Padiri yafashe icyemezo gikomeye aba umuislam.//Dore uko Noheri n'ubunani byabayeho nuwabishyizeho.
Вставка
- Опубліковано 11 вер 2024
- #Rubangisa_Sulaiman #Dawa_Rwanda_Tv
Dawa Rwanda Tv ni urubuga rucaho inyigisho zitandukanye z'idini zigamije gufasha abaislam kurushaho gusobanukirwa Idini yabo ndetse n'abandi batari abaislam bibafasha kumenya no gusobanukirwa ko Ubuislam ari idini y'ukuri.
Ni kubwiyo mpamvu Dawa Rwanda TV isaba buri wese wifuzako izinyigisho zakomeza gukorwa ndetse no gusakarizwa abantu ko buri muntu yabigiramo uruhare atera inkunga murwego rwogushyigikira iyu murimo.
Ushobora gufasha unyuze kuri Mobile Money +250 788682703
cyangwa muri
GT Bank Kigali Account 222/241578/4/5106/0
Swift code GTBIRWRK.
KCB Account 4490796536 Kigali Rwanda
Ukaba nawe ukoze ivugabutumwa kandi uzaba uteye inkunga Dawa Rwanda TV.
Yooo! Mansha Allah ati nzemera mpombe kubera Allah nukuri Allah azakurinde ikibi nababi Azakurinde gukorwa nisoni kd Azaguhe ijuru🤲🙏shukrani 👏
Mashallah padiri kbsa Allah akuyobore uzasobanurire neza nabandi bapadiri bayobokinzira yukuri yubuislam.
MashaaAllah
Mashalla imana izaguhe gushika mwijuru yousuf❤️❤️🌹🌹👍💕🇧🇮
Alihamudulillah rabil'alamiina, nukuri ALLAH akomeze akuyobore ya Yusufu
Alihamdoul llah Sheikh wetu tunakupenda sana.endeleya kazi y’a Alllah.
Allah akomeze akuyobore muvandimwe yussuf ndakwibuka wanyigishije I rwamagana muri adefu muri training za islam
Mashaallah ,ikiganiro kiza mwagiranye,Allah akomeze abayobore, abishimire kdi abarinde.Ameen
Ni byo, umunsi wa Noheli, ni convention, kugira ngo abantu bazirikane ukwigira umuntu Kwa Jambo. Kwizihiza Uwo munsi ku bakristu ni uburyo bwo kuburizamo imihango ya gipagani yakorwaga kuri uwo munsi.
Exactly
Sheikh Yusouf tunasema 🙏🙏🙏🙏
Uyu Mugabo afite inuru y'ubuslam cyane Allah amwishimire
Mashallah
Manshaallah ❤️ Allah agukomereze igihagararo cyawe mwidini🙏🙏🙏
manshall, Imana iguhe umugisha burya n'abandi bazayoboka
Nta shema nkubonamo , uzabyumva ushaje (ndavuga wapfuye). Yezu Kristu ntawamusimbura. Ni we nzira ukuri n'ubugingo.
@Bugingo François ,uko niko ubyumva ariko ntibivuze ko ariko kuri kwanyako
Gusa yenda iyo atubwira paruwa ya yoboragaho ,nubuhamya bwe kuri iyo paruwase.
Imana mwihaye kuyirwanirira wagirango muyirusha ingufu.
Padiri we waribeshe cyane pe , ubu wasubiye mu mwijima , none se ko Yezu ariwe nziza yu kuri uzakugeza Mwijuru , none ninde uzakugeza Mwijuru ?
Nawe ufite inshingano zo gushaka ukuri nyako hadashingiwe kumarangamutima.
Allah azatuyobora@@MUSHIMIYIMANAHABIB1234
Idini y'Imana iruzuye 100%
Ishallah Allah amworoheza Kandi azamuhe ijuru rya firidawusi.
