Claudia you are talented kbs! You are the most talented in Rwanda ! None like you even Nyambo, I mean above none like you in your teamwork! Courage!!! I am waiting for your love with Nsabi , I am on your side .
Abakinnyi Bose bari hano ni beza ark nyambo is best woman actor Arusha Claudia kuko abantu babasha gukina ari impumyi ni bake cyn peuh so don't compare nyambo with the others
Basi mu nsabii mumwongerere ubu serie bucye pe... couple ye na Claudia ni nziza ariko abakozi bo mungo baba ari mentally stable kandi bagira n'imishinga ❤❤❤❤
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤Je t'aime tellement et donne-nous les bonnes choses que Dieu te bénira pour avoir fait pour nous aujourd'hui Daddy ❤❤❤❤❤
Ubundi Dr. Nsabi na Claudia ndabikundira ❤ abantu duhuje kubakunda mumpe like disi wee😂
Kbx nange nuko
Ikimbabaje ni Fanta ya Claudia anyoye🤦😂😂
@@divineuwayezu5340 hhhh kbx gusa nyn nineza
Byaba byiza nsabi agabanyije ibintu byogukunda ibiryo cyane dore abayumuntu wumugabo ubwo yinjiye murukundo❤️
Nsabi na Claudia nibo banjy
Abishimanye na nsabi murukundo na Claudia mumpe like ndazindutse
Hatangure ubwa Yannick na Nyambo 😂😂😂😂
Kash ntage guhangayikisha Jojo pe ariko mudushakire igikwe muri my heart abibisha nkanjye mumpe like
Hakenewe couple zabantu babana rwose
Kabisa birakenewe,kdi ubukwe burimo bwinshi cyane,
Ese uwitwa Natasha yagiyehe ko ntakimubona muri my heart,yaheze mumuhanga,amashagaga yarafite ngo ashaka ya Nick
niba wemeranya na njye ko nsabi na clodia bakundana like
Nsabi urukundo rwiwe narwo ruratwenza!!
Cyeretse nagabanya uburofa😂😂😂
Sha urukundo nibintu byigaragaza sinz impamvu abantu babutindaho
Nsabi anywa nabi
@@real1-vs-myths Nyine nikigaragaza urukundo 💔 ninde mukobwa mwiza wakwegera wigira buriya bugoryi ntana amafaranga ugiira😥😥
Yannick jya kwa bijiyobija kuko ndabn bagiye gukurwa munzu kd urabizik kasha adakina abo tubibon kimwe mumpe like👍👍
Yannick nabona ko igurishwa na kasha ayipangaritse impande azayibagurira ayisane maze hashye na kasha nabimenya nyuma bizamubabaze cyane.
Dadi tabara bija
Knd aha kuvyo mbona Daddy azohava ariwe agura iyinzu ba muzehe babamwo ace ayisubiramwo neza abavyumva nkanje muze twimanukire love from Bujumbura❤❤
Shahu murabana babi ubwo mumaye like mwaba iki
Nabera nange ndazindutse mumbabarire mumpe like numve uko bimera kuzinduka🙏🙏💞 urakoze 🥰 Daddy twitegurese turarya kabiri👌👍
Dady wacu turagukunda cyane pee uyu munsi uduteteshe❤❤❤❤
❤❤❤
bobo. ashakako bamuraza ubwose nana aremera
Disi ka cloudia ibintu byose gakora birakabera abemeranya najye nimumpe Like
Nsabi uurayinweye we
Claudia you are talented kbs! You are the most talented in Rwanda ! None like you even Nyambo, I mean above none like you in your teamwork! Courage!!! I am waiting for your love with Nsabi , I am on your side .
