UMUPASTORO UKOMEYE MUBADIVENTISTE YATANGAJE KO”ABADIVENTISTE BABA BEZA MU MPUZAMADINI”
Вставка
- Опубліковано 19 жов 2024
- Tuguhaye ikaze kuri Rwanda Sda Hymns”
Tanga igitekerezo cyawe uburyo ufatamo impuzamadini. Wowe ubibona ute? Niba ufite inyandiko uyisangize abandi kugirango twuzuzanye.
Wifuza kutwandikira:
Facebook na Instagram:
RWANDA SDA HYMNS
#Jacqueslameck
Pr.Ted Wilson ABA BANTU BAGOMBA KWIRINDWA MU ITORERO.
ua-cam.com/video/Nj7Hi5MkPHI/v-deo.htmlsi=o-1HE0ZTCS9wJBZ-
Rûûf 0:00 😅ezr 0:00 0:00 r 0:00
Nibyo rwose nkuko bamwe babivuze murikomenti: zabo. uwo mupasteli ni , umujezuwiti: ariko siwewenyine: kucyi , itorero ritijyeze rimuca?? Nuko , aribajyenzi be.nabo ni , abajezuwiti: cyirazira , kubasenjyera , cyangwa , kubaha , ituro niyo ryaba rito cyane. 2abakor.6:14. Iyo bidakunze ko , ubaca mwitorero, ugomba kubahunga: uko ushoboye kose. ❤❤❤❤❤ Inyamaswa bidatinze , izaba , itsinzwe. Burundu , Ibyah.15.2.
Birunvikana gufatanya nabo mutizera kimwe jaribyo mugonba gufatanya byubuzima busanzwe ak mumyizerere sibyo keretse ubigisha ngo ubabere ukuri bahimdukire
Ariko ibaze kuba umupasteri ukomeye kuriya yashishikariza abizera kuba mu mpuzamadini? Birababaje pe! Itorero ry’Imana rikeneye gucyahwa cyane nubwo ryahawe imiburo myinshi kuriya. Mana tabara itorero ryawe
Mwitondere abapasteri nabo muzi mubitindere mwibaze ubugambanyi burihanzaha ngo abantu basengeye mumago, bakafungisha? Gusa bizatangaza abantu tugiye turibake mwijuru
Ntiwiyibagizeko aba jésuites akenshi usanga aribo batuyoboye, niyompamvu umwuka w'ubuhanuzi atubwira kwirinda ababantu batatu,umuganga,reta(umunya politique)hamwe na pasteur
@@InnocentHavyarimana-bb9giko numva uwo mwuka wita uw'ubuhanuzi ari mubi!? Ngo ntimukemere abaganga, abayobozi muri politiki n'abashumba! Icyo gihe ni ukuvuga ko arimwe mwiyemera. Mwamaze kunyuranya kera n'ibyanditswe byera. Paul yise Luka umuvuzi ( muganga) ukundwa Kolosai 4:14, kandi mu rwandikon yandikiye Abagalatiya 4: 14,15 anavuga ko yagejeje ubutumwa bwiza mu Bugaratiya ubwo yari agiye kwivuza amaso, yewe na Elina Harmoni waje kwitwa Madamu white ufite uruhari runinin mw'ishingwa ry'itorero ry'Abadvantiste nawe yari umuforomokazi, Bibiriya Yose itubwira kumvira abatware batuyobira Roma 13:1,3; Tito 3:1; 1 Petero 2:13-14 , mu mpamo 5 z'ubuyobozi Imana yahaye itorero harimo ni iy'Ubushumba (Efeso 4: niyo Yesu yakoresheje Ubwo yabwiraga Petero ati "ragira intama zanjye" ubwo uyu mwizera utemera muganga ntiyemere Leta ntiyemere abashumba Bibiriya yemera ni iyihe koko?
Bigutwayikise
Icyo gihamya Kiri mukihe gitabo??@@InnocentHavyarimana-bb9gi
Birababaje cane rwose. Imana idufasha guhagararira ukuri
1korinto6:14_16 ntimwifatanye n'abatizera mudahwanye . Ubu iriya FOTO isobanura iki niba Atari byo?