Mashallah agukomeze aguhe gusabanukirwa kurushaho azaguhe Alidjanat
Imana ikomeze ibayobore nimuzenimuze igihe kiracyahari nabandi mwumvureho
Uwusenga niwe amenya Imana asenga
Masha Allah . Allah agukomeze mu kwemera kwawe . Subhan Allah Allah Akbar.
Manshaaallah ❤ Allah abandanye Akorohereza.mumirimpo yaminsi yose inshallah
Mashallah warakozekuyoboka Isiram
Isiram nidiniritunganye twahawe na Allah
Uyu mugabo afite ubumenyi bwinshi cyane.
Ndababaye cyane, Abanyarwanda barimo kwangara no kwangazwa kubera iyobokamana!! Urebye ihindagura ryamadini rikorwa n'abantu batandukanye !! Nu ukwangara/kwangazwa, nimubivemo byose twibere Abanyarwanda gusa??
Padiri muzamugarure no muzindi Subjects, rakenewe cyane
ALLAH AMWOROHEREZE AHARIHOSE
Masha Allah
Yousuf, ntacyo uzahomba. Allah azaguha ibindi. Knd wahisemo neza. Islam ni nziza cyane.
Urwo nurudandazwa murimwo.murarushe Allah abatabare nkuko yatabaye padiri.ikamukiza kuyibangikanya.nogusenga ibigirwa Mana.ngomurazi umbwenge😀😀😀😀
Skitu ,hhhhh
O Allah, send prayers upon Muhammad and upon the family of Muhammad just You as have sent prayers upon Ibrahim and upon the family of Ibrahim, and bless Muhammad and the family of Muhammad just as You have blessed Ibrahim and the family of Ibrahim in all the worlds, verily You are the Praiseworthy the Glorious.
JAZAKALLAAH KHAIR!
Namu Allah ahundagaze imigisha kuri padiri yousuf umunsuhurize yaranyigishije kabeza
Mashallah
Ikiganiro cyirangiye tukimunyotewe, Allah akomeze abahe ibyiza kandi courage kuri Dawa Rwanda Tv, 🇷🇼
Mashaallah tabarakalha
Padiri ulabeshe cyane , wowe ulumuhakanyi mubi ulikubesha nkumurwa nukuri , ubwo ugiye gufata abagore 2 , Padiri nukuri iryo dini rya kusali mu ni dini ya mwisho pu
Uzatangara.ubur kuva murubwo bubeshi
Sinzatangara na busa , Kuko umuntu uhakana ko YEZU ari Mana , uwo mu bantu bagana ijuru , ubundi se , guhindura idini , sivyo bigutwara Mwijuru , aho uli hose , upha kuba wemera Yezu Kristu nku mukiza wawe , ni byiza cyane , naho kwirirwa uhindagura ibyo buhakanyi pe .
@@zafaranikanyange7869 Abaesilamu ntagihe muzasumba aba Kristu nukuri , twebwe aba Kristu dufite uzatugeza kwa Data , naho muhamadi wanze kunvira IMANA niwe uzabeza Mwijuru ?
Allah akibaru
Ma nshaa Allah nyagasani akomeze agutere inkunga mubumenyu
Padiri wahisemwo neza
Padiri weeeeee. Hunga ukize amagara yawe n'ubugingo bwawe. Yesu n'umwami wabami. Abefeso 1:19-22.yesu yashyizwe hejuru y'ubwami bwose n'ubutware bwose ndetse ashyirwa hejuru y'izina ryose rivugwa
Imana izamutere inkunga
Shyira ukurihanze uwumva yumve tugabanye kuyobya abantu kuko Allah azakugororere kandi akurinde ishisho ryababi nibibi kandi allah arashoboye azakurinda Inshallah
Ni hatari!!! Uyu muvandimwe we ntaho avuye ntaho agiye! Imana ntibonerwa mu madini cyangwa mu byanditswe!
Imana yaremye ibiboneka n'ibitaboneka irashakishwa Kandi ikaboneka! Iyo umaze kuyibona Imana irakwihishyurira ukamenya ukuri.
Kuba padiri shehe avuga imana gusa ntiwamenya iyo Ariyo na Satani benewe bamwita imana.
