu byaha,si ukudatanga Amafra,uko ni ugutekinika,cg gusisibiranya ijambo ry Imana
Pastor Deo rwose Umuntu ukangurira abandi gukoraneza ....aba akorera Imana
Pastor urikugumura abizera kd sibyo nahato!
Yesu yavuze ko tugurisha ibyo dutunze ngo tubifashishe abakene, nuko rero icyacumi namaturo tuzabitanga n'ibirundo tuzabitanga ,
Njye ndi umwizera woroheje gusa ndakureba nkatekereza imbaraga igusunikira guhinyuza Ijambo ry'Imana nkashishwa!!
Baramu ntiyari umupagani byatangiye agambaniye itorero ry'Imana ryari mubutayu pastor ndakumenyesha ko urigutakaza indanga gaciro zagishumba,!!wize mumaturo urayahembwa none uyumunsi nibwo ubonyeko bidatunganye
Itang 3:1-10
Ndatanga inama kubizera bagenzi banjye Imana nivuga nyawufite ububasha bwo kuvuguruza ibyo yategetse
Adamu yumviye inzoka ingarukazabyo tuzihagazemo
Kg satani yanyuze munzoka uko ntabantu bariho icyogihe ubu anyura mubantu,mine maso,cyane
Nese weho ntakintu utunze ko utabigurishijeje ubwo nuburyarya
Kuki mutemera ukuri ibirundo byari ibya bisirayeri Kandi nabo babitanze rimwe gusa
Rwose reka kwirwanirira ibirundo byari ibya bisirayeri Kandi nabo babitanze rimwe gusa ntakindi
Urwandiko rwaturegaga yarukujeho kurubamba kumusaraba
None, ibyanjye mbigurishije nkabifashisha abakene duturanye nabyo n'ikibazo?
Cyangwa wamugani, ibyawe warabigurishije ubizana mwitorero?
Niba yarize mumaturo, hanyuma se abatarize babuze ubushobozi kandi ababyeyi babo baratangaga amaturo, bo mwabahoyiki?
Ndamwibuka Deo muri ULK mu mpanka z'abanyeshuli ku cyacumi. Abakoramontabure tumubaza niba koko Umushahara (Net Salary) ukwiye gukatwaho 1/10 nyirawo atarakuraho ibyawugenzeho (ubukode, ingendo, etc.) kugira ngo uboneke.
Ubundi se icyacumi ko gitangwa Ku byo wungutse . ubwo watangira net salary gute kdi hari ayo uba washoye ?
@@felixbienvenue1348 umbaze nkubaze
Komerezaho pastor ukuri kuryana mu matwi
Imana ikomeze ikwagure pastr
Nshuti z Imana uyu mugabo niba avugako bitangwa murwanda gusa. Byaba Ari ikibazo koko. Gsa cyaba gifite ababyaka kuko Imana yazabibabaza. Kimwe nuko tumenye ko Ari ikosa natwe tukabitanga twagibwaho n urubanza. Ark jye munenga ko avugako Ari ibyo Kwa hezekiya gusa. Kd bible arimo amabwiriza y Imikorere yacu kugeza Yesu aje.kuko bibaye Ibyo twavuga ko n icyacumi Ari icya merkisedeki gsa.
Ibirundi ntabwo ari inyigisho yabibiriya niyabadive bo murwanda gusa.
Kuberako abantu bigishijwe nabi bituma badatanga icyacumi. Nyuma itorero rikabwira abantu ko hari ukwezi kwimigisha nkaho kari ukwimivumo.
Pastor Deo rwose Umuntu ukangurira abandi gukoraneza ....aba akorera Imana.
Ikindi kibabaje Pastor Deo avuze abatinganyi, umuntu gusambana n'umugore wa se ....ngo ntibijyanye no gukiranuka....
ibyo yavuze ni ukuri kutagishwa impaka sibyo gusa ahubwo hari nibindi bizira bikorerwa mwimbere.
Tujye twemera ibyo Bibilia ivuga bavandi none x ko hari ibihugu byinshi bitanazi yesu tuzareke kumuvuga
None niba twemera Bible, kuki abagore n' abakobwa bajya mu nsengero bari mu mihango Kandi kizira( selon la bible?) kuki umuntu yiroteraho akabyuka akajya mu rusengero? Mwisoma ibintu buhumyi mukoreshejwe nirari ryanyu.
