UMUPASTORO UKOMEYE MUBADIVENTISTE YATANGAJE KO”ABADIVENTISTE BABA BEZA MU MPUZAMADINI”

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 19 жов 2024
  • Tuguhaye ikaze kuri Rwanda Sda Hymns”
    Tanga igitekerezo cyawe uburyo ufatamo impuzamadini. Wowe ubibona ute? Niba ufite inyandiko uyisangize abandi kugirango twuzuzanye.
    Wifuza kutwandikira:
    Facebook na Instagram:
    RWANDA SDA HYMNS
    #Jacqueslameck

КОМЕНТАРІ • 175

  • @rwandasdahymns8694
    @rwandasdahymns8694  7 місяців тому +8

    Pr.Ted Wilson ABA BANTU BAGOMBA KWIRINDWA MU ITORERO.
    ua-cam.com/video/Nj7Hi5MkPHI/v-deo.htmlsi=o-1HE0ZTCS9wJBZ-

    • @Sikubwabo-dd2by
      @Sikubwabo-dd2by 7 місяців тому +1

      Rûûf 0:00 😅ezr 0:00 0:00 r 0:00

  • @martinndaribike5003
    @martinndaribike5003 7 місяців тому +12

    Nibyo rwose nkuko bamwe babivuze murikomenti: zabo. uwo mupasteli ni , umujezuwiti: ariko siwewenyine: kucyi , itorero ritijyeze rimuca?? Nuko , aribajyenzi be.nabo ni , abajezuwiti: cyirazira , kubasenjyera , cyangwa , kubaha , ituro niyo ryaba rito cyane. 2abakor.6:14. Iyo bidakunze ko , ubaca mwitorero, ugomba kubahunga: uko ushoboye kose. ❤❤❤❤❤ Inyamaswa bidatinze , izaba , itsinzwe. Burundu , Ibyah.15.2.

    • @MariyareMarieGorette
      @MariyareMarieGorette 17 днів тому

      Birunvikana gufatanya nabo mutizera kimwe jaribyo mugonba gufatanya byubuzima busanzwe ak mumyizerere sibyo keretse ubigisha ngo ubabere ukuri bahimdukire

  • @uplinesofficial9810
    @uplinesofficial9810 7 місяців тому +11

    Ariko ibaze kuba umupasteri ukomeye kuriya yashishikariza abizera kuba mu mpuzamadini? Birababaje pe! Itorero ry’Imana rikeneye gucyahwa cyane nubwo ryahawe imiburo myinshi kuriya. Mana tabara itorero ryawe

    • @joinustv2375
      @joinustv2375 7 місяців тому

      Mwitondere abapasteri nabo muzi mubitindere mwibaze ubugambanyi burihanzaha ngo abantu basengeye mumago, bakafungisha? Gusa bizatangaza abantu tugiye turibake mwijuru

    • @InnocentHavyarimana-bb9gi
      @InnocentHavyarimana-bb9gi 7 місяців тому

      Ntiwiyibagizeko aba jésuites akenshi usanga aribo batuyoboye, niyompamvu umwuka w'ubuhanuzi atubwira kwirinda ababantu batatu,umuganga,reta(umunya politique)hamwe na pasteur

    • @RekerahoJeanBaptiste
      @RekerahoJeanBaptiste 6 місяців тому

      ​​@@InnocentHavyarimana-bb9giko numva uwo mwuka wita uw'ubuhanuzi ari mubi!? Ngo ntimukemere abaganga, abayobozi muri politiki n'abashumba! Icyo gihe ni ukuvuga ko arimwe mwiyemera. Mwamaze kunyuranya kera n'ibyanditswe byera. Paul yise Luka umuvuzi ( muganga) ukundwa Kolosai 4:14, kandi mu rwandikon yandikiye Abagalatiya 4: 14,15 anavuga ko yagejeje ubutumwa bwiza mu Bugaratiya ubwo yari agiye kwivuza amaso, yewe na Elina Harmoni waje kwitwa Madamu white ufite uruhari runinin mw'ishingwa ry'itorero ry'Abadvantiste nawe yari umuforomokazi, Bibiriya Yose itubwira kumvira abatware batuyobira Roma 13:1,3; Tito 3:1; 1 Petero 2:13-14 , mu mpamo 5 z'ubuyobozi Imana yahaye itorero harimo ni iy'Ubushumba (Efeso 4: niyo Yesu yakoresheje Ubwo yabwiraga Petero ati "ragira intama zanjye" ubwo uyu mwizera utemera muganga ntiyemere Leta ntiyemere abashumba Bibiriya yemera ni iyihe koko?

    • @muhireedisonahubwonigisubizomu
      @muhireedisonahubwonigisubizomu 6 місяців тому

      Bigutwayikise

    • @nizeyimanaelie3220
      @nizeyimanaelie3220 2 місяці тому

      Icyo gihamya Kiri mukihe gitabo??​@@InnocentHavyarimana-bb9gi

  • @michaelzulu5084
    @michaelzulu5084 Місяць тому

    Birababaje cane rwose. Imana idufasha guhagararira ukuri

  • @ntihemukanarcisse1185
    @ntihemukanarcisse1185 7 місяців тому +2

    1korinto6:14_16 ntimwifatanye n'abatizera mudahwanye . Ubu iriya FOTO isobanura iki niba Atari byo?

