Dore ibibaye ku Batampera,Umugeni wa Kristu rya Prof Rwigamba ntibemerewe kongera guterana i Rwanda.
Вставка
- Опубліковано 12 вер 2024
- Leta yambuye uburenganzira bwo gukorera ku butaka bwayo amadini harimo n'Abatampera.Icyo bazize kiri muri iyi videwo ngufi.Hari n'andi matorero abigendeyemo
Muvandimwe urakoze cyane ku makuru agezweho udahwema kutugezaho. Courage turagukunda
Abagorozi (abatampera) ntabwo byagakwiye ko bashirwa k'urutonde rw'aya madini ateje akajagari mu gihugu, ubigenzuye neza ni abafatanya bikorwa na Teta, barafasha; impfubyi, abapfakazi, abatagira kivurira bababoneraho uburuhukiro, Kandi aho Ubutumwa bw'abagorozi bwageze hataha umucyo mvajuru, ukuri bafite ntiwagusanga ahandi, bifashishije Bibiliya bagaragaza ubuyobe bw'amadini n'uburyarya bw'abayobozi bayo, kuko nta mugorozi ukorera ibihembo. Barabahemukiye cyane, gusa uwanze ukuri aba yanze na nyirako.
Niba Uzi amateka, kwiyomora Niko kwaranze itorero. Abakiristo biyomoye Ku bayuda, abaporoso biyomoye Ku bagatolika, abadivantiste biyomoye Ku baporoso, n'ayandi ...
Abagorozi bagira ibyigisho byubakaga abantu rwose turahombye
Abatampera batwubakiyamazu baturihiramituweri baziziki kobatahanuraga uretsekwigisha nokutuvura
Abatambera bazize iki ko badahanura ibinyoma
Sintumutambera ariko abatambera wayoboye igihugubarimo ubawatomboye ntibanwa ibiyobyabweenge icyabo nukwitegura gutaha ijuru❤
Haribenshi bititirira abagorozi arko mubyukuri abagorozi bakora umurimo wivugirura nubugorozi ntacyo baribatwaye badufashaga cyane ahubwo nabo bigishaga akajagari kari mwisi mumadini ko kurya abizera babo aho kubafasha mubasure rwose muganire nabo maze mubarekepe bagira imiryango myiza urubyiruko rutanywa ibiyobyabwenge ndabakunda ga cyane
Wabitangiye neza, n'amadini yemewe na Leta, kwemerwa na Leta s'ukwemerwa n'Imana
Slndumutampera
Ariko nabemeraga.
Muzatubuz guterana ark ntimuzatubuz guseng
Matayo 18:20
Kuko aho babiri cyangwa batatu bateraniye mu izina ryanjye, nanjye mba ndi hagati yabo.”
Matayo 10:23
Nibabarenganiriza mu mudugudu umwe muzahungire mu wundi. Ndababwira ukuri, yuko mutazarangiza imidugudu yose ya Isirayeli, Umwana w'umuntu ataraza.
Rero kuvugako tutazasenga ntabwo aribyo ahubwo twabujijwe guteranira hamwe ariko twebwe abagorozi tuziko itorero rihera mumuryango rero, itorero niyo mpamvu ritigeze rireka gusenga.
N.b: Ntabwo dufitanye ikibazo n'inyugamo arizo bita insengero. Yewe ntitwenda kurwubaka kandi ntagahunda dufite.
Ariko uwarudukodesha twarusengeramo kuko ni inzu...
Esaho uribwirako bizatugwa neza abatampera ko batanywa lbiyobya bgenge batuvuraga kubuntu lgihugu kirahombye ntago cyungutse gs,lmana lbirebe nibona har,lcyo yabikoraho izagikore gusa lmanayo lrahari.
Nkandira kuriyo FOTO tubane urakoze wowe ubikoze ndabakunda tumenye inkunga yanyu ningirakamaro kuri njye 📖 nibasengere Aho byemewe kdi Imana nimwe ❤
Muvandimwe uburenganzira bwo gusenga ntibutangwa ntibunimanwa keretse ku batazi Imana
Icyo navuga ho gito, nuko abategetsi bataba bazi byinshi mu birebana n'iyobokamana, kubw'ibyo sinabarenganya, bakoze icyo babona ko ari cyiza. Ku rundi ruhande Imana irahari nta kabuza iraza gutabara abayo, kuko ntacyo byaba byunguye Imana kubaho idahagarariwe mu gihugu
Uzatubarize ni ryitwa UMURWA WUBUHUNGIRO. Cité de redige
I rubavu
Abasenga mukuri no mumpwemu ntimugire ubwoba yesu yarabivuze neza muri matayo24:1_2
Wowe utunga agatoke ubwoko bwImana bwabagorozi kakubayeho uzakitute Iteka ryImana Hhhhhh
Ntakundi nonese ntawuburana numuhamba
Mubyukuri abatampera babigendeyemo kobatigeze bajyamunsengero
Keep it up brother Gasabato
Ibyo utugezaho ni ingenzi cyane
Turagushigikiye
Nibasengere Aho byemewe kdi Imana nimwe nkandira kuriyo FOTO tubane inkunga yanyu ningirakamaro kuri njye 📖📚👈✅
Gufunga insengerp hagadigazwa utubari, amalodge n'utugari twubatse bitagezweho nubwo byakozwe, nibutsaga ko Yesu yavukiye mu isi agasanga rusengero hateranira abafarisayo, abasadukayo, abatambyi bakuru, abazelote n'abandi bafite imyirrere inyuranye n'iya Yesu, ariko uyu Mwami w'amahoro ati: "Mureke urukungu rukurane n'amasaka".