Njyewe nkunze kwizera kwabo aho gushingiye abadivatiste nkunda nimyanzuro yabo ko ikomera
Ntabwo ibi bikwiriye rwose,
Gusa dukeneye kwiga ibyanditswe byera buri wese kugiti cye, kuko nabo tubona bakomeye ni abantu bashobora gutuma tugwa,
Imana iduhe imbaraga zo kwigana ijambo ryayo umwete.
Abakurambere n'abahanuzi icigwa ca 41 mugenzi kirabitwereka ko abayobozi batuzanamwo inyigisho zitarizo bucece
Ntabwo byemewe na gato ko abadiventiste b'umunsi wa karindwi ,bakihuza n'andi madini kuko ubu ni ubuhumyi bukomeye cyane satani ari gukoresha kugira ngo tuzisange twararenze umurongo utukura kd ubuhanuzi budusohoreraho ntitubimenye pe. Kwihuza n'andi madini ni byo byitwa"Igishushanyo cy'inyamanswa"
Miraho, Impuza madini ni yo ishushanya igishushanyo cy' inyamaswa
Ibi bintu birababaje cyane peee! Ubutumwa twahawe burahagije
uriya mugabo ni umuntu ashobora no kuba abirimo ashaka indamu cg atarihannye ,ariko ntibivuze ko tuzamukurikira ,kandi bibiliya iti inyenyeri zizagwa
Birababaje cyane pe
Nuko bimeze inyenyeri nyinshi zizagwa!!!zari ziyoboye abandi! Sigitangaza nubuhanuzi🤭
Uwo twahaweho urugero ni umwe ni Yesu kristo gusa naho imyumvire y' umuntu naho yaba umuyobozi mukuru ntihindura ijambo ry' Imana. Bibiliya Kandi bibiliya yonyine niyo muyobozi.
Muri iyi minsi, biraruhije kubona umurongo utandukanya abiyita abakristo
n’abatubaha Imana. Abizera b’itorero bakunze ibyo ab’isi bakunda, kandi biteguye
gufatanya nabo, Satani na we yiyemeje kubateranyiriza hamwe nk’umubiri umwe
noneho agakaza umugambi we wo kubarundurira mu kwizera imyuka
y’abadayimoni. Abizera inyigisho z’ubupapa birata ko ibitangaza ari ikimenyetso
cy’itorero ry’ukuri, biteguye kuyobywa n’izo mbaraga zikora ibitangaza; kandi
Abaporotesitanti bamaze gushyira ku ruhande ingabo y’ukuri, na bo bazarindagira.
Abizera inyigisho z’ubupapa, Abaporotesitanti n’ab’isi, bazemerera hamwe ishusho
y’ubutungane idafite ububasha, kandi muri ubwo bumwe hazabonekamo...
ukomeze u some wumve ni muntambara ikimeye icyigishi cyitwa intambara itutumba.
Urabeshya cyane shaka viaus ubone ibiray
Ese umunyagaturika nu mudivantisiti bahurirahe naho bite ni migenzo bagira dusenge cyane
Nunacunga neza murwanda aba pasteur benshi ugasesengura neza uzasanga arabagambanyi byagaragaye neza muri corona
Ni ukuri ntibikwiye ko umudivantist agenza atyo😢😢😢😮
Imana izigame ishengero ryayo. Impuza madini ni umugambi wazanye n'idini ryahinduye vyinshi muvyo Imana yashinze kandi ico bigamije n'ubu ni ukubandanya gukura abantu Ku Mana.
Ibyahishuwe 3:15-19
Nzi imirimo yawe, yuko udakonje kandi ntubire. Iyaba wari ukonje cyangwa wari ubize! Nuko rero kuko udakonje kandi ntubire, ngiye kukuruka.
Kuko uvuga uti" ndi umukire,ndatunze kandi ndatunganiwe nta cyo nkennye" utazi ko uri umutindi wo kubabarirwa, kandi uri umukene n'impumyi kandi wambaye ubusa....
