Abakobwa barashize||Uburozi bwabamaze ndabuzi||Tidjara yavuze ibintu by'ubwenge
Вставка
- Опубліковано 21 жов 2019
- Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126
Urumubyeyi mwiza ,nizere ko ababasha guhura nawe bakwigiraho byinshi kdi bizabafasha cg bibafasha mubuzima.
Imana iguhe umugisha ❤❤
Ndashaka kuzaguha igitenge ndagukunda
Uyu mubyeyi ndamukunda cyane❤️❤️🇨🇦
Ndakwemera TK ! Batubwirire abo bana baba bashaka kwipasa muremure! Urakoze kunama uduha! Imana ikomeze iguhe ibitekerezo byubaka umuryango nyarwanda!
nukuri ndagukunze pee cyanee nibareke ubutesi mumutwe bashake icyogukora dijara mbona abantu bavutse nyuma yintambara1994, bafite umuteto kbs
Thank you Mdm unyibukije vyishi
Wikanira umugisha w’undi ukannya ibuye!🥺 emera uko uri shima uko uri ucishe bugufi ubundi icyubahiro ugihe Imana🙏🏾
Ufite amagambo yubwenjye
Hahirwe abumva ayamagambo bakazayakuricyiza
Nibigane clarisse karasira bulya ndamwemera cyane
Iyi interview iraryoshye kuyumva✅
Mubyeyi ndakwemeye urubaka umuryango nyarwanda pe.
Merci maman ,uvuze ibintu najyaga nshaka kuvuga
Sha ndagukunda Tijala wee! ♥️♥️
You are a role model Tidjara.
Avugishije ukuri pe abakobwa bi rwanda niko basigaye bameze bashaka kuba nkaba nyamerika, abanyaburayi kandi ntibaziko uko babigeraho 😍😍😍big up dada na sabin
Murakoze TK societies ziragukeneye
Sha Titi ndagukundaaa peee nkuzi uri umwana nyakajoste sinarinzi ko wavamo umugore uzi ubwenge uko eee eeeeee 😊👌 sha nzakwibwira one day
Ibyo ni ukuri pe kutanyurwa nuko uri mu muryango nyarwanda birimo birica ibintu byinshi ,si abato gusa burya umuntu wese utanyurwa nuko ari biramwangiza .Tidjara urakoze cyane .
Mana nyagasani TK nkunda inama zawe nukuri hahirwa ishuti zigufite kuko murwanda dukeneye abantu nkawe kuko urihariye inama zawe ziranyubaka for real ndagukuuuuuuuuunda inama utanga zituma numva interview zawe nakubonye once face to face ariko ndagukunda pe imana injye ikumpera umugisha much respect. Kbsa be you 👌
Kabendera amvugiye ibintu Nibyiza kuba abo turibo muburyo bwacu! Nkunda kubwira abantu kumunsi wamavuko ngo Uzakunde Imana kandi ukure uba wowe. Nabayeho nkigicucucu cyabandih igihe kinini gusa ubu mfite ibyishimo byinshi byuko nsigaye mbaho nkanjye ubwanjye. Biraryoha!
Urakoze Sabin uyu mubyeyi ndamukunda cyane
Umubyeyi Mwiza Kbs
Inama nziza. Keep up TK !
Hahirwa abana bawe pe Imana igukomeze turagukunda cyane
Tidjara kbs uvuze ukuri rwose 💯✅👍👏👏ababyeyi rwose nibegere abana babo kd bige kuba inshuti zabo baganire byose kuko bizongera BYINSHI byiza kuburyo bwo kurera neza pe hagati yumwana nu mubyeyi
Ikindi
Kubuzima busanzwe abantu twige kumenya abo turibo 👍twige kwikunda kuburyo wikunda ubwawe ukaba inique 👌👍 bityo bizatuma wiha agaciro 👍
Mama tijala nibyo koko, ni communication de base gukuraho tabou, Iowa iyo aura Tibia ko....., tugaruke mubiganiro jumbo tubyara.
uri umubyeyi mama ndagukunda cyaneeee
She is so honest. I aspire that
Urakoze cane muvyeyi kuduhanurira urwaruka.