Mubyukuri abadive baritorero ryukuri Ariko ubu rifite ibihimbano byinshiiiiiii byerekeye kubyisi . Imana ntakiza nakimwe wayikorera ngo uguhe umugisha cg ngo ukubabarire gusa tubeshejwe nubuntu bwayo gusa ndetse nurukundo yadukunze kuva kera
Ikibazo nabayobozi itorero ryo rirera
Nibakomeze babarere bazabazwa na nyiri torero
Nanubu n.'iryukuri ntaryahindutse
Nabisi,kdi nabo ubwabyo bigisha ibijyanye nibyobararikiye,pahulo ko yavugaga ubutumwa ntiyahindukiraga akanitunga,kgo ubutumwa bwiza butagibwaho umugayo,ntiyatwandikiye ngo tujye tumwigana nkuko nawe yigana kristo 1korinto 13:1
Pasteur Deo yavuze ukuri kuzuye ntabwo bagenzi be rero bamushyigikira kandi asa nkaho abubikira imbehe twari dukeneye abantu nkaba bavuga ukuri
You're right brother. Biragoye kugirango bemereko ibyo bakuriyemo kdi barimo atari ukuri. BibiliyaYera ibisobanura neza, ibi ni ibihimbano by'abantu.
Nibyo Yesu ntasaba Amafra cg Imitungo ahubwo Imana ikeneye ko tuyiha Imitima yacu,wa mugabo we uravuga ukuli
Imana ituye muri twe. Kuyiriganya ntibibaho ahubwo habaho kudakizwa.
Ibirundo ni igikorwa cyakozwe rimwe si ihame rya buri mwaka mu gakiza.
Ubuyobe bwaraje pe
Nukuri ahubwo tuvuge cyane dushize Amanga kuko Yesu umukiza wacu yaratubatuye
Amaturo n'ibyacumi Imana ntiyabishatse yateguye yesu numva abantu bakwiye kumenye icyo bibiriya ivuga kandi ntabwo bibiriya washakamo ibitari iby'ukuri ngo ubibone barayibeshyera ahubwo ntibafite mwuka wera!!! Heb.9:8-12 ubu dutanga ubufasha si amaturo kuko ibyo byari bifite iherezo ryabyo.
Mujye murunda muhabwe umugisha.
@Itabaza thank you 😊
Muve mukiragano cyamose muze mugukiranuka kwa Yesu
Baramwirukanye
Pasiter lmana iguhe umugisha cyane.gusa nongere mbivuge uzacecekeshwa,bakwirukane,bagerageze kuguha ibiguzi byinshi ngo uceceke.ariko humura ntuzagurishe ukuri kdi uzabaho .nibindi ujye utubwira rwose.
Umva pr DEO yongere amasengesho asabe imbaraga ahagarare Ashikamye kuko uvuze ukuri baramurwanya cyaneee
@@umuburowisiuheruka8935 20 Nuko muzabamenyera ku mbuto zabo.
21 "Umuntu wese umbwira ati 'Mwami, Mwami', si we uzinjira mu bwami bwo mu ijuru, keretseukora ibyo Data wo mu ijuru ashaka.
(Matayo 7:20;21)
Ese ubwo uramushyigikiye kuko yarwanyije gahunda yo gushyigikira umurimo w'Imana?
Ubuse urebye 1/10 utanga ubona gihagije ngo umurimo w'Imana ukorwe maze abantu baburirwe? Ubuse wowe uranagitanga ra? Umuntu ukeneye kujya mw'ijuru kandi akaba yarananyuzwe n'ubuntu bw'Imana ahora akinguye umutima we kugira ngo atange ku butunzi Imana yamuragije ngo bujye gukora aho atabasha kugera.
Mutsengere kd muse bibiriya ubundi musabe mwuka abasoba nurire icyibibiriya igutegeka ndetse umutimawage ugahamanya ntacyo Bari cyukora ntimwite abigisha bomumitsi yimperuka ahubwo mwige kubana n,lmana nogusobanurirwa namwuka twasezeranijwe
Ikibazo: dusaba abantu imirimo batarasobanukirwa umurimo wuzuye utunganye Kristo yakoreye inyokomuntu birangira umuntu abonye ko ibyo arimo bidashoboka. Tureke gushaka imirimo mu bantu ahubwo tubabwire Yesu uwo ni bamumenya agatura muri bo ayo maturo nindi mirimo yose bazayikora.