Kristo Yesu (Yezu) ni Ijambo rizima ry'Imana Ihoraho, Ijambo ry'Imana Kandi ribumbatiye Ubwenge n'Ubuhanga by'Imana Ihoraho, Umwuka Wera ni imbaraga n' ububasha by'Imana Ihoraho. Nyuma y'ibi umenya byinshi kuko iyo Kristo yagukijuje ibyaha, ukuzuzwa Umwuka Wera uhita umenya byinshi kuko Umwuka Wera agenda akwigisha rwose. Naho abantu nta nyigisho ijyana ku Mana yaremye ibiboneka n'ibitaboneka baguha. Icyo baguha ni amakuru bumvise, ariko Umwuka w'Imana we akubwira ibyo azi kuko ari uw'Imana yahanze byose.
Tubihuje n'uko tubayeho rero, umwuka w'umuntu n'Ijambo ry'umuntu ntiwabitandukanya na nyirabyo.
Imana yaremye ibiboneka n'ibitaboneka ibeze rwose.
Allah abishimire
Komera Padiri ibihe byiza.
Mukristu sobanukirwa itegeko rivuga jya usenga Imana imwe gusa arinayo ukunda gusa
In shaa Allah imana imuhaye amagara birakwiye.
Jazaakum al heir
Ndarindizina mwisinomwijuru twese dukirizwamo ritari yesukristo
Gukirizwa muri Yesu SI ukumuvuga cyane, ahubwo ni ugushyira mubikorwa inyigisho ze. Ushobora kuba uziko umuzi ( Yesu) . Ariko uracyafite urugendo. Imana igutere inkunga.
ManshaAllah. Uwo ni mwalimu wange yaranyigishije I Rwamagana. Muri Daura ya 48.
Alihamudulla
Le 25 havutse tamuzi umwana wumwe yaguma yankako aburahamu akoramategeko y'Imana .nyina wuwo mwana yittwa semilamizi akaba ariwe baronseko ukwezi kwa kabiri hama seyitwa ngo nimulodi kandintibigaragara kuko se yagiyegupfa numubu kugihano ca Allah asigumugore ntanda nyamugore aja gusambana avugango yakuyinda kuzuba kuko bavuga imana nizuba abayoboke yababeshe uko hama bavyemezamubitabo bigirango nivyo barimumana muga barabeshe isi .bazotangara vatikani irazineza ko irikubeshisi izi kukuri kuri kwa Muhammad bacabanafuta ibigaragazako Muhammad arintumwa.
Man shaa Allah Allah bless you guys
Ma shaa Allah. Ndumva ari neza rwose in shaa Allah.
Allah akomeze amurinde
ManshAllah
Allah Akibr lmana irihariye iyobora uwo ishaka
Allah uwayoboye ntawumunyovya
Muby'ukuri Imana urayishakisha kure yawe mu madini kandi ihora hafi yawe.
Christ Jésus ahorane nawe
Nyagasani akojyerere ibyiza
PAPA MUGISHA EP O3 : Maitre Nzovu Amukoreye Ubutekamutwe None Umugore Arasaze / Film Nyarwanda 2022
N'izina azarihindura se wa? Twagirayezu 🤭 Nyagasani akumurikire Padri, impuhwe zayo zihoraho iteka.
Mwenyezi Mungu akupe umri mrefu.
Yesu cg Yezu yaravutse ku munsi umwe tutazi ubu ariko tuwijihije bishimisha abakiristu .
Waba 25 cg undi munsi abakiristu bemeje ntakibazo.
Natwe benshi batazi itarike bavukiyeho barawuhimba ngo bakore anniversaire yabo
Baarakallahu Fiikum!