Abakinnyi Bose bari hano ni beza ark nyambo is best woman actor Arusha Claudia kuko abantu babasha gukina ari impumyi ni bake cyn peuh so don't compare nyambo with the others
Hhhhh iyo ni crush
True ❤
Please turye nanijoro peee dady dady Please 🙏 😢 ♥️♥️♥️🧡 aboturikumwe mumpe like 👍
Ahubwo jye nashonje
Killa igihe cyo gutabara bijiyobija niki pe tabara nkuko nawe bagutabaye biture ineza😭😭😭❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️
Ewana nsabi nurumara ntavyurukundo ashoboyee pee ahindure abe sérieux 😂😂❤from burundii
Kbs akeneye kuba sérieux
Abantu mufana couple ya cloudia na nsabi mumpe like
Abishimiye ukuntu Claudia nansabi bimeze murukudo ❤murihe
Basi nsabi agabanye ubumara ho gake😂😂😂 ararengera bikabiha
Nukuri pe nanjye ndabyishimiye❤
Nabashakako Gad akogashyano barekana murihe like nyinshi ❤
Wapi sha dete numwana mwiza cyane
@@user-us9dr9np7w ndabizi ahubwo nirole naho numwana mwiza cne
Turahari chouu
Murashaka ko mureka se 🤦🏾♂️
@@AimeGadOya rata wimpureka
Mwaduhaye akandi daddy wacu❤Ariko hagati Aho ndasaba akazi ,mubaye hari umwanya uhari ,haba home gukora amasuku,guteka ,gufura nagakora,haba muri film ,kubatwaza ibikapu,uhanagura ibyuya ,guhanagura inkweto ivumbi Nako nagakora❤.murakoze❤
Bakaguhe rwose
Ryooo ukuntu urinze ugasaba Imana nikaguhe ibicishije nomubandi bantu bari ngaha baba Boss
Bagerageze bagufashe,bagushajire icyo gukora kuko uragakeneye cyane rwose.
Dady wowe ukorera kugihe pee❤❤❤❤ nimba ntabeshe mumpe like ❤❤guys kubwa dady wacu dukunda❤❤
Killaman arakora neza
Claudia arishimye byiza cyane
Nukuri muzatwereke nsabi yambaye neza arikumwe na cloudia pe ❤
Ntibyashoboka byibagirwe😮😮
Nukuri pe,nange mfite amatsiko,yansabi kumubona arimurukundo byanyabyo,apana kakavuyo ke
Nukuri Nsabi azi kugira abantu inama nziza nubwo ashiramo comedy cyane Turashaka kubona ahinduka yabaye umugabo baryoshye
Mrng Daddy!! Nkunda ukuntu utwitaho p!! Claudia na Nsabi nirwogere kbx!❤❤❤❤❤
Daddy OG Thanks ark nsabi m'urukundo biraryoshye cyanee❤
Number one mumpe twa tu like
Nsabi❤na clodia❤❤
Like muzimaziki
Barazirya ahari😂😂😂
Ntakuvugire umwana nabi rata
Like muzikoresha iki
Ooooooh daddy number 1 mpa like
Ndagukunda ❤❤❤❤
Cyane nifuza kukubona woe na nyambo kand respect
Ubundi mwebwe mukunda my heart nimwe banjye gs ndabasaba twa like pe. Ndabinginze
Abababonako nsabi agiye guhindura Akazi bampe like 🙏
Daddy ndakwemera cyne uyumunsi wongeye ukatugaburira kabiri kumunsi wabukoze rwose daddy ❤️❤️❤️ ❤️❤️❤️
Abantu mubona ko nsabi akabya Inda 🙋🙋
Agabanye indap nanjye anteye isoni😢
Ariko murazinduka pe numvaga naharaye❤❤❤❤❤❤❤
Nsabi na Claudia ndabakunda sene Zabo zibe nyinshi daddy niya nyambo na Yannick am very happy for you Killaman ❤❤❤
Basi nsabi agabanye ubumara ho gake😂😂😂 ararengera bikabiha
Kasha ibye nibijye hanze agasuzuguro ke gashire,Claudia na Nsabi ndabashyigikiye murukundo rwanyu❤niba namwe ari uko nkandira ku ifoto❤
nsabi na claudia❤ ark nsabi nagabany ubu comedy pe murukundo abe serieux
Yooo uwishimiye amagambo bijiyobija abwiye foromina nkanjye Ninde ❤️❤️❤️❤️
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Nut. One mumpe like. Turabakunda ❤❤❤
Nsabiiiiii inkuru zawe nizishira gusa turagukunda rwose nukabire muri my ❤❤❤❤❤❤❤
Nukuri dukumbuye pelly p nukurimumugarure ubundi hashye❤❤❤ my heart hejuru cyane
I won't force my wife to love this movie but she will choose to love it or to leave my house
Hahah iryo nihohotera
Ngo leave your house kweri.
