Розмір відео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показувати елементи керування програвачем
Автоматичне відтворення
Автоповтор
Imana yamu ku bujije bwambere aki byarana na sister wawe.Imana I hora itu vugisha ariko ntitumve.
yarabivuze, yamenyeko mukuru we yabyaranye n'umugabo baramaze kubana. Imana rero yajyaga kubimuhishurira kare.
@@kanyzyk yego bari bamaze ku bana ntabgo yagombaga kugumana uyu mugabo kuko uyu mugabo ba byaranye kabiri numukuru we. Bwakabiri yagombaga kurekeraho.
Claire ubuhamya bwawe bwandijije bikomeye 😭😭 kuva watangira ndagukurikira cyane, icyo nshimira Imana nuko yabanye nawe muri ntambara zose wanyuzemo. Ikubehafi mubyo ukora byose 🙏🙏
Itako ry umukobwa ntirimubuza kuruha koko ukuntu uri mwiza! ❤️
N'ukiri Ubu bihamya ni bwiza kdi buratwubatse buduhaye isomo burya gushaka umupagani ubizi kdi ubibona nabyo byabaye intandaro y'ibibazo , tukabasaba kongera amasaha y'ikiganiro byibuze kikajya kimara isaha merci ndabakunda cyaneee Pastor Ezéchiel
Sha se KO ntahipimo cyagakiza tugira nuwo murusengero yakubera umupagani nyamara mwaramenyanye mwese mubona musenga neza rwose.
Next time, mukore 2hrs,tubyumve birangire, episode zimaze kuba nyinshi, kd utunota ari duke duke.
Ntakuntu mwakongera igihe mukaduha n'a episode 2 zikurikirana kuko abantu bazarambirwa bareke gukurikira murebe uko mwakosora
Urambirwa n,amatsiko basiga ahubwo igitinda kurangira nicyo kirambirana
Ahubwo episode zisigaye baziteranye bazaziduhere rimwe, kugera final, rwose turarushye kujya dutangira gukanura amatwi bikaba birahagaze😭
❤❤❤
Wa mu maman ukata temoignage hatsragera
Wa gombaga gu hunga uyu mu gabo umunsi wa menye ko ya byaranye na sister wawe
Wahora ko nje ntinze ariko nkibaza uko ubwonko bwe bwakoraga! Ibibazo birarindagiza
afite ikibazo koko Mama, ateye umujinya, iyo agira mama we yali kumutonganya! Aliko ibi narabikoze cyane bakajya bavuga ngo nkunda gukubitwa aho kumbabalira. Aliko nabivuyemo aba nkuwataye umutwe! Nuwo wawe azwuta kubera kubura abo arenganya.
Uzangire inama nange inkoni zingeze habip
@@mahorojean1049 Mahoro sha azagera ubwo yenda kukwica ubwoba nibwo buzakwirukankana wigendere! Aliko ujyusenga cyane, Uwiteka aratabara, niwe wenyine ushobora ibyo byihebe kandi kirakwica abana bawe bakaba infubyi, icyo nkurahiye cyo ntutelimbere nagato, uhorana ubukene nibibazo byose kabutindi yigaramiye aguhiga!Iyandurure ugifite isura.
@@mahorojean1049inkoni zikwica gute koko? Kubaka ni byiza iyo byashobotse ariko iyo byanze ubivamo.ndabizi gufata icyemezo rimwe ubona ntabaho kujya biragoye ariko Aho kwicwa ni nkoni nabyo subuzima.uzafate icyemezo kdi humura rwose ubuzima burakomeza
Merci ndize Claire Imana iguhe umugisha ntimuzatinde kutwumvisha ikindi gice
Yewe wagirango Claire nawe bari baramuroze rwose!!!!Mbega mbega
Rwose inkuru ya Claire ntirambirana, ahubwo tubona umwanya ari muto cyane, byaba byiza muwongereye nk'uko n'abandi babisabye, basi mugeze kw'isaha! Murakoze kutwigisha no kutwibutsa isi turiho.
Umugabo yakurongoye ariwe wambere nawe urasara pee. Urumva koko utaragize ubunini?
Claire wakoze ibyo ushoboye umugabo umwerera imbuto. Wariyibagiwe cyane ntekereza ko ntacyoushinjwa ku Mana. Numvaubu ukeneye kubaho ukarera abana Imana yaguhaye. Kurera Umugabo ari umuntu mukuru ntacyo utakoze
Yewe mbega story ..komera Claire, cyokora uri u mu champion rwose...episode y ubutaha sinzayibura rwose..Komera Claire , uko ubivuga wishimye uri intwari ...keep the spirit
Iyi si ningome ntiwakabaye warahuye nibibazo kuko urumutesi cyaneeèee
Clai niba nabyita ubugiryi niba nabyita ybukirisitu ndumva binyobeye nonese kongera kuragiza mukuru wawe inka umuntu washatse kukwica umuntu wagukoreye Amabi nkariya wari warasaze cg warwaye mumutwe nkubwire iyubuze ubwenge n’Imana irakureka rwose birababaje gusa uri imfuraa. Umutima mwiza wawe Imana izawuguhembere
Uyu mumsi ndunva bitabaye témoignage ,cyanee.,habaye kwigisha !
