Claudia you are talented kbs! You are the most talented in Rwanda ! None like you even Nyambo, I mean above none like you in your teamwork! Courage!!! I am waiting for your love with Nsabi , I am on your side .
Abakinnyi Bose bari hano ni beza ark nyambo is best woman actor Arusha Claudia kuko abantu babasha gukina ari impumyi ni bake cyn peuh so don't compare nyambo with the others
Basi mu nsabii mumwongerere ubu serie bucye pe... couple ye na Claudia ni nziza ariko abakozi bo mungo baba ari mentally stable kandi bagira n'imishinga ❤❤❤❤
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤Je t'aime tellement et donne-nous les bonnes choses que Dieu te bénira pour avoir fait pour nous aujourd'hui Daddy ❤❤❤❤❤
Dushaka ko pelly agaruka icyakabiri dushaka daddy amenya umuntu wamubwiye ngazwica dushaka ko Yves abwira daddy umuntu wahombeje company ye ababyumva uko mumpe like
niba wemeranya na njye ko nsabi na clodia bakundana like
Nsabi urukundo rwiwe narwo ruratwenza!!
Cyeretse nagabanya uburofa😂😂😂
Sha urukundo nibintu byigaragaza sinz impamvu abantu babutindaho
Nsabi anywa nabi
@@real1-vs-myths Nyine nikigaragaza urukundo 💔 ninde mukobwa mwiza wakwegera wigira buriya bugoryi ntana amafaranga ugiira😥😥
Ubundi Dr. Nsabi na Claudia ndabikundira ❤ abantu duhuje kubakunda mumpe like disi wee😂
Kbx nange nuko
Ikimbabaje ni Fanta ya Claudia anyoye🤦😂😂
@@divineuwayezu5340 hhhh kbx gusa nyn nineza
Byaba byiza nsabi agabanyije ibintu byogukunda ibiryo cyane dore abayumuntu wumugabo ubwo yinjiye murukundo❤️
Nsabi na Claudia nibo banjy
Abishimanye na nsabi murukundo na Claudia mumpe like ndazindutse
Hatangure ubwa Yannick na Nyambo 😂😂😂😂
Kash ntage guhangayikisha Jojo pe ariko mudushakire igikwe muri my heart abibisha nkanjye mumpe like
Hakenewe couple zabantu babana rwose
Kabisa birakenewe,kdi ubukwe burimo bwinshi cyane,
Ese uwitwa Natasha yagiyehe ko ntakimubona muri my heart,yaheze mumuhanga,amashagaga yarafite ngo ashaka ya Nick
Disi ka cloudia ibintu byose gakora birakabera abemeranya najye nimumpe Like
Nsabi uurayinweye we
Nabera nange ndazindutse mumbabarire mumpe like numve uko bimera kuzinduka🙏🙏💞 urakoze 🥰 Daddy twitegurese turarya kabiri👌👍
Dady wacu turagukunda cyane pee uyu munsi uduteteshe❤❤❤❤
❤❤❤
bobo. ashakako bamuraza ubwose nana aremera
Yannick jya kwa bijiyobija kuko ndabn bagiye gukurwa munzu kd urabizik kasha adakina abo tubibon kimwe mumpe like👍👍
Yannick nabona ko igurishwa na kasha ayipangaritse impande azayibagurira ayisane maze hashye na kasha nabimenya nyuma bizamubabaze cyane.
Dadi tabara bija
Knd aha kuvyo mbona Daddy azohava ariwe agura iyinzu ba muzehe babamwo ace ayisubiramwo neza abavyumva nkanje muze twimanukire love from Bujumbura❤❤
Please turye nanijoro peee dady dady Please 🙏 😢 ♥️♥️♥️🧡 aboturikumwe mumpe like 👍
Ahubwo jye nashonje
Shahu murabana babi ubwo mumaye like mwaba iki
Abantu mufana couple ya cloudia na nsabi mumpe like
Claudia you are talented kbs! You are the most talented in Rwanda ! None like you even Nyambo, I mean above none like you in your teamwork! Courage!!! I am waiting for your love with Nsabi , I am on your side .