  • @PhilemonNTIRENGANYA-l8s
    @PhilemonNTIRENGANYA-l8s 6 місяців тому +3

    Njyewe nkunze kwizera kwabo aho gushingiye abadivatiste nkunda nimyanzuro yabo ko ikomera

  • @divineumutoni6697
    @divineumutoni6697 7 місяців тому +5

    Ntabwo ibi bikwiriye rwose,
    Gusa dukeneye kwiga ibyanditswe byera buri wese kugiti cye, kuko nabo tubona bakomeye ni abantu bashobora gutuma tugwa,
    Imana iduhe imbaraga zo kwigana ijambo ryayo umwete.

    • @jacksonnganyirimana8005
      @jacksonnganyirimana8005 7 місяців тому

      Abakurambere n'abahanuzi icigwa ca 41 mugenzi kirabitwereka ko abayobozi batuzanamwo inyigisho zitarizo bucece

  • @dushimimanaaksadi
    @dushimimanaaksadi 6 місяців тому +3

    Ntabwo byemewe na gato ko abadiventiste b'umunsi wa karindwi ,bakihuza n'andi madini kuko ubu ni ubuhumyi bukomeye cyane satani ari gukoresha kugira ngo tuzisange twararenze umurongo utukura kd ubuhanuzi budusohoreraho ntitubimenye pe. Kwihuza n'andi madini ni byo byitwa"Igishushanyo cy'inyamanswa"

  • @Niyonkurubahati
    @Niyonkurubahati 7 місяців тому +3

    Miraho, Impuza madini ni yo ishushanya igishushanyo cy' inyamaswa

  • @HozianaChoir
    @HozianaChoir 7 місяців тому +3

    Ibi bintu birababaje cyane peee! Ubutumwa twahawe burahagije

    • @ndagijimanaemmanuel7603
      @ndagijimanaemmanuel7603 7 місяців тому

      uriya mugabo ni umuntu ashobora no kuba abirimo ashaka indamu cg atarihannye ,ariko ntibivuze ko tuzamukurikira ,kandi bibiliya iti inyenyeri zizagwa

  • @uwizerwaboniface4934
    @uwizerwaboniface4934 7 місяців тому +3

    Birababaje cyane pe

  • @JeannineMukamana-w3i
    @JeannineMukamana-w3i 7 місяців тому +3

    Nuko bimeze inyenyeri nyinshi zizagwa!!!zari ziyoboye abandi! Sigitangaza nubuhanuzi🤭

  • @nsengimanajeandedieu3769
    @nsengimanajeandedieu3769 5 місяців тому +1

    Uwo twahaweho urugero ni umwe ni Yesu kristo gusa naho imyumvire y' umuntu naho yaba umuyobozi mukuru ntihindura ijambo ry' Imana. Bibiliya Kandi bibiliya yonyine niyo muyobozi.

  • @JoshuaDufi
    @JoshuaDufi 7 місяців тому +3

    Muri iyi minsi, biraruhije kubona umurongo utandukanya abiyita abakristo
    n’abatubaha Imana. Abizera b’itorero bakunze ibyo ab’isi bakunda, kandi biteguye
    gufatanya nabo, Satani na we yiyemeje kubateranyiriza hamwe nk’umubiri umwe
    noneho agakaza umugambi we wo kubarundurira mu kwizera imyuka
    y’abadayimoni. Abizera inyigisho z’ubupapa birata ko ibitangaza ari ikimenyetso
    cy’itorero ry’ukuri, biteguye kuyobywa n’izo mbaraga zikora ibitangaza; kandi
    Abaporotesitanti bamaze gushyira ku ruhande ingabo y’ukuri, na bo bazarindagira.
    Abizera inyigisho z’ubupapa, Abaporotesitanti n’ab’isi, bazemerera hamwe ishusho
    y’ubutungane idafite ububasha, kandi muri ubwo bumwe hazabonekamo...
    ukomeze u some wumve ni muntambara ikimeye icyigishi cyitwa intambara itutumba.

  • @joliemirembe8965
    @joliemirembe8965 3 місяці тому

    Urabeshya cyane shaka viaus ubone ibiray

  • @UrinzwenimanaJeanlouis
    @UrinzwenimanaJeanlouis 6 місяців тому

    Ese umunyagaturika nu mudivantisiti bahurirahe naho bite ni migenzo bagira dusenge cyane

  • @Mess640
    @Mess640 7 місяців тому +1

    Nunacunga neza murwanda aba pasteur benshi ugasesengura neza uzasanga arabagambanyi byagaragaye neza muri corona

  • @AfricaAugustineClifford
    @AfricaAugustineClifford Місяць тому

    Ni ukuri ntibikwiye ko umudivantist agenza atyo😢😢😢😮

  • @edisonniganze5490
    @edisonniganze5490 7 місяців тому

    Imana izigame ishengero ryayo. Impuza madini ni umugambi wazanye n'idini ryahinduye vyinshi muvyo Imana yashinze kandi ico bigamije n'ubu ni ukubandanya gukura abantu Ku Mana.

  • @munyampirwathierry8382
    @munyampirwathierry8382 7 місяців тому +1

    Ibyahishuwe 3:15-19
    Nzi imirimo yawe, yuko udakonje kandi ntubire. Iyaba wari ukonje cyangwa wari ubize! Nuko rero kuko udakonje kandi ntubire, ngiye kukuruka.
    Kuko uvuga uti" ndi umukire,ndatunze kandi ndatunganiwe nta cyo nkennye" utazi ko uri umutindi wo kubabarirwa, kandi uri umukene n'impumyi kandi wambaye ubusa....
    Umugayo n'inama Imana yahaye itorero rya Lawodokiya (Abadiventiste) uracyaririho kuko ritumviye inama y'umugabo wo guhamya.
    Kwanga ukuri, kujya mu rwiyunge rw'amadini( Ecumenism), kwifatanya na leta z'isi...byose byabateye kwangwa n'Imana.
    Umuti rukumbi wakiza ubwoko bw'Imana buriyo ni ukwakira ubutumwa bwa malayika wundi bw'IVUGURURA N'UBUGOROZI.