Nabyo birakenewe .nubundi intego yubuhamya nukutwigisha
Maman Bishop, uri mwiza cyane
Ubuhamya burimo inyigisho ariko nabagira inama ebyiri:1. Ibice bimaze kuba byinshi kuburyo bishobora kuzarangira abantu batibuka aho byahereye. Ubuhamya ntabwo bukorwa nka films en series, mwareba uko mubyigaho .2. Hari aho Claire atanga inama yo gupimisha abakozi cg abandi badusanze ngo tubane mungo zacu, aha tuhitondere kuko ntibyemewe gupimisha umuntu atariwe wabyihitiyemo.Murakoze 🙏
Sha byo guceceka bitumaa akuza ingeso yitwajeko umugore we ngo nta stress agira.
Iki gice mwashyizemo comments nyinshi cyane ntabwo rwose kiryoshye ninkaho tutavuye kuri etape twasorejeho! Mama bishop claire arase kuntego dutangiye kurambirwa
Clere ntakibazo yarafite, ahubwo yari umurokore, wukuri uko imana ibishaka, yariyuzuye umwuka wera,pe ari nkanjye uwomugabo Yaba yaragiye Muri kasho , nkamusabira kumana,, kuri yesu ,ku mwuka wera, nokuri let'a igifungo cya burunduuuuuuuu.
Hhhhh
Hahahahaha sha nanjye pe
Abantu nkaba Claire nibo bazabona ijuru...nge ndagiye sinzongera no kubyumva ..
Nibyiza ko wakomeza kumwumva kuko harimo inyigisho nubwo bibabaje.
Cyane pe
Nukuri mudufashe utu duce tumaza kuturambirwa pee mushyireho igice kirangiza 🙏🙏
Niba urambiwe siko twese turambiwe, ibyiza wajya ureka kubireba. Ariko mwagiye mureka guca abantu intege Koko. Imana ikubabarire.
Urakoze Claire 🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾
Mwambara neza!👍
Cyane
Shaaa crere noneho ubihinduye theatre kabs ngo waragije mukuru wawe (mucyeba wawe )Inka Koko !?ikindi ngo umugabo wawe ntamishyikirano mwagiranaga ni ukuvugango wara mujugunyiraga ,yajyera ahandi bakamuha neza cyaneee !..wibukeko namukuru wawe yamuhaye wamwimye Kandi wibukeko yamuhaye ari mugihe cyuburumbuke vivugako ,wowe ushobora kuba uri umuswa mugitanda !!?episode zawe zose ndazikurikira ,ariko iyi ya7 umugabo wawe mpise mubabarira nanjye ndubatse 45ans umwana mukuru yarangije sconder ndabona ngirango turi amajeneration ,ariko rwose abagabo ntidukunda abantu baduha batujugunyira kbs !!...
Claire Imana ikomeze kukuba hafi. Hari byinshi wagiye uvuga bihuye n'ibyange
Manawe nizereko mbaye uwa1mumpe rink ❤gusa buratwigisha ❤
Urakoze Claire kudukangura kandi uri ntwari peeee ntibisanzwe gusangiza abandi utazi ubu buzima icyakora uratwigishije nukuri Imana ikwongere umugisha mubyeyi
You need to write a book
Sorry kuri claire warababaye Cyane arko byinshi wabigizemo uruhare Imana yakoze ibishoboka byose kukwereka abantu murikumwe iguha nibimenyetso urangije ukongera ukabikururira. isomo twarikuyemo arko nawe nizereko wize noneho.ikindi ububuhamya bwarimo isomo arko kubera uduce duto cyane mwatumye burambirana .
Ahwi na rimbutegereje!
Ndakunva cyane nkibyo byambayeho
Guhisha cyane sibyiza!!!!
yewe nta byawe Claire we !
sha Claire izo mpuguro zo gupimisha abinjira murugo nabyo simpamanya nawe 100%icyambere ntaburenganzira ubifitiye ikindi uwo muntu wambeshaho gutyo naba naramuretse kera kandi nawe kuba warageze aho hose nuko wanze gufata icyemezo ukemera kubaho ubanaye gutyo. ahubwo icyo mama pasteur avuze kubantu barera abana nicyo naha agaciro
NicyoKuko hari nabanduza abana barera Ahubwo abantu ntibabyibuka cg nho babitekereze
Claire uyumunsi inyigisho zabaye nyinshi kuruta ibuhamya nukuri! Hanyuma sinzi niba mutadufasha mukongera igihe kuko utu duce turakabije kuba duto pe. Murakoze
Ubutaha muzoshireko final naho yoba amasaha atatu tuzoyunviriza yose 🙏
Claire nukuri Yesu azaguhoze amarira.
No 1 here mumpe izo likes!!!!
Niyo wakora iki???? Ikirara kiba aricyi rara!!!!