Umugayo n'inama Imana yahaye itorero rya Lawodokiya (Abadiventiste) uracyaririho kuko ritumviye inama y'umugabo wo guhamya.
Kwanga ukuri, kujya mu rwiyunge rw'amadini( Ecumenism), kwifatanya na leta z'isi...byose byabateye kwangwa n'Imana.
Umuti rukumbi wakiza ubwoko bw'Imana buriyo ni ukwakira ubutumwa bwa malayika wundi bw'IVUGURURA N'UBUGOROZI.
Musigaye mwumva induru ingoma amashyi bisigaye birimo?
Ubundi Se Umuntu mudahuje Kwizera Mwaganira iki Kubinjyanye n'ijambo ry'Imana. Gusa Mureke ibyahanuwe bisohore kandi bigomba Gusohorera Kubantu
Azajyanemo itorero ryiwe areka irya Nyagasani, ubwo azi icyo avuga ?
Ese abaramya Imana Data womwijuru bakwicarana nabaramya satani koko ibyobintu birashoboka?
Ibi bishimangira ko ibikunda kuvugwa ari ukuri rwose .
Itorero ry'Imana sirigomba kuba mpumuzamadini
Itorero ry'Imana riraridutse Mana tabara tugeze ku mahenuka turakwinginze tabara
Itorero ry'Imana si Abadive
Ubundi amadini na biri (1)Idini yukuri(2) iyibinyoma a bukuri Yesu niwe abashira hamwe abibinyoma Nabo barafise uwubashira hamwe nuko murakoze
Asobanuribintu nezaàaaaaaa ndamwibuka cyaneeeeeee kuri stade amahoro
Ntabwo Ari extremist
Ni akumiro pe!
Nonese asobanur'ate ibyahishuwe13:11---igishushanyo cy'inyamaswa Niki?
Kubamumpuzamadini ntibikwiye
Ijambo ry’Imana ryatanze imiburo ku kaga kagiye gutera; mureke ibyo byirengagizwe, maze abaporotesitanti bagere aho bamenye neza imigambi nyakuri ya Roma, uretse ko bazabyibuka barakererewe batagifite uburyo bigobotora muri uwo mutego baguyemo. Itorero Gatolika ry’i Roma riragenda risatira ububasha bwaryo ryahoranye bucece. Inyigisho zaryo mu biterane, muri za kiliziya, zirategura inzira mu mitima y’abantu. Riregura rwihishwa inyubako yaryo yaguye kugira ngo rigarure akarengane ku bataryemera. Rirahuriza hamwe imbaraga zaryo, ritegura intwaro bucece kandi ntacyo ryikanga kugira ngo igihe nikigera rishoze intambara. Ritegereje gusa ko igihe kigera kandi icyo gihe ryamaze kugihabwa. Bidatinze, tugiye kureba kandi twumve, nibwo tuzamenya itorero ry’i Roma icyo ari cyo. Umuntu wese uzizera kandi akumvira Ijambo ry’Imana, azahasakiranira n’ibigeragezo n’akarengane. II 566.2
Ucuco ntitwoban numwiz ❤
Ntago itorero ry'lmana rizaba babironi ahubwo umuntu kugiti cye
Ukuri konyine niko kuzababatura. Reka kuyoborwa n'ibyo ubwirwa, wibwira cyangwa ubogamiramo. Wige ibyanditswe byera n'umwuka w'ubuhanuzi wicisha bugufi kandi usenga. Witegereze neza ibiriho mu itorero Imana izakuyobora ahakwiriye.
YESAYA 9:15
"Abayobora aba bantu barabayobya,kandi abo bayoboye bararimbuka."
Ikibazo ni igihe amatorero n'amadini harimo na SDA bahurira kurwanya ihame na rimwe mu ya Bibiliya, urugero nk'ihame ry'Isabato, umubatizo cg ifunguro ryera cg gushyingira. Uko kuvanga kwitwa ILLICIT UNION.