Abakinnyi Bose bari hano ni beza ark nyambo is best woman actor Arusha Claudia kuko abantu babasha gukina ari impumyi ni bake cyn peuh so don't compare nyambo with the others
Hhhhh iyo ni crush
True ❤
Nabashakako Gad akogashyano barekana murihe like nyinshi ❤
Wapi sha dete numwana mwiza cyane
@@user-us9dr9np7w ndabizi ahubwo nirole naho numwana mwiza cne
Turahari chouu
Murashaka ko mureka se 🤦🏾♂️
@@AimeGadOya rata wimpureka
Abababonako nsabi agiye guhindura Akazi bampe like 🙏
Killa igihe cyo gutabara bijiyobija niki pe tabara nkuko nawe bagutabaye biture ineza😭😭😭❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️
Dady wowe ukorera kugihe pee❤❤❤❤ nimba ntabeshe mumpe like ❤❤guys kubwa dady wacu dukunda❤❤
Killaman arakora neza
Claudia arishimye byiza cyane
Nukuri muzatwereke nsabi yambaye neza arikumwe na cloudia pe ❤
Ntibyashoboka byibagirwe😮😮
Nukuri pe,nange mfite amatsiko,yansabi kumubona arimurukundo byanyabyo,apana kakavuyo ke
Ubundi mwebwe mukunda my heart nimwe banjye gs ndabasaba twa like pe. Ndabinginze
Ewana nsabi nurumara ntavyurukundo ashoboyee pee ahindure abe sérieux 😂😂❤from burundii
Kbs akeneye kuba sérieux
Abishimiye ukuntu Claudia nansabi bimeze murukudo ❤murihe
Basi nsabi agabanye ubumara ho gake😂😂😂 ararengera bikabiha
Nukuri pe nanjye ndabyishimiye❤
Mrng Daddy!! Nkunda ukuntu utwitaho p!! Claudia na Nsabi nirwogere kbx!❤❤❤❤❤
Nukuri Nsabi azi kugira abantu inama nziza nubwo ashiramo comedy cyane Turashaka kubona ahinduka yabaye umugabo baryoshye
Ababonako Nyama asigaye yirata nyuma yo kubona mumpe like ukuntu abwiye claudia ngo yatuye wee njyewe ndababaye😢 ntanagisenga ngo anaririmbe nka mberer😂😂
Daddy OG Thanks ark nsabi m'urukundo biraryoshye cyanee❤
Ariko murazinduka pe numvaga naharaye❤❤❤❤❤❤❤
Daddy ndakwemera cyne uyumunsi wongeye ukatugaburira kabiri kumunsi wabukoze rwose daddy ❤️❤️❤️ ❤️❤️❤️
Mwaduhaye akandi daddy wacu❤Ariko hagati Aho ndasaba akazi ,mubaye hari umwanya uhari ,haba home gukora amasuku,guteka ,gufura nagakora,haba muri film ,kubatwaza ibikapu,uhanagura ibyuya ,guhanagura inkweto ivumbi Nako nagakora❤.murakoze❤
Bakaguhe rwose
Ryooo ukuntu urinze ugasaba Imana nikaguhe ibicishije nomubandi bantu bari ngaha baba Boss
Bagerageze bagufashe,bagushajire icyo gukora kuko uragakeneye cyane rwose.
Abantu mubona ko nsabi akabya Inda 🙋🙋
Agabanye indap nanjye anteye isoni😢
Ooooooh daddy number 1 mpa like
Ndagukunda ❤❤❤❤
Cyane nifuza kukubona woe na nyambo kand respect
Nut. One mumpe like. Turabakunda ❤❤❤
nsabi na claudia❤ ark nsabi nagabany ubu comedy pe murukundo abe serieux
Number one mumpe twa tu like
Nsabi❤na clodia❤❤
Like muzimaziki
Barazirya ahari😂😂😂
Ntakuvugire umwana nabi rata
Like muzikoresha iki
Nsabiiiiii inkuru zawe nizishira gusa turagukunda rwose nukabire muri my ❤❤❤❤❤❤❤
Kasha ibye nibijye hanze agasuzuguro ke gashire,Claudia na Nsabi ndabashyigikiye murukundo rwanyu❤niba namwe ari uko nkandira ku ifoto❤
Mana nkunda Chris cyane
Nsabi na Claudia ndabakunda sene Zabo zibe nyinshi daddy niya nyambo na Yannick am very happy for you Killaman ❤❤❤
Basi nsabi agabanye ubumara ho gake😂😂😂 ararengera bikabiha
Abari kumwe na nsabi mume like mumbaba rire❤❤❤❤❤
Nukuri dukumbuye pelly p nukurimumugarure ubundi hashye❤❤❤ my heart hejuru cyane
Nsabi mama arikutubihiriza nabwire Claudia amagambo yurukundo areke ibyo bigambo bye ababyumva nkange like ❤❤❤❤
Yooo uwishimiye amagambo bijiyobija abwiye foromina nkanjye Ninde ❤️❤️❤️❤️
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Abifuza ko yanick yatabara ba bijayiyobija mumpe like.