  • @NdikumanaAdolphe
    @NdikumanaAdolphe 6 місяців тому

    Musigaye mwumva induru ingoma amashyi bisigaye birimo?

  • @ntakirutimanavedaste4267
    @ntakirutimanavedaste4267 7 місяців тому

    Ubundi Se Umuntu mudahuje Kwizera Mwaganira iki Kubinjyanye n'ijambo ry'Imana. Gusa Mureke ibyahanuwe bisohore kandi bigomba Gusohorera Kubantu

  • @teachernguenya9080
    @teachernguenya9080 7 місяців тому +1

    Azajyanemo itorero ryiwe areka irya Nyagasani, ubwo azi icyo avuga ?

  • @NdikumanaAdolphe
    @NdikumanaAdolphe 6 місяців тому

    Ese abaramya Imana Data womwijuru bakwicarana nabaramya satani koko ibyobintu birashoboka?

  • @NdayishumiyeNasson
    @NdayishumiyeNasson 7 місяців тому

    Ibi bishimangira ko ibikunda kuvugwa ari ukuri rwose .
    Itorero ry'Imana sirigomba kuba mpumuzamadini

  • @dushimimanaaksadi
    @dushimimanaaksadi 6 місяців тому

    Itorero ry'Imana riraridutse Mana tabara tugeze ku mahenuka turakwinginze tabara

  • @KazoviaZepheren
    @KazoviaZepheren 6 місяців тому

    Ubundi amadini na biri (1)Idini yukuri(2) iyibinyoma a bukuri Yesu niwe abashira hamwe abibinyoma Nabo barafise uwubashira hamwe nuko murakoze

  • @gervenadine1527
    @gervenadine1527 7 місяців тому

    Asobanuribintu nezaàaaaaaa ndamwibuka cyaneeeeeee kuri stade amahoro

  • @marcniyikiza
    @marcniyikiza 7 місяців тому

    Ni akumiro pe!

  • @nkeramihigonsengiyunva
    @nkeramihigonsengiyunva 7 місяців тому

    Nonese asobanur'ate ibyahishuwe13:11---igishushanyo cy'inyamaswa Niki?

  • @BimenyimanaEmmanuel-ww3fr
    @BimenyimanaEmmanuel-ww3fr 7 місяців тому +3

    Kubamumpuzamadini ntibikwiye

  • @danielhabonimana4814
    @danielhabonimana4814 7 місяців тому +1

    Ijambo ry’Imana ryatanze imiburo ku kaga kagiye gutera; mureke ibyo byirengagizwe, maze abaporotesitanti bagere aho bamenye neza imigambi nyakuri ya Roma, uretse ko bazabyibuka barakererewe batagifite uburyo bigobotora muri uwo mutego baguyemo. Itorero Gatolika ry’i Roma riragenda risatira ububasha bwaryo ryahoranye bucece. Inyigisho zaryo mu biterane, muri za kiliziya, zirategura inzira mu mitima y’abantu. Riregura rwihishwa inyubako yaryo yaguye kugira ngo rigarure akarengane ku bataryemera. Rirahuriza hamwe imbaraga zaryo, ritegura intwaro bucece kandi ntacyo ryikanga kugira ngo igihe nikigera rishoze intambara. Ritegereje gusa ko igihe kigera kandi icyo gihe ryamaze kugihabwa. Bidatinze, tugiye kureba kandi twumve, nibwo tuzamenya itorero ry’i Roma icyo ari cyo. Umuntu wese uzizera kandi akumvira Ijambo ry’Imana, azahasakiranira n’ibigeragezo n’akarengane. II 566.2

  • @DivineMuhimpundu-z6b
    @DivineMuhimpundu-z6b 6 місяців тому

    Ucuco ntitwoban numwiz ❤

  • @MarieRose-mz1xh
    @MarieRose-mz1xh 6 місяців тому

    Ntago itorero ry'lmana rizaba babironi ahubwo umuntu kugiti cye

  • @munyampirwathierry8382
    @munyampirwathierry8382 7 місяців тому

    Ukuri konyine niko kuzababatura. Reka kuyoborwa n'ibyo ubwirwa, wibwira cyangwa ubogamiramo. Wige ibyanditswe byera n'umwuka w'ubuhanuzi wicisha bugufi kandi usenga. Witegereze neza ibiriho mu itorero Imana izakuyobora ahakwiriye.
    YESAYA 9:15
    "Abayobora aba bantu barabayobya,kandi abo bayoboye bararimbuka."

  • @francoisndwaniye60
    @francoisndwaniye60 6 місяців тому

    Ikibazo ni igihe amatorero n'amadini harimo na SDA bahurira kurwanya ihame na rimwe mu ya Bibiliya, urugero nk'ihame ry'Isabato, umubatizo cg ifunguro ryera cg gushyingira. Uko kuvanga kwitwa ILLICIT UNION.