Birenga umuntu ,ukarwara na de presion
Waragije wa mukuru wawe wagutwaye umugabo!!!!!! Mbega ikigoryi weeeee , ntukantere sesemi wee mpise ngenda !
@@tiny_hunter127 oya sha wimurenganya niko byagenze ariko byose byabaye kubera impamvu reka tuzumve uko ameze ubu niba yarigobotoye ibyo bibazo cg akibirimo nanubu nibwo tuzamenya icyo kumubwira naho ibyo yakoze ntitwabimuziza ninzira itabwira umugenzi. isi ntabwo isakaye buri wese byamushikira. sending hugs and love to Claire ibyiza biri imbere shenge.
078
Ikigaragara nuko ibyo wacagamo bitakwigishaga niyo mpamvu wahuraga nibindi bikomeye kurutaho ,kuko nka mukuru wawe nkurikije ibyo yari yagukoreye ntiwari kumugarura mu buzima bwawe,wari ku mubabarira nk'umuvandimwe ukirinda icyakongera kubahuza ariko namwe mutuma ubuhamya burambirana kubera mubuvugaho gato cyane,musha ko tuzaguma muri ibi gusa?
Murakoze kwihutisha ikindi gice
Sha rekankubwire umutima ugira uriroshye nubu agarutse wamwakira
Claire, shaka umwanditsi wa film yandike iyi nkuru nezabona izagurqa kuko izaba iryoshe. Naragukurikiranye ,kugeza dusoje.
IYI NI FILME KABISA
Yewe sinaguseka nanjye narajijwe murugo ariko nawe warakabije Claire 😢😢😢😂😂😂🫢🫢🫢
I Can't wait next part
Uyu ntiyari umugabo cyari ikidayimoni pe, jye ubu mba narumiwe
Murabangutse rwose, Yesu abahe umugisha
Ndumiwe p ariko mukuru wawe nawe yari yaragucuritse umutima
Ubu buhamya ni bwiza, ariko mucamo uduce twinshi cyane rwose
Nyiri channel aba acungana n'iminota,! Mureke abantu bumve ku buryo burambuye !!
Claire ku isi kuva navuka nibwo nakumva umuntu nka claire, 🙈🙈😳😳👌👌 ahwiii😭😭😂😂ngo ahaye mukeba we inka diiii😭😭 kdi umugabo amuhaye amuhoza amarira yuyu mukuruwe, ngirango siwe warose uzimugeza muntoki😂😂😂. Imana izakwihere ijuru gusa kuko uri naître mumutima wawe rwosee. 🙏
zari inka z'uburyarya zagombaga kujya aho byose byatangiriye. nta n'urukundo rwarimo nkurikije ukuntu yakomeje kumuca inyuma, kutamuha umwanya we n'abana no kumuta mu nzira yagiye mu mafuti. ahubwo azi umbwenge Claire kuziha mukuru we. ndakeka yarazigumanye dore ko yari umusazi n'ubwo ntarumva suite.
@@kanyzyk😂 nihatari ndumiwepee
😂😂😂 rwose ndumiwe nuyumubyeyi udahaga imijugujugu.
Ahubwo turambiwe izo épisodes zitarangira...mujye mushyiraho 2 basi
Ihangane ukomere mubyeyi warakomeretse ariko humura Uwiteka azakomora.
Claire wagiye urasa kuntego koko 😁😆😆
🤣🤣🤣numv nshk kumenya iy mukuruw vyarangiriy
abagira amatsiko turi benshiii koko!!!!!!
Claire weendumva NACA umunyafu nkagukubitape wibajyiwe ubugome bwose bwamukuruwawe Koko Sha Claire wasanga nanubu utaraca ubwengepw gusa Imana izaguhoze amarira ugira umutima wimbabazipe💔😭😭
@@kankeracaline2798 Ahubw yarakwiy gerez jew vyaransiz p
Byari ngombwa ko anigisha kugirango tumenye icyo yigiye mu byo yaciyemo, natwe bidufashe
Twahageze, reka twicare twumvirize. 😊
Turabasuhuje tubashimira cyane ibyo mutugezaho
Ese ubu koko uyu munsi aduhaye ubuhe buhamya, byabaye mama zibare.
Kabisa nanjye nabibonye bagize amagambo menshi
@@janeuwizeye1124 iyi episode ni inyigisho gusa
Mamy urintwari pe!