Nsabi rwose❤ kill yagiye gutabara bijibiyobija wacu👏
Harya mn nihehe umuntu akanda agakora many likes??
Muzaha bwire nange mbanzifite c ne
❤❤yewe nari nacitse kubera umuganda wukwezi namwese mwagiyeyo basaz
Basi mu nsabii mumwongerere ubu serie bucye pe... couple ye na Claudia ni nziza ariko abakozi bo mungo baba ari mentally stable kandi bagira n'imishinga ❤❤❤❤
Ni ukuri wenda abe funny ku bandi ariko kuri Claudia abe un peu serieux.
Exactly nanjye ndabashyigikiy
Number 1
Ase Nana na Bobo😐😐musigaye mubaha scene nyinshi kandi ndende!!ababibona nkange like turyoherwe❤
Ingo pe babaha ndende kd nyinshi kd couple yabo imaze igihe irimurukundo gusa ntakintu kinini irikutubwira pe izashyuha Yannick yamenyereyeko Bob akunda Nana.
Yego weee nanjye biba byanyobeye Kandi ntanikintu baba bavuga njyewe iyo mpageze ndabisimbuka da
Nanje ndabibon sinziiiiii mpamv 😢kbrik batarwiz scène ya nyambo na Yannick 🙄🙄🙄🙄
Kugira mwige ukwihangana mutazaba nka Gad😂😂😂😂
Yego pe noneho ibya devu na benitha na Bella mba mbona wapi kbs birarambiranye ahubwo pelly aribagiranye
Nubwambere nazinduka kbx❤
HHhH Ibya kasha bizaba induru we na daddy na Jojo kbx akara like hafi aho
Mbaye uwambere pe❤❤❤❤
Number one
Daddy uduha ibyishimo bya buri munsi rwose! Claudia na Nsabi urukundo nirwogere kbs
I won't force my wife to love this movie but she will choose to love it or to leave my house
Hahah iryo nihohotera
Ngo leave your house kweri.
Iyo nzu se ni iyawe wenyine?😂
Ntasoni ugira 😢😢😢😢😢😢
lol bro is forcing his own wife to love a movie that will end lol 😂
Claudia best actress she acts like true❤
Wawuu nishimiye kubona nsabi mu rukundo❤❤❤❤ Claudia komerezaho uri gukina neza.
Nsabi we basi jyerajyeza guhinduka pe ❤❤
Kbx baraberanye
Nn burya nsabi wazimanye umushitsi cank wizimanye sha ww uratwenza kwl urukundo rwawe rurarenze pe ark reo mubirimwo neza ndabakunda❤❤❤❤❤
Daddy uyumunsi watetse gute hhhhhh harya nikwisabato ni myumbati ni bishyimbo ntanicyo kubi manuza wallah ❤❤❤
Nsabi urimo urakina nabi muriyi minsi gabanya ninseko irimo kuba ndende cyane
Ahaaaaa urukundo ruraha ariko nsabi ajyahura nurukundo rwe atambaye kuriya ngobiryoha nibangiweeeee❤️❤️❤️💝💃🚶💯
Byiza daday
Murakoze maria nshonjepe
Mudutemo Nsabi na cloudia Bari murukundo bafite intention yo kubana Nsabi ubuzima buhinduke
Nukuri killi hindurira nsabi imyambaro agabanye udukoryo kbs tubirebe🙏🙏
Ukuntu Nsabi yubaha Igote rye kuba yemeye kurihanaguza ntibisanzwe.
