Це відео не доступне.
Перепрошуємо.

VATICAN: UMUSOZI W’ABAPFUMU WAHINDUTSE IKICARO GITAGATIFU|IGIHUGU CY’ABATURAGE 700|KARIBU KWA PAPA

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 13 лип 2024
  • #GENTILGEDEONOFFICIAL #GGO #infinitytech #ibtcfilmschool #nbg #everlife

КОМЕНТАРІ • 73

  • @NIYOMUKIZZofficial
    @NIYOMUKIZZofficial Місяць тому +6

    Iyi documentaire nari ndayitegereje kuri GGO

  • @ShumbushoMoise-nv7th
    @ShumbushoMoise-nv7th Місяць тому +6

    Utugezaho amakuru neza 💫🌟

  • @muyisengeonaan792
    @muyisengeonaan792 Місяць тому +5

    Murakoze cyane!! Ibyo uvuga nibyo kandi nubu ubupfumu muri za kiriziya buracyakomeje cyane !!!

    • @immaculekubwimana314
      @immaculekubwimana314 Місяць тому +1

      Ubivugishwa nsa sekibi kuko Imana iri hejuru yabyose Kandi ishobora byose Kuba Vatican yarabaye nziza nukubera Imana sukubera ubupfumu ahobwo ndabona kiriziya aricyo kwizerwa mumatorero yose kuko ikomoka kuri kristo bya nyabyo wayirwanya utayirwanya izakomeza ibe itorero ryera

    • @user-df9cp9mn6w
      @user-df9cp9mn6w Місяць тому

      Yego Sha immaculate ​@@immaculekubwimana314

    • @patopatrick258
      @patopatrick258 Місяць тому +3

      Kiriziya niyo iyoboye isi, ariko ntizigera iyobora abantu b'Imana!
      Naho ubukoroni bwamadini muriki gihe nta gihe twabuha

    • @jeaninemukezimana5499
      @jeaninemukezimana5499 Місяць тому +1

      ​@@immaculekubwimana314Barayirwanya ariko niyo iyobokwa cyane, ifite naba fideles benshi kwisi

    • @feliciennzavugankize5569
      @feliciennzavugankize5569 Місяць тому +2

      ​@@jeaninemukezimana5499hhhhhhhhhhhhhhh ubuse ko mu isoko iyo hari umusazi ko ABA akikijwe n'abantu benshi ni uko aba akora ibyiza? Mubaba bamukikije se hari uba yifuza kumera nkawe? Ubwinshi ntibivuze kutayoba Babuloni Nyina w'ibizira byose Niko Bible ivuga

  • @Iris87
    @Iris87 Місяць тому +2

    Vatican : Vatis : Divining Can: Serpent
    Mu bijyanye na Bibiliya igihe Benito Musolini yasubizaga kubutegetsi ubupapa nibwo : Inyamaswa yari yarakomeretse uruguma rwica yari irukize, Nyuma yuko General Bertier wo mu ngabo za Napoleon yicaga Papa amutsinze muri Gereza.
    Uzatubwire no ku nyubako ihari yitwa Paul VI conference hall.

