Розмір відео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показувати елементи керування програвачем
Автоматичне відтворення
Автоповтор
iyo wizigamye amafaranga muri banki mu gihe runaka bank niyo uba ibyungukiramo kuko irayacuruza akunguka Kandi wowe utasubizwa uko wayatanze cgw bakanagukata ayo kuyagucungira,Gentil ndagukunda cyane, keep it up!❤❤❤
Gentil ndakwemera nanjye
Thanks GGO ibibiganiro nibyiza kbs jyubiduha keshi
Umurongo utambitse mugushora imari niwo mwiza cyane kuko biba bisa nko kubyara umwana mushya mumuryango naho uhagaze bisa no kuboneza urubyaro wita kumwana umwe wabyaye.
Wow very interesting GGO ❤❤❤
GGO urakoze cyane ibibiganiro nibyiza byadufasha kwiteza imbere❤
Banki niyo yunguka cyaneee!!!ibyiza ni ukuyashora mubindi byunguka ukagira utuntu twishi twinjiza
Urakoze ku namaudu haye mugenzi. 🇧🇮 🇧🇮 🇧🇮 🇧🇮
Tukumba cne depuis le Burundi komereza Aho iki ikiganiro cawe c'est très intéressant !
Imana igiguha umugisha Kandi ibyukora bizabe ikiragano cyabawe Bose GGO
Impamvu nkunda kumva ibiganiro byawe nuko bibabirimo ubwenge mbese bituma umuntu ahika muntekerezo akaba yakwiyubaka muburyo bumwe GG turakwemera courage kbsa ❤❤❤❤❤
The answer it’s bank we love your conversation GGO if I get rich I’ll give you same gift bcz your good teacher thanks
Interesting topic, keep going,we are waiting a lot of parts ❤❤❤❤
Thx Gentil wanje ibintu nkivyo nari nkumbuy kubivuga !!
Izi nkuru zaradufashije cyane!! Millions next dor
Hari ibintu biba bikubiye gake ❤
Gedeon ndagushimiye urakoze cyn kubushakashatsi ukora bikatugirira umumaro tukahakura ubumenyi ndetse tugahinduka ibiremwa bisha mubwonko Imana iguhe umugisha
Imana yarakozee. Yatuguhaye turagukunda canee buja
Wampindiriye ubuzima Big bro jya ukomeza uduhe ibiganiro bya financial literacy❤
Iyo ubutse amafaranga muri bank niyoyunguka Arko iyuyagujije nawe urunguka❤❤❤
Mbikuye kumutima warakoze kugarura ibiganiro byo kubukungu .Kuko narabisabye cyane binyura umutima wange Kandi byaramashije iyo nenda gusesagura cg iyo ngiye kwangiza amafaranga mfite mpita numva ibiganiro byubukungu.Nimpamo nzaba umukire nshingiye kunama ungira.
Drop other chapters we love you so much ❤ keep it up
So muchRespect!
GGO hejuru cyane
Ubundi abantu babona ko jant jideo wacu yagarutse bakore like. Ubundi twiyumvire ibyubwenge ukunduyumugabo nanjye ndamukunda❤❤❤❤
iki gitabo nicingenzi canee, ukomeeeze GGO❤
This is point ☝️
I have listened your videos from 2016 , I like you . Thank you .
GGO turakwemera❤❤
I'm agree with you. GGO . I'm millionaire of the Future. Send us all Document
Good man talk important things.Thanks Genti
Thank you for your help,time and patience
reka mvuge ko uri ingabire twahawe n' Imana udufatiye runini Gentil be blessed
Komerezaho GGO turigufashwa
Uri umuhanga Gentil, niduhura nzakugurira Byeri ikonje !!!!
Urakoz cyan GGO, uzadukorere no kuri rich dad, poor dad
Nyagasani akomeze aguhe imbaraga, courage 💪.