  • @MpagazeKubwayezu
    @MpagazeKubwayezu 7 місяців тому +2

    Twarabivuze abadive babaye baburoni😂

    • @ntihemukanarcisse1185
      @ntihemukanarcisse1185 7 місяців тому +1

      Abadive si inyubako cg abayobozi .itorero ry'Imana ntizigera riba baburoni ubutumwa bwatoranijwe v2 p70 igika cya 3.abadiventiste bumunsi wa7 ni abategereje kugaruka kwaYESU kdi bakomeza amategeko 'Imana.abo rero mtibaba mu rwiyunge rw'amadini kdi ntizigera narimwe bitwa baburoni. Tujye tugerarageza gusobanurara neza dukurikije inyandiko buriya iriya si umudiventiste kimwe nabandi nkawe nubwo nyine iryo Zina bazakomeza kurikoresha .

    • @uwamahoroappoline4397
      @uwamahoroappoline4397 6 місяців тому

      Birimuntu azabazwa ibye kuko niba ashigikiye guhuza amadini njye simbishigikire ntabwo nzanya guhorwa icyaha cye

  • @AstherieAstherie
    @AstherieAstherie Місяць тому

    Yesu we utubere maso naho ubundi isi igeze kwiherezo

  • @IsabelSitoe-h9l
    @IsabelSitoe-h9l 7 місяців тому +1

    Twagoswe bucece baratwijyiye bisaba luna maso 6:02

  • @BavakureClaude-n6n
    @BavakureClaude-n6n Місяць тому

    Yaminuje mwisezerano rya kera koko.erega isezerano rishya numwuka nubwiru bukomeye pe

  • @Ghille-v9d
    @Ghille-v9d 6 місяців тому

    Ibi byose paster musisi yarabibabwiye none dore birikugenda bibasohoreraho

  • @niyomugaboseth9077
    @niyomugaboseth9077 4 місяці тому

    Ariko abadibentisti ibyabo bizagarukira he!

  • @pascalrugoheofficialpro8176
    @pascalrugoheofficialpro8176 6 місяців тому

    Gukiranuka no gukiranirwa bifatana bite?

  • @NSENGIYUMVAInnocent-or8yn
    @NSENGIYUMVAInnocent-or8yn 7 місяців тому +1

    Abanyabwenge ni muhunge mwemere unuti umwe rukumbi
    Ibyiringiro bya Laodikia ni IVUGURURA NUBUGOROZI

  • @Goodnews-magena
    @Goodnews-magena 6 місяців тому

    Birateye agahinda kumuyobozi amezuko

  • @Niyonkurubahati
    @Niyonkurubahati 7 місяців тому

    Reba no mubusobanuro bwa Daniel ni byahishuwe urarushajo gusobanukirwa

  • @LadislasHarerimana-ix1ke
    @LadislasHarerimana-ix1ke 27 днів тому

    Ivyo vyooooose nuko mwimitse ubutegetsi mwitorero ngo nababaserukira😮 ngo nabapaster ngo nabarevera mbe kuki amazina yabandi madin mubuyobozi mwitiranwa

  • @AstherieAstherie
    @AstherieAstherie Місяць тому

    Mana urimwujuru durabare ntabwo byemewe ko itorero ry.imanaryifaranya na Roma

  • @NshimiyimanaErica
    @NshimiyimanaErica 5 місяців тому

    Turabakundacyane ntibyemewe ko abadivatistebaba mubumwebwayindimadini

  • @nzayisengamariejose3109
    @nzayisengamariejose3109 6 місяців тому

    Muriyi munsi yanyuma ducyeneye abayobozi bitorero barwanira nukuri bashikamye badashyigikira ibibi nka Nehemiya bitabaye ibyo Imana nidutabare

  • @emmanuelrwibutso6491
    @emmanuelrwibutso6491 7 місяців тому

    Muraho neza ,Yesu ashimwe, ndashaka ko munsobanurira Ese mwemera ko mu Mahanga Yose Uwubaha Imana agakora ibyo Gukiranuka aba ari Umwana w'Imana ??? none se ko muvuga ngo muri ABASIGAYE bivuze ko andi matorero atarimo umugeni wa Kristo?? si abana b'Imana???

    • @Nladis
      @Nladis 7 місяців тому

      Bambarize pe, ahubwo barasigaye koko kubera ubwibone bwabo

    • @uplinesofficial9810
      @uplinesofficial9810 7 місяців тому +3

      Muraho neza Nshuti! Yesu ahimbazwe! Ikibazo wabajije ni cyiza kandi ndagirango nkigusobanurire nkuko bikwiye!
      Nibyo mumahanga yose uyubaha agakora ibyo gukiranuka iramwemera, ariko imwemera kubera ko ibonye ko UMUCYO wose yamuhaye yawugendeyemo kandi ikaba iziko inyuma yawo ntawundi azi.
      Urugero: niba utaziko kwiba ari icyaha ukaba utaranigeze ubyumva ahantu, Imana ntizigera ibiguhora ntanubwo izabigenderaho ica urubanza. Bivuze ngo aho waba uri hose IMANA IZAKWEMERA RWOSE ariko igendeye ku mucyo wamenye.
      Ariko niba URUGERO warigeze kumva bavuga ko ISABATO ari itegeko ry’Imana dukwiye kubahiriza wowe ukabirengaho ukanga no kubyumva, icyo gihe UZABIHANIRWA kuko warabyirengagije.
      Ikibazo cya 2.Abadiventiste bitwa “ABASIGAYE” kuko ariryo torero mu yandi yose ku isi rifite amategeko yose uko ari 10 y’Imana. Andi madini usanga yose bayakurikiza ariko urugero itegeko rya 4 rikabananira,........ ikindi gituma abadiventiste bitwa abasigaye , nuko ari itorero ryabayeho ryumvira amategeko yose y’Imana nyuma y’akarengane k’aba Kristo kamaze imyaka 1260 kuva 538-1798
      Rero AMATORERO YOSE arimo Abageni ariko abo bageni ntakundi kuri bigeze bamenya.
      NIBA HARI IKINTU GISHYA UMENYE UTARI UZI MURI BIBIRIYA JYA UHITA UKIGENDERAHO NIBWO UZAROKOKO, NAHO NUGUMA MUBYO WAMENYE CYERA GUSA UKAJYA UHAKANA IBIVUGWA MURI BIBIRIYA UZARIMBUKA Imana ibikubashishe Murakoze