Gusa n'ubwo asetsa arko niba yinjiye mu urukundo agerageze kongeramo ubu Serieux
Killaman ndakwemera kbs cyakoze cloudia nawe armubant najyiy kuryoshy my heart
Number one mumpe like
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤Je t'aime tellement et donne-nous les bonnes choses que Dieu te bénira pour avoir fait pour nous aujourd'hui Daddy ❤❤❤❤❤
Im 1
Bijiyobija ndamwemera kbs 😅😅 noneho we na regis ni colgate neza neza😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Dadiy tubabarire utanare bijoyobija turagukunda cne❤
nsabi turagushyigikiye gsa mumugire inama age agabanya inda nini kko yacuze Claudia fanta birambabaza 😢
😢😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😊😊😊😊😊
Ooh nsabi na Claudia imbere cyanee❤❤❤❤❤
Nduwanyuma mupfe kumpa utu like😂
Nsabi rero niba yagiye murukundo ahindure nimyitwarire abe serious Nibwo byaba aribyiza cyane (Daddy) ❤❤❤❤❤❤❤❤
❤❤❤❤❤❤ dushimiye daddy urakoze cne
Abihindure Kandi Ari byo bamukundira
Cyakoza nsabi nacorodia byiza cyane❤❤❤❤❤❤❤
First here
Nsabi N umwana mwiza Akundanye na Claudia byaba byiza cyane Babikure muri Film babishyire mu buzima busanzwe
😂😂😂😂😂😂😅😅😅😮 Nuko ye
Wow frestation ❤colodia arimurukundo komerezaho igiko
❤❤ mbambuze ibyonvuga kweri ♥️
Team yose ya my heart turabakunda❤❤❤❤ kdi turabashyigikiye
Nukuri turabakunda,gsa nge mfite umwana wimyaka itanu,uhora areba my heart buruko yasogotse,abakinnyi Bose abambwira,none ahora ansabako ashaka kure bamwe mubakinnyi ba my heart nzabigenze nte ko ahora abinsaba
Mugire inama
Konta numbers zabo baba baduhaye se arko mfite arko mfite iza Ayisha
Oky
@@user-ip9zi4og8s Aisha akina muri My heart?
Mbakunda cyane kbs
Dr. Tangira ube smart umwana yakwemeye rwose!
Ntimuzibagirwe mutekano dore yatugiriye umumaro cyane
Urakoz cyane daddy❤❤❤❤
Abantu muzi inkungu kwa bijiyobija ndabemera❤
Kasha yabaye kasha😂
Kasha ararambiranye,guhora ajijisha Aunt jojo,bagire ibye bigaragare
Ndabera cyane nibyubwejye
Umubano wakeli na kikosi ni sawa baraberanye. Ureke kiriya cyamaso
Mbesi wowe ko utangiye kubitukaniramo
Daddy basi se
Nsabii mwamukinishije basi bwarimwe abaye seriously imbere ya clodia 🙏🙏🙏
Ka cloudia kasaze❤😂😂😂
Ariko cya Yves ni akadagepe ubuse arabona gad haribyadange akoze
Dushaka ko pelly agaruka icyakabiri dushaka daddy amenya umuntu wamubwiye ngazwica dushaka ko Yves abwira daddy umuntu wahombeje company ye ababyumva uko mumpe like
Yannick jya kwa bijiyobija turabishaka cyane
Nibyo rwose nsabi akwiye urukundo Claudia gumamo❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Nsabi ❤❤❤na clovia disi ndabikunze mume like👍👍👍👍
Chris nkunda ukuntu ukina💕💕💕💕💕💕💕💕
Nsabi urukundo rwubawe❤❤❤ ariko nsaba ugomba kumenya uko urukundo barwitwramo
Turabakunda cyane my heart kumutima
Killa aguka ahantu hose imana iguhereze imbaraga zo gukomeza gukora ibidushimisha kdi binaguteza imbere ikiruta byoze bisige haricyo bihinduye abanyarwanda nabandi muri rusange thx for doing