Woow urakoze cyane Gedeo💕
Imana ikumpere umugisha
Wooooooooooo❤❤❤❤❤❤
Murakoze cyane
It is wonderful explanations thanks
GGO urakoze cyane Rwose Mubyukuri numvise Ayamakuru arayajye nababeshye ese wazadushakiye Amakuru kuri (Forex trending)&( Future trending)Kuko nabonye abantu batari bacyeya bataziyuko Ari akazi keza kubabizi babyizeneza nkajye urakoze cyane 🙏
Big up chief love you so much from Bujumbura/Burundi
Hello Sir, Igice cya 3 Turagitegereje cyane.Imana ibafashe mukiduhe pee.Murakoze cyane Akazi keza.
ndagufana cyan Gentil
Courage turakwemera
🎉🎉ubundi ibi nibyo biganiro byage
Big hug gedeon
Mwakoze kutugira inama😊
Ubundi ibi nibyo tuba ducyeneye, harukuntu numva bimfunguye cyane
Ndagukunda from Burundi kuva natangira kumva ibiganiro byawe ninjiza million nigice but kwezi
Very interested
That good pee jya uva no mumatiku ya yo muburasirazuba bwo hagati na Ukren
Gentil,bihorere,babyumvishe ko wavuze 1000/day,=30000,.ahubworata, njyewe ndakwikundira cyanne ,uzansure,urebe ahongeze,kuko natangiye kugukurikirana,ugeze kumyitozo 11 yokuba umumillioner,nibwo narimvuye kwishuri, uzambaze nzakubwira,ndagukunda.🙏
Jyewe mufitiye gift nzamuha ubuhamya
Interesting
Ndakwemera cyane❤❤
Wowe niwowe wanjye kbsa
Ibiganiro byawe biranyubaka cyane Nanjye nkurinyuma
Ikigitabo ndagifite komeza ukinsobanurire neza urakoze cyane❤
Igitabo kiza cyane komeza udusimere natwe twumve Musaza
GGO WOWE NZAKUGWA INYUMA PEEE GISOME CYOSE I LOVE U NZAGUHA UBUHAMYA BW A KEEP THEM POOR ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Uraho neza❤❤❤
Iki gitabo cyari cyarananiye kugisoma ariko urakoze cyane rwose
Ndabikunze cyane GGo komeza Udusomere Na red and blue market
Urakoze kumpugura . Ndatangiy
GGO ndakwemera !Wampaye nimero yawe ko nshaka ko tuvugana
0785067272
🔥🔥💯✍️✍️
Ndakwemera bro
That's one of my favorite books 🤗
We are waiting for other parts
Ok murakoze
Good ideas
Thanks my inspiration Turategereje next
Thank you so GGO
Ni bank 🏦🏦🏦 yunguka cyane wowe ntacyo wunguka
Thx ubwonko bwacu bwungutse
Good 🎉🎉🎉
Thank youUjye ukomeza kudusomera iki gitabo pe
Very good to listen to this
Be blessed
Ibibiganiri nibyizacyane biradufashacyane❤❤❤❤❤
Byiza cyane
Wakoze cyane kuri iki kiganiro brother
Urakoze cyane
Ndaza kukumva ryamye nkumva ijoro ryose kugera nakwicura nkakumva nasinzira ugakomeza kunganiriza mbese uri ishuti nziza mugutanga ibitotsi byiza
Good advice GGO
Let’s get to money 💰 get you mind right
Merci bck 🙏🏽🙏🏽
Thank you so much
Wew wubahwe vrmt ndakwemera ndakwigirako vyibshi bientot nzabandi ,,,, hama uwunguka ni bank kuk wew barakubikira bajayatamwo ubundi ugahomba nabo bungutse
Gentil ndakwemera cne,uzadusomere nikindi gitabo cyitwa the phycology of money
Ndagukunda pe uvuga ibintu byubwenge
It's good❤
Ndagushimiye cyane niba warankandiye kwifoto warakoze cyane wamfurawe niba nawe utarabikora mfasha nuzuze 1k Thanks alot 🙏♡♡
Wow
Komeza uduhereza biradufasha cans
Thx bro
Thank you GGO
Uri uhanga cyaneee
The millionaire next door is very interesting book Uzadukorere next episode
iyo wizigamye amafaranga muri banki mu gihe runaka bank niyo uba ibyungukiramo kuko irayacuruza akunguka Kandi wowe utasubizwa uko wayatanze cgw bakanagukata ayo kuyagucungira,
Gentil ndagukunda cyane, keep it up!❤❤❤
Gentil ndakwemera nanjye
Thanks GGO ibibiganiro nibyiza kbs jyubiduha keshi
Umurongo utambitse mugushora imari niwo mwiza cyane kuko biba bisa nko kubyara umwana mushya mumuryango naho uhagaze bisa no kuboneza urubyaro wita kumwana umwe wabyaye.