  • @NdayisengaElisha
    @NdayisengaElisha 18 днів тому +1

    Urakose

  • @user-xk6jx4mv1z
    @user-xk6jx4mv1z 21 день тому +2

    Gentil Gedeo uzitonde cyane
    Ushimishwa no kuvuga nabi kliziya ya Yezu kristu
    Nyamara niwowe ubwawe wirahuriraho amakara yaka ku mutwe wawe
    Uti gute se ;
    Mu biganiro byawe wibasira kliziya utazi uko yabayeho
    Nyamara Wowe n abandi benshi iyo basomye Bibliya neza basanga kliziya ariyo dukesha kumenya no kuyoboka imana
    Soma Matayo 16 : 16--19
    Ni mwebwe n abandi Yezu kristu yavugaga
    Yarabibonaga ko igihe kizagera kliziya ye igatotezwa bikomeye
    Nyamara ntacyo muzayitwara wapi
    Ahubwo byanze bikunze muzatsindwa ( byisomere matayo 16 : 13-- 19
    Matayo 28 : 18--20
    Kliziya yavutse ityo Yezu kristu ayiha Roho mutagatifu niyo mpamvu abayirwanije bose na Lutheri arimo bose ntacyo bagezeho
    Uzarebe amatorero akomoka kuri Lutheri uko ameze ni ikibazo ( cash yonyine )
    Nibura kliziya yashoboye kuva i Yeruzalem yamamaza imana igera ku mipaka y isi nkuko nyirayo yayitegetse kandi n ubu aracyayirimo biragaragara
    Sekibi iteka aba ayikubitira urutoki nimwirinde kumufasha gusenya ibyo kristu Yezu yubatse abitegetswe na Se
    Ngusabiye ingabire y ubushishozi mu iyobokamana
    Gira amahoro Yezu kristu atanga

    • @immaculekubwimana314
      @immaculekubwimana314 21 день тому

      Mureke alyoherwe numwijima arimo ntazamenya ikimukubise yigize umunyabwenge ashaka koreka imbaga asebanya

    • @user-fw4oy1mk6u
      @user-fw4oy1mk6u 11 днів тому

      Kiriziya ya Yezu? Kuki itaba iya satani? Uzi aba polotestant 50M yishe ibahora kuva mumigenzo nimihango byayo byagipfumu?biriya bigirwamana ngo Yezu na Maliya birirwa batambira ibitambo bakabiramya BIBILIYA irabyemera itegeko rya 2 mumategeko y'Imana uzicyo rivuga?uzareba akazayibaho biyita Imana bakuraho ibyo yashyizeho ngo bari hejuru ya bibiriya

    • @gihamyaonline
      @gihamyaonline 10 днів тому

      Nonese ibyo avuga si ukuri?

  • @EmmyNizeyimana-hf7hf
    @EmmyNizeyimana-hf7hf Місяць тому +11

    GGO congratulations

  • @bizimanasamuel4120
    @bizimanasamuel4120 26 днів тому

    Ntaguhagararira Imana mbonye. Imana ibera hose icyarimwe. Ikindi ntamuntu dukeneye wo kutugeza kumuna cyaretse Yesu wenyine.

    • @immaculekubwimana314
      @immaculekubwimana314 21 день тому

      Se ko mbona bibateye ishyari kuba ajagarariye kristu kwisi ,wibuke ko ilyo jambo ari kristu walyivugiye agiye gusubira mwijuru yaravuze ngo mugende mwigishe amahanga yose mwizina lya data wa twese numwana numwuka wera uwo muzakizibyaha ,azabikizwa uwo muzavuma azavumwa ,icyo muzahambira kwisi ,no mwijuru nuko bizamera ,mureke amashyari rero ,ndakubwira ko iyo kiriziya itabaho ,ntabwo nawe ubufitilyo vuzivuzi lyumurerwe ,kuko yarwanyintambara nyinshi kugirango itotezwa lyabakristi rihagarare ,

  • @UTAMURIZAViolette
    @UTAMURIZAViolette 27 днів тому

    Much love GGO

  • @bikindijeanbaptiste1330
    @bikindijeanbaptiste1330 8 днів тому

    Murakoze kutugezaho amakuru wangu.

  • @elogejeandedieunininahazwe681
    @elogejeandedieunininahazwe681 Місяць тому +1

    Vatican l'epicentre de la sorcererie, GG0 ndagufana . Much love from Burundi

  • @desirengzh4606
    @desirengzh4606 Місяць тому +1

    Gentil Gédéon uradukorera kiganiro kuri SALLE D'AUDIENCE PAPE PAUL VI yubatswe mw'isura y'ikiziramire c'ikiyoka kinini casamye hafi ya Basilique Saint Pierre, inzu y'amanama i Vatikano

  • @Nahayoxavier-gu6kz
    @Nahayoxavier-gu6kz Місяць тому +3

    urarenze bro

  • @NdihoKubwayo-pm5mc
    @NdihoKubwayo-pm5mc 5 днів тому

    Kiriziya gaturika igihe cyayo yagikoresheje mukurwanya ukuri kwigishwaga n'abagorozi nkaba Martin Luther nabandi igihe cyayo cyarangiye muri 1798 iriho ubu yaje gusohoza ubuhanuzi burigusohora ubu bwo guhata imitimanama kwizera ibinyoma byayo bizarangira yo nabizera ibyayo birimbutse.