Abantu kugeza ubu ntibarasobanukirwa nicyo kristo ya koreye inyoko muntu ibitambo n,amaturo byarangiranye n,umusaraba agakiza Ni Ubuntu mtikagurwa cg ngo kagurishwe
Pasit a
Imanai guhe umugisha uvuze ibyara bikenewe muriyimisi yimperuka biragaragarako abapasiteri beshi bafashe umwenda ukingiriza ahera bakawudoda kugirango dukomeze kugirango ibitambo birakomeje😮 nawese ati,nukwezi kwimbabazi? Bizera dutore bibiriya dusome tumenye uwo dukorera
Ukuri guca muziko ntigusha komerezaho
Ibyo pasteur avuga sibyo gutanga kuzana imigisha ibirundo biri muri bibiriya kandi abachristo twabitanze twarungutse muri byose pastor wibuza abantu kubona imigisha kuko ahubwo turakiba Imana ntituragera kurugero
Hhhhhhhh nuko rwose none c utarabitanze yarahombye ngo tumenye ko Imana irebera ku byo watanze?
Uyu mugabo birashoboka ko yaba afite ibyo apfa nitorero Gusa burya Satani ni umukozi wumuhanga abinyujije mu nzoka yazaniye isi umuvimo no kurimbuka. Muri 12 abigishwa yuda muzi ibyo yakoze ibisambo bibiri ku musaraba kimwe cyapfuye kitihanye Uza ibyamurimbuje murabizi Kora datani na Biramu muzi ibyababayeho Uyu Nawe ashobora kuba yifitiye ikibazo . Imana ikomeze kweza imitima yabumvira ijoro ryiza.
ibirundo bavuga ko ari icya cumi cy',ukwezi kwa kalindwi kongeraho amashimwe yibyo Imana yagukoreye mu mwaka wose
babikura he se? ko aricyo kibazo
Ibyo bigahurira he no gushyiraho intego y'amafaranga umuntu agomba kuzana? Hari umuntu wagushyiriraho urugero rw'ituro ry'ishimwe ugomba gutanga? Cyangwa umutima wawe unyuzwe n'ibyo Imana yagukoreye ni wo ukubwira ingano y'ibyo utanga?
@@jeandedieudushimimana1516bagusubize najye numvireho
ndaje ntere agatebe numve ikiganiro neezaa noneho njye muri bibiriya ndebe icyo ibivugaho. Ndabona ifaranga rigiye kuzaturoha mu muriro twese. Yaba abayobozi yaba abizera tubigendemo neza.
Ariko ubundi niba ibirundi binariho wenda ununtu akaba yarariganije mugutanga icyacumi Nonese ingero zijyaho kuberiki kdi niba urugeri rwatanzwe rwagezeho undimwaka bazarukuba kabiri rwise ibyi tubina ntamwuka uburimo nuguhaturiza abantu iki ugasanga bagiye guhemba ababaye abambere haruwambere ubwo baba bahembewe yuko bagaruye ibyibariganije kukise ahubwo hatahembwa babandi batanze make nubundi kovaba barariganije make nibura bagahenbwako barimunziranzinza
Nanjye mbona twakagombye kujya twigishwa gukiranukira Imana , igihe icyo aricyo cyose umwizera atsindishirrijwe akazana ibyo yariganije n ituro ryishimwe,erega ntanicyo mubyukui twabona twagurana Imana
Byitwe ibirundo byitwe iki, icyo umuntu akora cyose kumpamvu yogufasha ivugabutumwa kirera.
PR DEO njye ntabwo untunguye. Gusa tekereza kabiri. Ntacyo bitwaye abamenye ukuri kw'ijambo ry'Imana gutanga batinuba kandi badahatwa.
Komeza ubwo buyobe uzareba icyo bizakuzabira ushaka wakwita kucyo or DEO avuga kuko kuba waratanze ibirundo binshi Umutima utarahindutse sibyo bizakujyana mu ijuru.ijuru rireba imico ni myitwarire y'Umutima wahindutse kubwa amaraso ya Yesu
Ndabona warabaye Yesu kuburyo umenya niba ntarahindutse mumutima.