Mwongere iminota please
Yesu wee
.claire uragacucu ariko urakana keza ntabwo Uwiteka azatuma abanzi bawe bakwishima hejuru kubwu mutima wawe mwiza pe
Mbanje kubashimira ko mwongeye iminota.reka rero numvirize aba bavyeyi
Biraturambiye cane komutarangiza inkuru iryoshe muca muyihagarika
ngo aragiza inka mukuru we pe! cette fois si waruroze
Ese ubwo wajyaga kuragiza mukuru wawe kubera iki?Nukuri wagirango ufite ikibazo mu mutwe
Claire rero nae akabya gukunda uwo muvandimwe pe
sha aba bibereye muri business,inkuru ntizarangira
Mutunyarukirize ikindi gice tutararambirwa
Mujye mwongera iminota nyabuna byibura isaha
Esubu amaherezo nayahe? Ubutaha muzagaruke ari final rwose
yooo Clai twaphuye rumwe wo kabyara we
Ubuhamya burarababje Kandi burimo amasomo menshi pe, ariko uko mubucagagura bituma burambirana
Afite ikibazo cyane
YEWE CLAIRE WAKUNZE UYU MUGABO BITEYE UBWOBA PE NTABWO BISANZWE NI YO MPAMVU WAMUBABARIYE IGIHE CYOSE, URWO RUKUNDO N’URWA YESU WENYINE
I jambo ry’Imana rira tu bgwira ngo ntitukabe beza bikabije kandi ntitukabe babi bikabije.
Nanjye ndumiwe Mami
Murakoze 🙏
Uzakore firime kuyandika ntibizakugora ubuzimwa bwawe bwonyine ni firime
Yesss bravo Claire! Uyumnsi haje un autre Claire wakwirwanaho! lol! Ubwenjye buza ubujiji buhise sha!!
Ndunva wazakoramo film Clare
Iyo washatse utarabanje Kuba ikirara Uba Ushaka gushaka urihanganaaaa muruko kwihanganaa reoo ntampamvu yokumwita injiji CY kumunenga kuko nubundii ntibyoroshye kuko nabandi bagabo washaka harigihe bitaguhiraa ntawagutera amabuye pe
Claire navuge ubuhamya burangire abone gutanga inama nibindi bimeze nkibiganiro. Uwamutumiye nawe ntabwo azi kumuyobora ngo amugarure areke kuvanga vanga. Utangira uvuga aho mwari mugeze mukiganiro kibanza. Na Claire akongera agasubiramo aho yarageze bigatwara iminota itari ngombwa. Mwikosore mwihe umurongo wuko mwakwihutisha ikiganiro kdi mukavuga byinshi bikarangira mugihe gikwiye
Probleme yuwu mama yatanguye au depart. Yarongowe kubera ingorane. Ntiyabisengeye ngo Imana imwemerere.Kandi igihe yahukana yarabona yuko vyanse. Kusubirana nivyo jewe ntatahura. Kanda avuga ko basubiranye kuko amugiriye impuhwe .
Claire ,ubuhamya beawe naeabukurikiye ,uri very innocent pe! Ariko wari ufite ubugoryi bukabije🤔
Menya bari baramuroze ahubwo
Yeweeee manaaaa ntinye urugo burundu noneho najyaga mvuga ntarabona ndapfuye ubwose imbaraga zo kuvuga no guseka uzikura he nyagasaniii
Murakoze, ariko muduha utu episodes tugufi pe kandi twebwe nago muba mwadutindiye, gusa turabashimiye kubwi nama muduha🙏
Ni film murigukina mwatanze episode zose bikava munzira
ntasoni yogupima umuntu mutabyumvikanyeho?nabaganga bakabyemera??
Iyi ni inkuru mpimbano ngo mukunde mutwigishe. Nta muntu waba nive bigeze aha. Ubundi ndakwanze ntivamo ndagukunze.
Ndumiwe koko
ndagushimira cyane ko wateye intambwe ukavugatwebwe byaratunaniye mbona bizarangira twirutse kumuhanda
ibihugu byabarabu byateyimbere ntamukozi wakinjira mukazi bataramufata exam bagupima burikimwe iyobasanze ufite ikibazo kimwe mubyobagupimwe bahomba tike bakagusubiza ahowaturutse ibyuvuze nukuri
Good!turabakurikiye
Komera cyane Claire!Imana yarahabaye ndayishimye
Ivyogupimisha biragoy yanduy nyamugera wa sida aza ari iwaw naho wobimenya gt ?
Icyakora claire menya nawe ufitemo ubujiji bukabije, nabyumvise bwambere amaze kugusukaho acide ashaka kukwica warangiza ibishyingiranwa ikabijyana munzu mukuruwawe abamo,ikindi aragusenyeye n'inka wahawe yikiru uzihembye uwagusenyeye
Ariko murabona ko mufite igihe gito kandi ubuhamye niburebure kanfi claire nawe arashaka kuvugabyose kanibyo dushaka
No communication expertise rwose kuri aba badames...degeu
Icyambwira iyo umugabo.Abonye ububuhamya uko yifata.!!Mbega impfizi y.Abagore!!!Cyokora Ndumiwe
Gupimisha umuntu Ku ngufu ntibyemewe,ikindi ntumurinda buri munsi yayikura n' ahandi nyuma
Claire weeee urumuphayongo kweri ngo uragije mukeba wawe ariwe mukeba wawe
Twabasabaga kongera iminota abakunzi bubuhamya batazarambirwa bakayihagarika
Yewe , Claire we ufite umutima wa zahabu pee UMWAMI MANA kubakire
Témoignage yanyu ni nziza ariko murabe mutange ikiganiro gikwiye kuko mufata umwanya muto
Imana yamu ku bujije bwambere aki byarana na sister wawe.
