Kelly uri umwana mubii, uri ikirara , kdi uzicuza mubuza bwawe bwosee kubera ubwo buninja bwawe peeeee🤔🤔🤔🤔 Chris mba mbona arj umusore wo kuryoshya ubuzima ntakindi gitekerezo kiri serie agiyee🤣
Yannick ambabarire ambwire Chris,Nyambo na Jojo ko yagiriwe nabi na Kasha, Daddy,mbabarira rwose Kasha amenyekane pe,sinshaka ko akomeza kwifatira Jojo❤❤
Mureke mbabwire ikintu kinshimishije kuruta ibindi nzindutse pe mwibazeko natangiye kureba My ❤ bageze kuri epsd ya 280 natangirire 1 kumunsi narebaga 4 cg 5 kumunsi kugira Ngo mbafate pe nukuri mbigezeho muminota 10 Gusa , ndabingenze Nanjye mumpe lek numve uko zimera pe kuko nabaje inyuma ntamuntu wigeze ampa lek mbasi Nanjye nzibone
Ndabakunda cyaneee ❤❤❤❤❤
Courage urakaza neza mumuryango wa daddy
@@killamanempireAhubwo arisanga nk'umwana iwabo! Daddy dutegereze ya group Abana na papa bazajya bahuriraho. Bavandi murumva idakenewe yemwe?
Daddy nabikurikirane adushyirireho group ya banabep kk turamukunda cyaneee❤
Karibu rwose nuqomuhate wagize rwose yakore
@@mutonirachel yego rata! Irakenewe cyane p!
Ntamuntu umbabaza nka Kelly mumfashe tumugire inama ahitemo areke gufatafata. Nimba ubyumva nkanjye like
Kelly please hitamo Chris ❤️
Criisi Béni Kevin,azi gukunda pe ahantu hoose mubonye mpitako nkwama Criss azi gukunda pe
Kelly nguhitiyemo Chris .
Kelly uri umwana mubii, uri ikirara , kdi uzicuza mubuza bwawe bwosee kubera ubwo buninja bwawe peeeee🤔🤔🤔🤔 Chris mba mbona arj umusore wo kuryoshya ubuzima ntakindi gitekerezo kiri serie agiyee🤣
Hitam Chris mn
Icyifuzo cyacu cyakiriwe bija iyobija vuba araba yavuye mucyaro ababyishimiye nkange mumpe Like 👍
Kelly nafate umusore wamugiriye neza akamugeza aho ageze yewe ntibagirwa numuryangowe areke ubuhemu kris azabona uwe mwiza.kelly wikwibagirwa ineza wagiriwe
Uwemeranya nange ko Tukowote atekereza kigabo nantemo 👍👍
Wawoooo mbega byiza noneho ndakeka abantu benshi bamaze kubona Yannick abumva yajya niwawo bakareka kwirirwa bashakisha mumpe Like 👍👍👍👍👍👍
Gatat
Ahubwo Kwa Bijiyobija
Iwabo kwa Adolphe nabe aretse ahubwo ajye Iwabo kwa Bijiyoja
Ajye kwa Bijiyobija geregwari
Nyambo ❤ urasa neza
Yanick aragukunda papa waw wamwiyerets mwibanga basi naw akishima 💞🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Nange Niko mbyumva
Abari kubon ukuntu nyambo ameze nkudashaka ko hari uwakora kuri Yannick nampe like
Birashisha
Mbon ab yiriy bikabij😂😂😢
Reka yirire ipoze kumukunzi wewe basha 😂😂😂
@@speskeza749 oy narek kuduter umujiny kwiry ntabw bimuberey😂😂
Nagatangarak wew warek kuvuga uk😂😂😂😂@@alees4907
Wawuu yannicky Aributse kwa kwa foromina abishimiye igitekerezo cyo kugurira inzu bijya iyobijya mumpe layike❤😅
Bahita bavuga asant papa urakoze cyan ryose imana iryikurinda burimusi uguhe kuramb nukudasaza❤❤duhe iyindi zibe 3turare neza arikontaco udukorey umusi kbx nyambo and yannick niwewnjye pee❤❤❤❤ tenkiyou somac🙏🙏🙏
Ntababeshye ndigukunda
Iyi frime nayimenye
Kuwakane mbonye ikiganiro
Kerry na Chris bakoreye kwisimbi tv nakoze ibishoboka ndeba nki 10
Zanyuma kugirango tugendane none ndokumva ndyohewe
Dady urakabahope❤❤