@@hakizimanaalphonse9743 nshuti yange ijambo ry'Imana rizageza ryari kuvuga mukabyitirira umuntu abadiventiste tugendera mubyanditse handitse ngo niyo igomba kutuyobora ndetse na Muka wera rero nshuti yajye sinkuzi kandi nawe nabyo unzi ariko icyo nakubwira tabara ubuzima bwawe wongere amasengesho no kwizera kuko igihe turimo nigihe cy' urubanza aho burikintu cyose kirimo gusuzumwa kuri buri muntu wese naho kwiringira ibya bantu bakubwiye sibyo bikenewe muri kigihe ahubwo hakenewe kwiringira ibyo ijambo ry'Imana ryakubwiye vakumihango ujye kucyo isobanuye kandi mubintu 4 bizatera ishungura harimo nubumenyi bucye mubyi Mana rero no kubyiga bigira amategeko 1) ntabwo ijambo ry'Imana baryiga ko kumashuri ngo uri kubirepeta 2) ntabwo ijambo ry'Imana barisoma nk' imvaho cyangwa ibinyamakuru ahubwo usoma make ukayatekerezaho nezaaa ugafata umwanzuro utuje cyaneee ntakindi nakimwe utekereza uretse iryo jambo hanyuma ugafata umwanya uhagije ugasenga cyaneee kubwiryo jambo usomye Muka wera nu waryandikishije agusanga murayo masengesho akagusobanurira biruseho Imana iguhe umugisha nshuti yajye
Pastor Deo rwose Umuntu ukangurira abandi gukoraneza ....aba akorera Imana.
Ikindi kibabaje Pastor Deo avuze abatinganyi, umuntu gusambana n'umugore wa se ....ngo ntibijyanye no gukiranuka....
Ikindi nikuki mwakumva ko Umucyo mwiza uhwanye n'umushake bwa Mwuka w'Imana utaturuka mu Rwanda?
Uhereye kuri Luther hagomba kubaho new revelation igihe bitera abantu gukiranuka.
Murakoze
Buriya ukuri ni ikintu gikomeye kuri benshi gusa iyo umuntu yisunze Mwuka wera ntatinya kuvugisha ukuri buriya Imana niyo mucamanza
Umugabo Hezekiya uramuz cyangwa ukuri nguhaye ni uko ukwiye kwisuzuma Kandi abaturwanya ni Abo munzu gusa hakenewe handitswe NGO Kandi KIMWE gusa ni ufite upfa ni itorero
Pr deo bigaragarako yemera ibirundo ahubwo uburyo bikorwamo Nibwo butamushimishije. Kwita ukwezi kwibirundo ukumugisha ntabwo bikwiye kdi ntabwo aritego gutanga ibirundo keretse uhamanya numutima namawe ko yariganije agomba kurunda. Mbona idini rikwiye gutanga umucyo kuriyingingo
Uzahakana nibitaribi nutareba neza uzaza nokurenganya ubwokobw,lmana
nibyo rwose ibyobyibirundo nukwigwizaho umutungo nogutwara ibitemewwmwijamboryimana.
Biragoye kwemera ukuri utari umunyakuri pasteur ihangane ibyo bazagukora byose uzabyakire kuko biblia ivuga neza KO umwanzi w'umuntu ari uwo murugorwe,ese basobanura ukuntu ibirundo byabaye ngaruka mwaka ,ikindi iyo bibaye byinshi kuki badahagarika abizera bagurishije ibyabo ikinyoma bakunda indamu
Ibirundo, Imana ntabyo yadusabye, abantu babitanga cyangwa bakabireka nta kibazo cyaba gihari. Iyo bigizwe umutwaro rero niho ikibazo kivukira
Umuntu wese ukoreshwa na Mwuka Wera iyo atanze abikuye ku mutima atinuba Kandi adahatwa
Nemerako bitamubera umutwaro kuko ntawe bajya kwishyuza iwe ngo nuko atabitanze biramutse bikorwa nibwo byaba bibaye umutwaro.
Mbese ntanga icyacumi n'amaturo nk'iranutse?Niba atariko biri nkeneye guhindura icyerekezo.