    • @NdikumanaAdolphe
      @NdikumanaAdolphe 6 місяців тому

      Mumagambo make 1Yohan 2:3-5,Yohana 14:15-21,Ibyah12:17

  • @gasamunyiganoel551
    @gasamunyiganoel551 7 місяців тому +1

    Nonese ubundi abadive ni abakristo? Igisubizo ni Oya!! Niba mubyaha Yesu yaregwaga n'abayuda harimo kwica ISABATO ,bivuze ko n'abadive babonye bamuhitana kuko Isabato y'umunsi ntabwo Yesu yayubahiriza. Bantu mucunge amadini ibyo abigisha niba bihura n'ibyo Yesu yigishije

    • @nzayisengamariejose3109
      @nzayisengamariejose3109 6 місяців тому

      Kuva 20:8
      Ikindi abamiregaga barakabyaga Kandi Yesu yabisobanuye neza mwisezerano rishya imirimo yo gufasha abababaye nayo nibwiriza butumwa ntawundi murimo ukorwa ku i Sabato

  • @davidmugisha1204
    @davidmugisha1204 7 місяців тому +1

    None biraherera hehe??mfise ivyizigiro ko ishengero ry'Imana ritazogwa ariko ikidini kizogwa kibe babuloni.aha rero nugusaba Mpwemu w'Imana aduhe umwuka wo gushishoza tumenye iyo tuva niyo tuja.

    • @TabitaUyisenga
      @TabitaUyisenga 7 місяців тому

      Ntibikwiye rwox buri wex anshunge izamurye kuko satani harigihe abiba urukungu mumasaka

  • @kananisarafe8582
    @kananisarafe8582 6 місяців тому

    Kuba mumpuza amadini kw'isi sivyo namba kuko ntituba duhuje ukwizera;twahawe inshingano zokwigisha ubutumwa bwiza bw'abarayika 3 kwisi mugihe abandi batabwigisha twihuje abantu Bova I Babiloni gute?

    • @BfsumaRwanda
      @BfsumaRwanda 6 місяців тому

      Umucyo ntiwahura numwijima. Sda mubutumwa bwana Elleb G.white. ati Laodokia urakazuyaze niba udashyushye cg ukonje ngiye
      Kukuruka. Ibyahishuwe 18 .Nuko mbona Marayika wundi agurukana aringanije ijuru/ ikirere after ubutumwa bukomeye. Uyu
      Marayika aza yunga imbaraga murine marayika wa 3 warucitse intege[ sda Laodokia] ntabutumwa bundi marayika azana butandkanye nubwa marayika wa3.
      Abibeshya bagasenya foundation ninkuta za sda baba bayobye bavuye nabo kumurongo nkababayobozi gito baganisha SDA muri Ecumesim.

  • @nsanzimanamarcel1505
    @nsanzimanamarcel1505 7 місяців тому

    Iyo uvuze ko akomeye uba ushatse kuvuga iki?

  • @nsanzimanaobed4536
    @nsanzimanaobed4536 7 місяців тому

    Mbega agahinda.

  • @nsengumuremyietienne6885
    @nsengumuremyietienne6885 7 місяців тому

    Nonese Jacques Lameck kubwawe ubona Diope gute niba Koko umuntu ahamya neza ko haribyo atandukaniye n'abandi muby'Ijambo ry'Imana bifatanya bite Kwizera no kutizera ntibihuye iyo bijyenda gutyo Yesu ubwe aba yarafatanije n'abatambyi soma Matayo 23------

  • @NkurunzizaEdson
    @NkurunzizaEdson 7 місяців тому

    Tugomba kwirinda burimuntu kugiti cye Yuda3-6

  • @Prudence517
    @Prudence517 7 місяців тому

    Système y'ubuyobozi bwa SDA yabaye Babuloni itunganye ibyo bituma n'itorero rihinduka Babuloni itunganye

    • @pastoremmanuel6940
      @pastoremmanuel6940 7 місяців тому +1

      Ntawakurenganya niko ubizi kandi nokwiga kwawe kwibitabo byumwuka wubuhanuzi niko kungana

    • @hakundimanajosue2714
      @hakundimanajosue2714 7 місяців тому

      NONE NIBA NA SDA YARABAYE BABULONI ITORERO RY'IMANA RISAGAYE NI IRIHE ?😮

  • @BAVAKUREJoseph-pu9fd
    @BAVAKUREJoseph-pu9fd 7 місяців тому

    Ted w yahoze ari mumurongo mwiza 2010-2017 ark nyuma yahoo ari kugitutu cy'inyamaswa