Twarabivuze abadive babaye baburoni😂
Abadive si inyubako cg abayobozi .itorero ry'Imana ntizigera riba baburoni ubutumwa bwatoranijwe v2 p70 igika cya 3.abadiventiste bumunsi wa7 ni abategereje kugaruka kwaYESU kdi bakomeza amategeko 'Imana.abo rero mtibaba mu rwiyunge rw'amadini kdi ntizigera narimwe bitwa baburoni. Tujye tugerarageza gusobanurara neza dukurikije inyandiko buriya iriya si umudiventiste kimwe nabandi nkawe nubwo nyine iryo Zina bazakomeza kurikoresha .
Birimuntu azabazwa ibye kuko niba ashigikiye guhuza amadini njye simbishigikire ntabwo nzanya guhorwa icyaha cye
Yesu we utubere maso naho ubundi isi igeze kwiherezo
Twagoswe bucece baratwijyiye bisaba luna maso 6:02
Yaminuje mwisezerano rya kera koko.erega isezerano rishya numwuka nubwiru bukomeye pe
Ibi byose paster musisi yarabibabwiye none dore birikugenda bibasohoreraho
Ariko abadibentisti ibyabo bizagarukira he!
Gukiranuka no gukiranirwa bifatana bite?
Abanyabwenge ni muhunge mwemere unuti umwe rukumbi
Ibyiringiro bya Laodikia ni IVUGURURA NUBUGOROZI
Birateye agahinda kumuyobozi amezuko
Reba no mubusobanuro bwa Daniel ni byahishuwe urarushajo gusobanukirwa
Ivyo vyooooose nuko mwimitse ubutegetsi mwitorero ngo nababaserukira😮 ngo nabapaster ngo nabarevera mbe kuki amazina yabandi madin mubuyobozi mwitiranwa
Mana urimwujuru durabare ntabwo byemewe ko itorero ry.imanaryifaranya na Roma
Turabakundacyane ntibyemewe ko abadivatistebaba mubumwebwayindimadini
Muriyi munsi yanyuma ducyeneye abayobozi bitorero barwanira nukuri bashikamye badashyigikira ibibi nka Nehemiya bitabaye ibyo Imana nidutabare
Barabaciye barabirukana
Muraho neza ,Yesu ashimwe, ndashaka ko munsobanurira Ese mwemera ko mu Mahanga Yose Uwubaha Imana agakora ibyo Gukiranuka aba ari Umwana w'Imana ??? none se ko muvuga ngo muri ABASIGAYE bivuze ko andi matorero atarimo umugeni wa Kristo?? si abana b'Imana???
Bambarize pe, ahubwo barasigaye koko kubera ubwibone bwabo
Muraho neza Nshuti! Yesu ahimbazwe! Ikibazo wabajije ni cyiza kandi ndagirango nkigusobanurire nkuko bikwiye!
Nibyo mumahanga yose uyubaha agakora ibyo gukiranuka iramwemera, ariko imwemera kubera ko ibonye ko UMUCYO wose yamuhaye yawugendeyemo kandi ikaba iziko inyuma yawo ntawundi azi.
Urugero: niba utaziko kwiba ari icyaha ukaba utaranigeze ubyumva ahantu, Imana ntizigera ibiguhora ntanubwo izabigenderaho ica urubanza. Bivuze ngo aho waba uri hose IMANA IZAKWEMERA RWOSE ariko igendeye ku mucyo wamenye.
Ariko niba URUGERO warigeze kumva bavuga ko ISABATO ari itegeko ry’Imana dukwiye kubahiriza wowe ukabirengaho ukanga no kubyumva, icyo gihe UZABIHANIRWA kuko warabyirengagije.
Ikibazo cya 2.Abadiventiste bitwa “ABASIGAYE” kuko ariryo torero mu yandi yose ku isi rifite amategeko yose uko ari 10 y’Imana. Andi madini usanga yose bayakurikiza ariko urugero itegeko rya 4 rikabananira,........ ikindi gituma abadiventiste bitwa abasigaye , nuko ari itorero ryabayeho ryumvira amategeko yose y’Imana nyuma y’akarengane k’aba Kristo kamaze imyaka 1260 kuva 538-1798
Rero AMATORERO YOSE arimo Abageni ariko abo bageni ntakundi kuri bigeze bamenya.