"Imana ikorera mu bikoresho bantu ; kandi umuntu wese uzakora umurimo wo gukangura umutimanama w'umuntu , maze akamutera imirimo myiza no kugira ubwuzu bwo kwamamaza ukuri ntabwo azaba abyikoresha ubwe, ahubwo azaba akoreshwa na mwuka muziranenge umukoreramo. Imihigo ikozwe mu bihe nk'ibyo , iba ari iyera ndetse iba ari imbuto iturutse ku murimo wa Mwuka w'Imana. Igihe iyo mihigo ihiguwe , ijuru ryemera iryo turo maze aba bakozi b'abanyabuntu bakandikwaho ko babikije ubutunzi bwinshi mu bubiko bwo mu ijuru . " , Ellen G.White, Inama ku busonga, p.281. Ese Deo aya magambo yaba yarabanje kuyasoma?
Mw'ijuru hehe Muvandimwe! Niba uri umudive urahamya numutima wawe ko amaturo muriyi minsi akora umurimo w'Imana
Nshuti ibyuvuze ni ukuri ariko ubyumva nabi ntabwo uricyara ngo uyatekerezeho nezaaa ngo usobanukirwe nuburyo dukwiriye gukoresha umutungo dufite muri iyiminsi isoza amateka y' isi umva uko Ellen G white yavuze mu gitabo cy' inyandiko z' ibanze page67 Nabonye ko ubutumwa buvuga ngo; “Mugurishe ibyo mufite maze mutange ubufasha,”
butatanzwe na bamwe mu mucyo wabyo uboneye, kandi umugambi w’amagambo
y’Umukiza ntiwagaragajwe neza. Ntabwo umugambi wo kugurisha ari uwo guha abafite
imbaraga zo gukora kugira ngo babashe kwibeshaho, ahubwo ni ukugira ngo ukuri
kwamamazwe hose. Gushyigikira abantu bashoboye gukora bakaguma mu bunebwe ni
icyaha. Abantu bamwe bagiye baba abanyamwete mu kuza mu materaniro yose, nyamara
bataje guhesha Imana ikuzo ahubwo bazanwe n’“imigati n’amafi.” Icyiza kurutaho ni uko
bene abo bari bakwiriye kuba bigumiye imuhira bagakoresha amaboko yabo “ibyiza” kugira
ngo bamare ubukene bw’imiryango yabo kandi bagire icyo batanga cyo gushyigikira
umurimo uhebuje wo kwamamaza ukuri kugenewe iki gihe. Iki ni igihe cyo kubika ubutunzi
bwacu mu ijuru no gutunganya imitima yacu maze tukaba twiteguye igihe cy’akaga. Abantu
bafite amaboko atanduye n’imitima iboneyegusa ni bo bazabasha guhagara bashikamye
muri icyo gihe gikomeye. Igihe kirageze ngo amategeko y’Imana abe mu ntekerezo zacu,
abe mu ruhanga rwacu kandi yandikwe mu mitima yacu. {IZ 66.3}
Ikibazo si uguhiga cg kuba atarabisomye ahubwo ubuyobozi bw'itorero ubwabwo buturega kuriganya ariko nabo barariganya kandi na birasi cyane ubu mu migisho hari amagambo twasomye mu minsi yashize yavugaga kubyakozwe mu gihe cya TMI aho bavuze ko muri icyo gihe hatanzwe inkunga yo kubaka isengero igihumbi(1000) none nta narumwe rwubatswe ayo mafaranga yagiye he,ese ko cyera barundaga kuko itorero nta business ryagiraga ariko ubu rikaba rigira business ese ayo binjiza akoreshwa ate kuki barindira ko abizera baziyubakira isengero amavuriro nibindi munyuma bakabyiyegurira ngo union niyo igomba kujyenzura ibyo abizera bakoze mu butunzi bwabo kuki mu mashuri bubaha nta mwana w'umukene baha uburyo byibuze ngo yige ahubwo bagaturisha abakene bakubaka amavuriro umukene atazivurizamo kandi bitwa abakorera Imana bajye bajyenda nibo bariganya bambere
Sindwanya guhiga cg gutura ariko se ibihigwa nibiturwa bikoreshwa mu nzira ikwiye nkuko bibiriya ibivuga cyane cyane intumwa uko zabikoreshaga ibyasonzoranywaga ese ubundi isezerano rishya rirabyemera (ibirundo)
Ncuuti yanjye yanjye icyuzabazwa nuburyo wakinanutse naho abakozi bnabo bazabazwa ibyabo. Marayikka udasobwa yandika igikorwa. Cyaburimuntu
Iki kigabo ni ikirezi ndakizi ni igipagani cya danger hamwe n'ikigore cy'igicuti cye cyitwa Jeanne Mujawingeri cyari gitifu w'akagali ka Kankuba cy'ikijura kibi cyane none barakirukanye. Ipuuu muzashya mwumve sha Yesu agiye kugaruka abashyire ku mugaragaro mwa nkozi z'ibibi mwe
Ubusewoe iyomvugo ukoresheje irakwiriyera?