Imana I hora itu vugisha ariko ntitumve.
yarabivuze, yamenyeko mukuru we yabyaranye n'umugabo baramaze kubana. Imana rero yajyaga kubimuhishurira kare.
@@kanyzyk yego bari bamaze ku bana ntabgo yagombaga kugumana uyu mugabo kuko uyu mugabo ba byaranye kabiri numukuru we. Bwakabiri yagombaga kurekeraho.
Claire ubuhamya bwawe bwandijije bikomeye 😭😭 kuva watangira ndagukurikira cyane, icyo nshimira Imana nuko yabanye nawe muri ntambara zose wanyuzemo. Ikubehafi mubyo ukora byose 🙏🙏
Itako ry umukobwa ntirimubuza kuruha koko ukuntu uri mwiza! ❤️
N'ukiri Ubu bihamya ni bwiza kdi buratwubatse buduhaye isomo burya gushaka umupagani ubizi kdi ubibona nabyo byabaye intandaro y'ibibazo , tukabasaba kongera amasaha y'ikiganiro byibuze kikajya kimara isaha merci ndabakunda cyaneee Pastor Ezéchiel
Sha se KO ntahipimo cyagakiza tugira nuwo murusengero yakubera umupagani nyamara mwaramenyanye mwese mubona musenga neza rwose.
Next time, mukore 2hrs,tubyumve birangire, episode zimaze kuba nyinshi, kd utunota ari duke duke.
Ntakuntu mwakongera igihe mukaduha n'a episode 2 zikurikirana kuko abantu bazarambirwa bareke gukurikira murebe uko mwakosora
Urambirwa n,amatsiko basiga ahubwo igitinda kurangira nicyo kirambirana
Ahubwo episode zisigaye baziteranye bazaziduhere rimwe, kugera final, rwose turarushye kujya dutangira gukanura amatwi bikaba birahagaze😭
❤❤❤
Wa mu maman ukata temoignage hatsragera
Wa gombaga gu hunga uyu mu gabo umunsi wa menye ko ya byaranye na sister wawe
Wahora ko nje ntinze ariko nkibaza uko ubwonko bwe bwakoraga! Ibibazo birarindagiza
afite ikibazo koko Mama, ateye umujinya, iyo agira mama we yali kumutonganya! Aliko ibi narabikoze cyane bakajya bavuga ngo nkunda gukubitwa aho kumbabalira. Aliko nabivuyemo aba nkuwataye umutwe! Nuwo wawe azwuta kubera kubura abo arenganya.
Uzangire inama nange inkoni zingeze habip
@@mahorojean1049 Mahoro sha azagera ubwo yenda kukwica ubwoba nibwo buzakwirukankana wigendere! Aliko ujyusenga cyane, Uwiteka aratabara, niwe wenyine ushobora ibyo byihebe kandi kirakwica abana bawe bakaba infubyi, icyo nkurahiye cyo ntutelimbere nagato, uhorana ubukene nibibazo byose kabutindi yigaramiye aguhiga!Iyandurure ugifite isura.
@@mahorojean1049inkoni zikwica gute koko? Kubaka ni byiza iyo byashobotse ariko iyo byanze ubivamo.ndabizi gufata icyemezo rimwe ubona ntabaho kujya biragoye ariko Aho kwicwa ni nkoni nabyo subuzima.uzafate icyemezo kdi humura rwose ubuzima burakomeza
Merci ndize Claire Imana iguhe umugisha ntimuzatinde kutwumvisha ikindi gice
Yewe wagirango Claire nawe bari baramuroze rwose!!!!
Mbega mbega
Rwose inkuru ya Claire ntirambirana, ahubwo tubona umwanya ari muto cyane, byaba byiza muwongereye nk'uko n'abandi babisabye, basi mugeze kw'isaha! Murakoze kutwigisha no kutwibutsa isi turiho.
Umugabo yakurongoye ariwe wambere nawe urasara pee. Urumva koko utaragize ubunini?
Claire wakoze ibyo ushoboye umugabo umwerera imbuto. Wariyibagiwe cyane ntekereza ko ntacyoushinjwa ku Mana. Numvaubu ukeneye kubaho ukarera abana Imana yaguhaye. Kurera Umugabo ari umuntu mukuru ntacyo utakoze
Yewe mbega story ..komera Claire, cyokora uri u mu champion rwose...episode y ubutaha sinzayibura rwose..Komera Claire , uko ubivuga wishimye uri intwari ...keep the spirit
Iyi si ningome ntiwakabaye warahuye nibibazo kuko urumutesi cyaneeèee
Clai niba nabyita ubugiryi niba nabyita ybukirisitu ndumva binyobeye nonese kongera kuragiza mukuru wawe inka umuntu washatse kukwica umuntu wagukoreye Amabi nkariya wari warasaze cg warwaye mumutwe nkubwire iyubuze ubwenge n’Imana irakureka rwose birababaje gusa uri imfuraa. Umutima mwiza wawe Imana izawuguhembere
Uyu mumsi ndunva bitabaye témoignage ,cyanee.,habaye kwigisha !