NIBA HARI IKINTU GISHYA UMENYE UTARI UZI MURI BIBIRIYA JYA UHITA UKIGENDERAHO NIBWO UZAROKOKO, NAHO NUGUMA MUBYO WAMENYE CYERA GUSA UKAJYA UHAKANA IBIVUGWA MURI BIBIRIYA UZARIMBUKA Imana ibikubashishe Murakoze
Mumagambo make 1Yohan 2:3-5,Yohana 14:15-21,Ibyah12:17
Nonese ubundi abadive ni abakristo? Igisubizo ni Oya!! Niba mubyaha Yesu yaregwaga n'abayuda harimo kwica ISABATO ,bivuze ko n'abadive babonye bamuhitana kuko Isabato y'umunsi ntabwo Yesu yayubahiriza. Bantu mucunge amadini ibyo abigisha niba bihura n'ibyo Yesu yigishije
Kuva 20:8
Ikindi abamiregaga barakabyaga Kandi Yesu yabisobanuye neza mwisezerano rishya imirimo yo gufasha abababaye nayo nibwiriza butumwa ntawundi murimo ukorwa ku i Sabato
None biraherera hehe??mfise ivyizigiro ko ishengero ry'Imana ritazogwa ariko ikidini kizogwa kibe babuloni.aha rero nugusaba Mpwemu w'Imana aduhe umwuka wo gushishoza tumenye iyo tuva niyo tuja.
Ntibikwiye rwox buri wex anshunge izamurye kuko satani harigihe abiba urukungu mumasaka
Kuba mumpuza amadini kw'isi sivyo namba kuko ntituba duhuje ukwizera;twahawe inshingano zokwigisha ubutumwa bwiza bw'abarayika 3 kwisi mugihe abandi batabwigisha twihuje abantu Bova I Babiloni gute?
Umucyo ntiwahura numwijima. Sda mubutumwa bwana Elleb G.white. ati Laodokia urakazuyaze niba udashyushye cg ukonje ngiye
Kukuruka. Ibyahishuwe 18 .Nuko mbona Marayika wundi agurukana aringanije ijuru/ ikirere after ubutumwa bukomeye. Uyu
Marayika aza yunga imbaraga murine marayika wa 3 warucitse intege[ sda Laodokia] ntabutumwa bundi marayika azana butandkanye nubwa marayika wa3.
Abibeshya bagasenya foundation ninkuta za sda baba bayobye bavuye nabo kumurongo nkababayobozi gito baganisha SDA muri Ecumesim.
Iyo uvuze ko akomeye uba ushatse kuvuga iki?
Mbega agahinda.
Nonese Jacques Lameck kubwawe ubona Diope gute niba Koko umuntu ahamya neza ko haribyo atandukaniye n'abandi muby'Ijambo ry'Imana bifatanya bite Kwizera no kutizera ntibihuye iyo bijyenda gutyo Yesu ubwe aba yarafatanije n'abatambyi soma Matayo 23------
Tugomba kwirinda burimuntu kugiti cye Yuda3-6
Système y'ubuyobozi bwa SDA yabaye Babuloni itunganye ibyo bituma n'itorero rihinduka Babuloni itunganye
Ntawakurenganya niko ubizi kandi nokwiga kwawe kwibitabo byumwuka wubuhanuzi niko kungana
NONE NIBA NA SDA YARABAYE BABULONI ITORERO RY'IMANA RISAGAYE NI IRIHE ?😮
Ted w yahoze ari mumurongo mwiza 2010-2017 ark nyuma yahoo ari kugitutu cy'inyamaswa
😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢arababaje
Nshuti bakundwa, bizera mwahamagariwe gutanga umuburo uheruka, mbese twakurikiza intekerezo z'abantu kandi dufite AMAHAME, AMATEGEKO N'AMABWIRIZWA tubona muri Bibiliya? Mbese Kristo yakora nk'ibi ngo natwe tubikore?