Wow very interesting GGO ❤❤❤
GGO urakoze cyane ibibiganiro nibyiza byadufasha kwiteza imbere❤
Banki niyo yunguka cyaneee!!!ibyiza ni ukuyashora mubindi byunguka ukagira utuntu twishi twinjiza
Urakoze ku namaudu haye mugenzi. 🇧🇮 🇧🇮 🇧🇮 🇧🇮
Tukumba cne depuis le Burundi komereza Aho iki ikiganiro cawe c'est très intéressant !
Imana igiguha umugisha Kandi ibyukora bizabe ikiragano cyabawe Bose GGO
Impamvu nkunda kumva ibiganiro byawe nuko bibabirimo ubwenge mbese bituma umuntu ahika muntekerezo akaba yakwiyubaka muburyo bumwe GG turakwemera courage kbsa ❤❤❤❤❤
The answer it’s bank we love your conversation GGO if I get rich I’ll give you same gift bcz your good teacher thanks
Interesting topic, keep going,we are waiting a lot of parts ❤❤❤❤
Thx Gentil wanje ibintu nkivyo nari nkumbuy kubivuga !!
Izi nkuru zaradufashije cyane!! Millions next dor
Hari ibintu biba bikubiye gake ❤
Gedeon ndagushimiye urakoze cyn kubushakashatsi ukora bikatugirira umumaro tukahakura ubumenyi ndetse tugahinduka ibiremwa bisha mubwonko
Imana iguhe umugisha
Imana yarakozee. Yatuguhaye turagukunda canee buja
Wampindiriye ubuzima Big bro jya ukomeza uduhe ibiganiro bya financial literacy❤
Iyo ubutse amafaranga muri bank niyoyunguka Arko iyuyagujije nawe urunguka❤❤❤
Mbikuye kumutima warakoze kugarura ibiganiro byo kubukungu .
Kuko narabisabye cyane binyura umutima wange Kandi byaramashije iyo nenda gusesagura cg iyo ngiye kwangiza amafaranga mfite mpita numva ibiganiro byubukungu.
Nimpamo nzaba umukire nshingiye kunama ungira.
Drop other chapters we love you so much ❤ keep it up
So much
Respect!
GGO hejuru cyane
Ubundi abantu babona ko jant jideo wacu yagarutse bakore like. Ubundi twiyumvire ibyubwenge ukunduyumugabo nanjye ndamukunda❤❤❤❤
iki gitabo nicingenzi canee, ukomeeeze GGO❤
This is point ☝️
I have listened your videos from 2016 , I like you . Thank you .
GGO turakwemera❤❤
I'm agree with you. GGO . I'm millionaire of the Future. Send us all Document
Good man talk important things.
Thanks Genti
Thank you for your help,time and patience
reka mvuge ko uri ingabire twahawe n' Imana udufatiye runini Gentil be blessed
Komerezaho GGO turigufashwa
Uri umuhanga Gentil, niduhura nzakugurira Byeri ikonje !!!!
Urakoz cyan GGO, uzadukorere no kuri rich dad, poor dad
Nyagasani akomeze aguhe imbaraga, courage 💪.