Rwose ibyo uvuga ndemeranya nawe kbs Mubyeyi,
Rwose ababyeyi nkamwe nibakeya.
TK ndagukunda pe urihariye kd nibyo tugomba kubaho uko turi.
Arakoze rwose
TK and Sabin,ibi bintu byo nikibazo muri iyiminsi,niyo mpamvu abakobwa benshi bishora mu bintu by'uburaya kubera gushaka ubuzima bwo kwereka rubanda.abantu benshi bariyibagiwe kubera imbuga nkoranyambaga.
Thank you tidjara 😘
nukuri peee uvugisha ukuri kbs abatumva bumvire ahooo
Ndagukunda ❣️🥰😘 🇸🇪
Byo nibyo kbs ,umwana agomba kukubera umujama
Ahaaa ngo wowe from nowhere 😂😂bambwirire rwose
Umubyeyi ndakwemera
Waouh Tijala ndamukunda cane.
True kabisa.
Vraiment uko nukuli umuntu akwiye kunyurwa nuko ali kandi ntacyo bitwaye rwose kuko wigana ingendo yundi ukavunika umuntu nabe uwo aliwe ubundi kwifuza nicyaha
Ndamukunda 😍😍
Tijyala kbs uvuz ukur ibaz gushak kubaho nkanak kand mutabayeh kimwe,nawe ayakorera kumuns umwe ugsang mumwk ntuyakorera .nukur umunt abayeh bihuy nubury ufise wanater 'imbere amashar yahav ubujyur bwacik kwicana ntibyabaho.ereg iyo abibuz munzir nziza birangir abironse binyurany ninzra nziza.so kwiyakir mubuzima urimwo bitum uger Kure heza.ese mbabeshe .inda zindaro zozo bisigaye bitevy isoni abakobw bakunda ibintu bagata ubuntu!✔️Mukirund bac umugani ati:ubuntu burihabwa baj babimenya.isimbi TV 🇧🇮muri abanyamwuga.Tidjara Imana iguh umugish
Ndagagayeeeee 😆😆😆😆😆 , uti ngo : " Out with friendzzz " 😆😆😆😆😆😭😭😭😭😭😆😆😆😆😆😆😆😆😆😝😝😝😝😝 !!!!!!!!!!!
Uko ni ukuri ndagukunda TK
Ukuri 💯% fata umwana umujyire umujyama kandi twige kunyurwa nabo turibo ntakintu kinejeje nkukuntu tubihuje turi benshi bivuzengo ni ukuri
Yewee nibyo
Njye ndagukunda pe
abakobwa bariyemera cg abagore bagashije biyambika ubusa babwire bumve nanjye sindabona uposting ukwari oya nibumve kbs
Urumuntu wumubyeyi utunze ubwenge bw'Imana
Nibyo rata mama TK, abana n'ababyeyi bagakwiye kuba aba jama. Allah akwiteho.
Yeah Mn nduwa 5
TK nukuri urarushaho kunkangura pe
Tijdala ndagukunze pe komerezaho dukeneye abantu nkawe bahindura isi nziza.