Nituzirikane aya magambo yo mu Abahanuzi n'Abami aduhamagarira kurwanirira Ibyera twahawe:
"Abanga amategeko bashima abanyabyaha." Imigani 28:4. Igihe abifatanya n'ab'isi, (nyamara bakavuga ko bera rwose), basaba kugirana ubumwe n'abigeze kurwanya umurimo wo kwamamaza ukuri, dukwiriye kubatinya no kubirinda dukomeje nk'uko Nehemiya yabigenje. Bene iyo nama iba iturutse ku mwanzi w'ibyiza byose. Iyo ni imvugo y'abakurikira inyungu zabo gusa mu gihe runaka nta kindi bitayeho, kandi muri iki gihe bakwiriye kurwanywa byimazeyo nk'uko byagenze mu gihe cya Nehemiya. Imbaraga iyo ari yo yose igambiriye gukura ukwizera k'ubwoko bw'Imana mu bushobozi bwayo buyobora, ikwiriye kurwanywa nta gukebakeba. AnA 615.3
Muri iki gihe Ubupapa bw’i Roma bwuzuye n’Ubuporotesitanti cyane kuruta mu myaka ya kera. Mu bihugu bimwe aho Gatolika ifite abizera bake, kandi ubupapa bukaba bukora ibikorwa byo kwiyunga kugira ngo bwireherezeho abantu, uhasanga hari ukutita ku nyigisho zatumye amatorero y’ubugorozi atandukana n’ubutegetsi bw’ubupapa; igitekerezo gikomeje gutangwa, bagira bati, ‘ na mbere hose, ubu ntitugitandukanye cyane ku ngingo z’ingenzi nk’uko byari bimeze mbere, kandi akantu gato k’umwihariko kari kadutandukanyije kazatuma twumvikana na Roma. Ibyo ni igihe Abaporotesitanti bahaga agaciro gakomeye umudendezo w’umutimanama w’umuntu wari waramaze kwigarurirwa. Bigishaga abana babo ko bakwiriye kugendera kure ubupapa kandi ko gushaka kugirana ubumwe na Roma, byaba ari ukugomera Imana. Mbega uko muri iki gihe ibyo bitekerezo bitandukanye n’uko byavugwaga mbere ! II 549.1
Yego disi😢
Bazongere bahakane kobatari mu mpuza madini
Ikintu cose gitandukanye n'ivyanditswe vyera n'ubuyobe
Kuba mumpuzamadini ninkogucyeza abami babiri
Lameck Ishengero ryaraguye ariko muri bible haranditswe ko hahirwa abantu ba 2 usoma ndetse n’Uwumva aho reo urufatane rwamadini rwateye mwishengero bye-bye 😢😢
Ariko ntitugomba kurisohokamo nkuko bamwe babigenza
@@NkurunzizaEdson egooo kuk usohotse ntaco uba ukoze kuko nahohanze ubugiye ntamahoro ariyo bibavyiza mugumye mubwato uko vyomera kose kuko umusare ni Yesu kristo ntabwoba
BWOKO BWANJYE nimusohokemo
Nta gushidikanya Abadiventisti bamaze kugera munsi y'ibendera rya satani basubiye mu egiputa babyiyemeje. Nta muntu muzima mu by'umwuka wavuga ko uwizera n'utizera bafitanye umugabane.
Akumiro noneho n' ukwitwaza ko nta wizerera undi n'ubwo aribyo uba uvuze ko ijambo "abadiventisti" ritakibaho ahubwo hariho "umudiventisti", ni uguhaba Cyane.
Tekereza noneho guhangara ukavuga ko nou yandi madini ngo harimo abageni KANDI UMUGENI ARI UMWE GUSA,Mbega impabe!
Ivugurura n'ubugorozi ni wo muti rukumbi bakeneye n'ubwo batemera ko barwaye
Ibi byari byaraha nuwe ko muminsi yimperuka nabari barahawe umucyo ukomeye bidatinze nabo bazoroshya kwizera kwabo.