Nabyo birakenewe .nubundi intego yubuhamya nukutwigisha
Maman Bishop, uri mwiza cyane
Ubuhamya burimo inyigisho ariko nabagira inama ebyiri:
1. Ibice bimaze kuba byinshi kuburyo bishobora kuzarangira abantu batibuka aho byahereye. Ubuhamya ntabwo bukorwa nka films en series, mwareba uko mubyigaho .
2. Hari aho Claire atanga inama yo gupimisha abakozi cg abandi badusanze ngo tubane mungo zacu, aha tuhitondere kuko ntibyemewe gupimisha umuntu atariwe wabyihitiyemo.
Murakoze 🙏
Sha byo guceceka bitumaa akuza ingeso yitwajeko umugore we ngo nta stress agira.
Iki gice mwashyizemo comments nyinshi cyane ntabwo rwose kiryoshye ninkaho tutavuye kuri etape twasorejeho! Mama bishop claire arase kuntego dutangiye kurambirwa
Clere ntakibazo yarafite, ahubwo yari umurokore, wukuri uko imana ibishaka, yariyuzuye umwuka wera,pe ari nkanjye uwomugabo Yaba yaragiye Muri kasho , nkamusabira kumana,, kuri yesu ,ku mwuka wera, nokuri let'a igifungo cya burunduuuuuuuu.
Hhhhh
Hahahahaha sha nanjye pe
Abantu nkaba Claire nibo bazabona ijuru...nge ndagiye sinzongera no kubyumva ..
Nibyiza ko wakomeza kumwumva kuko harimo inyigisho nubwo bibabaje.
Cyane pe
Nukuri mudufashe utu duce tumaza kuturambirwa pee mushyireho igice kirangiza 🙏🙏
Niba urambiwe siko twese turambiwe, ibyiza wajya ureka kubireba. Ariko mwagiye mureka guca abantu intege Koko. Imana ikubabarire.
Urakoze Claire 🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾
Mwambara neza!👍
Cyane
Shaaa crere noneho ubihinduye theatre kabs ngo waragije mukuru wawe (mucyeba wawe )Inka Koko !?ikindi ngo umugabo wawe ntamishyikirano mwagiranaga ni ukuvugango wara mujugunyiraga ,yajyera ahandi bakamuha neza cyaneee !..wibukeko namukuru wawe yamuhaye wamwimye Kandi wibukeko yamuhaye ari mugihe cyuburumbuke vivugako ,wowe ushobora kuba uri umuswa mugitanda !!?episode zawe zose ndazikurikira ,ariko iyi ya7 umugabo wawe mpise mubabarira nanjye ndubatse 45ans umwana mukuru yarangije sconder ndabona ngirango turi amajeneration ,ariko rwose abagabo ntidukunda abantu baduha batujugunyira kbs !!...
Claire Imana ikomeze kukuba hafi. Hari byinshi wagiye uvuga bihuye n'ibyange
Manawe nizereko mbaye uwa1mumpe rink ❤gusa buratwigisha ❤
Urakoze Claire kudukangura kandi uri ntwari peeee ntibisanzwe gusangiza abandi utazi ubu buzima icyakora uratwigishije nukuri Imana ikwongere umugisha mubyeyi
You need to write a book
Sorry kuri claire warababaye Cyane arko byinshi wabigizemo uruhare Imana yakoze ibishoboka byose kukwereka abantu murikumwe iguha nibimenyetso urangije ukongera ukabikururira. isomo twarikuyemo arko nawe nizereko wize noneho.
ikindi ububuhamya bwarimo isomo arko kubera uduce duto cyane mwatumye burambirana .
Ahwi na rimbutegereje!
Ndakunva cyane nkibyo byambayeho
Guhisha cyane sibyiza!!!!
yewe nta byawe Claire we !
sha Claire izo mpuguro zo gupimisha abinjira murugo nabyo simpamanya nawe 100%icyambere ntaburenganzira ubifitiye ikindi uwo muntu wambeshaho gutyo naba naramuretse kera kandi nawe kuba warageze aho hose nuko wanze gufata icyemezo ukemera kubaho ubanaye gutyo. ahubwo icyo mama pasteur avuze kubantu barera abana nicyo naha agaciro
Nicyo
Kuko hari nabanduza abana barera
Ahubwo abantu ntibabyibuka cg nho babitekereze
Claire uyumunsi inyigisho zabaye nyinshi kuruta ibuhamya nukuri! Hanyuma sinzi niba mutadufasha mukongera igihe kuko utu duce turakabije kuba duto pe. Murakoze
Ubutaha muzoshireko final naho yoba amasaha atatu tuzoyunviriza yose 🙏
Claire nukuri Yesu azaguhoze amarira.
No 1 here mumpe izo likes!!!!
Niyo wakora iki???? Ikirara kiba aricyi rara!!!!