  • @Nizigiyomana
    @Nizigiyomana 7 місяців тому

    😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢arababaje

  • @Impandaiheruka
    @Impandaiheruka 7 місяців тому +1

    Nshuti bakundwa, bizera mwahamagariwe gutanga umuburo uheruka, mbese twakurikiza intekerezo z'abantu kandi dufite AMAHAME, AMATEGEKO N'AMABWIRIZWA tubona muri Bibiliya? Mbese Kristo yakora nk'ibi ngo natwe tubikore?
    Nituzirikane aya magambo yo mu Abahanuzi n'Abami aduhamagarira kurwanirira Ibyera twahawe:
    "Abanga amategeko bashima abanyabyaha." Imigani 28:4. Igihe abifatanya n'ab'isi, (nyamara bakavuga ko bera rwose), basaba kugirana ubumwe n'abigeze kurwanya umurimo wo kwamamaza ukuri, dukwiriye kubatinya no kubirinda dukomeje nk'uko Nehemiya yabigenje. Bene iyo nama iba iturutse ku mwanzi w'ibyiza byose. Iyo ni imvugo y'abakurikira inyungu zabo gusa mu gihe runaka nta kindi bitayeho, kandi muri iki gihe bakwiriye kurwanywa byimazeyo nk'uko byagenze mu gihe cya Nehemiya. Imbaraga iyo ari yo yose igambiriye gukura ukwizera k'ubwoko bw'Imana mu bushobozi bwayo buyobora, ikwiriye kurwanywa nta gukebakeba. AnA 615.3

  • @danielhabonimana4814
    @danielhabonimana4814 7 місяців тому

    Muri iki gihe Ubupapa bw’i Roma bwuzuye n’Ubuporotesitanti cyane kuruta mu myaka ya kera. Mu bihugu bimwe aho Gatolika ifite abizera bake, kandi ubupapa bukaba bukora ibikorwa byo kwiyunga kugira ngo bwireherezeho abantu, uhasanga hari ukutita ku nyigisho zatumye amatorero y’ubugorozi atandukana n’ubutegetsi bw’ubupapa; igitekerezo gikomeje gutangwa, bagira bati, ‘ na mbere hose, ubu ntitugitandukanye cyane ku ngingo z’ingenzi nk’uko byari bimeze mbere, kandi akantu gato k’umwihariko kari kadutandukanyije kazatuma twumvikana na Roma. Ibyo ni igihe Abaporotesitanti bahaga agaciro gakomeye umudendezo w’umutimanama w’umuntu wari waramaze kwigarurirwa. Bigishaga abana babo ko bakwiriye kugendera kure ubupapa kandi ko gushaka kugirana ubumwe na Roma, byaba ari ukugomera Imana. Mbega uko muri iki gihe ibyo bitekerezo bitandukanye n’uko byavugwaga mbere ! II 549.1

  • @niyonsengaelphase3574
    @niyonsengaelphase3574 4 місяці тому

    Bazongere bahakane kobatari mu mpuza madini

  • @InnocentHavyarimana-bb9gi
    @InnocentHavyarimana-bb9gi 7 місяців тому

    Ikintu cose gitandukanye n'ivyanditswe vyera n'ubuyobe

  • @nzayisengamariejose3109
    @nzayisengamariejose3109 6 місяців тому

    Kuba mumpuzamadini ninkogucyeza abami babiri

  • @ProsperBasenga
    @ProsperBasenga 7 місяців тому

    Lameck Ishengero ryaraguye ariko muri bible haranditswe ko hahirwa abantu ba 2 usoma ndetse n’Uwumva aho reo urufatane rwamadini rwateye mwishengero bye-bye 😢😢

    • @NkurunzizaEdson
      @NkurunzizaEdson 7 місяців тому +1

      Ariko ntitugomba kurisohokamo nkuko bamwe babigenza

    • @ProsperBasenga
      @ProsperBasenga 7 місяців тому

      @@NkurunzizaEdson egooo kuk usohotse ntaco uba ukoze kuko nahohanze ubugiye ntamahoro ariyo bibavyiza mugumye mubwato uko vyomera kose kuko umusare ni Yesu kristo ntabwoba

    • @NdikumanaAdolphe
      @NdikumanaAdolphe 6 місяців тому

      BWOKO BWANJYE nimusohokemo

  • @niyomugaboseth9077
    @niyomugaboseth9077 4 місяці тому

    Nta gushidikanya Abadiventisti bamaze kugera munsi y'ibendera rya satani basubiye mu egiputa babyiyemeje. Nta muntu muzima mu by'umwuka wavuga ko uwizera n'utizera bafitanye umugabane.
    Akumiro noneho n' ukwitwaza ko nta wizerera undi n'ubwo aribyo uba uvuze ko ijambo "abadiventisti" ritakibaho ahubwo hariho "umudiventisti", ni uguhaba Cyane.
    Tekereza noneho guhangara ukavuga ko nou yandi madini ngo harimo abageni KANDI UMUGENI ARI UMWE GUSA,Mbega impabe!
    Ivugurura n'ubugorozi ni wo muti rukumbi bakeneye n'ubwo batemera ko barwaye

  • @ConfusedDolphins-mc1ek
    @ConfusedDolphins-mc1ek 7 місяців тому

    Ibi byari byaraha nuwe ko muminsi yimperuka nabari barahawe umucyo ukomeye bidatinze nabo bazoroshya kwizera kwabo.
    Sigitangaza