Ko wakoreye ikiganiro ahantu hasakuza, biri kuderanja muvandimwe, byaba byiza ushatse ahantu hatuje
Shamwagiye mureka ntabwo Hezekiya yigeze yaka Ibirundo rwose
Ariko numvisemo ibibazo 3 byo gusubizwa numuntu usobanukiwe:
1. Igikorwa cy'ibirundo cyabayeho ryari?
2. N'igikorwa ngaruka mwaka?
3. Cyakozwe gute?
4. Cyari kije gukemura ikihe kibazo?
Munsubize mbere yo guhakana ibyo uyu mugabo avuga.
Igitabo gishya Inama ku busonga kitugaragariza ko atari ngombwa, ugarura ibyo wariganije igihe ubyibuka neza naho utabyibuka ugarukana umutima wawe
Wabisomye ku yihe page
Ninda wakeneshejwe nogutanga?
Ndumiwe kabisa biba mu Rwanda gusa?
bamwirukane ariko avuzukuri.
[7/19, 1:14 PM] MG.HABIMANA Diocress: 2 Timoteyo 3:16
Ibyanditswe byera byose byahumetswe n'Imana kandi bigira umumaro wo kwigisha umuntu, no kumwemeza ibyaha bye no kumutunganya, no kumuhanira gukiranuka.
[7/19, 1:14 PM] MG.HABIMANA Diocress: 2 Timoteyo 3:17
kugira ngo umuntu w'Imana abe ashyitse, afite ibimukwiriye byose ngo akore imirimo myiza yose.
Ufite ikibazo gikomeye Imana ikugirire neza ikwiyereke kuko ibyo uriho uvuga ntacyo byigisha abantu uretse gutera urujijo gusa Theologie wize ntacyo yakumariye pe cg wabonye diplome yincurano
Areweeeeeeee ibyo ni ukudashaka gukoresha ubwonko wahawe nshuti
Ko abasaba abizera gutanga ibirundo babisoma 2ngoma 31,wekutabitanga abisomahe yerekane ?yerekane umurongo abihanisha areke amagambo
Gutanga ibirundo biboneka muri bibiliya njyewe ntanga ibirundo kukobimvuye kumutima kandimbanezerewe rero kwigiaha ibyongibyo so umwuka wimana mwirinde kurwanya itorero kuko umuntuwese atangenkuko agambiriye mumutimawe
2 Ibyo kungoma 31 muhasome murasanga Hezekiah yarategetse abisiraheri gutanga I BIRUNDO Kandi Imana irabishima! Baranasobanura ibirundo icyaricyo!!!
Ibyo bintu byo mugihe cya Ezekiya bya kera cyane bitabayeho mu gihe cya Yesu ubwo mubigarura gute ese Hezekiah niwe cyitegererezo dufite mu kwizera
@@yisabriel Yesu ntabwo yakuyeho Isezerano rya Kera nshuti yanjye!! Uzasome uko yavuze kubyisezerano rya Kera
nashyirukuri ahagaragara ubusambo bukice mubanubimana.
Sami Célestin ,nukuzana Rwamapera akagira icyo abivugaho ,sinauheruka.
Amafaranga atarabaho abantu bakiranikiraga Imana bate?
Urasabwa kwihana .
Niba bikunaniye genda neza utanduranije
Ibyo ni ukugumura ABIZERA.
Iyo bikunaniye uricecekera. ugasezera
n'aho ubundi ibyouvuga ni ugutoboza umusimari igikombe unywesha pasto
Ndabizi ntibiraguhira.