Ninjya mbona akanya nzajya ndeba izabanje❤❤❤❤
Waratanzwe niba utaratangiranye nayo
Mana weeeee ndifuza ko Kelly bamufata akareka gutesha abasore babandi kubatesha umutwe 😊😊😊😊😊
Ntakubeshye iyi niyo film iri kugaragara ahantu hose kbs ❤❤❤ imana ijye iha daddy wacu ibyo kuduhaza, gusa dukeneye kuku bona wasubiye ucyaro kureba awakujyiriye neza
Sha yanick gera kwa papa wawe dore abubwira ngo baceceke ko batakubonye ntibabishobora ntabanga bigirira😂❤niba namwe Ari uko nkandira ku ifoto ❤
Iyo Daddy yagaburiye abana bahaze bahita bavuga gute harya murakoze ❤
Sha murazinduka nange nimumpe 😢 like numve ukobimera please 🙏🤍♥️♥️🤍🤍🖤🖤 my heart ndabakundacyane
👏👏👏👏👏 amanshyi ya yannick kubwigitecyerezo kinza rwose nubwo mutumwe nitwikira umwenda ariko ndabakunda cyane
😂😂😂😂😂😂😂
Daddy dukundana ncee ndabona ibyokurya byahiye turimo turarura kubiryo byumuhanga ❤❤❤❤❤😂😂😂
Yannick turagukunda nyambo imana ibashyigikire cyane ❤❤❤❤ daddy
Urakoze cyane
Wauuuu first one thank you Daddy
Number one mumpe aka like guys
Kelly,uyu Willy ukubwira agukanga mutarabana nimubana azaguhabura tu.
😂😂@@MucyoBless
Cyokora Kashaaaaweeee,uragatsindwa n'Imana!!sha njyewe duhuye navuzinduru pe!!kubera ibyukina kbs
I wish ko Gahongayire yareba iyi episode akumva Nsabi aririmba indirimbo ye 😂😂😂😂😂😂😂
Papa Yannick umuhanuzi wibihe vyose. Respect 🙏🙏
Wooooow ndumva nishimye cyaneee kuba Yannick yibuka ibyo bijiyobijya yamukoreye cool kbx nukuri nagire abasure agire ukuntu abaremera❤️❤️❤️❤️
Kerry ko ukinana ubwoba cyane ujye witonda mu kanwa kuko urabizambya kabisa
Ameze nka yve😂😂😂😂 bose nabanyabwoba
Akantu nabonye, nyambo atarabona yagaragaraga nk'umuntu utajijutse, afite ubwoba,yiyubaha cyane ariko aho abashije kubona wagira ngo amaze imyaka icumi abona.
Ereg abant nuk twibagir vub iyo twavuy🤣urabon ukunt ab yigiz uwa dange
Yannick yiyerekane kukazi Kbsa ababyumva nkanjye mukande hano
Turishimye cyneee kko utumenyera ibidukwiriye kdi bidushimisha
My heart nubwo ntayirebera isaaha kubera akazi arko igihe nkarangirije ndayireba kdi igitekerezo gishima nticyabura
Killa uri umuganga wimitima yari yihebye ubu isigaye itashye nibyishimo kubwawe❤❤❤❤❤
Number one dad abaza nyuma mume like
Daddy, urakoze cyaneee! Gusa ndumva nagusaba indi mwaaa 😂😂😂😂
Kelly wacu, va muri sentiment Fata umwe cg bose ubakatire ubanze wihe gahunda sha❤❤❤
Daddy wacu mwiza dufashe Kelly tumubone yahisemo umusore umwe gutendeka sibyiza rwose ,turagukunda Daddy mwiza ❤❤❤
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤yanik turagukund kiris bwiza sewayanike ukuri ataza byumva ahandi
Wawooooo nsabi na nzayino nkumbuye kubona couple zabo zahuye noneho iyo ep nigeraho hazashya 🔥🤣🤣🤣 .nibigera kumunsi Claudia na nsabiiii bemereranye urukundo ni 🎉🎉🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥.nsabi ntituzakira indirimbo ze
Nanjye ndikubikumda
Nindumaz kubona ko nsabi urukund rwamuhinduye yabay uwundi muntu urukund rwubahwe❤❤😂😂😂😂😊
Ndabakunda cyane ariko mugire murebe bijiyobija rwose gusa murabakinyi beza kd dukunda❤❤❤❤
Wooooooow 😮😮😮😮😮
Umubyeyi uticisha abana be inzara disi weeeeeh ❤❤❤❤❤❤.