  • @PlumberJustin
    @PlumberJustin 25 днів тому

    Ibyah 2:12-17
    [12]“Wandikire marayika w'Itorero ry'i Perugamo uti“Ufite inkota ityaye ifite ubugi impande zombi aravuga aya magambo ati
    [13]‘Nzi aho uba ko ari ho intebe y'ubwami bwa Satani iri, nyamara ugakomeza izina ryanjye ntiwihakane kunyizera, ndetse no mu minsi ya Antipa umugabo wakiranukiraga kumpamya, wiciwe iwanyu aho Satani aba.
    [14]Ariko rero mfite bike nkugaya, kuko iwanyu ufite abakomeza inyigisho za Balāmu, wigishije Balaki gushyira igisitaza imbere y'Abisirayeli kugira ngo barye intonōrano kandi basambane.
    .
    [15]Nawe ni ko umeze, ufite abakomeza inyigisho z'Abanikolayiti nka bo.
    .
    [16]Nuko wihane kuko nutihana nzaza aho uri vuba, ndwanye abo mbatikure inkota yo mu kanwa kanjye.’
    [17]“Ufite ugutwi niyumve ibyo Umwuka abwira amatorero.“Unesha nzamuha kuri manu yahishwe, muhe n'ibuye ryera ryanditsweho izina rishya ritazwi n'umuntu wese keretse urihabwa.

  • @user-cp9ph4bq7n
    @user-cp9ph4bq7n 20 днів тому +1

    Nta muntu wajya mukimbo k' Imana mw'isi

  • @AhishakiyeEmmanuel-so9zh
    @AhishakiyeEmmanuel-so9zh 28 днів тому

    Mana Uhoraho rengera kiriziya yawe witoreye. Mana Uhoraho abakurwanya nibenshi ariko nkushimiyeko ukomeza kuturinda muri kiriziyayawe ntagatifu Amen .

    • @PlumberJustin
      @PlumberJustin 25 днів тому +1

      Ibyah 2:12-17
      [12]“Wandikire marayika w'Itorero ry'i Perugamo uti“Ufite inkota ityaye ifite ubugi impande zombi aravuga aya magambo ati
      [13]‘Nzi aho uba ko ari ho intebe y'ubwami bwa Satani iri, nyamara ugakomeza izina ryanjye ntiwihakane kunyizera, ndetse no mu minsi ya Antipa umugabo wakiranukiraga kumpamya, wiciwe iwanyu aho Satani aba.
      [14]Ariko rero mfite bike nkugaya, kuko iwanyu ufite abakomeza inyigisho za Balāmu, wigishije Balaki gushyira igisitaza imbere y'Abisirayeli kugira ngo barye intonōrano kandi basambane.
      .
      [15]Nawe ni ko umeze, ufite abakomeza inyigisho z'Abanikolayiti nka bo.
      .
      [16]Nuko wihane kuko nutihana nzaza aho uri vuba, ndwanye abo mbatikure inkota yo mu kanwa kanjye.’
      [17]“Ufite ugutwi niyumve ibyo Umwuka abwira amatorero.“Unesha nzamuha kuri manu yahishwe, muhe n'ibuye ryera ryanditsweho izina rishya ritazwi n'umuntu wese keretse urihabwa.

    • @PlumberJustin
      @PlumberJustin 25 днів тому

      Mbese waba Uzi icyo uyu murongo wa bible usobanuye?