Niba utazi ibintu ujye wicecekera .Soma 2 NGOMA 31:6-7
Yavuzeko Hezekiya wabivuze atari umutabyi cg Umuhanuzi
Ntabwo gutanga ibirundo byigeze biba ikintu uwiteka asaba ubwoko bwe n'ikimenyimenyi abisrayeli babitanze rimwe gusa, rero ntabwo yavuze ibyo atazi
Surely! Gute ibintu byakozwe rimwe bikarangira byabaye igikorwa ngarukamwaka?
nibyo dukwiriye kureka ukuri kukivugira kd ijambo rivuga ko igikenewe si amikoro,ababwiriza,abaririmbyi ahubwo ishaka abantu buzuye umwuka
Catholic yo yareruye yita mbene ariya mafaranga ko ari Ituro ryo gufasha kiliziya.
Niba ari ituro ryo gufasha itorero nzayatanga ark niba binyuranije n'ibyo rwose Bayobozi b'itorero ndabahakaniye kuko ni ibihimbano mwishyiriyeho ntago Imana itubabarira kuko hari icyo twayihaye.
Pastor ikinejeje nuko ntamuchriato uzunva ibyuvuga kuko abizera babadventiste bazi ibyo bakora tuzatanga ibirundo iteka
😂😂😂
Nicyacumi na maturo mwisezeranorishya ntibyemewe .kiko yesu yatubereye igitambo nituro numubabwe uhumuraneza kd ibitambo na maturo ntiyabishatse ahubwo yateguye umubiri wa yesu .
Pastor Komera pe.
Maraki 3 ni ikibando cyo guhondesha abizera abatazaba maso bazahura n'abungeri gito
Ndemeranya n'itorero gutanga ibirundo mukwa 6-7 kuko biragoye gukiranukira Imana muri 1/10 ijana ku ijana, mu Rwanda batejereje neza kuriyi ngingo. Icyo nabonye nuko abantu badatanga kimwe mu icumi, nibo bahorana ibisobanuro byo kugandira itorero n'Imana, Pastor urakosheje cyane baguce mu itorero ry'abadiventiste mu Rwanda, gusa ntago uba uciwe mu ijuru, nugaruka ukihana tuzakubatiza mu izina rya Data wa twese niry'umwana niry'umwuka wera. Ariko ntituzongera kukugirira icyizere.Kandi usenge kuko Satani yagusabye usenge cyane utagwa mu moshya ukarundura.
Ngaho dusobanurire ukuntu ayamezi abiri Ariyo imana itangamo imbabazi nimigisha utubwire ahobyanditse nukuvugango ibirundo nikiguzi cyumugisha nimbabazi
Ndumudive ariko nanjye iyo tugeze mubirundo barancanga kuko usanga babigize intambara .barata abazanye menshi ,bakugenera urugero nkaho Bazi ibyo wariganyije ,bazabyite amaturo yo gukora umurimo .
Mbega umujinya we ukaba umubereye umucamanza ,uramubatije uhita umwima inshingano ,mbega imbabazi zigice umuhaye ,mbega ubuyobe mbonye mwi dini ,( Abafarisayo neza neza) nonese iyo umuntu yibye Imana ,itorero niryo tibimenya kurenza umutima w umuntu ukiranuka kuburyo kwikiranura ni Imana ,ahita abyibagirwa akabyibutswa ni itorero ,sibwo itorero ribaye lawyer!!!?
Kuki mudakunda ukuri?
Paster ndagusaba kuzagaruka ukatubwura inkurikizi yikikiganiro utanze . Kuko ibintu uvuze birakomeye ariko tuzahita tumenya aho ubuyobozi bwacu buhagaze .