Thanks again Daddy wacu
Kelly ateye umujiny rwose nareke gukinish uyu mutipe rwose urambonera Ra intara ati oya Kigali ati oyaaa asyeee.
mbega byiza cyane weee gusa dukumbuye natasha pee kugirango bikomeze kuba fireee ndabemera kbsa
Wamungani Natasha yagiyehe
KILLAMAN ndagufana kbs courage mubyukora
Daddy wacu wakoze cyane cyane Imana iguhe umugisha mubyiza byose ❤❤❤
Wawuuuuuu thank you so much Killa wacu turagukunda ♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️
Cyakoze kabisa niwowo wita kubafana bawe pe Tugukunda cyane❤❤❤
Ewana ubundi ni oe wacu killaman ntako ngo ni daddy ❤❤
Bijiyobija aradukiranye peee gsa ndabikunze jyiraso yiturwindi❤ kd jyiraneza uzayisanga imbere😅
Mbahaye utu💋💋💋💋 muri kudukorera umuti narindwaye none ndakize killaman 🍾🍾
Thanks daddy noneho ndahaze pe nzongera kurya ejo❤❤❤❤
Daddy Imana ijyisubiza aho ukuye rwose kubwo kunezeza imitima yacu ndabakunda
Thanks daddy
wow killauradukoreye umunsi kbs niwowe wacu turaukunda cyane kd courage
Mwiriwe neza! Murakoze cyane Imana irusheho kubagurira impano.
Wawooh nukuri nukumugurira inzu ndabikunze pe ubundi my heart irigisha pe
Cyakora ❤ bazi inshuti zayo kko mbega byiza weeeee ndabikunze
Ubundi yanick niwe Daddy wacu turagukunda cyane abana bawe
Wooow,uradushimishije Kbx
Thank you Daddy wacu
Daddy komerezaho kbs urikubikora neza urikutunezeza gusa urinda ijambo ryawe gusa arko Nyambo natahe ajye iwabo ntago azakomeza kuba kwa Yannick none c mwarabanye tubimenye kdi nyambo ibintu byo kwivugisha ngo bamuheke buri kanya nagabanye kdi nyambo agifite ubumuga bwokutabona yaritondaga none ubu asigaye afite ubushize kuva yakira
Oya sha none yari kwerekana emotions ziwe gute koyarafise ubumuga bwo kutabona, iki nigihe ciwe rwose mumureke yiteho umukunzi wiwe basha.