  • @danielhabonimana4814
    @danielhabonimana4814 7 місяців тому

    Abaporotesitanti bifatanyije kandi bivanga n’ubupapa; bagiranye amasezerano ndetse babegurira ububasha kugeza aho Abagatolika nabo ubwabo bibatangaza ndetse bananirwa kubyiyumvisha. Abantu barasinziriza ngo badasobanukirwa imico n’imyifatire bya Roma n’akaga kagiye guterwa n’isumbwe ryayo. Abantu bakeneye gukangurwa hakiri kare kugira ngo barwanye uwo mwanzi uteye ubwoba w’umudendezo w’abizera Imana n’uw’abantu muri rusange. II 552.2

  • @BAVAKUREJoseph-pu9fd
    @BAVAKUREJoseph-pu9fd 7 місяців тому

    Ntibyemewe na gato kuko uko kwihuza uko kwaba kungana kose bihita birema igishushanyo cy'inyamaswa

  • @LivinusNiyonsaba
    @LivinusNiyonsaba 5 місяців тому

    Nkeney mumfash n'iki gituma adacibwa mwitorero?diop

  • @nyinawaberajosiane9216
    @nyinawaberajosiane9216 7 місяців тому

    Ariko iki kirango cy'itorero cyarahinduwe kuko cyahoze ari abamalayika 3 bafite impanda

  • @RemyShingiro
    @RemyShingiro 5 місяців тому

    Kuki batamuhagarika?

  • @danielhabonimana4814
    @danielhabonimana4814 7 місяців тому

    Muri iki gihe itorero ry’i Roma ryerekana uruhande rwiza imbere y’amahanga, ariko rikikingiriza gusaba imbabazi kubwo ubugome buteye ubwoba rizwiho. Ryiyambika imyambaro ya gikristo; nyamara ntiryahindutse. Amahame yose ubupapa bwagenderagaho mu bihe byashize buracyayakurikiza na bugingo n’ubu. Nan’ubu riracyagendera ku nyigisho ryihimbiye mu gihe cy’umwijima. Ntihakagire umuntu wishuka. Ubwo bupapa, ubu Abaporotesitanti biteguye gupfukamira ni bumwe na bwa bundi bwategekaga isi mu gihe cy’Ubugorozi, igihe abantu b’Imana bahagurukiraga icyarimwe, bigatuma bahara amagara yabo, bagashyira ahagaragara ubugome bwaryo. Ubupapa buracyafite ubwibone no kwishyira hejuru bwategekeshaga abami n’ibikomangoma buvuga ko buhwanye n’Imana. Itorero ntiryagabanyije ubugome bwaryo cyangwa gutegekesha igitugu kuruta mu gihe bwasiribangaga ubudendezo w’ikiremwa muntu, bukamarira ku icumu abera b’Isumbabyose. II 557.1

  • @Ghille-v9d
    @Ghille-v9d 6 місяців тому

    Ikinicyo gihe cyogusobanukirwa amadini icyo yaragambiriye

  • @danielhabonimana4814
    @danielhabonimana4814 7 місяців тому

    Kwiga Bibiliya usenga, nibyo byakwereka Abaporotesitanti imico nyakuri y’Ubupapa maze bikabatera kubugirira amakenga no kubuzibukira; ariko benshi biringiye ubwenge bwabo kuburyo bumva badakeneye kwicisha bugufi ngo bashake Imana, kugira ngo bashobore kugendera mu kuri. Nubwo bafite ubwibone bw’umucyo wabarasiye, ni injiji haba mu Byanditswe Byera haba no kubyerekeye ubushobozi bw’Imana. Kubwo gushaka bimwe mu buryo bwo kwirema agatima, bishakira ibintu byoroheje mu bya mwuka kandi bitabatesheje agaciro. Icyo bifuza ni uburyo bwatuma bibagirwa Imana ariko bakagaragara nk’abatarayiretse. Ubupapa bwakoze ibishoboka ngo bugere kuri ibyo byose. Mu myigishirize yabo, biteganyijwe ko hafi y’abatuye isi, hari amatsinda abiri y’abantu: abashaka gukizwa kubera ubutungane bwabo; n’abandi bashaka gukirizwa mu byaha byabo. Ngaha rero ahari ibanga ry’ububasha bw’ubupapa. II 558.3

  • @OliverDickon
    @OliverDickon 6 місяців тому

    Iconzi nukwo tudakwiye kwifatanya nabatizera kukwo atacodusangiye

  • @Eduard129
    @Eduard129 7 місяців тому

    Byarangiye babaye baburoni

    • @divineumutoni6697
      @divineumutoni6697 7 місяців тому

      Oyaa ntabwo itorero ry'Imana rizigera riba babuloni ngo nuko umu pastor ukomeye Ari kuvuga ibihabanye nukuri.
      Kd Imana uzahora uruhande rw'abana bayo nubwo baba 2 cyangwa 3.
      Dusenge cyane tutagwa mumoshya.

    • @LadislasHarerimana-ix1ke
      @LadislasHarerimana-ix1ke 27 днів тому

      ​@@divineumutoni6697none KO batamuciye kandi abavuga ukuri mbona babaca

  • @NiyeraJosue
    @NiyeraJosue 6 місяців тому

    Tade urayoboye abayobozi nkaba

  • @SibomanaBakina
    @SibomanaBakina 7 місяців тому

    Iconcimira itorerorycu nubuyobozi busim ira ubundi uwo agombakwigwaho Kuko yashira itorero mukaga

  • @danielhabonimana4814
    @danielhabonimana4814 7 місяців тому

    Turakiye gusobanukirwa neza ico arico ubupapa, igikoresho nkoramutima ca Satani. Turakwiye gusobanukirwa n'ubuhanuzi bwa Bibiliya. Ku basomyi turondere Igitabo INTAMBARA IKOMEYE twucige neza dusenga twicishije bugufi, tuzotahura ibiri kuba. "Intambara Ikomeye", IGICE CYA 35 - INTEGO Z’UBUPAPA

  • @NightNaome
    @NightNaome 6 місяців тому

    Idini rigomba kuba rimwe kdi byarangiye gutegurwa,ntawo kubihagarika uhari.Urugero:RIC(Rwanda interfaith Council)Abadive bayirimo.Ikindi Abadive,abayisilamu, Catholic church, Anglican church murwanda nibo bafatanije kurwanya SIDA,Muri make idini ryabaye rimwe.