Urakoze niba gahunda yaba iba murwanda gusa?? Badukure mukayubi ndemerako wibutseko utatanze icyacumi ahahise ubonyuburyo wayazanana nayandi ariko ribe ihame rusange bitewe nigikenewe
Sha pasiter baraje bahite bakwirukana,kuko igihe kibirundo nibyo Koko bahita bahunga insengero....unva bazana ibintu byingero
Byiringiro araje amukosore
Ubundi se Abantu batanze amafaranga agakora umurimo Pasteur bimutwaye iki ko ariwo yahamagariwe? Abantu basibywa nibirundo sabakene nabanga gutanga. Kdi abatanga menshi sibo babura minerval.... Ahubwo bibura kubera izindi mpamvu pee. Pr sinemeranya nawe
Sindi umudivantiste ariko reka nibwirire abashaka ukuri kwibyanditswe bibiriya ivuga ibyacumi bitatu 1 icyacumi cya abarewi kubara:18:21 maraki 3:10 bagiherewe kuba gakondo yabo 2 icyacumi cyumusuhuke numunyamahanga gutegeka kwakabiri 26:12 mose yabategetse 3 icyacumi cyabafarisayo matayo 23:23-24 na23:2 byari byo mwisezerano rya kera umva icyo yesu yavuze kwituro ryimana matayo 4:32 mwitorero ryambere basangiraga ibyabo ibyakozw 4:34-35 Kandi tumenyeko ubutambyi bwahindutse abaheburayo 7:5-9 buriya ivugako abiringira imirimo itegetswe namategeko aribivume ukuri turakwisomera.
gewe naracyenye kuberagitanga ibirundo none iyukwezikwa 7 kugeze sijyajyagusenga sengeramurugo
Itabaza TV harya mukorerahe ngo nanjye nzaze nunge mu ry'uyu mugabo
Komeza uvuge ukuri kabone nubwo wabizira ariko udukure murujijo.
Uyumugabo asubije ibibazo nibazaga kuberako niba dutanga icyacumi mubyo twungutse niwoe n,Imana nibazako utayibeshya ikindi kukijyanye nibirundo harukuntu harimo amanyanga kbsa kand biba mu Rwanda gusa ibintu byokuduhamagara ngo twitange rwose wap ntibiboneye bituma twumva duhaze insengero zikigihe kand mumenyeko Imigisha tuyibona burimunsi .
Ibirundo byanditswe muri Bibiliya. Ntabwo BiBiliya yanditswe n'abanyarwanda.
@@hagumakwihalaurent7764abandi badive mubindi bihugu ko badatanga ibirundo,nuko badasoma se😊
Pr simvuze ko ubeshya,ariko urasa nubikora,gusa ngiye gusesengura.
Oya past ibirundo biremewe ahubwo harub uburyo babisaba bagakabya!!!
Ubundi abadivantisiti bari muri benshi bitwa abakiriaito bayobye, ngaho kwihimbira inyigisho ,kwigisha amategeko aho kwigisha kristo kwizera inyandiko zabantu aho kwizera bibiliya ywewe .....
Kwihimbira?? Wowe urafata ibintu abantu bamwe bazanye ukabigira iby'itorero. Ntabwo nkuzo sinzi n'ibyo wizera ariko uzige neza iby'abadiventisti ushaka kubimenya Atari ukubinegura uzamenya ibyo bizera apana ibyo buri wese yigisha.
@@m_shyakaemmy469Wimufatiranya ngo ni uko atari umudive, njye nabakuriyemo mbatizwamo, rero ntacyo abeshye pe, abadive ntaho bataniye n'abagatulika b'i Roma.
@@justicia44 Hhhh, ntabwo bintangaje kuvuga gutyo, ubwo wababayemo Uzi neza ko ibyo uvuga atari byo
ibyavuganukuripe ububutumwa bukwirehose abadivantiste babyumve
Yego paster uzadusobanurire no kucyacumi
Uvuzukuri nubwo kutemerwa bwose
Mbababajwe n'uburyo uyu mu Pastor kdi ugaragagara ko akuze.....Ntabwo barunda Inka hubwo barunda inyama ...abanyazi bamaze kuzibaga nyuma yo kuzisahura...icyakora barunda imyaka...amafaranga.....uyu mu Pastor habindi bintu bimwihishemo.
Kwibutsa abantu b'Imana ko barigantije ndetse bagahabwa amahirwe yo kwihana ...rwose ni inshingano y'abatambyi cgwa undi wese wayoborwa na Mwuka Wera.
Ezechias y'isanze iguhugu cyiri mumuvumo bitewe no kureka iby'ibya Mwuka kko abatambyi bari bararetse imirimo y'ubutabyi kdi byazaniye akaga n'ibyaha mugihu.