Sigitangaza
Abaporotesitanti bifatanyije kandi bivanga n’ubupapa; bagiranye amasezerano ndetse babegurira ububasha kugeza aho Abagatolika nabo ubwabo bibatangaza ndetse bananirwa kubyiyumvisha. Abantu barasinziriza ngo badasobanukirwa imico n’imyifatire bya Roma n’akaga kagiye guterwa n’isumbwe ryayo. Abantu bakeneye gukangurwa hakiri kare kugira ngo barwanye uwo mwanzi uteye ubwoba w’umudendezo w’abizera Imana n’uw’abantu muri rusange. II 552.2
Ntibyemewe na gato kuko uko kwihuza uko kwaba kungana kose bihita birema igishushanyo cy'inyamaswa
Nkeney mumfash n'iki gituma adacibwa mwitorero?diop
Ariko iki kirango cy'itorero cyarahinduwe kuko cyahoze ari abamalayika 3 bafite impanda
Kuki batamuhagarika?
Muri iki gihe itorero ry’i Roma ryerekana uruhande rwiza imbere y’amahanga, ariko rikikingiriza gusaba imbabazi kubwo ubugome buteye ubwoba rizwiho. Ryiyambika imyambaro ya gikristo; nyamara ntiryahindutse. Amahame yose ubupapa bwagenderagaho mu bihe byashize buracyayakurikiza na bugingo n’ubu. Nan’ubu riracyagendera ku nyigisho ryihimbiye mu gihe cy’umwijima. Ntihakagire umuntu wishuka. Ubwo bupapa, ubu Abaporotesitanti biteguye gupfukamira ni bumwe na bwa bundi bwategekaga isi mu gihe cy’Ubugorozi, igihe abantu b’Imana bahagurukiraga icyarimwe, bigatuma bahara amagara yabo, bagashyira ahagaragara ubugome bwaryo. Ubupapa buracyafite ubwibone no kwishyira hejuru bwategekeshaga abami n’ibikomangoma buvuga ko buhwanye n’Imana. Itorero ntiryagabanyije ubugome bwaryo cyangwa gutegekesha igitugu kuruta mu gihe bwasiribangaga ubudendezo w’ikiremwa muntu, bukamarira ku icumu abera b’Isumbabyose. II 557.1
Ikinicyo gihe cyogusobanukirwa amadini icyo yaragambiriye
Kwiga Bibiliya usenga, nibyo byakwereka Abaporotesitanti imico nyakuri y’Ubupapa maze bikabatera kubugirira amakenga no kubuzibukira; ariko benshi biringiye ubwenge bwabo kuburyo bumva badakeneye kwicisha bugufi ngo bashake Imana, kugira ngo bashobore kugendera mu kuri. Nubwo bafite ubwibone bw’umucyo wabarasiye, ni injiji haba mu Byanditswe Byera haba no kubyerekeye ubushobozi bw’Imana. Kubwo gushaka bimwe mu buryo bwo kwirema agatima, bishakira ibintu byoroheje mu bya mwuka kandi bitabatesheje agaciro. Icyo bifuza ni uburyo bwatuma bibagirwa Imana ariko bakagaragara nk’abatarayiretse. Ubupapa bwakoze ibishoboka ngo bugere kuri ibyo byose. Mu myigishirize yabo, biteganyijwe ko hafi y’abatuye isi, hari amatsinda abiri y’abantu: abashaka gukizwa kubera ubutungane bwabo; n’abandi bashaka gukirizwa mu byaha byabo. Ngaha rero ahari ibanga ry’ububasha bw’ubupapa. II 558.3
Yeweweeeee😢
Iconzi nukwo tudakwiye kwifatanya nabatizera kukwo atacodusangiye
Byarangiye babaye baburoni
Oyaa ntabwo itorero ry'Imana rizigera riba babuloni ngo nuko umu pastor ukomeye Ari kuvuga ibihabanye nukuri.
Kd Imana uzahora uruhande rw'abana bayo nubwo baba 2 cyangwa 3.