Yannick gira wigaragaze kuko abamaze kumenya ko uhari Ni benshi, ndagukunda cyane❤❤❤❤
Nkunda ukuntu Kelly agaragaza amarangamutima, ndagukunda cyane ukina neza sister🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉
Wow byiza cn daddy wanjye ndagukunda cn pe mummy yakoze guteka kd biraryoshye peee
Kuva mbayeho nimbwo mbaye uwambere, urakoze our Daddy niwowe Wanjye
Cyokoze Dady ufite Abakinnyi Bazi gukina Jojo, Kelly papa yanick ubundi niwe wacu pe Iove you dady
Oooh dady urongeye uratugaburiye kantere agatebesha mbirye oooo❤❤❤❤
Yannick wacu turakwemer cne gusa ubu tugeze aho turyohewe cne kbx gusa umuntu arebye nabi kbx yanarira 2 gusa my ❤❤❤❤❤❤❤hejuru cn🎉❤
Yannick koraha urumuntu wumugabo my❤ndayikunda gira ujye kureba bijiyobija
Urakoze Yanick hindurira famille Bijiyobija ubuzima ❤❤❤, ariko mbere iyereke Papa wawe
ubundi ni wowe daddy wanjye❤❤❤ ubundi wowe nkuhoza ku❤❤❤❤
Yannick ambabarire ambwire Chris,Nyambo na Jojo ko yagiriwe nabi na Kasha, Daddy,mbabarira rwose Kasha amenyekane pe,sinshaka ko akomeza kwifatira Jojo❤❤
arko ibibintu ngo ni like bibamo akantu ngonanjye mubinkandire cg mumbwire kbsa
Kbs daddy wacu turamukunda cyanee Kd na nyambo turamukunda cyanee ❤❤
Hello dady thanks for giving us another
Episode we love you know that ❤ ❤❤
Umuntu wamboneye kuntu nyambo afuhira yanick adashaka ko hari umukobwa wundi umukoraho ampe like kbs
😮
Ndabona arikwigira nabi kubantu bose adashaka ko harumuntu wamukoraho
Ndabona yarihenuye kubandi Bana mbega Nyambo kwirata bibi bibi bibi cyaaaane
angez ahant kwiry ntibiber bwabund hemw🤣🤣🤣
Urakoze cyaneee Daddy wacuuuu❤❤n'ubundi wari waduhaye gatooooooooo😮😢Thank youuu❤
Urakoze dady
Number 1 nanjye mumpe like 🙏
Yawe umwaaaa ndishimyeee pee!!!! Welcome nshuti zange birandenze
Kbx daddy wibihe byox turagushimiye cyn nukurip Imana ikomeze ikwagurire ibyifuzo byawe ♥️♥️♥️♥️
Cyaz niwoe Wacu daddy thnks kbx
My heart hejuru cyan ❤❤❤wakoze kuduha. Indi.
Woooow nukuri Yannick uzabagurire inzupe bave mugasuzuguro kuriya mugore
Muzanyereke nsabi yaterese, yavuzengo ndagukundaga cane❤
Woooww Daddy thanks 🙏 nukuri ❤❤❤❤
Yanike aba yateguye agashyiramo nokuzamurira Imana icyubahiro amashimwe ya Jojo aranshimishijepe Yanike hejuuuuru ,hejuru cyaaaane
Nyambo ndabona ahobukera turagura ibigoma byo gihekwamo🤣♥️♥️♥️♥️♥️♥️
Daddy mumfashe tumuhe amashi meshi niwe mugabo ukora film udushimisha pe❤🇧🇮🙌🏽🫂
Daddy urakoze cyaneeeeeee nagowakumv ukun nishimy
Wawuuuu dady wacu urakoze cyaneee uruwambere ukanikurikira❤❤
Thanks alot 🙏for give us 2ep today,is professional ❤️❤️ I love this
Daddy niyo mpamvu nkwemera ❤❤. Uraturemeye p!
Wawooo mugize nezaaaa
Murakora cyane.
Imbere cyane eee
Kelly I love how you act keep going ❤❤🎉
Yannick wadufashije ukiyereka papa wawe agatuza ko akurwanira ishyaka udahari
❤
Munguwe kwisi nukwitonda, wabonye ukuntu Kasha yasuzuguye Bijiyobija, muribuka maman Kasha ivyo yakorera Filomena, oh none Imana itabura uko ibigenza iraje ibakure mugisuzuguriro, ahwiii. Nukuri turaba My Heart twongera twakira inyigisho zirimwo pe. ❤
🙏🙏🙏🙏ndabashimiye cne my heart imana ikomeze kubakomeza❤❤❤❤🙏
❤❤❤❤❤ ndimurukundo nasabi pe🎉🎉🎉
Nkomeje kwishima pe my❤ nikumutima pe gusa ikindi kinshimishije nukuntu utuntu two kwaka like mumaze kutwihana pe 😂😂😂😂
Nukuri ngewe bimvuye kumutima ndashimye cyane
Daddy urakoze cyaneee mwiza wacu
Ahehehehe birahiye muze turye daddy yahashye
Inzara yarimereye nabi thank you daddy