Leta yacu rero ibyo byose irabizi neza, nimuhumure izabyigaho neza.
Twubahirize amategeko kuki yufite umubyeyi mwiza arakurebererz
Munyamakuru, ndabona Abo wavuzeho cyane Ari abagorozi icyo mbona cyiza wakabaye ukora research ku butumwa bwabo ukavuga ibyo nawe Uzi neza
Iyo ubonye umuntu uvuze cyane kuri abagorozi cg abatampera uhita umenyako ari umudive
Kuko bo banezerewe, ntabwo bakunda abagorozi kuko basoma ibitabo byabo bakababwiza ukuri.
@@Sogokuru4uko nukuri Abagorozi bafite ukuri kutagishwa impaka.
Nibyo numudive dore ko babazira
Ba tempérants bagorozi .ba kusi,ba monogame mutuze turaziranye,uko ubutumwa bwavuye muri kongo bwageze mu Rwanda buzamo akajagari havukamo imitwe bose bari abagorozi hari n'abavuga ko ari ab'ivugurura n'ubugorozi iryo zina utabonera umurongo muri Bibilia. Bamwe muri mwe biyise abakuru:abavuga rikijyana,abandi mwahimbye imihigo isabwa kane ku mwaka mukayabika kuri banki akayoborwa n'intumwa .hajemo ishyari urwango n'amacakubiri.Nabanye namwe ba temperants.Ibyo mvuze byatuma Imana ikoresha ukuboko kwa Leta.Ntimwabijijwe gusenga.Ariko nta buzima gatozi mugira,kandi burya n'imivurire yanyu ntijyanye n'umurongo wa leta nabyo ni akajagari.Ibaze nawe guha umurwayi wa malaria ifu y'amakara.!!! Agasuzuguro k'abiyise abavuga rikijyana! Gucuruza ibitabo mwashyize mu kinyarwanda amafaranga mwarayahawe n'abizera mukabagurisha ibyo bitabo ntibamenyw irengero ry'ubwo bucuruzi.Ibyo se Imana ntiyabibahanira?Ariko twagiye twihana!?Ubugorozi muri congo,n'ahandi ni ok.Ariko mu Rwanda byari bimaze kuba amaganura.Ikigirwamana Mamoni cyateye ab'ivugurura n'ubugorozi.
Ibijyanye no gushaka Ubuzima gatozi, ntabwo tuzigera dushaka. Nk'abagorozi ntabwo tuzashaka.
uwiteka arasobanuste azabe
Nyamara reta , izi , icyo , ikora: mukwemeza ko hari , amabati , atera kanseri , hari abasenyewe: nubu badafite , aho barambika , umusaya(ariko se koko , hari , amabati , atera kanseri?) bibriya yabibonye kare : ivuga ko , reta , ari , inyamaswa: mucyirundi , ivuga ko , reta , ari , (ijyikoko: danny7:17))
Muri iki gihe cg imyaka mike yashize hari abanyedini babahezanguni ariko mu byukuri bafite ubujiji bukabije kubura akabaye kose bakagereranye n’ibivugwa muri Bibiliya( Ibyahishuwe).
Nanone kdi abantu 100 basengera hamwe bagahurira ku bwiherero b’umwe ntibabura kuhateza umwanda.
Ntaburenganzira:
;!dushaka nagato;.ababuz,'ubwenge bazayihomboka inyuma ntitubabaye tubabajwe nabemewe gusa!!!!.
Kucyijyanye nabagorozi uwobakorera azabarenjyera ikinditwasaba nokubatanga ibiganiro hagakwiye kubishishozaneza kuko kwitiranya abagorozi nimitweyindi byabataribyo .
Icyonzi neza n' cyimwe , mubyahishuwe15:2: nabonye , inyamaswa nabayirinyuma batsidwa , uruhenu: (nabi) kandi nkomeje kwitejyereza nabonye nabonye nyuma yo gutsindwa barwaye , ibisebe bibi bimeze nkumufunzo)binuka: ibyah16:2: icyanshoboza , Imana , ikazampa kujyira , iherezo rizima: ibyirinjyiro byanjye nkabivanaho burundu , kunyamaswa ariyo(reta) danny7:17: n'ijyishushanyo cyayo: *aricyo* (amadini yifatanije na reta: ibyah14:9.)
Kureba mumutima Imana yabigiz ibanga bazasengere mumitima ariko Imana Yabyemeye.nubuhanuzi burakora. Leta nayo irimaso!!