Dusenge cyane tutagwa mumoshya.
@@divineumutoni6697none KO batamuciye kandi abavuga ukuri mbona babaca
Tade urayoboye abayobozi nkaba
Iconcimira itorerorycu nubuyobozi busim ira ubundi uwo agombakwigwaho Kuko yashira itorero mukaga
Turakiye gusobanukirwa neza ico arico ubupapa, igikoresho nkoramutima ca Satani. Turakwiye gusobanukirwa n'ubuhanuzi bwa Bibiliya. Ku basomyi turondere Igitabo INTAMBARA IKOMEYE twucige neza dusenga twicishije bugufi, tuzotahura ibiri kuba. "Intambara Ikomeye", IGICE CYA 35 - INTEGO Z’UBUPAPA
Idini rigomba kuba rimwe kdi byarangiye gutegurwa,ntawo kubihagarika uhari.Urugero:RIC(Rwanda interfaith Council)Abadive bayirimo.Ikindi Abadive,abayisilamu, Catholic church, Anglican church murwanda nibo bafatanije kurwanya SIDA,Muri make idini ryabaye rimwe.
Nivyo mubigaragarira amaso uwo mupasteur n'intumwa y papa rr ntagushidikanya n'umukobwa Jesuite
That is night
Kuba iritorero rya kwitwa baburoni ijambo rivuze
Urudubi ujya kujya ibaburoni agomba kuba afite icyumba kimyi zerere ye mura baburoni
Nn
Umu Jesuit pure. Ariko c kuki adacibwa mu Itorero??? Abo bafatanije kuyobora nabo barimo amahinyu
😅😅 nibo baryuzuyemo ryahame ryabo ryikuzamuka bakagera mu zego zifata ibyemezo barigezoho woe waca mwenewanyu musangiye mission?
Birababaje arko reko umuntu akiranuke kugitike kuko ikitegererezo ni kristu
Ni cyo gituma kwizera Imana ari iby'umuntu ku giti cye.
Kuba akomeye mu itorero ntibisobanuye ko abadive bagomba kumwumvira.Hari Biblia ndetse n'umwuka w'Imana utwigisha.
Kdi ibi byose murabizi ko byahanuwe mbere.
Umwuka w,Imana ubwo ushatse kuvuga ibitabo bya Ellen g white
Uyonumuzeziwiti nintumwayavadikani
Nukuba maso !!!
Gusengera hamwe n'andi madini, mugahuza ku buryo umushumba w'irindi torero yaza kubwiriza muri SDA jye nibyo nita kwihuza. Naho guhurira mu nama na committee zitabdukanye, nta kibazo
Hhhhhh nshuti ibyo woe nibyo wibwira 2Abakor6:14-17
Ifi mukuyifatisha babanza gushira icambo kwigera ikaeyohegwa nyuma igafata yibaza kwari igifungurwa cayo ikisanga yafashwe mu bunigo umurovyi akayikwegera irusi agaheza akayikura mwirobo(igera) akayitwara.
Ndumiwe nuguhunga tukava muri babilon
Urumva kohakenewe marayika wundi wo mubyahishuwe18:1 wokuza kunga ijwirye kuryamarayika wagatatatu muhunge vuba inyamaswa itabafatirayo
Mana itorero rikomeje kungwa mubukonje
Nimusohoke ubuhanuzi buvugako igihe muzabonya ikizira gihagaze ahera muzahunge
Dusohoke tujya he se muvandi? Ahubwo tugomba gusenga cyane kugirango Imana iduhe imbaraga zo guhangana nabyo naho gusohoka ntibishoboka kuko nyuma ya lawodokiya nta torero rya 8 Imana yatubwiye ko rizabaho
Ntago byemewe kwihuza nadi madinip
Icyigaragara nuko hari abandi bashaga be mu itorero
Ntit,ishushanye nabo tudasangiye ukwizera
Abadivebanzukuri banzekuyoborwa nimana bashakabobejwenibiganza urwiyungebarumazemisi sibyubu