Sh. Faraji ati ntidusenga amajini ntidusenga na Muhammad nkuko benshi babivuga . ukuri ni ukuhe ?
Вставка
- Опубліковано 28 чер 2023
- #Subscribe_now #Like_and_Share #Dawa_Rwanda_Tv
Dawa Rwanda Tv ni urubAuga rucaho inyigisho zitandukanye z'idini zigamije gufasha abaislam kurushaho gusobanukirwa Idini yabo ndetse n'abandi batari abaislam bibafasha kumenya no gusobanukirwa ko Ubuislam ari idini y'ukuri.
Ni kubwiyo mpamvu Dawa Rwanda TV isaba buri wese wifuzako izinyigisho zakomeza gukorwa ndetse no gusakarizwa abantu ko buri muntu yabigiramo uruhare atera inkunga murwego rwogushyigikira iyu murimo.
Ushobora gufasha unyuze kuri Mobile Money +250 788682703
Code *182*8*1*909582# Dawah Tv
cyangwa muri
GT Bank Kigali Account 222/241578/4/5106/0
Swift code GTBIRWRK.
BPR Account 4490796536 Kigali Rwanda
Ukaba nawe ukoze ivugabutumwa kandi uzaba uteye inkunga Dawa Rwanda TV.
Allah akwishimire sheikh wanjye❤
:::shukran:::
::::mungu akupe afya njema::::
Shukran ya sheikh Allah akwongerere
Allah amuyobore inzira igororotse njye nditayali kumufasha kwiga no kumenya gusali In nshaa Allah
Amiin 🤲🤲
Hahirwa abasobanukiwe ko Kristo ari we nzira yonyine izatugeza mu ijuru, ni ukuvuga niwe cyambu cg ikiraro kitugeza mu ijuru
Yanyandikira kuriyo e mail kuko buriya kumenya gusali ningenzi
YESU KRISTO ari Ku Ngoma ni UMWAMI W'ABAMI, YESU KRISTO NI WE MUREMYI WACU, NTA CYAREMWE KITAREMWE NA WE
Niwe muremyi wacu hanyuma c we yaremwe nande?😀😀
Yesu iyo umusabye kukwihishurira arakwihishurira
Bro banza usobanukirwe kuko ibigaragara nawe ntabyo uzi.
Bibiliya igizwe nibice bitatu
Harimo amagambo Imana yavuze
Harimo amagambo intumwa nabahanuzi bavuze
Hakabamo namagambo abantu bavuze
2 Abakorinto 11:17
imana yabayislamu iba imaka niyo mpamvu basenga berekeye aho aho iba
Gabanya urumogi
Yesu ni Imana kandi amahora ari Imana iteka ryose
Allah wa korowani ntabwo ari Imana y'ukuri ni ikigirwamana cy'imaka
Gabanya urumogi
Iryo ni itabi rikongoza sha
@@viateurniragira3633niba uri umunyakuri mpamagara ureke gutukana
@@holyfamtv250niba uri umunyakuri mpamagara tuvugane ureke gutukana
Ubu se koko nkawe wavugana n'iki n'umuntu?
Islam ni ubuyobe gusa
Ese muvandi ubu uri kurwana n'iki?, Gusa ibyo uvuga bimwe ndemeranywa nawe, urugero: Yesu wa Bibiliya siwe Yesu uvugwa muri Quran kuko wa Bibiliya n'Imana akaba n'umwana w'Imana naho uvugwa muri Quran n'intumwa y'Imana akaba n'umugaragu wayo. Imana ivugwa muri Bibiliya nayo ntihuye n'ivugwa muri Quran kuko iya Bibiliya igizwe n'ibintu bitatu(ubutatu) naho ivuga muri Quran n'Imana imwe rukumbi, uwigize kd umuremyi wa Byose. Imana iguhe gusobanukirwa no kurwanya urwango rukurimo rwo kwanga ibyo udasobanukiwe.
Hababaje ibyawe
Gabanya urumogi wa shetani we
Wamugabowe gabanya wirengera😒
Islam ni dini yukuri mwabyanga mwabyera Alhamdulillah l am Muslim ❤❤❤
Nkuko amaze Kuzuka yihishuriraga abigishwa be nawe yakwihishurira ubishatse
Kandi nagirango menyeshe abantu Bose ko issa wa korowani siwe YESU KRISTO UMUCUNGUZI WACU wo muri BIBILIYA
Gabanya urumogi wa shetani we