Iyo nzu se ni iyawe wenyine?😂
Ntasoni ugira 😢😢😢😢😢😢
lol bro is forcing his own wife to love a movie that will end lol 😂
Ase Nana na Bobo😐😐musigaye mubaha scene nyinshi kandi ndende!!ababibona nkange like turyoherwe❤
Ingo pe babaha ndende kd nyinshi kd couple yabo imaze igihe irimurukundo gusa ntakintu kinini irikutubwira pe izashyuha Yannick yamenyereyeko Bob akunda Nana.
Yego weee nanjye biba byanyobeye Kandi ntanikintu baba bavuga njyewe iyo mpageze ndabisimbuka da
Nanje ndabibon sinziiiiii mpamv 😢kbrik batarwiz scène ya nyambo na Yannick 🙄🙄🙄🙄
Kugira mwige ukwihangana mutazaba nka Gad😂😂😂😂
Yego pe noneho ibya devu na benitha na Bella mba mbona wapi kbs birarambiranye ahubwo pelly aribagiranye
Abari kumwe na nsabi mume like mumbaba rire❤❤❤❤❤
Basi mu nsabii mumwongerere ubu serie bucye pe... couple ye na Claudia ni nziza ariko abakozi bo mungo baba ari mentally stable kandi bagira n'imishinga ❤❤❤❤
Ni ukuri wenda abe funny ku bandi ariko kuri Claudia abe un peu serieux.
Exactly nanjye ndabashyigikiy
Nsabi rwose❤ kill yagiye gutabara bijibiyobija wacu👏
Abifuza ko yanick yatabara ba bijayiyobija mumpe like.
Ababonako Nyama asigaye yirata nyuma yo kubona mumpe like ukuntu abwiye claudia ngo yatuye wee njyewe ndababaye😢 ntanagisenga ngo anaririmbe nka mberer😂😂
❤❤yewe nari nacitse kubera umuganda wukwezi namwese mwagiyeyo basaz
Mana nkunda Chris cyane
Harya mn nihehe umuntu akanda agakora many likes??
Muzaha bwire nange mbanzifite c ne
HHhH Ibya kasha bizaba induru we na daddy na Jojo kbx akara like hafi aho
Nubwambere nazinduka kbx❤
Daddy uduha ibyishimo bya buri munsi rwose! Claudia na Nsabi urukundo nirwogere kbs
Nsabi mama arikutubihiriza nabwire Claudia amagambo yurukundo areke ibyo bigambo bye ababyumva nkange like ❤❤❤❤
Claudia best actress she acts like true❤
Mbaye uwambere pe❤❤❤❤
Bijiyobija ndamwemera kbs 😅😅 noneho we na regis ni colgate neza neza😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Ukuntu Nsabi yubaha Igote rye kuba yemeye kurihanaguza ntibisanzwe.
Gusa n'ubwo asetsa arko niba yinjiye mu urukundo agerageze kongeramo ubu Serieux
Daddy uyumunsi watetse gute hhhhhh harya nikwisabato ni myumbati ni bishyimbo ntanicyo kubi manuza wallah ❤❤❤
Wawuu nishimiye kubona nsabi mu rukundo❤❤❤❤ Claudia komerezaho uri gukina neza.