Birenga umuntu ,ukarwara na de presion
Waragije wa mukuru wawe wagutwaye umugabo!!!!!! Mbega ikigoryi weeeee , ntukantere sesemi wee mpise ngenda !
@@tiny_hunter127 oya sha wimurenganya niko byagenze ariko byose byabaye kubera impamvu reka tuzumve uko ameze ubu niba yarigobotoye ibyo bibazo cg akibirimo nanubu nibwo tuzamenya icyo kumubwira naho ibyo yakoze ntitwabimuziza ninzira itabwira umugenzi. isi ntabwo isakaye buri wese byamushikira. sending hugs and love to Claire ibyiza biri imbere shenge.
078
Ikigaragara nuko ibyo wacagamo bitakwigishaga niyo mpamvu wahuraga nibindi bikomeye kurutaho ,kuko nka mukuru wawe nkurikije ibyo yari yagukoreye ntiwari kumugarura mu buzima bwawe,wari ku mubabarira nk'umuvandimwe ukirinda icyakongera kubahuza ariko namwe mutuma ubuhamya burambirana kubera mubuvugaho gato cyane,musha ko tuzaguma muri ibi gusa?
Murakoze kwihutisha ikindi gice
Sha rekankubwire umutima ugira uriroshye nubu agarutse wamwakira
Claire, shaka umwanditsi wa film yandike iyi nkuru nezabona izagurqa kuko izaba iryoshe. Naragukurikiranye ,kugeza dusoje.
IYI NI FILME KABISA
Yewe sinaguseka nanjye narajijwe murugo ariko nawe warakabije Claire 😢😢😢😂😂😂🫢🫢🫢
I Can't wait next part
Uyu ntiyari umugabo cyari ikidayimoni pe, jye ubu mba narumiwe
Murabangutse rwose, Yesu abahe umugisha
Ndumiwe p ariko mukuru wawe nawe yari yaragucuritse umutima
Ubu buhamya ni bwiza, ariko mucamo uduce twinshi cyane rwose
Nyiri channel aba acungana n'iminota,! Mureke abantu bumve ku buryo burambuye !!
Claire ku isi kuva navuka nibwo nakumva umuntu nka claire, 🙈🙈😳😳👌👌 ahwiii😭😭😂😂ngo ahaye mukeba we inka diiii😭😭 kdi umugabo amuhaye amuhoza amarira yuyu mukuruwe, ngirango siwe warose uzimugeza muntoki😂😂😂. Imana izakwihere ijuru gusa kuko uri naître mumutima wawe rwosee. 🙏
zari inka z'uburyarya zagombaga kujya aho byose byatangiriye. nta n'urukundo rwarimo nkurikije ukuntu yakomeje kumuca inyuma, kutamuha umwanya we n'abana no kumuta mu nzira yagiye mu mafuti. ahubwo azi umbwenge Claire kuziha mukuru we. ndakeka yarazigumanye dore ko yari umusazi n'ubwo ntarumva suite.
@@kanyzyk😂 nihatari ndumiwepee
😂😂😂 rwose ndumiwe nuyumubyeyi udahaga imijugujugu.
Ahubwo turambiwe izo épisodes zitarangira...mujye mushyiraho 2 basi
Ihangane ukomere mubyeyi warakomeretse ariko humura Uwiteka azakomora.
Claire wagiye urasa kuntego koko 😁😆😆
🤣🤣🤣numv nshk kumenya iy mukuruw vyarangiriy
abagira amatsiko turi benshiii koko!!!!!!
Claire weendumva NACA umunyafu nkagukubitape wibajyiwe ubugome bwose bwamukuruwawe Koko Sha Claire wasanga nanubu utaraca ubwengepw gusa Imana izaguhoze amarira ugira umutima wimbabazipe💔😭😭
@@kankeracaline2798 Ahubw yarakwiy gerez jew vyaransiz p
Byari ngombwa ko anigisha kugirango tumenye icyo yigiye mu byo yaciyemo, natwe bidufashe
Twahageze, reka twicare twumvirize. 😊
Turabasuhuje tubashimira cyane ibyo mutugezaho
Ese ubu koko uyu munsi aduhaye ubuhe buhamya, byabaye mama zibare.
Kabisa nanjye nabibonye bagize amagambo menshi
@@janeuwizeye1124 iyi episode ni inyigisho gusa
Mamy urintwari pe!
Mwongere iminota please
Yesu wee
.claire uragacucu ariko urakana keza ntabwo Uwiteka azatuma abanzi bawe bakwishima hejuru kubwu mutima wawe mwiza pe
Mbanje kubashimira ko mwongeye iminota.reka rero numvirize aba bavyeyi
Biraturambiye cane komutarangiza inkuru iryoshe muca muyihagarika
ngo aragiza inka mukuru we pe! cette fois si waruroze
Ese ubwo wajyaga kuragiza mukuru wawe kubera iki?