  • @ViateurNtakirutimana
    @ViateurNtakirutimana 7 місяців тому

    Nivyo mubigaragarira amaso uwo mupasteur n'intumwa y papa rr ntagushidikanya n'umukobwa Jesuite

  • @NiyodusabaElise
    @NiyodusabaElise 6 місяців тому

    That is night

  • @ConfusedDolphins-mc1ek
    @ConfusedDolphins-mc1ek 7 місяців тому

    Kuba iritorero rya kwitwa baburoni ijambo rivuze
    Urudubi ujya kujya ibaburoni agomba kuba afite icyumba kimyi zerere ye mura baburoni
    Nn

  • @nyinawaberajosiane9216
    @nyinawaberajosiane9216 7 місяців тому

    Umu Jesuit pure. Ariko c kuki adacibwa mu Itorero??? Abo bafatanije kuyobora nabo barimo amahinyu

    • @NdikumanaAdolphe
      @NdikumanaAdolphe 6 місяців тому

      😅😅 nibo baryuzuyemo ryahame ryabo ryikuzamuka bakagera mu zego zifata ibyemezo barigezoho woe waca mwenewanyu musangiye mission?

  • @munyakazijeanclaude6006
    @munyakazijeanclaude6006 7 місяців тому

    Birababaje arko reko umuntu akiranuke kugitike kuko ikitegererezo ni kristu

  • @rebeccauwagirinka8975
    @rebeccauwagirinka8975 7 місяців тому

    Ni cyo gituma kwizera Imana ari iby'umuntu ku giti cye.
    Kuba akomeye mu itorero ntibisobanuye ko abadive bagomba kumwumvira.Hari Biblia ndetse n'umwuka w'Imana utwigisha.
    Kdi ibi byose murabizi ko byahanuwe mbere.

  • @NiyeraJosue
    @NiyeraJosue 6 місяців тому

    Uyonumuzeziwiti nintumwayavadikani

  • @NiyoyitungiraFils
    @NiyoyitungiraFils Місяць тому

    Nukuba maso !!!

  • @francoisndwaniye60
    @francoisndwaniye60 6 місяців тому

    Gusengera hamwe n'andi madini, mugahuza ku buryo umushumba w'irindi torero yaza kubwiriza muri SDA jye nibyo nita kwihuza. Naho guhurira mu nama na committee zitabdukanye, nta kibazo

    • @NdikumanaAdolphe
      @NdikumanaAdolphe 6 місяців тому

      Hhhhhh nshuti ibyo woe nibyo wibwira 2Abakor6:14-17

    • @EtienneMaherezo
      @EtienneMaherezo 5 місяців тому

      Ifi mukuyifatisha babanza gushira icambo kwigera ikaeyohegwa nyuma igafata yibaza kwari igifungurwa cayo ikisanga yafashwe mu bunigo umurovyi akayikwegera irusi agaheza akayikura mwirobo(igera) akayitwara.

  • @BaganiziDavid-wt2cb
    @BaganiziDavid-wt2cb 7 місяців тому

    Ndumiwe nuguhunga tukava muri babilon

  • @bizimanavena1349
    @bizimanavena1349 7 місяців тому

    Urumva kohakenewe marayika wundi wo mubyahishuwe18:1 wokuza kunga ijwirye kuryamarayika wagatatatu muhunge vuba inyamaswa itabafatirayo

  • @BaganiziDavid-wt2cb
    @BaganiziDavid-wt2cb 7 місяців тому

    Mana itorero rikomeje kungwa mubukonje

  • @bikorimanadamien2393
    @bikorimanadamien2393 7 місяців тому

    Nimusohoke ubuhanuzi buvugako igihe muzabonya ikizira gihagaze ahera muzahunge

    • @uplinesofficial9810
      @uplinesofficial9810 7 місяців тому +1

      Dusohoke tujya he se muvandi? Ahubwo tugomba gusenga cyane kugirango Imana iduhe imbaraga zo guhangana nabyo naho gusohoka ntibishoboka kuko nyuma ya lawodokiya nta torero rya 8 Imana yatubwiye ko rizabaho

  • @MushimiyimanaAdeline-c7v
    @MushimiyimanaAdeline-c7v 7 місяців тому

    Ntago byemewe kwihuza nadi madinip

  • @NsekuyeTheoneste-c6l
    @NsekuyeTheoneste-c6l 7 місяців тому

    Icyigaragara nuko hari abandi bashaga be mu itorero

  • @RemzyJr
    @RemzyJr 7 місяців тому

    Ntit,ishushanye nabo tudasangiye ukwizera

  • @TuracyayisengaVeda
    @TuracyayisengaVeda 4 місяці тому

    Abadivebanzukuri banzekuyoborwa nimana bashakabobejwenibiganza urwiyungebarumazemisi sibyubu