Yezu azakwihakana ku munsi wi imperuka,kuko yatumwe n'Imana ngo ababurire ntago yababwiye ngo mu musenge hamwe na Mama we
Masha Allah nyagasani akomeze akuyobore
Padi umuhamagaro wari wahawe n,uwo wibye kandi uretse n,ibyo ingaruka uzazibo nyuma .Gusa Roho mutagatifu akuyobore
Asalam Alykum am Ibra here at Gikondo, and I follow your debates a lot and I thank yuh so much may Allah bless of that yuh doing, I wish to get contacts to get your addresses, so that I bring my friends and ensure them the right way they have to move in, thank yuh
Nitwa Ashiraf. Allah akomeze amuhe gusobanukirwa inzira nyayo
Masha Allah ❤
Maa Shaa Allah
Asalam alaykum ndashimishijwe 'iki kiganiro cuyu yahora Ari padiri
allah masdar alhikmat wayasmae tawasulat alkhutati.
Man sh Allah
Ahubwo bagiye kwinjira islam bose Allah akomeze abayobore inzira y'ukuri
Kuba umusilamu nabyo bizakunanira
Soma Quran 74:1-14
1)Ubundi se uziko Ikorowani yanditse na nde?
2)Ni inde wabwiye Mohamed ko Imana izahana abanyabyaha,maze nyuma agahakana ukuri (Yesu) kandi ibyo ababibwiriza mu nzira y'intambara?
Menyeko aho wavuye naho wagiye ntaho bitaniye.
Icyakora ndamushimiye ko ashyize hanze amwe mu mabanga ya catholic,kuko ibyishi bakora mu mihango ari ibinyoma,ibihambano bituma bakomeza gusenga ibigirwamana by'abapagani b'abaromani,kuko hari benshi bzi ko bari mu nzira y'Imana.
Masha'Allah 🤗🤗
Mana tabara arayobye Satan mumwanzi. Yesu niwe nzira nukuri nubugingo . Yohana 14:6
Ariko ntaho avuye ntanaho agiye
Nahandi yari mubuyobe
Ubukoloni bwaragucengeye
Uzicuza warayobye pe bigaragarako ntacyo warumariye kiliziya
@@tushimirefrancois3270 yayobye kare subwambere ayobye none kuyoba biruta gatirika nibihe? Gusa Yesu amutabare yamuguze amaraso yagaciro.
Padiri we ntewe agahinda no kumva théologie na philosophie wize bitarabashije kuguha kumenya itandukaniro riri hagati ya Allah wa Coran na Dieu Jéhovah.
Ibi binyereka ko utanabashije gutandukanya Issa bin Mariam wo muri coran na Yesu Kristo wo muri Biblia. Biragagara ko ni igihe warukeneye kumenya ukuri wagushakishije ubwenge n, ubuhanga byo mu bitabo wibagirwa ko Yesu Kristo ari we Kuri, Nzira na Bugingo.
Wibagiwe rero ko hanze ya Yesu Kristo nta kuri kuriyo, ibi ariko sinakurenganya kuko kuko Mwuka Wera wagombaga kugufasha kuguma mu nzira ntiwamuhaye umwanya wo gukorera mu buzima bwawe. Waherutse ukomezwa witwa ko wakiriye roho mutagatifu ariko muherukana ubwo kandi nyamara iyo umunanira neza niwe wagombaga kugufasha muri urwo rugendo rwa discernment.
Birumvikana rero ko mu gusenga kwawe wakoreshaga ya masengesho yanditse, yanditswe n, abandi kuburyo mu byukuri warinze uva muri Catholic church utaraganira n, umuremyi wawe ukoresheje amaranga mutima wawe ngo nawe agusubize umumenye nawe akumenye. Muri make na nubu uracyafite confusion ku Mana y, ukuri.
Nsoza ndagusengeye mu izina rikomeye ry, Umwami Yesu Kristo, izi twahawe gukirizwamo, izina ribohora , Imana ya Isiraheli ni ikubohore kandi izaguhe ubugingo buhoraho, Kandi uyu Yesu Kristo azakwiyereke mu buryo budasanzwe kuko ibyo urimo nabyo ni ishuri ariko destination finale ni iyindi kuko Imana igufiteho umugambi mugari.