  • @NdihoKubwayo-pm5mc
    @NdihoKubwayo-pm5mc 5 днів тому

    Kiriziya gaturika niyo yahatiye abantu kubahiriza ibinyoma bya Roma mpagani igihe Constantine wari kayizari ubwo ibigirwamana byabo babihimbaga amazina y'Intumwa za Yesu babeshya. Bishe benshi banze ibinyoma byabo bimara imyaka 1260. Kuva mu 538 kugeza 1798.

  • @otosport8539
    @otosport8539 Місяць тому

    uzoduhe amakuru ajanye n'ukwemera kwa Jadi n'umugigwa wa Kobero bantu

  • @niyobryanamstrong8855
    @niyobryanamstrong8855 Місяць тому +3

    Vatican means divine serpent

  • @gihamyaonline
    @gihamyaonline 10 днів тому

    Ariko Gentil, uzatubwire uburyo Monaco ari igihugu kandi kiri mu kindi gihugu (u Bufaransa) ese ubwo ibyo bihugu ni gute bihuza ubuyobozi?

  • @gilberthakizimana3382
    @gilberthakizimana3382 9 днів тому

    Hari ikintu kitumvikana neza!!! Mu burasirazuba bwo hagati muri Israel niho hari amateka ya Yezu , Kuki ikicaro gikuru cya Kiliziya ya mbere kitubatswe muri Israel aho Kristu yabaye akanapfira kikaza muri Europe? Gentil muri iyi Doc haraburamo ayo mateka yuko byajyenze.

  • @ntabwobafrancois45
    @ntabwobafrancois45 Місяць тому

    Ukunda umurimo wawe...courege

  • @MichelByishimo-um5uu
    @MichelByishimo-um5uu Місяць тому +1

    Niwabo wasekibi koko sha niyo ureba uburyo basenga basenga abadaimoni kuburyo bugaragrira ijisho

  • @IRADUKUNDANDIZIHIWEJeanpaul
    @IRADUKUNDANDIZIHIWEJeanpaul Місяць тому

    Ni hayari

  • @muyobokejustin4927
    @muyobokejustin4927 Місяць тому

    Bacana buji kumanywa yihangu mugihe bari mugikorwa cyo gusenga, uko nuguterekera sugusenga

    • @angemwizerwa8134
      @angemwizerwa8134 Місяць тому

      gusenga no guterekera ni kimwe ntaho bitaniye aho bitaniye ni uwo uba uri kubwira naho kunenga uwacanye buji ni ubumenyi buke kuko no mu ijuru baracana. Soma mu byahishuwe Yezu yiyeretse Yohani ari mu bitereko n'amatabaza, Soma Izayi 6;1

  • @nawewakira
    @nawewakira 19 днів тому

    Ubwo se i Vatican habayo inzego z'ibanze?

  • @ngenzihitimana8173
    @ngenzihitimana8173 29 днів тому

    Abapfumu nabo bise abatagatifu bitaniye he?

  • @emmanuelmutsiri4762
    @emmanuelmutsiri4762 Місяць тому

    Ubupfumu no muyandi madini nibwo gusa naho vatican irarengana

  • @j.m.vnteziryayo42
    @j.m.vnteziryayo42 Місяць тому +1

    Ubupfumu muri Kiliziya ubu nibwo bufite imbaraga kuko buhuzwa n' ikoranabuhanga

    • @mariaMaria-yq2hp
      @mariaMaria-yq2hp Місяць тому +2

      Apana kiriziya Gaturika wapi pe nta bupfumu ! bwibera muba born again

    • @angemwizerwa8134
      @angemwizerwa8134 Місяць тому +1

      murabeshya rwose njye uzabimpera ikimenyetso nzahita nyivamo ariko namwe murabizi ko ibyo muvuga ari ikinyoma

    • @user-fw4oy1mk6u
      @user-fw4oy1mk6u 11 днів тому

      ​@@angemwizerwa8134ntabwo ureba imigenzo nimihango kereka ugeze yo nibwo wabimenya Luther yagiyeyo abonye ibintu biberayo aravugango niba ikuzimu habaho Rome iyubatse hejuru