Abo bitwa abagorozi ntacyo bashinjwa muri biriya bishinjwa amenshi muri ariya yandi madini, ahubwo ibyo bigisha n'ibinenga ariya madini bihuye na bimwe leta iyanenga.Abantu nkaba nukwitondera kubakurikirana,ibyabahanuzi b'ibinyoma,amaturo yabayobozi,ibirura by'abashumba...,ntibirangwamo ndetse nabo barabirwanya.Bo ariko nibi biri kuba bavuga ko bari babizi kandi ngo ntibyababuza gukomeza kuba Ku Mana ariko muburyo butabangamiye leta.
Gasabato courage
Bnjr .....ko witiranya amateka n'inkuru...uribuka igihe iyi list imaze
Turimubihe byanyuma: Amadini , agomba , gusigara , ari , abiri gusa: iry'icyinyoma ryifatanije nareta: kuko , ibyimana nibyakayizari bidahurizwa hamwe: irindi ni , (abahakanyi) bahakana , ibinyoma byose , risiferi satani , anyuza , muri wa mwambasaderi wiroma , umuhagarariye mwisi : ari nawe mukuru wamadini yose: arinayo ubu yahindutse , idini rimwe ryemewe nareta. ndamubo
Kagame numupani gucyo??
Ndakubona courage
Anantapera bo ntakajagari bagira
Dahuhwo iyo habaho isesengura rituma amadini yiyomora . Kugira Ubuzima gatozi n'ukwiyunga Nandi madini ibyo nibyo biguze idini baburoni .rero Reta ntitwayirenganya ahubwo byarahanuwe ko ayo madini afite Ubuzima gatozi azihuza na Leta kugira ngo irengere amanyanga yayo kuko hashingiwe kuri handitswe ngo (bible) ayo madini ntabwo agihagarariye Imana.
Rero nta Cyandutse mu isi ibyabaye nibyo bizongera kubaho . Abagorozi ntibatunguwe hazaza n'ibiruta ibyo .
Gasabato ndagusuhuje
Ushaka gusobanukirwa n'ubugome amadini azakorera abakristu nyakuri yasoma igitabo cyitwa Intambara ikomeye cy'abadive . Nimpamvu abantu biyomora ku badive n'uko bafite ibyakiza isi ariko bakaba batabivuga ahubwo nabo bamaze kwihuza Nandi madini yayobye .ubwo se koko abize amateka bayobewe ibyo abagaturika bakoreye aba protestan kandi iryo hame ryatumye bapfa gaturika iracyarifashe nk'ukuri. Reka biguze neza bongere batsembe aba kristu b'ukuri. Gusa abakristu b'ukuri bumvira leta bazanjya bimuka aho bitaraba ntibazarangiza isi Uwo bizeye ataraza.
Ndabumva
Nenese nibai insengero atarikimwe nutubari none bahoriki ?
Ahaaaa!
Ndabakurikiye ku biganiro byiza mwaduhaye
Kuba ntawe bayakura mumufuka se nibyo bituma bataba abatubuzi?ko abandi batubuzi leta ibaha se bo ninde baba bakoze mumufuka.
Ntekerezako ibibintu byo gufunga insengero Imana ibifitemo inyungu kuko irashaka kwereka abantu ko itaba munsengero gusa nahandi hose wayihasengera kd ikakumva kd ko dukwiye gukura amaso yacu kubantu tukayahanga Imana.
Ariko na satani na we abifiemo inyungu kuko ni ugucecekesha ubutumwa bwiza.gusa utaba maso ngo yegere Imana birarangira azimiye burundu pe
👍🙏🙏
Ariko abanywagake basengeragahe?
Isi nibyo iterekezamo
meakozekutugezaho amakuru
Mwana wamama uraho
Ndabona aya makuru wakongera kayacukumbura neza, twateranye rwose nta kibazo
Nta makuru ufite, mwaryibeshyeho, uzaze ahubwo uterane natwe ku cyumweru
1:18
Zafunzwe tumaze gutora
Nyamara reta , izi , icyo , ikora: mukwemeza ko hari , amabati , atera kanseri , hari abasenyewe: nubu badafite , aho barambika , umusaya(ariko se koko , hari , amabati , atera kanseri?) bibriya yabibonye kare : ivuga ko , reta , ari , inyamaswa: mucyirundi , ivuga ko , reta , ari , (ijyikoko: danny7:17))
Ntaburenganzira:
;!dushaka nagato;.ababuz,'ubwenge bazayihomboka inyuma ntitubabaye tubabajwe nabemewe gusa!!!!.
Ntaburenganzira:
;!dushaka nagato;.ababuz,'ubwenge bazayihomboka inyuma ntitubabaye tubabajwe nabemewe gusa!!!!.
Nyamara reta , izi , icyo , ikora: mukwemeza ko hari , amabati , atera kanseri , hari abasenyewe: nubu badafite , aho barambika , umusaya(ariko se koko , hari , amabati , atera kanseri?) bibriya yabibonye kare : ivuga ko , reta , ari , inyamaswa: mucyirundi , ivuga ko , reta , ari , (ijyikoko: danny7:17))