Nukuri wagirango ufite ikibazo mu mutwe
Claire rero nae akabya gukunda uwo muvandimwe pe
sha aba bibereye muri business,inkuru ntizarangira
Mutunyarukirize ikindi gice tutararambirwa
Mujye mwongera iminota nyabuna byibura isaha
Esubu amaherezo nayahe? Ubutaha muzagaruke ari final rwose
yooo Clai twaphuye rumwe wo kabyara we
Ubuhamya burarababje Kandi burimo amasomo menshi pe, ariko uko mubucagagura bituma burambirana
Afite ikibazo cyane
YEWE CLAIRE WAKUNZE UYU MUGABO BITEYE UBWOBA PE NTABWO BISANZWE NI YO MPAMVU WAMUBABARIYE IGIHE CYOSE, URWO RUKUNDO N’URWA YESU WENYINE
I jambo ry’Imana rira tu bgwira ngo ntitukabe beza bikabije kandi ntitukabe babi bikabije.
Nanjye ndumiwe Mami
Murakoze 🙏
Uzakore firime kuyandika ntibizakugora ubuzimwa bwawe bwonyine ni firime
Yesss bravo Claire! Uyumnsi haje un autre Claire wakwirwanaho! lol! Ubwenjye buza ubujiji buhise sha!!
Cyane pe
Ndunva wazakoramo film Clare
Iyo washatse utarabanje Kuba ikirara Uba Ushaka gushaka urihanganaaaa muruko kwihanganaa reoo ntampamvu yokumwita injiji CY kumunenga kuko nubundii ntibyoroshye kuko nabandi bagabo washaka harigihe bitaguhiraa ntawagutera amabuye pe
Claire navuge ubuhamya burangire abone gutanga inama nibindi bimeze nkibiganiro. Uwamutumiye nawe ntabwo azi kumuyobora ngo amugarure areke kuvanga vanga. Utangira uvuga aho mwari mugeze mukiganiro kibanza. Na Claire akongera agasubiramo aho yarageze bigatwara iminota itari ngombwa. Mwikosore mwihe umurongo wuko mwakwihutisha ikiganiro kdi mukavuga byinshi bikarangira mugihe gikwiye
Probleme yuwu mama yatanguye au depart. Yarongowe kubera ingorane. Ntiyabisengeye ngo Imana imwemerere.
Kandi igihe yahukana yarabona yuko vyanse. Kusubirana nivyo jewe ntatahura. Kanda avuga ko basubiranye kuko amugiriye impuhwe .
Claire ,ubuhamya beawe naeabukurikiye ,uri very innocent pe! Ariko wari ufite ubugoryi bukabije🤔
Menya bari baramuroze ahubwo
Yeweeee manaaaa ntinye urugo burundu noneho najyaga mvuga ntarabona ndapfuye ubwose imbaraga zo kuvuga no guseka uzikura he nyagasaniii
Murakoze, ariko muduha utu episodes tugufi pe kandi twebwe nago muba mwadutindiye, gusa turabashimiye kubwi nama muduha🙏
Ni film murigukina mwatanze episode zose bikava munzira
ntasoni yogupima umuntu mutabyumvikanyeho?nabaganga bakabyemera??
Iyi ni inkuru mpimbano ngo mukunde mutwigishe. Nta muntu waba nive bigeze aha. Ubundi ndakwanze ntivamo ndagukunze.
Ndumiwe koko
ndagushimira cyane ko wateye intambwe ukavuga
twebwe byaratunaniye mbona bizarangira twirutse kumuhanda
ibihugu byabarabu byateyimbere ntamukozi wakinjira mukazi bataramufata exam bagupima burikimwe iyobasanze ufite ikibazo kimwe mubyobagupimwe bahomba tike bakagusubiza ahowaturutse ibyuvuze nukuri
Good!turabakurikiye
Komera cyane Claire!Imana yarahabaye ndayishimye
Ivyogupimisha biragoy yanduy nyamugera wa sida aza ari iwaw naho wobimenya gt ?
Icyakora claire menya nawe ufitemo ubujiji bukabije, nabyumvise bwambere amaze kugusukaho acide ashaka kukwica warangiza ibishyingiranwa ikabijyana munzu mukuruwawe abamo,ikindi aragusenyeye n'inka wahawe yikiru uzihembye uwagusenyeye
Ariko murabona ko mufite igihe gito kandi ubuhamye niburebure kanfi claire nawe arashaka kuvugabyose kanibyo dushaka
No communication expertise rwose kuri aba badames...degeu
Icyambwira iyo umugabo.Abonye ububuhamya uko yifata.!!Mbega impfizi y.Abagore!!!Cyokora Ndumiwe
Gupimisha umuntu Ku ngufu ntibyemewe,ikindi ntumurinda buri munsi yayikura n' ahandi nyuma
Claire weeee urumuphayongo kweri ngo uragije mukeba wawe ariwe mukeba wawe
Twabasabaga kongera iminota abakunzi bubuhamya batazarambirwa bakayihagarika
Yewe , Claire we ufite umutima wa zahabu pee UMWAMI MANA kubakire
Témoignage yanyu ni nziza ariko murabe mutange ikiganiro gikwiye kuko mufata umwanya muto