Sabin nawe 😂ngo 2000frw byavamo agasombe😂😂ati Out with friends 😂shaan wamudamu wee ugira amagambo yubwenge uwakuntuza hafii 🤗
C.J Mami
Uvuze ukuli maman
Ibyo uvuga n"ukuri,kubaho uko ubishoboye guca bugufi ni ngombwa
Sabin njye kugiti cyanjye ndagushimiye nukuri Tidjara avuze ukuri, iyaba twese twabyitagaho pe
nihatari kweri
ibyo byugarije igitsina gore kd biri gufata intambwe nini mukomeze mubigishe ingo zimwe zirasenyuka kubera iyo mpamvu zo gushaka kuba nka madam runaka akarongorwa aziko azakomeza bwabuzima bwo guhangana nuko undi abayeho yarugeramo ubuzima bugahinduka kwihangana bikanga agasenya ndi umubyeyi wabana 2 ariko ndabizi birababaje pe
Hhhh bapfa kubona uwaparitse v8,ati sinahaca ntariye self
Ariko unenya nawe kuri iriya myaka uwari kukubwira ibyo uvuga utari kumwumva. Umaze kugera mu myaka twita iya sagesse/wisdom. Gusa uvuze neza ko ababyeyi bagomba kugira abana babo inshuti gusa kubashobora ntibyoroshye kubera isi turimo. Nuguhozaho gusa
First today✌india5/5
🙏🏾
Sabin ya number Wampaye iba kuri whatsup!? Twe tuba dushaka communication yoroshye turi hanze yu Rwanda
Imana iguhumugisha mwinshi cyanerwose umubyeyi.
Theo ESE ni Muebwe?
Yego nijyewe kbs
Ko udaheruka kudukubita utababarira
Ndacyabaza ikibando cy umuhini hahahaha🛄
Hahahah inzara nkiza #Sanny na Card B
sabin Galaxy warabifatiye
Amafaranga ninkamaraso😆😆
Urumuhanga peeee nabandi twagakwiye kukigiraho
Out with friends 🤣🤣🤣
None se ko yisize ibitukuza kandi umuntu ategereza kuba uwo ariwe?
Tidja ndagukunda ukuntu ushyira mukuri
Nakwaka ikirenze ubuzima ufite,wimutwama musobanurire neza kdi arabyumva akabyakira
Tijala rwose twige kuba abo turibo
Ndamukunda uyu mubyeyi rwose muduhe number yiwe
Burya uko urezwe Niko ukura,ibyo byose nuruhare rwacu guforma abana
Nibyo rwose twing kub abo turibo
Nibyo pe uko ni ukuri
Uvugukuri
Tidjara bivuze ubucuruzi
Uri umubyeyi pe kuko uvugisha ukuri pe!
Rwose uravuga ukuri abakobwa barigurisha cyane kugirango babone ibyo bashaka !!!!
Wwathap
Twiringiye
Whatap
Wwatshapp
@@twiringiyetwiringi3429 eeeee
Mwaduha amazina akoresha kuri instagram
Noneho mbaye uwakane kbsa like hafi aho so inama za kidjara ziranyubaka
Ubu koko hagize umuntu untumira akanshokana nkibonera amahirwe yo kwibonera agafoto ko kugaragaza ko ndi out with friends?
ubundi baravuga ngo don't try to compare your real life with someonelse' fake life called social media posts. 99% of what people posts is either lies or a tin tiny portion of how they live in real life
Sha tija na zari atwereka byose peeeee uko ari kose
🤣🤣🤣🤣out with friends...🤳🏾😆😆 Sabin ako kantu ukadukatire pe! Wenda ubugoryi buri hanze aha buzashira! Ubonye ngo umuntu afotore ibiryo???🤔
Byamaze kuba virus 😆😆😆😆😆
Kuko burya aba atabashije kubyigurira niyo mpamvu biba byamurenze
Sabin wazadushakiye umuntu bita Nimu-Roger!????comedian
Cong Umubyeyi. Buri muntu afite amarasoye . Uahobora kugira menshi arwaye cygwa makeya ari mazima. Iyoigiye kuyongeresha ntibagutera abonetse yose. Bareba ahuye nubuzima bwawe. Shaka cash muburyo butunganye.
Ahubwo byiza gushakisha gukora kugira nawe ugire aho wigeza ilyo nilyo shyaka lyiza
Wamugani ugasanga umuntu Niba asohotse arafotoye inkoko n,ifriti ibaze ukagirango nubwabere ariye ibyo biryo kdi ejo azarya ikijumba wamugani ntiyakerekana, kdi nacyo nikiryo . babyita kuba intakabona.
Ngo wishinga innyo y'undi ,iyawe ikarangara
Gusa ndagukunda cyaane