Number 1
Ahaaaaa urukundo ruraha ariko nsabi ajyahura nurukundo rwe atambaye kuriya ngobiryoha nibangiweeeee❤️❤️❤️💝💃🚶💯
Nn burya nsabi wazimanye umushitsi cank wizimanye sha ww uratwenza kwl urukundo rwawe rurarenze pe ark reo mubirimwo neza ndabakunda❤❤❤❤❤
Number one
Ka cloudia kasaze❤😂😂😂
Nsabi we basi jyerajyeza guhinduka pe ❤❤
Mudutemo Nsabi na cloudia Bari murukundo bafite intention yo kubana Nsabi ubuzima buhinduke
Number one mumpe like
nsabi turagushyigikiye gsa mumugire inama age agabanya inda nini kko yacuze Claudia fanta birambabaza 😢
😢😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😊😊😊😊😊
Murakoze maria nshonjepe
Killaman ndakwemera kbs cyakoze cloudia nawe armubant najyiy kuryoshy my heart
Im 1
Nsabi rero niba yagiye murukundo ahindure nimyitwarire abe serious Nibwo byaba aribyiza cyane (Daddy) ❤❤❤❤❤❤❤❤
❤❤❤❤❤❤ dushimiye daddy urakoze cne
Abihindure Kandi Ari byo bamukundira
First here
❤❤ mbambuze ibyonvuga kweri ♥️
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤Je t'aime tellement et donne-nous les bonnes choses que Dieu te bénira pour avoir fait pour nous aujourd'hui Daddy ❤❤❤❤❤
Team yose ya my heart turabakunda❤❤❤❤ kdi turabashyigikiye
Nukuri turabakunda,gsa nge mfite umwana wimyaka itanu,uhora areba my heart buruko yasogotse,abakinnyi Bose abambwira,none ahora ansabako ashaka kure bamwe mubakinnyi ba my heart nzabigenze nte ko ahora abinsaba
Mugire inama
Konta numbers zabo baba baduhaye se arko mfite arko mfite iza Ayisha
Oky
@@user-ip9zi4og8s Aisha akina muri My heart?
Nsabi urimo urakina nabi muriyi minsi gabanya ninseko irimo kuba ndende cyane
Nsabi N umwana mwiza Akundanye na Claudia byaba byiza cyane Babikure muri Film babishyire mu buzima busanzwe
😂😂😂😂😂😂😅😅😅😮 Nuko ye
Dr. Tangira ube smart umwana yakwemeye rwose!
Ariko cya Yves ni akadagepe ubuse arabona gad haribyadange akoze
Ndi namber one munemo like twikomereze
Wowe ureba my ❤️ niyiye sklipt utasimbuka jye ni yabijiyojija woe ni yihec? Like and coment
Nge ni iyu muryango wa mwarabu na kasha na nyirankotsa kuko biba bisekeje nabahwere ba danger kbx baranshimisha sana iyo Bose bahuye nkumuryango
Umukunzi Ari aha kbx. Mbega nsabi wee😀😀😀😀😀
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Nduwanyuma mupfe kumpa utu like😂
Killa aguka ahantu hose imana iguhereze imbaraga zo gukomeza gukora ibidushimisha kdi binaguteza imbere ikiruta byoze bisige haricyo bihinduye abanyarwanda nabandi muri rusange thx for doing
Kbx baraberanye
Nukuri killi hindurira nsabi imyambaro agabanye udukoryo kbs tubirebe🙏🙏
Number one mumpe like kbs
Bamuhindurire imyenda kbx
Umubano wakeli na kikosi ni sawa baraberanye. Ureke kiriya cyamaso
Mbesi wowe ko utangiye kubitukaniramo
Abantu muzi inkungu kwa bijiyobija ndabemera❤
Wow frestation ❤colodia arimurukundo komerezaho igiko
Kasha yabaye kasha😂
Claudia na nsabi bya Ari couple itari mbi gusa nsabi acyeneye guhindura comportment zimwe na zimwe
Nsabiweee urakasamutwe kukimariyec😅😅😅😅😅
Cyakoza nsabi nacorodia byiza cyane❤❤❤❤❤❤❤
Number one give me like
Ntimuzibagirwe mutekano dore yatugiriye umumaro cyane
Nsabiweeeeeeeee😂😂😂❤ yakiriy umushyinsiiiiuuuu😂😂😂
Ooh nsabi na Claudia imbere cyanee❤❤❤❤❤
Waaauuu. Waaauuu nsabi na cloudia 💐❤❤❤❤❤😮
Daddy your number one ❤❤❤❤❤
Byiza daday
I like when chris Say Amazing
Ariko ibyo mbonan namwe nibyo mubona iyi film mubonako bose nanumwe urimo udafite umukunzi ❤❤❤❤❤
Erega ni my heart ❤️
Mutekano se aramufite 😂
@@MutiremeraFuraha-ok5od 😀😀😀😀