Imana y, amahoro Se w, Umwami Yesu ni ikurimde.,Amen
God bless you Sheikh i always think of This nubu sindabyumva kuvuga ngo Imana nizitatu ngo zigize Imana Imwe no logic in it sinzi ukuntu nabyumva so Yousuf wacu wowe ko wabaye Padiri ndagusabye uzabinsigurire numve ko nabyumva
Uzakore n'ubushakashatsi ku ivuka rya Islaam, uko Muhammad nawe ubwe ýivuguruje mu mpera z'ubuzima bwe
Yivuguruje gute ? Tuzabisome mukihe gitabo ?
@@MUSHIMIYIMANAHABIB1234 uzasome amateka. Ugira ngo se byose ntibyanditse?! Mu mpera z'ubuzima bwe yagize ati ibyo navuze byose naribeshye
ikiganiro ciza cane turashimye, tubasabe mudutohoreze iki kibazo :
mbega yesu yabambwe kumusaraba canke kugiti ?????
Amahoro y'Imana Abane Namwe.
Issa (Yezu), ntabwo yapfuye kdi ntiyabambwe ,ahubwo Imana yamutwaye mu Ijuru.
@@ashurantakirutimana7084 ibyu bikurahe wowe ? Ati ntiyabambwe niyanapfuye ? 🤭Yagiye mwijuru adapfuye ndumiwe koko gusa bsinaguhaririza nibyo bakwigishije aba silam rwose ndabakunda ariko icyodupfa nicyo cyo kuvuga ko issa atapfuye
Ntidupfe unusable turi abavandimwe mureke padiri Amite mo ibyo abona nkukuri kuriwe
Imana ntaho ivuga gutukana no gusebanya
Kuko siwe wenyi ubonye uku kuri
Hari abava muri Islam bakaja muba krusto abandi bakaja muba Islam. Umwe wese afise uko yemera
Uyu mupadiri muramwitiranya Sha,azajye abeshya utamuzi,ushaka amakuru azabaze abantu bari batuye mu Gashyushya ka Karuruma muri 2015,yagiye muri Islam ahunga amakosa yari yafatiwemo I Rubavu
Ndibaza niba koko ibyo uvuga ari ukuri ntawudakosa rero ntibya impamvu yo guhindura Idini (imyemerere yawe). Ushaka kumenya abandi bakoze amakosa baba padiri Reba kuri list ya genocide, Reba uwa Rulindo nubu arafunze azira gufata umwana kandi ndizerako nyuma yo gukosa bitaravanye ku kwemera kwabo. Gusa ndemeranya nuyu mu padiri kuko nange navuye mubukristu kuko ntakuri kurimo pee. Mbwira nawe kubeshya imbaga ubizi ko yesu (yezu) ngo yavutse le 25 ukobyigisha inshuro irenze imwe ntuzigere wikosora koko. Allah atuyobore
Aaww wahisemo neza
Alhmdulillah .
Hasigaye Uwomwita Papa wanyu abe umwislam
Padi,ndizerakonawe,wumva,nubu,arikukwita,padiri,uzagaruka,ahokuguhomba,azaguhombya
Takbeer
Ngaho ikimbabaje nuko Uzi ukuri ukakwirengagiza yezu ati ntawe uzajya kwadata ntamujyane kdi abislam nabo barabiziko Isaa atarintumwa nkizindi ntasanzwe nine woe urikwihakana uwo wamenye ,ubwo wasanga warishakira kwirongorera
Yitwe ALHAJI Abou sofiyane.
Kesho lsha llah uyipate Fildaus
Thanks
IMANA niyo nkuru ikomeze ikuyobore inzira igororotse!
Mwarayovye kweli kumenya hariho umusi witirirwa ikigirwamana muze mwitonda ,ubundi imisi yose hariho ibigirwamana vyasengwa ,none tuvuge KO abasenga Bose basenga ibigirwamana? N abesiramu barimwo?
Allah akoroherez uzopfu urumwemer vyukur azokwicarik imand yamuhamad kumus wikiyama
🙏🙏🙏