Woow urakoze cyane Gedeo💕
Imana ikumpere umugisha
Wooooooooooo❤❤❤❤❤❤
Murakoze cyane
It is wonderful explanations thanks
GGO urakoze cyane Rwose
Mubyukuri numvise Ayamakuru arayajye nababeshye ese wazadushakiye Amakuru kuri (Forex trending)&( Future trending)
Kuko nabonye abantu batari bacyeya bataziyuko Ari akazi keza kubabizi babyizeneza nkajye urakoze cyane 🙏
Big up chief love you so much from Bujumbura/Burundi
Hello Sir, Igice cya 3 Turagitegereje cyane.Imana ibafashe mukiduhe pee.
Murakoze cyane Akazi keza.
ndagufana cyan Gentil
Courage turakwemera
🎉🎉ubundi ibi nibyo biganiro byage
Big hug gedeon
Mwakoze kutugira inama😊
Ubundi ibi nibyo tuba ducyeneye, harukuntu numva bimfunguye cyane
Ndagukunda from Burundi kuva natangira kumva ibiganiro byawe ninjiza million nigice but kwezi
Very interested
That good pee jya uva no mumatiku ya yo muburasirazuba bwo hagati na Ukren
Gentil,bihorere,babyumvishe ko wavuze 1000/day,=30000,.ahubworata, njyewe ndakwikundira cyanne ,uzansure,urebe ahongeze,kuko natangiye kugukurikirana,ugeze kumyitozo 11 yokuba umumillioner,nibwo narimvuye kwishuri, uzambaze nzakubwira,ndagukunda.🙏
Jyewe mufitiye gift nzamuha ubuhamya
Interesting
Ndakwemera cyane❤❤
Wowe niwowe wanjye kbsa
Ibiganiro byawe biranyubaka cyane
Nanjye nkurinyuma
Ikigitabo ndagifite komeza ukinsobanurire neza urakoze cyane❤
Igitabo kiza cyane komeza udusimere natwe twumve Musaza
GGO WOWE NZAKUGWA INYUMA PEEE GISOME CYOSE I LOVE U NZAGUHA UBUHAMYA BW A KEEP THEM POOR ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Uraho neza❤❤❤
Iki gitabo cyari cyarananiye kugisoma ariko urakoze cyane rwose
Ndabikunze cyane GGo komeza Udusomere Na red and blue market
Urakoze kumpugura . Ndatangiy
GGO ndakwemera !
Wampaye nimero yawe ko nshaka ko tuvugana
0785067272
🔥🔥💯✍️✍️
Ndakwemera bro
That's one of my favorite books 🤗
We are waiting for other parts
Ok murakoze
Good ideas
Thanks my inspiration
Turategereje next
Thank you so GGO
Ni bank 🏦🏦🏦 yunguka cyane wowe ntacyo wunguka
Thx ubwonko bwacu bwungutse
Good 🎉🎉🎉
Thank you
Ujye ukomeza kudusomera iki gitabo pe
Very good to listen to this
Be blessed
Ibibiganiri nibyizacyane biradufashacyane❤❤❤❤❤
Byiza cyane
Wakoze cyane kuri iki kiganiro brother
Urakoze cyane
Ndaza kukumva ryamye nkumva ijoro ryose kugera nakwicura nkakumva nasinzira ugakomeza kunganiriza mbese uri ishuti nziza mugutanga ibitotsi byiza
Good advice GGO
Let’s get to money 💰 get you mind right
Merci bck 🙏🏽🙏🏽
Thank you so much
Wew wubahwe vrmt ndakwemera ndakwigirako vyibshi bientot nzabandi ,,,, hama uwunguka ni bank kuk wew barakubikira bajayatamwo ubundi ugahomba nabo bungutse
Gentil ndakwemera cne,uzadusomere nikindi gitabo cyitwa the phycology of money
Ndagukunda pe uvuga ibintu byubwenge
It's good❤
Ndagushimiye cyane niba warankandiye kwifoto warakoze cyane wamfurawe niba nawe utarabikora mfasha nuzuze 1k Thanks alot 🙏♡♡
Wow
Komeza uduhereza biradufasha cans
Thx bro
Thank you GGO
Uri uhanga cyaneee
The millionaire next door is very interesting book
Uzadukorere next episode